Law-Name,Category,Chapter,Article-Category,Article-Number,Article-Description,Punishment ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya mbere: Itangwa ry’igihano cy’imirimo y’inyungu rusange,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2018 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 35 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ihinduwe ku buryo bukurikira: (1) « Iyo igihano cy’imirimo y’inyungu rusange gitanzwe nk’igihano cy’iremezo, urukiko rugena igihe ntarengwa kizamara. Icyo gihe ntigishobora kurenga amezi 6. (2) Igihano cy’imirimo y’inyungu rusange gishobora gutangwa gisimbura ikindi gihano cy’iremezo. Muri icyo gihe, gitangwa ku buryo bukurikira: (a) iyo icyaha gihanishwa igifungo kirenze amezi 6 ariko kitarenze imyaka 5, urukiko rushobora gutegeka uwagikatiwe kurangiza igice cy’igihano akora igihano cy’imirimo y’inyungu rusange mu gihe kitarenze imyaka 2; (b) iyo icyaha gihanishwa igifungo kitageza ku mezi 6, urukiko rushobora kumutegeka gukora igihano cy’imirimo y’inyungu rusange mu gihe kidashobora kurenga igihe ntarengwa cyo hejuru cy’igifungo giteganywa n’itegeko kuri icyo cyaha. (3) Iyo uwahamwe n’icyaha adakoze neza ku bushake igihano cy’imirimo y’inyungu rusange, arangiriza mu igororero igihano gisigaye yakatiwe.»",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 2: Igabanya ry’igihano mu gihe hari impamvu nyoroshyacyaha zemezwa n’umucamanza,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2019 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 60 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ihinduwe ku buryo bukurikira: « Iyo umucamanza yemeje impamvu nyoroshyacyaha, ashobora kugabanya igihano ku buryo bukurikira: (a) igifungo cya burundu gishobora kugabanywa ariko ntikijye munsi y’igihano cy’igifungo cy’imyaka 15; (b) igifungo kimara igihe kizwi kiva ku mezi 6 kuzamura gishobora kugabanywa, ariko ntikijye munsi ya kimwe cya kabiri cy’igihano gito giteganyirijwe icyaha cyakozwe; (c) igihano cy’igifungo kiri munsi y’amezi 6 gishobora gusubikwa; (d) igihano cy’ihazabu gishobora kugabanywa kugeza kuri kimwe cya kane cy’igihano cy’ihazabu gito giteganyirijwe icyaha cyakozwe; (e) igihano cy’imirimo y’inyungu rusange gishobora gusubikwa. » ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 3: Igihe habaho isubikagihano,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2020 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 64 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: (1) « Iyo uwakatiwe nta kindi gihano cy’igifungo kirenga amezi 6 yahanishijwe mbere, urukiko, rukoresheje icyemezo gisobanura impamvu, rushobora gutegeka gusubika irangiza ry’igihano cyose cyangwa igice cy’igihano cy’iremezo cyangwa cy’ingereka, iyo igihano cy’iremezo cy’igifungo umuntu yakatiwe kitarenze imyaka 5. (2) Icyemezo cy’urukiko gitegeka isubika ry‘igihano – (a) kigaragaza impamvu zashingiweho; (b) kigaragaza igihe isubikagihano ry’igihano cy’igifungo cyangwa isubika ry’igihano cy’imirimo y’inyungu rusange ritangirira n’igihe rirangirira; (c) gishobora gutegeka isubika ry’igihano cy’igifungo cyose cyangwa igice cyacyo, iry’ihazabu yose cyangwa igice cyayo; (d) gishobora gutegeka isubika ry’igihano cy’iremezo cyangwa iry’igihano cy’ingereka. (3) Icyemezo cy’urukiko gisubika igihano gifatwa mu rubanza rumwe n’urw’icyaha cyakozwe ruburanishwa.» ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 4: Ihanwa ry’umufatanyacyaha n’iry’icyitso,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2021 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 84 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, ihinduwe ku buryo bukurikira: (1) « Umufatanyacyaha cyangwa icyitso ahanwa hakurikijwe ibihano itegeko riteganyiriza uwakoze icyaha. (2) Umufatanyacyaha cyangwa icyitso arakurikiranwa n’ubwo icyaha cyaba kitashoboye gukurikiranwa ku wagikoze kubera impamvu zimureba ku giti cye nk’urupfu, uburwayi bwo mu mutwe cyangwa kutamenyekana. Icyakora, iyo umuntu uvugwa mu gace ka 5 d), aka 5 e) n’aka 5 f) tw’ingingo ya 2 y’iri tegeko ari uwashyingiranywe n’uwakoze icyaha cyangwa uwo bafitanye isano kugera ku rwego rwa kabiri, ntakurikiranwa ku byaha byoroheje n’ibyaha bikomeye. »",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 5: Ihanwa ry’icyaha cya jenoside,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2022 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 92 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Umuntu ukoze kimwe mu bikorwa bivugwa mu ngingo ya 91 y’iri tegeko aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu.»,NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 6: Ibindi bikorwa byitwa nk’ibyaha by’intambara,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2023 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 99 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Igikorwa kiri muri ibi bikurikira gikozwe mu mirwano ikoreshejwe intwaro cyitwa icyaha cy’intambara: (a) gukoresha intwaro z’ubumara cyangwa izindi ntwaro zibabaza abantu atari ngombwa; (b) kugaba ibitero ku bakozi n’inyubako by’ubuvuzi kimwe no gusenya cyangwa kwangiza ibikoresho by’ubwikorezi n’indege byo mu buvuzi; (c) gukoresha imyuka ibuza guhumeka, ihumanya cyangwa indi bikora kimwe cyangwa uburyo bwo kurwana bukwirakwiza indwara; (d) gukora, guhunika, kwakira cyangwa gutwara ibikomoka ku dukoko dukwirakwiza indwara cyangwa ubumara, aho byaba bikomoka aho ari ho hose cyangwa uburyo ubwo ari bwo bwose byaba bikozwemo, hagambiriwe kubikoresha mu kurwanya umwanzi mu mirwano ikoreshejwe intwaro; (e) gutesha umuntu icyubahiro, by’umwihariko kumusambanya ku gahato, kwangiza imyanya ndangagitsina, gushora umuntu mu buraya ku gahato n’ubundi buryo bwose bw’icyaha cy’urukozasoni; (f) gushyira abantu mu bucakara no kubacuruza nk’abacakara, no gukora ibikorwa bijyana na byo cyangwa kubakoresha imirimo y’uburetwa y’uburyo ubwo ari bwo bwose; (g) gushyira abantu b’abasiviri imbere ku rugamba bigatuma baba agakingirizo k’amasasu; (h) kwicisha abaturage inzara no kubabuza ko imfashanyo zagenewe kubagoboka zibageraho; (i) gutandukanya ubigambiriye abana n’ababyeyi babo cyangwa n’abandi bashinzwe umutekano n’imibereho myiza byabo; (j) gushyira igitugu ku basiviri barimo n’abana kugira ngo bajye mu mirwano cyangwa bakore imirimo ijyanye n’inshingano za gisirikare; (k) kutavura inkomere, abarwayi, abarohamye n’abandi bantu babujijwe uburenganzira bwabo ku mpamvu zifitanye isano n’imirwano ikoreshejwe intwaro; (l) gufata nabi imfungwa cyangwa abantu bahurijwe ahantu hamwe; (m) gusahura cyangwa gusenya ibintu bya Leta cyangwa iby’abantu ku giti cyabo; (n) guhana abantu ikivunge udakurikije ibyaha bya buri muntu; (o) gukora ibikorwa bya kiboko bigamije gutera ubwoba abaturage cyangwa bamwe muri bo. » ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 7: Ibihano ku bindi bikorwa byitwa ibyaha by’intambara,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2024 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 100 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Umuntu uhamijwe n’urukiko gukora kimwe mu byaha biteganywa mu ngingo ya 99 y’iri tegeko, ahanishwa – (a) igifungo cya burundu iyo akoze kimwe mu bikorwa biteganyijwe mu duka twa (a), (b), (c), (d), (e), (f), (g), (h) na (i); (b) igifungo kitari munsi y’imyaka 10 ariko kitarenze imyaka 15 iyo yakoze kimwe mu byaha biteganyijwe mu duka twa (j), (k) na ( l); (c) n‘igihano cy’igifungo kitari munsi y’imyaka 5 ariko kitarenze imyaka 10 iyo yakoze kimwe mu byaha biteganyijwe mu duka twa (m), (n) na (o) . »",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 8: Kwihekura,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2025 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE," Ingingo ya 108 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Ingingo ya 108: Kwihekura Umuntu wishe umwana yabyaye utarengeje amezi 12 aba akoze icyaha cyo kwihekura. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo cya burundu. Icyakora, iyo umugore wahamwe n’icyaha cyo kwihekura yabitewe n’ihungabana yagize nyuma yo kubyara cyangwa igihe yonsa byemejwe n’umuganga cyangwa umuhanga mu by’imitekerereze wemewe na Leta, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi 6 ariko kitarenze imyaka 2 . » ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 9: Kwanduza undi indwara,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2026 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 117 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Umuntu wanduza undi muntu indwara abishaka aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 2 ariko kitarenze imyaka 3 n’ihazabu itari munsi ya 300.000 FRW ariko itarenze 500.000 FRW. Iyo indwara yamwanduje ari indwara idakira cyangwa imuteye ubumuga buhoraho, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka 20 ariko kitarenze imyaka 25 n’ihazabu itari munsi ya 500.000 FRW ariko itarenze 1.000.000 FRW.» ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 10: Gukubita cyangwa gukomeretsa umuntu bidaturutse ku bushake,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2027 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 120 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: (1) « Umuntu ukubita cyangwa ukomeretsa undi biturutse ku buryo buke, ubwitonzi buke, uburangare, umwete muke, ubuteshuke n’ubuteganye buke, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’iminsi 8 ariko kitarenze amezi 2 n’ihazabu itari munsi ya 100.000 FRW ariko itarenze 200.000 FRW cyangwa kimwe muri ibyo bihano. (2) Iyo uwakoze icyaha yakomerekeje abantu benshi, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi 2 ariko kitarenze amezi 3 n’ihazabu itari munsi ya 500.000 FRW ariko itarenze 1.000.000 FRW cyangwa kimwe muri ibyo bihano.» ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 11: Gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2028 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 121 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: (1) « Umuntu, abishaka, ukomeretsa undi, umukubita cyangwa umusagarira ku buryo bwa kiboko bubabaje aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi 6 ariko kitarenze umwaka 1 n’ihazabu itari munsi ya 100.000 FRW ariko itarenze 300.000 FRW. (2) Iyo icyaha kivugwa muri iyi ngingo cyakorewe umwana, umubyeyi, uwo bashyingiranywe cyangwa umuntu udashoboye kwitabara kubera imiterere ye ku mubiri cyangwa mu bwenge, uwakoze icyaha ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka 1 ariko kitarenze imyaka 3 n’ihazabu itari munsi ya 300.000 FRW ariko itarenze 500.000 FRW. (3) Iyo gukubita cyangwa gukomeretsa byateye uwakorewe icyaha indwara cyangwa kudashobora kugira icyo yikorera ku buryo budahoraho, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka 3 ariko kitarenze imyaka 5 n’ihazabu itari munsi ya 500.000 FRW ariko itarenze 1.000.000 FRW. (4) Iyo gukubita cyangwa gukomeretsa byateye uwakorewe icyaha indwara idakira, ubumuga buhoraho butuma ntacyo yikorera, kubuza burundu urugingo rw’umubiri gukora no gutakaza igice cy’umubiri, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka 5 ariko kitarenze imyaka 10 n’ihazabu itari munsi ya 1.000.000 FRW ariko itarenze 2.000.000 FRW. (5) Iyo gukubita cyangwa gukomeretsa byagambiriwe, byategewe igico, uwakoze icyaha ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 5 ariko kitarenze imyaka 10 n’ihazabu itari munsi ya 2.000.000 FRW ariko itarenze 3.000.000 FRW. (6) Iyo gukubita cyangwa gukomeretsa byateye urupfu, igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka 10 ariko kitarenze imyaka 20 n’ihazabu itari munsi ya 3.000.000 FRW ariko itarenze 5.000.000 FRW.” ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 12: Kwikuriramo inda cyangwa kwemera gukurirwamo inda,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2029 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 123 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Ingingo ya 123: Kwikuriramo inda cyangwa kwemera gukurirwamo inda Umuntu wikuriyemo inda cyangwa, mu buryo bunyuranyije n’iri tegeko, wemera gukurirwamo inda, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka 1 ariko kitarenze imyaka 3 n’ihazabu itari munsi ya 100.000 FRW ariko itarenze 200.000 FRW. » ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 13: Gukora, gucuruza, gukwirakwiza cyangwa kwinjiza mu Gihugu ibintu bitujuje ubuziranenge cyangwa byakwangiza ubuzima",NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2030 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ryongewemo ingingo ya 132 bis iteye ku buryo bukurikira: « Ingingo ya 132 bis: Gukora, gucuruza, gukwirakwiza cyangwa kwinjiza mu Gihugu ibintu bitujuje ubuziranenge cyangwa byangiza ubuzima bw’umuntu Umuntu ukora, ucuruza, ukwirakwiza cyangwa winjiza mu Gihugu ibiribwa, ibinyobwa, imiti cyangwa ibindi bintu bitujuje ubuziranenge cyangwa bishobora kwangiza ubuzima bw’umuntu, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 3 ariko kitarenze imyaka 5 n’ihazabu itari munsi ya 1.000.000 FRW ariko itarenze 3.000.000 FRW cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. »",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 14: Gusambanya umwana,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2031 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 133 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: (1) « Umuntu ukorera ku mwana kimwe mu bikorwa bishingiye ku gitsina bikurikira, aba akoze icyaha: (a) gushyira igitsina cy’umuntu mu gitsina, mu kibuno cyangwa mu kanwa by’umwana; (b) gushyira urugingo urwo ari rwo rwose rw’umubiri w’umuntu mu gitsina cyangwa mu kibuno cy’umwana; (c) gukora ikindi gikorwa cyose ku mubiri w’umwana hagamijwe ishimishamubiri. (2) Umuntu uhamijwe n’urukiko gukora kimwe mu bikorwa bivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 20 ariko kitarenze imyaka 25. (3) Iyo gusambanya umwana byakorewe ku mwana uri munsi y’imyaka 14 igihano kiba igifungo cya burundu. (4) Iyo gusambanya umwana byakorewe ku mwana ufite cyangwa urengeje imyaka 14 byamuteye indwara idakira cyangwa ubumuga, igihano kiba igifungo cya burundu. (5) Iyo umuntu mukuru asambanyije umwana bigakurikirwa no kumugira umugabo cyangwa umugore, igihano kiba igifungo cya burundu. (6) Iyo umwana ufite imyaka 14 ariko atarageza ku myaka 18 asambanyije umwana ufite imyaka 14 ariko utarageza ku myaka 18 akoresheje kiboko, ibikangisho, uburiganya cyangwa abikoze ku bw’intege nke z’uwakorewe icyaha, cyangwa yamuhaye ibintu bimuca intege, ahanwa hakurikijwe ibiteganywa mu ngingo ya 54 y’iri tegeko. (7) Icyaha cyo gusambanya umwana ntigisaza. » ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 15: Kurega undi mu nzego z’ubutabera umubeshyera,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2032 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE," Ingingo ya 152 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Umuntu urega undi mu nzego z’ubutabera azi neza ko amubeshyera, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka 1 ariko kitarenze imyaka 3 n’ihazabu itari munsi ya 500.000 FRW ariko itarenze 1.000.000 FRW. Iyo kurega undi umubeshyera byakozwe mu rubanza rw’inshinjabyaha uregwa yakatiwemo igifungo kirenga imyaka 5, umuntu wamureze azi neza ko amubeshyera ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 3 ariko kitarenze imyaka 5 n’ihazabu itari munsi ya 1.000.000 FRW ariko itarenze 2.000.000 FRW. » ",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 16: Kugumana ku bw’uburiganya ikintu cy’undi cyatowe,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2033 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 172 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Ingingo ya 172: Kugumana ku bw’uburiganya ikintu cy’undi cyatowe (1) Umuntu utora ikintu cy’undi cyimukanwa cyangwa wakibonye ku buryo bumugwiririye, akakigumana ku bw’uburiganya cyangwa akagiha abatari bene cyo ku bw’uburiganya, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi 6 ariko kitarenze imyaka 2 n’ihazabu itari munsi ya 50.000 FRW ariko itarenze 300.000 FRW cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. (2) Mu gihe ukurikiranyweho icyaha asubije ikintu yatoye cyangwa yabonye, ikurikirana ry’icyaha rihita rihagarara aho urubanza rwaba rugeze hose. »",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 17: Kugurisha ikintu cy’undi, kugitangaho ingwate cyangwa kugurisha ikintu cyawe watanzeho ingwate",NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2034 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 177 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Ingingo ya 177: Kugurisha ikintu cy’undi, kugitangaho ingwate cyangwa kugurisha ikintu cyawe watanzeho ingwate Umuntu ugurisha, utanga ingwate ku kintu cyimukanwa cyangwa kitimukanwa azi ko atari icye cyangwa ugurisha ikintu cye azi ko yagitanzeho ingwate akabikora atabyemeranyijweho n’uwahawe ingwate n’ugiye kukigura mu nyandiko yashyizweho umukono na noteri, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka 1 ariko kitarenze imyaka 2 n’ihazabu itari munsi ya 500.000 FRW ariko itarenze 1.000.000 FRW. »",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 18: Gusebya cyangwa gutuka umwe mu bavugwa mu ngingo ya 217,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2035 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 218 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ivanyweho.,NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 19: Kunaniza cyangwa kuburizamo ishyirwa mu bikorwa ry‘inyandikompesha yabaye ndakuka,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2036 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ryongewemo ingingo ya 262 bis iteye ku buryo bukurikira: « Ingingo ya 262 bis: Kunaniza cyangwa kuburizamo ishyirwa mu bikorwa ry‘inyandikompesha yabaye ndakuka Umuntu wikuraho umutungo cyangwa ukora ikindi gikorwa agamije kunaniza cyangwa kuburizamo ishyirwa mu bikorwa ry’inyandikompesha yabaye ndakuka, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi 6 ariko kitarenze imyaka 2.",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 20: Guhimba impapuro zivunjwamo amafaranga, gukoresha cyangwa gukwirakwiza inyandiko zivunjwamo amafaranga z’impimbano",NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2037 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 271 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Ingingo ya 271: Guhimba impapuro zivunjwamo amafaranga, gukoresha cyangwa gukwirakwiza inyandiko zivunjwamo amafaranga z’impimbano Umuntu wese uhimba impapuro zivunjwamo amafaranga, ukoresha cyangwa ukwirakwiza mu buryo ubwo ari bwo bwose impapuro zivunjwamo amafaranga azi ko ari impimbano, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 3 ariko kitarenze imyaka 5 n’ihazabu yikubye inshuro kuva kuri 2 kugeza ku 10 z’agaciro k’impapuro zivunjwamo amafaranga yahimbye, yakoresheje cyangwa yakwirakwije.»",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 21: Kunyagwa amapeti ya gisirikare,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2038 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Ingingo ya 291 y’Itegeko nº 68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ihinduwe ku buryo bukurikira: « Igihano cyo kunyagwa amapeti ya gisirikare gihabwa umusirikare iyo – (a) akoze icyaha cy’ubugambanyi; (b) yeguriye umwanzi ikigo cyangwa ahantu ashinzwe cyangwa yatereranye abandi basirikare ku rugamba; (c) akoze ubugande cyangwa ubwivumbure mu gihe cy’intambara; (d) ahurujwe mu gihe cy’intambara ntajye aho ahamagarirwa kuba ari; (e) atorotse igisirikare; (f) akoze icyaha cya jenoside; (g) akoze icyaha cyibasiye inyokomuntu; (h) akoze icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato; (i) akoze icyaha cyo gusambanya umwana; (j) akoze icyaha cyo kurya, kunywa, kwitera, guhumeka, kwisiga ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo, cyangwa icyo gukora, guhinga, guhindura, gutunda, kubika, guha undi, kugurisha ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n’amategeko; cyangwa (k) akatiwe igihano k’igifungo kiri hejuru y’imyaka 5. »",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 22: Ingingo y’ururimi,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2039 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,"Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA,NA ITEGEKO RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Ingingo ya 23: Gutangira gukurikizwa,NA,ITEGEKO Nº 059/2023 RYO KU WA 04/12/2023 RIHINDURA ITEGEKO Nº 68/2018 RYO KU WA 30/08/2040 RITEGANYA IBYAHA N’IBIHANO MURI RUSANGE,Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 003/2020 YO KU WA 05/08/2020 AGENA IBISHINGIRWAHO MU GUSHYIRA UMUSORESHWA MU CYICIRO CY’ABASORESHWA BANINI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,Aya mabwiriza agena ibishingirwaho mu kwandika umusoreshwa mu basoreshwa banin,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 003/2020 YO KU WA 05/08/2021 AGENA IBISHINGIRWAHO MU GUSHYIRA UMUSORESHWA MU CYICIRO CY’ABASORESHWA BANINI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Ibishingirwaho mu kwandikwa mu basoreshwa banini,"Umusoreshwa ashyirwa mu cyiciro cy’Abasoreshwa banini hashingiwe kuri kimwe muri ibi bikurikira : 1. kuba afite ibyacurujwe ku mwaka birengeje miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda (1.000.000.000 FRW) ; 2. kuba yarishyuye umusoro ku nyungu cyangwa umusoro ku nyongeragaciro ungana cyangwa urenga miliyoni ijana y’amafaranga y’u Rwanda (100.000.000 FRW) buri mwaka mu bihe by’umusoro bitatu (3) bikurikirana ; 3. kuba yarishyuye umusoro ku bihembo ungana cyangwa urenga miliyoni magana abiri z’amafaranga y’u Rwanda (200.000.0000 frw) buri mwaka mu bihe by’umusoro bitatu (3) bikurikirana ; 4. Kuba yarishyuye imisoro ifatirwa ifite agaciro kangana cyangwa karenga miliyali imwe y’amafaranga y’u Rwanda (1.000.000.000 FRW) buri mwaka mu bihe by’umusoro bitatu (3) bikurikirana ; 5. kuba yaragize igihombo nibura kingana na miliyoni magana atanu z’amafaranga y’u Rwanda (500.000.000 FRW) buri mwaka mu bihe by’umusoro bitatu (3) bikurikirana ; 6. Kuba afite umushinga mushya w’ishoramari ufite agaciro kangana cyangwa karenga miliyali eshanu z’amafaranga y’u Rwanda (5.000.000.000 FRW) ; cyangwa 7. Kuba akora ubucuruzi buri muri kimwe mu byiciro by’ubukungu bikurikira : - banki z’ubucuruzi ; - kompanyi z’ubwishingizi ; - kompanyi z’itumanaho ;",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 003/2020 YO KU WA 05/08/2022 AGENA IBISHINGIRWAHO MU GUSHYIRA UMUSORESHWA MU CYICIRO CY’ABASORESHWA BANINI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Uburyo bwo kumenyesha umusoreshwa,Ubuyobozi bw’imisoro bumenyesha umusoreshwa mu nyandiko ko ari umusoreshwa munini.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 003/2020 YO KU WA 05/08/2023 AGENA IBISHINGIRWAHO MU GUSHYIRA UMUSORESHWA MU CYICIRO CY’ABASORESHWA BANINI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’aya mabwiriza,Ingingo zose z’amabwiriza abanziriza aya kandi anyuranyije na yo zivanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 003/2020 YO KU WA 05/08/2024 AGENA IBISHINGIRWAHO MU GUSHYIRA UMUSORESHWA MU CYICIRO CY’ABASORESHWA BANINI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Igihe aya mabwiriza atangira gukurikizwa,Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi yatangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2023 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,NA,NA,Itegeko,Description,Igihano ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2024 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA MBERE:INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije," Iri teka rishyiraho amahoro yakwa kuri serivisi no ku byemezo bitangwa n’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage. Rigaragaza kandi urutonde n’ibipimo ntarengwa by’ayo mahoro",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2025 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA MBERE:INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 2: Isobanura," Muri iri teka:(a) « banderore » bivuga urupapuro cyangwa umwenda byanditseho ubutumwa bwamamaza cyangwa bumenyesha abantu igikorwa runaka kandi bishyirwa ahantu umuntu wese ashobora kubibona;(b) « gusana inyubako » bivuga ugusubiranya ahangiritse ku nyubako, gutera irangi ariko udahinduye imiterere, igisenge, ubuso byayo cyangwa ngo ugire ikindi gice wongera ku nyubako; (c) « icyapa cyamamaza » bivuga icyapa gikozwe mu buryo ubwo ari bwo bwose gishyirwa ahantu kigamije kwamamaza imirimo igamije inyungu, kigaha abaguzi amakuru ku bicuruzwa cyangwa serivisi bikorwa cyangwa bigurishwa n’ikigo runaka; (d) « icyapa kiranga ahantu » bivuga icyapa gikozwe mu buryo ubwo ari bwo bwose, cyerekana icyerekezo cy’ahantu hakorerwa imirimo runaka, ariko ntigihe umuguzi amakuru yose akenewe kugira ngo ashobore kugura ibyo akeneye; (e) « kariyeri » bivuga ahantu hatazuye cyangwa igisimu hagenwe n’ubuyobozi bubifitiye ububasha hacukurwamo ibinyabutaka bikoreshwa mu mirimo inyuranye hashingiwe ku miterere n’imimerere yabyo;(f) « kuvugurura inyubako » bikubiyemo guhindura imiterere y’inyubako, igisenge cyayo cyangwa kuyongerera ubuso; (g) « parikingi rusange » bivuga icyanya rusange cyagenewe guhagararamo ibinyabiziga bitwara abantu n’ibintu mu buryo bwa rusange cyangwa ahandi hantu ibinyabiziga, ibinyamitende n’amato bihagarara hatunganyijwe n’inzego za Leta; (h) « santeri y’ubucuruzi » bivuga ahantu hagenwa n’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage hakorerwa ibikorwa by’ubucuruzi bito n’ibiriritse; (i) « umunara w’itumanaho » bivuga igikoresho gikozwe mu cyuma cyangwa mu bindi bikoresho, gishyizwe ku butaka cyangwa hejuru y’inyubako kugira ngo cyifashishwe mu itumanaho. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2026 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA II: AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,NA,Ingingo ya 3: Urutonde rw’amahoro yakwa kuri serivisi no ku byemezo,(1) Amahoro yakwa kuri serivisi no ku byemezo bitangwa n’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage ni aya akurikira: (a) amahoro ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta; (b) amahoro kuri serivisi zitangwa n’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage; (c) amafaranga yakwa nk’amahoro. (2) Urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage rubujijwe gushyiraho amahoro cyangwa amafaranga yakwa nk’amahoro adateganyijwe n’iri teka.,NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2027 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA II: AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,NA,"Ingingo ya 4: Amahoro yakwa ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta ",Amahoro yakwa ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta ni amahoro kuri parikingi rusange n’amahoro y’isoko.,NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2028 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA II: AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,NA,Ingingo ya 5: Amahoro yakwa kuri serivisi zitangwa n’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage,Amahoro yakwa kuri serivisi zitangwa n’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage ni aya akurikira: (a) amahoro ku gushyingirwa ku munsi unyuranye n’uwagenwe n’Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage; (b) amahoro kuri serivisi n’ibyemezo bijyanye n’umutungo utimukanwa; (c) amahoro ku byemezo bitangwa n’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage; (d) amahoro ku ruhushya rwo kubumba no gutwika amatafari n’amategura; (e) amahoro ku ruhushya rwo gutwika amakara.,NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2029 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA II: AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,NA,Ingingo ya 6: Amafaranga yakwa nk’amahoro,"Amafaranga yakwa nk’amahoro ni aya akurikira:(a) amafaranga ku cyapa cyamamaza; (b) amafaranga kuri banderore; (c) amafaranga ku kwamamaza hakoreshejwe uburyo budateganyijwe muri iri teka; (d) amafaranga ku cyapa kiranga ubwato; (e) amafaranga ku minara y’itumanaho; (f) amafaranga ku bucuruzi bwo gutwara ibikomoka kuri kariyeri; (g) amafaranga ku byasaruwe bikomoka ku mashyamba",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2030 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya mbere: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta,Ingingo ya 7: Parikingi rusange yo ku muhanda,"Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri parikingi rusange yo ku muhanda bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) imodoka nto: (i) FRW 200 ku isaha; (ii) FRW 1.000 ku munsi; (iii) FRW 15.000 ku kwezi; (b) ikamyo nto na minibisi: (i) FRW 300 ku isaha; (ii) FRW 1.500 ku munsi; (iii) FRW 20.000 ku kwezi; (c) ikamyo nini idafite remoruki, bisi nini na za taragiteri: (i) FRW 500 ku isaha; (ii) FRW 2.500 ku munsi; (iii) FRW 25.000 ku kwezi;(d) ikamyo ifite remoruki n’imashini nini zikoreshwa mu mirimo yo kubaka inzu cyangwa imihanda: (i) FRW 1.000 ku isaha; (ii) FRW 5.000 ku munsi; (iii) FRW 30.000 ku kwezi.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2031 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya mbere: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta,Ingingo ya 8: Parikingi rusange yubakiye,"Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri parikingi rusange yubakiye bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) imodoka itwara abagenzi muri rusange ifite ibyicaro bitarenze 18 n’amavatiri akora tagisi: FRW 500 ku munsi; (b) imodoka ifite ibyicaro 19 kugeza kuri 30 itwara abagenzi muri rusange: FRW 1.000 ku munsi; (c) imodoka ifite ibyicaro 31 kugeza kuri 50 itwara abagenzi muri rusange: amahoro ahera ku FRW 1.500 kugeza ku FRW 3.000 ku munsi; (d) imodoka ifite ibyicaro birenze 50 itwara abagenzi muri rusange: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri parikingi rusange yubakiye bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) imodoka itwara abagenzi muri rusange ifite ibyicaro bitarenze 18 n’amavatiri akora tagisi: FRW 500 ku munsi; (b) imodoka ifite ibyicaro 19 kugeza kuri 30 itwara abagenzi muri rusange: FRW 1.000 ku munsi; (c) imodoka ifite ibyicaro 31 kugeza kuri 50 itwara abagenzi muri rusange: amahoro ahera ku FRW 1.500 kugeza ku FRW 3.000 ku munsi; (d) imodoka ifite ibyicaro birenze 50 itwara abagenzi muri rusange:amahoro ahera ku FRW 3.500 kugeza ku FRW 10.000 ku munsi; (e) imodoka idatwara abagenzi muri rusange yinjiye muri parikingi rusange yishyurirwa FRW 200 uko yinjiye muri parikingi rusange. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2032 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya mbere: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta,Ingingo ya 9: Parikingi rusange y’ubwato,"Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri parikingi rusange y’ubwato bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) ubwato bufite moteri bwikorera toni zitarenze eshanu: (i) FRW 150 ku munsi; (ii) FRW 4.000 ku kwezi; (b) ubwato bufite moteri bwikorera toni zirenze eshanu: (i) FRW 200 ku munsi; (ii) FRW 5.000 ku kwezi; (c) ubwato butoya budafite moteri:(i) FRW 100 ku munsi; (ii) FRW 3.000 ku kwezi.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2033 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya mbere: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta,Ingingo ya 10: Ubucuruzi bw’amatungo," (1) Ibipimo ntarengwa by’amahoro y’isoko yakwa ku bucuruzi bw’amatungo bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) inka: FRW 3.000; (b) ihene: FRW 500; (c) ingurube: FRW 700; (d) intama: FRW 500. (2) Amahoro avugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo yishyurwa n’umucuruzi w’amatungo kuri buri tungo rigurishijwe. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2034 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya mbere: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa ku ikoreshwa ry’umutungo rusange wa Leta," Ingingo ya 11: Ikoreshwa ry’ibagiro ry’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage"," Kubagira amatungo mu ibagiro ry’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage byishyurirwa amahoro ku buryo bukurikira:(a) inka: FRW 2.000; (b) ihene: FRW 500; (c) ingurube: FRW 1.000; (d) intama: FRW 500. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2035 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,"Icyiciro cya 2: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri serivisi, impushya n’ibyemezo","ngingo ya 12: Gushyingirwa imbere y’ubutegetsi "," (1) Serivisi yo gushyingirwa imbere y’ubutegetsi ku munsi wagenwe n’Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage itangirwa ubuntu. (2) Umuntu ushaka gushyingirwa imbere y’ubutegetsi ku munsi unyuranye n’uwagenwe n’Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage yishyura amahoro angana na FRW 50.000. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2036 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,"Icyiciro cya 3: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri serivisi, impushya n’ibyemezo",Ingingo ya 13: Uruhushya rwo kubaka,"1) Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa ku ruhushya rwo kubaka bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) FRW 20.000 ku buso bw’ubutaka bwubakwaho mu kibanza butarenze m2 100; (b) FRW 100.000 ku buso bw’ubutaka bwubakwaho mu kibanza buhera hejuru ya m2100 kugeza kuri m2 200; (c) FRW 150.000 ku buso bw’ubutaka bwubakwaho mu kibanza buhera hejuru ya m2 200 kugeza kuri m2 500; (d) FRW 200.000 ku buso bw’ubutaka bwubakwaho burenze m2 500. (2) Ibipimo ntarengwa by’amahoro bivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo ni na byo bikoreshwa kuri serivisi zo kongeresha igihe cy’uruhushya rwo kubaka cyangwa izo guhindura impamvu zashingiweho mu gusaba uruhushya(3) Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage ishobora kwemerera utishoboye wabisabye, kutishyura amahoro avugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2037 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,"Icyiciro cya 4: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri serivisi, impushya n’ibyemezo","Ingingo ya 14: Inyandiko, ibyemezo na serivisi","(a) inyandiko y’irangamimerere: FRW 1.500; (b) inyandiko ihinnye y’irangamimerere: FRW 1.000; (c) ikarita ndangamuntu: FRW 500; (d) icyemezo gisimbura ikarita ndangamuntu yatakaye: FRW 3.000; (e) icyemezo cy’amavuko: FRW 500; (f) icyemezo cy’uko umuntu yashyingiwe: FRW 500;(g) icyemezo cy’uko umuntu ari ingaragu: FRW 500; (h) icyemezo cy’uko umuntu yatandukanye n’uwo bashyingiranywe: FRW 500; (i) serivisi yo kugurisha mu cyamunara itanzwe n’umuhesha w’inkiko utari uw’umwuga ku mitungo itimukanwa: FRW 5.000. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2038 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,"Icyiciro cya 5: Ibipimo ntarengwa by’amahoro yakwa kuri serivisi, impushya n’ibyemezo",Ingingo ya 15: Inyandiko zishyizweho umukono na noteri wa Leta,"Inyandiko zishyizweho umukono na Noteri wa Leta zishyurwa amahoro ku buryo bukurikira: (a) kwemeza ko inyandiko ari impamo: FRW 1.500; (b) kwemeza ko kopi y’inyandiko ihuye n’iy’umwimerere: FRW 1.500; (c) guhamya imikono FRW 1.200; (d) gushyira umukono wa noteri kuri sitati: FRW 500 kuri buri rupapuro; (e) gushyira umukono wa noteri kumasezerano ayo ari yo yose: FRW 500 kuri buri rupapuro; (f) gutanga izindi nyandiko z’umunoteri ziteganywa n’amategeko: FRW 500 kuri buri rupapuro. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2039 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 3: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 16: Ibyapa byamamaza,"(1) Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro ku byapa byamamaza hadakoreshejwe ikoranabuhanga bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) mu Mujyi wa Kigali: FRW 20.000 kuri m2 ku mwaka; (b) mu mijyi igaragiye cyangwa yunganira Umujyi wa Kigali: FRW 15.000 kuri m2 ku mwaka; (c) ahasigaye hose mu Gihugu: FRW 10.000 kuri m2 ku mwaka. (2) Icyapa cyamamaza hakoreshejweuburyo bw’ikoranabuhanga: FRW 100.000 ku mwaka hatitawe ku ngano yacyo n’aho giherereye. (3) Ibindi byapa bwamamaza byanditseho ubutumwa budahoraho bikorwa ku buryo budahoraho bisabirwa uruhushya ku rwego rubifitiye ububasha bikishyurirwa amahoro angana na FRW 5.000 ku munsi. (4) Amafaranga yakwa nk’amahoro avugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo ashobora guhabwa agaciro akishyurwa ku gihembwe, bisabwe n’uwamamaza. (5) Iyo icyapa cyamamaza ku mpande zombi, buri ruhande rwishyurirwa amahoro ukwarwo. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2040 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 4: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 17: Ikoreshwa ry’indangururamajwi mu kwamamaza,"(1) Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro ku ikoreshwa ry’indangururamajwi mu kwamamaza bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) mu Mujyi wa Kigali: FRW100.000 ku munsi; (b) mu mijyi igaragiye cyangwa iyunganira Umujyi wa Kigali: FRW 50.000 ku munsi; (c) ahasigaye hose mu Gihugu: FRW 10.000 ku munsi. (2) Uburyo bwo kwamamaza buteganyijwe muri iyi ngingo bubanza gusabirwa uruhushya rwihariye ku rwego rubifitiye ububasha. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2041 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 5: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 18: Ikoreshwa rya banderore,"Igipimo ntarengwa cy’amafaranga yakwa nk’amahoro ku ikoreshwa rya banderore ni FRW 7.500 ku munsi. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2042 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 6: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 19: Uburyo bwo kwamamaza budateganyijwe muri iri teka,"(1) Igipimo ntarengwa cy’amafaranga yakwa nk’amahoro ku buryo bwo kwamamaza budateganyijwe muri iri teka ni FRW 10.000 ku gihembwe cyangwa FRW 1.000 ku munsi. (2) Uburyo bwo kwamamazabudateganyijwe muri iri teka busabirwa uruhushya rwihariye ku rwego rubifitiye ububasha. Icyakora, kwamamaza bikorewe ku nyubako cyangwa ku binyabiziga n’abasanzwe babikoresha ntibisabirwa uruhushya kandi ntibyishyuzwa.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2043 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 7: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 20: Icyapa kiranga ahantu,"Icyapa kiranga ahantu nticyishyurirwa amahoro. Icyakora, iyo cyongeweho ubutumwa bwamamaza ubucuruzi cyishyurirwa amahoro kuri metero kare, hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 16 y’iri teka.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2044 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 8: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 21: Icyapa kiranga ubwato,"(1) Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro ku cyapa kiranga ubwato bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) ubwato bufite moteri: FRW 15.000; (b) ubwato budafite moteri: FRW 5.000.(2) Amafaranga y’amahoro avugwa mu mu gika cya (1) cy’iyi ngingo atangwa inshuro imwe gusa kuri buri bwato. (3) Icyakora, iyo ubwato butakaje icyapa, nyirabwo yongera kwishyura amafaranga y'amahoro avugwa mu gika cya (1) cy'iyi ngingo kugira ngo ahabwe ikindi. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2045 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 9: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 22: Iminara y’itumanaho,"(1) Igipimo ntarengwa cy’amafaranga yakwa nk’amahoro ku minara y’itumanaho ni FRW 2.000 kuri buri metero imwe y’ubujyejuru ku mwaka. (2) Iyo umunara ushinze ku nyubako cyangwa ku kindi kintu gituma ubujyejuru bwawo bwiyongera, uburebure bw’iyo nyubako cyangwa ubw’icyo kintu na bwo burabarwa mu kugena uburebure bwishyuzwa. Uburebure bw’icyo umunara ushinzeho bubarirwa FRW 1.000 kuri metero imwe y’ubujyejuru ku mwaka.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2046 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 10: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 23: Ubucuruzi bwo gutwara ibikomoka kuri kariyeri,"Igipimo ntarengwa cy’amafaranga yakwa nk’amahoro, kuri buri nshuro imodoka ipakiye, ku bucuruzi bwo gutwara ibikomoka kuri kariyeri ni FRW 1.000 kuri m3 y’ibikomoka kuri kariyeri biri mu modoka.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2047 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 11: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 24: Ubucuruzi bwo gupakira amatafari cyangwa amategura,"Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro ku bucuruzi bwo gupakira amatafari cyangwa amategura bishyizweho ku buryo bukurikira: (a) FRW 1.000 kuri m3 y’amatafari ari mu modoka, kuri buri nshuro imodoka ipakiye amatafari; (b) 500 FRW kuri m3 y’amategura ari mu modoka kuri buri nshuro imodoka ipakiye amategura.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2048 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA III: IBIPIMO NTARENGWA BY’AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO,Icyiciro cya 12: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 25: Ibyasaruwe bikomoka ku mashyamba,"Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro ku byasaruwe bikomoka ku mashyamba bishyizweho ku buryo bukurikira:(a) FRW 150 kuri buri rubaho yishyurwa n’uwasatuye imbaho; (b) FRW 150 kuri buri mufuka w’amakara yishyurwa n’uwatwitse amakara; (c) FRW 1.000 kuri buri m3 y’inkwi yishyurwa n’uwasaruye ishyamba; (d) FRW 1.000 kuri buri m3 y’ibiti yishyurwa n’uwasaruye ishyamba. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2049 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA IV: ISONERWA N’IVANWAHO RY’AMAHORO,Icyiciro cya 13: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 26: Serivisi n’ibyemezo bisonewe amahoro,"1) Serivisi n’ibyemezo bikurikira bisonewe amahoro: (a) serivisi y’ihererekanya ry’uburenganzira ku mutungo utimukanwa; (b) icyemezo cy’umutungo w’ubutaka gitangwa na komite y’ubutaka; (c) icyemezo cy’iyandikishwa ry’ubutaka;(d) icyemezo cyo gusana inyubako; (e) icyemezo cyo kuvugurura inyubako; (f) icyemezo cyo kubaka uruzitiro; (g) uruhushya rwo kubaka mu mudugudu w’icyaro; (h) icyemezo cy’uko umuntu akiriho; (i) icyemezo cy’uko umuntu yapfuye; (j) uruhushya rwo gutwika amakara, amatafari n’amategura; (k) uruhushya rwo gusarura ishyamba; (l) icyemezo cy’ubwishingire bw’umuntu. (2) Icyakora, isonerwa ry’amahoro kuri serivisi n’ibyemezo bivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo ntirivanaho ko bigomba gusabwa mu nzego zibifitiye ububasha mbere yo gukoreshwa icyo bigenewe. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2050 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA IV: ISONERWA N’IVANWAHO RY’AMAHORO,Icyiciro cya 14: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 27: Ibinyabiziga n’amato bisonewe amahoro yakwa kuri parikingi rusange,"Ibinyabiziga n’amato bikurikira bisonewe amahoro yakwa kuri parikingi rusange: (a) ibinyabiziga cyangwa amato bya Leta, iby’ibigo n’iby’imishinga bya Leta bifite ibyapa bibiranga; (b) ibinyabiziga cyangwa amato by’Ambasade; (c) ibinyabiziga cyangwa amato by’imiryango mpuzamahanga ishamikiye ku Muryango w’Abibumbye n’iby’indi miryango mpuzamahanga ifitanye amasezerano yihariye na Leta y’u Rwanda; (d) ibinyabiziga byihariye byagenewe abafite ubumuga.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2051 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA IV: ISONERWA N’IVANWAHO RY’AMAHORO,Icyiciro cya 15: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 28: Kuvanirwaho amahoro atarishyuwe,"(1) Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage ishobora, mu gihe igena ibipimo by’amahoro, kuvaniraho abatishoboye amahoro y’ibirarane batashoboye kwishyura mu mwaka w’ingengo y’imari urangiye, iyo babisabye. (2) Umuntu usaba kuvanirwaho amahoro atashoboye kwishyura mu mwaka w’ingengo y’imari urangiye yandikira umuyobozi w’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage agaragaza impamvu zifatika. Iyo Umuyobozi wandikiwe asanze ubusabe bufite ishingiro, akorera raporo Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage kugira ngo ibifateho icyemezo.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2052 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA IV: ISONERWA N’IVANWAHO RY’AMAHORO,Icyiciro cya 16: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 29: Urwego rushinzwe kugena ibipimo by’amahoro,(1) Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage ishinzwe kugena ibipimo by’amahoro ateganyijwe muri iri teka. (2) Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage igena ibipimo by’amahoro ishingiye ku bipimo ntarengwa biteganyijwe muri iri teka.,NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2053 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA IV: ISONERWA N’IVANWAHO RY’AMAHORO,Icyiciro cya 17: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 30: Itariki ntarengwa yo kugena ibipimo by’amahoro ateganyijwe muri iri teka,"(1) Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage igena ibipimo by’amahoro ateganyijwe muri iri teka bitarenze itariki ya 30 Kamena ya buri mwaka. (2) Icyakora, iyo Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage nta kindi cyemezo yafashe kirebana n’igenwa ry’ibipimo by’amahoro ateganyijwe muri iri teka, kugeza ku itariki ivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo, ibipimo yagennye umwaka ubanza ni byo bikomeza gukurikizwa mu mwaka uwukurikira. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2054 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA IV: ISONERWA N’IVANWAHO RY’AMAHORO,Icyiciro cya 18: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 31: Itangazwa ry’ibipimo by’amahoro ateganyijwe muri iri teka,(1) Icyemezo gifashwe n’Inama Njyanama y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage cyerekeye imisoro n’ibipimo by’amahoro gitangazwa kandi kikamanikwa ku nyubako zose z’ubuyobozi bw’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage bireba n’ahandi hantu hahurira abantu benshi. (2) Urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage rushyikiriza Minisitiri ufite imisoro n’amahoro mu nshingano kopi y’icyemezo kivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo.,NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2055 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE,Icyiciro cya 19: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 32: Impinduka ku micungire y’umutungo rusange wishyurwaho amahoro,"Iyo umutungo rusange wishyurwagaho amahoro ateganywa n’iri teka weguriwe gucungwa n’abikorera ku bw’amasezerano bagiranye n’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage, ayo masezerano nta ngaruka agira ku bipimo by’amahoro yatangwaga ku mikoreshereze y’uwo mutungo.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2056 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE,Icyiciro cya 20: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 33: Parikingi y’abikorera,"(1) Parikingi y’abikorera ni parikingi iri mu mbago z’ikibanza cy’abikorera kandi icungwa na nyirayo. (2) Icyakora, iyo nyirayo yishyuje amafaranga ya parikingi bifatwa nk’igikorwa kigamije inyungu bityo akishyura imisoro iteganywa n’amategeko abigenga.",NA ITEKA RYA PEREZIDA N° 075/01 RYO KU WA 04/12/2057 RISHYIRAHO AMAHORO YAKWA KURI SERIVISI NO KU BYEMEZO BITANGWA N’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Iteka rya perezida,UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE,Icyiciro cya 21: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 34: Kwirinda kwaka kabiri amahoro cyangwa amafaranga yakwa nk’amahoro,"Ibikorwa urwego rusoresha rwatseho amahoro cyangwa amafaranga yakwa nk’amahoro mbere y’uko iri teka ritangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda, ntibishobora kongera kwakwaho amahoro cyangwa amafaranga yakwa nk’amahoro y’ubwoko bumwe. ",NA NA,NA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 22: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 35: Abayobozi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka,Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda.,NA NA,NA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 23: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 37: Ingingo ivanaho,Iteka rya Perezida n° 25/01 ryo ku wa 09/07/2012 rishyiraho urutonde kandi rigena ibipimo ntarengwa by’amahoro n’andi mafaranga yakirwa n’inzego z’ibanze rivanyweho.,NA NA,NA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 24: Ibipimo ntarengwa by’amafaranga yakwa nk’amahoro,Ingingo ya 38: Gutangira gukurikizwa,Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2020 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,Aya mabwiriza agena ibisabwa n’imikorere y’abantu bakora umwuga wo kunganira abasoreshwa.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2021 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 2: Ibisabwa mu guhagararira abandi mu misoro,"Usaba guhagararira no kunganira abasoreshwa mu bibazo bijyanye n’imisoro, asabwa kuba yujuje ibi bikurikira : 1o kuba afite nibura impamyabumenyi ihanitse mu ibaruramari, mu misoro, mu by’Imari, Ubukungu, Ubucuruzi, Amategeko cyangwa Icungamutungo; 2o kuba ari inyangamugayo, by’umwihariko atarigeze akurikiranwaho icyaha cyo kunyereza umusoro cyangwa umutungo wa Leta; 3o kuba afite icyemezo gitangwa n‘ubutabera cyo kuba atarakatiwe n’inkiko ; 4o kuba atarirukaniwe icyaha cya ruswa ; 5o kuba afite uburambe bw’imyaka byibuze ibiri (2) mu kazi k’ibaruramari, amategeko, igenzura ry’imisoro cyangwa indi mirimo isa nayo ; 6o ku byerekeye amasosiyete y’ubufatanye, buri muntu atanga impapuro asabwa kandi aryozwa ibikorwa bye; 7o kuba yaratanze amamenyeshamusoro ku nyungu ntibireba abantu basaba kunganira abasoreshwa nta bundi bucuruzi bakoze; 8o kuba atarimo umwenda w’umusoro; 9o kwandikira Komiseri Mukuru asaba uburenganzira bwo guhagararira no kwunganira abasoreshwa. Ibaruwa isaba igomba kuba iherekejwe n’ibi bikurikira: a) kopi y’icyemezo cy’iyandikisha ry’ubucuruzi ; b) umwirondoro na kopi y’impamyabushobozi iriho umukono wa Noteri; c) icyemezo cy’uko hishyuwe amafaranga ibihumbi ijana by’amafarangaa y’u Rwanda (100.000 FWR) adasubizwa; d) Kuba afite konti muri banki, agasanduku k’iposita cyangwa e mail, aho akorera hazwi hashimangirwa n’amasezerano y’ubukode cyangwa icyemezo cy’umutungo. y’imyaka ibiri (2) ishize. Ibi ariko",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2022 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 3: Ibibujijwe abahoze ari abakozi ba RRA,Abahoze ari abakozi ba RRA ntibemerewe guhagararira cyangwa kunganira abandi mu misoro ku birebana n’amadosiye bakoze bakiri muri RRA.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2023 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,"Ingingo ya 4: Ikarita itangwa n'Ubuyobozi bw'Imisoro",Ubuyobozi bw’Imisoro butanga amakarita ku bahawe uburenganzira bwo guhagararira abandi mu misoro.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2024 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,"Ingingo ya 5: Igihe uburenganzira bwo guhagararira abandi bumara ",Icyemezo cyo kwemererwa guhagararira no kunganira abasoreshwa kimara imyaka itatu (3) ishobora kongerwa gusa harebwe niba usaba acyujuje ibisabwa bivugwa mu ngingo ya 2 y’aya mabwiriza. Usaba kongererwa agaragaza icyemezo cy’uko yishyuye amafaranga ibihumbi mirongo itanu by’amafaranga y’u Rwanda (50.000 FRW) adasubizwa. Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro gishobora gutesha agaciro urwo ruhushya igihe cyose uwaruhawe atacyujuje kimwe mu byangombwa biteganyijwe mu ngingo ya 2y’aya mabwiriza.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2025 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 6: Imirimo ikorwa n’abahagararira abasoreshwa,"Imirimo ikorwa n’abahagararira abasoreshwa n’iyi ikurikira: 1o Gutegura no kugeza ku Kigo cy’Imisoro n’Amahoro imenyesha musoro ; 2o Guhagararira no kunganira umusoreshwa mu igenzura ry’Imisoro, mu nzego z’ubujurire no mu bindi bibazo byose bijyanye n’imisoro.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2026 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 7: Ivanwaho ry'ingingo zinyuranyije n’aya mabwiriza,Amabwiriza yose abanziriza aya kandi anyuranyije nayo avanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 005/2020 YO KU WA 05/08/2027 AGENA IBISABWA N’IMIKORERE Y’ABANTU BAKORA UMWUGA WO KUNGANIRA ABASORESHWA,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 8: Igihe aya mabwiriza atangira gukurikizwa,Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi yatangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2023 YO KU WA 11/01/2023 AGENA UBURYO BWO KUMENYEKANISHA NO KWISHYURA UMUSORO KU BIHEMBO N’UMUSORO KU NYONGERAGACIRO KU GIHEMBWE,Amabwiriza,NA,Imisoro," Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije "," Aya mabwiriza agena uburyo bwo kumenyekanisha no kwishyura umusoro ku bihembo n’umusoro ku nyongeragaciro ku gihembwe. ",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2023 YO KU WA 11/01/2024 AGENA UBURYO BWO KUMENYEKANISHA NO KWISHYURA UMUSORO KU BIHEMBO N’UMUSORO KU NYONGERAGACIRO KU GIHEMBWE,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 2: Uburyo bwo kumenyekanisha umusoro ku bihembo n’umusoro ku nyongeragaciro,"(1) Usora ufite ibyacurujwe mu mwaka bingana cyangwa biri munsi ya 200.000.000 FRW akora imenyekanisha n’iyishyurwa ry’umusoro ku bihembo cyangwa umusoro ku nyongeragaciro rimwe mu gihembwe mu gihe cy’iminsi 15 ikurikira irangira ry’igihembwe kijyanye n’uwo musoro. (2) Ibihembwe bimenyekanishwa kandi bikishyurwa bitarenze amatariki akurikira: (a) igihembwe cya mbere kimenyekanishwa kikanishyurwa bitarenze 15 Mata ; (b) igihembwe cya kabiri kimenyekanishwa kikanishyurwa bitarenze 15 Nyakanga ; (c) igihembwe cya gatatu kimenyekanishwa kikanishyurwa bitarenze 15 Ukwakira ; (d) igihembwe cya kane kimenyekanishwa kikanishyurwa bitarenze 15 Mutarama. (3) Usora ufite ibyacurujwe bingana cyangwa biri munsi ya 200.000.000 FRW ku mwaka, uhisemo gukora imenyekanisha no kwishyura buri kwezi, asabwa kubanza kubimenyesha Ubuyobozi bw’Imisoro mu nyandiko. (4) Guhitamo kumenyekanisha no kwishyura buri kwezi ntibishobora gusubirwamo mbere y’imyaka ibiri. (5) Icyakora iyo umubare w’ibyacurujwe mu mwaka uhindutse ukarenga 200.000.000 FRW, usora agomba kumenyekanisha no kwishyura umusoro ku bihembo cyangwa umusoro ku nyongeragaciro buri kwezi. (6) Mu gushyira mu bikorwa aya mabwiriza, ku bijyanye n’umwaka wa 2022, igihembwe cya 4 nk’uko kivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, kigomba kumenyekanishwamo gusa ibirebana n’ukwezi kw’Ukuboza kandi bigakorwa bitarenze 15 Mutarama 2023",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2023 YO KU WA 11/01/2025 AGENA UBURYO BWO KUMENYEKANISHA NO KWISHYURA UMUSORO KU BIHEMBO N’UMUSORO KU NYONGERAGACIRO KU GIHEMBWE,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 3: Ivanwaho ry'ingingo zinyuranyije n’aya mabwiriza,Ingingo zose z’amabwiriza yose abanziriza aya kandi anyuranyije nayo zivanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2023 YO KU WA 11/01/2026 AGENA UBURYO BWO KUMENYEKANISHA NO KWISHYURA UMUSORO KU BIHEMBO N’UMUSORO KU NYONGERAGACIRO KU GIHEMBWE,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 4: Ingingo y’Ururimi,Aya mabwiriza yateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2023 YO KU WA 11/01/2027 AGENA UBURYO BWO KUMENYEKANISHA NO KWISHYURA UMUSORO KU BIHEMBO N’UMUSORO KU NYONGERAGACIRO KU GIHEMBWE,Amabwiriza,NA,Imisoro,Ingingo ya 5: Gutangira gukurikizwa,Aya mabwiriza atangira gukurikizwa kuva ku munsi yatangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2013 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri Teka rigena imiterere y’imashini y’ikoranabuhanga yemewe n’Ubuyobozi bw’Imisoro ikoreshwa mu gutanga inyemezabuguzi igaragaza umusoro, uburyo n’inshingano bigomba kuba byujujwe mu gukoresha iyo mashini.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2014 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Ibisobanuro,"Muri iri teka, amagambo akurikira asobanuwe ku buryo bukurikira: 1º “Ubuyobozi”: Ikigo cy’Imisoro n’Imahoro; 2º «Ukoresha »: umusoreshwa ukoresha imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi; 3º «TIN»: inomero iranga umusoreshwa; 4º “ Umusoreshwa munini”: umusoreshwa wamenyeshejwe n’Ubuyobozi ko yanditswe mu basoreshwa banini; 5º “Umusoreshwa wisumbuye”: umusoreshwa ukora ibikorwa by’ubucuruzi bibyara amafaranga y’ibyacurujwe arenze miliyoni mirongo itanu (50.000.000) y’amanyarwanda mu mwaka w’isoresha ushize kandi Ubuyobozi bukaba butaramushyize mu basoreshwa banini; 6º “ Umusoreshwa umusoreshwa by’ubucuruzi ukora bibyara uciriritse”: ibikorwa amafaranga y’ibyacurujwe ari hagati ya miliyoni cumi n’ebyiri n’ifaranga rimwe (12.000.001) na miliyoni mirongo itanu (50.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda mu mwaka w’isoresha ushize; 7º “Umusoreshwa muto”: umusoreshwa ukora ibikorwa by’ubucuruzi bibyara amafaranga y’ibyacurujwe ari munsi ya miliyoni cumi n’ebyiri (12.000.000) mu mwaka w’isoresha ushize; 8º «Komiseri Mukuru»: Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro; 9º “Uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe” (CIS): uburyo bw’ikoranabuhanga bwagenewe gukoreshwa mu bucuruzi, mu rwego rwo gushyiraho uburyo buhamye bwo gucunga neza ibijyanye n’ubucuruzi ndetse n’ububiko byujuje ibisabwa n’Ubuyobozi; 10º “Imashini y’inyemezabwishyu” (SDC): imashini itanga kandi ikanabika inyemezabwishyu ikorana n’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe ; 11º «Imashini y’ ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi»: uburyo bugizwe na CIS na SDC bikaba bikorana nk’uburyo bumwe; 12º «Gihamya»: ibimenyetso byo ku nyemezabuguzi bikoreshwa n’Ubuyobozi mu igenzura ry’ubudakemwa; 13º «Inyemezabwishyu»: inyandiko igaragaza ko habayeho kudandaza cyangwa kuranguza ibicuruzwa cyangwa inyandiko igaragaza ko hatanzwe serivisi ku muguzi, kandi ubudakemwa bw’iyo nyandiko bukaba bwagenzurwa n’Ubuyobozi; 14º “Inomero yihariye y’imashini” (MRC) inomero yihariye y’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi igaragaza ko bwemewe ; 15º «inomero y’imashini y’inyemezabwishyu: inomero yihariye y’imashini itanga inyemezabwishyu igaragaza ko yemewe; 16º «POS»: ahatangirwa inyemezabwishyu; 17º «Ugurisha imashini»: isosiyete cyangwa umuntu ku giti cye wanditse mu Rwanda kandi wabiherewe uruhushya n’Ubuyobozi, rwo kugira ibyemezo bya CIS cyangwa SDC byakorewe mu Rwanda cyangwa mu mahanga no kuzigurisha nk’uzikora cyangwa uhagarariye uzikora; 8º «ushyikiriza abaguzi imashini»: isosiyete cyangwa umuntu ku giti cye wanditse mu Rwanda, akaba afitanye n’ugurisha imashini amasezerano yo kuzishyikiriza abaguzi, kandi wabiherewe uruhushya n’Ubuyobozi rwo kugurisha CIS cyangwa SDC mu Rwanda.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2015 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Kwiyandikisha k’ukoresha imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi,"Umusoreshwa wese wamenyeshejwe, nk’uko biteganywa n’ingingo ya 9 y’iri teka, agomba kwiyandikisha nk’ukoresha imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi. Umusoreshwa wese usonewe inshingano iteganyijwe mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, ashobora kwiyandikisha mu Buyobozi ku bushake cyangwa agasabwa kwiyandikisha nk’ukoresha imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi, hashingiwe ku buremere bw’impungenge nk’uko bigenwa na Komiseri Mukuru. Uhereye igihe iri teka ritangiye gukurikizwa, imashini zitanga inyemezabwishyu zujuje ibisabwa n’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe hakoreshejwe Imashini y’Ikoranabuhanga, kandi zahawe uburenganzira n’Ubuyobozi, ni zo zonyine zishobora gukoreshwa mu gutanga inyemezabwishyu nk’uko ziteganywa mu ngingo ya 7 y’iri Teka.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2016 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Isonerwa ku bisabwa n’iri teka,"Komiseri Mukuru, ashingiye ku mpamvu z’umuntu ku giti cye, ashobora kumusonera gukoresha uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi buteganwa n’iri teka, igihe hari ubundi buryo bushobora gukoreshwa mu gutanga amakuru yizewe ajyanye no kugenzura. Ibigenderwaho mu gutanga ubusonerwe biteganywa n’Amabwiriza ya Komiseri Mukuru.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2017 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Kugenzura imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi,"Ubuyobozi bufite uburenganzira bwo kugenzura imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi yandikishijwe hakurikijwe iri teka, mu gihe icyo ari cyo cyose cy’amasaha y’akazi, mu rwego rwo kugenzura niba ikurikiza ibisabwa, imikoreshereze yayo ndetse n’andi mabwiriza ashobora gutangwa agenga imikoreshereze y’iyo mashini. Abakozi b’uwahawe uburenganzira bwo gukoresha imashini z’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi bagomba kuyerekana igihe cyose babisabwe kugira ngo ikorerwe ubugenzuzi n’abakozi b’Ubuyobozi babishinzwe. Imashini yose y’Ikoranabuhanga igaragaye mu igenzura ko itujuje ibisabwa, irafatirwa kandi uwayikoreshaga agahanwa hakurikijwe Ukoresha imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ashobora guhita ayikoresha atagombye gutegereza igenzura n’uburenganzira butangwa n’Ubuyobozi, igihe yujuje ibintu bikurikira: 1º imashini ikoreshwa mu buryo bwo gutanga inyemezabuguzi n’imashini y’inyemezabwishyu zemewe zaguzwe ku mucuruzi wabiherewe uburenganzira n’Ubuyobozi; 2º umucuruzi w’izo mashini yari asanzwe yarazandikishije mu Buyobozi, hakurikijwe uburyo bwo kwandikisha buteganywa n’amabwiriza ya Komiseri Mukuru. Icyakora, abasoreshwa basanganywe izo mashini bagomba gutangira kuzikoresha nyuma y’isuzumwa no guhabwa uburenganzira n'Ubuyobozi.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2018 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 6: Ibiranga uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe,"Uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe bugizwe n’uburyo bwose bwo kwandika amafaranga, uburyo bwerekana igiciro bwanditse ku kintu cyangwa bugizwe n’indi mashini ikoreshwa mu bucuruzi ikorana n’imashini y’inyemezabwishyu (SDC), byujuje imikorere isabwa na Komiseri Mukuru.Uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe bugomba kohereza amakuru y’inyemezabwishyu akenewe, kugira ngo imashini itange amakuru yose ku nyemezabwishyu.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2019 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 7: Ibigomba kugaragara ku nyemezabwishyu,"Uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe, bugomba gutanga inyemezabwishyu zigomba kuba byibuze zigaragaragaza amakuru akurikira: 1º izina ry’umusoreshwa; 2º inomero iranga umusoreshwa; 3º aho ubucuruzi bukorwa; 4º inomero iranga umukiriya ishobora gushyirwaho cyangwa ntishyirweho; 5º ubwoko bw’inyemezabwishyu n’ubw’igikorwa cy’ubucuruzi; 6º inomero yihariye y’inyemezabwishyu, igenda izamuka nta mubare usimbutswe kuri buri bwoko bw’inyemezabwishyu; 7º ibijyanye n’ibicuruzwa, cyangwa serivisi ubwoko bwabyo, uko bingana, igiciro ndetse n’ibindi bishobora gukorwa, nko gutesha agaciro inyemezabwishyu cyangwa kuyikosora; 8º igiteranyo cy’ibiciro by’ibicuruzwa; 9º igipimo kigenderwaho mu gusora; 10º igipimo cy’umusoro cyongerwa ku giciro cy’igicuruzwa; 11º uburyo bwo kwishyura; 12º amakuru y’imashini y’inyemezabwishyu harimo: a. itariki n’igihe bishyirwaho n’imashini y’inyemezabwishyu (SDC); b. inomero y’ubwoko bw’inyemezabwishyu igezweho; c. umukono wo ku nyemezabwishyu; d. inomero iranga imashini itanga inyemazabwishyu; 13º itariki n’igihe bishyirwaho n’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe (CIS); 14º inomero yihariye y’imashini (MRC). Buri nyemezabwishyu igizwe n’uruhurirane rw’ubwoko bw’inyemezabwishyu n’ubw’ubucuruzi, bugenwa na Komiseri Mukuru. Ibigomba kugaragara ku nyemezabwishyu bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo bigomba kubahirizwa mu gihe cy’inyemezabuguzi zagaruwe. Icyakora, amabwiriza yihariye arebana n’itangwa ry’inyemezabuguzi zagaruwe bigenwa na Komiseri Mukuru.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2020 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 8 : Kwemererwa gukoresha Imashini y’ ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi,"Abinyujije mu itangazo, Komiseri Mukuru amenyesha igihe cyo gutangira gusaba uburenganzira bwo gukoresha uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe (CIS) cyangwa Imashini y’inyemazabwishyu (SDC). Uburenganzira bwo gukoresha uburyo bwo gutanga inyemezabwishyu bwemewe, busabwa kuri buri cyiciro cy’ubwoko bwose bw’imashini cyangwa ku bwoko bwose bw’imashini yerekana igiciro ku buryo bwanditse bwagemuwe ku isoko ryo mu Rwanda. Ubwo burenganzira kandi ni ngombwa kuri buri cyiciro cy’imashini nyemezabwishyu zishyizwe ku isoko ryo mu Rwanda. Urwo ruhushya rugaragaza ko ubwoko bw’imashini na progaramu bwasuzumwe. Uburyo bwakoreshejwe mu isuzuma n’ibyavuyemo bishyirwa muri raporo y’isuzuma igenwa na Komiseri Mukuru. Mu gihe cyo gusaba kwemererwa, usaba yerekana imikorere y’ubwo buryo cyangwa isuzuma ry’imashini imbere y’ubuyobozi, kugira ngo bwemeze ko bikurikije amabwiriza agenwa n’iri teka n’amabwiriza ya Komiseri Mukuru. Kutubahiriza ibivugwa muri iyi ngingo bifatwa nk’impamvu ihita ikuraho uburenganzira bwari bwaratanzwe, kandi umucuruzi utabyubahirije agahanwa hakurikijwe ibiteganywa n’ n’iri teka.Uburyo bwose bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe bujyana n’inomero yihariye y’imashini. Ibiranga iyo nomero bigenwa n’amabwiriza ya Komiseri Mukuru. Imashini y’inyemezabuguzi yose igira inomero iyiranga. Ibigize iyo nomero biteganywa n’amabwiriza ya Komiseri Mukuru. Ubusonerwe bwo kwemeza uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe bushobora gutangwa n’amabwiriza ya Komiseri Mukuru. Ubwo busonerwe busaba ko uwakoze izo mashini aba yarabigaragaje yemeza ko ubwo buryo bwujuje ibisabwa n’iri teka. Ubusonerwe buvugwa muri iyi ngingo ntibushobora gutangwa ku mashini nyemezabwishyu.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2021 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 9: Ikoreshwa ry’Imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi,"Bubinyujije mu itangazo, Ubuyobozi bumenyesha igihe cyo gutangira gukoresha imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi kuri buri cyicyiro cy’abazayikoresha. Imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ikoreshwa gusa igihe uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe (CIS) n’imashini y’inyemezabwishyu (SDC) byemejwe n’Ubuyobozi. Komiseri Mukuru, abinyujije mu itangazo, amenyesha ubwoko bw’imashini bwemejwe n’Ubuyobozi. Imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi igomba kuba ijyanye n’icyiciro, ibikorwa n’ubwoko bw’imirimo y’ubucuruzi abayikoresha bakora.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2022 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 10: Kugenzura no gutuma imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ihora ikora neza,Umusoreshwa wese agomba kumenya ko imashini ze zikorerwa igenzurwa rya tekiniki mu gihe giteganywa n’amabwiriza ya Komiseri Mukuru. Serivisi y’igenzura ivugwa mu gika cya mbere ikorwa n’umutekinisiye w’umucuruzi wazigemuye wabiherewe uburenganzira n’Ubuyobozi. Amafaranga ya serivisi yo kwita ku buryo ngarukagihe ku mashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi yishyurwa n’uyikoresha.,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2023 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 11: Inshingano z’ukoresha imashini y’ ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi,"Abakoresha imashini y’ Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi bafite inshingano zikurikira: 1º kugura ibikoresho byuzuye bikoreshwa mu buryo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe ku mucuruzi wabiherewe uburenganzira; 2º gushyira ahakorerwa ubucuruzi imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi; 3º gutanga inyemezabwishyu yakozwe n’imashini y’ ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ku mukiriya wese ugura ibintu cyangwa ukoresha serivisi; 4º gukora ku buryo imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ishyirwa ahantu horoshye kugera kandi hagaragarira abakiriya; 5º gukora ku buryo ibintu cyangwa serivisi byagurishijwe hakoresheje imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi bigira izina ridashidikanywaho ndetse n’igipimo cy’umusoro nyacyo; 6º kugaragaza TIN y’umukiriya ku nyemezabuguzi, mbere yo gutangira gutanga inyemezabuguzi, mu gihe bisabwe n’umukiriya wishyuye; 7º gushyira ahashyizwe imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi icyapa cy’inyunganizi gikubiyemo ibi bikurikira: a. izina, aderesi n’inomero iranga usora; b. inomero yihariye y’imashini; c. inomero ya seri y’imashini y’inyemezabwishyu; d. amagambo “igihe imashini igize ikibazo, abakozi bacuruza bagomba gutanga inyemezabwishyu zanditse n’intoki zemewe n’ubuyobozi”; e. amagambo “NTA KWISHYURA IGIHE UDAHAWE INYEMEZABWISHYU”; 8º kwemerera ubugenzuzi bw’imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi no kuyikorera ubugenzuzi ku byerekeranye n’ubuziranenge n’ubudasobwa bwayo; 9º kwifashisha serivisi zabugenewe mu gukora igenzura ritegetswe ry’imikorere y’imashini, mu gihe bisabwe na Komiseri Mukuru; 10º kubika kopi z’ibyanditse hakoreshejwe iyo mashini mu gihe cy’imyaka icumi (10); 11º kugenzura neza ko ahawe igitabo gikubiyemo amabwiriza yo gukoresha imashini igihe uwayigurishije ayitanze; 12º kugenzura neza ko umucuruzi w’imashini yari yarayandikishije mu Buyobozi igihe yayizanaga ku isoko; 13º kumenyesha ubuyobozi ko ahakorerwaga ubucuruzi hahindutse binyuze mu nzira zigenwa na Komiseri Mukuru; 14º kudahagarika ikoreshwa ry’Imashini y’ ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi mu gihe kirenze amasaha cumi n’abiri (12) atabanje kubimenyesha ubuyobozi; 15º kumenyesha Ubuyobozi imikorere mibi y’imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi mu gihe cy’amasaha atandatu (6); 16º kubika mu Rwanda imashini y’inyemezabwishyu; 17º mu gihe imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi igurishijwe cyangwa se igakurwaho, imashini y’inyemezabwishyu yayo igomba kubikwa n’uwayikoreshaga; 18º imashini y’inyemezabwishyu igomba kubikwa n’uwayikoreshaga nibura mu gihe cy’amezi cumi n’abiri (12) ahantu hizewe kandi hagenwe n’uwayikoze. Ibyo kandi bigomba gukorwa no ku mashini zasimbuwe kugira ngo zivanweho cyangwa se zasimbuwe kubera indi mpamvu iyo ari yo yose; 19º kugira amasezerano y’ubugure yemewe n’umucuruzi ubifitiye uburenganzira; 20º ntashobora gutangira ubucuruzi bwe adafite imashini y’ ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi, kandi ikaba yarashyizwe ahantu hacururizwa; 21º gutanga amakuru afatika ku nyandiko asabiraho uruhushya rwo gutangira gukoresha imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi kugira ngo iyo mashini ihabwe umuyoboro utuma itangira gukoreshwa; 22º guha Ubuyobozi raporo ijyanye n’isimbuzwa ry’imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi mu masaha cumi n’abiri (12) uhereye igihe ubwo buryo bwasimburijwe cyangwa se bwakuwe ahantu hagenewe kugurishirizwa kubera impamvu runaka; 23º gusaba Ubuyobozi kuvana imashini ye ku muyoboro utuma imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ikoreshwa mu gihe ahagaritse ibikorwa bye by’ubucuruzi; 24º gutanga inyemezabuguzi yemewe itanzwe n’imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi hatitawe ko umukiriya yaba ayishaka cyangwa atayishaka, mu gihe cyose hari nibura imashini imwe ikora iri ahantu hacururizwa; 25º gutanga inyandiko yo gusubiza amafaranga yanditswe n’imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi mu gihe haba hari nibura imashini imwe ikora neza aho bacururiza no kubika inyandiko zijyanye n’iryo subiza hakurikijwe amabwiriza ya Komiseri Mukuru; 26º gutanga inyemezabuguzi ebyiri zanditswe n’intoki hatitawe ko umuguzi ashaka cyangwa se adashaka inyemezabuguzi mu gihe nta mashini y’ ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ikora neza ihari no kubika nibura mu gihe cy’imyaka icumi (10) imwe muri izo nyemezabuguzi hamwe n’indi y’umwimerere itangwa n’imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi nyuma y’uko zongera gukora nk’uko bisanzwe; 27º gutanga inyemezabuguzi yo gusubiza amafaranga mu gihe bibaye ngombwa ko hari asubizwa ku nyemezabuguzi yari yatanzwe kubera ko basanze hari harabayemo ikosa; iyo nyemezabuguzi yo gusubiza amafaranga igomba kubikwa ikurikirana na ya nyemezabuguzi y’umwimerere hamwe n’imyandiko zose z’ibimenyetso zijyanye n’uko gusubiza amafaranga nk’uko biteganywa n’amabwiriza ya Komiseri Mukuru; 28º kumenyesha Ubuyobozi mu nyandiko mu masaha cumi n’abiri (12) ko imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi idakora mu gihe habayeho kwibwa, cyangwa se ukundi kononekara kwaterwa n’impamvu zidasanzwe nk’imyuzure, inkongi y’umuriro, umutingito, impanuka y’ubwikorezi n’ibindi nk’ibyo. Iryo menyesha rigomba kuba riherekejwe na kopi ya raporo y’umuyobozi ubifitiye ububasha. Mu gihe ibikorwa by’ubucuruzi bikomeje, umusoreshwa agomba kugura ibindi bikoresho by’Imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi mu gihe cy’iminsi umunani(8) y’akazi; 29º kugira imashini y’inyemezabwishyu (SDC) ikora neza ikaba ikorana igihe cyose n’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi(CIS); 30º kutagira ikintu akora ku mashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi akoresha amajanisha anyuranye y’umusoro ku bicuruzwa na serivise, usibye ibiteganijwe n’Ubuyobozi; 31º izindi nshingano zose zishobora gushyirwaho na Komiseri Mukuru.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2024 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 12: Gutanga uburenganzira k’ugurisha n’ushyikiriza abaguzi ibicuruzwa uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe n’iimashini y’inyemezabwishyu,Kugurisha uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi cyangwa imashini z’inyemezabwishyu bwemewe bikorwa n’ugurisha cyangwa ushyikiriza abaguzi ibicuruzwa wabiherewe uburenganzira n’Ubuyobozi. Ibisabwa kugira ngo umucuruzi ahabwe ubwo burenganzira bigenwa n’Amabwiriza ya Komiseri Mukuru.,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2025 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 13: Inshingano z’ugurisha uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe cyangwa imashini nyemezabwishyu,"Umucuruzi w’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe cyangwa imashini nyemezabwishyu afite inshingano zikurikira: 1º kugenzura ko uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi cyangwa imashini nyemezabwishyu n’ibikoresho bikenerwa kuri iyo mashini bijyanye n’ibipimo ndetse n’ibisabwa ku rwego mpuzamahanga bigenwa n’ubuyobozi ; 2º kugurisha no kugemurira gusa abakoresha ibikoresho by’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi cyangwa imashini nyemezabwishyu byemewe; 3º kwereka ubuyobozi urugero rw’imashini ikoreshwa mu buryo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe cyangwa imashini nyemezabwishyu ndetse n’ibindi byangombwa bisabwa n’Ubuyobozi mu gihe cyo gusaba kwemererwa ; 4º kwishyura amafaranga atangwa ku igeragezwa n’iyerekanwa ry’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe cyangwa imashini nyemezabwishyu bisabirwa kwemerwa kugurishwa;5º guha Ubuyobozi inomero ya seri y’imashini mpamyabwishyu mbere yo kuyigurisha; 6º gutanga garanti yo gukomeza gutanga ibikoresho bikenerwa byo gusimbuza ibidakora izo mashini zikenera mu gihe cy’imyaka itatu (3) nibura uhereye ku itariki izo mashini zaguriweho. 7º gukemura ikibazo cyavutse mu ikoreshwa ry’ izo mashini mu gihe cy’amasaha mirongo ine n’umunani(48) uhereye igihe uzikoresha abimumenyesheje; 8º gutanga amahugurwa ku bakoresha ubwo buryo n’iyo mashini; 9º guha Ubuyobozi raporo mu buryo bugenwa na Komiseri Mukuru, ikubiyemo imashini z’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe cyangwa imashini nyemezabwishyu zagurishijwe, inomero y’ubwoko, itariki yo kugurishwa, inomero iranga usora uyikoresha (TIN) n’aho ubucuruzi bwe bukorerwa; 10º kubika amakuru ajyanye n’imashini z’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe na nomero y’imashini nyemezabwishyu zatumijwe hanze n’izagurishijwe, harimo nomero y’imashini (MRC), inomero y’imashini y’inyemezabwishyu (SDC), inomero iranga uyikoresha wayiguze n’aho abarizwa nibura mu gihe cy’imyaka itatu (3) uhereye ku itariki yo kugura ubwo buryo; 11º kuba afite uruhushya ruteganywa mu ngingo ya 8 y’iri teka, mu gihe habayeho guhindura ibyuma cyangwa ubwoko bumwe cyangwa bwinshi bw’ubwo ubwo buryo bw’imashini zikoresha umuriro mu gutanga inyemezabuguzi; 12º gukora ku buryo inomero yihariye y’imashini ya buri buryo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe (CIS) na buri bwoko bw’imashini y’inyemezabwishyu biba bizwi neza n’Ubuyobozi mbere yo kubigurisha no gushyira ahagaragarira buri wese iyo nomero yihariye y’imashini n’ubwoko bw’imashini y’inyemezabwishyu kuri buri mashini yagurishijwe; 13º gukurikiza ibisabwa byose mu kugurisha no gushyira ku muyoboro utuma imashini zitangira gukora mu buryo bugenwa n’Ubuyobozi; 14º guha umuguzi uzakoresha Imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi yasabwe mu nyandiko isaba ko ishyirwa ku muyoboro w’Ubuyobozi utuma ikoreshwa, mu gihe cyo kuyitanga cyateganyijwe kuri iyo nyandiko kandi ugukererwa ko kuyitanga uko ari ko kose kugatangirwa ibisobanuro ndetse n’inyandiko y’uko gukererwa ikamenyeshwa umuguzi n’Ubuyobozi; 15º gutanga agatabo kagaragaza imikorere y’imashini mu gihe cyo kuyigurisha; 16º kubika inyandiko zerekeranye n’amasosiyete ashyikiriza izo mashini abaguzi kandi akamenyesha Ubuyobozi mu nyandiko mu gihe hari impinduka zabaye muri iyo gahunda yo kuzishyikiriza abaguzi; 17º gukora ubugenzuzi bwa za gahunda zose zo gushyikiriza iyo mashini abaguzi bagomba kuyikoresha, kandi agahita asesa amasezerano ku bantu bari muri iyo gahunda batubahiriza inshingano zabo kandi muri icyo gihe amasezerano yasheshwe, ugurisha agomba guha uburenganzira umwe mu bashinzwe gushyikiriza iyo mashini abayikoresha bwo gufasha abayifite bashobora kugira ibibazo bya tekiniki kubera ko hari amasezerano yasheshwe; 18º gukora ubugenzuzi bw’imikorere y’iyo mashini, abisabwe n’uyikoresha; 19º kumenyesha Ubuyobozi ibintu byose bidakora neza bijyanye n’imikoreshereze y’iyo mashini, harimo nka kabine yangiritse, ibimenyetso biranga imashini bidakwiriye cyangwa mu gihe nta gitabo cy’ubugenzuzi gihari mu gihe hakorwa ubugenzuzi.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2026 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 14: Iyemerwa ry’ukora imashini y’inyemezabwishyu (SDC),"Kugira ngo umuntu yemerwe nk’ukora imashini y’inyemezabwishyu (SDC) agomba kuba yujuje ibi bikurikira: 1º kuba afite ubushobozi mu bijyanye n’imari; 2º kuba azwiho kugira ubunararibonye buhanitse mu gukora ibikoresho by’Ikoranabuhanga; 3º kuba asanzwe afite uburambe nibura bw’imyaka itanu (5) mu gukora no kugurisha imashini z’ubwo bwoko; 4º kugira gahunda n’ingamba zo gutanga ibintu bifite ubuziranenge no kwishingira ko bikora neza nibura mu gihe cy’imyaka itatu (3); 5º gusinyana n’Ubuyobozi amasezerano y’ubwumvikane amutegeka gukora uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwemewe n’imashini ikora inyemezabwishyu ku buryo yumvikanyeho n’Ubuyobozi muri ayo masezerano.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2027 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 15: Kudakoresha imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi,Umuntu wese usabwa gukoresha imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi ntayikoreshe ahanishwa ihazabu ryo mu rwego rw’ubutegetsi mu buryo bukurikira: 1º umusoreshwa munini yishyura miliyoni makumyabiri (20.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda; 2º umusoreshwa wisumbuye yishyura miliyoni icumi (10.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda ; 3º umusoreshwa uciriritse yishyura miliyoni eshanu (5.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda; 4º umusoreshwa muto yishyura miliyoni imwe (1.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda.,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2028 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 16 : Gukoresha imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi mu buryo bw’uburiganya,"Umuntu wese ukoresha imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi mu buryo bunyuranije n’amategeko ahanishwa ihazabu ryo mu rwego rw’ubutegetsi ry’amafaranga akubye kabiri uwo musoro hiyongeyeho umusoro yagombaga kwishyura. Bitabangamiye ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, umuntu ukoresha imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyezabuguzi mu buryo bunyuranyije n’amategeko ashobora gukurikiranwa hashingiwe ku ngingo zirebana n’ibyaha bikorwa mu rwego rw’imisoro n’amahoro biteganywa n’Igitabo cy’Amategeko Ahana.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2029 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 17: Kutubahiriza ibiteganyijwe,"Umuntu wese utubahiriza ibisabwa biteganywa n’iri teka kandi bidateganyirijwe ibihano byihariye muri iri teka ahanishwa ihazabu ryo mu rwego rw’ubutegetsi mu buryo bukurikira: 1º umusoreshwa munini yishyura miliyoni icumi (10.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda; 2º umusoreshwa wisumbuye yishyura miliyoni eshanu (5.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda; 3º umusoreshwa uciriritse yishyura miliyoni ebyiri n’ibihumbi magana atanu (2.500.000) b’amafaranga y’u Rwanda; 4º umusoreshwa muto yishyura ibihumbi magana atanu (500.000) by’amafaranga y’u Rwanda.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2030 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 18: Kwangiza imashini y’Ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi,"Umuntu wese wangiza imashini y’ikoranabuhanga mu gutanga inyemezabuguzi abishaka cyangwa agatuma ikora nabi ahanishwa ihazabu ryo mu rwego rw’ubutegetsi mu buryo bukurikira: 1º umusoreshwa munini yishyura miliyoni makumyabiri (20.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda; 2º umusoreshwa wisumbuye yishyura miliyoni icumi (10.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda ; 3º umusoreshwa uciriritse yishyura miliyoni eshanu (5.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda; 4º umusoreshwa muto yishyura miliyoni imwe (1.000.000) y’amafaranga y’u Rwanda . Bitabangamiye ibiteganywa mu gika kibanziriza cya mbere cy’iyi ngingo, umuntu uvugwa mu gika cya mbere cy’ingingo ashobora gukurikiranwa hashingiwe ku ngingo zirebana n’ibyaha bikorwa mu rwego rw’imisoro n’amahoro biteganywa n’Igitabo cy’amategeko ahana.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2031 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 19: Kutubahiriza ibiteganywa n’iri teka,Ibikorwa by’ubucuruzi by’ahantu hagurishirizwa ibintu hatubahiriza ibiteganyijwe mu ngingo ya 11 y’iri teka bishobora gufungwa mu gihe kingana n’ukwezi kumwe (1).,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2032 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 20: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka,Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº 002/13/10/TC RYO KUWA 31/07/2033 RIGENA IMIKORESHEREZE Y’IMASHINI Y’IKORANABUHANGA YEMEWE MU GUTANGA INYEMEZABUGUZI,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 21: Igihe iteka ritangira gukurikizwa,Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2020 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,Aya mabwiriza agena uburyo n’ibyangombwa bisabwa abasaba kwishyura mu byiciro.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2021 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Uburyo bwo kwishyura mu byiciro,"Umusoreshwa ashobora gusaba Komiseri Mukuru kwishyura mu byiciro mu gihe kitarenze amezi 12. Haseguriwe ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, Komiseri Mukuru ashobora kongera icyo gihe cyo kwishyura mu byiciro ho ikindi gihe kidashobora kurenga amezi makumyabiri n’ane (24) iyo hari ibimenyetso by‘uko umusoreshwa afite ibibazo bikomeye by’ubukungu.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2022 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Ibisabwa kugira ngo hishyurwe mu byiciro,"Umusoreshwa usaba kwishyura mu byiciro asabwa kuba yujuje ibikurikira : 1. ibaruwa ibisaba ishyikirizwa Komiseri Mukuru 2. kugaragaza ko yishyuye nibura 10% y‘umwenda ; 3. kuba atarigeze akurikiranwaho icyaha cyo kunyereza imisoro; 4. gutanga ingwate yemewe n’Ubuyobozi bw‘imisoro. Icyakora, Komiseri Mukuru ashobora kwemerera Umusoreshwa kwishyura mu byiciro bitabaye ngombwa ko atanga ingwate ivugwa mu gace ka kane (4o) k’igika cya mbere cy’iyi ngingo.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2023 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Ibigize ibaruwa isaba kwishyura mu byiciro,"Ibaruwa isaba kwishyura mu byiciro igomba kugaragaza ibi bikurikira : 1. ubwoko bw’umusoro ; 2. ingano y’umusoro ; 3. ibyiciro asaba kwishyuramo ; 4. umwaka w’isoresha ; 5. gusobanura impamvu adashobora kwishyura umusoro wose icyarimwe.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2024 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Amasezerano yo kwishyura mu byiciro,"Iyo umusoreshwa yujuje ibisabwa byose, agirana amasezerano n’Ubuyobozi bw’Imisoro agaragaza uburyo azajya yishyura mu byiciro. Iyo umusoreshwa atubahirije ibyo asabwa, amasezerano araseswa agasabwa guhita yishyura umusoro wose asabwa.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2025 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 6: Ingaruka zo kwemererwa kwishyura mu byiciro,Umusoreshwa wemerewe kwishyura umusoro mu byiciro ashobora gusaba no guhabwa icyemezo cy’umwenda kimwemerera guhabwa service zisanzwe zihabwa abatarimo umwenda w’imisoro.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2026 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 7: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’aya mabwiriza,Ingingo zose z’amabwiriza abanziriza aya kandi anyuranyije nayo zivanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2020 YO KU WA 05/08/2027 YEREKEYE KWISHYURA MU BYICIRO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 8: Igihe aya mabwiriza atangira gukurikizwa,Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi yatangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 01/2017 YO KU WA 22/02/2017 AGENA UBURYO IBINTU NA SERIVISI BIGENEWE ABANTU BIHARIYE BYAKWAHO UMUSORO KU IJANISHA RYA ZERU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,Aya mabwiriza agamije gushyiraho uburyo ibintu na serivisi bigenewe abantu bihariye byakwaho umusoro ku ijanisha rya zeru.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 01/2017 YO KU WA 22/02/2018 AGENA UBURYO IBINTU NA SERIVISI BIGENEWE ABANTU BIHARIYE BYAKWAHO UMUSORO KU IJANISHA RYA ZERU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Iyishyurwa ry’umusoro ku nyongeragaciro ku bintu na serivisi bigenewe abantu bihariye,"Abantu bihariye bavugwa mu ngingo ya 5 (6) y’itegeko nº 37/2012 ryo ku wa 09/11/2012 rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, iyo baguze ibintu cyangwa serivisi bidasonewe basabwa kwishyura umusoro ku nyongeragaciro bagasaba Ubuyobozi bw’Imisoro kuwusubizwa.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 01/2017 YO KU WA 22/02/2019 AGENA UBURYO IBINTU NA SERIVISI BIGENEWE ABANTU BIHARIYE BYAKWAHO UMUSORO KU IJANISHA RYA ZERU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Ibisabwa kugira ngo umusoro usubizwe,Abantu bihariye bagomba kuba bujuje ibi bikurikira kugira ngo basubizwe umusoro ku nyongeragaciro bishyuye : a) ikimenyetso kigaragaza ko bishyuye koko uwo musoro basaba gusubizwa; 2º ikimenyetso kigaragaza ko usaba gusubizwa umusoro afite uburenganzira bwo kubisaba hakurikijwe ingingo ya 5 (6) y’itegeko nº 37/2012 ryo ku wa 09/11/2012 rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 01/2017 YO KU WA 22/02/2020 AGENA UBURYO IBINTU NA SERIVISI BIGENEWE ABANTU BIHARIYE BYAKWAHO UMUSORO KU IJANISHA RYA ZERU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Uburyo bwihariye bwo guca umusoro ku nyongeragaciro ku bintu bigenewe abantu bihariye.,"Haseguriwe ibiteganyijwe mu ngingo ya 3 y’aya mabwiriza, mu rwego rwo korohereza abantu bihariye bavugwa mu ngingo ya 5 (6) y’itegeko no 37/2012 ryo ku wa 09/11/2012 rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, Ubuyobozi bw’Imisoro n’Amahoro bushobora gushyira umukono na kashi ku nyemezabuguzi zigenewe abantu bihariye kugira ngo batishyuzwa umusoro ku nyongeragaciro ujyanye n’iyo nyemezabuguzi. Kugira ngo Ubuyobozi bw’Imisoro n’Amahoro bushyire umukono na kashi ku nyemezabuguzi hagomba kuba hujujwe ibi bikurikira : a. Kugaragaza amasezerano avugwa mu ngingo ya 5 (6°) y’itegeko nº 37/2012 ryo ku wa 09/11/2012 rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro nk’uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu. b. Inyemezabuguzi igomba kuba igaragaza numero iranga umusoreswa y’uwo muntu wihariye ; c. Kuba inyemezabuguzi zijyanye n’ibintu byakorewe mu Rwanda ;d. Ibintu byakorewe mu Rwanda bivugwa mu gace ka c k’iyi ngingo bigomba kuba byaguriwe, mu buryo butaziguye, ku ruganda ruherereye mu Rwanda. Ny’iribicuruzwa agomba kumenyekanisha amafaranga yose ari ku nyemezabuguzi zashyizweho umukono na kashi, bigakorwa ayo mafaranga ayashyira ku menyekanishamusoro ry’ukwezi kujyanye n’izo nyemezabuguzi ahateganyijwe igicuruzo rusange cy’ibisoreshwa ku ijanisha rya zeru.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 01/2017 YO KU WA 22/02/2021 AGENA UBURYO IBINTU NA SERIVISI BIGENEWE ABANTU BIHARIYE BYAKWAHO UMUSORO KU IJANISHA RYA ZERU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranye,Amabwiriza yose abanziriza aya kandi anyuranyije nayo avanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 01/2017 YO KU WA 22/02/2022 AGENA UBURYO IBINTU NA SERIVISI BIGENEWE ABANTU BIHARIYE BYAKWAHO UMUSORO KU IJANISHA RYA ZERU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 6: Igihe aya mabwiriza atangira gukurikizwa,Aya Mabwiriza atangira gukurikizwa uhereye ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº004/19/10/TC RYO KU WA 29/04/2019 RIGENA UMUBARE W’IBYACURUJWE KU MWAKA USABWA KUGIRA NGO IBITABO BY’IBARURAMARI BYEMEZWE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Umubare w’ibyacurujwe ku mwaka usabwa kugira ngo ibitabo by’ibaruramari byemezwe,"Umusoreshwa wese ugejeje ku mubare w’ibyacurujwe ku mwaka ungana cyangwa urenga miliyoni magana atandatu (600.000.000) z’amafaranga y’u Rwanda agomba kunyuza ibitabo by’ibaruramari by’umwaka k’uwabigize umwuga wemewe n’ubuyobozi bw’imisoro kugira ngo abyemeze. Icyakora, umusoreshwa uranguza inzoga, limonade, soda, imitobe, sima, ucuruza peteroli n’ibiyikomokaho n’ufite ibiro bivunja amafaranga y’amanyamahanga n’ikigo cy’ubugenzuzi ntibarebwa n’inshingano ivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo keretse mu gihe bakomatanya ibikorwa.",NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº004/19/10/TC RYO KU WA 29/04/2020 RIGENA UMUBARE W’IBYACURUJWE KU MWAKA USABWA KUGIRA NGO IBITABO BY’IBARURAMARI BYEMEZWE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka,Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.,NA ITEKA RYA MINISITIRI Nº004/19/10/TC RYO KU WA 29/04/2021 RIGENA UMUBARE W’IBYACURUJWE KU MWAKA USABWA KUGIRA NGO IBITABO BY’IBARURAMARI BYEMEZWE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Igihe iri teka ritangirira gukurikizwa,Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA ITEKA RYA MINISITIRI W’INTEBE N° 004/03 RYO KU WA 16/02/2021 RIGENA URWEGO RUBARA KANDI RWAKIRA IMISORO N’AMAHORO MU IZINA RY’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,Iri teka rigena urwego rubara kandi rukakira imisoro n’amahoro mu izina ry’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage. Rishyiraho kandi ikiguzi cy’iyo mirimo.,NA ITEKA RYA MINISITIRI W’INTEBE N° 004/03 RYO KU WA 16/02/2022 RIGENA URWEGO RUBARA KANDI RWAKIRA IMISORO N’AMAHORO MU IZINA RY’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Urwego rushinzwe kubara no kwakira imisoro n’amahoro mu izina ry’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage,"Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro gishinzwe kubara no kwakira imisoro n’amahoro mu izina ry’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage. Kugira ngo cyirangize inshingano ivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro gikoresha abakozi bacyo. Gishobora kandi gukoresha urundi rwego hashingiwe ku masezerano kigirana n’urwo rwego n’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage bireba.Minisitiri ufite imisoro n’amahoro mu nshingano ashobora gushyiraho amabwiriza agenga ubufatanye hagati y’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro n’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage.",NA ITEKA RYA MINISITIRI W’INTEBE N° 004/03 RYO KU WA 16/02/2023 RIGENA URWEGO RUBARA KANDI RWAKIRA IMISORO N’AMAHORO MU IZINA RY’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Ikiguzi cy’imirimo yo kubara no kwakira imisoro n’amahoro,Ikiguzi cy’imirimo yo kubara no kwakira imisoro n’amahoro gishyizweho ku buryo bukurikira: 1° gatanu ku ijana (5%) by’igiteranyo cy’imisoro yakiriwe buri kwezi kandi igashyirwa kuri konti y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage; 2° icumi ku ijana (10%) by’igiteranyo cy’amahoro yakiriwe buri kwezi kandi agashyirwa kuri konti y’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage. Ikiguzi cy’imirimo yo kubara no kwakira imisoro n’amahoro cyishyurwa buri kwezi n’urwego rw’imitegekere y’Igihugu rwegerejwe abaturage.,NA ITEKA RYA MINISITIRI W’INTEBE N° 004/03 RYO KU WA 16/02/2024 RIGENA URWEGO RUBARA KANDI RWAKIRA IMISORO N’AMAHORO MU IZINA RY’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka,Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka.,NA ITEKA RYA MINISITIRI W’INTEBE N° 004/03 RYO KU WA 16/02/2025 RIGENA URWEGO RUBARA KANDI RWAKIRA IMISORO N’AMAHORO MU IZINA RY’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Ivanwaho ry’iteka n’ingingo zinyuranyije n’iri teka,Iteka rya Minisitiri w’Intebe no 161/03 ryo ku wa 12/09/2019 rigena urwego rubara kandi rukakira imisoro n’amahoro mu izina ry’inzego z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho.,NA ITEKA RYA MINISITIRI W’INTEBE N° 004/03 RYO KU WA 16/02/2026 RIGENA URWEGO RUBARA KANDI RWAKIRA IMISORO N’AMAHORO MU IZINA RY’INZEGO Z’IMITEGEKERE Y’IGIHUGU ZEGEREJWE ABATURAGE,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 6: Igihe iri teka ritangirira gukurikizwa,Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2024 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,Aya mabwiriza ashyiraho uburyo bwo gukemura ibibazo by'imisoro mu bwumvikane.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2025 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Gusaba gukemura ikibazo mu bwumvikane,"Gusaba gukemura ikibazo cy’imisoro mu bwumvikane bikorwa n’usora mu nyandiko, igashyikirizwa Komiseri Mukuru",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2026 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Ibisabwa kugira ngo ubusabe bwakirwe,"(1) Ubusabe bwo gukemura ibibazo by’imisoro mu bwumvikane bugomba kuba bwujuje ibi bikurikira: (a) kuba bukozwe mu nyandiko kandi bushyizweho umukono n’usora cyangwa umuhagarariye mu buryo bwemewe n’amategeko; (b) kugaragaza neza ingingo usora yifuza ko zikemurwa mu bwumvikane; (c) kugaragaza ibimenyetso usora ashingiraho ku ngingo asaba ko zikemurwa mu bwumvikane; (d) kwishyura 25% y’amafaranga y’umusoro fatizo iyo usora yahawe inyandiko igena umusoro cyangwa 25% y’ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi iyo yahawe inyandiko imenyesha ihazabu. (2) Usora abyemerewe n’Ubuyobozi bw’Imisoro ashobora gutanga ingwate y’umutungo wimukanwa cyangwa utimukanwa hakurikijwe amategeko abigenga.(3) Iyo ibibazo by’imisoro bitashyikirijwe Urukiko, gusaba kubikemura mu bwumvikane bigomba gukorwa mu gihe cy’iminsi 30 kuva usora amenyeshejwe icyemezo cya Komiseri Mukuru ku bujurire. (4) Iyo ibibazo by’imisoro byashyikirijwe Urukiko, gusaba kubikemura mu bwumvikane bishobora gukorwa gusa mu gihe Urukiko rutari rwaca urubanza burundu. Icyo gihe usora ntasabwa kwishyura amafaranga angana na 25% avugwa mu gaka ka (d) k’igika cya mbere cy’iyi ngingo. (5) Ingingo nshya zitigeze zisuzumwa mu bujurire bwashyikirijwe Komiseri Mukuru, ntizemerwa mu bwumvikane. (6) Ubujurire butakiriwe na Komiseri Mukuru kubera impamvu ziteganywa n’amategeko, ntibwemerwa mu bwumvikane, keretse iyo usora agaragarije Ubuyobozi bw’Imisoro ko hari amakosa yakozwe mu gihe cy’igenzura. (7) Gusaba ubwumvikane bikorwa inshuro imwe gusa.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2027 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Uburyo ubwumvikane bukorwa,"(1) Ubuyobozi bw’Imisoro buhura n’uwasabye gukemura ikibazo mu bwumvikane, bagasuzuma ibyo asaba. Ubuyobozi bw’Imisoro bushobora kumusaba ibindi bimenyetso igihe cyose busanze ari ngombwa. (2) Iyo habayeho kumvikana hagati y’Ubuyobozi bw’Imisoro n’usora, Ubuyobozi bw’Imisoro butegura amasezerano y’Ubwumvikane agomba gushyirwaho umukono n’impande zombi.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2028 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Amasezerano y’ubwumvikane,"(1) Iyo ibibazo by’imisoro bikemuwe mu bwumvikane, impande zombi zishyira umukono ku masezerano y’ubwumvikane. (2) Ibibazo byakemuwe mu bwumvikane ntibishobora kuregerwa Urukiko. (3) Iyo impande zombi zigeze ku bwumvikane ku bibazo byari byararegewe urukiko, asezerano y’ubwumvikane ashyirwaho umukono nyuma y’uko uruhande rwareze ruretse ikirego. (4) Amasezerano y’ubwumvikane areba gusa igihe cy’umusoro n’ubwoko bw’umusoro bivugwa muri ayo masezerano, ntashobora gushingirwaho ku bibazo biriho cyangwa bizavuka. (5) Ubwumvikane bureba ingingo zose zasuzumwe. Ubwumvikane ntibushobora kugerwaho iyo hari ingingo imwe cyangwa nyinshi zitumvikanyweho.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2029 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 6: Igihe cyo gukemura ikibazo mu bwumvikane,"1) Gukemura ikibazo cy’umusoro mu bwumvikane ntibishobora kurenza iminsi mirongo icyenda (90) kuva ubusabe bwakiriwe. (2) Ku birebana n’ubusabe bwo kumvikana bwakiriwe mbere y’uko aya mabwiriza atangira gukurikizwa, iminsi mirongo icyenda (90) itangira kubarwa kuva aya mabwiriza atangiye gukurikizwa.(3) Iyo impande zombi zitabashije kumvikana muri icyo gihe cy’iminsi mirongo icyenda (90), icyemezo cya Komiseri Mukuru ku bujurire kigumana agaciro.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2030 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 7: Kuregera urukiko,"Iyo impande zombi zitabashije kumvikana, igihe cyo kuregera urukiko kibarwa kuva ku munsi usora ashyikirijweho ibaruwa ya Komiseri Mukuru imubwira ko ubwumvikane butashobotse.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2031 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 8: Ingingo ivanaho,Amabwiriza ya Komiseri Mukuru No 004/2020 yo ku wa 05/08/2020 agena uburyo bwo gukemura ibibazo by'imisoro mu bwumvikane n’ingingo zose z’amabwiriza yose abanziriza aya kandi zinyuranyije na yo bivanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 002/2024 YO KU WA 22/10/2032 AGENA UBURYO BWO GUKEMURA MU BWUMVIKANE IMPAKA ZISHINGIYE KU MISORO,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 9: Gutangira gukurikizwa,Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi yatangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2024 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,"Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije",Aya mabwiriza agena uburyo n’ibisabwa kwishyura ibirarane by’imisoro mu byiciro.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2025 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 2 : Isobanura,(a) “Komiseri Mukuru” bivuga Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro. (b) “CRB” Bivuga Ikigo cy’ihererekanyamakuru ku myenda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2026 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA II : UBURYO BWO KWISHYURA MU BYICIRO,NA,Ingingo ya 3 : Kwishyura mu byiciro,"Usora ufite ibirarane by’umusoro udafite ubushobozi bwo kubyishyura byose icyarimwe ashobora kubyishyura mu byiciro yihitiyemo uko abishoboye. Icyakora, icyo gihe inyungu z’ubukererwe zikomeza kubarwa ku musoro fatizo utarishyurwa mu gihe yahawe cyo kwishyura mu byiciro.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2027 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA II : UBURYO BWO KWISHYURA MU BYICIRO,NA,Ingingo ya 4: Kwishyura ibirarane by’umusoro,"Igihe cyose Usora yishyura mu byiciro ibirarane by’umusoro, amafaranga yishyuwe avanwa ku musoro fatizo kugeza igihe umusoro fatizo w’umwenda wose urangirije kwishyurwa. Nyuma yo kwishyura umusoro fatizo, amafaranga y’ubwishyu ashyirwa ku bihano n’inyungu z’ubukererwe.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2028 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA II : UBURYO BWO KWISHYURA MU BYICIRO,NA,Ingingo ya 5: Koroherezwa kwishyura mu byiciro ibirarane by’umusoro,"(1) Usora wese ufite ibirarane by’umusoro abisabye ashobora kwemererwa kubyishyura mu byiciro bitarenze cumi na bibiri (12) mu mwaka. Icyo gihe agomba kugirana amasezerano n’Ubuyobozi bw’Imisoro agaragaza umubare w’ibyiciro yihitiyemo n’amafaranga azajya yishyura. (2) Mu rwego rw’ubworoherezwe, uwasabye kwishyura mu byiciro ntasabwa kugira icyo yishyura mbere yuko ashyira umukono ku masezerano yo kwishyura mu byiciro kandi uburyo bwo guhatirwa kwishyura buba buhagaze igihe yubahiriza ibikubiye mu masezerano. (3) Haseguriwe ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, Komiseri Mukuru ashobora kongera igihe cyo kwishyura mu byiciro ho ikindi gihe kidashobora kurenga amezi makumyabiri n’ane (24) iyo hari ibimenyetso by’uko usora afite ibibazo bikomeye by’ubukungu.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2029 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA II : UBURYO BWO KWISHYURA MU BYICIRO,NA,Ingingo ya 6 : Uburyo bwo guhatira kwishyura ibirarane by’umusoro,Usora wese ufite ibirarane by’umusoro cyangwa uwashyize umukono ku masezerano yo kwishyura mu byiciro ariko ntiyubahirize ibiyakubiyemo ahatirwa kwishyura mu buryo bukurikira : (a) hafatirwa amafaranga ye muri banki cyangwa indi mitungo ye ; (b) hatezwa cyamunara imitungo ye yimukanwa cyangwa itimukanwa ; (c) yangirwa guhabwa icyemezo cyo gupiganira amasoko ya Leta cyangwa izindi servisi zihabwa abasora b’indakemwa ; (d) Hishyuzwa undi muntu umubereyemo umwenda cyangwa umubikiye amafaranga; (e) Ashyirwa muri CRB ku rutonde rw’abasora bafite imyenda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2030 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA II : UBURYO BWO KWISHYURA MU BYICIRO,NA,Ingingo ya 7: Korohereza usora wananiwe kubahiriza amasezerano yo kwishyura mu byiciro,"Usora washyize umukono ku masezerano ariko wananiwe kubahiriza ibiyakubiyemo kubera ko yahuye n’ingorane mu by’ubukungu akabitangira ibimenyetso bigaragara, ashobora koroherezwa agahabwa serivisi za RRA zihabwa abasora b’indakemwa iyo yishyuye nibura 5% y’umwenda w’Imisoro yishyuzwa.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2031 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA III: IBYANGOMBWA BISABWA USABA KWISHYURA MU BYICIRO,NA,Ingingo ya 8: Ibyangombwa bisabwa usaba kwishyura mu byiciro,Ubusabe bwo kwishyura mu byiciro ikirarane cy’umusoro bugomba kuba bwujuje ibi bikurikira: (1) Kwandikira Komiseri Mukuru ibaruwa ibisaba; (2) Kugaragaza ubushake n’umubare w’ibyiciro yihitiyemo n’amafaranga azajya yishyura.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2032 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA III: IBYANGOMBWA BISABWA USABA KWISHYURA MU BYICIRO,NA,Ingingo ya 9: Ibaruwa isaba kwishyura ikirarane cy’umusoro mu byiciro,"(1) Ibaruwa isaba kwishyura ikirarane cy’umusoro mu byiciro igomba kugaragaza ibi bikurikira : (a) ubwoko bw’umusoro; (b) ingano y’umusoro; (c) ibyiciro asaba kwishyuramo; (d) umwaka w’isoresha; (e) ibisobanuro by’impamvu usora adashobora kwishyura umusoro wose icyarimwe. (2) Komiseri Mukuru yoherereza ubusabe bwo kwishyura mu byiciro Ishami rishinzwe gucunga ibirarane.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2033 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 10: Ingingo ivanaho,Ingingo zose z’amabwiriza abanziriza aya kandi anyuranyije nayo zivanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2034 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 11: Ingingo y’ururimi,Aya mabwiriza yateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº 001/2024 YO KU WA 31/05/2035 AGENA UBURYO N’IBISABWA KWISHYURA IBIRARANE BY’IMISORO MU BYICIRO,Amabwiriza,UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 12: Gutangira gukurikizwa,Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2016 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Ibisabwa mu guhagararira abandi mu misoro,"guhagararira abandi mu misoro Umusoreshwa afite uburenganzira bwo guhagararirwa n’umuntu wabigize umwuga mu mishyikirano agirana n’Ubuyobozi bw’Imisoro. Uretse abunganira abandi mu Nkiko, usaba guhagararira abandi mu Misoro, asabwa kuba yujuje ibi bikurikira : 1. kuba afite nibura impamyabumenyi ihanitse mw’ibaruramari, mu misoro, imari, ubukungu, cyangwa icungamutungo; 2. kuba ari inyangamugayo, by’umwihariko atarigeze akurikiranwaho icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta cyangwa gukoresha inyandiko mpimbano; 3. kuba afite icyemezo gitangwa n’ubutabera cy’uko nta byaha akurikiranwaho; 4. kuba atarirukaniwe icyaha cya ruswa ; 5. kuba afite uburambe bw’imyaka byibuze ibiri mu kazi k’ibaruramari, igenzura cyangwa indi mirimo isa nayo ; 6. ku byerekeye amasosiyete y’ubwifatanye, buri muntu asabwa gutanga impampuro asabwa kandi aryozwa ibikorwa bye; 7º kuba yaratanze amamenyeshamusoro ku nyungu y’imyaka ibiri ishize. Ibi ariko ntibireba abantu basaba ku nshuro ya mbere ; 8º kuba atarimo umwenda w’umusoro; 9. kwandikira Komiseri Mukuru asaba uburenganzira bwo guhagararira abasoreshwa. Ibaruwa isaba igomba kuba iherekejwe n’ibi bikurikira: a) Kopi ya registre y’Ubucuruzi b) Umwirondoro na kopi y’impamyabushobozi iriho umukono wa Noteri; c) icyemezo cy’uko hishyuwe amafaranga ibihumbi adasubizwa; mirongo itanu (50,000Frw) d) Kuba afite konti muri banki, agasanduku k’iposita, e-mail, aho akorera hazwi hashimangirwa n’amasezerano y’ubukode cyangwa icyemezo cy’umutungo.",NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2017 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2 : Ibibujijwe abahoze ari abakozi ba RRA,Abahoze ari abakozi ba RRA ntibemerewe guhagararira abandi mu misoro ku birebana n’amadosiye bakoze bakiri muri RRA.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2018 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: Ikarita itangwa n’Ubuyobozi bw’Imisoro,Ubuyobozi bw’Imisoro butanga amakarita ku bahawe uburenganzira bwo guhagararira abandi mu misoro.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2019 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Igihe uburenganganzira bwo guhagararira abandi bumara,Icyemezo cyo kwemererwa guhagararira abasoreshwa kimara imyaka itatu ishobora kongerwa gusa harebwe niba usaba acyujuje ibisabwa bivugwa mu ngingo ya 1 y’aya mabwiriza anagaragaje icyemezo cy’uko yishyuye amafaranga (10.000Frw) adasubizwa. Ikigo cy’Imisoro ibihumbi icumi n’Amahoro gishobora kwambura urwo ruhushya igihe cyose uwaruhawe atacyujuje kimwe mu bya ngombwa biteganyijwe mu ngingo ya 1 y’aya mabwiriza.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2020 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Imirimo ikorwa n’abahagararira abasoreshwa,Imirimo ikorwa n’abahagararira abasoreshwa ni izi zikurikira: - Gufasha umusoreshwa gukora ibaruramari; - Gutegura no kugeza ku Kigo cy’Imisoro n’Amahoro imenyesha musoro ; - Guhararira umusoreshwa mu igenzura ry’Imisoro no mu nzego z’ubujurire.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2021 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 6: Kwamburwa uburenganzira bwo guhagararira abasoreshwa,Komiseri Mukuru ashobora kwaka uhagararira abasoreshwa icyemezo cyo guhagararira abasoreshwa mu gihe gishobora kugera ku myaka itatu iyo yitwaye nabi cyangwa yitesheje icyizere.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2022 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 7: Kujuririra Minisitiri,Uwambuwe uburenganzira bwo guhagararira abasoreshwa ashobora kujuririra Minisitiri ufite imari mu nshingano ze mu gihe kitarenze iminsi 15 kibarwa uhereye igihe yashyikirijwe ibaruwa imuhagarika.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2023 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 8: Ivanwaho ry’ingingo z’amabwiriza zinyuranyije n’aya mabwiriza,Amabwiriza yose abanziriza aya kandi anyuranyije nayo avanyweho.,NA AMABWIRIZA YA KOMISERI MUKURU Nº02/2016 YO KUWA 08/08/2024 AGENA IBISABWA MU GUHAGARARIRA ABANDI MISORO MU,Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 9: Igihe amabwiriza atangira gukurikizwa,Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi yatangarijweho mu igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya mbere: Ibyo itegeko rigamije,"Iri Tegeko rigena inshingano, imiterere n‟imikorere by‟Ikigo gishinzwe kwinjiza mu isanduku ya Leta imisoro n‟amahoro, cyitwa “Rwanda Revenue Authority, “RRA” mu magambo ahinnye y‟ururimi rw‟icyongereza. RRA ifite ubuzimagatozi n‟ubwigenge mu miyoborere, mu micungire y‟umutungo n‟abakozi bayo kandi icungwa hakurikijwe amategeko agenga inzego z‟imirimo ya Leta.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,NA,NA,Ingingo ya 2:Icyicaro cya RRA,"Icyicaro cya RRA kiri mu Mujyi wa Kigali, Umurwa Mukuru wa Repubulika y’u Rwanda. Gishobora kwimurirwa ahandi hose mu Rwanda igihe bibaye ngombwa. RRA ishobora gushinga amashami ahandi hose mu Gihugu igihe bibaye ngombwa byemejwe n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA II: INSHINGANO ZA RRA,NA,Ingingo ya 3 : Inshingano za RRA,"Hakurikijwe amategeko agenga imisoro n‟amahoro, inshingano z‟ingenzi za RRA ni izi zikurikira: 1° kugira uruhare mu igena ry‟imisoro n‟amahoro, kubyakira, kubigenzura, kubicunga hakurikijwe amategeko no kumenyesha Minisiteri iyireberera uko bikorwa; 2° gutanga ubusonere buteganywa n‟amategeko abigenga, hakurikijwe uburyo igena; 3° kwigisha no gukangurira abaturage igikorwa cyo gutanga imisoro n‟amahoro; 4° kugira inama Guverinoma n‟Inzego z‟Ibanze mu byerekeye politiki y‟imisoro n‟amahoro; 5° kugenza ibyaha ku bantu barenga ku mategeko agenga imisoro n‟amahoro; 6° korohereza ibikorwa by‟ubucuruzi; 7° gukora undi murimo uwo ari wo wose ufitanye isano no kwinjiriza Leta amafaranga bisabwe n‟Inama y‟Abaminisitiri.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA III: URWEGO RUREBERERA RRA,NA,Ingingo ya 4: Urwego rureberera RRA,"RRA irebererwa na Minisiteri ifite imari mu nshingano zayo. Hagati y’iyo Minisiteri n’Inama y’Ubuyobozi ya RRA hakorwa O.G. n° special of 15/05/2009 11 amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa agaragaza ububasha, uburenganzira n’inshingano za buri ruhande mu kugera ku nshingano za RRA. Ayo masezerano amara igihe gihwanye na manda y’abagize inama y’ubutegetsi ashyirwaho umukono na Perezida w’Inama y’Ubutegetsi na Minisitiri ureberera RRA.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA III: URWEGO RUREBERERA RRA,NA,Ingingo ya 5: Ibikubiye mu masezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa,"Mu byo amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa ateganywa mu ngingo ya 4 y’iri tegeko agomba guteganya mu buryo bwumvikana harimo: 1° inshingano z‟Inama y‟Ubuyobozi ndetse n‟inshingano z‟inzego zose za RRA; 2° ibigomba kugerwaho na RRA; 3° aho umutungo wa RRA ukomoka, imikorere yayo n‟uburyo buhoraho bwo kubigenzura.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,NA,Ingingo ya 6: Inzego za RRA,RRA igizwe n‟inzego ebyiri (2) zikurikira: 1° Inama y’Ubutegetsi; 2° Ubuyobozi Bukuru.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 7: Urwego ruyobora RRA,Inama y‟Ubutegetsi ya RRA ni rwo rwego ruyiyobora kandi rushinzwe gufata ibyemezo. Ifite ububasha busesuye n‟inshingano byo gucunga umutungo wa RRA kugira ngo RRA ishobore kugera ku nshingano zayo.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 8: Ishyirwaho ry’abagize Urwego ruyobora RRA na manda yabo,"Inama y‟Ubuyobozi igizwe n‟abantu barindwi (7), harimo batandatu (6) bashyirwaho n‟Iteka rya Minisitiri w‟Intebe, na Komiseri Mukuru wa RRA. Nibura mirongo itatu ku ijana (30%) O.G. n° special of 15/05/2009 by‟abagize inama y‟ubutegetsi bagomba kuba ari abagore. Abashyirwaho n‟Iteka rya Minisitiri w‟Intebe, harimo Perezida na Visi Perezida, batoranywa cyane cyane mu bahanga bafite ubumenyi n‟uburambe mu bijyanye n‟imisoro n‟amahoro cyangwa ibijyanye n‟imari muri rusange kandi bamara ku mirimo igihe cy‟imyaka itatu (3) ishobora kongerwa inshuro imwe gusa.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 9 : Inshingano z’Inama y’Ubutegetsi ya RRA,"mari mu nshingano ze; 4° Kwemeza sitati igenga abakozi, imiterere n‟inshingano by‟inzego z‟imirimo bya RRA ishingiye ku mahame ateganywa n‟amategeko agenga abakozi b‟ibigo bya Leta. 5° gutanga icyerekezo cy‟ibikorwa na gahunda y‟imikorere bya RRA; 6° kwemeza imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya buri mwaka, mbere yo kuyishyikiriza inzego zibishinzwe; 7° gusuzuma imikorere y’Ikigo hakurikijwe gahunda n’ingengo y’imari; 8° gushyiraho abagize Ubuyobozi Bukuru bwa RRA uretse Komiseri Mukuru na Komiseri Mukuru Wungirije no gushyiraho abandi bakozi ba RRA; 9° Kwemeza raporo y‟ibikorwa n‟iy‟imikoreshereze y‟imari n‟umutungo bya RRA.O.G. n° special of 15/05/2009",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,"Ingingo ya 10 : Itumizwa ry’Inama y’Ubutegetsi, ibyo isuzuma n’uko ifata ibyemezo","Inama y‟Ubutegetsi ya RRA iterana rimwe mu gihembwe n‟igihe cyose bibaye ngombwa itumijwe na Perezida wayo cyangwa Visi-Perezida, igihe Perezida adahari, babyibwirije cyangwa bisabwe mu nyandiko nibura na kimwe cya gatatu (1/3) cy‟abayigize. Ubutumire bukorwa mu nyandiko ishyikirizwa abagize inama y‟ubutegetsi hasigaye nibura iminsi cumi n‟itanu (15) ngo inama iterane. Icyakora, inama idasanzwe itumizwa mu nyandiko hasigaye, nibura, iminsi itanu (5) kugira ngo iterane. Mu byigwa n‟Inama y‟Ubutegetsi mu gihembwe cya mbere cy‟umwaka harimo kwemeza raporo n‟imikoreshereze y‟umutungo mu mwaka urangiye; mu gihembwe cya gatatu hakabamo gahunda yo umushinga w‟ingengo y‟imari na gahunda y‟ibikorwa by‟umwaka ukurikira. Buri gihembwe kandi igomba gusuzuma raporo y‟imari n‟iy‟ibikorwa byerekeranye n‟igihembwe kirangiye igashyikirizwa Minisitiri ureberera RRA. 16 Uburyo inama iterana n‟uko ibyemezo bifatwa biteganywa n‟amategeko ngengamikorere ya RRA.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 11: Itumizwa ry’uwunganira Inama y’Ubutegetsi,"Inama y’Ubuyobozi ishobora gutumira, mu nama yayo, umuntu wese ibona ashobora kuyungura ibitekerezo ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. Uwatumiwe ntiyemerewe gutora no gukurikira iyigwa ry’izindi ngingo ziri ku murongo w’ibyigwa",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 12: Iyegura ry’ugize Inama y’Ubutegetsi,"Uri mu bagize inama y’ubutegetsi ashobora kwegura ku mirimo ye abimenyesheje, mu nyandiko, Minisitiri w’Intebe. Icyemezo cya Minisitiri w’Intebe kigomba gufatwa mu gihe kitarenze ukwezi kumwe uhereye ku iyakirwa ry’ibaruwa ibisaba. Iyo icyo gihe kirenze, kwegura bifatwa nk’aho byemewe.O.G. n° special of 15/05/2009",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 13: Ibigenerwa abagize Inama y’Ubutegetsi bitabiriye inama,"Abagize Inama y‟Ubutegetsi bitabiriye inama z‟Inama y‟Ubutegetsi, bahabwa amafaranga agenwa n‟Iteka rya Perezida.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 14: Ibibujijwe ku bagize inama y’Ubutegetsi n’ibigo bafitemo imigabane,"Uretse Komiseri Mukuru, abagize inama y’ubutegetsi ntibemerewe gukora umurimo ugenerwa igihembo muri RRA. Abagize inama y‟ubutegetsi ntibemerewe kandi, haba ku giti cyabo cyangwa ibigo bafitemo imigabane, gupiganira amasoko atangwa na RRA.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 15: Impamvu zituma ugize Inama y’Ubutegetsi avanwa kuri uwo mwanya,"Ugize inama y’ubutegetsi ava muri uwo mwanya iyo: 1° manda ye irangiye; 2° yeguye akoresheje inyandiko;3° atagishoboye gukora imirimo ye kubera ubumuga bw’umubiri cyangwa uburwayi bwo mu mutwe, byemejwe na muganga wemewe na Leta; 4° akatiwe burundu igihano cy‟igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu (6) nta subikagihano; 5° asibye inama inshuro eshatu (3) zikurikirana mu mwaka umwe, nta mpamvu zifite ishingiro; 6° bigaragaye ko atacyujuje ibyashingiweho ashyirwa mu Nama y’Ubutegetsi; 7° agaragaje n’inshingano ze; imyitwarire 8° abangamira inyungu za RRA; itajyanye 9° yireze akemera icyaha cya jenoside; 10° apfuye. Minisitiri ureberera RRA agaragaza muri raporo igenewe inzego zibifitiye ububasha ko umwe mu bagize inama y‟ubutegetesi adakwiriye kuba mu bayigize cyangwa ko atakiri mu mwanya we hakurikijwe O.G. n° special of 15/05/2009 19 ibiteganywa mu gika kibanziriza iki. Iyo umwe mu bagize inama y’ubutegetsi avuye mu mirimo ye mbere y’uko manda ye irangira, Ubuyobozi bubifitiye ububasha bushyiraho umusimbura. Ushyizweho arangiza iyo manda.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 16: Ibiteganywa n’amategeko ngengamikorere ya RRA,"Mu byo amategeko ngengamikorere ya RRA ateganya, harimo: 1° kugena utumiza inama y’ubutegetsi igihe Perezida cyangwa Visi-Perezida badahari cyangwa bagize impamvu; 2° ibyerekeranye n’uko itumizwa ry’Inama y’Ubuyobozi rikorwa n’ibigomba kuba byujujwe kugira ngo iterane kandi inafate ibyemezo; 3° uburyo uri mu bagize inama y’ubutegetsi amenyesha ko afite inyungu bwite mu bibazo bisuzumwa cyangwa bizasuzumwa vuba n’ibihano ashobora gusabirwa ku rwego rubifitiye ububasha hakurikijwe ingingo ya 15 y’iri tegeko. Aryozwa kandi ingaruka zose icyemezo yafatiwe cyagize ku musaruro wa RRA.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 17: Uburyo ugize Inama y’Ubutegetsi amenyesha ko afite inyungu bwite mu bibazo bisuzumwa cyangwa byasuzumwa vuba,"Iyo uri mu bagize inama y’ubutegetsi afite inyungu bwite itaziguye cyangwa iziguye mu bibazo bisuzumwa cyangwa byasuzumwa vuba, agomba, akimenya ibizasuzumwa, kumenyesha bidatinzeInama y’Ubutegetsi, aho inyungu ze zishingiye. Umenyesheje inyungu afite ku kibazo cyigwa, ntashobora gutora mu gihe bafata ibyemezo kuri icyo kibazo. Iyo inama y’ubutegetesi isuzuma ikibazo kireba umwe mu bayigize arahezwa. Iyo bigararagaye ko benshi cyangwa bose mu bagize inama y’ubutegetesi bafite inyungu bwite itaziguye cyangwa iziguye mu bibazo bisuzumwa cyangwa byasuzumwa vuba, ku buryo bidashoboka gufata ibyemezo kuri ibyo bibazo, ibyo bibazo bishyikirizwa Minisiteri ireberera O.G. n° special of 15/05/2009 21 Ikigo.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Ubutegetsi,Ingingo ya 18: Iyemezwa ry’ibyemezo by’inama y’Inama y’Ubuyobozi,"Inyandiko y’ibyemezo by’Inama y’Ubuyobozi ishyirwaho umukono n’abayigize inama ikirangira, kopi yayo ikohererezwa Minisitiri ureberera RRA mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) kugira ngo agire icyo abivugaho mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) kuva ayishyikirijwe. Iyo icyo gihe kirenze ntacyo arabivugaho, imyanzuro y’inama iba yemewe burundu. Inyandikomvugo y’inama ishyirwaho umukono na Perezida n’umwanditsi bayo, ikemezwa mu nama ikurikira. Kopi y’inyandikomvugo yohererezwa Minisitiri ureberera RRA mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) guhera umunsi yemerejweho.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 19: Abagize Ubuyobozi Bukuru bwa RRA,"Ubuyobozi Bukuru bwa RRA bugizwe na Komiseri Mukuru, Komiseri Mukuru Wungirije, Abakomiseri n’abayobozi b’inzego z’imirimo.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 20: Uko abagize Ubuyobozi Bukuru bwa RRA bashyirwaho na manda yabo,Komiseri Mukuru ashyirwaho n’Iteka rya Perezida naho Komiseri Mukuru Wungirije agashyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. Manda ya Komiseri Mukuru n’iya Komiseri Mukuru Wungirije ni imyaka itanu (5) ishobora kongerwa rimwe gusa.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 21: Imicungire ya RRA n’inshingano za Komiseri Mukuru,"Imicungire ya buri munsi ya RRA ishinzwe Komiseri Mukuru. Afite ububasha bwo O.G. n° special of 15/05/2009 23 guhuza no kuyobora ibikorwa bya buri munsi bya RRA kandi akabazwa n’Inama y’Ubuyobozi uko ibyemezo byayo bishyirwa mu bikorwa. By‟umwihariko, Komiseri Mukuru ashinzwe ibi bikurikira: 1° guhuza no gucunga ibikorwa bya buri munsi bya RRA; 2° gutanga amabwiriza y‟akazi ka RRA n‟ay‟ubuyobozi bw‟amashami ya RRA; 3° gutegura politiki ya RRA no kuyishyikiriza inama y‟ubutegetesi kugira ngo iyinononsore kandi iyemeze mbere y‟uko ishyikirizwa Inama y‟Abaminisitiri na Minisitiri ureberera RRA; 4° gutegura no gushyikiriza inama y‟ubutegetesi imbanzirizamushinga w‟ingengo y‟imari izakoreshwa mu mwaka ukurikira na raporo y‟imikoreshereze y‟ingengo y‟imari y‟umwaka ushize; RRA akurikije amategeko; 7° kumenyesha mu nyandiko inama y‟ubutegetesi imigendekere n‟ibikorwa bya RRA, nibura rimwe mu gihembwe; 8° gutegura no gushyikiriza Minisiteri ireberera RRA, mbere y’uko umwaka w’ibaruramari urangira, ibiteganyijwe by’inyongera by’uwo mwaka; 9° gutegura gahunda y’ibikorwa bya RRA; 10° guhagararira RRA imbere y’amategeko.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 22: Amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa hagati y’Inama y’Ubutegetsi na Komiseri Mukuru,Hagati y’Inama y’Ubutegetsi na Komiseri Mukuru hakorwa amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa agaragaza nibura inshingano za buri ruhande n’ibyangombwa bikenewe kugira ngo RRA igere ku nshingano zayo. O.G. n° special of 15/05/2009,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 23: Ibibujijwe kuri Komiseri Mukuru na Komiseri Mukuru Wungirije,Komiseri Mukuru na Komiseri Mukuru Wungirije ntibemerewe gukora undi murimo n’ibikorwa by’ubucuruzi cyangwa indi mirimo yose ibyara inyungu.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 24: Usimbura Komiseri Mukuru iyo adahari cyangwa yagize impamvu,"Mu gihe Komiseri Mukuru adahari cyangwa yagize impamvu, asimburwa na Komiseri Mukuru Wungirije akabimenyesha Inama y’Ubutegetsi. Iyo bombi badahari, inama y’ubutegetesi igena ubwayo umusigariraho n’igihe azamara.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 25: Impamvu zituma Komiseri Mukuru cyangwa Komiseri Mukuru Wungirije bahagarikwa cyangwa bavanwa ku mirimo,"Hakurikijwe uko bashyirwaho nk’uko biteganywa mu ngingo ya 20 y’iri tegeko, Komiseri Mukuru cyangwa Komiseri Mukuru Wungirije bashobora guhagarikwa by’agateganyo cyangwa gusezererwa burundu kubera impamvu zikurikira: 1° imyifatire mibi, kurya ruswa, kunyereza umutungo wa Leta; 2° ubushishozi buke ku murimo; 3° kutubahiriza amasezerano agenga umurimo we; 4° mu gihe atagishoboye kwishyura imyenda afite cyangwa yahombye burundu; 5° mu gihe yakatiwe burundu n’inkiko igihano kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6); 6° indi mpamvu iyo ari yo yose imubuza kurangiza inshingano ze. Inama y’Ubuyobozi igaragaza muri raporo igenewe inzego zibifitiye ububasha ko Komiseri Mukuru cyangwa Komiseri Mukuru Wungirije yagaragaweho ibivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,"Ingingo ya 26: Sitati igenga abakozi, imiterere n’inshingano by’inzego z’imirimo bya RRA","Sitati igenga abakozi, imiterere n‟inshingano by‟inzego z‟imirimo bya RRA bishyirwaho n‟Inama y‟Ubuyobozi ishingiye ku mahame ateganywa O.G. n° special of 15/05/2009 27 n‟amategeko agenga abakozi b‟ibigo bya Leta.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA IV: UBUYOBOZI BWA RRA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,"Ingingo ya 27: Ibigenerwa abagize Ubuyobozi Bukuru bw’Ikigo n’abakozi",Ibigenerwa Komiseri Mukuru wa RRA na Komiseri Mukuru Wungirije wa RRA bigenwa n’Iteka rya Perezida. inama y’ubutegetesi igena ibigenerwa abandi bagize Ubuyobozi Bukuru bw’Ikigo n’abandi bakozi.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 28: Ibigize Umutungo wa RRA n’aho ukomoka,"Umutungo wa RRA ugizwe n’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa. Ukomoka aha hakurikira: 1° ingengo y’imari igenerwa na Leta; 2° ibikorwa n‟imirimo byakozwe na RRA; 3° inkunga zaba iza Leta cyangwa iz‟abaterankunga; 4° inguzanyo zihabwa RRA zemewe na Minisitiri ushinzwe imari kandi amaze kuzitangira uburenganzira; 5° impano n’indagano.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 29: Aho amafaranga yinjizwa na RRA ashyirwa n’ayo ishobora gusigarana,"Amafaranga yose yinjizwa na RRA, hakurikijwe iri tegeko, ashyirwa mu Isanduku ya Leta. Ariko RRA ishobora gusigarana umugabane ku ijana w‟ayinjijwe ugenwa n‟iteka rya Minisitiri ufite imari mu nshingano ze, hubahirijwe itegeko ngenga ryerekeye imari n‟umutungo bya Leta, kugira ngo irangize inshingano zayo.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,"Ingingo ya 30: Imenyekanisha ry’umubare w’amafaranga yinjiye mu kigega cya RRA, uko iyacunga n’igenzurwa ryayo","RRA imenyesha Minisiteri iyireberera, umubare w‟amafaranga yinjiye mu kigega cyayo n‟uko iyakoresha. Hagomba kubaho igenzura ry‟imikoreshereze y‟amafaranga ya RRA hakurikijwe amategeko agenga O.G. n° special of 15/05/2009 29 imicungire y‟imari ya Leta.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 31: Igenzura rya buri mwaka ry’imikoreshereze,"Igenzura rya buri mwaka ry‟imikoreshereze y‟amafaranga ya RRA rikorwa n‟Umugenzuzi Mukuru w‟Imari ya Leta, hakurikijwe amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 32: Iyemezwa n’icungwa ry’ingengo y’imari ya RRA,Ingengo y’imari ya RRA yemezwa kandi igacungwa hakurikijwe amategeko abigenga.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,"Ingingo ya 33: Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo bya RRA","Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo bya RRA bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo wa RRA bushinzwe kugenzura buri gihe inyandiko z’ibaruramari za RRA. Buha raporo inama y’ubutegetesi bukagenera kopi Komiseri Mukuru wa RRA.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 34 : Ubugenzuzi bwa RRA n’inshingano zabwo,"Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo wa RRA bushinzwe kugenzura buri gihe inyandiko z’ibaruramari za RRA. Buha raporo inama y’ubutegetesi bukagenera kopi Komiseri Mukuru wa RRA. Iyo raporo igaragaza ingamba zo gukosora ibikosamye. Ubugenzuzi bugomba kandi gushyikiriza inama y‟ubutegetesi raporo y‟igenzura rya buri gihembwe, bukerekana mu ncamake amagenzura yakozwe muri icyo gihembwe, bukagenera kopi Komiseri Mukuru na Minisiteri ireberera RRA.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 35 : Igenzurwa ry’imikoreshereze y’umutungo wa RRA,"Imikoreshereze y‟umutungo wa RRA igenzurwa kandi igakorerwa raporo, hakurikijwe amategeko agenga icungwa ry‟umutungo wa Leta.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 36 : Raporo y’umwaka w’ibaruramari,"Mu mezi atatu (3) akurikira impera z‟umwaka w‟ibaruramari, Komiseri Mukuru wa RRA ashyikiriza Minisitiri uyireberera raporo y‟umwaka w‟ibaruramari, imaze kwemezwa n‟Inama y‟Ubuyobozi hakurikijwe amategeko agenga imicungire y‟imari n‟umutungo bya Leta.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 37: Itegurwa n’isuzumwa ry’iri tegeko,"Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw‟ikinyarwanda, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw‟ikinyarwanda.",NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 38: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’itegeko,Ingingo zose z‟amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.,NA "ITEGEKO N° 14/2009 RYO KUWA 30/06/2009 RISHYIRAHO AMAFARANGA YO KWANDIKISHA IKINYABIZIGA",NA,UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 2: Ubuyobozi Bukuru n’inzego z’imirimo bya RRA,Ingingo ya 39: Igihe itegeko ritangira gukurikizwa,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y‟u Rwanda. Kigali, kuwa 27/04/2009",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA MBERE: UBWUNZI MURI RUSANGE,Ingingo ya mbere: Ibisobanuro by’amagambo,"1° Ubwunzi : uburyo bwo gukemura impaka bushingiye ku biganiro hagati y’impande zombi bishobora kuba rimwe cyangwa mu nshuro nyinshi, babifashijemo n’umuhuza kugira ngo bagere ku gisubizo buri wese yemera kandi yakiriye. 2° Umuhuza wemewe: umuhuza utari umukozi w’Urukiko uri ku rutonde rw’abahuza mu manza zaregewe inkiko rwemejwe rukanatangazwa ku rubuga rw’Urwego rw’Ubucamanza. 3° Umwanzuro w’ubwumvikane: Amasezerano hagati y’impande ziri mu bwunzi cyangwa zimwe muri zo, akubiyemo ibyo zumvikanyeho mu kurangiza ibibazo byose cyangwa bimwe byashyizwe mu bwunzi.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA MBERE: UBWUNZI MURI RUSANGE,Ingingo ya 2: Ibice bigize ubwunzi,Ubwunzi bugizwe n’ibice by’ingenzi bikurikira: a) ibiganiro bitegura ubwunzi hamwe n’impande zombi igikorwa; b) ibiganiro bitangiza ubwunzi nyirizina; c) ibiganiro bisesengura ibyo impande zombi zikeneye; d) ibiganiro bishakisha ibisubizo; e) ibiganiro byanzura ku ngingo z’ubwumvikane.,NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA II: AMAHAME AGENGA UBWUNZI,Ingingo ya 3: Kwita ku byo buri ruhande rukeneye,"Umuhuza ntabwo yita gusa ku byo ababuranyi bagaragaza nk’uburenganzira bwabo bushingiye ku mategeko n’ibimenyetso, ahubwo yita cyane ko impande zombi zibona ibyo zikeneye impaka zishingiraho kugira ngo ubwumvikane bugerweho.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA II: AMAHAME AGENGA UBWUNZI,Ingingo ya 4: Ukumvikana kw’ababuranyi ku bushake,Umuhuza ashishikariza ababuranyi kumvikana abibafashamo mu biganiro ariko ntabahatira kumvikana nubwo yaba abona ko ari byo biri mu nyungu zabo.,NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA II: AMAHAME AGENGA UBWUNZI,Ingingo ya 5: Kugira ibanga ry’ibyabereye mu bwunzi,"Ibyabereye mu bwunzi byose biba ari ibanga kandi ntibishobora kuvugirwa mu rukiko cyangwa ahandi keretse iyo : a) impande zombi zemeye ko bivugwa ahandi ; b) ibyakozwe cyangwa ibyavuzwe n’undi muntu wari mu bwunzi yemeye ko bitangazwa; c) amakuru yatanzwe yari asanzwe ari ku karubanda; d) ibitangajwe bigamije gukumira cyangwa kugabanya ubukana bw’icyago kigiye kuhitana umuntu cyangwa kurengera inyungu z’umwana; e) hariho icyemezo cy’Urukiko kibitangira uburenganzira cyangwa se Itegeko; f) bitewe no gushyira mu bikorwa umwanzuro w’ubwumvikane. Umuhuza anasobanurira impande zombi ko ibyo baganiriye mu muhezo na buri ruhande ukwarwo atabibwira urundi ruhande atabiherewe uburenganzira. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA II: AMAHAME AGENGA UBWUNZI,Ingingo ya 6: Kudakoresha ibyabereye mu bwunzi nk’ikimenyetso,"Amakuru yatanzwe mu bwunzi ntashobora gutangwa nk’ikimenyetso mu Rukiko, keretse: a) impande zombi zibyemeranyijweho; b) amakuru atanzwe yashoboraga gutangazwa; c) biri mu nyungu rusange cyangwa mu nyungu z’ubutabera gutangaza ibyabereye mu bwunzi.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 7: Umuhuza,Umuhuza ashobora kuba: a) Umwanditsi wakiriye ababuranyi mu nama ntegurarubanza; b) Umucamanza Perezida w’Urukiko yashyizeho ; c) undi muhuza wemewe ababuranyi bahisemo babifashijwemo n’Urukiko. Urutonde rw’abahuza bemewe ruboneka ku rubuga rw’Urwego rw’Ubucamanza.,NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 8: Gushyirwa ku rutonde rw’abahuza bemewe,Abahuza bemewe batoranwa mu babisabye bujuje ibikurikira: a) kuba barakurikiye amahugurwa yemewe n’Urwego rw’Ubucamanza; b) kuba bakurikira amahugurwa ahoraho mu bwunzi.,NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 9: Uruhare rw’umuhuza mu gikorwa cy’ubwunzi,"Umuhuza asobanurira abo yunga kimwe n’abandi bose bari mu gikorwa cy’Ubwunzi, inzira y’ubwunzi kandi agomba kumenya neza ko babyumvise. Umuhuza afite inshingano yo gusobanurira abari mu bwunzi uruhare rwe n’amahame Ubwunzi bugenderaho. Umuhuza afasha ababuranyi gushyikirana no guhana ibitekerezo kandi akabashishikariza gushakisha inzira zose zo kubona igisubizo kinogeye impande zombi. Umuhuza ashobora gusaba abo yunga gutanga inyandiko, incamake y’uburyo bumva ibibazo n’icyakorwa kugira ngo kumvikana bishoboke. Umuhuza afasha impande zombi kuganira ku byo buri ruhande rukeneye kugira ngo kumvikana bigerweho, inyungu za buri ruhande, akanemerera buri ruhande kugaragaza uko rwiyumva, rwaba rurakaye, rubabaye, rufite ihungabana cyangwa se andi marangamutima. Umuhuza ashobora kugira ibiganiro n’impande zombi ziri kumwe cyangwa buri ruhande ukwarwo ruri kumwe cyangwa rutari kumwe n’abarwunganira. Umuhuza ayobora igikorwa cy’ubwunzi nta ruhande abangamira kandi agaha abo yunga amahirwe angana yo kubumva, kugira uruhare mu gikorwa cy’ubwunzi no kwemererwa gusaba inama yaba mu mategeko cyangwa se ibindi mbere y’uko hagira umwanzuro ugerwaho. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 10: Inshingano z’Umuhuza,"Umuhuza yirinda kubogama no kuba yagaragara mu maso y’abo yunga ko afite uruhande abogamiyeho. Umuhuza ntabwo ari nk’impuguke, ntabwo atanga igitekerezo cy’uko abona ibintu kandi ntabwo ari umukemurampaka Nta bubasha umuhuza afite bwo gutegeka uko we abona impaka zakemuka. Mu gihe nta bwumvikane bugezweho cyangwa ababuranyi badashoboye kurangiza impaka zose, ababuranyi bashobora gusaba umuhuza mu magambo cyangwa mu nyandiko inama ku gisubizo abona ko gikwiye kurangiza impaka. Impande zungwa zishobora kudakurikiza inama zihawe kandi Umuhuza na we ashobora kwanga gutanga inama asabwe muri ubwo buryo nta mpamvu atanze. Umuhuza arigisha, agahugura, akayobora kandi agatoza impande zombi azifasha mu buryo bwo kuganira neza. Umuhuza afasha impande zombi kwandika neza umwanzuro w’ubwumvikane ku buryo usubiza ibibazo byose byaganiriweho kandi ukaba ushobora gushyirwa mu bikorwa nta zindi mpaka uteje. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 11: Ubaburanyi,"Ababuranyi basabwa gufatanya n’Umuhuza nta buriganya kugira ngo igikorwa cy’Ubwunzi cyihute mu buryo bwose bushoboka. Ababuranyi bafite inshingano zo kwitegura neza no kwitabira ibiganiro byose bo ubwabo cyangwa ababahagaririye bahaye ububasha bwo kumvikana no w’Ubwumvikane. gusinya umwanzuro Iyo ubwunzi bwakozwe n’umuhuza wigenga, igihe ababuranyi bahawe kigomba kubahirizwa keretse iyo basabye ko cyongerwa. Iyo batabisabye kandi ntibatange raporo, ntihagire n’uza gusaba ko iburanisha risubukurwa mu gihe cy’iminsi cumi n’itanu (15) uhereye igihe bahawe kirangiriye, urubanza rwabo rurasibwa.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 12: Abahagarariye ababuranyI,"Buri ruhande rushobora guhagarariwa n’umuntu umwe cyangwa benshi rwihitiyemo kandi rwabihereye ububasha bwo gufata ibyemezo byose bikenewe. Umuhuza, abyibwirije cyangwa abisabwe n’uruhande urwo ari rwo rwose ashobora gusaba ko agaragarizwa, mu buryo ashobora kugena, ikimenyetso cy’ubwo bubasha bwo guhagararira uruhande runaka.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 13: Abunganira abandi mu mategeko,"Abunganira abandi mu mategeko iyo bahari bafite inshingano zo gushishikariza abo bunganira kugira uruhare mu bwunzi bakora nibura ibi bikurikira: a) gusobanurira abo bunganira uburyo ubwunzi bugenda no kubashishikariza kwitabira ibiganiro; b) gufasha abo bunganira kugira icyo bigomwa cyatuma na bo babona icyo bashaka; c) gutegura inyandiko zose zafasha mu bwunzi; d) gufasha ababuranyi kureba inzira zose zatuma ubwunzi bwihuta kandi bukagera ku ntego yo kumvikana; e) kwandika umwanzuro w’ubwumvikane impande zombi zemeranyijweho mu biganiro; f) gufatanya n’umuhuza gufasha impande zombi kumvikana kandi akabikora nta buriganya.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 4: IMIGENDEKERE Y’UBWUNZI,Ingingo ya 14: Ibiganiro byo gutegurana na buri ruhande igikorwa cy’ubwunzi,"Mbere yo gutangiza igikorwa cyo kunga, Umuhuza agirana na buri ruhande ibiganiro bitegura igikorwa cy’ubwunzi nyirizina bigamije: a) kubaka ikizere hagati ye n’impande zombi; b) kumenya abazaza mu bwunzi no kumenya niba bafite ububasha bwo gufata ibyemezo bikenewe ; c) kubashishikariza kuza mu bwunzi no kuzagira uruhare mu biganiro; d) kumvikana kuri gahunda y’ubwunzi igihe izamara, umubare w’ibiganiro bizakorwa; e) gusobanukirwa ishusho y’imibanire hagati y’impande zombi; f) gukemura impungenge impande zombi zaba zifite; g) gufasha impande zombi kwitegura igikorwa cy’Ubwunzi nyirizina.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 15: Kwakira abaje mu bwunzi,"Umuhuza yakira neza abaje mu bwunzi mu buryo bubagaragariza ko abitayeho kandi azi icyo akora kugira ngo batekane kandi bamugirire icyizere ku buryo bumva bisanzuye mu gutanga ibitekerezo no kuvuga ibibabangamiye Ashingiye ku byo yamenye mu gutegura ubwunzi ku mibanire y’ababuranyi, yirinda ko bahura igihe abona ko batarashobora kwicara hamwe ngo baganire. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 16: Ibiganiro bya mbere na buri ruhande,"Iyo Umuhuza asanze ari ngombwa kandi bishoboka bitewe n’imiterere y’ibibazo, ahura na buri ruhande kugira ngo abarugize abategure guhura n’urundi ruhande, anabasobanurira uko ari butange ijambo, n’uko buri ruhande ruri bugaragarize urundi ikibazo rufite mu magambo make. Umuhuza yumvikana na buri ruhande uri buhabwe ijambo bwa mbere n’uza kurivuga, agasobanura uko ari bwicaze abantu mu biganiro n’impamvu yabyo, akamenyesha buri ruhande abaje mu bwunzi ku rundi ruhande. Umuhuza akora uko ashoboye kose kugira ngo muri icyo kiganiro ibintu byose bishobora kubangamira ibiganiro byubaka biveho, impande zose zize guhura zifite ku mutima gusa kwikiranura. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 17: Ibiganiro bitangiza ubwunzi,"Umuhuza agomba gutegura neza inama ya mbere ihuza impande zombi kandi abashishikariza kuganira mu kinyabupfura no kubahana. Umuhuza agerageza kugaragariza abari aho ko ashoboye kuyobora ibiganiro mu ituze n’umutekano, asaranganya amagambo ku buryo bungana hagati y’impande zombi kandi ntawe anigana ijambo, yasanga akeneye igihe kirekire cyo kumva uruhande rumwe agasobanurira urundi impamvu. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 18: Ijambo ry’ibanze ry’umuhuza,"Umuhuza agomba kuvuga ijambo ritangiza ibiganiro mu buryo butanga umurongo w’ibiganiro ku bandi bari aho, avugana ubupfura no kubaha, ashishikariza abari aho kugira ibiganiro byubaka, guhana ibitekerezo byiza, kuvugana ubwisanzure kandi nta kurengera cyangwa gukomeretsa abandi. Umuhuza agomba kandi guhita asobanura uruhare rwe mu biganiro, kwibutsa amahame ngenderwaho, gahunda y’umunsi n’uburyo ibiganiro biri bukurikirane. Iyo arangije ibyo, umuhuza yongera kubaza impande zombi niba hari ibisobanuro by’inyongera bikenewe byaba bihari akabitanga mbere y’uko atanga ijambo ahereye k’uwo impande zombi zemeranijweho.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo 19: Ijambo ry’ibanze rya buri ruhande,"Umuhuza atanga ijambo yibutsa abahari igihe buri ruhande rufite kugira ngo rubwire abandi mu magambo make uko rubona ibibazo, n’icyo rwifuza. Umuhuza yibutsa ko mu gihe ufite ijambo avuga abandi batega amatwi bitaye ku biri kuvugwa kuko na bo bari bugire igihe cyo kuvuga. Umuhuza ashishikariza impande zombi kuvuga babwirana ubwabo kuko ari umwanya wo kugira ngo umwe abwire undi icyo ashaka, akibutsa amahame ajyanye n’uko ibivugiwe mu bwunzi ntawe bigiraho ingaruka kubera ko bitakoreshwa mu manza kumvikana bidashobotse cyangwa ngo bivugirwe ahandi hatari aho, ko buri wese afite inshingano yo kugira ibanga ibivugiwe aho, keretse byumvikanyweho ukundi. Mu gihe uwahawe ijambo arimo kuvuga, umuhuza amutega akamubaza ibibazo bimufasha gutanga ibitekerezo bye no kubisobanura neza Iyo uvugira uruhande amaze kuvuga, umuhuza asaba abandi bari kumwe na we kugira icyo bongeraho niba gihari, abashishikariza gukomeza kuvuga mu gihe hari icyo byongera ku biganiro. Umuhuza asoza ikiganiro iyo abona ko ntawe ugishaka kugira icyo avuga, asubiriramo mu ncamake abari aho ibyavuyemo by’ingenzi, ibyo impande zombi zishobora kuba zihurizaho, ibyo zitarumvikanaho, n’ibikwiye gukorwa kugira ngo kumvikana bigerweho. Mu gusoza umuhuza asobanura gahunda ikurikiyeho yo gusesengura ibyo bamaze kubona nk’ibibazo, impande zose ziri kumwe cyangwa se zitari kumwe",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 20: Ibiganiro bisesengura ibyo impande zikeneye,"Nyuma y’ibiganiro bitangiza ubwunzi, umuhuza akomeza ibiganiro ku bibazo byagaragaye bisesengura ibyo impande zombi zikeneye kugira ngo zigere ku bwumvikane. Umuhuza afasha impande zombi gukomeza ibiganiro abaza ibibazo bifunguye bituma impande zombi zihana amakuru ku mizi y’ibibazo impaka zishingiraho byaba inyungu zifatika cyangwa inyungu zidafatika nko guhabwa agaciro cyangwa amarangamutima atera amakimbirane. Umuhuza ashobora kuyobora ibiganiro impande zose ziri kumwe cyangwa se agahura na buri ruhande. Iyo umuhuza ahisemo gutandukanya impande zombi, agomba gusobanura uko biri bugende, uruhande aganira na rwo bwa mbere n’impamvu kandi agasiga ahaye urundi umukoro.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 21: Ibiganiro bisesengura na buri ruhande ukwarwo,"Mu gihe bavuye mu biganiro bitangiza ubwunzi, umuhuza aha uruhande bari kumwe umwanya wo kuvuga icyo rutekereza ku byo urundi ruhande rwavuze cyangwa rwasabye. Umuhuza agomba kongera kwibutsa ko ibyavugiwe mu biganiro na buri ruhande ukwarwo adashobora kubiganiriza urundi ruhande atabiherewe n’uwabivuze. uburenganzira Iyo umuhuza abonye ko amakuru atanzwe yafasha mu kugera ku bwumvikane abisobanurira uruhande rwayatanze kugira ngo rumwemerere kuyamenyesha urundi ruhande. Umuhuza abaza ibibazo bicukumbura kugira ngo haboneke amakuru ahagije kandi agaha igihe uvuga kugira ngo abashe gutekereza ku byo arimo kuvuga. Umuhuza agomba guha ababuranyi igihe gihagije cyo kuvuga kurusha uko we avuga, akabatega amatwi kandi akabibagaragariza, akita ku bivuzwe, amagambo bivuzwemo n’imyifatire yabo. Mu biganiro na buri ruhande, Umuhuza afasha gutekereza ku bintu byose bigize impaka, agafasha buri ruhande kureba ibyabaye, aho bigeze ndetse n’ejo hazaza ari ibijyanye n’amategeko, inyungu zifatika cyangwa zidafatika ndetse agashishikariza impande zombi guhana ayo makuru bo ubwabo cyangwa bamunyuzeho. Umuhuza yita ku marangamutima y’abari mu bwunzi akayaha agaciro gakwiye n’umwanya ukenewe nk’ibigize kenshi amakimbirane impaka zubakiraho Umuhuza afasha buri ruhande gutandukanya ibyo rufitemo inyungu, ibyo rukeneye n’ibyo rwaba rufitiye uburenganzira mu mategeko. Mbere yo gusoza ikiganiro, umuhuza yibutsa mu magambo avunaguye iby’ingenzi byavugiwe aho akongera akabaza niba hari ibyo akwiye kutabwira urundi ruhande ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 22: Ibiganiro bisesengura n’impande zombi ziri hamwe,"Umuhuza ashishikariza impande zombi guhura mu biganiro azereka ko ari umwanya mwiza Wo: a) gukorera hamwe no gufashanya kugera ku cyo zifuza; b) kumenya vuba icyo impande zikeneye kumvikanaho; c) kumenya vuba uko umwe afata igitekerezo cy’undi; d) kwibutsa ko kumvikana ari yo ntego kandi ari umugambi zisangiye. Umuhuza afasha impande guhana amakuru imbonankubone, kubwirana ubwazo ibyo zikwiye kwivugira byatuma ikigamijwe cyo kumvikana kigerwaho.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo 23: Ibiganiro bishakisha ibisubizo byakumvikanwaho,"Ashingiye ku byagezweho mu biganiro bisesengura byafashije impande zombi kumva mu buryo bushya kandi bwuzuye ibibazo impaka zishingiyeho, umuhuza afasha impande zombi kugira ibyo zumvikanaho akora ibi bikurikira: a) kubona ishusho y’ibyo bashaka kumvikanaho; b) gutegura no guhana neza ibyo buri ruhande rwemera gutanga; c) gukomeza ibiganiro bituma impande zikomeza kwegerana; d) gusobanura amapfundo avuka mu mishyikirano hagati y’impande zombi; e) kureba ibyanyura uruhande rumwe kandi bidahombeje urundi; f) kureba ku ngaruka zo kutagera ku bwumvikane; g) guhosha uburakari cyangwa andi marangamutima. Umuhuza akora ku buryo ibiganiro bikomeza ku bitavugwaho rumwe igihe cyose abona ko bishoboka hagati y’impande zombi. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 24: Ibiganiro byanzura ku ngingo z’ubwumvikane,"Umuhuza agomba gukora ku buryo ingingo zose zemeranyijweho zandikwa neza mu mwanzuro w’ubwumvikane. Mu biganiro byo kumvikana ku bigize umwanzuro, umuhuza afasha impande zombi: a) kwemeranya ku ngingo zigize umwanzuro ku buryo zivuga kuri buri kintu cyose cyumvikanyweho; b) kurebera hamwe inzitizi zose zatuma umwanzuro udashobora gushyirwa mu bikorwa. Impande zombi zibifashijwemo n’abazunganira nizo zifite inshingano yo kwandika umwanzuro w’ubwumvikane, umuhuza akabafasha kongera gusuzuma niba ibyumvikanyweho byose bikubiyemo. Umwanzuro w’ubwumvikane ushyirwaho umukono n’impande zombi buri wese akabona kopi ye.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 25: Ibiganiro bisoza iyo kwumvikana bitashobotse,"Iyo kumvikana binaniranye, umuhuza yongera guhuza impande zombi kugira ngo zirebere hamwe ibyagezweho nubwo kumvikana bitashobotse ndetse akaba yabagira inama kuri ibi bikurikira: a) gutekereza ku bigiye gukurikiraho, gushakisha andi makuru ku byo impande zitumvikanyeho; b) kubibutsa ko mu gihe cyose urubanza rutaracibwa bashobora kumvikana; c) kubibutsa ko umucamanza uburanisha urubanza ashobora kubakangurira kumvikana; d) iyindi nama yose yatuma impande zombi zikomeza ibiganiro bigamije kumvikana.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,ICYICIRO CYA 3: ABAFITE URUHARE MU BWUNZI,Ingingo ya 26: Irangizwa n’isozwa by’Ubwunzi,Ubwunzi burangira iyo: a) hari uruhande ruvuye mu bwunzi ku bushake bwarwo; b) Umuhuza abona ko nta bwumvikane bushoboka; c) umwanzuro w’ubwumvikane umaze gukorwa mu nyandiko no gushyirwaho umukono n’impande zombi.,NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA II: UBWUNZI MU MANZA ZAREGEWE INKIKO,ICYICIRO CYA MBERE: UBWUNZI MBERE Y’INAMA NTEGURARUBANZA,Ingingo ya 27: Ubwunzi busabwe n’ababuranyi,"Umuburanyi uwo ari we wese ashobora gusaba ubwunzi, akabigaragaza mu mwanzuro utanga ikirego cyangwa uwo kwiregura. Umwanditsi abimenyesha undi muburanyi akamushishikariza ubwunzi. Iyo ababuranyi babyemeranyijweho Umwanditsi asobanurira ababuranyi ko ashobora kubunga ubwe babyemeye cyangwa bagahuzwa n’umucamanza bashyiriweho nk’umuhuza na perezida w’Urukiko cyangwa undi muhuza wemewe. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA II: UBWUNZI MU MANZA ZAREGEWE INKIKO,ICYICIRO CYA MBERE: UBWUNZI MBERE Y’INAMA NTEGURARUBANZA,Ingingo ya 28: n’Umwanditsi,"Mu gihe ategura umushinga w’inama ntegura rubanza, Umwanditsi ashishikariza ababuranyi ubwunzi iyo abonye ko ari yo nzira ikwiye. Umwanditsi asobanurira ababuranyi ko ashobora kubunga ubwe babyemeye cyangwa bagahuzwa n’umucamanza bashyiriweho nk’umuhuza na perezida w’Urukiko cyangwa undi muhuza wemewe.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA II: UBWUNZI MU MANZA ZAREGEWE INKIKO,ICYICIRO CYA 2: UBWUNZI MU GIHE CY’INAMA NTEGURARUBANZA,Ingingo 29: Gushishikariza ababuranyi Ubwunzi,"Umwanditsi asobanurira ababuranyi ko ashobora kubunga ubwe babyemeye cyangwa bagahuzwa n’umucamanza bashyiriweho nk’umuhuza na perezida w’Urukiko cyangwa undi muhuza wemewe bahitamo babifashijwemo n’Urukiko. Iyo ababuranyi bahisemo ko Umwanditsi abahuza ategurana na bo gahunda y’ubwunzi, byaba bishoboka agahita atangirana na bo igikorwa cy’ubwunzi. Umwanditsi ntiyambara umwambaro w’iburanisha mu gihe ari mu bwunzi. Iyo ababuranyi bahisemo ko bungwa n’umucamanza, Umwanditsi akora raporo y’inama ntegurarubanza isobanura ko bahisemo kungwa n’umucamanza kandi, iyo raporo igashyikirizwa Perezida w’Urukiko kugira ngo agene umucamanza uzaba umuhuza. Umucamanza wagenwe kuba umuhuza ategurana n’ababuranyi igikorwa cy’ubwunzi. Iyo ababuranyi bahisemo umuhuza wigenga, Umwanditsi yumvikana na bo igihe igikorwa cy’ubwunzi kizamara. Uko byagenda kose, icyo gihe ntigishobora kurenza ukwezi.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA II: UBWUNZI MU MANZA ZAREGEWE INKIKO,ICYICIRO CYA MBERE: UBWUNZI MBERE Y’INAMA NTEGURARUBANZA,Ingingo ya 30: Gusoza ubwunzi mu gihe cy’inama ntegurarubanza,"Iyo ababuranyi bumvikanye babifashijwemo n’Umwanditsi, Umwanditsi ategura icyemezo cy’Urukiko gikubiyemo ibiri mu mwanzuro w’ubwumvikane gishyikirizwa Perezida w’Urukiko. Perezida w’Urukiko n’umwanditsi bashyira umukono ku cyemezo cy’Urukiko, kigashyirwaho kashe mpuruza hamwe n’umwanzuro w’ubwumvikane washyizweho umukono n’impande zombi. Iyo ababuranyi bumvikanishijwe n’umucamanza, ni na we uhita afata icyo cyemezo. Iyo ababuranyi batumvikanye cyangwa bumvikanye kuri bimwe, Umwanditsi abaha itariki y’iburanisha. Ibyemeranijweho mu bwunzi ntibishobora kugarukwaho mu iburanisha. Umucamanza wagerageje kunga ababuranyi bikananirana, ntaba akibaburanishije mu mizi.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA II: UBWUNZI MU MANZA ZAREGEWE INKIKO,ICYICIRO CYA 3: UBWUNZI MU GIHE CY’IBURANISHA,Ingingo ya 31: Ubwunzi bukozwe n’umucamanza,"Nyuma yo gusuzuma imyirondoro n’ingingo zigize urubanza hamwe n’ababuranyi, umucamanza abashishikariza ubwunzi, abasobanurira inyungu za bwo; akanababaza niba ashobora kubunga ubwe cyangwa niba hari undi muhuza bifuza. Iyo ababuranyi bemeye ko umucanza ari we ubwe ubunga, umucamanza asubika iburanisha agategurana n’ababuranyi igikorwa cy’ubwunzi.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA II: UBWUNZI MU MANZA ZAREGEWE INKIKO,ICYICIRO CYA MBERE: UBWUNZI MBERE Y’INAMA NTEGURARUBANZA,Ingingo ya 32: Ubwunzi bukozwe n’umuhuza wigenga wemewe,"Iyo bahisemo umuhuza wigenga, umucamanza abaha itariki bazatangiraho raporo y’ubwunzi. Iyo batumvikanye uwareze ni we ufite inshingano yo kumenyesha Urukiko ko ubwumvikane bwananiranye, kugira ngo ahabwe itariki iburanisha rizasubukurirwaho. Raporo y’ubwunzi itangwa mu gihe kitarenze ukwezi.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA III : INGINGO ZISOZA,NA,"Ingingo ya 33: Itegurwa, isuzumwa n’iyemezwa ry’aya mabwiriza","Aya mabwiriza yateguwe, asuzumwa kandi yemezwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA "AMABWIRIZA N° 001/2019 YO KU WA 05/12/2019 YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA YEREKEYE UBWUNZI MU MANZA Z’IMBONEZAMUBANO, IZ’UBUCURUZI, IZ’UMURIMO, N’IZ’UBUTEGETSI",Amabwiriza,UMUTWE WA III : INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 34: Igihe amabwiriza atangira gukurikizwa,"gukurikizwa Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 05/12/2019",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,Aya mabwiriza agamije kugaragaza ibigomba kuba byujujwe n’uwakwitabazwa n’inkiko nk’umuhanga hashingiwe ku bumenyi bwihariye cyangwa ubunararibonye afite.,NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 2: Isobanura,"Muri aya mabwiriza, ijambo “umuhanga” rivuga umunyamwuga ufite ubumenyi bwihariye ku ngingo runaka yabonye biturutse ku kuba yarabyize, ku burambe ku kazi, cyangwa ku mahugurwa yahawe, witabazwa n’urukiko, agatanga raporo urukiko rwakwifashisha mu gufata icyemezo.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA II: IBYICIRO BY’ABAHANGA,NA,Ingingo ya 3: Abahanga mu mirimo ijyanye n’imari,"Uwashyizweho nk’umuhanga mu bya banki, mu by’ibaruramari, mu by’ubwishingizi n’indi mirimo ijyanye n’imari agomba kuba – (a) abifitiye ubumenyi; kandi (b) ari ku rutonde rwateguwe rukanatangazwa n’urwego rumuha icyemezo cyo gukora uwo murimo.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA II: IBYICIRO BY’ABAHANGA,NA,Ingingo ya 4: Umuhanga mu igenagaciro ry’imitungo itimukanwa,"Uwashyizweho nk’umuhanga mu igenagaciro ry’imitungo itimukanwa agomba kuba – (a) abifitiye ubumenyi; kandi (b) ari ku rutonde rwateguwe rukanatangazwa n’urwego rumuha icyemezo cyo gukora uwo murimo.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA II: IBYICIRO BY’ABAHANGA,NA,Ingingo ya 5: Abahanga mu birebana n’imisoro,"Uwashyizweho nk’umuhanga mu birebana n’imisoro agomba kuba – (a) afite ubuhanga bwihariye mu birebana n’imisoro; kandi (b) ari ku rutonde rwateguwe rukanatangazwa n’urwego rumuha icyemezo cyo gukora uwo murimo. ",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA II: IBYICIRO BY’ABAHANGA,NA,"Ingingo ya 6: Abahanga mu mikono, ibikumwe, ikoreshwa ry’imbunda, n’uturemangingo","Ku birebana n’abahanga mu mikono, ibikumwe, ikoreshwa ry’imbunda n’uturemangingo, urukiko rwifashisha urwego rufite mu nshingano ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA II: IBYICIRO BY’ABAHANGA,NA,Ingingo ya 7: Abaganga,"(1) Umuganga witabazwa n’urukiko agomba kuba afite ubumenyi bwihariye ku kibazo rusuzuma. (2) Urukiko rushaka umuganga kugira ngo rumwitabaze rwandikira Ibitaro by’Akarere biri hafi akaba ari byo bimugena. Iyo Ibitaro by’Akarere bidafite uwo muganga, urukiko rwitabaza ibindi bitaro bimukoresha",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA II: IBYICIRO BY’ABAHANGA,NA,Ingingo ya 8: Abahanga mu birebana n’ibindi byiciro bitavuzwe muri aya mabwiriza,"Ku bireba ibindi byiciro bitavuzwe muri aya mabwiriza, urukiko rugena umuhanga rukurikije ubumenyi n’ubunararibonye umuhanga afite bushingiye ku kiburanwa.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA II: IBYICIRO BY’ABAHANGA,NA,Ingingo ya 9: Kohereza urutonde rw’abahanga,"Inzego zishinzwe guha abahanga icyemezo cyo gukora imirimo mu bijyanye n’imari, igenagaciro ry’imitungo itimukanwa n’imisoro zishyikiriza Urukiko rw’Ikirenga urutonde rw’abahanga muri iyo mirimo kugira ngo rutangazwe ku rubuga rw’Urukiko rw’Ikirenga.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA III: AMAHAME AGENGA ABAHANGA,NA,Ingingo ya 10: Ubunyamwuga,"Uwashyizweho nk’umuhanga – (a) yiyemeza gukorana ubunyamwuga inshingano yahawe n’urukiko, ashingiye ku bumenyi, ubuhanga, inyandiko ndetse no ku yandi makuru ya ngombwa ahawe n’urukiko cyangwa ababuranyi byamufasha mu kurangiza inshingano ze; (b) yubahiriza amahame yose agenga umwuga we; kandi (c) agomba kuba afite imyifatire y’intangarugero.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA III: AMAHAME AGENGA ABAHANGA,NA,Ingingo ya 11: Kugira ubwigenge mu kazi,"Uwashyizweho nk’umuhanga akora inshingano ze mu bwigenge. Ntakorera ku gitutu, cyaba icy’ababuranyi cyangwa icy’undi wese ufite inyungu mu rubanza. ",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA III: AMAHAME AGENGA ABAHANGA,NA,Ingingo ya 12: Gukorera mu mucyo,"Uwashyizweho nk’umuhanga agaragariza urukiko n’ababuranyi umwanzuro yagezeho, ibyo yashingiyeho n’uburyo yakoresheje kugira ngo agere kuri uwo mwanzuro.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA III: AMAHAME AGENGA ABAHANGA,NA,Ingingo ya 13: Kugira ibanga,"Uwashyizweho nk’umuhanga agira ibanga ry’amakuru yamenye bitewe n’inshingano yahawe, kabone n’iyo urubanza rwaba rwararangiye.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA IV: ISHYIRWAHO,NA,Ingingo ya 14: Ibishingirwaho mu ishyirwaho ry’umuhanga,"(1) Ushyirwaho nk’umuhanga mu nkiko agomba kuba afite nibura imyaka itanu y’uburambe mu mirimo ijyanye n’ibibazo asabwa gutangaho umucyo mu rukiko. (2) Icyakora, urukiko rushobora kwitabaza umuhanga udafite uburambe bw’imyaka itanu iyo – (a) nta wundi ushobora kuboneka ufite ubwo burambe; kandi (b) uwo muhanga witabazwa udafite ubwo burambe busabwa akaba afite ubumenyi bwihariye bwafasha urukiko. ",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA IV: ISHYIRWAHO,NA,Ingingo ya 15: Ishyirwaho ry’umuhanga,"(1) Urukiko, rubyibwirije, rushobora gushyiraho umuhanga kugira ngo atange umucyo. (2) Ababuranyi bakeneye kwiyambaza umuhanga babisaba urukiko kugira ngo rubibemerere. (3) Iyo hashyizweho abahanga barenze umwe ariko ntibahurize ku mwanzuro umwe, buri muhanga atanga raporo ye igaragaza uburyo yakoresheje n’impamvu ituma adahuza n’abandi.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA IV: ISHYIRWAHO,NA,Ingingo ya 16: Gushyiraho umuhanga utanga umucyo ku kitumvikanwaho,"(1) Iyo urukiko rusanga abahanga batumvikana kuri raporo ya nyuma, rushobora gushyiraho undi muhanga warufasha gusesengura raporo zatanzwe n’abahanga ba mbere. Uwo muhanga agendera kuri raporo zatanzwe, n’ibimenyetso ashyikirizwa n’urukiko. (2) Umuhanga uvugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo akora indi raporo akayisobanura mu iburanisha hari ababuranyi n’abahanga bari biyambajwe mbere.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA V: INSHINGANO Z’UMUHANGA N’IZ’ABABURANYI,NA,Ingingo ya 17: Inshingano z’umuhanga,"Umuhanga afite inshingano zikurikira: (a) gukora neza inshingano yahawe n’urukiko, nta marangamutima kandi yubahiriza amahame y’umwuga akora; (b) gushyikiriza mu nyandiko urukiko raporo yakoze, ibanjirijwe n’indahiro, nk’uko iteganywa n’amategeko; (c) kubahiriza igihe yahawe n’urukiko agomba gutangiraho raporo yakoze. Icyakora, iyo hari impamvu ituma atubahiriza igihe yahawe, abimenyesha urukiko agasaba ko cyongerwa kandi akagaragaza iminsi yumva ashigaje kugira ngo abe yarangije iyo nshingano; (d) kwitabira umuhango w’iburanisha kugira ngo asobanure raporo yakoze mu gihe ahamagajwe n’urukiko. ",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA V: INSHINGANO Z’UMUHANGA N’IZ’ABABURANYI,NA,Ingingo ya 18: Inshingano z’ababuranyi,"Ababuranyi – (a) baha umuhanga ibyo abasaba kugira ngo yuzuze neza inshingano yahawe n’urukiko; (b) birinda igikorwa icyo ari cyo cyose cyabangamira ubwigenge bw’umuhanga igihe cyose arangiza inshingano ze; kandi (c) bakishyura igihembo cy’umuhanga ku gihe cyagenwe.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA VI: RAPORO N’IGIHEMBO BY’UMUHANGA,Icyiciro cya mbere: Raporo y’umuhanga,Ingingo ya 19: Imiterere ya raporo y’umuhanga,(1) Raporo y’umuhanga ikorwa mu nyandiko igaragaza inyigo n’ibyashingiweho kugira ngo umuhanga agere ku mwanzuro usubiza ibibazo inteko iburanisha yamusabye gutangaho umucyo. (2) Raporo y’umuhanga itegurwa mu rurimi urubanza ruburanishwamo.,NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,Amabwiriza,UMUTWE WA VI: RAPORO N’IGIHEMBO BY’UMUHANGA,Icyiciro cya mbere: Raporo y’umuhanga,Ingingo ya 20: Agaciro ka raporo y’umuhanga,"(1) Urukiko, mu bushishozi bwarwo, ni rwo rumenya agaciro ruha raporo y’umuhanga. (2) Umuhanga asobanura raporo ye, iyo inteko iburanisha isanga ari ngombwa.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,NA,UMUTWE WA VI: RAPORO N’IGIHEMBO BY’UMUHANGA,Icyiciro cya 2: Igihembo cy’umuhanga,Ingingo ya 21: Uburyo igihembo cy’umuhanga kigenwa,"Igihembo cy’umuhanga kigenwa ku bwumvikane bw’umuhanga n’ubw’ababuranyi, hitawe ku nshingano aba yahawe. Iyo ubwumvikane budashobotse, igihembo kigenwa n’inteko iburanisha ikurikije ibihembo cyangwa impuzandengo y’ibihembo bisanzwe bitangwa mu rwego rw’umurimo umuhanga akoramo. ",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,NA,UMUTWE WA VI: RAPORO N’IGIHEMBO BY’UMUHANGA,Icyiciro cya 2: Igihembo cy’umuhanga,"Ingingo ya 22: Uburyo igihembo cy’umuhanga cyishyurwa ","(1) Umuburanyi wasabye umuhanga urukiko rukabimwemerera, ni we umwiyishyurira. (2) Iyo urukiko rushyizeho umuhanga rubyibwirije mu bushishozi bwarwo rushobora gutegeka umwe mu baburanyi kumwishyura igihembo cy’imirimo yakoze cyangwa rugategeka ababuranyi bose gufatanya kumwishyura icyo gihembo. (3) Mu gihe ababuranyi bari mu cyiciro cy’abatishoboye kandi hakenewe umuhanga kugira ngo hatangwe ubutabera, umuhanga yishyurwa n’Urwego rw’Ubucamanza. (4) Umuhanga ashobora kugenerwa igice cy’amafaranga mbere y’uko atangira imirimo yashinzwe n’urukiko. Icyo gice cy’amafaranga cyishyurwa mu buryo bumwe n’ubuvugwa mu gika cya (1), icya (2) n’icya (3) by’iyi ngingo. (5) Mu icibwa ry’urubanza, umucamanza ategeka mu cyemezo cy’urukiko uwatsinzwe gusubiza uwatsinze amafaranga yishyuye umuhanga. ",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,NA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA,NA," Ingingo ya 23: Uburyo umuhanga yihanwa","(1) Umuhanga washyizweho ashobora kwihanwa n’umwe mu baburanyi iyo agaragarije urukiko impamvu zumvikana. Icyo gihe hashyirwaho undi umusimbura. (2) Iyo impamvu zo kwihana umuhanga zimenyekanye nyuma yo gutanga raporo kandi zikaba zituma bitashoboka kwizera ukutabogama kwe, urukiko rubifataho icyemezo, raporo ikaba yateshwa agaciro hagashyirwaho undi muhanga.",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,NA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA,NA,Ingingo ya 24: Ihanwa kubera kutubahiriza amahame agenga umwuga," (1) Umuhanga udindiza ku bushake inshingano yahawe cyangwa utandukira ku buryo bukomeye amahame agenga umwuga we, ahanishwa n’inteko iburanisha kimwe mu bihano bikurikira, hakurikijwe ikosa yakoze: (a) kwihanangirizwa; (b) kwamburwa inshingano. (2) Iyo inteko iburanisha isanze umuhanga yarakoze ikosa rikomeye, ishobora gukorera Perezida w’urukiko raporo imumenyesha ikosa ryakozwe. Iyo Perezida w’urukiko amaze kubisuzuma, agasanga uwo muhanga akwiriye guhanwa, akora raporo akayishyikiriza Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga ushobora gufata kimwe mu bihano bikurikira: (a) guhagarika umuhanga bireba gukorana n’inkiko mu gihe kitari munsi y’amezi atatu ariko kitarenga amezi atandatu; (b) gukurwa burundu ku rutonde rw’abahanga bemerewe kwitabazwa n’inkiko. (3) Umuhanga ufatiwe kimwe mu bihano bivugwa mu gika cya (2) cy’iyi ngingo ashobora gutakambira Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba ari we usuzuma niba hari impamvu yatuma igihano yari yafatiwe gikurwaho. ",NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,NA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA,NA,Ingingo ya 25: Ingingo y’ururimi,Aya mabwiriza yateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda.,NA AMABWIRIZA YA PEREZIDA W’URUKIKO RW’IKIRENGA Nº 001/2023 YO KU WA 25/01/2023 YEREKEYE ABAHANGA BASHYIRWAHO N’INKIKO,NA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA,NA,Ingingo ya 26: Gutangira gukurikizwa,"Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 25/01/2023 ",NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,"Aya mabwiriza ashyiraho imirongo ngenderwaho hagamijwe kunoza serivisi zitangwa n’ umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha Integrated Electronic Case Management System, “IECMS” mu magambo ahinnye y’icyongereza.",NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 2: Serivisi zitangwa n’ umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS,"Urutonde rwa serivisi zitangwa n’ umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS ni uru rukurikira: 1° gufungura konti ya e-mail; 2° gufungura konti muri IECMS; 3° guhindura ijambo ry’ibanga muri konti ya IECMS; 4° kumenyekanisha ubwishyu; 5° gufasha uwamenyekanishije ubwishyu kwishyura; 6° gutanga ikirego cy’umuntu witwaje imyanzuro yanditse muri MS Word; 7° gukurikirana ikirego; 8° kwandika no kohereza ubutumwa hakoreshejwe abafasha; 9° gusaba inyandiko mpesha; 10° gusaba inyandikompuruza; 11° gufungura konti muri sisitemu ya cyamunara; 12° guhitamo umuhesha w’inkiko urangiza urubanza; 13° Gusaba imwe muri serivisi zitangirwa muri sisitemu ya cyamunara no gusubizwa ingwate y’ipiganwa; 14° gushyira inyandiko z’inyongera muri dosiye y’ikirego; 15° kwandika akoresheje mudasobwa; 16° gusikana; 17° gusohora inyandiko mu mashini.",NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 3: umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS,umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS ni umuntu wese wahuguriwe gutanga iyo serivisi kandi akaba yarabiherewe uburenganzira na Minisiteri ifite ubutabera mu nshingano. Uwo muntu kandi agomba kuba agaragara ku rutonde ruboneka ku rubuga rwa Minisiteri y’Ubutabera n’urw’Urukiko rw’Ikirenga.,NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 4: Inshingano z’ umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS,"Umuntu wahawe icyemezo kimwemerera gufasha abaturage gukoresha IECMS afite inshingano zikurikira: 1° kwakira neza uje amugana; 2° guha uje amugana uburyo bwo gutanga amakuru ye mu ibanga; 3° kugira ibanga rikomeye ku makuru yose aba yahawe n’uje amugana mu gihe na nyuma yo kumuha serivisi; 4° kubahiriza ibiciro bya serivisi biteganywa n’aya mabwiriza; 5° gutanga ikirego akoresheje konti y’uje amugana atangira ikirego; 6° gushyira imyanzuro muri IECMS akurikije imbonerahamwe igaragara ku rubuga rw’Urukiko rw’Ikirenga; 7° gufasha uje amugana gufungura konti muri IECMS no kumuha amakuru yose yerekeranye n’iyo konti; 8° guha uje amugana nimero ya dosiye ye muri IECMS igihe amufashije kohereza ikirego cyangwa gusaba kashe mpuruza. ",NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 5: Inshingano z’ufashwa gukoresha IECMS,"Umuntu ufashwa gukoresha IECMS afite inshingano zikurikira: 1° kubahiriza ibiteganywa n’amategeko mu gutanga, gukurikirana ikirego cyangwa mu gusaba izindi serivisi zitangwa hifashishijwe IECMS; 2° kuba afite imyanzuro yanditswe hakoreshejwe porogaramu ya MS Word yateguwe hubahirijwe imbonerahamwe igaragara ku rubuga rw’Urukiko rw’Ikirenga; 3° kwishyura serivisi ahawe agendeye ku biciro biteganywa mu ngingo ya 7 y’aya mabwiriza; 4° kubika neza kandi mu ibanga amakuru abitswe muri IECMS.",NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 6: Ibibujijwe umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS,Umuntu wahawe icyemezo kimwemerera gufasha abaturage gukoresha IECMS abujijwe ibi bikurikira: 1° gukorera uje amugana imyanzuro igihe cyose atari umunyamategeko wabyigiye; 2° gukoresha amakuru na konti by’uwaje amugana atabimuhereye uburenganzira; 3° gufasha uje amugana gukoresha IECMS akoresheje konti itandukanye n’iy’usaba serivisi.,NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 7: Ibiciro bya serivisi zitangwa n’ umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS,Umuntu wahawe icyemezo kimwemerera gufasha abaturage gukoresha IECMS yubahiriza ibiciro biri ku mugereka w’aya mabwiriza.,NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 8: Ingaruka zo kutubahiriza ibikubiye muri aya mabwiriza,"Bitabangamiye ibihano biteganywa n’andi mategeko, umuntu wemerewe gufasha abaturage gukoresha IECMS ukora ibinyuranye n’ibiteganywa muri aya mabwiriza agerwaho n’ingaruka zikurikira: 1° kwamburwa uburenganzira bwo gufasha abaturage gukoresha IECMS; 2° gusubiza amafaranga arenze ku yateganyijwe muri aya mabwiriza; 3° kwishyura igihombo uje amugana yahura na cyo biturutse ku makosa azaba yamukoreye.",NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 9: Ivanwaho ry’ingingo z’amabwiriza zinyuranyije n’aya mabwiriza,Ingingo zose z’amabwiriza abanziriza aya kandi zinyuranyije na yo zivanyweho.,NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,NA,NA,Ingingo ya 10: Igihe aya mabwiriza atangirira gukurikizwa,"Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 30/09/2020",NA "AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM ",Amabwiriza,UMUGEREKA W’AMABWIRIZA YA MINISITIRI N° 002/INSTR/MOJ/AG/20 YO KU WA 30/09/2020 YEREKEYE SERIVISI ZITANGWA N’UMUNTU WEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA INTEGRATED ELECTRONIC CASE MANAGEMENT SYSTEM,IBICIRO BYA SERIVISI ZITANGWA N’UWEMEREWE GUFASHA ABATURAGE GUKORESHA IECMS,NA,"No SERIVISI / IGIKORWA IGICIRO (FRW) 1. Gufungura konti ya e-mail 200 2. Gufungura konti muri IECMS 200 3. Guhindura ijambo ry’ibanga muri konti ya IECMS 200 4. Kumenyekanisha ubwishyu 200 5. Gufasha uwamenyekanishije ubwishyu kwishyura 200 6. Gutanga ikirego cy’uje witwaje imyanzuro yanditse muri MS Word 50 7. Gukurikirana ikirego 1.500 8. Kwandika no kohereza ubutumwa hakoreshejwe abafasha 200 9. Gusaba inyandiko mpesha 300 10. Gusaba inyandiko mpuruza 300 11. Gufungura konti muri sisitemu ya cyamunara 500 12. Guhitamo umuhesha w’inkiko urangiza urubanza 200 13. Gusaba imwe muri serivisi zitangirwa muri sisitemu ya cyamunara no gusubizwa ingwate y’ipiganwa 200 14. Gushyira inyandiko z’inyongera muri dosiye y’ikirego 300 15. Kwandika akoresheje mudasobwa (urupapuro rumwe) 200 16. Gusikana (urupapuro rumwe) 50 17. Gusohora inyandiko mu mashini (urupapuro rumwe) 50",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya I,"1. Muri aya Masezerano - (a) ""Umuntu"" bivuga umuntu uwo ari we wese , ubufatanye, ikigo icyo ari cyo cyose cya Leta cyangwa kigenga, umuryango mpuzamahanga uwo ari wo wose ufite ubuzima gatozi hakurikijwe amategeko y'igihugu ubarizwamo, igihugu icyo ari cyo cyose n’inzego zacyo zikigize. (b) ""Umwenegihugu w'igihugu kiri muri aya Masezerano"" harimo igihugu kiyarimo cyangwa inzego zacyo zikigize, ubufatanye, ikigo icyo ari cyo cyose cya Leta cyangwa kigenga kibarizwa ku butaka bw'igihugu kiri muri aya Masezerano. (c) ""Ukoresha"", mu byerekeye uruganda rw'ingufu za kirimbuzi, bivuga umuntu ugenwa cyangwa wemewe n'igihugu rurimo nk'ukoresha urwo ruganda. (d) ""Igihugu kirimo uruganda"", mu byerekeye uruganda rw'ingufu za kirimbuzi, bivuga igihugu kiri muri aya Masezerano urwo ruganda ruri ku butaka bwacyo cyangwa, iyo rudaherereye ku butaka bw'igihugu icyo ari cyo cyose, igihugu kiri muri aya Masezerano kirukoresha cyangwa gitanga uburenganzira bwo kurukoresha. (e) ""Itegeko ry'urukiko rubifitiye ububasha"" bivuga itegeko ry'urukiko ruhabwa ububasha n'aya Masezerano, harimo n'itegeko rirebana n’ igongana ry’amategeko. (f) ""Ibitanga ingufu za kirimbuzi"" bivuga ikintu icyo ari cyo cyose gishobora kubyara ingufu binyuze mu nzira ingufu za kirimbuzi zitunganywamo. (g) ""Ibintu cyangwa imyanda yifitemo imirasire yangiza"" bivuga ibintu ibyo ari byo byose byifitemo imirasire yangiza, cyangwa ibintu bigira imirasire yangiza bitewe no gushyirwaho imirasire, hakorwa cyangwa hakoreshwa ibigize ingufu za kirimbuzi, ariko kikaba kitarimo ubumara bw'imirasire igeze ku rwego rwa nyuma rwo gutunganywa ku buryo yakoreshwa mu bumenyi, ubuvuzi, ubuhinzi, ubucuruzi cyangwa inganda.(h) ""igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi"" bivuga :(i) igitanga ingufu za kirimbuzi icyo ari cyo cyose, kitari uranium karemano cyangwa uranium yatunganyijwe, gishobora kubyazwa ingufu binyuze mu nzira ndende zo kugihuza ubwacyo n'ibituma ingufu za kirimbuzi zikora, cyaba kiri cyonyine cyangwa kivanzwe n'ibindi bintu;(ii) Ibyakozwe cyangwa imyanda yifitemo imirasire.(i) ""Igituma ingufu za kirimbuzi zikora"" bivuga uburyo ubwo ari bwo bwose bugizwe n'igikorwamo ingufu za kirimbuzi giteye ku buryo kubyara ingufu binyura mu ruhererekane rugihuza n'ibindi bikabyara ingufu hatongewemo neutron (j) ""Uruganda rw'ingufu za kirimbuzi"" bivuga - (I) Igituma ingufu za kirimbuzi zikora icyo ari cyo cyose kitari ikifashishwa mu gutwara ibintu mu nyanja cyangwa mu kirere gikoreshwa nk'igikomokaho ingufu, haba mu kuzohereza cyangwa ku yindi mpamvu iyo ari yo yose; (II) uruganda urwo ari rwo rwose rukoresha ibikorwamo ingufu za kirimbuzi mu gukora igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi, cyangwa uruganda urwo ari rwo rwose rutunganya igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi, harimo n'uruganda urwo ari rwo rwose rwongera gusubiramo ibikorwamo ingufu za kirimbuzi byari byarambuwe imirasire yangiza; kimwe n' (iii) inyubako iyo ari yo yose ibikwamo igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi, itari ahagenewe gutwara icyo gikoresho, ku buryo igihugu gifite uruganda rw'ingufu za kirimbuzi rushobora kugena inganda nyinshi z'ingufu za kirimbuzi z'umukoresha umwe zikaba zibarizwa ahantu hamwe hafatwa nk'uruganda rw'ingufu za kirimbuzi rumwe. k) ""Ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi"" bivuga : (i) kubura ubuzima, gukomereka cyangwa kubura cyangwa kwangirika kw'imitungo bitewe n'ibifite imirasire yangiza cyangwa uruhurirane rw'ibifite imirasire yangiza bifite uburozi, ibiturika cyangwa ibindi byangiza by'ibikorwamo ingufu za kirimbuzi cyangwa ibyakozwe cyangwa imyanda yifitemo imirasire yangiza, cyangwa by'igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi gikomokaho, giturika cyangwa cyoherejwe ku ruganda rw'ingufu za kirimbuzi; (ii) ukundi gutakara cyangwa ukwangirika bitewe gutyo, mu gihe no mu buryo amategeko n’urukiko rubifitye ububasha abiteganya; (iii) iyo amategeko agenga igihugu gifite uruganda rw'ingufu za kirimbuzi abiteganya, kubura ubuzima, gukomereka cyangwa kubura cyangwa kwangirika kw'imitungo bitewe n'imirasire yangiza irimo ubumara yoherejwe n'ikindi kintu giturukaho imirasire yangiza ivuye mu ruganda rw'ingufu za kirimbuzi. (l) ""Impanuka y'ingufu za kirimbuzi"" bivuga ikintu icyo ari cyo cyose kibaye cyangwa uruhererekane rw'ibibaye bitera kwangizwa n'ingufu za kirimbuzi. (2). Igihugu gifite uruganda rw’ingufu za kirimbuzi, iyo ibyago bibaye biri ku rugero ruto gishobora gukura ingano ntoya iyo ari yo yose y'igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi mu ikurikizwa ry'aya masezerano, ku buryo : (a) Ingero ntarengwa z’'ikurwamo ry'iyo ngano zishyirwaho n'Inama y'Abayobozi b'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi; ndetse (b) n'ikurwamo iryo ari ryo ryose rikorwa n'igihugu gifite uruganda naryo riri muri izo zishyirwaho. Ingero ntarengwa zisubirwamo mu buryo ngarukagihe n'Akanama k'Abayobozi. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya II,"1. Ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ni we wirengera ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi iyo hari ibimenyetso bigaragaza neza ko koko byangijwe n'impanuka y’ingufu za kirimbuzi: (a) yabeeye mu ruganda rwe rw'ingufu za kirimbuzi; cyangwa (b) yatewe n’ibikoresho by'ingufu za kirimbuzi bivuye cyangwa bikomoka mu ruganda rwe rw'ingufu za kirimbuzi, maze bikaba : (i) mbere y’uko uburyozwe ku mpanuka z'ingufu za kirimbuzi itewe n'ibikoresho by'ingufu za kirimbuzi buba, hakurikijwe ingingo zikubiye mu masezerano yanditse, ukoresha uruganda agirana n'urundi ruganda rw'ingufu za kirimbuzi; (ii) iyo izo ngingo zidahari, mbere y'uko ukoresha uruganda n'urundi ruganda rw'ingufu za kirimbuzi bakoresha icyo gikoresho cy'ingufu za kirimbuzi; cyangwa (iii) iyo igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi kigenewe gukoreshwa mu mbarutso y'ingufu za kirimbuzi iri kumwe n'uburyo bw'ubwikorezi ikanakoreshwa nk'inkomoko y'ingufu, zaba izo kohereza cyangwa gukoreshwa mu bundi buryo, mbere y'uko umuntu wemerewe gukoresha iyo mbarutso aba atarahabwa igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi; ariko (iv) iyo igikoresho cy’ingufu za kirimbuzi cyohererejwe umuntu uri ku butaka bw’igihugu kitari muri aya Masezerano, mbere y'uko gipakururwa mu cyakigejeje ku butaka bw’icyo gihugu kitayarimo; (c) itewe n'igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi cyoherejwe ku ruganda rwe kandi ikaba : (i) nyuma y’uko uburyozwe ku mpanuka z'ingufu za kirimbuzi itewe n'ibikoresho by'ingufu za kirimbuzi buba kubera we, hakurikijwe ingingo zikubiye mu masezerano yanditse, y’ukoresha urundi ruganda rw'ingufu za kirimbuzi (ii) iyo izo ngingo zidahari mu masezerano yanditse, nyuma y'uko ahabwa icyo gikoresho cy'ingufu za kirimbuzi; cyangwa (iii) amaze guhabwa igikoresho by'ingufu za kirimbuzi cy’umuntu ukoresha igikoresho gikora ingufu za kirimbuzi, hakoreshejwe uburyo bwo gutwara ibintu kugira ngo gikoreshwe nk’isoko y’ingufu, haba kubisunika cyangwa ku bw’indi mpamvu iyo ari yo yose ; ariko (iv) iyo ibikoresho by'ingufu za kirimbuzi, byoherejwe, byemewe mu nyandiko n’ubikoresha, bikozwe n’umuntu uri ku butaka bw'igihugu kitari muri aya Masezerano, gusa nyuma y'uko gipakirwa mu cyigikura ku butaka bw’icyo gihugu; ku buryo, iyo ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi bitewe n'impanuka y'ingufu za kirimbuzi ibereye mu ruganda rw'ingufu za kirimbuzi kandi itewe n'ibikoresho by'ingufu za kirimbuzi bibitsemo byajyanywe muri ubwo bwikorezi mu buryo butateguwe, ibiteganywa n'agace (a) k'iki gika ntibikurikizwa iyo undi ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi cyangwa undi muntu ari we wenyine ubiryozwa hakurikijwe ibiteganywa n'agace (b) cyangwa (c) k'iki gika. 2. Igihugu gifite uruganda rw'ingufu za kirimbuzi gishobora guteganya mu mategeko yacyo ko mu buryo bwashobora gusobanurwamo, umwikorezi w’ibikoresho by'ingufu za kirimbuzi cyangwa umuntu akoresha imyanda yifitemo imirasire yangiza ashobora, abyisabiye kandi byemewe n’ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi bireba, gushyirwaho cyangwa kwemerwa nk'ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi mu cyimbo cye, ku birebana ibikoresho by'ingufu za kirimbuzi cyangwa imyanda yifitemo imirasire yangiza. Muri icyo gihe, uwo mwikorezi cyangwa uwo muntu afatwa, ku bw’aya Masezerano, nk'ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ruherereye ku butaka bw'icyo gihugu. 3. (a) iyo ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi biryozwa abakoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi benshi bafatanya uburyozwe kandi kuri byose mu gihe bidashoboka kugaragaza neza umugabane w’ibyangijwe byaharirwa buri wese. (b) iyo impanuka y'ingufu za kirimbuzi ibaye mu gihe igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi gitwawe, haba mu cyigitwaye kimwe cyangwa mu gihe kibitswe gitwarwa mu ruganda rumwe rw’ingufu za kirimbuzi kandi kigatuma haba ibyangijwe bitewe n’ingufu za maze ikagira ibyo yangiza bituma biryozwa abantu benshi bakoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi, , uburyozwe bwose hamwe ntibushobora kurenza igiciro cyo hejuru gicibwa umwe uwo ari we wese muri bo hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya V. (c) nta na kimwe mu byavuzwe mu duce (a) na (b) tw'iki gika twatuma haryozwa ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ibirenze ibikurikizwa kuri we hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya V. 4. Haseguriwe ibiteganywa n'igika cya 3 cy'iyi ngingo, iyo inganda z'ingufu za kirimbuzi z'ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi umwe zihuriweho n'impanuka y'ingufu za kirimbuzi, uwo ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi yirengera ibyangijwe na buri ruganda rw'ingufu za kirimbuzi hakurikijwe ibimuryozwa biteganywa n'ingingo ya V. 5. Uretse iyo aya Masezerano abiteganya ukundi, nta muntu n'umwe utari ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi uryozwa ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi. Icyakora, ibi ntacyo bihindura ku ikurikizwa ry'amasezerano mpuzamahanga ayo ari yo yose yerekeye ubwikorezi yakurikizwaga cyangwa yari yemerewe gushyirwaho umukono, kwemezwa burundu cyangwa yemerera igihugu kwemera kuba kimwe mu biyahuriyeho ku itariki aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono. 6. Nta muntu n'umwe uryozwa ibyabuze cyangwa ibyangiritse bitazize ingufu za kirimbuzi hakurikijwe ibiteganywa n'agace (k) k'igika cya 1 cy'ingingo ya I, ariko byagombaga kuba bikubiyemo hakurikijwe ibiteganywa n'agace (k) (ii) k'icyo gika. 7. Ikirego kitaziguye gishobora gutangwa haregwa umuntu utanga ubwishingizi hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya VII, iyo itegeko ry'urukiko rubifitiye ububasha ribiteganya. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya III,"Ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi uryozwa hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano agomba guha umwikorezi icyemezo gitangwa n'umwishingizi cyangwa umuntu utanga ubwishingizi mu mafaranga busabwa hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya VII cyangwa mu izina rye. Icyemezo kigaragaza amazina y'uwo ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi n'aho abarizwa ndetse n’amafaranga, ubwoko n'igihe agaciro k’ubwishingizi kamara, umuntu watanze icyemezo cyangwa uwabikoze mu izina rye ntashobora guhakana ayo makuru. Icyemezo kandi kigaragaza igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi kirebwa n’ubwishingizi ndetse kikanagaragaza amakuru atangwa n’umuyobozi ubifitiye ububasha w’ighugu uruganda rurimo yemeza ko umuntu wavuzwe akoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya IV,"1. Uburyozwe bw'ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano ni ndakuka. 2. Iyo ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi agaragaje neza ko ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi, byose cyangwa igice cyabyo, byatewe n'uburangare bw'uwagizweho ingaruka cyangwa akaba yagize icyo akora cyangwa yanze gukora bigatera iyo mpanuka, urukiko rubifitiye ububasha rushobora, iyo amategeko yarwo abiteganya, kugabanyiriza ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi inshingano ze, zose cyangwa igice cyazo, zo kwishyura indishyi z'ibyangiritse by'uwo muntu. 3. (a) Nta buryozwe buteganywa n'aya Masezerano bushobora gusabwa ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi biturutse ku mpanuka y'ingufu za kirimbuzi yatewe ku buryo butaziguye n’igikorwa cy’intambara, imirwano, intambara y’isubiranamo cyangwa imyivumbagatanyo. (b) Uretse igihe amategeko y'igihugu gifite uruganda rw'ingufu za kirimbuzi abiteganya ukundi, ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ntaryozwa ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi bitewe n’impanuka y'ingufu za kirimbuzi iturutse ku buryo butaziguye ku biza bidazanzwe 4. Iyo ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi n'ibyangijwe n'ingufu zitari iza kirimbuzi byatewe n'impanuka y'ingufu za kirimbuzi cyangwa bigahurirwaho n'impanuka y'ingufu za kirimbuzi kimwe n'ikindi kintu cyangwa ibintu byabaye, icyo kindicbyangijwe, mu mu gihe kidashobora gutandukanywa n'ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi, ku bw’aya Masezerano gifatwa nk'icyangijwe n'impanuka y’ngufu za kirimbuzi. Icyakora, iyo ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi bihuriweho n'impanuka y'ingufu za kirimbuzi ivugwa muri aya Masezerano hamwe n'iyoherezwa ry'imirasire yangiza ifite uburozi itavugwamo, nta na kimwe muri aya Masezerano kibuza cyangwa gihindura iryozwa, haba ku bantu bagizweho ingaruka n'ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi cyangwa uruhare rw'umuntu uwo ari we wese ushobora kuryozwa ko afite aho ahuriye n'iyoherezwa ry'iyo mirasire yangiza ifite uburozi. 5. Ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ntaryozwa ku bw’aya Masezerano ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi : (a) ku ruganda rw'ingufu za kirimbuzi ubwarwo cyangwa umutungo uwo ari wo wose uri mu kibanza cy'uruganda ukoreshwa cyangwa utegerejwe gukoreshwa mu bifite aho bihuriye n'uruganda; cyangwa (b) ku cyifashishwaga mu bwikorezi cyari gitwaye igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi mu gihe impanuka y'ingufu za kirimbuzi yabaga. 1. Igihugu icyo ari cyo cyose kirimo uruganda rw'ingufu za kirimbuzi gishobora guteganya mu mategeko yacyo ko ibiteganywa n'agace ka (b) k'igika cya 5 cy'iyi ngingo bidakurikizwa, haseguriwe ko nta na rimwe uburyozwe bw’ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ku byangijwe n’ingufu za kirimbuzi bitari ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi biturutse ku buryo bw’ ubwikorezi, bitajya munsi ya miliyoni 5 z'amadolari ya Leta zunze ubumwe za Amerika ku mpanuka iyo ari yo yose y'ingufu za kirimbuzi. 2. Nta ngingo n’imwe y’aya Masezerano igira ingaruka ku : (a) uburyozwe bw'umuntu ku giti cye watumye ibyangijwe ni ingufu za kirimbuzi, ku bwo gukora igikorwa cyangwa kudakora byateye ibyangijwe n’ingufu za kirimbuzi ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi, hakurikijwe ibiteganywa n'igika cya 3 cyangwa icya 5 b'iyi ngingo, ataba ari we ubiryozwa hakurikijwe aya Masezerano ; cyangwa (b) uburyozwe bw’ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi budateganywa n'aya Masezerano, ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi, hakurikijwe ibiteganywa n'agace ka (b) k'igika cya 5 cy'iyi ngingo, ukoresha uruganda rw’ingufu za kirimbuzi ntacyo aryozwa hakurikijwe aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya V,"1. Igihugu kirimo uruganda rw’ingufu za kirimbuzi gishobora gushyiraho urugero rw’ uburyozwe bw'ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi budashobora kujya munsi ya miliyoni 5 z'amadolari ya Amerika ku mpanuka y'ingufu za kirimbuzi iyo ari yo yose. 2. ibigero ntarengwa by’uburyozwe bishobora gushyirwaho hakurikijwe iyi ngingo ntihakubiramo inyungu cyangwa amafaranga agenwa n'urukiko mu rwego rw’ ibirego by’indishyi ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi. 3. Amadolari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika avugwa muri aya Masezerano ni igipimo fatizo kingana n'igiciro cya zahabu cyo ku wa 29 Mata 1963, bivuze ko ari amadolari 35 ku gipimo cya zahabu itunganyije. 4. Igiteranyo kivugwa mu gika cya 6 cy’ingingo ya IV no mu gika cya 1 cy'iyi ngingo gishobora guhindurwa mu mafaranga mbumbe y'igihugu . ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA ,NA,Ingingo ya VI,"1. Uburenganzira ku ndishyi buvugwa muri aya Masezerano bushobora kuzima iyo nta kirego gitanzwe mu gihe cy'imyaka 10 uhereye igihe impanuka y'ingufu za kirimbuzi yabereye. Icyakora, hakurikijwe amategeko y'igihugu gifite uruganda rw'ingufu za kirimbuzi uburyozwe bw’ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi buri mu bwishingizi cyangwa ingwate y’amafaranga cyangwa imari y’igihugu mu gihe kirenze imyaka 10, itegeko ry’urukiko rubifitiye ububasha rushobora guteganya ko uburenganzira ku ndishyi ziryozwa ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi buzima gusa mu gihe gishobora kurenga imyaka 10, ariko ntibirenge igihe uburyozwe bwishingiwemo hakurikijwe amategeko y’igihugu y'igihugu kirimo uruganda rw'ingufu za kirimbuzi. Uko kongera igihe cy’ubuzime ntacyo bihindura ku burenganzira bw'indishyi hakurikijwe aya Masezerano ku muntu wese watanze ikirego kubera kubura ubuzima cyangwa kwangiza umubiri haregwa ukoresha uruganda rw’ingufu za kirimbuzi mbere yo kurangira kw’igihe cyavuzwe haruguru cy’imyaka 10. 2. Iyo ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi byatewe n'impanuka y'ingufu za kirimbuzi bitewe n’igikoresho cy'ingufu za kirimbuzi mu gihe impanuka y’ingufu za kirimbuzi yabaga cyari cyaribwe, cyaratakaye, cyarajugunywe cyangwa cyarasizwe, igihe kivugwa mu gika cya mbere cy'iyi ngingo kibarwa uhereye ku itariki iyo mpanuka y'ingufu za kirimbuzi yabereyeho, ariko ntigishobora kurenga imyaka makumyabiri uhereyeku itariki yo kwibwa, gutakara, kujugunywa cyangwa gusigwa. 3. Amategeko y'urukiko rubifitiye ububasha ashobora kushyiraho igihe kigenwe cy’ubuzime cyangwa ubusaze bw’igihe nibura cy’imyaka itatu y'imyaka itatu uhereye ku itariki umuntu wangirijwe n'ingufu za kirimbuzi yamenye cyangwa yagombaga kumenyera ibyangijwe ndetse n'ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ubiryozwa ku buryo igihe cyagenwe hakurikijwe ibiteganywa n'igika cya 1 n'icya 2 by'iyi ngingo kidshobora kurenga. 4. Uretse ingingo y’amategeko y'urukiko rubifitiye ububasha yabiteganya ukundi, umuntu uwo ari we wese ugaragaza ko yangirijwe n’ingufu za kirimbuzi kandi watanze ikirego cy’indishyi mu gihe giteganyijwe hakurikijwe iyi ngingo ashobora kguhindura ikirego kugira ngo yite ku buremere bw’ibyangijwe ndetse na nyuma yo kurangira kw’icyo gihe icibwa5. Iyo ububasha bw’urukiko bushobora kugenwa hakurikijwe agace ka (b) k'igika cya 3 cy'ingingo ya XI ndetse ikirego kikaba cyaragejejwe ku gihugu kiri muri aya Masezerano kibifitiye ububasha mu gihe cyigenwe hakurikijwe iyi ngingo, ikirego cyose gishobora gutangwa mu gihe cy’amezi atandatu akurikira itangwa ry’ububasha mu gihe iryo tangwa ry’ububasha ryabaho mu ry’urubanza ndakuka ripfa kuba ritaraba mezi aciye munsi y’atandatu mbere y’ukurangira kw’icyo gihe. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VII,"1. Ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi asabwa gukomeza kugira ubwishingizi cyangwa ingwate y’amafaranga byishingira uburyozwe bwe ku byangijwe n’ingufu za kirimbuzi, ingano y’amafaranga, ubwoko n’ubisabwa ku bwishingizi bigenwa n’igihugu uruganda rurimo. Igihugu gifite uruganda rw'ingufu za kirimbuzi gikora ku buryo indishyi zishyuzwa ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi zishyurwa hatangwa amafaranga akenewe mu gihe ubwishingizi cyangwa ingwate y’amafranga byaba bidahagije ariko kandi uko kwishyura ku kaba kutarengeje urugero ntarengwa rwashyizweho hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya V. 2. Nta giteganywa na kimwe mu gika cya mbere cy’iyi ngingo gitegeka igihugu kiri muri aya Masezerano cyangwa igice kimwe mu bikigize nk’ ibihugu cyangwa Repubulika gufata ubwishingizi cyangwa indi ngwate y’amafaranga kugira byishyure uburyozwe nk’ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi. 3. Amafaranga akomoka ku bwishingizi, cyangwa ku ngwate y’amafaranga iyo ari yo yose cyangwa yatanzwe n’igihugu kirimo uruganda rw’ingufu za kirimbuzi hakurikijwe ibiteganywa n'igika cya 1 cy'iyi ngingo akoreshwa gusa mu kwishyura indishyi hubahirizwa aya Masezerano. 4. Nta mwishingizi n’umwe cyangwa undi utanga ingwate y’amafaranga ushobora guhagarika cyangwa gutesha agaciro ubwishingizi cyangwa ingwate y’amafaranga yatanzwe hakurikijwe ibiteganywa mu gika cya 1 cy’iyi ngingo adatanze intenguza yanditse nibura y’amezi abiri ku muyobozi w’igihugu ubifitiye ububasha cyangwa mu gihe ubwo bwishingizi cyangwa indi ngwate y’amafaranga bireba ubwikorezi bw’ibikoresho by’ingufu za kirimbuzi mu gihe cy’itwarwa ry’ibikoresho by’ingufu za kirimbuzi birebwa. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VIII,"Haseguriwe ibiteganywa n'aya Masezerano, ubwoko, imiterere n'ikigero cy'indishyi, kimwe ndetse n’isaranganywa mu buryo bungana, bigengwa n'itegeko ry'urukiko rubifitiye ububasha.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya IX,"1. Iyo ibiteganywa bw’uburyo bw’ubwishingizi bw’indwara bw’igihugu cyangwa bwa rusange, ubwisungane, ubwiteganyirize bw’abakozi, indishyi z'impanuka z’akaz cyangwa z'uburwayi bukomoka ku kazi bikubiyemo indishyi z'ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi, uburenganzira bw'abo zigenerwa kugira ngo bazibone hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano kimwe n'uburenganzira bwo kuzishyuza hakurikijwe ubwo buryo, ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi agenwa, hashingiwe ku biteganywa n’aya Masezerano, n'amategeko y'igihugu kiri muri aya Masezerano ubwo buryo bwashyizwemo cyangwa n’amabwiriza y'umuryango mpuzamahanga uhuriweho n’ibihugu washyizeho ubwo buryo. 2. (a) Iyo ununtu ari umwenegihugu w'igihugu kiri muri aya Masezrano, utari ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi, yishyushye indishyi z'Ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi hakurikijwe ibiteganywa n'amasezerano mpuzamahanga cyangwa hakurikijwe amategeko y'igihugu kitari muri aya Masezerano, uwo muntu agomba hagendewe ku mafaranga yishyuye guhabwa mu buryo bwo gusimbura uburenganzira buteganywa n'aya Masezerano bw'uwo muntu wahawe indishyi. Nta burenganzira na bumwe Bushobora guhabwa umuntu uwo ari we wese mu gihe ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi afite uburenganzira bwo gukurikirana uwo muntu hakurikijwe aya Masezerano. (b) Nta na kimwe mu biteganyw an'aya masezerano kibuza ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi wamaze kwishyura indishyi z'ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi akoresheje amafaranga atari ateganywa n'igika cya 1 cy'ingingo ya VII akomoka ku muntu utanga ubwishingire bukurikiza ibiteganywa n'icyo gika cyangwa akomoka ku gihugu gifite uruganda rw'ingufu za kirimbuzi, ku mafaranga yishyuye, igiteranyo umuntu wishyuwe indishyi yakabaye yarahawe hakurikijwe ibiteganywa n'aya masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya X,"Ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi agira uburenganzira bwo kujurira gusa: (a) iyo byateganyijwe mu buryo bweruye n’amasezerano yanditse; cyangwa (b) iyo impanuka y'ingufu za kirimbuzi yatewe n'ibyakozwe cyangwa ibyirengagijwe gukorwa hagamijwe kwangiza, bigacibwa uwo muntu wakoze cyangwa wirengagije gukora afite umugambi nk’uwo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XI,"1. Uretse ingingo yabiteganya ukundi, ububasha ku bikorwa biteganywa n'ingingo ya II bufitwe gusa n'inkiko z'igihugu kiri muri aya Masezerano impanuka y'ingufu za kirimbuzi yabereyemo ku butaka bwacyo 2. Iyo Impanuka y'ingufu za kirimbuzi yabereye hanze y’ubutaka bw’igihugu kiri muri aya Masezerano, cyangwa iyo ahabereye impanuka y'ingufu za kirimbuzi hadashoboora kugaragazwa neza, ububasha ibikorwa nk’ibyo bugirwa gusa n'inkiko z'igihugu kirimo uruganda rw'ingufu za kirimbuzi rw'ukoresha uruganda rw'ingufu za kirimbuzi uryozwa. 3. Iyo hakurikijwe ibiteganywa n'igika cya 1 cyangwa icya 2 by'iyi ngingo, ububasha bwaba ubw'inkiko z'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birenze kimwe, ububasha buba: (a) iyo impanuka y'ingufu za kirimbuzi igice cyayo cyabereye hanze y'igihugu kiri muri aya Masezerano n’igice kindi kikabera ku butaka bw’igihugu kimwe gusa kiri muri aya Masezerano, ububasha buba ubw’inkiko z’icyo gihugu kivugwa nyuma ; kandi (b) mu bindi bihe byose buhabwa inkiko z'igihugu kiri muri aya Masezerano cyagenwe n'amasezerano akozwe hagati y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano inkiko zabyo zabaye zifite ububasha hakurikijwe igika cya 1 cyangwa cya 2 cy’iyi ngingo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XII,"1. Urubanza rwabaye itegeko rwaciwe n’urukiko rubifitiye ububasha hakurikijwe ingingo ya XI ruzemerwa ku butaka bw’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano usibye: (a) iyo urubanza rwaciwe mu buriganya; (b) iyo uruhande rwatsinzwe rutabonye uburyo bwo kwiregura (c) iyo urubanza rwaciye runyuranyije n'amategeko ndemyagihugu y'igihugu kiri muri aya Masezerano urubanza rugomba kwemerwa ku butaka bwacyo, cyangwa udashingiye ku mahame remezo y'ubutabera. 2. Icyemezo ndakuka cyemewe, iyo gitanzwe ngo gishyirwe mu bikorwa hakurikijwe ibisabwa n’amategeko y’igihugu kiri muri aya Masezerano aho urubanza rugomba kurangirizwa, gishyirwa mu bikorwa bikorwa nk'aho ari icyemezo cy’urukiko rw’icyo gihugu kiri muri aya Masezerano. 3. Ibyashingiweho urubanza rucibwa ntibyifashishwa mu gutanga ikirego gishya. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XIII,"Aya Masezereno kimwe n'amategeko y'igihugu akurikizwa, bikurikizwa nta vangura iryo ari ryo ryose rishingiye ku bwenegihugu, aho umuntu atuye cyangwa aho acumbitse.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XIV,"Usibye ibirebana n’ingamba z’ishyirwa mu bikorwa, ubudahangarwa ku birebana n’inkiko hashingiwe ku mategeko y'igihugu cyangwa amategeko mpuzamahanga ntibishobora kwiyambazwa hashingiwe ku biteganywa n'aya Masezerano imbere y'inkiko zibifitiye ububasha hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XI.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XV,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bifata ingamba zikwiye kugira ngo indishyi z'ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi, inyungu n'ibiguzi bijyanye na zo byatanzwe n'urukiko, amafaranga atangwa ku bwishingizi no kongera kwishinganisha kimwe n'amafaranga atangwa n'ubwishingizi, ubundi mwishingire, cyangwa ubundi bwishingizi mu mafaranga cyangwa amafaranga atangwa n'igihugu kirimo uruganda rw'ingufu za kirimbuzi, hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano, avunjwa nta nkomyi mu bwoko bw'amafaranga y'igihugu kiri muri aya Masezerano ibyangijwe byari ku butaka bwacyo, ndetse n'ay'igihugu kiri muri aya Maasezerano usaba indishyi asanzwe afitemo icumbi kandi ku birebana n’amafaranga atangwa ku bwishingizi n’ubwishyu bw'ubwishingizi cyangwa kongera kwishinganisha bikavunjwa mu mafaranga y’amahanga yavuzwe mu masezerano y’ubwishingizi cyangwa yo kongera kwishinganisha. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XVI,Nta muntu n'umwe wemerewe guhabwa indishyi hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano kandi yarahawe indishyi ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi bimwe hakurikijwe andi masezerano mpuzamahanga yerekeye uburyozwe bw'indishyi mu bijyanye n'ingufu za kirimbuzi.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XVII,"Aya Masezerano ntashobora kugira icyo ahungabanya mu mibanire hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya ku ikurikizwa ry'ubwumvikane mpuzamahanga cyangwa amasezerano mpuzamahanga ku birebana n’ingufu za kirimbuzi akurikizwa, habe no kuyemerewe gushyirwaho umukono, agomba kwemezwa burundu cyangwa ayemerera igihugu kwemera kuba kimwe mu biyahuriyeho ku itariki aya Masezerano yemereweho gushyirwaho umukono. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XIX,"1. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gikoze amasezerano hakurkijwe ibiteganywa n'agace ka (b) k'igika cya 3 cy’ingingo ya XI kigomba kwihutira gushyikiriza Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi kugira ngo atange amakuru kandi atangaze ku bindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano inyandukuro y'ayo masezerano 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bigomba gushyikiriza Umuyobozi mukuru kugira ngo bimuhe amakuru kandi amenyeshe ibindi bihugu biyahuriyeho inyandukuro y’amategeko yabyo n’amabwiriza bijyanye byerekeranye n’ibigengwa n’aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XX,"Hatabangamiwe ukwivana mu ikurikizwa ry’aya Masezerano ku gihugu kiri muri aya Masezerano, haba kuyivanamo hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XXV cyangwa kuyivanamo hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XXVI, ibiteganywa n'aya Masezerano bikomeza kubahirizwa ku byangijwe ibyo ari byo byose n'ingufu za kirimbuzi byaterwa n'impanuka y'ingufu za kirimbuzi yabaye mbere yo kuyivanamo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXI,Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono n’ibihugu bihagarariwe mu nama mpuzamahanga yiga ku buryozwe bw'indishyi ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi yateraniye i Viyene kuva ku wa 29 Mata kugera ku wa 19 Gicurasi 1963.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXII,"Aya Masezerano yemezwa burundu, kandi inyandiko zo kuyemeza burundu zibikwa n'Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA," Ingingo ya XXIII","Aya Masezerano atangira gukurikizwa mu mezi atatu nyuma y'uko inyandiko ya gatanu yo kuyemeza burundu itanzwe kandi kuri buri gihugu kiyemeje burundu nyuma, mu mezi atatu nyuma y'uko gitanze inyandiko yacyo yo kuyemeza burundu.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXIV,"1. Ibihugu byose bigize Umuryango w'Abibumbye, cyangwa bigize ishami ryihariye iryo ari ryo ryose mu mashami yihariye yawo cyangwa bigize Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi bitari bihagarariwe mu nama mpuzamahanga yigaga ku buryozwe bw'indishyi ku byangijwe n'ingufu za kirimbuzi yateraniye i Viyene kuva ku wa 29 Mata kugeza ku wa 19 Gicurasi 1963, bishobora kwemera kuba bimwe mu bihugu biyahuriyeho. 2. Inyandiko zo kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano zishyikirizwa Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi 3. Aya Masezerano atangira gukurikizwa ku gihugu cyemeye kuba kimwe mu biyahuriyeho mu mezi atatu nyuma y'itariki cyatangiyeho inyandiko yacyo yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, ariko ntibibe mbere y'uko aya Masezerano atangira gukurikizwa hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XXIII.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXV,"1. Aya Masezerano akomeza gukurikizwa mu gihe cy'imyaka icumi uhereye ku itariki yatangiriye gukurikizwaho. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano, gishobora gutanga integuza nibura y’amezi cumi n’abiri mbere y’uko icyo gihe kirangira kibimenyesheje Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi byibura mu mezi cumi n'abiri mbere y'uko icyo gihe kirangira, ishyira iherezo ku ikurikizwa ry’aya Masezerano kuri cyo ubwacyo igihe cy’imyaka icumi kirangiye. 2. Aya Masezerano akomeza gukurikizwa nyuma y'icyo gihe cy'imyaka icumi, mu kindi cy'imyaka itanu kuri ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bitahagaritse kuyakurikiza hakurikijwe ibiteganywa n'igika cya 1 cy'iyi ngingo, ndetse na nyuma buri bihe bikurikirana by'imyaka itanu kuri buri kimwe muri ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bitahagaritse kuyakurikiza ku mpera z'ibyo bihe, bibimenyesheje Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi, bitanga integuza nibura y’amezi cumi n'abiri mbere yo kurangira kwa kimwe muri ibyo bihe. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXVI,"1. Inama itumizwa n’Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi igihe icyo ari cyo cyose nyuma y'irangira ry'igihe cy'imyaka itanu uhereye ku itariki aya Masezerano yatangiriye gukurikizwaho kugira ngo hasuzumwe ivugururwa, iyo kimwe cya gatatu cy'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byerekanye ko bibyifuza. 2. Igihugu icyo ari cyo cyose mu bihuriye kuri aya Masezerano gishobora kuyivanamo kimenyesha Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi mu gihe cy'amezi cumi n'abiri akurikira inama ya mbere y'ivugururwa yateranye hakurikjwe ibiteganywa n'igika cya 1 cy'iyi ngingo. 3. Kwivana muri aya Masezerano bigira agaciro umwaka umwe nyuma y'itariki imenyeshwa ryabyo ryakiriweho n'Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXVII,"Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi amenyesha ibihugu byatumiwe mu nama mpuzamahanga yiga uburyozwe ku ndishyi z'ibyangijwe n'ingufu za kirimbuzi yateraniye i Viyene kuva ku wa 29 Mata kugeza ku wa 19 Gicurasi 1963 kimwe n'ibihugu byemeye kuba bimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano mu buryo bukurikira: (a) imikono n'inyandiko zo kwemeza burundu aya Masezerano n'izo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho byakiriwe hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XXI, iya XXII n'iya XXIV; (b) itariki aya Masezerano atangirira gukurikizwa hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XXIII; (c) amamenyesha yo guhagarika no kwivana muri aya Masezerano yakiriwe hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XXV n'iya XXVI; (d) ubusabe bwo gutumiza inama y'ivugururwa hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XXVI. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXVIII,Aya Masezerano yandikishwa n'Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya 102 y'Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w'Abibumbye.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA Y'I VIYENE YEREKEYE UBURYOZWE BW'INDISHYI Z’IBYANGIJWE N'INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XXIX,"Inyandiko y'umwimerere y'aya Masezerano, iri mu ndimi z'Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n'Icyesipanyolo zose zinganya agaciro, ishyikirizwa Umuyobozi mukuru w'Ikigo mpuzamahanga cyita ku ngufu za kirimbuzi, na we agatanga inyandukuro zayo zihuje n’umwimerere.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije,Aya mabwiriza agenga imyifatire y’abahesha b’inkiko b’umwuga,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 2: Igisobanuro cy’umukiliya,"Muri aya mabwiriza, « umukiliya » bivuga umuntu wese usaba serivisi zitangwa n’umuhesha w’inkiko cyangwa wamuhaye ubutumwa.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya mbere : Inshingano rusange,Ingingo ya 3: Kurangwa n’ubunyamwuga,"Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba : 1 º gukora akazi ke mu buryo butabogamye, mu kinyabupfura, yicisha bugufi kandi yanga umugayo ; 2 º kwirinda gukoresha uburyo cyangwa kugira imyitwarire byatuma icyubahiro n’ubunyangamugayo biranga umwuga bihungabana ; 3 º kwirinda imyitwarire n’ibikorwa bishobora kubabaza, gutesha agaciro cyangwa gukomeretsa umutima w’umuntu uwo ari we wese; 4 º kwirinda gutanga inama zidakwiriye cyangwa ziterekeranye n’umwuga we ; 5 º kugira imyambarire iberanye n’umwuga akora; 6 º gukurikiza amategeko mu mikorere ye, kubaha no kwiyubaha; 7 º kwigirira icyizere no guharanira ukuri; 8 º kwishyura ku neza urubanza yatsinzwe, abisabwe n’ uwatsinze kandi nta mananiza.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya mbere : Inshingano rusange,Ingingo ya 4: Ubudakemwa,Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba: 1 º gukora inshingano ze z’umwuga mu budakemwa; 2 º kutakira impano kugira ngo akunde akore cyangwa yange gukora igikorwa kiri mu nshingano ze; 3 º kutakira ibindi bihembo by’inyongera ibyo ari byo byose mu gihe ari mu kazi ke.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya mbere : Inshingano rusange,Ingingo ya 5: Kwiyungura ubumenyi,"Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba gukora akazi ke atanyuranya n’amategeko n’imigenzo bisanzwe biranga umwuga. Kugira ngo ibyo bigerweho, Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba guhora yiyungura ubumenyi mu bijyanye n’umwuga no gukora ibishoboka mu kwiyungura no guteza imbere ubumenyi bw’umwuga we Mu kazi ke, umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba kugisha inama bagenzi be basangiye umwuga cyangwa undi muntu ubifitiye ubushobozi, mbere yo gukora igikorwa adafitemo ubumenyi buhagije. ",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya mbere : Inshingano rusange,Ingingo ya 6: Guhora yiteguye kwakira umugana no kwita ku bibazo bye,Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba guhora yiteguye kwakira abamugana no kwita ku bibazo byose agezwaho bijyanye n’inshingano ze. Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba guha umukiliya we ibisobanuro bya ngombwa kugira ngo asobanukirwe neza akazi kakozwe.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya mbere : Inshingano rusange,Ingingo ya 7: Kwirinda igongana ry’inyungu,"Haseguriwe ibiteganywa n’ingingo ya 63 y’Itegeko n° 12/2013 ryo ku wa 22/03/2013 rigenga umurimo w’abahesha b’inkiko, umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba kwirinda igongana ry’inyungu. Igongana ry’inyungu ribaho iyo: 1 º umuhesha w’inkiko w’umwuga ashyira imbere inyungu ze cyangwa iz’undi kurusha iz’umukiliya; 2 º asabwa gukorera imirimo ijyanye n’umwuga we umufatanyabikorwa cyangwa umunyamigabane w’isosiyete umuhesha w’inkiko akoreramo umwuga we. Iyo umuhesha w’inkiko w’umwuga abona hari igongana ry’inyungu, agomba guhita abimenyesha umukiliya we mu nyandiko, akagenera kopi Perezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko na Minisitiri w’Ubutabera. ",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 2: Inshingano yo kubahisha umwuga,Ingingo ya 8: Gutanga service inoze,"Umuhesha w’inkiko agomba kwirinda gukora umwuga we mu buryo bwatuma ireme rya serivisi atanga rikemangwa. Umuhesha w’inkiko w’umwuga ukeka ko zimwe muri serivisi asabwa cyangwa zose zishobora gutangwa neza n’undi muntu, agomba kubimenyesha umukiliya we mu nyandiko, akagenera kopi Perezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko na Minisitiri w’Ubutabera.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 2: Inshingano yo kubahisha umwuga,Ingingo ya 9: Guteza imbere umwuga,"Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba kugira uruhare mu guteza imbere umwuga ahanahana ubumenyi n’inarararibonye na bagenzi be, amenyereza umwuga abawinjiyemo, kandi yitabira amasomo n’amahugurwa ahoraho. ",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 2: Inshingano yo kubahisha umwuga,Ingingo ya 10: Ubufatanye mu kubahiriza itegeko,Abahesha b’inkiko bakora mu rwego rw’ubufatanye bagomba kureba ko ubufatanye bwabo kimwe n’abantu bose bakorana mu mwuga bubahiriza ibiteganywa n’Itegeko rigenga umwuga w’abahesha b’inkiko n’aya mabwiriza agenga imyitwarire y’abahesha b’inkiko b’umwuga.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 2: Inshingano yo kubahisha umwuga,Ingingo ya 11: Inshingano yo kwambara ikirango,Umuhesha w’inkiko w’umwuga uri mu kazi agomba kwambara ikirango cyabugenewe kimuranga.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 2: Inshingano yo kubahisha umwuga,Ingingo ya 12: Inshingano yo kugaragaza ikimugenza,"Umuhesha w’inkiko w’umwuga uri mu kazi agomba gusobanurira uwo agana ikimugenza mu kinyabupfura, atamuhutaje. Abujijwe gutanga ibisobanuro biyobya, cyangwa bigerageza kuyobya rubanda ku bushake.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 3: Inshingano umuhesha w’inkiko w’umwuga afite ku bakiliya,Ingingo ya 13: Inshingano yo kugirana amasezerano yanditse,Umuhesha w’Inkiko w’umwuga agomba kugirana amasezerano mu nyandiko n’umukiliya yerekeranye n’imikoranire yabo. Amasezerano yanditse avugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo agomba kugaragaza inshingano za buri wese n’igihembo bunvikanyweho.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 3: Inshingano umuhesha w’inkiko w’umwuga afite ku bakiliya,Ingingo ya 14: Kubahiriza amasezerano,"Umuhesha w’inkiko w’umwuga afite inshingano yo guha umukiliya serivisi nk’uko babyemeranije mu masezerano yabo keretse iyo atabishoboye kubera impamvu yumvikana. Iyo umuhesha w’inkiko w’umwuga yiyemeje kudaha serivisi umukiliya nk’uko baba babyiyemeje mu masezerano yabo, aha umukiliya integuza yanditse y’iminsi itatu (3). Icyo gihe, amasezerano yagiranye n’umukiliya araseswa, haba hari amafaranga yishyuwe arenga ku gaciro k’ibyo yakoze, akayasubiza umukiliya, hamwe na dosiye. Umuhesha w’inkiko w’umwuga kandi agomba kumenyesha mu nyandiko umukiliya impamvu zituma atamuha serivisi",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 3: Inshingano umuhesha w’inkiko w’umwuga afite ku bakiliya,Ingingo ya 15: Kwirinda guteza igihombo umukiliya,Umuhesha w’inkiko w’umwuga agomba gukora ibishoboka kugira ngo yirinde guteza umukiliya we igihombo cyashoboraga kwirindwa.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 3: Inshingano umuhesha w’inkiko w’umwuga afite ku bakiliya,Ingingo ya 16: Kubahiriza uburenganzira bw’umukiliya bwo gusuzuma cyangwa guhabwa kopi y’inyandiko,"Bitabangamiye ibiteganywa mu yandi mategeko, umuhesha w’inkiko agomba kubahiriza uburenganzira bw’umukiliya bwo gusuzuma cyangwa guhabwa kopi y’inyandiko. Umuhesha w’inkiko w’umwuga asubiza ubusabe bw’umukiliya mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) uhereye aho yasabiye kopi y’iyo nyandiko. Haseguriwe ku biteganywa n’izindi ngingo z’andi mategeko, umukiliya wese wasabye kopi y’inyandiko ayibona nta kiguzi.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 3: Inshingano umuhesha w’inkiko w’umwuga afite ku bakiliya,Ingingo ya 17: Uburenganzira bw’umuhesha w’inkiko bwo kwifashisha mugenzi we,Umuhesha w’inkiko w’umwuga ashobora kwiyambaza mugenzi we mu kuzuza inshingano ze.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Icyiciro cya 3: Inshingano umuhesha w’inkiko w’umwuga afite ku bakiliya,Ingingo ya 18: Inyandikomvugo y’irangizarubanza,"Umuhesha w’inkiko w’umwuga akora inyandikomvugo y’irangizarubanza, igaragaramo: 1 º amazina n’umukono w’umuhesha w’inkiko w’umwuga; 2 º amazina n’umukono by’uwatsinze urubanza; 3 º amazina n’umukono by’uwatsinzwe urubanza; 4 º amazina n’imikono y’abatangabuhamya babiri (2). Iyo ababuranye badahari, bishyirwa mu nyandiko mvugo y’irangizarubanza.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA III: IBIBUJIJWE,NA,Ingingo ya 19: Ibikorwa by’iyamamaza bitemewe,"Umuhesha w’inkiko w’umwuga abujijwe gukora cyangwa gutuma habaho igikorwa cy’iyamamaza cy’ikinyoma, cy’uburiganya cyangwa kituzuye cyangwa gishobora kuyobya rubanda.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA III: IBIBUJIJWE,NA,Ingingo ya 20: Kubuza gukoresha ikirango cya Minisiteri y’Ubutabera,"Nta muhesha w’inkiko w’umwuga wemerewe gukoresha ibirango bya Minisiteri y’Ubutabera mu buryo cyangwa impamvu iyo ari yo yose, uretse ku kirango kivugwa mu ngingo ya 11 y’aya mabwiriza.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA IV: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA,NA,Ingingo 21: Ibigize itangazo cyangwa ubutumwa bw’iyamamaza,Itangazo cyangwa ubutumwa bw’iyamamaza by’umuhesha w’inkiko w’umwuga biba bigizwe n’ibi bikurikira: 1 º amazina y’umuhesha w’inkiko w’umwuga; 2 º urwego rw’umuhesha w’inkiko; 3 º izina ry’ubwifatanye umuhesha w’inkiko akoreramo iyo buhari; 4 º nomero y’urubanza; 5 º urukiko rwaciye urubanza; 6 º amazina y’ababuranyi; 7 º aho igikorerwa itangazo cyangwa ubutumwa bw’iyamamaza giherereye; 8 º ikindi cyatuma itangazo cyangwa ubutumwa bw’iyamamaza bisobanuka.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA III: IBIBUJIJWE,NA,Ingingo ya 22: Ibihano,"Bitabangamiye uburyozwe mbonezamubano cyangwa nshinjabyaha, umuhesha w’inkiko w’umwuga utubahirije ibiteganywa n’aya mabwiriza agenga imyitwarire, ahanwa hakurikijwe ibiteganywa n’Itegeko rigenga umwuga w’abahesha b’inkiko n’amategeko ngengamikorere y’Urugaga rw’abahesha b’inkiko b’umwuga.",NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA III: IBIBUJIJWE,NA,Ingingo ya 23: Abashinzwe kubahiriza aya mabwiriza,Inama Nyobozi y’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga ishinzwe kubahiriza aya amabwiriza.,NA AMABWIRIZA YA MINISITIRI N°004/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 AGENGA IMYIFATIRE Y’ABAHESHA B’INKIKO B’UMWUGA,Amabwiriza,UMUTWE WA III: IBIBUJIJWE,NA,Ingingo ya 24: Igihe amabwiriza atangira gukurikizwa,"Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 02/11/2015",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya mbere : Ibisobanuro by’amagambo,"Muri aya Masezerano, usibye aho bisabwa ukundi: a) "" umutwe wo gutabara muri Afurika"" bivuga ingabo zashyizweho hashingiwe ku ngingo ya 2 y’Amasezerano yerekeye ishyirwaho ry’Akanama k’Amahoro n’Umutekano ka Afurika Yunze Ubumwe; b) ""inteko"" bivuga inteko y’abakuru b’ibihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano nk’uko yashyizweho hashingiwe ku ngingo ya 6(1) a) y’aya Masezerano; c) ""perezida w’inteko"" bivuga Perezida w’Inteko y’Abakuru b’ibihugu bigize EASF; d) ""perezida w’akanama"" bivuga Perezida w’Akanama ka ba Minisitiri b’ingabo n’umutekano muri EASF; e) ""komite y’abagaba b’ingabo"" cyangwa""EACDS"" bivuga Komite y’abagaba b’ingabo b’ibihugu bya Afurika y’i Burasirazuba byashyize umukono kuri aya Masezerano nk’uko biteganywa n’ igika cya mbere cy’ingingo ya 6 y’aya Masezerano. f) ""akanama""bivuga Akanama ka ba Minisitiri b’ingabo n’umutekano mu bihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano nk’uko biteganywa mu ngingo ya 6(1)(b) y’aya Masezerano; g) ""umuyobozi mukuru"" bivuga umuyobozi w’Ubunyamabanga bwa EASF; h) ""Umutwe wo gutabara mu Burasirazuba bw’ Afurika"" cyangwa ""EASF"" bivuga Umuryango wo mu karere uhuriweho n’ibihugu, washyizweho ku bufatanye bw’ibihugu byo mu karere k’Afurika y’i Burasirazuba mu kwimakaza amahoro, umutekano n’umudendezo mu karere ; i) "" ububiko bw’ibikoresho ""bivuga icyicaro gikuru cy’ ibikoresho cya EASF; j) ""Igihugu kiri muri aya Masezerano "" bivuga igihugu kiri muri Afurika y’i Burasirazuba kiri muri aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2 : Ishyirwaho n’ubuzimagatozi,"1) Umutwe wo gutabara mu burasirazuba bwa Afurika, nk’igice kimwe mu bigize amahoro n’umutekano muri Afurika, ushyizweho nk’urwego rwo mu karere rushinzwe gukumira, gucunga no gucyemura amakimbirane mu karere ka Afuruka y’i Burasirazuba. 2) EASF ifite ubuzimagatozi mu rwego mpuzamahanga bwo gukora umurimo wose uhabwa n’aya Masezerano. By’umwihariko, ufite ubushobozi bwo gukorana amasezerano, kubona no kugira umutungo, no gutanga ibirego mu izina ryawo bwite. 3) EASF, mu gukoresha ubuzimagatozi bwawo, ihagararirwa n’Umuyobozi mukuru w’Ubunyamabanga.",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3 : Intego,"Intego za EASF ni ugukora mu gihe gikwiye umurimo wo kubumbatira amahoro, umutekano n’umudendezo nk’uko ubyemererwa n’Inteko yawo kandi ukabishingwa n’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe amahoro n’umutekano,",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4 : Amahame,"1) EASF igendera ku mahame akubiye mu Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye, Itangazo Mpuzamahanga ry'Uburenganzira bwa Muntu, Amahame shingiro y'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Amasezerano yerekeye ishyirwaho ry’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe amahoro n’umutekano, n’andi Masezerano yo ku rwego rw’akarere cyangwa ku rwego mpuzamahanga. Amahame shingiro y'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Amasezerano yerekeye ishyirwaho ry’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe amahoro n’umutekano, n’andi Masezerano yo ku rwego rw’akarere cyangwa ku rwego mpuzamahanga.",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA, Ingingo ya 5 : Inshingano,"EASF ifite inshingano zo gukumira, gucunga no gucyemura amakimbirane nk’uko biteganywa muri gahunda y’amahoro n’umutekano muri Afurika.",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6 : Inzego za politiki za EASF," 1 ) Inzego za politiki za EASF ni: a) inteko y’abakuru b’ibihugu na guverinoma; b) akanama ka ba minisitiri b’ingabo n’umutekano;na c) komite y’abagaba b’ingabo 2) Inteko ishobora gushyiraho izindi nzego za ngombwa.",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 7 : Inteko y’Abakuru b’ibihugu na Guverinoma","1) Inteko igizwe n’Abakuru b’ibihugu na Guverinoma by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 2) Inteko ni urwego rusumba izindi rwa EASF. 3) Inteko ifite inshingano zikurikira:a) gushyiraho politiki, kuyobora no kugenzura imikorere y’Umutwe wo gutabara mu Burasirazuba bwa Afurika; b) gusuzuma ubusabe bwo kuba umunyamuryango wa EASF; c) gushyiraho inzego zose za EASF; d) gutanga uburenganzira bwo kohereza Umutwe wo gutabara mu Burasirazuba bwa Afurika hashingiwe ku Mahame shingiro y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’ Amasezerano ashyiraho Akanama k’ Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe Amahoro n’Umutekano; e) gushyiraho ukuriye ubutumwa, Umugaba w’ingabo, ukuriye itsinda ry’abasivile n’umukuru w’abapolisi bari mu butumwa, ibigiriwemo inama n’Akanama ku byerekeye ubutumwa bwigenga mu karere k’Afurika y’i Burasirazuba. 4) Iyo bibaye ngombwa, Inteko ishobora guha Akanama ka ba Minisitiri kuyihagararira muri zimwe mu nshingano zayo. 5) Inteko iterana byibuze rimwe mu mwaka n’igihe icyo ari cyo cyose bisabwe n’igihugu cyose kiri muri aya Masezerano kandi bikemezwa ku bwiganze bw’ibihugu biyahuriyeho. Inteko itora amategeko ngengamikorere yayo. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 8 : Akanama ka ba Minisitiri b’ingabo n’umutekano ","1) Akanama kagizwe na ba Minisitiri b’ingabo n’umutekano b’ibihugu bigize EASF bihuriye kuri aya Masezerano. 2) Akanama gafite inshingano zikurikira: a) gushyiraho Umuyobozi mukuru, Abayobozi b’amashami n’abayobozi b’inzego bya EASF; b) gucunga ibyerekeye EASF byose nk’uko bivugwa muri aya Masezerano kandi bigenwa n’Inteko. 3) Minisitiri w’ingabo n’umutekano w’igihugu kiyoboye Inteko ya EASF ni na we uyobora Akanama. 4) Akanama gashyikiriza Inteko amategeko ngengamikorere yako kugira ngo iyemeze. 5) Akanama gaterana byibuze kabiri mu mwaka. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9 : Komite y’abagaba b’ingabo,"1) EACDS igizwe n’abagaba b’ingabo b’ibihugu bya EASF bihuriye kuri aya Masezerano. 2) Inshingano za EACDS ni: a) gukora nka Komite njyanama mu bya gisirikare y’Akanama n’Inteko; b) kugenzura no kuyobora Ubunyamabanga mu gukora inshingano zabwo. 3) Umugaba w’ingabo w’igihugu kiyoboye Inteko ayobora kandi EACDS. 4) EACDS ishyikiriza amategeko ngengamikorere yayo Akanama kugira ngo kayemeze. 5) EACDS igira inama Akanama ku ntego, umubare w’abakozi, gahunda y’akazi k’umwaka n’ ingengo y’imari ya EASF. 6) Inama za EACDS zikorwa buri mwaka hakurikijwe igihugu kiyoboye Inteko. Iyo igihugu kidashobora cyangwa kidashaka kwakira, inama zibera ku cyicaro cy’ Umutwe wo gutabara cyangwa icy’ubunyamabanga. 7) EACDS iterana byibuze kabiri mu mwaka. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10 : Imiterere ya EASF,"EASF igira Ubunyamabanga, Icyicaro cy’Umutwe wo gutabara, Urwego rw’igenamigambi (PLANELM) n’Icyicaro cy’ibikoresho.",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11 : Ubunyamabanga,"1) Ubunyamabanga bugizwe n’Umuyobozi mukuru ari nawe ukuriye Ubunyamabanga bwa EASF, yungirijwe n’abayobozi b’amashami n’abandi bakozi ba ngombwa babunganira. 2) Umuyobozi mukuru afite ububasha ku miterere ya EASF akaba akuriwe na EACDS. 3) Inshingano z’Ubunyamabanga ni: a) gusesengura amakimbirane no kuburira byihuse; b) gutegurana ubuhanga ubutumwa; c) gutanga abakozi b’ibanze mu butumwa; d) kugenzura ubutumwa no gutuma bukorwa neza; e) ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba za EASF; f) ubukangurambaga mu gushakisha umutungo; g) imicungire y’imari ya EASF; h) kuyobora inama hagishwa inama abayobozi babishinzwe; i) gukora ibikorwa byerekeye imibanire mu bihugu, kwakira no gutangaza amakuru; j) guhuza Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Imiryango y’Ubukungu yo mu karere n’indi miryango ifite inshingano nk’iza EASF; k) gutangiza, gutegura no gusubiramo inyandiko za politiki za EASF kugira ngo zemezwe n’inzego za Politiki; no l) gukora indi mirimo ihawe n’inzego za politiki za EASF. 4) Ubunyamabanga bushyikiriza Umuyobozi mukuru wa EACDS raporo y’uruhererekane byibuze buri gihembwe, n’igihe cyose biri ngombwa . 5) Ubunyamabanga buherereye i Nairobi, muri Kenya. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12 : Icyicaro cy’ Umutwe wo gutabara,"1) Icyicaro cy’ Umutwe wo gutabara kigizwe n'ingabo zo ku rwego rw'akarere n'abakozi b'abasivili batijwe n'ibihugu bigize Umuryango; 2) Inshingano z’Icyicaro cy’ Umutwe wo gutabara ni: a) gukora nk’icyicaro gikuru cy’ubuyobozi cyo gutegura ingabo ; b) kuba icyicaro gikuru cy’ubuyobozi bw’ibikorwa by’ingabo zoherejwe mu butumwa; c) guhugura ingabo zo ku butaka, harimo no gutanga icyicaro cy’ingabo zihuriweho n’ibihugu; d) gutegura gahunda y’ibyihutirwa mu butumwa butaha; e) gusuzuma ibikenewe mu mahugurwa; f) gusuzuma abagize Umutwe wo gutabara mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano; g) gutanga amahugurwa mbere yo koherezwa mu butumwa; no h) guhugura abari ku cyicaro cy’umutwe igihe cyo koherezwa. 3) Icyicaro cy’ Umutwe wo gutabara giherereye Addis Ababa, Ethiopia. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13 : PLANELM,"1) PLANELM igizwe n’ingabo zo mu karere, abapolisi n’abakozi b’abasivili batijwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 2) Inshingano za PLANELM ni: a) gukora nk’icyicaro cy’igenamigambi rihuriweho n’ibihugu byinshi ibihe byose; b) kugira uruhare mu gutegura, no kugenzura ubutumwa igihe bwatangiye; no c) kuba igice cy’ ubutumwa (Mission HQ) kuva bugitangira. 3) PLANELM ifite icyicaro i Nairobi, muri Kenya. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14 : Ububiko bw’Ibikoresho,"1) Ububiko bw’Ibikoresho bugizwe n’ibyiciro bitandukanye by’ingabo zo mu karere, abapolisi n’abasivili batijwe bavuye mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 2) Inshingano z’Ububiko bw’Ibikoresho ni: a) gukora nk’icyicaro gikuru cy’ububiko bw’ibikoresho cyo mu karere ku byerekeye kubika ibikoresho byo gutangiza ubutumwa. b) gucunga ibikorwaremezo by’ibikoresho bya EASF; c) gutangira gahunda zihutirwa zafasha gutegura ubutumwa mu gihe kizaza; d) guhugura mu kubaka ubushobozi bw’abakozi bashinzwe gucunga ibikoresho; e) kuba ishingiro ry’abakozi bafasha mu butumwa; f) gutegura ku gihe amasezerano y’abakozi bafasha mu butumwa harimo ibijyanye n’urugamba n’uburyo bwo kubika no gutwara ibikoresho. 3) Ububiko bw’Ibikoresho n’ icyicaro cy’Ikigo cya EASF gitanga amahugurwa ku byerekeye icungwa ry’ibikoresho giherereye i Addis Ababa, Ethiopia. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA," Ingingo ya 15 : Kwiyemeza gutanga ingabo n’uburyo zoherezwa mu butumwa","1) Mu rwego rwo kuzuza inshingano z’Umutwe wo gutabara mu Burasirazuba bw’Afurika nk’uko biteganywa muri aya Masezerano, ibihugu biyahuriyeho byiyemeje :a) kwiyemeza gutanga ingabo n’ ibikoresho by’ibanze ku ngabo za EASF n’imiterere y’ubutumwa bwazo, no b) gutegura umutwe wemewe kugira ngo ukoreshwe mu bikorwa byo kubungabuga amahoro. 2) Kwiyemeza kohereza umutwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bisobanurwa mu yandi masezerano atandukanye n’aya. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16 : Amahugurwa n’Imyitozo,"1) Imyitozo ikorewe hamwe y’ingabo zasezeranyijwe EASF ireba buri gihugu kiri muri aya Masezerano. 2) Urwego rw’ubushobozi rw’imyitozo isabwa ku bakozi n’imitwe igenewe EASF bigerwaho hubahirijwe amabwiriza agenga imyitozo ya EASF. 3) Aya mahugurwa akubiyemo imyitozo yo kuyobora n’imyitozo yo ku rugamba ku rwego rw’igihugu no ku rwego mpuzamahanga. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17 : Uburenganzira bwihariye n’ubudahagarwa ,"1) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera guha EASF n’ abakozi bayo uburenganzira bwihariye n’ubudahangarwa bya ngombwa mu kurangiza neza inshingano zabo ku butaka bwabyo, nk’uko bihabwa abakozi b’indi miryango yo mu karere cyangwa yo ku rwego mpuzamahanga. 2) Igihugu gikorerwamo na EASF kiyiha hamwe n’abakozi bayo uburenganzira bwihariye n’ubudahangarwa mu kucyorohereza imirimo yacyo. Ubwo burenganzira bwihariye n’ubudahangarwa ntibigomba kuba hasi y’ubuhabwa indi miryango yo mu karere no ku rwego mpuzamahanga bifite imiterere imwe. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA," Ingingo ya 18 : Uburyo bwo gukusanya amafaranga ","1) Hashyizweho Ikigega cya EASF kigamije ibikorwa rusange by’Umuryango. 2) Umutugo w’Ikigega cya EASF ukomoka: a) imisanzu iva mu bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano itangwa hagendewe ku buryo bw’Iitangwa ry’misanzu y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; n’ b) impano n’inkunga biva mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano n’ahandi. 3) Hashyizweho Ikigega cy’Amahoro cya EASF, nk’ikigega cyihariye gikoreshwa mu kohereza ingabo mu butumwa bw’amahoro. 4) Amafaranga akoreshwa mu bikorwa by’amahoro akomoka: a) 12% by’ingengo y’imari y’umwaka harimo inkunga y’abafatanyabikorwa cyangwa indi Inteko ibona ari ngombwa; b) ibyabazwe birenga ku misanzu itaratangiwe igihe nk’uko bigenwa buri gihe n’Akanama; c) imisanzu itanzwe ku bushake n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano; d) inkunga n’impano zivuye ahandi harimo n’ubufasha buvuye mu Kigega Nyafurika gitera inkunga ibikorwa by’amahoro ; e) izindi nkomoko zigenwa n’inzego za Politiki. 5) Ikigega cya EASF kigenzurwa n’urwego rwigenga buri mwaka. Ibyavuye mu igenzura biratangazwa. 6) Ubunyamabanga bushaka ubushobozi mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano, abaterankunga, abafatanyabikorwa n’indi miryango mpuzamahanga. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19 : Gutanga ibihano,"Inteko igena ibihano bikwiye igihugu kiri muri aya Masezerano cyirengagiza gutanga umusanzu wacyo ku ngengo y’imari ya EASF mu gihe kirenze amezi mirongo itatu n’atandatu (36) mu buryo bumwe mu bukurikira: kutemererwa kuvuga mu nama, gutora, gutanga abakandida ku mwanya wose mu mutwe, cyangwa kugira inyungu mu gikorwa cyose cyawo, cyangwa ikindi gihano cyose Inteko ibona ko ari ngombwa.",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA, Ingingo ya 20 : Kwemererwa,"1) Igihugu cyose cyo mu karere ka Afurika y’i Burasirazuba gishobora kwandikira Perezida w’Inteko kibinyujije mu bunyamabanga gisaba kwemerwa nk’Igihugu kigize EASF. Perezida, amaze kubona ubwo busabe yohorereza inyandukuro zabwo ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano kugira ngo bibusuzume. 2) Kwemererwa byemezwa n’Inteko mu bwumvikane busesuye. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA," Ingingo ya 21 : Indimi zikoreshwa","Indimi zikoreshwa muri EASF ni Icyongereza, Icyarabu n’Igifaransa.",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 22 : Gushyiraho umukono, Kwemeza burundu no Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye muri aya Masezerano","1) Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono, kwemezwa burundu no kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, bishingiye ku nzira ziteganyijwe mu Mategeko Nshinga yabyo. 2) Inyandiko zo kwemeza burundu zishyikirizwa Umuyobozi Mukuru w’Ubunyamabanga, ushyikiriza inyandukuro zihuje n’umwimerere ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. 3) Igihugu cyose cyo mu karere k’ Afurika y’Uburasirazuba cyemeye kuba mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano nyuma y’uko atangiye gukurikizwa, gishyikiriza inyandiko ijyanye no kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho Umuyobozi w’Ubunyamabanga, na we agashyikiriza inyandukuro zihuje n’umwimerere zijyanye n’icyo gikorwa ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano akanazishyikiriza Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23 : Gutangira gukurikizwa,"1) Aya Masezerano atangira gukurikizwa by’agateganyo amaze gushyirwaho umukono n’Abakuru b’ibihugu na Guverinoma. Bityo, ibihugu biyashyizeho umukono n’Ubunyamabanga bitangira gushyira mu bikorwa ibiyateganyijwemo. 2) Aya Masezerano atangira gukurikizwa burundu hamaze gutangwa inyandiko zo kuyemeza burundu ku bwiganze busesuye bw’ibihugu biyahuriyeho. 3) Aya Masezerano asimbura Amasezerano y’ubwumvikane ashyiraho Umutwe wo gutabara mu Burasirazuba bwa Afurika yashyizweho umukono ku wa 29 Mutarama 2011. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 24 : Kuvugurura Amasezerano,"1) Igihugu cyose kiri muri aya Masezerano gishobora gusaba ivugururwa ryayo. 2) Gusaba kuvugurura aya Masezerano bisabwa Perezida w’Inteko, binyuze mu bunyamabanga, na we akabishyikiriza ibindi bihugu biyahuriyeho mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30) uhereye igihe ubusabe bwakiriwe. 3) Amavugururwa y’aya Masezerano yemezwa n’inteko rusange kandi agatangira gukurikizwa amaze kwemezwa hashingiwe ku ngingo ya 23(2) yayo. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 25 : Kwikura mu Masezerano ,"1) Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora kuyivanamo gitanga mu nyandiko integuza y’amezi cumi n’abiri (12) ishyikirizwa Perezida w’Inteko, igaragaza ubushake bwacyo bwo kuyavamo. 2) Muri iki gihe cy’amezi cumi n’abiri (12), Igihugu kiri muri aya Masezerano cyifuza kuyavamo cyuzuza ibyo ateganya kandi kigasabwa kuzuza inshingano zacyo kugeza ku itariki kizayaviramo. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 26 : Gucyemura amakimbirane,"1) Amakimbirane yose akomotse ku gusobanurwa cyangwa ku ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano acyemurwa mu bwumvikane na EACDS. Iyo ayo amakimbirane adakemutse, ashyikirizwa Akanama, hanyuma agashyikirizwa Inteko. 2) Iyo ayo amakimbirane adakemutse, ashyikirizwa Urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe rushinzwe gucyemura amakimbirane. ",NA AMASEZERANO ASHYIRAHO UMUTWE WO GUTABARA MU BURASIRAZUBA BWA AFURIKA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA, Ingingo ya 27 : Inyandiko z’inyongera ,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora gukora izindi nyandiko za ngombwa mu ishyirwa mu bikorwa ry’intego z’ayo. Bikozwe ku wa 26 Kamena 2014, mu nyandiko y’umwimerere yanditswe mu ndimi z’Icyongereza, Icyarabu n’Igifaransa, zose zinganya agaciro.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 1 : Ibisobanuro by'amagambo,"1. Uretse aho bisobanurwa ukundi, muri aya Masezerano; a. ""GUSHOZA INTAMBARA"" bivuga gukoresha imbaraga za gisirikare mu kuvogera ubutegetsi bw’igihugu, ubusugire bwacyo n'ubwigenge bw'igihugu kiri muri aya Masezerano. b. ""UBUFATANYE MU BWIRINZI NO GUTABARANA GUHURIWEHO"" bivuga ingamba zifatiwe hamwe n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kugira ngo habungabungwe amahoro, ituze n'umutekano mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. c. ""IGIKORWA GIHURIWEHO"" bivuga igikorwa icyo ari cyo cyose ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora kubona ko gikenewe harimo no gukoresha imbaraga za gisirikare mu gutabara igihugu kiri muri aya Masezerano. d. ""GUHUNGABANYA UMUTEKANO W'IGIHUGU"" bivuga gushishikariza gukora, gutegura, gushyira mu bikorwa cyangwa gufasha mu bihe bikurikira: . igitero kitwaje intwaro kibasira igihugu kiri muri aya Masezerano; ii. guteza akavuyo ku baturage cyangwa ku mitungo by'igihugu kiri muri aya Masezerano, bikorewe hanze cyangwa imbere ku butaka bw’igihugu kiri muri aya Masezerano; iii. igikorwa icyo ari cyo cyose kigamije guhindura ibiteganywa n'Itegeko Nshinga ry’igihugu kiri muri aya Masezerano hakoreshejwe uburyo bunyuranyije n'Itegeko Nshinga. e. ""IGIHUGU KIRI MURI AYA MASEZERANO"" bivuga igihugu cyashyize umukono kuri aya Masezerano. f. ""GUHUNGABANYA UMUTEKANO W'AKARERE"" bivuga igikorwa cy'ubugizi bwa nabi ku gihugu kiri muri aya Masezerano cyangwa ibihugu biyahuriyeho. g. ""IGIHUGU KITARI MURI AYA MASEZERANO"" bivuga igihugu cyangwa umuryango bitari muri aya Masezerano. h. ""KOMITE Y'ABAMINISITIRI"" bivuga ba Minisitiri b'ingabo b'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 1. AKARERE"" bivuga ubutaka bw’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2 : Intego n’ingeri z'ubufatanye,"1. Intego z'aya Masezerano ni izi zikurikira: a. Gushyiraho no gukoresha urwego rwo gutabarana. b. Gutegura, kwimakaza no gushyira mu bikorwa imirongo ngenderwaho na gahunda bigamije kwagura no gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano mu ngeri y’ubwirinzi hagamijwe inyungu zabyo byose. c. Kwimakaza amahoro, umutekano n'ubusugire mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano, n'imituranire myiza kugira ngo bishobore kurinda no kubumbatira ubuzima n'imitungo, imibereho myiza y'abaturage mu muryango no mu mibanire yabo kimwe no gushyiraho uburyo butuma habaho iterambere rirambye. d. Gutanguranwa ko habaho amakimbirane no kuyakumira. Mu gihe habaye amakimbirane, gutangira ibikorwa byo kubungabunga no kugarura amahoro mu rwego rwo gukemura ayo makimbirane. e. Kwimakaza no gushyira mu bikorwa gahunda z'ibikorwa byo kubungabunga amahoro no kwiyubaka nyuma y’amakimbirane mu rwego rwo kugarura amahoro no gukumira ko hakongera kuba ubushamirane. 2. Ingeri z’ubufatanye ni izi: a. Gukumira, gucunga no gukemura amakimbirane b. Gukumira jenoside b. Prevention of genocide b. Prévention du génocide c. Kurwanya iterabwoba d. Kurwanya no kurandura ubujura bwo mu mazi no mu kirere e. Ibikorwa byo kugarura amahoro f. Kugabanya, gucunga no gushaka ibisubizo ku biza g. Kugenzura ikwirakwizwa ry'intwaro nto zitemewe n'iry’izitaremereye h. Kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka n’ibyo kwambuka imipaka 1. Kumenya no kurwanya ubujura bw'amatungo J. Kurwanya ibyaha byateguwe k. Gushakisha, guhuza no gusangiza abandi amakuru yerekeye ibihungabanya umutekano bivuka n’ibisanzwe biriho ",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3 : Gukemura amakimbirane ,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikemura amakimbirane mpuzamahanga ayo ari yo yose, igihugu kimwe cyangwa byose mu bigize umuryango agaragayemo kandi mu nzira z'amahoro, hakurikijwe amahame y'Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w'Abibumbye ku buryo amahoroku rwego rw’akarere no ku rwego mpuzamahanga, umutekano ndetse n’ubutabera bishimangirwa.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4 : Imyiteguro ya gisirikare,"Kugira ngo intego z'aya Masezerano zigerweho mu buryo buboneye, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, ku giti cyabyo no mu bufatanye, bisigasira kandi bikagura ubushobozi bwabyo bwo kwirinda ubwabyo no mu bufatanye binyuze mu guhuza ibikorwa guhoraho.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5 : Ibiganiro,"Kugira ngo intego z'aya Masezerano zigerweho mu buryo buboneye, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, ku giti cyabyo no mu bufatanye, bisigasira kandi bikagura ubushobozi bwabyo bwo kwirinda ubwabyo no mu bufatanye binyuze mu guhuza ibikorwa guhoraho.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6 : Ubufatanye mu kwirinda ,"1. Ibihungabanya umutekano w'igihugu birimo n'ibitero by'abitwaje intwaro byibasira kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bifatwa nk'ibihungabanya umutekano w'akarere. Ibyo bihungabanya umutekano bihita bishakirwa umuti ku bufatanye bw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byose. 2. Igikorwa gihuriweho gisobanurwa kandi kikemererwa gukorwa n'Inama itumizwa na Perezida wayo. 3. Ibyo bihungabanya umutekano w'igihugu, harimo ibitero byitwaje intwaro, n'ingamba byafatiwe bihita bimenyeshwa Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ndetse n'Akanama k'Umuryango w'Abibumbye gashinzwe umutekano. ",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7 : Guhuza ibikorwa n'ubufatanye mu bwirinzi ,"Kugira ngo intego z'aya Masezerano zigerweho, ibihugu biyahuriyeho bigira imikoranire kandi bigahuza ibikorwa mu ngeri zose zijyanye n'ubwirinzi kandi bikoroshya mikoranire hagati y'ingabo n'inganda zifitanye isano n’ubwirinzi mu zindi ngeri z’inyungu bihuriyeho zikurikira: a. Imyitozo y'abasirikare mu ngeri iyo ari yo yose y’ibikorwa bya gisirikare kandi ku bw’iyo mpamvu gishobora hato na hato gukora igikorwa cya gisirikare gihuriweho ku butaka bw’ikindi gihugu. b. Gutegura no guhuza ingamba na politiki z'ubwirinzi zihuriweho, ubutumwa bw’ingabo, amahame no kuba maso. c. Guhuza ubutasi no guhana amakuru ku gikorwa cyo mu ngeri bireba. d. Guhuza ubushakashatsi, iterambere no gukora ibikoresho bya gisirikare, harimo intwaro n'ibisasu, ndetse no koroherezanya mu gutanga /cyangwa guhabwa ibikoresho na serivisi by'ubwirinzi mu nganda zifite aho zihuriye na bwo, ibigo by'ubushakashatsi mu by'ubwirinzi kimwe n'ingabo zabyo. e. Guhuza ibikorwa bya gisirikare",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8 : Amategeko y'inyongera,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora ku birebana n’ikibazo cyose kirebwa n'ibiteganyijwe n’aya Masezerano, gutegura aya mategeko no gushyiraho izo nzego n’uburyo bikoresha mu buryo bwihariye cyangwa bwa rusange, bukwiriye kugira ngo ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezeano rirusheho gushimangirwa mu buryo buboneye.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9 : Inkomoko y'umutungo,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bitera inkunga mu buryo bukwiye, inzego za ngombwa n’ibikorwa birebwa.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10 : Ibanga,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kudatangaza amakuru ayo ari yo yose byabonye mu gihe hashyirwa mu bikorwa ibiteganywa n'aya Maseserano, cyangwa andi masezerano bifitanye isano, usibye ku bakozi babyo bwite, uko gutangaza amakuru biba ari ngombwa kugira ngo aya Masezerano agere ku ntego yayo cyangwa se andi masezerano yakozwe hakurikijwe aya ngaya 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kandi kudakoresha amakuru ayo ari yo yose byabonye mu bufatanye ubwo ari bwo bwose hagati yabyo ku buryo bubangamiye cyangwa bunyuranyije n’inyungu z'ikindi gihugu kiri muri aya Masezerano. 3. Mu gihe cyo gushyira mu bikorwa aya Masezerano, abakozi b’abashyitsi bubahiriza amategeko yerekeranye n’umutekano w’igihugu kiri muri aya Masezerano kibakira. Amakuru ayo ari yo yose atangajwe cyangwa agaragarijwe abo bakozi akoreshwa hakurikijwe ibiteganywa n’iyi ngingo. ",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11 : Gukemura impaka,"Impaka izo ari zo zose zavuka hagati y'bihugu bihuriye kuri aya Masezerano zirebana n'ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano zikemurwa mu bwumvikane. Iyo zidakemutse, ikibazo gishyikirizwa Urukiko rw’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba cyangwa ubundi buryo bwumvikanyweho n'Ibihugu bihuriye kuri aya masezerano. ",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12 : Kwikura mu Masezerano.,Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora kuyivanamo nyuma y'amezi 12 uhereye igihe cyashyikiririje inyandiko imenyesha Inama kandi kigatakaza uburenganzira n'inyungu bikomoka kuri aya Masezerano.,NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13 : Ingingo zirengera,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano: Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora ku birebana n’ikibazo cyose kirebwa n'ibiteganyijwe n’aya Masezerano, gutegura aya mategeko no gushyiraho izo nzego n’uburyo bikoresha mu buryo bwihariye cyangwa bwa rusange, bukwiriye kugira ngo ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezeano rirusheho gushimangirwa mu buryo buboneye. b. Bizirikana amasezerano asanzwe yerekeye ubwirinzi, ku buryo ayo masezerano atagongana n'intego ndetse n'ibiteganywa n'aya Masezerano. 2. Iyo hari amasezerano asanzwe anyuranyije n'aya, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa, bikora ku buryo bivugurura ayo masezerano mu buryo bukwiye. 3. Nta na hamwe aya Masezerano abangamira uburenganzira n'inshingano by'ibihugu biyahuriyeho bikubiye mu Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye n’ashyiraho Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe. 4. Byongeye kandi, nta na hamwe aya Masezerano abangamira inshingano z'Akanama k'Umuryango w'Abibumbye gashinzwe umutekano mu kubungabunga amahoro n'umutekano ku isi. ",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14 : Umukono,"Aya Masezerano ashyirwaho umukono n'abahawe ububasha n’ibihugu byabo, bihuriye kuri aya Masezerano.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 15 : Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano","1. Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba bishobora kuba bimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano igihe cyose byaba bibyiteguye. 2. Aya Masezerano yemerera igihugu icyo ari cyo cyose kuba kimwe mu biyahuriyeho haseguriwe ko byemezwa n’ibihugu biyahuriyeho binyujijwe ku nzego nyobozi igihe icyo ari cyo cyose.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16 : Amavugururwa ,"1. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora gutanga icyifuzo cyo kuyavugurura. 2.Ibyo byifuzo bishyikirizwa inzego bireba maze zikamenyesha Inama ibifataho umwanzuro. 3. Ivugururwa ry'aya Masezerano ryemezwa ku bwumvikane bw'ibihugu biyahuriyeho. ",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17 : Gusubiramo aya Masezerano,Aya Masezerano asubirwamo nyuma ya buri myaka itatu.,NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18 : Kurenga kuri aya Masezerano ,"Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora kugaragariza Inama ugukeka kurenga kuri aya Masezerano, igashinga inzego bireba gukora iperereza, gutangaho raporo n’ibyifuzonama bigashyikirzwa Inama.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19 : Gushyira mu bikorwa aya Masezerano,"Abayobozi b'ingabo bagomba gushyiraho inzego, imiterere na politiki bikenewe mu ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano bitarenze ku wa 30 Werurwe 2014 kugira ngo byemezwe na Komite y'Abaminisitiri, hanyuma bigezwe ku Nama.",NA AMASEZERANO Y’UBUFATANYE MU KWIRINDA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20 : Igihe Amasezerano atangirira gukurikizwa,"Aya Masezerano atangira gukurikizwa ibihugu biyahuriyeho bikimara kuyemeza burundu. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifata ubwacyo gufata ingamba zihutiwe mu gihe cy'amezi atandatu uhereye igihe cyayashyiriyeho umukono kugira ngo gishyire mu bikorwa ibiteganywa nayo.",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigenga Komite itoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu. Rigena kandi inshingano, imiterere n’imikorere byayo.",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 2: Ibisobanuro by’amagambo,"Muri iri teka, amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1° Komisiyo: Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu; 2° Komite: Komite itoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri muri Komisiyo; 3° Minisiteri: Minisiteri ifite iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu mu nshingano. ",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 3: Ubwigenge,"Komite irigenga mu mikorere yayo. Mu gutoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri, Komite igendera ku mahame yo gukorera mu mucyo no kutabogama.",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA II: INSHINGANO,NA,Ingingo ya 4: Inshingano,"Komite imaze kumenyeshwa na Guverinoma ihagarariwe na Minisiteri ko hari umwanya w’Ubukomiseri utarimo umuntu, ifite inshingano yo gutoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri, igashyikiriza Guverinoma",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya mbere: Imiterere,Ingingo ya 5: Abagize Komite,1° umuntu umwe (1) uturuka mu miryango nyarwanda itari iya Leta iharanira guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu; 2° umuntu umwe (1) uturuka muri Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya mbere: Imiterere,Ingingo ya 6: Ibisabwa kugira ngo umuntu abe mu bagize Komite,Kugira ngo umuntu abe mu bagize Komite agomba kuba yujuje ibi bikurikira: 1° kuba ari Umunyarwanda; 2° kuba ari inyangamugayo; 3° kuba afite ubunararibonye mu mirimo y’ubuyobozi mu nzego za Leta cyangwa izitari iza Leta;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya mbere: Imiterere,Ingingo ya 7: Manda y’abagize Komite,Abagize Komite bagira manda y’imyaka itanu (5) ishobora kongerwa inshuro imwe. Ugize Komite uvuye mu mwanya asimburwa mu gihe kitarenze amezi atandatu,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya mbere: Imiterere,Ingingo ya 8: Kureka kuba ugize Komite,Umuntu areka kuba ugize Komite iyo: 1° arangije manda; 2° yeguye akoresheje inyandiko;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya mbere: Imiterere,Ingingo ya 9: Isimburwa ry’ugize Komite,Isimburwa ry’ugize Komite rikorwa hakurikijwe ibiteganywa n’iri teka. Ugize Komite mushya atangira manda ye.,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 10: Inzego,Komite igizwe n’inzego zikurikira: 1° Inama; 2° Biro.,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 11: Abagize Inama,Inama igizwe n’abagize Komite bose kandi ni rwo rwego rukuru rufata ibyemezo.,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 12: Inshingano z’Inama,Inama ifite inshingano zikurikira: 1° kwemeza gahunda y’akazi Komite izakora; 2° kwemeza inyandiko zose za ngombwa zijyanye no gusimbura Umukomiseri n’amatangazo ahamagarira abantu bujuje ibisabwa gutanga kandidatire zabo;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 13: Abagize Biro,Biro ya Komite igizwe na Perezida n’umwanditsi batorwa na bagenzi babo mu nama ya mbere ya Komite.,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 14: Inshingano za Biro,Biro ya Komite ifite inshingano zikurikira: 1° gutegura gahunda y’akazi Komite izakora; 2° gutegura amabwiriza agenga itangwa ry’ikizamini gikorwa ku buryo bw’ikiganiro kigamije gutoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri no kuyashyikiriza Inama;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 15: Inshingano za Perezida,1° kuyobora Komite no guhuza ibikorwa byayo. Iyo adahari asimburwa n’umukuru mu myaka mu bagize Komite; 2° kumenyesha inzego ziturukamo Abakomiseri umwanya utarimo Umukomiseri;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 16: Inshingano z’Umwanditsi,Umwanditsi afite inshingano zikurikira: 1° gutegura inyandiko z’inama za Komite no kuzigeza ku bayigize;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 17: Imikorere,"Komite ikora ku buryo budahoraho. Abagize Komite bakomeza akazi kabo basanganywe. Mu gihe cyo gutoranya abakandida bo gusimbura Umukomiseri utakiri mu mwanya, Komite iterana iminsi itarenze cumi n’itanu (15).",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,"Ingingo ya 18: Aho Komite ikorera, uburyo n’ibikoresho ikenera","Komisiyo igenera Komite aho ikorera, ibikoresho byo mu biro n’ahabikwa amadosiye.",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 19: Ingengo y’imari y’ibigenerwa abagize Komite,NA,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 20: Itumizwa n’iyoborwa by’inama,Inama ya Komite itumizwa mu nyandiko kandi ikayoborwa na Perezida cyangwa umukuru mu myaka mu bagize Komite igihe Perezida adahari.,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 21: Iterana ry’inama z’Inama,Inama ya Komite iterana iyo nibura bitatu bya gatanu (3/5) by’abayigize bitabiriye inama.,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 22: Ifatwa ry’ibyemezo by’Inama,"Ibyemezo by’Inama bifatwa ku bwumvikane busesuye bw’abayigize. Iyo ubwumvikane butabonetse, ibyemezo bifatwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abari mu nama.",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 23: Itangwa rya raporo y’itoranywa ry’abakandida,"Komite imaze kubaza abakandida mu buryo bw’ikiganiro ku mwanya w’Ubukomiseri, ishyikiriza Guverinoma ibinyujije kuri Minisiteri raporo ikubiyemo ibi bikurikira: 1° urutonde rw’imyanya yatangajwe n’umubare w’abakandida bayisabye;",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 24: Insimburamubyizi ku bagize Komite,Abagize Komite bagenerwa insimburamubyizi kuri buri munsi bitabiriye imirimo ya Komite mu buryo bukurikira: 1° Perezida: ibihumbi ijana na mirongo irindwi na kimwe magana ane makumyabiri n’icyenda by’amafaranga y’u Rwanda (171.429 FRW) mbumbe;,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 25: Amafaranga y’itumanaho ku bagize Komite,"Mu gihe cyo gutoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri, abagize Komite bagenerwa amafaranga y’itumanaho atangwa inshuro imwe ku buryo bukurikira: 1° Perezida: ibihumbi mirongo itandatu by’amafaranga y’u Rwanda (60.000 FRW) atahanwa;",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 26: Koroherezwa urugendo,Perezida cyangwa ugize Komite bagenerwa indamunite zigendanye n’ibirometero hakurikijwe amabwiriza ya Minisitiri ufite ubwikorezi mu nshingano nk’uko bisanzwe bikorwa ku bakozi ba Leta bo ku rwego rwa E kuri Perezida na F ku bagize Komite.,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA III: IMITERERE YA KOMITE N’INZEGO ZAYO,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 27: Ubwishingizi ku ndwara no ku byago bikomoka ku kazi,Komisiyo ifatira ugize Komite ubwishingizi ku ndwara iyo adasanzwe abufite. Iyo ugize Komite atari umukozi wa Leta,NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA V: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 28: Abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka,"Minisitiri w’Intebe, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka.",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA V: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 29: Ivanwaho ry’iteka n’ingingo zinyuranyije n’iri teka,"Iteka rya Perezida n° 72/01 ryo ku wa 12/03/2014 rishyiraho Komite itoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu kandi rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byayo, n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho.",NA ITEKA RYA PEREZIDA Nº 122/01 RYO KU WA 28/12/2021 RIGENGA KOMITE ITORANYA ABAKANDIDA KU MWANYA W’UBUKOMISERI MURI KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU,ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA V: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 2: Imiterere y’inzego n’inshingano zazo,Ingingo ya 30: Igihe iri teka ritangirira gukurikizwa,"Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 28/12/2021",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 1: IBISOBANURO,"Muri aya Masezerano, usibye aho ryasobanura ukundi «Ingabo» bisobanura ingabo zose, ziri mu bubasha bw’abakuru b’ingabo z’igihugu mu bihugu bigize Umuryango «Umuryango» bisobanura Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba washyizweho hakurikijwe ingingo ya 2 y’Amasezerano. «Inama y’Abaminisitiri» bisobanura inama y’abaminisitiri b’ibihugu bigize Umuryango iteganywa n’inginyo ya 9 y’Amasezerano. «Komite ngishwanama» bisobanura inama ya komite ku byerekeye ubufatanye mu bya gisirikare ishyirwaho hakurikijwe ingingo ya 10 y’aya Masezerano y’Inyongera. «Amatsinda y’inzobere mu bya gisirikare» bisobanura amatsinda akora nk’inzobere ateganywa mu ngingo ya 10 y’aya Masezerano y’Inyongera. «ibijyanye n'igisirikare» bisobanura ibikorwa byose bishobora gukorwa hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera. «imicungire y’ibiza» bisobanura ibyemezo n’ibikorwa bigamije gukumira, kugabanya cyangwa koroshya ingaruka ziterwa n’ibiza cyangwa umuntu. «imyitozo ihuriweho» bisobanura imyitozo, ibikorwa n’ugusubiramo imyitozo bikorwa bihuriweho n’Ingabo z’ibihugu bigize Umuryango. «ibikorwa bihuriweho» bisobanura ibikorwa birimo guhuriza hamwe ibikorwa by’Ingabo na kimwe mu bihugu bigize Umuryango. «imyitozo ya gisirikare» bisobanura imyitozo yose irimo Ingabo z’ibihugu bigize Umuryango «Ibihugu bigize Umuryango» bisobanura Repubulika y’u Burundi, Repubulika ya Kenya, Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Repubulika y’u Rwanda, Repubulika ya Uganda n’ikindi gihugu cyose cyemerewe kuba ikigize Umuryango; «Ibikorwa byo kubungabunga amahoro» bisobanura kubungabunga amahoro n’ibikorwa byo kuyimakaza; «Amasezerano» bisobanura aya Masezerano y’Inyongera y’ubufatanye mu bya gisirikare n’indi migereka iyo ari yo yose yawo; «gushakisha no gutabara» bisobanura igikorwa cyose gikorwa mu rwego rwo gushakisha no gutabara abakozi bari mu byago ku butaka cyangwa mu nyanja; «Umunyamabanga Mukuru» bivuga Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uteganywa mu ngingo ya 67 y’Amasezerano; « Komite y’abayobozi bakuru b'ingabo» bisobanura Komite y'abayobozi bakuru b'ingabo z'ubufatanye mu bya gisirikare iteganywa mu ngingo ya 10 y’Amasezerano y’Inyongera. « iterabwoba » bisobanura- (a)igikorwa cyose gikozwe ku bushake kinyuranyije n’amategeko mpanabyaha y’igihugu kimwe mu bigize Umuryango kandi gishobora gushyira mu kaga ubuzima, ubusugire cyangwa ubwisanzure by’umuntu runaka, cyangwa gishobora gukomeretsa cyane cyangwa gutera urupfu ugize itsinda cyangwa itsinda runaka ry’abantu cyangwa cyahungabanya cyangwa gishobora guhungabanya umutungo wa Leta cyangwa umutungo bwite, umutungo kamere, ibidukikije cyangwa umutungo ndangamurage: (i) guhatira, gutera ubwoba, gukoresha ingufu, gukoresha agahato cyangwa gutuma Leta iyo ari yo yose, ikigo, urwego, cyangwa ishami rya kimwe muri ibi, gukora cyangwa ntirikore igikorwa cyose, cyangwa rikemera cyangwa ntiryemere igitekerezo, cyangwa rigakora hagendewe ku mahame amwe n’amwe; cyangwa (ii) guhungabanya serivisi yose ya Leta, gutanga serivisi yose y’ingenzi ku baturage cyangwa guteza imidugararo muri rubanda cyangwa guteza ubugande bwo kwivumbagatanya mu gihugu kigize Umuryango; (b) ukwimakaza, ugutera inkunga, ukugira uruhare, kuyobora, gufasha, ugushishikariza, ugushyigikira, kugerageza, ibikangisho, gucura umugambi, gutegura cyangwa guha isoko umuntu wese hagamijwe gukora igikorwa cyose kivugwa mu gika cya (a), (i) n’icya (ii); «Amasezerano» bisobanura Amasezerano ashyiraho Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 2: IBIREBWA N'UBUFATANY,"1. Igihugu kiri mu bigize Umuryango kigira ubufatanye mu bikorwa bitandukanye kandi kikagira imikoranire n’imiryango mpuzamahanga n’iyo mu karere mu kwimakaza amahoro, n’umutekano mu Muryango. 2. Hatabangamiwe ibiteganywa n’iyi ngingo, ibihugu bigize Umuryango byemera kugirana ubufatanye n’ibindi bihugu muri ibi bikurikira: (a) imyitozo ya gisirikare; (b) ibikorwa bihuriweho; (c) ubufatanye mu bya tekiniki; (d) ingendo-shuri no guhanahana amakuru . ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 3: INTEGO,"Intego z’aya Masezerano y’Inyongera ni: (a) Gushyiraho, kwimakaza no gukurikiza politiki na gahunda zigamije kwagura no gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu bigize Umuryango mu bya gisirikare hagamijwe inyungu rusange. (b) Kwimakaza amahoro n’umutekano n’imibanire myiza hagati y’ibihugu bigize Umuryango hagamijwe gushimangira kurengera no kubungabunga ubuzima n’umutungo, imibereho myiza y’abaturage mu Muryango n'aho batuye ; ndetse no gushyiraho amabwiriza anoze agamije iterambere rirambye. (c) Gutanguranwa no gukumira hakiri kare amakimbirane. Mu gihe havutse amakimbirane mu rwego rwo kugarura amahoro no kuyimakaza ibikorwa byo kubungabunga no kugarura amahoro kugira ngo ayo makimbirane akemuke. (d) kwimakaza no gushyira mu bikorwa gahunda yo kubungabunga amahoro n’ibikorwa byo kwiyubaka nyuma y’amakimbirane hagamijwe gushyigikira amahoro no gukumira irindi hohoterwa ryavuka. (e) Guhuza ibikorwa no guhuza imbaraga mu karere mu rwego rwo gukumira no kurwanya iterabwoba mpuzamahanga mu buryo rikorwamo bwose. (f) kwiyemeza gukora ibyo bikorwa bishamikiye ku bufatanye mu bya gisirikare bibarirwa mu zindi ntego z’Umuryango, nk’uko ibihugu bigize Umuryango bishobora kubigena igihe cyose. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 4: AMAHAME NSHINGIRO,"Amahame shingiro ibihugu bigize Umuryango bigenderaho mu gushyira mu bikorwa intego z’Umuryango hakurikijwe aya Masezerano y'Inyongera harimo: (a) Kwizerana, ubushake bwa politiki n’ubusugire bungana; (b) Kubana no guturana mu mahoro; (c) gukemura impaka mu mahoro (d) imiyoborere myiza irimo kwemera amahame ya demokarasi, Leta igendera ku mategeko, kubazwa inshingano, gukorera mu mucyo, ubutabera mu muryango, amahirwe angana, uburinganire n’ubwuzuzanye ndetse ngo kuzirikana, guteza imbere no kubungabunga uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage hakurikijwe Amasezerano Nyafurika yerekeye Uburenganzira bwa Muntu n’ubw’Abaturage; (e) Gusaranganya ku buryo bungana ibyiza byagezweho; n’ (f) ubufatanye bugamije inyungu rusange ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 5: AMAHAME Y’IMIKORERE,"1. Amahame y’imikorere agenga ibyagezweho bigaragara byerekeye intego z’aya Masezerano y’ Inyongera birimo: (b) kugira ibyangombwa nkenerwa nka za politiki ziboneye n’ibikorwa remezo by’ibanze byose biteganywa n‘ibihugu bigize Umuryango; (d) amahame y’ubwisungane yibanda ku ruhare rw’inzego zinyuranye n’abafatanyabikorwa batandukanye muri gahunda yo kwihuriza hamwe kw’ibihugu; (c) ihame ryo gushyira mu gaciro rituma haterwa intambwe mu rwego rw’ubufatanye hagati y’ibihugu bigize Umuryango mu rwego rwo kurushaho kwagura uburyo bwo kwihuriza hamwe mu byiciro binyuranye kandi bikihutishwa; (d) isaranganywa ku buryo bungana ry’inyungu zinjijwe cyangwa zikomoka ku bikorwa by’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’ingamba zigamije kuvanaho ubusumbane bushobora guterwa n’ibyo bikorwa; (e) ihame ry’ubwuzuzanye; na (f) ihame ry’ivuguruzanya. 2. Ibihugu bigize Umuryango byiyemeje kubahiriza amahame y’imiyoborere myiza irimo kwemera amahame ya demokarasi, kugendera ku mategeko, ubutabera kuri bose, no kubungabunga amahame yerekeye uburenganzira bwa muntu yemewe ku isi hose. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 6: AMAHUGURWA MU BYA GISIRIKARE,"Ibihugu bigize Umuryango byemeranya gufatanya mu bijyanye n’amahugurwa mu bya gisirikare. Kubera iyo mpamvu, ingabo z’ibihugu bigize Umuryango: (a) zihana akazi mu nzego zishinzwe amahugurwa ya gisirikare n’ibikoresho by’amahugurwa n'izindi nshingano izo ari zo zose za gisirikare zijyanye n’amahugurwa nk’uko bishobora kwemeranywaho; (b) kwihatira gukora inama n’amahugurwa bihuriweho ; (c) guhanahana abanyeshuri n’abayobozi mu bakozi bashinzwe amahugurwa n’ibigo n’amashuri yabo bahugurirwamo; (d) gukora amahugurwa mu bikorwa byo kubungabunga amahoro nk’uko byemeranyijwe no guhuriza hamwe amasomo yabo n’imirongo ngenderwaho irebana n'ibikorwa byo kubungabunga amahoro; no (e) gutegura imyitozo y’amahugurwa ahuriweho mu micungire y’ibiza, kurwanya iterabwoba n’ibikorwa byo gushakisha no gutabara. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 7: IBIKORWA BIHURIWEHO,"Ibihugu bigize Umuryango byiyemeje gukora ibikorwa bihuriweho. Kubera iyo mpamvu, ingabo z’ibihugu bigize Umuryango bigirana ubufatanye mu byerekeye: (a) guhangana n’ibiza no gukora ibikorwa by’ubushakashatsi n’ubutabazi, gushyiraho no gushyira mu bikorwa uburyo bukwiye bwo gufasha inzego za gisivile n’ibindi bijyanye na byo nk’uko bishobora kumvikanwaho. (b) gufatanya gushyiraho uburyo bwo gukora ibikorwa byo kubungabunga amahoro hagendewe ku murongo w’Umuryango w’Abibumbye no ku Masezerano ashyiraho Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. (c) gufasha urwego rwa gisivile mu kwambura intwaro, kugenzura inyanja n’ubugenzuzi bwo gushyiraho uburyo bwo kumenyesha mbere no kurwanya iterabwoba no kwiba amatungo. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 8: UBUFATANYE MU BYA TEKINIKI,"Ibihugu bigize Umuryango byiyemeza gufatanya mu bya tekiniki. Kubera iyo mpamvu, ingabo z’ibihugu bigize Umuryango zifatanya mu: (a) gutanga no kwakira ibikoresho bisimbura ibyashaje, ibyo gukoresha, ibyo gusana n’ibyo gufata neza ibikoresho bya gisirikare; (b) ubushakashatsi n’iterambere mu bya gisirikare no guhana ibikoresho by’ubushakashatsi; (c) gushyiraho no gufata neza ibikoresho by’itumanaho kandi bitekanye hagati y’abagaba b’ingabo babyo kandi bishyira imbere itumanaho rusange mu nzego zinyuranye kugira ngo byongere ubufatanye mu bya gisirikare; (d) gushyigikira ikoreshwa rihuriweho ry’inganda n’ibikoresho bya gisirikare. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 9: INGENDO SHURI NO GUHANAHANA AMAKURU,"1. Ibihugu bigize Umuryango byemeranyijwe gufatanya mu ngendo-shuri no guhanahana amakuru. 2. Mu gika cya mbere, ingabo z’ibihugu bigize Umuryango zifatanya mu rwego rw’ingendo shuri, mu guhanahana amakuru no gusangizanya ibijyanye n’umuco, mu kurasa no mu marushanwa y’imikino hagamijwe gukomeza ubufatanye n’ubucuti hagati y’ingabo z’ibihugu bigize Umuryango. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 10: UBURYO BWO GUHUZA IBIKORWA BY’INZEGO,"Inzego zishinzwe guhuza ibikorwa by’ingabo z’ibihugu bigize Umuryango w'Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba zishyizweho ku buryo bukurikira: 1. Inama y’Abaminisitiri ishinzwe ubufatanye mu bya gisirikare; 2. Komite Ngishwanama mu bijyanye n’ubufatanye mu bya gisirikare; 3. Komite y’abayobozi bakuru b’ingabo ishinzwe ubufatanye mu bya gisirikare; 4. Amatsinda y’inzobere mu bya gisirikare. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 11: ABAGIZE INAMA Y’ABAMINISITIRI N’INSHINGANO ZAYO,"1.Inama y’Abaminisitiri igizwe n’Abaminisitiri b’ibihugu bigize Umuryango bashinzwe ibya gisirikare. 2. Inshingano z’Inama y'Abaminisitiri ni izi zikurikira: (a) gufata ibyemezo no gushyiraho politiki nk’uko bigenwa n’Inama y’Abakuru b’Ibihugu; no (b) gushyira mu bikorwa ibyemezo by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu. (c) gusuzuma no kwemeza raporo za Komite Ngishwanama no guhuza ibikorwa byayo; ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 12: ABAGIZE KOMITE NGISHWANAMA N’INSHINGANO ZABO,"1. Komite Ngishwanama igizwe n’Abanyamabanga Bahoraho b’ibihugu bigize Umuryango bashinzwe ibya gisirikare n’ubuyobozi bukuru bw’ingabo. 2. Inshingano za Komite Ngishwanama ni izi zikurikira: (a) gukurikirana no gusuzuma buri gihe ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri; no (c) gusuzuma no kwemeza raporo za Komite y’Abayobozi Bakuru b’ingabo no guhuza ibikorwa byayo; ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 13: ABAGIZE KOMITE Y’ABAYOBOZI BAKURU B’INGABO N’INSHINGANO ZAYO,"1. Komite y’Abayobozi Bakuru b’ingabo igizwe n’abasirikare bakuru b’Ingabo n’abandi basirikare bakuru igihugu kigize Umuryango gishobora kugena. 2. Inshingano za Komite y’Abayobozi Bakuru b’Ingabo ni: (a) gutegura gahunda inoze y’ishyirwa mu bikorwa no gushyiraho ibyitabwaho mbere bijyanye n’ubufatanye mu bya gisirikare (b) gushyikiriza igihe cyose raporo n’ibyifuzo Komite ngishwanama ku birebana n’ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano y’Inyongera. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO 14: AMATSINDA Y’INZOBERE MU BYA GISIRIKARE,"Amatsinda y’inzobere mu bya gisirikare igihe cyose ashobora kuba agizwe n’Inama y’Abaminisitiri ishinzwe ubufatanye mu bya gisirikare hagamijwe gukora izo nshingano mu gihe Inama y’Abaminisitiri ishobora kubona ari ngombwa. Amatsinda y’inzobere mu bya gisirikare ashinzwe gukora izo nshingano agena uburyo bwayo bw’imikorere.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 15: BIRO ZISHINZWE GUHUZA IBIKORWA,"1. Biro zishinzwe guhuza ibikorwa zishyirwaho ku buryo bukurikira: (a) Biro ishinzwe guhuza ibikorwa bya gisirikare; (b) Ibiro by’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba kuri buri Buyobozi bukuru bw’Ingabo; (c) ibindi biro byose bishobora gushyirwaho n’Inama y’Abaminisitiri. 2. Biro ishinzwe guhuza ibikorwa bya gisirikare mu Bunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba: (a) bikorerwamo n’abayobozi bakuru b’ingabo batari munsi y’ipeti rya Koloneri, mu gihe cy’imyaka itatu, ishobora kongerwa. Bashyirwa mu cyiciro cy’abakozi by’Umuryango; (b) muri Komite y’Abayobozi Bakuru b’ingabo mu bijyanye n’ubufatanye mu bya gisirikare, bishinzwe ibijyanye n’Umuryango; keretse ibijyanye n’ibikorwa bya gisirikare bijyanye n’imikorere. 3. Inshingano za Biro ishinzwe guhuza ibikorwa bya gisirikare: (a) gutanga umurongo wo guhuza ibikorwa hagati y’Ingabo z’ibihugu bigize Umuryango n’Ubunyamabanga; (b) gukora ibikorwa by’ubushakashatsi ku bibazo byose bya gisirikare byumvikanyweho; no (c) izindi nshingano zishobora kugenwa n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango. 4. Buri mukozi ushinzwe guhuza ibikorwa bya gisirikare: (a) aha Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango raporo y’ibyerekeye ubuyobozi akanatanga raporo y’ibijyanye n’ingabo ku buyobozi bukuru bw’ingabo z’ibihugu bigize Umuryango; (b) agengwa n’amategeko areba abakozi n’amabwiriza y’Ubunyamabanga yiyongera ku mategeko ya gisirikare y’Ibihugu byabo; (c ) akora ku buryo inyandiko z’ibanga abitse zidakoreshwa n’umuntu utabifitiye uburenganzira. 5. Mu gihe umukozi ushinzwe guhuza ibikorwa bya gisirikare yitwaye nabi, Umunyamabanga Mukuru abimenyesha Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo z’Igihugu kimwe mu bigize Umuryango bireba kandi agatanga inama zikwiye, harimo no kuvanaho umukozi. 6. hagomba kubaho Umuyobozi w’abakozi b'ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa bya gisirikare ushyirwaho hakurikijwe imigirire y’Umuryango. 7. Umuyobozi ashinzwe: (a) guhuza ibikorwa hagati y’ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa bya gisirikare n’Umunyamabanga Mukuru. (b) guhuza no gushyira mu bikorwa gahunda za gisirikare n’ibyemezo by’Ubunyamabanga bw’Umuryango. (c) gukora izindi nshingano ashobora guhabwa n’Umunyamabanga Mukuru. 8. hagomba kujyaho ibiro ku Buyobozi bukuru bw’ingabo muri buri gihugu kigize Umuryango bikitwa Ibiro by’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba. 9. Ibiro by’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba bihuza ibikorwa hagati y’Ubuyobozi bukuru bw’ingabo n’Ubunyamabanga. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 16: UBURENGANZIRA BWO KWINJIRA NO KUGENDA KU NGABO,"1. Ibihugu bigize Umuryango bigirana ubufatanye mu bijyanye n’uburenganzira bwo kwinjira no kugenda ku ngabo zabyo. 2. Mu gika cya mbere, Ingabo z’ibihugu bigize Umuryango, zumvikana buri gihe: (a) gukoresha ikibuga cy’indege cya gisirikari, ibyambu n’ibikoresho byo ku butaka byifashishwa mu ngendo-shuri, amahugurwa, imyitozo, kunywesha amavuta, koga n’izindi mpamvu zemewe zo mu rwego rwa gisirikare; (b) kubona ibikoresho bya gisirikare by’ikindi gihugu hakurikijwe ubwo buryo bushobora kumvikanwaho; 3. Ibihugu bigize Umuryango bisonerwa ubwishingizi butegetswe, uruhushya rwo kwiyandikisha, ikiguzi cy’igerageza cyangwa kwishyura, amahoro, umusoro n’andi mafaranga atangwa ku bwato, imodoka n’indege by’abashyitsi b’ingabo z’Igihugu mu bigize Umuryango; 4. Ibihugu bigize Umuryango byemerera abagize Ingabo z’Igihugu kigize Umuryango kwinjira ku butaka bw’ibindi bihugu bigize Umuryango ari uko berekanye impapuro z’inzira zifite agaciro kandi bakurikiza amabwiriza agenga imisoro nk’uko akurikizwa n’abagize Ingabo bo mu gihugu kigize Umuryango cyabakiriye. 5. Ibihugu bigize Umuryango bigenzura imiterere y’Ingabo zabyo mu gihe zasuye ikindi gihugu hakurikijwe amasezerano ku miterere y’ingabo ari ku mugereka “A”. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 17: AMASEZERANO Y'UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Ibihugu bigize Umuryango byiyemeza kugirana imishyikirano no kugirana amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare mu gihe cy’umwaka umwe uhereye igihe aya Masezerano y’Inyongera atangirira gukurikizwa.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 18: ISHYIRWA MU BIKORWA RY'AMASEZERANO,"1. Ibihugu bigize Umuryango byiyemeza gukora ku buryo ingamba zerekeye amabwiriza cyangwa izerekeye ubutegetsi bw’igihugu bya ngombwa bishyirwaho ku butaka bwabyo kugira ngo horoshywe ishyirwa mu bikorwa ry’ibiteganywa n’aya Masezerano y’Inyongera. 2. Ibihugu bigize Umuryango bishyiraho, bikabungabunga kandi bigasubira mu ngamba na gahunda y’ibikorwa hagamijwe gushyira mu bikorwa aya Masezerano y’Inyongera. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO 19: UBWUMVIKANE KU BYEREKEYE IMARI,"1. Ibihugu bigize Umuryango byumvikana gufatanya amafaranga akoreshwa mu bikorwa byose bihuriweho by’amahugurwa, ubufatanye mu mikorere na tekiniki hashingiwe ku byemeranyijweho mu bwumvikane. 2. Amafaranga yishyurwa ku mahugurwa y’abakozi ba buri gihugu agenwa ku buryo butandukanye n’ibigo by’amahugurwa butandukanye kandi akishyurwa gutyo. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 20: IBANGA RY’AMAKURU,"1. Ibihugu bigize Umuryango byemeranya kutamena ibanga ry’amakuru bifite arebana n’ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano y’Inyongera keretse ku bakozi babyo iryo tangazwa riba ari ngombwa kugira ngo aya Masezerano y’Ingera ashyirwe mu bikorwa. 2. Ibihugu bigize Umuryango bikora ku buryo igihe cyose abo bakozi bagira ibanga. 3. Ibihugu bigize Umuryango ntibikoresha amakuru yagizwe ibanga bikomora mu bufatanye ubwo ari bwo bwose hagati y’ibihugu byinshi ku buryo byabangamira kimwe muri byo. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 21: UBUKEMURAMPAKA,"1. Mu gihe havutse impaka hagati y’ibihugu bibiri cyangwa byinshi bigize Umuryango zirebana n’isobanurwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano y’Inyongera, ibihugu birebwa n’izo mpaka bizikemura mu nzira z’imishyikirano kimwe n’ubundi buryo bushoboka bwo gukemura impaka. 2. Iyo ibihugu bigize Umuryango birebwa bidashoboye kumvikana nk’uko biteganywa mu gika cya mbere, ibyo bihugu cyangwa Umunyamabanga Mukuru ashobora gushyikiriza izo mpaka Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba hakurikijwe ingingo ya 28 n’iya 29 z’Amasezerano ashyiraho Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba. 3. Icyemezo cy’Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba cyerekeye impaka rwashyikirijwe ni ndakuka.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 22: IVUGURURWA,Aya Masezerano ashobora kuvugururwa hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 150 y’Amasezerano ashyiraho Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 23: IMIGEREKA,"1. Imigereka iri kuri aya Masezerano y’Inyongera ni igice kiyagize. 2. Ibihugu bigize Umuryango byemeranya iyo kumvikana ku yindi migereka mu zindi ngeri z’ubufatanye mu bya gisirikari zishingiye kuri aya Masezerano y’Inyongera mu gihe bibona ko afite akamaro kandi ari ngombwa . ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"INGINGO YA 24: ISANO IRI HAGATI Y’AYA MASEZERANO Y’INYONGERA N’AYANDI MASEZERANO Y’INYONGERA ASHINGIYE KU MASEZERANO ASHYIRAHO UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA","1. Aya Masezerano y’Inyongera azirikana ko hariho andi Masezerano y’Inyongera ku zindi ngeri z’ubufatanye zijyanye n’ubufatanye mu bya gisirikare mu Muryango. 2. Ibihugu bigize Umuryango byungurana inama kandi bigafatanya ku byerekeranye n’andi Masezerano y’Inyongera hagamijwe kugera ku ntego z’aya Masezerano y’Inyongera no kwirinda kubangamira kugera ku ntego n’amahame by’ayo mategeko cyangwa ukundi kunyuranya hagati y’ishyirwa mu bikorwa ry’ayo mategeko n’aya Masezerano y’Inyongera. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 25: ISANO IRI HAGATI Y’AYA MASEZERANO N’ANDI MASEZERANO YO MU KARERE CYANGWA MPUZAMAHANGA,"Ibiteganywa n’aya Masezerano ntibibangamira uburenganzira n’inshingano by’igihugu kigize Umuryango ku birebana n’Amasezerano ahari yo mu karere cyangwa mpuzamahanga, keretse mu gihe gushyira mu bikorwa ubwo burenganzira n’inshingano byaba bibangamiye ishyirwa mu bikorwa ry’intego z’aya Masezerano y’Inyongera.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 26: IGIHE AYA MASEZERANO ATANGIRIRA GUKURIKIZWA,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa ari uko ibihugu byose bigize Umuryango biyemeje burundu kandi bigashyikiriza Umunyamabanga Mukuru inyandiko ziyemeza burundu. 2. Agitangira gukurikizwa, aya Masezerano ahita asimbura Amasezerano y’imikoranire yerekeye ubufatanye mu bya gisirikare yashyizweho umukono n’ibihugu bigize Umuryango ku wa 30 Ugushyingo 2001.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 27: USHINZWE KUBIKA NO KWANDIKISHA,"1. Aya Masezerano n’inyandiko ziyemeza burundu bishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru na we akoherereza ibihugu byose bigize Umuryango inyandukuro zihuje n’umwimerere. 2. Umunyamabanga Mukuru yandikisha aya Masezerano mu Bunyamabanga bw’Umuryango w’ Afurika Yunze Ubumwe, Umuryango w’Abibumbye no ku yindi miryango Inama y’Abaminisitiri yagena. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA 28: INGINGO IZIGAMA,"Inzego na gahunda z’ubufatanye mu bya gisirikare byariho mbere y’aya Masezerano y’Inyongera bihurizwa hamwe hakurikijwe uburyo bw’imiterere y’aya Masezerano y’Inyongera. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA Y’UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA YEREKEYE UBUFATANYE MU BYA GISIRIKARE,Amasezerano mpuzamahanga,IMITERERE Y’AMASEZERANO Y’INGABO HAGATI Y'IBIHUGU BIGIZE UMURYANGO W’IBIHUGU BYA AFURIKA Y’IBURASIRAZUBA,NA,NA,"Ibihugu bigize Umuryango byagiranye Amasezerano akurikira yerekeye imiterere y’ingabo mu gihe cy’ingendo-shuri z’imyitozo ya gisirikare n’ibindi bibazo bijyanye byemewe n’aya Amasezerano y’Inyongera. Ingeri z’ubufatanye 1. Ibihugu bigize Umuryango byemeranya cyane cyane kugirana ubufatanye mu nzego zikurikira 1. Ibihugu bigize Umuryango byemeranya cyane cyane kugirana ubufatanye mu nzego zikurikira b. ibikorwa bihuriweho c. ubufatanye mu bya tekiniki d. ingendo-shuri no guhanahana amakuru Uburenganzira bwo kwinjira no kugenda 2.(a) Ibihugu bigize Umuryango bisura ingabo mu ruzinduko rw’akazi bihabwa uburenganzira bwo kwinjira no gusohoka mu gihugu byasuye ari uko byerekanye ibyangombwa by’akazi n’urupapuro rw’inzira rufite agaciro. (b) Inzego zibifitiye ububasha zikora ku buryo abakozi n’ibikoresho byinjizwa cyangwa bisanzwe bihari bimenyeshwa mbere inzego bireba z’igihugu kigize Umuryango cyakira kugira ngo horoshye ibisabwa n’ubuyobozi. (c) Abasirikare basuye bashobora gukoresha ikibuga cy’indege cya gisirikari, ibyambu n’ibikoresho byo ku butaka byifashishwa mu ngendo-shuri, amahugurwa, imyitozo, kunywesha amavuta, koga n’izindi mpamvu za gisirikare zemewe. (d) Abasirikare basuye abandi b’igihugu kigize Umuryango bafite uburenganzira bwo kubona ibikoresho by’abo basuye nabo bakabona ibyabasuye hakurikijwe uburyo bwumvikanyweho; (e) Ibihugu bigize Umuryango bisonerwa ubwishingizi butegetswe, uruhushya rwo kwiyandikisha, ikiguzi cy’igerageza cyangwa ubwishyu, amahoro, umusoro n’andi mafaranga atangwa ku bwato, imodoka n’indege by’abashyitsi b’ingabo z’Igihugu kigize Umuryango. (f) Igihugu cyasuwe n’ingabo z’ikindi gihugu kigize Umuryango giharanira umutekano w’abasirikare b’ingabo zagisuye n’uw’ibikoresho byabo. Impuzankano n’intwaro 3. Abasirikare bagize ingabo ziri mu ruzinduko rw’akazi cyangwa mu myitozo bashobora kwambara impuzankano yabo iriho ikirango. Bashobora gutunga cyangwa gutwara intwaro igihe babyemerewe n’inzego zibifitiye ububasha bamaze kubijyaho inama kandi haseguriwe amabwiriza n’umurongo ngenderwaho byerekeye umutekano n'ibitegekwa n'igihugu kigize Umuryango zasuye kibinyujije mu nzego zacyo zibifitiye ububasha. Ikiguzi 4. Ikiguzi cy’ingendo mu biteganywa n’aya Masezerano y’Inyongera cyishyurwa n’ibihugu byohereje ingabo, cyangwa kikishyurwa mu bundi buryo bwakwemeranywaho n’ibihugu bigize Umuryango. Kurengerwa n’amategeko y’igihugu cyasuwe 5. Mu gihe cy’imyitozo, cy’uruzinduko cyangwa mu gihe cyo kurangiza izindi nshingano za gisirikare zizwi mu bihugu byazakiriye, ingabo zifite uburenganzira bwo kurengerwa n’amategeko y’icyo gihugu. Ububasha no kubahiriza amategeko 6. Hejuru y’ibitegangwa mu ngingo rusange zerekeye kurengera amategeko zavuzwe mu ngingo ibanza, ingingo zikurikira zirakurikizwa (a) Ingabo zishinzwe gusura umwe mu ngabo zishobora gukoresha mu gihugu cyasuwe kigize Umuryango ububasha ku bijyanye n’imyitwarire ya gisirikare, zihabwa n’amategeko y’igihugu kigize Umuryango ziturukamo. (b) Inkiko z’igihugu cyakiriye ingabo zishobora gukoresha ububasha zifite ku bagize ingabo zagisuye mu bijyanye n’ibyaha bikorerwa ku butaka bwacyo kandi bihanwa n’amategeko yacyo. 7. Iyo uburenganzira bwo gukoresha ububasha buhuriweho n’ingabo z’ibihugu byombi, ingabo ziri mu ruzinduko ni zo zifata iya mbere mu gukoresha ububasha zifite iyo: (a) icyaha gikorewe ku mutungo cyangwa umutekano w’igihugu cy’ingabo ziri mu ruzinduko cyangwa gikorewe ku mutungo cyangwa gikorewe undi muntu mu bagize izo ngabo; cyangwa (b) icyaha gikomoka ku gikorwa cyangwa kudakora ishingano z’akazi kandi igihugu cyakiriye ingabo kikemeza ko nta nyungu ihari ikomeye yatuma icyaha kiburanishwa n’inkiko zacyo. 8. Mu bindi bihe, inkiko z’igihugu cyakiriye ingabo z’ikindi gihugu zifite uburenganzira bw’ibanze bwo gukoresha ububasha ku byaha bikorerwa muri icyo gihugu kandi bihanwa n’amategeko yacyo. Iyo habayeho urubanza rujyanye n’icyo cyaha, uregwa afite uburenganzira bwose bw’ibanze bwo gucirwa urubanza rutabera kandi vuba hakurikijwe amategeko. 9. Igihugu cyakiriye ingabo, n'ingabo zasuye igihugu bifatanya mu gufata abakoze ibyaha hagamijwe kubahererekanya hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 6 y’aya Masezerano. Bifatanya kandi mu iperereza no kubona ibimenyetso bijyanye n’ibyaha byakozwe n’abagize itsinda ry’ingabo ziri mu ruzinduko mu gihugu cyakiriye. Ibirego n'uburyozwe 10. Buri gihugu kigize Umuryango cyiyemeza gukuraho ikirego icyo ari cyo cyose kirega ikindi gihugu, umusirikare mukuru, intasi, umukozi b’ikindi gihugu ku ngaruka zatewe n’abakozi bacyo harimo n’ibyateje urupfu ku bakozi bacyo impanuka abakozi bacyo cyangwa ingaruka , gutakaza umutungo w’icyo gihugu iyo ibyo byago, urupfu, konona umutungo cyangwa ibihombo bitewe no gukora cyangwa kudakora kw’ikindi gihugu, umusirikare mukuru, umukozi cyangwa intasi y’icyo gihugu mu gihe bakora inshingano zijyanye n’aya Masezerano y’Inyongera. 11. (a) Hakurikijwe amategeko yacyo, igihugu cyakiriye gikemura ibirego by’izindi mpande bishingiye ku bikorwa abagize ingabo ziri mu ruzinduko zagizemo uruhare usibye ibishingiye ku masezerano. (b) Iyo ikirego runaka kivutse kubera gukora cyangwa kudakora kw’ingabo ziri mu ruzinduko cyangwa umwe mu bakozi bazo bigatera ibikomere, urupfu, igihombo cyangwa kwangiza imitungo arimo gukora inshingano z’akazi zijyanye n’aya Masezerano y’Inyongera, igihugu cyakiriye kishyuza ingabo ziri mu ruzinduko 50% by’ikiguzi cyo kubikemura. Ku bw’iyi ngingo, ikiguzi kibarirwamo amafaranga yose akoreshwa n’igihugu cyakiriye ingabo mu gukemura ikibazo. 12. Ku byerekeye ibirego biterwa no gukora cyangwa kudakora inshingano z’akazi zitajyanye n’aya Masezerano y’Inyongera, igihugu cyakiriye ingabo gisuzuma ikirego mu buryo butabera kandi bukwiye gishingiye ku mpamvu zose amategeko n’imigirire bihabwa agaciro ku butaka bwacyo, kikoherereza raporo ibihugu bikomokamo ingabo ziri mu ruzinduko kugira ngo biyisuzume kandi byishyure indishyi. Iyo amafaranga y’izo ndishyi ajyanye n’kirego yemejwe, igihugu ingabo ziturukamo cyishyura izo ndishyi binyuze ku gihugu cyakiriye. Nta giteganyijwe n’iyi ngingo kibangamira ububasha bw’inkiko za kimwe mu bihugu bigize Umuryango bwo gusuzuma ibirego biregwa Leta, abakozi bayo ku myenda yerekaranye n’amasezerano cyangwa ikomoka ku byaha keretse ibaye yarishyuwe. Umisoro 13. Abagize ingabo ziri mu ruzinduko basonerwa umusoro ku nyungu n’undi musoro wose wakwa hakurikijwe amategeko y’igihugu cyasuwe ku mushahara, ibyo bagenerwa n’uduhimbazamusyi n'ibindi bihembo bahabwa nk’abagize ingabo. Kohereza abakozi no kohereza amafaranga hagati y’igihugu cyakiriye n’igihugu cyohereje ingabo byemewe gukorwa nta kiguzi. Gutumiza no kohereza mu mahanga 14. Buri gihugu cyose mu bigize Umuryango cyemerera abakozi b’ingabo ziri mu ruzinduko mu gihe cy’amezi arenga atatu yo gutumiza nta mahoro mu gihugu cyabakiriye ibikoresho byabo ku giti cyabo ndetse n’ibikoresho byo mu ngo n’ibindi bikoresho n’imodoka imwe yihariye bakoresha mu bikorwa byabo. Ibyo bicuruzwa batumiza ku buntu bishobora kongera koherezwa ku bushake kandi nta mahoro. Ikoreshwa ryose ry’ibi bicuruzwa mu gihugu cyakiriye ingabo mu buryo bwo kugurisha cyangwa ubundi buryo byishyurirwa amahoro hakurikijwe amategeko akoreshwa. Impushya zo gutwara ibinyabiziga 15. Igihugu kigize Ibijyanye n’ubuzima Umuryango cyemera uruhushya 16. Ingabo z’igihugu ziri mu ruzinduko zishyura ikiguzi cy’ubuvuzi, ubw’amaso, amenyo no guhabwa ibitaro ku bagize ingabo ziri mu ruzinduko n’ikiguzi cyo kubimura ngo bavurizwe ahandi mu gihe ubuvuzi bifuza budahari. Icyakora, igihugu cyakiriye ingabo gitanga ku buntu ubuvuzi bworoheje. mpuzamahanga rugifite agaciro rwo gutwara ibinyabiziga cyangwa ibyemezo byo gutwara bihabwa abagize ingabo muri buri gihugu. Gukemura impaka 17.(a) Impaka izo ari zo zose zirebana n’isobanurwa cyangwa ikurikizwa ry’aya Masezerano zikemurwa binyuze mu biganiro hagati y’ibihugu bigize Umuryango. (b) Iyo ibihugu bigize Umuryango birebwa bidashoboye kumvikana nk’uko biteganywa mu gika cya mbere, impaka zishobora gushyikirizwa Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 28 n’iya 29 z’Amasezerano ashyiraho Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, bikozwe n’igihugu cyangwa Umunyamabanga Mukuru. (c) Icyemezo cy’Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba cyangwaku mpaka izo ari zo zose rwashyikirijwe ni ndakuka. Ivugururwa 18. Ibihugu bigize Umuryango bishobora igihe cyose gusuzuma cyangwa kuvugurura ingingo z’aya Masezerano bisabwe na kimwe mu bihugu bigize umuryango. 19. Ivugururwa iryo ari ryo ryose ry’aya Masezerano rikurikije ibiteganywa n’igika kibanza ritangira gukurikizwa hamaze gushyirwa umukono ku mugereka w’aya Masezerano arimo iryo vugururwa ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA I: Ishyirwaho ry'Ikigo,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishyizeho Ikigo mpuzamahanga gishinzwe ingufu za kirimbuzi (muri aya Masezerano kiswe “Ikigo”) hashingiwe ku mategeko n'amabwiriza bikurikira.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA II: Intego,"Ikigo cyihatira kwihutisha no kwagura uruhare rw’ingufu za kirimbuzi ku mahoro, ubuzima n’iterambere ku isi. Gikora ku buryo, mu bushobozi bwacyo, ubwo bufasha gitanga cyangwa ku busabe bwacyo cyangwa binyuze mu igenzura ryacyo budakoreshwa ku buryo byafasha intego iyo ari yo yose ya gisirikare.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya III: Imirimo,"A. Ikigo cyemerewe: 1. Gushyigikira no gufasha ubushakashatsi, iterambere no gushyira mu bikorwa ingufu za kirimbuzi zikoreshwa ku mpamvu mahoro ku isi yose; kandi, iyo kibisabwe, gikora nk'umuhuza hagamijwe gutanga serivisi serivisi cyangwa yo gutanga ibikoresho cyangwa inyubako bikozwe n'igihugu kinyamuryango cy'Ikigo kubera ikindi; no gukora igikorwa icyo ari cyo cyose cyangwa serivisi bifite akamaro mu bushakashatsi, ku iterambere cyangwa ku gushyira mu bikorwa ingufu za kirimbuzi ku mpamvu z’amahoro; 2. Gutanga, hakurikijwe aya Masezerano, ibikoresho, serivisi n’inyubako kugira ngo haboneke ibikenewe mu bushakashatsi, mu iterambere, no mu ishyirwa mu bikorwa no guteza imbere no gushyira mu bikorwa, ingufu za kirimbuzi ku mpamvu z’amahoro, harimo no kubyaza ingufu z’amashanyarazi, hitabwa ku bikenewe by’uturere tw’isi tutaratera imbere; 3. Guteza imbere ihanahana ry’amakuru y'ubumenyi na tekiniki ku ikoreshwa ry’ingufu za kirimbuzi ku mpamvu z'amahoro; 4. Gushishikariza guhana no guhugura abahanga n'inzobere mu bijyanye no gukoresha ingufu za kirimbuzi ku mpamvu z'amahoro ; 5. Gushyiraho no guha umurongo umutekano washyizweho kugira ngo harebwe niba ibikoresho bikenewe n'ibindi bikoresho, serivisi, inyubako n'amakuru yatanzwe n'Ikigo cyangwa kiyasabye cyangwa ari cyo kigenzura bidakoreshwa mu buryo bwo gushyigikira ibikorwa by’intego za gisirikare; no gushyira mu bikorwa ingamba zo kurinda umutekano, bisabwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, ku masezerano ayo ari yo yose y’ibihugu bibiri cyangwa ay'ibihugu byinshi, cyangwa bisabwe n'igihugu, ku gikorwa icyo ari cyo cyose cy’icyo gihugu mu bijyanye n’ingufu za kirimbuzi; 6. Gushyiraho cyangwa kwemeza, kigishije inama, kandi iyo bikwiye, ku bufatanye n’inzego zibishinzwe z’Umuryango w’Abibumbye n’imiryango mpuzamahanga bireba, amahame y’umutekano yo kurengera ubuzima no kugabanya ibyangiza ubuzima n’umutungo (harimo n’ibi bipimo ku miterere y'umurimo), no guteganya uburyo bwo gushyira mu bikorwa aya mahame mu bikorwa byacyo no ku bikorwa byo gukoresha ibikoresho, serivisi, inyubako, n'amakuru yatanzwe n'Ikigo cyangwa kibisabye cyangwa kibigenzuye; no guteganya ishyirwa mu bikorwa ry’ibi bipimo, bisabwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, ku bikorwa hashingiwe ku masezerano ayo ari yo yose y’ibihugu bibiri cyangwa ibihugu byinshi, cyangwa, bisabwe n'igihugu, ku gikorwa icyo ari cyo cyose cy’icyo gihugu mu bijyanye n’ingufu za kirimbuzi; 7. Kubona cyangwa gushyiraho inyubako zose, inyubako n'ibikoresho bifite akamaro mu gukora imirimo cyaherewe uburenganzira, igihe cyose inyubako, inyubako n’ibikoresho gifite ku bundi buryo mu gace bireba bidahagije cyangwa biboneka gusa mu buryo kibona ko budahagije. B. Mu gukora inshingano zacyo, Ikigo kigomba: 1. Gukora ibikorwa byacyo hakurikijwe intego n’amahame by’Umuryango w’Abibumbye bigamije guteza imbere amahoro n’ubufatanye mpuzamahanga, kandi hakurikijwe politiki y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe guteza imbere isi itekanye ibikesheje kwambura intwaro abayituye kandi hubahirijwe amasezerano mpuzamahanga cyakoze hashingiwe kuri politiki nk'izo; 2. Gushyiraho igenzura ku mikoreshereze y’ibikoresho bidasanzwe byakiriwe n’ikigo, hagamijwe kureba niba ibyo bikoresho bikoreshwa mu bijyanye n’amahoro gusa; 3. Gukoresha umutungo wacyo mu buryo butuma habaho imikoreshereze myiza n’inyungu rusange zishoboka mu turere twose tw’isi, kizirikana ibikenewe bidasanzwe by’uturere tw’isi tutaratera imbere; 4. Kugeza ku Nteko Rusange y'Umuryango w'Abibumbye raporo z'ibikorwa byacyo buri mwaka, kandi igihe bikwiye, ku Kanama gashinzwe Umutekano : iyo mu bijyanye n'ibikorwa by'Ikigo havutse ibibazo biri mu bubasha bw'Akanama gashinzwe umutekano, Ikigo kimenyesha Akanama gashinzwe umutekano, nk’urwego rufite inshingano nyamukuru yo kubungabunga amahoro n’umutekano mpuzamahanga, kandi gishobora no gufata ingamba cyashyizeho gikurikije aya Masezerano, harimo n’ibivugwa mu gika C cy’ingingo ya XII; 5. Guha raporo Akanama gashizwe ubukungu n’imibereho myiza n’izindi nzego z’Umuryango w’Abibumbye ku bibazo biri mu bubasha bw’izo nzego. C. Mu gusohoza inshingano zacyo, Ikigo ntigishobora gufasha abanyamuryango hashingiwe ku mpamvu iyo ari yo yose ya politiki, ubukungu, igisirikare, cyangwa ibindi bintu bidahuye n'ibivugwa muri aya Masezerano. D. Haseguriwe ibivugwa muri aya Masezerano no ku bivugwa mu masezerano yakozwe hagati y'igihugu cyangwa itsinda ry’ibihugu n’Ikigo agomba gushingira ku biteganywa n'Amasezerano, ibikorwa by’Ikigo bikorwa uko bikwiye; kubahiriza uburenganzira ntavogerwa bw’ibihugu. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA IV: Kuba umunyamuryango,"A. Abanyamuryango shingiro b’Ikigo ni ibihugu bigize Umuryango w’Abibumbye cyangwa undi muryango mpuzamahanga wose washyize umukono kuri aya Masezerano mu minsi mirongo icyenda nyuma yo kwemererwa gushyirwaho umukono kandi cyaratanze inyandiko yemeza burundu Amasezerano. B. Ibindi binyamuryango by'Ikigo ni ibihugu, byaba bigize cyangwa bitagize Umuryango w’Abibumbye cyangwa Umuryango mpuzamahanga wose watanze inyandiko yo kwemera aya Masezerano nyuma yo kuba umunyamuryango byemejwe n’Inama rusange bisabwe n'Inama y'Ubutegetsi. Mu kwemeza igihugu kuba ikinyamuryango, Inama y'Ubutegetsi n'Inama rusange bigaragaza ko igihugu gishoboye kandi gifite ubushake bwo gukora inshingano zo kuba ikinyamuryango cy’Ikigo, hitawe ku bushobozi n'ubushake bwo gukora gikurikije intego n'amahame by'Amasezerano mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w'Abibumbye. C. Ikigo gishingiye ku ihame ry’uburinganire bw’abanyamuryango bacyo bose, kandi abanyamuryango bose, kugira ngo bose babone uburenganzira n’inyungu bituruka ku kwemera kuba umunyamuryango, buzuza nta buriganya inshinga biyemeje hakurikijwe aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA V: Inama Rusange,"A. Inama rusange igizwe n’abahagarariye abanyamuryango bose iterana mu nama isanzwe ngarukamwaka no mu nama zidasanzwe zitumizwa n’Umuyobozi Mukuru bisabwe n'Inama y'Ubutegetsi cyangwa ubwiganze bw'abanyamuryango. Inama zibera ku cyicaro gikuru keretse iyo byagenwe ukundi n’Inama Rusange. B. Muri izo nama, buri munyamuryango ahagararirwa n'intumwa imwe ishobora guherekezwa n'abungiriza hamwe n'abajyanama. Amafaranga y'ingendo no gutunga buri ntumwa atangwa n'abanyamuryango bireba. C. Inama Rusange itora Perezida n’abandi bayobozi bakenewe mu ntangiriro za buri nama. Bakora inshingano zabo zingana mu gihe kingana n'icy'inama. Inama Rusange, hashingiwe ku biteganywa n’aya Masezerano ishyiraho amategeko ngengamikorere yayo. Buri munyamuryango agira ijwi rimwe. Ibyemezo bishingira ku gika cya H cy'ingingo ya XIV, igika C cy'ingingo ya XVIII n'igika B cy'ingingo ya XIX bifatwa ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by'abanyamuryango bahari kandi batora. Ibyemezo ku bindi bibazo, birimo kugena ibindi bibazo cyangwa ibyiciro by'ibibazo bigomba gufatwaho umwanzuro n’ubwiganze bwa bibiri bya gatatu, bitorwa hakurikijwe ubwiganze bw'amajwi y'abanyamuryango bitabiriye kandi batora. Ubwiganze bw'abanyamuryango ni bwo bugize umubare usabwa ngo inama iterane. D. Inama Rusange ishobora kwiga ku kibazo icyo ari cyo cyose cyangwa ikintu cyose kiri muri aya Masezerano cyangwa kijyanye n'ububasha n'imikorere by'inzego zose ziteganyijwe muri aya Masezerano, kandi ishobora gutanga ibyifuzonama ku banyamuryango b'Ikigo cyangwa ku Nama y'Ubutegetsi cyangwa kuri byombi kuri kimwe muri ibyo bibazo cyangwa icyo kintu. E. Inama Rusange igomba: 1. Gutora abagize Inama y'Ubutegetsi hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya VI; 2. Kwemeza ko ibihugu biba ibinyamuryango hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya IV; 3. Guhagarikira umunyamuryango uburenganzira bwihariye n'uburenganzira bwo kuba umunyamuryango hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XIX; 4. Gusuzuma raporo y'umwaka y'Inama y'Ubutegetsi; 5. Hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya XIV, kwemeza ingengo y'imari y’Ikigo yasabwe n’Inama y'Ubutegetsi cyangwa kuyisubiza mu Nama Rusange harimo ibyifuzo byayo kuri iyi ngengo y’imari yose cyangwa igice cyayo, kugira ngo yongere yohererezwe Inama Rusange; 6. Kwemeza raporo zigomba gushyikirizwa Umuryango w’Abibumbye nk'uko bisabwa n’Amasezerano y’ubucuti hagati y’Ikigo n’Umuryango w’Abibumbye, usibye raporo zivugwa mu gika cya C cy’ingingo ya XII, cyangwa kuzisubiza mu Nama y’Ubutegetsi imaze gutangaho ibitekerezo; 7. Kwemeza amasezerano ayo ari yo yose hagati y'Ikigo n’Umuryango w’Abibumbye n’indi miryango nk'uko biteganyijwe mu ngingo ya XVI cyangwa gusubiza ayo masezerano n’ibyifuzonama byayo ku Nama y'Ubutegetsi, kugira ngo yongere ibyohereze ku Nama Rusange; 8. Kwemeza amategeko n'imbogamizi zijyanye no gukoresha ububasha bwo gutira bikozwe n'Inama y'Ubutegetsi, hakurikijwe igika G cy'ingingo ya XIV; kwemeza amategeko yerekeye kwakira imisanzu ku bushake ku Kigo; no kwemeza, hakurikijwe ibiteganywa n'igika cya F cy'ingingo ya XIV, uburyo ikigega rusange kivugwa muri icyo gika gishobora gukoreshwa; 9. Kwemeza ubugororangingo kuri aya Masezerano hakurikijwe ibiteganywa n'igika C cy'ingingo ya XVIII; 10. Kwemeza ishyirwaho ry'Umuyobozi Mukuru hakurikijwe ibiteganywa n'igika A cy'ingingo ya VII. F. Inama Rusange ifite ububasha bwo: 1. Gufata ibyemezo ku kibazo icyo ari cyo cyose Inama y'Ubutegetsi yashyikirije Inama Rusange ku bw'iyo mpamvu; 2. Gutanga ibitekerezo kugira ngo bisuzumwe n'Inama y'Ubutegetsi no gusaba raporo y'Inama y'Ubutegetsi ku kibazo icyo ari cyo cyose kijyanye n'imikorere y'Ikigo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA VI: Inama y'Ubutegetsi,"A. Inama y'Ubutegetsi igizwe n'aba bakurikira:1. Inama y'Ubutegetsi ivuyeho ishyiraho nk’abagize Inama y'Ubutegetsi abanyamuryango icumi barusha abandi gutera imbere mu ikoranabuhanga ry’ingufu za kirimbuzi harimo no gukora ibikoresho by'ibanze, ndetse n’umunyamuryango wateye imbere cyane mu ikoranabuhanga ry’ingufu za kirimbuzi harimo no gukora ibikoresho by'ibanze muri buri gice mu bikurikira aho nta n’umwe mu banyamuryango cumi bavuzwe uhaboneka: (1) Amerika y'Amajyaruguru (2) Amerika y'Amajyepfo (3) U Burayi bw'Uburengerazuba (4) U Burayi bw'Uburasirazuba (5) Afurika (6) Uburasirazuba bwo hagati na Aziya y'Amajyepfo (7) Amajyepfo y'uburasirazuba bwa Aziya na Pasifika (8) Uburasirazuba bwa Kure. 2. Inama Rusange itora nk’ abanyamuryango b’Inama y'Ubutegetsi: (a) Abanyamuryango makumyabiri, hubahirijwe uburenganzira bwo guhagararirwa mu Nama y'Ubutegetsi muri rusange mu banyamuryango bavuzwe mu gaka A. 1 k'iyi ngingo, ku buryo Inama y'Ubutegetsi ishyira muri iki cyiciro batanu bahagarariye igice cya Amerika y'Amajyepfo, bane bahagarariye akarere k'u Burayi bw'Uburengerazuba, batatu bahagarariye akarere k'u Burayi bw'Uburasirazuba, bane bahagarariye akarere ka Afurika, babiri bahagarariye akarere k'Uburasirazuba bwo hagati na Aziya y'amajyepfo, umwe uhagarariye agace ka Aziya y’amajyepfo ashyira uburasirazuba na Pasifika, n'umwe uhagarariye akarere k’Uburasirazuba bwa Kure. Nta munyamuryango uri muri iki cyiciro muri manda iyo ari yo yose ushobora kwemererwa kongera gutorwa mu cyiciro kimwe muri manda ikurikira; nta munyamuryango uri muri iki cyiciro muri manda imwe iyo ari yo yose wemererwa, kongera gutorwa mu cyiciro kimwe muri manda ikurikira; kandi (b) Undi munyamuryango mu banyamuryango bo mu bice bikurikira: Uburasirazuba bwo hagati na Aziya y'Amajyepfo, Amajyepfo y'Uburasirazuba bwa Aziya na Pasifika, Uburasirazuba bwa Kure; (c) Undi munyamuryango umwe mu banyamuryango bo mu bice bikurikira: Afurika, Uburasirazuba bwo hagati na Aziya y'Amajyepfo, Amajyepfo y'Uburasirazuba bwa Aziya na Pasifika. B. Ibiteganyijwe mu gaka A-l k'iyi ngingo bikorwa mu gihe kitarenze iminsi mirongo itandatu mbere ya buri nteko isanzwe cy'Inama Rusange. Amatora ateganyijwe mu gaka A-2 k'iyi ngingo abera mu nteko zisanzwe ngarukamwaka z’'Inama Rusange. C. Abanyamuryango bahagarariwe mu Nama y'Ubutegetsi hakurikijwe ibiteganywa mu gaka A-1 k'iyi ngingo batangira imirimo yabo guhera mu mpera z'inteko y'umwaka isanzwe y'Inama Rusange nyuma yo gushyirwaho kugeza ku musozo w'inteko isanzwe ya buri mwaka y'Inama Rusange ikurikira. D. Abanyamuryango bahagarariwe mu Nama y'Ubutegetsi hakurikijwe ibiteganywa mu gaka A-2 k'iyi ngingo batangira imirimo yabo guhera mu mpera z'inteko isanzwe y'umwaka y'Inama Rusange batowemo kugeza ku isozwa ry'inteko ya kabiri isanzwe ya buri mwaka y'Inama Rusange ikurikira. E. Buri munyamuryango w'Inama y'Ubutegetsi agira ijwi rimwe. Ibyemezo ku mubare w'ingengo y'imari y'Ikigo bifatwa ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by'abitabiriye kandi batora, nk'uko biteganywa n'igika cya H cy'ingingo ya XIV. Ibyemezo ku bindi bibazo, birimo kugena ibindi bibazo cyangwa ibyiciro by'ibibazo bigomba gufatwaho umwanzuro n’ubwiganze bwa bibiri bya gatatu bitorwa hakurikijwe ubwiganze bw'amajwi y'abanyamuryango bitabiriye kandi batora. Bibiri bya gatatu by'abagize Inama y'Ubutegetsi ni byo bigize umubare usabwa ngo Inama iterane. F. Inama y'Ubutegetsi ifite ububasha bwo gukora imirimo y'Ikigo hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano, hashingiwe ku nshingano zayo mu Nama Rusange nk'uko biteganyijwe muri aya Masezerano. G. Inama y'Ubutegetsi iterana mu gihe cyose ishobora kugena. Inama ibera ku cyicaro gikuru cy'Ikigo keretse iyo byagenwe ukundi n'Inama y'Ubutegetsi. H. Inama y'Ubutegetsi itoranya Umuyobozi mukuru n’abandi bagize biro mu banyamuryango bayo kandi, hakurikijwe ibivugwa muri aya Masezerano,ishyiraho amategeko ngengamikorere yayo. I. Inama y'Ubutegetsi ishobora gushyiraho komite isanga zikwiye. Inama y'Ubutegetsi ishobora gushyiraho abantu bayihagararira mu mibanire yayo n'indi miryango. J. Inama y'Ubutegetsi itegura raporo ngarukamwaka iha Inama rusange yerekeye ibibazo by'Ikigo n'imishinga iyo ari yo yose yemejwe n'Ikigo. Inama y'Ubutegetsi itegura kandi igashyikiriza Inama Rusange raporo z'Ikigo cyangwa zisabwa cyangwa zishobora gusabwa kugira ngo Umuryango w'Abibumbye cyangwa undi muryango mpuzamahnaga wose ushobore gukora imirimo ifitanye isano n'iy'Ikigo. Izi raporo, hamwe na raporo ngarukamwaka, zishyikirizwa abagize Ikigo nibura ukwezi mbere y’Inteko isanzwe ngarukamwaka y'Inama Rusange. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA VII: Abakozi,"A. Abakozi b'Ikigo bayoborwa n'Umuyobozi Mukuru. Umuyobozi Mukuru ashyirwaho n'Inama y'Ubutegetsi byemejwe n'Inama Rusange mu gihe cy'imyaka ine. Ni we ukuriye ubuyobozi bw'Ikigo. B. Umuyobozi mukuru ashinzwe gushyira mu myanya abakozi, imitunganyirize n’ubuyobozi rusange bw’abakozi, akuriwe n'Inama y'Ubutegetsi kandi agenzurwa na yo. Akora imirimo ashinzwe hakurikijwe amabwiriza yemejwe n'Inama y'Ubutegetsi. C. Abakozi bagomba kubamo abahanga mu bumenyi na tekiniki n'abandi bakozi basabwa kugira ngo bagere ku ntego n'inshingano by'Ikigo. Ikigo kigomba kugendera ku ihame ry'uko abakozi bacyo bahoraho bagomba guhora ari umubare muto. D. Igishingirwaho cyane mu gushaka abakozi bashya no gushyiraho ibikurikizwa mu gukora akazi ni guharanira ko haboneka abakozi bashoboye akazi, bafite ubumenyi n'ubunyangamugayo. Hashingiwe kuri iki kibazo, hubahirizwa uruhare rw’imisanzu y’abanyamuryango mu Kigo ndetse n’akamaro ko gushaka abakozi mu byerekezo by’isi ku buryo bwagutse bushoboka. E. Ibisabwa mu gushyira mu myanya, guhembwa no kwirukana abakozi bigomba gukurikiza amabwiriza yemejwe n’Inama y’ubutegetsi hashingiwe ku biteganywa n’aya Masezerano n’amategeko rusange yemejwe n’Inama Rusange bitanzweho icyifuzo n’Inama y'Ubutegetsi. F. Mu gukora inshingano zabo, Umuyobozi mukuru n'abandi bakozi ntibashobora gusabwa cyangwa guhabwa amabwiriza n'urundi rwego urwo ari rwo rwose rukorera hanze y'Ikigo. Birinda igikorwa icyo ari cyo cyose gishobora kwerekana umwanya wabo nk'abayobozi b'Ikigo; hashingiwe ku nshingano zabo mu Kigo, ntibashobora gutangaza ibanga iryo ari ryo ryose ry’inganda cyangwa andi makuru y'ibanga bamenye kubera imirimo bashinzwe mu Kigo. Buri munyamuryango yiyemeza kubahiriza imiterere mpuzamahanga y’inshingano z’Umuyobozi Mukuru n’abakozi kandi ntashobora kubinjirira mu nshingano zabo. G. Muri iyi ngingo ijambo ""abakozi"" ririmo n’abarinzi.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA VIII: Guhana amakuru,"A. Buri munyamuryango agomba gutanga amakuru, mu rubanza rw’umunyamuryango, ashobora gufasha Ikigo. B. Buri munyamuryango agomba kugeza ku Kigo amakuru yose y’ubumenyi yagaragajwe bitewe n'ubufasha bwatanzwe n’ikigo hashingiwe ku ngingo ya XI. C. Ikigo gikusanya kandi kigashyikiriza abanyamuryango bacyo, mu buryo bworoshye, amakuru cyakiriye hakurikijwe ibiteganywa mu gika A na B cy'iyi ngingo. Gifata ingamba nziza zo gushishikariza guhanahana, mu banyamuryango bacyo, amakuru yerekeye imiterere n’imikoreshereze y’ingufu za kirimbuzi mu rwego rw’amahoro, kandi, kugira ngo ibyo bigerweho, gikora nk'umuhuza hagati y’abanyamuryango. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA IX: Gutanga ibikoresho,"A. Abanyamuryango bashobora kugeza ku Kigo umubare w’ibikoresho bidasanzwe iyo babona ko bikwiye kandi mu gihe cyumvikanyweho n’ikigo. Ibikoresho byahawe Ikigo, mu bushishozi bw’umunyamuryango wabitanze, kubikwa n’umunyamuryango bireba cyangwa, byumvikanyweho n’Ikigo, mu bubiko bw’ikigo. B. Abanyamuryango bashobora kandi kugaragaza ibikoresho by'Ikigo nk'uko bisobanurwa mu ngingo ya XX n'ibindi bikoresho. Inama y'Ubutegetsi igena ingano y'ibikoresho Ikigo cyemera mu masezerano ateganyijwe mu ngingo ya XIII. C. Buri munyamuryango agomba kumenyesha Ikigo ingano, imiterere, n’ibigize ibikoresho bidasanzwe, ibikoresho by'ibanze, n’ibindi bikoresho uwo munyamuryango yateguye, akurikije amategeko yacyo, kugira ngo bihite biboneka ako kanya cyangwa mu gihe cyagenwe n'Inama y'Ubutegetsi. D. Bisabwe n'Ikigo umunyamuryango agomba, guha bidatinze undi munyamuryango cyangwa itsinda ry’abanyamuryango ingano y’ibikoresho yakuye ku byo yahaye Ikigo, Ikigo kigaragaza, kandi agaha bidatinze Ikigo ubwacyo ingano y’ibikoresho koko bikenewe mikorere y’inyubako z’Ikigo no ku ikomeza ry’ubushakashatsi bwa gihanga muri izo nyubako. E. Ingano, imiterere n'ibigize ibikoresho byatanzwe n'umunyamuryango uwo ari we wese bishobora guhindurwa igihe icyo ari cyo cyose n’umunyamuryango byemejwe n'Inama y'Ubutegetsi. F. Imenyeshwa rya mbere hakurikijwe ibiteganywa n'igika C cy'iyi ngingo bikorwa mu mezi atatu uhereye igihe aya Masezerano atangirira gukurikizwa n'umunyamuryango bireba. Iyo hatabayeho icyemezo kinyuranye cy'Inama y'Ubutegetsi, ibikoresho byatangiye kuboneka bishyirwa ku mwaka w'ingengabihe isanzwe ukurikira umwaka aya Masezerano atangiriraho gukurikizwa ku banyamuryango bireba. Muri ubwo buryo kandi, amamenyesha akurikira agira agaciro, usibye habayeho icyemezo kinyuranye cy'Inama y'Ubutegetsi, ku mwaka w’ingengabihe isanzwe ukurikira imenyesha kandi agomba gukorwa bitarenze itariki ya mbere Ugushyingo ya buri mwaka. G. Ikigo kigaragaza ahantu n’uburyo bwo kohereza kandi, iyo bikwiye, imiterere n’ibigize ibikoresho gisaba umunyamuryango gutanga abikuye ku ngano uwo munyamuryango yemeye ko yiteguye gutanga. Ikigo kigenzura kandi ingano z’ibikoresho byatanzwe kikabimenyesha abanyamuryango mu ngarukagihe H. Ikigo gishinzwe kubika no kurinda ibikoresho gifite. Ikigo kigomba gukora ku buryo ibyo bikoresho birindwa: (1) ubukana bw’ikirere, (2) ivanwaho ritemewe cyangwa inyerezwa (3) iyangirika cyangwa isenywa, harimo konono, no (4) gufatira ku gahato. Mu kubika ibikoresho bidasanzwe gifite, Ikigo giharanira ko isarangaya rikurikije uturere ry’ibyo bikoresho ryakorea ku buryo hirindwa kurundanyiriza hamwe ububiko bwinshi mu gihugu icyo qari cyo cyose cyangwa akarere ako ari ko kose k’isi. I. Ikigo kigomba gushyiraho vuba bishoboka cyangwa kwakira ibyo kibona ari ngombwa ku birebana na : 1. Ibikoresho n'inyubako byo kwakira, kubika no gutanga ibikoresho; 2. Kurinda mu buryo bufatika; 3. Ingamba zihagije z’ubuzima n’umutekano; 4. Kugenzura laboratwari zo gusesengura no kugenzura ibikoresho byakiriwe; 5. Amacumbi n'inyubako z'ubuyobozi bigenewe abakozi bakenewe ku bimaze kuvugwa. J. Ibikoresho byakozwe hashingiwe kuri iyi ngingo bizakoreshwa nk'uko byagenwe n'Inama y'Ubutegetsi hakurikijwe ibivugwa muri aya Masezerano. Nta munyamuryango ufite uburenganzira bwo gusaba ko ibikoresho aha Ikigo bibikwa ukwabyo cyangwa kugena umushinga wihariye ibyo bikoresho byakoreshwamo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"INGINGO YA X: Serivisi, ibikoresho n'inyubako","Abanyamuryango bashobora guha Ikigo, serivisi, ibikoresho, n'inyubako bishobora gufasha kugera ku ntego n'inshingano by'Ikigo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XI: Imishinga y'ikigo,"A. Umunyamuryango uwo ari we wese cyangwa itsinda ry’abanyamuryango wifuza gukora umushinga ujyanye no guteza imbere cyangwa gukoresha ingufu za kirimbuzi ku mpamvu z’amahoro cyangwa ubushakashatsi bujyanye na byo ashobora gusaba ubufasha bw'Ikigo kugira ngo ahabwe ibikoresho byihariye n'ibindi bikoresho ndetse na serivisi, ibikoresho n'inyubako bikenewe ku bw'iyo mpamvu. Ubusabe ubwo ari bwo bwose bw’ubwo bwoko bugomba guherekezwa n’inyandiko isobanura intego n’uburemere bw’umushinga busuzumwa n’Inama y’Ubutegetsi. B. Iyo bisabwe, Ikigo gishobora kandi gufasha umunyamuryango uwo ari we wese cyangwa itsinda ry'abanyamuryango gutegura amasezerano akenewe kugira ngo abone inkunga y’amafaranga ikenewe ikomotse hanze kugira ngo hashyirwe mu bikorwa imishinga nk’iyo. C. Ikigo gishobora guteganya gutanga, bikozwe n’umwe cyangwa benshi mu banyamuryango bacyo, ibikoresho ibyo ari byo byose, serivisi, n'inyubako byose bikenerwa mu mushinga n'umunyamuryango umwe cyangwa abanyamuryango benshi cyangwa cyo ubwacyo gishobora kwiyemeza gutangamu buryo butaziguye byose cyangwa igice hitawe ku byifuzo by'umunyamuryango cyangwa abanyamuryango basabye ubufasha. D. Ku mpamvu zo gusuzuma ubusabe, Ikigo gishobora kohereza ku butaka bw'igihugu cy'ikinyamuryango cyangwa itsinda ry'abanyamuryango babisabye umuntu umwe cyangwa benshi babifitiye ubushobozi kugira ngo basuzume umushinga. Ku bw’iyi mpamvu, Ikigo gishobora, byemejwe n’umunyamuryango cyangwa itsinda ry’abanyamuryango basabye, gukoresha abakozi bacyo bwite cyangwa gukoresha abenegihugu babishoboye b’umunyamuryango uwo ari we wese. E. Mbere yo kwemeza umushinga hakurikijwe ibiteganywa n'iyi ngingo, Inama y'Ubutegetsi igomba gusuzuma neza: 1. Akamaro k'umushinga, harimo ugushoboka kw’ishyirwa mu bikorwa ry’ umushinga mu ku birebana n’ubumenyi na tekiniki; 2. Kuba hariho gahunda iboneye, amafaranga, n'abakozi ba tekinike bihagije kugira ngo umushinga ukorwe neza; 3. Kuba hariho amabwiriza y’ubuzima na n’ay’umutekano aboneye mu gutunganya no kubika ibikoresho ndetse no ku mikorere y’inyubako; 4. Ukudashoboka umunyamuryango arimo cyangwa itsinda ry'abanyamuryango agasaba kubona amafaranga, ibikoresho, inyubako na serivisi za ngombwa; 5. Gutanga mu buryo bungana ibikoresho n’undi mutungo Ikigo gifite; 6. Ibikenewe byihariye by'uturere tutaratera imbere two ku isi ; na 7. Ibindi bibazo bishobora kuba ngombwa. F. Iyo imaze kwemeza umushinga, Ikigo kigirana amasezerano n’umunyamuryango cyangwa itsinda ry’abanyamuryango batanze umushinga, ayo masezerano agomba : 1. Guteganya ko umushinga ukoresha ibikoresho byose byihariye ndetse n’ibindi bikoresho byaba ngombwa ; 2. Ateganya ihererekanya ry’ibikoresho byihariye biva aho bibitse, byaba ibikoresho bibitse mu bubiko bw’Ikigo cyangwa bw’umunyamuryango ubitanga ku mpamvu z’imishinga y’Ikigo, ku banyamuryango cyangwa itsinda ry’abanyamuryango batanga umushinga, mu buryo butuma haba umutekano mu itangwa ryose rikenewe kandi bujyanye n’amabwiriza y’ubuzima ndetse n’ay’umutekano; 3. Kugaragaza ibisabwa n’ibigenderwaho, harimo ibiciro bitangirwaho ibyakozwe, serivisi, ibikoresho n’inyubako bikozwe n’Ikigo ubwacyo kandi, iyo ibyakozwe, ibikoresho, serivisi, ibikoresho, n'inyubako bigomba gutangwa n'umunyamuryango, kumenyesha ibisabwa n’ibigenderwaho byumvikanweho hagati y’umunyamuryango cyangwa itsinda ry’abanyamuryango utanga umushinga n’umunyamuryango utanga ibikoresho; 4. Guteganya kwiyemeza bikozwe n’umunyamuryango cyangwa itsinda ry’abanyamuryango utanga umushinga: (a) ko ubufasha bwatanzwe butazakoreshwa mu buryo bwafasha impamvu za gisirikare; kandi (b) ko umushinga ugomba gukurikiza uburenganzira buteganyijwe mu ngingo ya XII, uburenganzira bw’ingenzi bukaba busobanuwe mu masezerano; 5. Guteganya ingamba zikwiye n’ibirebana n’uburenganzira n’inyungu z’Ikigo ndetse n’iz’umunyamuryango cyangwa itsinda ry’abanyamuryango bireba ku byerekeye ibihangano cyangwa ibyavumbuwe cyangwa impamyabuvumbuzi bijyanye, byaba bikomoka ku mushinga; 6. Guteganya ingamba zikwiye ku birebana no gukemura amakimbirane; 7. Gushyiramo izindi ngingo izo ari zo zose zibonwa ko zikwiye. G. Ibiteganyijwe muri iyi ngingo binakurikizwa, aho bikenewe, ku busabe bwose bw'ibyakozwe, serivisi, inyubako cyangwa ibikoresho bifitanye isano n’umushinga ushyirwa mu bikorwa.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XII: Umutekano w’Ikig,"A. Ku bijyanye n'umushinga uwo ari wo wose w'Ikigo, cyangwa ubundi bwumvikane ubwo ari bwo bwose Ikigo cyatumiwemo n’impande zirebwa no kubahiriza uburenganzira, Ikigo gifite uburenganzira n'inshingano bikurikira mu gihe bikoreshwa kuri uwo mushinga cyangwa ubwo bwumvikane :1. Gusuzuma igishushanyo mbonera cy’ibikoresho n’inyubako byihariye, harimo n’ibikorwa bya kirimbuzi, no kubyemeza gusa gihereye ku kwemeza ko kitabikoresha ku mpamvu izo ari zo zose za gisirikare, ko cyubahiriza amahame y’ubuzima n’umutekano akurikizwa, kandi ko kizemera kurinda neza umutekano uteganyijwe muri iyi ngingo; 2. Gusaba kubahiriza ingamba izo ari zo zose z’ubuzima n’umutekano zashyizweho n’Ikigo; 3. Gusaba kubungabunga no gukora inyandiko z'imikorere kugira ngo zifashe mu buryo bwo kubazwa inshingano ku bikoresho by'ibanze bidasanzwe byakoreshejwe cyangwa byakozwe mu mushinga cyangwa bwumvikane; 4. Gusaba no kwakira raporo z'imigendekere y'akazi; 5. Kwemeza uburyo buzakoreshwa mu gutunganya imiti y’ibikoresho bikoresha imirasire y’izuba gusa kugira ngo iyi miti itazajya ihindurwamo ibikoresho byo mu rwego rwa gisirikare kandi izubahiriza amahame y’ubuzima n’umutekano akurikizwa; gusaba ko ibikoresho bidasanzwe byagaruwe cyangwa byakozwe nk'ibicuruzwa byakoreshejwe mu bikorwa by’amahoro mu rwego rwo gukomeza kurinda Ikigo mu bijyanye n'ubushakashatsi cyangwa mu bikorwa bya kirimbuzi, asanzweho cyangwa mu kubaka, byagenwe, n’umunyamuryango cyangwa abanyamuryango bireba; no gusaba kubitsa mu Kigo ibirenze ibikoresho byihariye byagaruwe cyangwa byakozwe nk'ibicuruzwa birenze ku bikenewe ku mikoreshereze yavuzwe haruguru hagamijwe gukumira ihunikwa ry’ibikoresho, hitawe ko nyuma ku busabe bw'umunyamuryango cyangwa abanyamuryango bireba ibikoresho bidasanzwe byashyizwe mu Kigo bisubizwa bidatinze umunyamuryango cyangwa abanyamuryango bireba kugira ngo babikoreshe hakurikijwe ingingo zavuzwe haruguru. 6. Kohereza mu ifasi y'igihugu kigenerwa cyangwa ibihugu bigenzura, byagenwe n'Ikigo nyuma yo kugisha inama igihugu cyangwa ibihugu bireba, kizajya kibona igihe cyose kandi ahantu hose no mu makuru ndetse n'umuntu uwo ari we wese bitewe n'akazi akora afite aho ahurira n'ibikoresho cyangwa inyubako bisabwa n'aya Masezerano kugira ngo bibungabungwe, nk'ibikenewe gushingira ku bikoresho by'ibanze n'ibikoresho bidasanzwe no kugaragaza niba hatari ukwica ndetse no kwiyemeza kudakoresha ku mpamvu za gisirikare, bivugwa mu gaka F-4 k'ingingo ya XI, n'ingamba z'ubuzima n'umutekano zivugwa mu gaka A-2 k'iyi ngingo, hamwe n'ibindi byose bisabwa mu masezerano hagati y'Ikigo n'igihugu cyangwa ibihugu bireba. Abagenzuzi bagenwe n’ikigo baherekezwa n’abahagarariye inzego z’igihugu bireba, iyo icyo gihugu kibisabye, hitawe ko abagenzuzi badashobora gutinda cyangwa kubangamirwa mu bundi buryo mu gukora mirimo yabo; 7. Mu gihe habaye kutubahiriza no kunanirwa kw'igihugu cyangwa ibihugu bigenerwa gufata ingamba zo gukosora mu gihe gikwiye, guhagarika cyangwa guhagarika ubufasha no gukuramo ibikoresho byose byatanzwe n'Ikigo cyangwa umunyamuryango mu guteza imbere umushinga. B. Ikigo, bitewe n’ibikenewe, gishyiraho abakozi b'abagenzuzi. Abagenzuzi bafite inshingano zo gusuzuma ibikorwa byose byakozwe n'Ikigo ubwacyo mu kumenya niba Ikigo cyubahiriza ingamba z’ubuzima n’umutekano cyagaragaje hagamijwe ishyirwa mu bikorwa ryazo ku mishinga cyemeza, kiyobora cyangwa kigenzura kandi ko Ikigo gifata ingamba zose za ngombwa kugira ngo ibikoresho by'ibanze n'ibidasanzwe kibitse mu bubiko bwacyo cyangwa byakoreshejwe cyangwa byakozwe mu gihe cy’ibikorwa byacyo, mu mpamvu za gisirikare. Ikigo kigomba gufata ingamba zo guhagarika byihuse ukutubahiriza cyangwa kunanirwa inshingano yo gufata ingamba zikwiye.. C. Abakozi b'ubugenzuzi bafite kandi inshingano zo kubona no kugenzura ibaruramari rivugwa mu gaka A-6 k'iyi ngingo no kugaragaza niba hari iyubahirizwa ry'imirimo ivugwa mu gaka F-4 k'ingingo ya XI, hamwe n'ingamba zavuzwe mu gaka A-2 k'iyi ngingo, hamwe n'andi mabwiriza agenga umushinga uteganyijwe mu masezerano hagati y'Ikigo n'igihugu cyangwa ibihugu bireba. Abagenzuzi baha raporo Umuyobozi Mukuru yerekeye kutubahiriza inshingano, na we akayishyikiriza Inama y'Ubutegetsi. Inama y'Ubutegetsi ihamagarira igihugu kigenerwa cyangwa ibihugu mu gukemura bidatinze ibitubahirijwe cyasanze byabayeho. Inama y'Ubutegetsi iha raporo abanyamuryango bose n'Akanama gashinzwe umutekano n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ku bijyanye no kutubahiriza inshingano. Iyo igihugu cyangwa ibihugu by'ibigenerwabikorwa bidafashe ingamba zose zikenewe mu gihe gikwiye kugira ngo uko kutubahiriza inshingano guhagarare, Inama y’Ubutegetsi ishobora gufata imwe mu ngamba ebyiri: gutanga amabwiriza yo kugabanya cyangwa guhagarika imfashanyo itangwa n’ikigo cyangwa n'umunyamuryango, no gusaba ukugaruza ibikoresho byahawe abanyamuryango cyangwa itsinda ry'abanyamuryango. Ikigo gishobora kandi, hashingiwe ku ngingo ya XIX, guhagarika ikoreshwa ry’uburenganzira bwihariye n’ubukomoka ku kuba umunyamuryango ku gihugu kitubahiriza inshingano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XIII: Gusubiza ibikoresho abanyamuryango,"Uretse igihe byumvikanweho ukundi hagati y'Inama y'Ubutegetsi n'umunyamuryango uha Ikigo ibikoresho, serivisi cyangwa inyubako, Inama y'Ubutegetsi igirana amasezerano n'uwo munyamuryango ateganya gusubiza ibintu byatanzwe. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XIV: Imari,"A. Inama y'Ubutegetsi igomba gushyikiriza Inama Rusange umshinga w’ingengo y’imari ya buri mwaka ikoreshwa n’Ikigo. Kugira ngo Inama y'Ubutegetsi yoroshye imirimo muri urwo rwego, Umuyobozi Mukuru abanza gutegura umushinga w’'ingengo y'imari. Iyo Inama Rusange itemeje umushinga, iwusubiza Inama y’Ubutegetsi uherekejwe n'ibyifuzonama byayo. Inama y'Ubutegetsi iha umushinga mushya Inama Rusange kugira ngo iwemeze.B. Amafaranga akoreshwa mu Kigo ashyirwa mu byiciro bikurikira: 1. Amafaranga akoreshwa n'ubuyobozi: aya akubiyemo: (a) Amafaranga akoreshwa ku bakozi b'Ikigo usibye akoreshwa arebana n’abakozi bakoreshwa mu kwita ku byakozwe, serivisi, ibikoresho n’inyubako bivugwa mu gaka B-2 hepfo; amafaranga akoreshwa mu nama; n'amafaranga asabwa mu gutegura imishinga y'Ikigo no gutangaza amakuru; (b) Amafaranga akoreshwa mu gushyira mu bikorwa umutekano uvugwa mu ngingo ya XII yerekeye imishinga y'Ikigo cyangwa, nk'uko bivugwa mu gika A-5 cy'ingingo ya III, bijyanye n'amasezerano ayo ari yo yose y'ibihugu bibiri cyangwa byinshi, hamwe n'amafaranga yo gufata neza no kubika ibikoresho bidasanzwe bikozwe n'Ikigo atari amafaranga yo kubika no gutunganya avugwa mu gika cya E hepfo; 2. Amafaranga yakoreshejwe, atari avugwa mu gaka ka 1 k'iki gika, afitanye isano n'ibikoresho byose, inyubako n'ibikoresho byahawe cyangwa byashyizweho n'Ikigo mu gukora imirimo gishinzwe kimwe ikiguzi cy’ibykozwe, serivisi, ibikoresho n’inyubako byatanzwe n’Ikigo hakurikijwe amasezerano hagati yacyo n’umunyamuryango umwe cyangwa benshi mu banyamuryango bacyo. C. Mu kugena amafaranga akoreshwa hakurikijwe ibiteganywa mu gaka ka B-I(b) haruguru, Inama y'Ubutegetsi ikuraho amafaranga ashobora kugarurwa hakurikijwe amasezerano yerekeranye no gukurikiza ingwate hagati y’Ikigo n’impande zihuriye ku masezerano hagati y'ibihugu bibiri cyangwa byinshi. D. Inama y'Ubutegetsi igabanya amafaranga yakoreshejwe yavuzwe mu gaka ka B-l kavuzwe haruguru, mu banyamuryango hakurikijwe igipimo kigenwa n'Inama Rusange. Mu kugena igipimo, Inama Rusange igengwa n’amahame yemejwe n’Umuryango w’Abibumbye mu gusuzuma umusanzu w’Ibihugu bigize Umuryango mu ngengo y’imari isanzwe y’Umuryango w’Abibumbye. E. Inama y'Ubutegetsi ishyiraho buri gihe igipimo cy'amafaranga, harimo amafaranga yo kubika no gufata neza, ibikoresho, serivisi, ibikoresho, n'inyubako byahawe abanyamuryango n'Ikigo. Igipimo gishyirirwaho gutanga amafaranga yinjira mu Kigo gihagije kugira ngo huzuzwe amafaranga n’ibiciro bivugwa mu gika B-2 haruguru, hakuwemo imisanzu itangwa ku bushake Inama y'Ubutegetsi ishobora gukoresha kubera iyo mpamvu hakurikijwe ibiteganywa mu gika cya F. Igiteranyo cy’ayo mafaranga gishyirwa mu kigega cyihariye gikoreshwa mu kwishyurira abanyamuryango ibikoresho, serivisi cyangwa inyubako byatanzwe na bo no kwishyura andi mafaranga avugwa mu gaka B-2 haruguru ashobora kuba yarakoreshejwe n’Ikigo ubwacyo. F. Amafaranga ayo ari yo yose arenze ku yinjira avugwa mu gika cya E ku mafaranga yakoreshejwe n’amafaranga avugwamo, hamwe n’imisanzu iyo ari yo yose ihabwa Ikigo ku bushake, ashyirwa mu kigega rusange gishobora gukoreshwa nk'uko Inama y’Ubuyobozi ishobora kugena, byemejwe n’Inama Rusange. G. Haseguriwe amategeko n'imbibi byemejwe n'Inama Rusange, Inama y'Ubutegetsi ifite ububasha bwo gukoresha ububasha bwo kuguza mu izina ry'Ikigo, ariko idashyiriyeho abanyamuryango b'Ikigo inshingano izo ari zo zose ku bijyanye n'inguzanyo zatanzwe hakurikijwe ubwo bubasha, no kwemera imisanzu ku bushake yatanzwe ku Kigo. H. Ibyemezo by'Inama Rusange ku bibazo by'imari n'Inama y'Ubutegetsi ku mubare w'ingengo y'Imari y'Ikigo bisaba ubwiganze bwa bibiri bya gatatu by'abahari kandi batora. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XV: Uburenganzira bwihariye n'ubudahangarwa,"A. Ikigo kigomba kugira ku butaka bwa buri munyamuryango ubushobozi bw’amategeko n’uburenganzira n’ubudahangarwa bikenewe kugira ngo imirimo yacyo ikorwe. B. Intumwa z'abanyamuryango hamwe n'abungiriza n'abajyanama babo, Abayobozi bakuru bashyizweho mu Nama y'Ubuyobozi hamwe n'ababasimbura n'abajyanama babo, n'Umuyobozi Mukuru n'abakozi b'Ikigo, bafite uburenganzira bwihariye n'ubudahangarwa nk'uko bikenewe mu gukora mu bwigenge imirimo yabo ijyanye ijyanye n'Ikigo. C. Ububasha mu by'amategeko, uburenganzira bwihariye, n’ubudahangarwa bivugwa muri iyi ngingo bisobanurwa mu masezerano yihariye cyangwa mu masezerano ari hagati y’Ikigo n'abanyamuryango, gihagarariwe kubera iyo mpamvu n’Umuyobozi Mukuru ukorera ku mabwiriza y’Inama y’Ubuyobozi n’abayigize. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA VI: Isano n'indi miryango mpuzamahanga,"A. Inama y'Ubutegetsi, byemejwe n'Inama Rusange, yemerewe kugirana amasezerano cyangwa amasezerano ashyiraho umubano ukwiye hagati y'Ikigo n'Umuryango w'Abibumbye n'indi miryango iyo ari yo yose ikora imirimo ifitanye isano n'Ikigo. B. Amasezerano cyangwa amasezerano ashyiraho umubano w’Ikigo n’Umuryango w’Abibumbye ateganya ko: 1. Ikigo gishyikiriza Umuryango w’Abibumbye raporo zivugwa mu duka B-4 na B-5 tw’ingingo ya III; 2. Ikigo gisuzuma imyanzuro ijyanye na cyo yemejwe n'Inteko rusange cyangwa Inama iyo ari yo yose y’Umuryango w'Abibumbye no gutanga raporo, iyo bisabwe, mu nzego zibishinzwe z’Umuryango w’Abibumbye ku bikorwa byakozwe n’ikigo cyangwa n'abanyamuryango bacyo bikurikije ibiteganywa n'aya Masezerano bishingiye kuri iryo suzuma. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XVII: Gukemura amakimbirane,"A. Ikibazo cyangwa amakimbirane ayo ari yo yose yerekeye isobanurwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano adakemuriwe mu nzira y’imishyikirano ashyikirizwa Urukiko mpuzamahanga hakurikijwe Amategeko agenga Urukiko, keretse iyo impande bireba zemeranyijwe ku bundi buryo bwo gukemura amakimbirane. B. Inama Rusange n’Inama y’Ubutegetsi zifite ububasha butandukanye, haseguriwe uruhushya rutangwa n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, bwo gusaba Urukiko mpuzamahanga gutanga igitekerezo gitanga inama gusa ku kibazo icyo ari cyo cyose cy’amategeko kivuka mu rwego rw’ibikorwa by’Ikigo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XVIII: Amavugururwa no kwivana mu Masezerano,"A. Amavugururwa y’aya Masezerano ashobora gusabwa n’umunyamuryango uwo ari we wese. Inyandukuro zihuje n’umwimerere z’ivugururwa iryo ari ryo ryose ryose ryifujwe zitegurwa n’Umuyobozi Mukuru kandi akazigeza ku banyamuryango bose hasigaye nibura iminsi mirongo cyenda mbere y’uko ivugururwa risuzumwa n’Inama Rusange. B. Mu nama ngarukamwaka ya gatanu y’Inama Rusange ikurikira igihe aya Masezerano atangirira gukurikizwa ikibazo cyerekeye isubiramo ry’amasezerano yose gishyirwa ku murongo w’ibyigwa n’inteko. Iyo ubwiganze bw’abanyamuryango bitabiriye kandi batora bushyigikiye isubirwamo, iryo subirwamo rikorwa mu nteko ikurikira y’Inama Rusange. Nyuma yaho, ibyifuzo ku kibazo cyo gusubiramo aya Masezerano bishobora gutangwa mu Nama Rusange ibifataho icyemezo mu buryo bumwe. B. Mu nama ngarukamwaka ya gatanu y’Inama Rusange ikurikira igihe aya Masezerano atangirira gukurikizwa ikibazo cyerekeye isubiramo ry’amasezerano yose gishyirwa ku murongo w’ibyigwa n’inteko. Iyo ubwiganze bw’abanyamuryango bitabiriye kandi batora bushyigikiye isubirwamo, iryo subirwamo rikorwa mu nteko ikurikira y’Inama Rusange. Nyuma yaho, ibyifuzo ku kibazo cyo gusubiramo aya Masezerano bishobora gutangwa mu Nama Rusange ibifataho icyemezo mu buryo bumwe. ( i ) Yemejwe n'Inama Rusange ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu bw’abanyamuryango bitabiriye kandi batora nyuma yo gusuzuma ibitekerezo byagaragajwe n’Inama y’Ubutegetsi kuri buri vugururwa ryifujwe, na (ii) Yemewe na bibiri bya gatatu by'abanyamuryango hakurikijwe uburyo bwabo buteganywa n'itegeko nshinga. Kwemera bikorwa hatangwa inyandiko yo kwemera ihabwa Guverinoma ishinzwe kubika Amasezerano ivugwa mu gika C cy’ingingo ya XXI. D. Igihe icyo ari cyo cyose nyuma y'imyaka itanu uhereye igihe aya Masezerano atangirira gukurikizwa hakurikijwe igika cya E cy'ingingo ya XXI cyangwa igihe cyose umunyamuryango adashaka kwemera ivugururwa ry'aya Masezerano, ashobora kwivana mu Kigo abimenyesheje mu nyandiko yandikirwa Guverinoma ishinzwe kubika Amasezerano ivugwa mu gika C cy'ingingo ya XXI, nay o ikabimenyesha bidatinze Inama y'Ubutegetsi n'abanyamuryango bose. E. Ukwivana mu Kigo k’umunyamuryango ntibishobora gutuma haba impinduka ku nshingano yemeye hakurikijwe ingingo ya XI cyangwa inshingano zerekeye ingengo y’imari z’umwaka yivanyemo. INGINGO YA XIX: Guhagarika uburenganzira bwihariye A. Umunyamuryango w'Ikigo ufite ibirarane byo kwishyura imisanzu ye atanga mu Kigo nta jwi agira mu Kigo iyo umubare w'amafaranga y'ibirarane ungana cyangwa urenga umubare w'amafaranga y'imisanzu asabwa mu myaka ibiri iheruka. Icyakora, Inama Rusange ishobora kwemerera uwo munyamuryango gutora iyo yanyuzwe n’uko kunanirwa kwishyura biterwa n'inzitizi ndakumirwa ku munyamuryango. B. Umunyamuryango ukomeje kurenga ku biteganywa n’Amasezerano cyangwa ku masezerano ayo ari yo yose yakoze hashingiwe kuri aya Masezerano, ashobora guhagarikwa gukoresha uburenganzira bwihariye n’uburenganzira bwo kuba umunyamuryango bikozwe n’Inama Rusange ibyemeje ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by’abanyamurynago bitabiriye kandi batora bitanzweho icyifuzonama n’Inama y’Ubutegetsi. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XX: Ibisobanuro by’amagambo,"Nk'uko byakoreshejwe muri aya Masezerano : 1. Ijambo ""ibikoresho bidasanzwe"" bisobanura plutoniyumu-239; uraniyumu-233; uraniyumu ikungahaye kuri isotope 235 cyangwa 233; ibikoresho ibyo ari byo byose birimo kimwe cyangwa byinshi mu bimaze kuvugwa; n'ibindi bikoresho byoroshye nk'uko Inama y'Ubutegetsi ibigena buri gihe; ariko ijambo ""ibikoresho byihariye "" ntabwo bikubiyemo ibikoresho by'ibanze. 2. Ijambo “uraniyumu ikungahaye kuri isotope 235 cyangwa 233” bivuga uraniyumu irimo isotope 235 cyangwa 233 cyangwa byombi ku bwinshi ku buryo umubare munini w’igiteranyo cy’izi isotope kuri isotope 238 uruta igipimo cya isotope 235 na isotope 238 muri uraniyumu ya kamere. 3. Ijambo “ibikoresho by'ibanze” risobanura uranium irimo imvange ya isotope igaragara muri kamere; uraniyumu yagabanutse muri isotope 235; toriyumu; icyo ari cyo cyose kimaze kuvugwa gikozwe mu buryo bw'icyuma, ibivanze, imiti ivanze, cyangwa imvange; ibindi bikoresho byose birimo kimwe cyangwa byinshi mu bimaze kuvugwa muri iyo mvange nk'uko Inama y'Ubutegetsi ibigena buri gihe n’ibindi bikoresho bw’icyuma Inama y'Ubutegetsi igena buri gihe.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya XXI: Gushyira umukono ku Masezerano, kuyemera no gutangira gukurikizwa","Ingingo ya XXI: Gushyira umukono ku Masezerano, kuyemera no gutangira gukurikizwa B. Ibihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano bihinduka ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bitanze inyandiko yo kuyemeza burundu. C. Inyandiko zo kuyemeza burundu z'ibihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano n’inyandiko zo kuyemera z’ibihugu ukwemera kwabyo ko kuba ibiyahuriyeho kwemewe hakurikijwe ibiteganywa n'igika B cy’ingingo ya IV y’aya Masezerano zishyikirizwa Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagenwe nka Guverinoma ishinzwe kubika Amasezerano. D. Kwemeza burundu aya Masezerano cyangwa kuyemera bikorwa n’ibihugu hakurikijwe inzira ziteganywa n’amategeko nshinga yabyo. E. Aya Masezerano, usibye umugereka, atangira gukurikizwa igihe ibihugu cumi n'umunani bizaba byatanze inyandiko yo kwemeza burundu hakurikijwe ibiteganywa n'igika B cy'iyi ngingo, hitawe ko muri ibyo bihugu cumi n'umunani hagomba kuba nibura harimo bitatu bikurikira: Kanada, u Bufaransa, Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti, Ubwongereza na Irilande y'Amajyaruguru, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Inyandiko zo kwemeza burundu aya Masezerano n’inyandiko zo kuyemera zitanzwe nyuma zigira agaciro ku munsi zakiriweho. F. Guverinoma ishinzwe kubika Amasezerano imenyesha bidatinze ibihugu byose byashyize umukono kuri aya Masezerano itariki ya buri tangwa ry’inyandiko yo kuyemeza burundu n’itariki y’itangira gukurikizwa ryayo. Guverinoma ishinzwe kubika Amasezerano ihita imenyesha bidatinze abayashyizeho umukono bose n’abanyamuryango amatariki ibindi bihugu bizaberaho ibihuriye kuri aya Masezerano. G. Umugereka w'aya Masezerano utangira gukurikizwa ku munsi wa mbere aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XXII: Kwandikwa n'Umuryango w'Abibumbye,"A. Aya Masezerano yandikishwa na Guverinoma ishinzwe kubika aya Masezerano hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya 102 y'Amasezerano mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w'Abibumbye. B. Amasezerano hagati y’Ikigo n’umunyamuryango uwo ari we wese cyangwa abanyamuryango, amasezerano hagati y’Ikigo n’umuryango umwwe cyangwa myinshi, n’amasezerano hagati y’abanyamuryango haseguriwe kwemerwa n’Ikigo yandikishwa ku Kigo. Ayo Masezerano yandikishwa n’Ikigo mu Muryango w’Abibumbye mu gihe iyandikishwa ryayo risabwa n’ingingo ya 102 102 y’Amasezerano mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA ASHYIRAHO IKIGO MPUZAMAHANGA GISHINZWE INGUFU ZA KIRIMBUZI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XXIII: Inyandiko mpamo n’inyandukuro zihuje n’umwimerere,"Aya Masezerano akozwe mu ndimi z'Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n'Icyesipanyolo, zose zinganya agaciro, zibikwa mu ishyinguranyandiko rya Guverinoma ishinzwe kubika aya Masezerano. Inyandukuro zihuje n’umwimerere z’aya Masezerano zishyikirizwa na guverinoma ishinzwe kubika aya Masezerano guverinoma z’ibindi bihugu byayashyizeho umukono na guverinoma z’ibihugu byemerewe kuba ibinyamuryango hakurikijwe ibiteganywa n’igika B cy’ingingo ya IV. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rishyiraho Ikigo Ngororamuco cya NYAMAGABE rikanagena inshingano n’imikorere byacyo. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 2: Ishyirwaho ry’Ikigo Ngororamuco ","Hashyizweho Ikigo Ngororamuco cya NYAMAGABE cyitwa “Ikigo” mu ngingo zikurikira.",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,Ingingo ya 3: Icyicaro cy’Ikigo,"Icyicaro cy’Ikigo kiri mu Karere ka Nyamagabe, Intara y’Amajyepfo.",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 4: Inshingano z’Ikigo ","Ikigo gifite inshingano zikurikira: 1 º kwakira abashyikirijwe Ikigo no kwandika mu gitabo cyabugenewe umwirondoro wa buri muntu; 2 º gutunga abakiriwe n’Ikigo no kubaha ubuvuzi bw’ibanze, ubujyanama n’ubuvuzi bwihariye ku babukeneye; 3 º gushyira mu bikorwa gahunda y’ubujyanama n’ibiganiro bihabwa abakiriwe mu Kigo bigamije kubagarura mu murongo mwiza ubaganisha ku myitwarire itabangamiye abaturage; 4 º gutanga inyigisho z’ubumenyi n’ubumenyingiro ku bakiriwe mu Kigo zibategurira gusubira mu buzima busanzwe hakurikijwe gahunda y’inzego za Leta zifite izo nyigisho mu nshingano zazo; 5 º gukora isuzumabumenyi nyuma ya buri cyiciro cy’inyigisho ku bufatanye n’inzego zibifitiye ububasha;6 º kwita ku isuku n’umutekano, no gufata ingamba zose zikumira indwara z’ibyorezo mu Kigo; 7 º gushyiraho gahunda y’imikino n’imyidagaduro itandukanye y’abakiriwe mu Kigo; 8 º gushyiraho amabwiriza ngengamyitwarire y’abakiriwe mu Kigo; 9 º gushyiraho gahunda z’uburyo Ikigo gikora imirimo cyangwa ibikorwa bibyara inyungu; 10 º gukora indi mirimo iyo ari yo yose yafasha mu kugorora no gushyira mu murongo uboneye uwashyikirijwe Ikigo. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 5: Uwemerewe kwakirwa mu Kigo ","Ikigo cyakira abantu b’igitsina gabo gusa bafite nibura imyaka cumi n’umunani (18) y’amavuko baturutse mu bigo binyurwamo by’igihe gito, bimaze kwemezwa n’urwego rubifitiye ububasha.",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 6: Uburyo bwo kujyanwa mu Kigo ","Ubuyobozi bw’Akarere cyangwa bw’Umujyi wa Kigali bushyikiriza Ikigo uwemejwe ko ajyanwamo kugororwa. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 7: Uburyo bwo kwakirwa mu Kigo ","Iyo ugororwa agejejwe mu Kigo asuzumwa ko nta ndwara yihariye afite kandi akandikwa mu bitabo by’Ikigo bishyirwaho na Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 8: Umutekano w’aboherejwe mu Kigo ","Polisi y’Igihugu icunga umutekano w’aboherejwe mu Kigo. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 9: Kumenyesha umuryango w’uwakiriwe ","Ubuyobozi bw’Akarere uwakiriwe mu Kigo akomokamo bumenyesha umuryangow’uwakiriwe cyangwa uwo bashakanye iyo ahari, ko yoherejwe mu Kigo n’igihe azamaramo. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"ngingo ya 10: Ibigenerwa uwakiriwe mu Kigo ","Uwakiriwe mu Kigo yishingirwa na Leta ku bintu byose, harimo icumbi, ibimutunga, kumuvuza, kumwambika n’ibindi by’ibanze byose bikenerwa mu buzima bwa buri munsi. Iyo uwakiriwe n’Ikigo apfuye adafite umuryango, ashyingurwa na Leta. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 11: Inyigisho n’ubumenyingiro bigenerwa abakiriwe mu Kigo","Inyigisho n’ubumenyingiro bigenerwa abagororerwa mu Kigo bigomba kubahiriza gahunda z’urwego rwa Leta rushinzwe ibyerekeye ubumenyingiro bwigishwa mu gihe kigufi n’igiciriritse n’iy’izindi nzego zishinzwe gahunda y’inyigisho ngororamuco. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 12: Igihe uwakiriwe amara mu Kigo","Ubuyobozi bw’Ikigo bugena igihe ugororwa amara mu Kigo hakurikijwe gahunda y’ubumenyingiro y’igihe kigufi cyangwa giciriritse akurikira ndetse n’inyigisho ngororamuco ahabwa. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 13: Impuzankano y’abagororerwa mu Kigo ","Impuzankano y’abagororerwa mu Kigo igenwa n’Ubuyobozi bw’Ikigo bufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco, bamaze kugisha inama Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 14: Uburenganzira bwo gusurwa ","Abagororerwa mu Kigo bafite uburenganzira bwo gusurwa n’imiryango yabo n’inshuti ku masaha n’iminsi byagenwe n’ubuyobozi bw’Ikigo. Abagororerwa mu Kigo bashobora kandi gusurwa n’imiryango nyarwanda cyangwa mvamahanga itari iya Leta ifite ubuzima gatozi, ibiherewe uburenganziran’Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,Ingingo ya 15: Imikino n’imyidagaduro,"Abagororerwa mu Kigo bahabwa umwanya wo kujya mu mikino n’imyidagaduro itandukanye. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,Ingingo ya 16: Imyitwarire,"Ikigo gishyiraho Komite ikurikirana imyitwarire mu Kigo. Komite ishyiraho amabwiriza agenga iyo myitwarire. Buri gihembwe, Ikigo gikora isuzuma rigamije kugenzura imyitwarire y’uwakiriwe mu Kigo. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 17: Gusubizwa mu muryango ","Abarangije gahunda zabateganyirijwe mu Kigo bashyikirizwa ubuyobozi bw’Akarere bakomokamo kugira ngo bubashyikirize imiryango yabo. Icyakora, uwoherejwe mu Kigo ugaragaje ibimenyetso bifatika bigaragaza ko yahindutse mu myitwarire ye ashobora gushyikirizwa ubuyobozi bw’Akarere akomokamo, atararangiza gahunda zamuteganyirijwe. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,Ingingo ya 18: Abakozi b’Ikigo,"Abakozi b’Ikigo bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,Ingingo ya 19: Itangwa rya raporo,"Buri gihembwe ndetse n’igihe cyose bibaye ngombwa, Umuhuzabikorwa w’Ikigo aha Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco raporo y’ibikorwa, Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze akagenerwa kopi. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA,NA,"Ingingo ya 20: Abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka ","Minisitiri w’Intebe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka.",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 21: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n'iri teka ","Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho. ",NA "TEKA RYA PEREZIDA Nº 101/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA NYAMAGABE ",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 22: Igihe iteka ritangira gukurikizwa","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 02/06/2018 ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigena amafaranga ya serivisi zishyurwa ku byerekeye intwaro. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 2: Amafaranga yishyurwa n’ubikishije intwaro ","Ubikishije intwaro mu bubiko rusange bw’intwaro yishyura ku munsi amafaranga y’u Rwanda: 1° ibihumbi bibiri (2.000 Frw) ku ntwaro imwe yo mu bwoko bwa Pisitori; 2° ibihumbi bitanu (5.000 Frw) kuri buri mbunda ku zindi mbunda zitari ubwoko bwa Pisitori; 3° ibihumbi bitanu (5.000 Frw) ku mbunda imwe igenewe imikino, guhiga cyangwa kumurika. Amasasu n’ibindi bijyana na byo, bipimwa ku biro, buri kilo kishyurirwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu (5.000 Frw) ku munsi. Nyamara iyo ayo masasu ari ay’imbunda zigenewe imikino, guhiga cyangwa kumurika, amafaranga atangwa ni ibihumbi bibiri (2.000 Frw) ku kilo kandi ku munsi. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 3: Abasonewe kwishyura,"Abantu bakurikira basonewe kwishyura amafaranga avugwa mu ngingo ya 2 y’iri teka: 1° ababikije intwaro kubera ko bagiye hanze y’igihugu cyangwa bafite impamvu zatuma batayirinda neza; 2° abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda iyo ibihugu byabo bitayishyuza abahagarariyeyo u Rwanda; 3° abinjiye mu Rwanda bashinzwe kurinda abayobozi basuye u Rwanda. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 4: Gihamya y’ibikwa cyangwa isohorwa ry’intwaro","Iyo imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo byinjijwe mu bubiko rusange bw’intwaro cyangwa bisohowemo, Ensipegiteri Jenerali wa Polisi y’u Rwanda abyandika ku cyemezo cya nyirabyo kimwemerera gutunga imbunda.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 5: Kurenza igihe ntarengwa cyo kubitsa intwaro","Iyo intwaro yabikishijwe mu bubiko rusange bw’intwaro irengeje igihe giteganywa n’amategeko agenga ububiko rusange ikirimo, ifatwa nk’aho yatawe na nyirayo hagakurikizwa ibiteganywa n’amategeko agenga intwaro zitagira nyirazo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 6: Amafaranga yo kwiyandikisha nk’umuhuza w’abacuruzi n’abaguzi b’intwaro ","Uwemerewe n’inzego zibishinzwe kugirango abe umuhuza w’abacuruzi n’abaguzi b’intwaro ahabwa icyemezo amaze kwishyura amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 Frw). ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 7: Abashinzwe kubahiriza iri teka ","Minisitiri w’Intebe, Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Minisitiri w’Ingabo na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi basabwe kubahiriza iri teka. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°61/01 RYO KUWA 02/11/2012 RIGENA AMAFARANGA YA SERIVISI ZISHYURWA KU BYEREKEYE INTWARO ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 8: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka ","Ingingo ya 9: Igihe iteka ritangira gukurikizwa Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, kuwa 02/11/2012",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°29/01 RYO KUWA 09/07/2012 RIGENA INTARA N‟UTURERE BYA POLISI Y‟U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigena Intara n’Uturere bya Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°29/01 RYO KUWA 09/07/2012 RIGENA INTARA N‟UTURERE BYA POLISI Y‟U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 2: Intara za Polisi,"Polisi y’u Rwanda ifite Intara eshanu (5) zikurikira: 1° Intara yo Hagati; 2° Intara y’Amajyepfo; 3° Intara y’Amajyaruguru; 4° Intara y’Iburasirazuba; 5° Intara y’Iburengerazuba. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°29/01 RYO KUWA 09/07/2012 RIGENA INTARA N‟UTURERE BYA POLISI Y‟U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 3: Uturere twa Polisi ","Intara ya Polisi igabanijemo Uturere twa Polisi nk’uko bigaragara ku mugereka w’iri teka. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°29/01 RYO KUWA 09/07/2012 RIGENA INTARA N‟UTURERE BYA POLISI Y‟U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 4: Imbibi z‟Intara n‟Uturere bya Polisi ","Imbibi z'Intara n'Uturere bya Polisi bikurikiza imbibi z'Intara n'Uturere by'inzego z'imitegekere y'igihugu cy'u Rwanda.Imbibi z'Intara yo hagati ya Polisi zihwanye n'imbibi z'Umujyi wa Kigali.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°29/01 RYO KUWA 09/07/2012 RIGENA INTARA N‟UTURERE BYA POLISI Y‟U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 5: Abashinzwe kubahiriza iri teka,"Minisitiri w’Intebe, Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu bashinzwe kubahiriza iri teka. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°29/01 RYO KUWA 09/07/2012 RIGENA INTARA N‟UTURERE BYA POLISI Y‟U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 5: Ivanwaho ry‟ingingo zinyuranyije n‟iri teka","Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije naryo zivanyweho. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N°29/01 RYO KUWA 09/07/2012 RIGENA INTARA N‟UTURERE BYA POLISI Y‟U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 6: Igihe iteka ritangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Agaciro karyo gahera kuwa 02/09/2011 ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rishyiraho Ikigo Ngororamuco cya GITAGATA rikanagena inshingano n’imikorere byacyo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 2: Ishyirwaho ry’ikigo ngororamuco","Hashyizweho Ikigo Ngororamuco cya GITAGATA cyitwa “Ikigo” mu ngingo zikurikira. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 3: Icyicaro ,"Icyicaro cy’Ikigo kiri mu Karere ka Bugesera, Intara y’Iburasirazuba. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 4: Inshingano z’Ikigo ","Ikigo gifite inshingano zikurikira:1 º kwakira abashyikirijwe Ikigo no kwandika mu gitabo cyabugenewe umwirondoro wa buri muntu; 2 º gutunga abakiriwe n’Ikigo no kubaha ubuvuzi bw’ibanze, ubujyanama n’ubuvuzi bwihariye ku babukeneye; 3 º gushyira mu bikorwa gahunda y’ubujyanama n’ibiganiro bihabwa abakiriwe mu Kigo bigamije kubagarura mu murongo mwiza ubaganisha ku myitwarire itabangamiye abaturage; 4 º gutanga inyigisho z’ubumenyi n’ubumenyingiro ku bakiriwe mu Kigo zibategurira gusubira mu buzima busanzwe hakurikijwe gahunda y’inzego za Leta zifite izo nyigisho mu nshingano zazo; 5 º gukora isuzumabumenyi nyuma ya buri cyiciro cy’inyigisho ku bufatanye n’inzego zibifitiye ububasha;6 º kwita ku isuku n’umutekano, no gufata ingamba zose zikumira indwara z’ibyorezo mu Kigo; 7 º gushyiraho gahunda y’imikino n’imyidagaduro itandukanye y’abakiriwe mu Kigo; 8 º gushyiraho amabwiriza ngengamyitwarire y’abakiriwe mu Kigo; 9 º gushyiraho gahunda z’uburyo Ikigo gikora imirimo cyangwa ibikorwa bibyara inyungu; 10 º gukora indi mirimo iyo ari yo yose yafasha mu kugorora no gushyira mu murongo uboneye uwashyikirijwe Ikigo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 5: Uwemerewe kwakirwa mu Kigo ","Ikigo cyakira abantu bari mu byiciro bikurikira baturuka mu bigo binyurwamo by’igihe gito:1° abagore bafite nibura imyaka cumi n’umunani (18) y’amavuko; 2° abana b’abakobwa bafite nibura imyaka cumi (10) ariko bataruzuza imyaka cumi n’umunani (18) y’amavuko; 3° abana b’abahungu bafite nibura imyaka icumi (10) ariko bataruzuza imyaka cumi n’umunani (18) y’amavuko. Buri cyiciro mu bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo gishyirwa ahantu hacyo hihariye. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 6: Uburyo bwo kujyanwa mu Kigo ","Ubuyobozi bw’Akarere cyangwa bw’Umujyi wa Kigali bushyikiriza Ikigo uwemejwe ko ajyanwamo kugororwa.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 7: Uburyo bwo kwakirwa mu Kigo ","Iyo ugororwa agejejwe mu Kigo arasuzumwa kugira ngo harebwe niba nta ndwara yihariye afite kandi akandikwa mu bitabo by’Ikigo bishyirwaho na Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 8: Umutekano w’aboherejwe mu Kigo ","Polisi y’Igihugu icunga umutekano w’aboherejwe mu Kigo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 9: Kumenyesha umuryango w’uwakiriwe ","Ubuyobozi bw’Akarere uwakiriwe mu Kigo akomokamo bumenyesha umuryango w’uwakiriwe cyangwa uwo bashakanye iyo ahari, ko yoherejwe mu Kigo n’igihe azamaramo.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 10: Ibigenerwa uwakiriwe mu Kigo","Uwakiriwe mu Kigo yishingirwa na Leta ku bintu byose, harimo icumbi, ibimutunga, kumuvuza, kumwambika n’ibindi by’ibanze byose bikenerwa mu buzima bwa buri munsi. Iyo uwakiriwe n’Ikigo apfuye adafite umuryango, ashyingurwa na Leta. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 11: Inyigisho n’ubumenyingiro bigenerwa abakiriwe mu Kigo ","Inyigisho n’ubumenyingiro bigenerwa abagororerwa mu Kigo bigomba kubahiriza gahunda z’urwego rwa Leta rushinzwe ibyerekeye ubumenyingiro bwigishwa mu gihe kigufi n’igiciriritse n’iy’izindi nzego zishinzwe gahunda y’inyigisho ngororamuco.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 12: Igihe uwakiriwe amara mu Kigo ","Ubuyobozi bw’Ikigo bugena igihe ugororwa amara mu Kigo hakurikijwe gahunda y’ubumenyingiro y’igihe kigufi cyangwa giciriritse akurikira ndetse n’inyigisho ngororamuco ahabwa. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 13: Impuzankano y’abakiriwe mu Kigo","Impuzankano y’abagororerwa mu Kigo igenwa n’Ubuyobozi bw’Ikigo bufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco, bamaze kugisha inama Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA," Ingingo ya 14: Uburenganzira bwo gusurwa","Abagororerwa mu Kigo bafite uburenganzira bwo gusurwa n’imiryango yabo n’inshuti ku masaha n’iminsi byagenwe n’ubuyobozi bw’Ikigo. Abagororerwa mu Kigo bashobora kandi gusurwa n’imiryango nyarwanda cyangwa mvamahanga itari iya Leta ifite ubuzima gatozi, ibiherewe uburenganzira n’Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 15: Imikino n’imyidagaduro ","Abagororerwa mu Kigo bahabwa umwanya wo kujya mu mikino n’imyidagaduro itandukanye. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 16: Imyitwarire ,"Ikigo gishyiraho Komite ikurikirana imyitwarire mu Kigo. Komite ishyiraho amabwiriza agenga iyo myitwarire. Buri gihembwe, Ikigo gikora isuzuma rigamije kugenzura imyitwarire y’uwakiriwe mu Kigo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 17: Gusubizwa mu muryango,"Abarangije gahunda zabateganyirijwe mu Kigo bashyikirizwa ubuyobozi bw’Akarere bakomokamo kugira ngo bubashyikirize imiryango yabo. Icyakora, uwoherejwe mu Kigo ugaragaje ibimenyetso bifatika bigaragaza ko yahindutse mu myitwarire ye ashobora gushyikirizwa ubuyobozi bw’Akarere akomokamo, atararangiza gahunda zamuteganyirijwe. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 18: Abakozi b’Ikigo ,"Abakozi b’Ikigo bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 19: Itangwa rya raporo,"Buri gihembwe ndetse n’igihe cyose bibaye ngombwa, Umuhuzabikorwa w’Ikigo aha Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Igororamuco raporo y’ibikorwa, akagenera kopi Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 20: Abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka ","Minisitiri w’Intebe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 21: Ivanwaho ry’iteka n'ingingo zinyuranyije n'iri teka ","Iteka rya Perezida no 243/06 ryo ku wa 21/10/1975 rishyiraho ibigo ngororamuco byigisha gukora n’izindi ngingo zose z’amateka abanziriza iri teka kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 100/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CYA GITAGATA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 22: Igihe iteka ritangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 02/06/2018 ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rishyiraho Ikigo Ngororamuco cya IWAWA, rikanagena inshingano n’imikorere byacyo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 2: Ishyirwaho ry’Ikigo Ngororamuco","Hashyizweho Ikigo Ngororamuco cya IWAWA cyitwa “Ikigo” mu ngingo zikurikira. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 3: Icyicaro cy’Ikigo ","Icyicaro cy’ikigo kiri mu Karere ka Rutsiro, Intara y’Iburengarazuba. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 4: Inshingano z’Ikigo ","Ikigo gifite inshingano zikurikira: 1° kwakira abashyikirijwe Ikigo no kwandika mu gitabo cyabugenewe umwirondoro wa buri muntu;2° gutunga abakiriwe n’Ikigo no kubaha ubuvuzi bw’ibanze, ubujyanama n’ubuvuzi bwihariye ku babukeneye; 3° gushyira mu bikorwa gahunda y’ubujyanama n’ibiganiro bihabwa abakiriwe mu Kigo bigamije kubagarura mu murongo mwiza ubaganisha ku myitwarire itabangamiye abaturage; 4° gutanga inyigisho z’ubumenyi n’ubumenyingiro ku bakiriwe mu Kigo zibategurira gusubira mu buzima busanzwe hakurikijwe gahunda y’inzego za Leta zifite izo nyigisho mu nshingano zazo; 5° gukora isuzumabumenyi nyuma ya buri cyiciro cy’inyigisho ku bufatanye n’inzego zibifitiye ububasha; 6° kwita ku isuku n’umutekano, no gufata ingamba zose zikumira indwara z’ibyorezo mu Kigo; 7° gushyiraho gahunda y’imikino n’imyidagaduro itandukanye y’abakiriwe mu Kigo; 8° gushyiraho amabwiriza ngengamyitwarire y’abakiriwe mu Kigo; 9° gushyiraho gahunda z’uburyo Ikigo gikora imirimo cyangwa ibikorwa bibyara inyungu; 10°gukora indi mirimo iyo ari yo yose yafasha mu kugorora no gushyira mu murongo uboneye uwashyikirijwe Ikigo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 5: Uwemerewe kwakirwa mu Kigo","Ikigo cyakira abantu b’igitsina gabo gusa bafite nibura imyaka cumi n’umunani (18) y’amavuko baturuka mu bigo binyurwamo by’igihe gito, bimaze kwemezwa n’urwego rubifitiye ububasha.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 6: Uburyo bwo kujyanwa mu Kigo ","Ubuyobozi bw’Akarere cyangwa bw’Umujyi wa Kigali bushyikiriza Ikigo uwemejwe ko ajyanwamo kugororwa. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 7: Uburyo bwo kwakirwa mu Kigo ","Iyo ugororwa agejejwe mu Kigo arasuzumwa kugira ngo harebwe niba nta ndwara yihariye afite kandi akandikwa mu bitabo by’Ikigo bishyirwaho na Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 8: Umutekano w’aboherejwe mu Kigo ","Polisi y’Igihugu icunga umutekano w’aboherejwe mu Kigo bava mu kigo kinyurwamo by’igihe gito.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 9: Kumenyesha umuryango w’uwakiriwe","Ubuyobozi bw’Akarere uwakiriwe mu Kigo akomokamo bumenyesha umuryango w’uwakiriwe cyangwa uwo bashakanye iyo ahari, ko yoherejwe mu Kigo n’igihe azamaramo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 10: Ibigenerwa uwakiriwe mu Kigo ","Uwakiriwe mu Kigo yishingirwa na Leta ku bintu byose, harimo icumbi, ibimutunga,kumuvuza, kumwambika n’ibindi by’ibanze byose bikenerwa mu buzima bwa buri munsi. Iyo uwakiriwe n’Ikigo apfuye adafite umuryango, ashyingurwa na Leta. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 11: Inyigisho n’ubumenyingiro bigenerwa abakiriwe mu Kigo ","Inyigisho n’ubumenyingiro bigenerwa abagororerwa mu Kigo bigomba kubahiriza gahunda z’urwego rwa Leta rushinzwe ibyerekeye ubumenyingiro bwigishwa mu gihe kigufi n’igiciriritse n’iy’izindi nzego zishinzwe gahunda y’inyigisho ngororamuco. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 12: Igihe uwakiriwe amara mu Kigo","Ubuyobozi bw’Ikigo bugena igihe ugororwa amara mu Kigo hakurikijwe gahunda y’ubumenyingiro y’igihe kigufi cyangwa giciriritse akurikira ndetse n’inyigisho ngororamuco ahabwa. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 13: Impuzankano y’abagororerwa mu Kigo","Impuzankano y’abagororerwa mu Kigo igenwa n’Ubuyobozi bw’Ikigo bufatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco, bamaze kugisha inama Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 14: Uburenganzira bwo gusurw","Abagororerwa mu Kigo bafite uburenganzira bwo gusurwa n’imiryango yabo n’inshuti ku masaha n’iminsi byagenwe n’ubuyobozi bw’Ikigo. Abagororerwa mu Kigo bashobora kandi gusurwa n’imiryango nyarwanda cyangwa mvamahanga itari iya Leta ifite ubuzima gatozi, babiherewe uburenganzira n’Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 15: Imikino n’imyidagaduro,"Abagororerwa mu Kigo bahabwa umwanya wo kujya mu mikino n’imyidagaduro itandukanye. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 16: Imyitwarire ,"Ikigo gishyiraho Komite ikurikirana imyitwarire mu Kigo. Komite ishyiraho amabwiriza agenga iyo myitwarire. Buri gihembwe, Ikigo gikora isuzuma rigamije kugenzura imyitwarire y’uwakiriwe mu Kigo.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 17: Gusubizwa mu muryango ,"Abarangije gahunda zabateganyirijwe mu Kigo bashyikirizwa ubuyobozi bw’Akarere bakomokamo kugira ngo bubashyikirize imiryango yabo. Icyakora, uwoherejwe mu Kigo ugaragaje ibimenyetso bifatika bigaragaza ko yahindutse mu myitwarire ye ashobora gushyikirizwa ubuyobozi bw’Akarere akomokamo, atararangiza gahunda zamuteganyirijwe. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,Ingingo ya 18: Abakozi b’Ikigo ,"Abakozi b’Ikigo bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IMIKORERE Y’IKIGO ",NA,"Ingingo ya 19: Itangwa rya raporo ","Buri gihembwe ndetse n’igihe cyose bibaye ngombwa, Umuhuzabikorwa w’Ikigo aha Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Igororamuco raporo y’ibikorwa, akagenera kopi Minisitiri ufite igororamuco mu nshingano ze.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 20: Abashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka ","Minisitiri w’Intebe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 21: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka ","Ingingo zose z’amateka abanziriza iri teka kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 99/01 RYO KU WA 02/06/2018 RISHYIRAHO IKIGO NGORORAMUCO CY’IWAWA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 22: Igihe iteka ritangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 02/06/2018 ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 066/01 RYO KU WA 19/07/2024 RIHINDURA ITEKA RYA PEREZIDA N° 85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO ","ITEKA RYA PEREZIDA ",NA,NA,"Ingingo ya mbere: Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga ","Ingingo ya 6 y’Iteka rya Perezida n° 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo ihinduwe ku buryo bukurikira: ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 066/01 RYO KU WA 19/07/2024 RIHINDURA ITEKA RYA PEREZIDA N° 85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO ","ITEKA RYA PEREZIDA ",NA,NA,"“Ingingo ya 6: Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga","(1) Nta muntu ushobora gutwara ikinyabiziga kigendeshwa na moteri mu nzira nyabagendwa adafite kandi atitwaje uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwatanzwe na Polisi y’u Rwanda. (2) Uko uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ruteye n’uko rutangwa bigenwa n’Iteka rya Minisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano. (3) Umuyobozi agomba kwerekana uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga iyo abisabwe n’umukozi ubifitiye ububasha. (4) Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga rumara igihe kigenwe. (5) Igihe uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga rumara, ibyiciro by’imyaka n’ibisabwa kugira ngo rwongererwe igihe bigenwa n’iteka rya Minisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano. (6) Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga rwerekana buri rwego rw’ibinyabiziga rwatangiwe. (7) Inzego z’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga n’inzego z’ibinyabiziga rutangirwa, ni ibi bikurikira: (a) Urwego A: amapikipiki n’ibinyamitende itatu bifite moteri biriho cyangwa bidafite intebe ku ruhande; (b) Urwego A1: amapikipiki n’ibinyamitende itatu bifite moteri byagenewe gutwarwa n’abafite ubumuga bw’ingingo zimwe na zimwe;(c) Urwego B: (i) imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya umunani ntarengwa yo kwicarwamo hatabariwemo uw’umuyobozi; (ii) imodoka zagenewe gutwara ibintu kandi zifite uburemere ntarengwa bwemewe butarenga kg 3.500; (iii)ibinyamitende ine bifite moteri. (d) Urwego B1: imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya umunani ntarengwa yo kwicarwamo, habariwemo uw’umuyobozi, zakorewe gutwarwa n’abafite ubumuga bw’ingingo zimwe na zimwe; (e) Urwego C: imodoka zagenewe gutwara ibintu zifite uburemere ntarengwa bwemewe burenga kg 3.500;(f) Urwego D: imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya iri hejuru y’umunani yo kwicarwamo ariko itarengeje 30, hatabariwemo uw’umuyobozi; (g) Urwego D1: imodoka zagenewe gutwara abantu kandi zifite imyanya irenga mirongo 30 yo kwicarwamo hatabariwemo uw’umuyobozi; (h) Urwego E: ibinyabiziga bikomatanye bifite ikinyabiziga gikurura kiri muri rumwe mu nzego za B, C na D umuyobozi afitiye uruhushya rwo gutwara kandi rumoruki yabyo ikaba ifite uburemere ntarengwa bwemewe burenga kg 750; (i) Urwego F: ibinyabiziga bidasanzwe, harimo – (i) ibimashini bihinga; (ii) ibikora imihanda; (iii)n’ibiterura n’ibipakira. (8) Ku kinyabiziga cyo mu rwego B hashobora gushyirwaho rumoruki ntoya ifite umutambiko umwe. (9) Ku kinyabiziga cyo mu rwego C hashobora gushyirwaho rumoruki ntoya. (10) Uretse inzego z’ibinyabiziga bya A1 na B1 zidahinduka, ku zindi nzego zose z’impushya zo gutwara ibinyabiziga zivugwa muri iyi ngingo, hongerwaho inyuguti « AT» zivuga « Automatic Transmission» ku ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bya “Automatique” kuri buri rwego. (11) Ibinyabiziga bigenda mu nzira nyabagendwa bitabarirwa muri rumwe mu nzego zivugwa muri iyi ngingo, bibarirwa mu rwego B, hatitawe ku buremere bwabyo. (12) Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga rutangwa urusaba amaze gutsinda ikizamini cy’ubumenyi ngiro mu gutwara ibinyabiziga cyerekana ko urusaba azi gutwara ibinyabiziga byo mu rwego asabira uruhushya kandi yerekanye icyemezo gitangwa na muganga wemewe na Leta cyemeza ko adafite kimwe mu bibazo by’ubuzima bivugwa mu gika cya (24) cy’iyi ngingo. (13) Uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga rushobora guhabwa umuntu wese urusabye kugira ngo bimufashe kugera ku bumenyi buhagije bwo gutwara ibinyabiziga buzatuma abona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga. (14) Uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga rutangwa ari uko urusaba atsinze ikizamini cy’amasomo cyanditse cyerekana ko azi bihagije amategeko y’umuhanda. (15) Uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga rufite agaciro ku nzego zose z’ibinyabiziga. (16) Uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga rumara umwaka umwe, ushobora kongerwa inshuro imwe gusa. (17) Ufite uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga ntiyemerewe gutwara imodoka atari kumwe n’umwigisha ufite uruhushya rwo mu rwego rw’imodoka atwaye. (18) Umwigisha agomba kuba iruhande rw’uwo yigisha kugira ngo ashobore kureba neza ibyo akora kandi amugoboke mu gihe cyo kuyitwara iyo bibaye ngombwa. (19) Ikizamini ku masomo cyanditse n’ikizamini cy’ubumenyi ngiro mu gutwara ibinyabiziga bikorwa kugira ngo hatangwe uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, bikorwa mu buryo bwashyizweho na Minisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano, abisabwe na Komite y’Igihugu ishinzwe Umutekano w’Umuhanda. (20) Ikinyabiziga cyigirwaho kigomba kuba gifite inyuma ikimenyetso kigizwe n’inyuguti «L» yera yanditswe mu ibara ry’ubururu kandi ifite uburebure butari hasi ya cm 15 n’icyapa cyanditseho «AUTO-ECOLE» cyangwa«DRIVING SCHOOL» mu nyuguti z’umukara zanditswe mu ibara ry’umweru. (21) Iyo rwatakaye, rwibwe cyangwa rwangiritse, uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rusimburwa by’agateganyo, mu gihe gihagije kugira ngo habe habonetse inyandiko nshungu yarwo kandi icyo gihe ntikirenge iminsi 15. Urwandiko rusimbura uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rutangwa na Polisi y’u Rwanda. (22) Bisabwe n’uwari ufite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwatakaye, rwibwe cyangwa rwangiritse, Polisi y’u Rwanda itanga inyandiko nshungu yarwo. (23) Uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga n’inyandiko nshungu yarwo bitangwa ari uko hishyuwe amafaranga y’u Rwanda ku buryo bukurikira: (a) uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga ku rwego rutangirirwaho: FRW 50.000; (b) kuri buri rwego rwiyongereyeho: FRW 10.000;(c) uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga: FRW 10.000; (d) inyandikonshungu y’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga: FRW 25.000; (e) kongerera igihe uruhushya rw’agateganyo rwo gutwara ibinyabiziga: FRW 5.000; (f) guhinduza uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’amahanga : FRW 50.000; (g) uruhushya mpuzamahanga rwo gutwara ibinyabiziga : FRW 50.000; (h) gukora ikizamini cy’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga: FRW 10.000; (i) gukora ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo: FRW 5.000; (j) gukora ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku rwego rwiyongereyeho: FRW 10.000.(24) Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga rwimwa cyangwa rwamburwa umuntu ufite kimwe mu bibazo by’ubuzima bikurikira: (a) ukubona kw’ijisho kudafite 8/10 kuri buri jisho cyangwa 7/10 ku jisho rimwe na 9/10 ku rindi jisho, cyangwa 6/10 ku jisho rimwe na 10/10 ku rindi. Biremewe ko uburwayi bw’amaso bukosorwa no kwambara amataratara yabigenewe; (b) kutumva cyangwa kumva buhoro bikabije kandi ku matwi yombi; (c) ikindi kibazo cy’ubuzima kibuza bikabije ingingo z’umubiri gukora neza cyangwa gihungabanya imikorere y’ubwonko. (25) Polisi y’u Rwanda ishobora gutumiza umuntu wese ufite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ikekaho kimwe mu bibazo by’ubuzima bivugwa mu gika cya (24) cy’iyi ngingo kugira ngo asuzumwe na mugangaimuhitiyemo; uwo muganga akoherereza Polisi y’u Rwanda ibyo yabonye mu gihe kitarenze iminsi umunani. Polisi y’u Rwanda yishyura ikiguzi cy’iryo suzumwa. (26) Polisi y’u Rwanda ishobora kwambura by’agateganyo uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga umuntu wese wanze gusuzumwa na muganga; Polisi y’u Rwanda ishobora na none kwambura uruhushya umuntu wese uzwiho ikibazo cy’ubuzima kivugwa a mu gika cya (24) cy’iyi ngingo. (27) Icyemezo cya Polisi y’u Rwanda, kiri kumwe n’inyandukuro yemewe ya raporo ya muganga wa Leta, bimenyeshwa uwo bireba kandi bigatangirwa icyemezo cy’iyakira. (28) Icyemezo cya Polisi y’u Rwanda cyafashwe kubera kwanga gusuzumwa na muganga ntikijuririrwa. (29) Ku zindi mpamvu, icyemezo gishobora kujuririrwa kuri Polisi y’u Rwanda mu gihe cy’iminsi 30 ibarwa uhere igihe nyir’ubwite yaboneyeho icyemezo cya Polisi y’u Rwanda. Igihe cyemewe cyo kujurira n’ubujurire ntibihagarika ishyirwa mu bikorwa ry’icyemezo. (30) Uwajuriye asuzumwa n’akanama k’abaganga batatu; umwe muri bo ashyirwaho na Polisi y’u Rwanda, uwa kabiri agashyirwaho n’uwajuriye, uwa gatatu agashakwa n’abo baganga babiri ba mbere. (31) Ukwamburwa uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga kugumaho ari uko byemejwe n’ubwiganze bw’amajwi y’abagize ako kanama; muri icyo gihe amafaranga atangwa ku isuzumwa aherera ku wajuriye. (32) Iyo icyemezo cyo kwambura uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga kibaye ndakuka, kimenyeshwa Polisi y’u Rwanda ari na yo irusubirana. (33)Hatitawe ku biteganywa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo, umuyobozi utaramara umwaka umwe mu Rwanda ntategetswe gutwara ikinyabiziga yitwaje uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga iyo afite – (a) uruhushya mpuzamahanga rwo gutwara ibinyabiziga ruteye kimwe n’urugero rugize Umugereka wa 7 w’Amasezerano y’i Viyeni yo ku wa 8 Ugushyingo 1968 yerekeye uburyo bwo kugenda mu muhanda; (b) cyangwa uruhushya mvamahanga rwo gutwara ibinyabiziga ruhuje n’amategeko ari ku Mugereka wa 6 w’Amasezerano y’i Viyeni yo ku wa 8 Ugushyingo 1968 yerekeye uburyo bwo kugenda mu muhanda, ariko urwo ruhushya rukaba rufite agaciro kandi rwaratanzwe n’igihugu cyashyize umukono kuri ayo masezerano cyangwa n’ikigo cyabiherewe ububasha n’ikindi gihugu cyashyize umukono kuri ayo masezerano. (34)Ufite rumwe mu mpushya zivugwa mu gika cya (33) cy’iyi ngingo ahita arwerekana iyo abisabwe n’umukozi ubifitiye ububasha. Yemerewe kubona uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga atagombye gukora ikizamini ku masomo cyanditse n’ikizamini cy’ubumenyi ngiro mu gutwara ibinyabiziga, iyo yerekanye uruhushya mpuzamahanga cyangwa mvamahanga, apfa gusa kubisaba mbere y’irangira ry’igihe cy’umwaka giteganywa mu gika cya (33) cy’iyi ngingo.” ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 066/01 RYO KU WA 19/07/2024 RIHINDURA ITEKA RYA PEREZIDA N° 85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO ","ITEKA RYA PEREZIDA ",NA,NA,"Ingingo ya 2: Imikoreshereze y’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga bya “automatique” ","Mu Iteka rya Perezida n° 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo nk’uko ryahinduwe, hongewemo ingingo ya 6bis iteye ku buryo bukurikira: ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 066/01 RYO KU WA 19/07/2024 RIHINDURA ITEKA RYA PEREZIDA N° 85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO ","ITEKA RYA PEREZIDA ",NA,NA,"Mu Iteka rya Perezida n° 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo nk’uko ryahinduwe, hongewemo ingingo ya 6bis iteye ku buryo bukurikira: ","(1) Umuntu wahawe uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga akoreshejeikinyabiziga cya «automatique” mu kizamini yemerewe gutwara ibinyabiziga bya « automatique» gusa byo mu rwego afitiye uruhushya. (2) Icyakora, umuntu wahawe uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga akoresheje ikinyabiziga cya «manuel» mu kizamini yemerewe gutwara ibinyabiziga bya «automatique» n’ibya «manuel» byo mu rwego afitiye uruhushya. » ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 066/01 RYO KU WA 19/07/2024 RIHINDURA ITEKA RYA PEREZIDA N° 85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO ","ITEKA RYA PEREZIDA ",NA,NA,"Ingingo ya 3: Ingingo y’ururimi Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 19/07/2024",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 037/01 RYO KU WA 15/06/2023 RIGENA AMAFARANGA YA BURI KWEZI YO GUTUNGA UWARI INGABO WAMUGARIYE KU RUGAMBA UTISHOBOYE ",ITEKA RYA PEREZIDA ,NA,NA,"Ingingo ya mbere: Amafaranga ahabwa uwari ingabo wamugariye ku rugamba utishoboye","(1) Uwari ingabo wamugariye ku rugamba utishoboye, ahabwa buri kwezi amafaranga yo kumutunga, hashingiwe ku cyiciro cy’ijanisha ry’ubumuga bwe. (2) Amafaranga avugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo, atangwa ku buryo bukurikira : (a) icyiciro cya mbere cy’ubumuga ahabwa 100.000 FRW atahanwa; (b) icyiciro cya kabiri cy’ubumuga ahabwa 70.000 FRW atahanwa; (c) icyiciro cya gatatu cy’ubumuga ahabwa 50.000 FRW atahanwa; (d) icyiciro cya kane cy’ubumuga ahabwa 40.000 FRW atahanwa",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 037/01 RYO KU WA 15/06/2023 RIGENA AMAFARANGA YA BURI KWEZI YO GUTUNGA UWARI INGABO WAMUGARIYE KU RUGAMBA UTISHOBOYE ",NA,NA,NA,"Ingingo ya 2: Abayobozi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka ","Minisitiri w’Intebe, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 037/01 RYO KU WA 15/06/2023 RIGENA AMAFARANGA YA BURI KWEZI YO GUTUNGA UWARI INGABO WAMUGARIYE KU RUGAMBA UTISHOBOYE ",NA,NA,NA,Ingingo ya 3: Ingingo y’ururimi,"Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda. Ingingo ya 4: Ingingo ivanaho Iteka rya Perezida n° 41/01 ryo ku wa 06/11/2007 rigena amafaranga yo gutunga uwari ingabo wamugariye ku rugamba utishoboye rivanyweho.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 037/01 RYO KU WA 15/06/2023 RIGENA AMAFARANGA YA BURI KWEZI YO GUTUNGA UWARI INGABO WAMUGARIYE KU RUGAMBA UTISHOBOYE ",NA,NA,NA,"Ingingo ya 5: Gutangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 15/06/2023 ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya mbere: Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga ","Igika cya mbere n‟icya 8 by‟ingingo ya 6 y‟Iteka rya Perezida n° 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n'uburyo bwo kuyigendamo bihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “Nta muntu ushobora gutwara ikinyabiziga kigendeshwa na moteri mu nzira nyabagendwa adafite kandi atitwaje uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga rwatanzwe na Polisi y‟Igihugu y‟u Rwanda. Uko uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga ruteye n‟uko rutangwa, bigenwa n‟Iteka rya Minisitiri ufite gutwara abantu n‟ibintu mu nshingano ze. Umuyobozi utwaye ikinyabiziga agomba kwerekana uruhushya rwo gutwara ikinyabiziga iyo arubajijwe n‟umukozi ubifitiye ububasha. Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rumara igihe kigenwe. Igihe uruhushya nyarwanda rwo gutwaraikinyabiziga rumara, ibyiciro by‟imyaka n‟uburyo rwongererwa igihe bigenwa n‟iteka rya Minisitiri ufite gutwara abantu n‟ibintu mu nshingano ze. Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rwerekana buri urwego rw‟ikinyabiziga rwatangiwe. Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rwimwa cyangwa rwamburwa umuntu urwaye indwara imwe muri izi zikurikira: 1° ukubona kw‟ijisho kudafite umunani ku icumi (8/10) kuri buri jisho cyangwa karindwi ku icumi (7/10) ku jisho rimwe na n‟icyenda ku icumi (9/10) ku rindi jisho, cyangwa gatandatu ku icumi (6/10) ku jisho rimwe na icumi ku icumi (10/10) ku rindi. Biremewe ko uburwayi bw‟amaso bukosorwa n‟amataratara abigenewe; 2° kutumva cyangwa kumva buhoro bikabije kandi ku matwi yombi; 3° izindi ndwara z‟ubuzima zibuza bikabije ingingo gukora neza cyangwa zihungabanya imikorere y‟ubwonko”. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 2: Kugabanya umuvuduko mu modoka zitwara Abagenzi n’iz’itwara imizigo ","Iteka rya Perezida n° 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n‟uburyo bwo kuyigendamo nk‟uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugeza ubu, yongewemo ingingo ya 30 bis iteye ku buryo bukurikira: ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"“Ingingo ya 30 bis: Kugabanya umuvuduko mu modoka zitwara Abagenzi n’iz’itwara imizigo","Haseguriwe ibiteganywa n‟ingingo ya 29 n‟iya 30 z‟iri teka, imodoka itwara abagenzi ku buryo bwa rusange cyangwa itwara imizigo ntigomba kurenza umuvuduko wa kilometero mirongo itandatu mu isaha (km 60/h). Imodoka yose itwara abagenzi ku buryo bwa rusange cyangwa itwara imizigo igomba kuba ifite akagabanyamuvuduko kayifasha kutarenza umuvuduko ntarengwa ku muhanda. Utugabanyamuvuduko tugomba kuba dufite ibipimo ngenderwaho byagenwe n‟abashinzwe ubuziranenge mu Gihugu. Umukozi ubifitiye ububasha ashobora guhagarika imodoka yose itwara abagenzi ku buryo bwa rusange cyangwa itwara imizigo mu rwego rwo kugenzura uburyo utugabanyamuvuduko twashyizwe mu modoka n‟imikorere inoze yatwo. Muri iyi ngingo, Utugabanyamuvuduko ni utwuma cyangwa uburyo bukoreshwa mu kurinda cyangwa kubuza kurenza umuvuduko w‟ikinyabiziga ntarengwa wagenwe. Imodoka zivugwa muri iyi ngingo zifite igihe kitarenze umwaka umwe (1) uhereye igihe iri teka ritangarijwe mu igazeti ya Leta ya Repubulika y‟u Rwanda kugira ngo zubahirize ibiteganywa n‟iri teka”.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 3: Ibyuma biyobora, uburyo bwo gusubira inyuma n’ibyangombwa by’umutekano byitwazwa ku binyabiziga ","Ingingo ya 88 y‟Iteka rya Perezida n° 85/01 ryo ku wa 02/02/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n‟uburyo bwo kuyigendamo ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira : “Buri kinyabiziga kigendeshwa na moteri kigomba kugira ibyuma biyobora bikomeye bituma umuyobozi akata ikinyabiziga cye ku buryo bworoshye, bwihuse kandi bwizewe. Imodoka zose zigomba gufatira ibyapa mu Rwanda, zigomba kugira ibyuma biyobora ku ruhande rwazo rw‟ibumoso uretse amakamyo y‟ubwikorezi afite ubushobozi bwo kwikorera nibura toni makumyabiri (20), amabisi akora akazi ko gutwara abagenzi ku buryo bwambukiranya imipaka n‟imashini zikoreshwa mu bwubatsi bw‟imihanda . Icyakora, imodoka zinyura mu Rwanda cyangwa iz‟abanyamahanga bagenderera Igihugu ku mpamvu zinyuranye zifite ibyuma biziyobora iburyo, zemerewe kugenda ku mihanda yo mu Gihugu mu gihe kitarenze amezi atatu (3). Iyo icyo gihe kirenze, ntizishobora kugenda zidafite uruhushya rwa Minisitiri ufite gutwara abantu n‟ibintu mu nshingano ze. Buri modoka igomba kugira uburyo bwo gusubira inyuma bukoreshwa umuntu yicaye ku ntebe y‟umuyobozi. Ikinyabiziga cyose gifite ubushobozi bwo kurenza umuvuduko wa kilometero mirongo ine mu isaha (40 km/h) kigomba kugira icyerekana umuvuduko kiri aho umuyobozi areba kandi kigahora cyitabwaho kugira ngo kigumye gukora neza. Buri modoka yagenewe gutwara abantu, ariko umubare wabo ntarengwa ukaba munsi y‟abantu batandatu (6) umuyobozi abariwemo, igomba kugira imikandara yo kurinda ibyago igenewe umuyobozi n‟umugenzi wicaye ku ntebe y‟imbere. Ishobora no kugira imikandara ku zindi ntebe z‟inyuma. Ibiranga imikandara yo kurinda ibyago bigenwa na Minisitiri ufite gutwara Abantu n‟ibintu mu nshingano ze.Buri kinyabiziga kigomba kugira ibintu bikurikira : 1° icyapa kiburira cya mpandeshatu zingana nibura na santimetero mirongo ine (40) buri ruhande, imikaba y‟ibara ritukura ingana nibura na santimetero eshanu (5) z‟ubugari, byaba bifite indiba ikaba igomba kuba ifite ibara rigaragara, imikaba y‟ibara ritukura ibengerana cyangwa ifite umusozo ngarurarumuri. Ibyo bikoresho byose bigomba kuba bishobora guhagarikwa ku buryo bufashe. 2° Agahago k‟ubutabazi karimo nibura ibipfuko bine (4) bitanduza byagenewe buri muntu, udufatisho tw‟ibipfuko bine (4) cyangwa ibikwasi bine (4) bitifungura, agacupa k‟umuti wo kwica mikorobi. Ako gahago kagomba kuba kanditseho ibi bikurikira: “ubutabazi bwihutirwa mu gihe hategerejwe muganga” “gufasha guhumeka umunwa ku w‟uwundi”. 3° ikintu kiyibuza kwibwa gituma itava aho iri cyangwa kigafunga icyuma cyayo cy‟ingenzi igihe ihagaritswe igihe kirekire. Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri kiriho ibyuma ntamenwa cyangwa ikindi cyose gituma gikoreshwa mu gutera cyangwa kwitabara ntigishobora kugenda mu nzira nyabagendwa kidafite uruhushya rwihariye rwa Minisitiri ufite gutwara abantu n‟ibintu mu nshingano ze cyangwa umuhagarariye. Icyakora ibi ntibikurikizwa ku binyabiziga by‟Ingabo z‟Igihugu. Birabujijwe kwongera ku mpande z‟ikinyabiziga kigendeshwa na moteri cyangwa velomoteri imitako cyangwa ibindi bitari ngombwa kandi bishobora gutera ibyago abandi bagendera mu nzira nyabagendwa. Uretse igihe ikinyabiziga gikururwa n‟ikindi, nta kinyabiziga gifite moteri gishobora kugenda mu muhanda, ahamanuka, moteri itaka cyangwa vitensi zidakora”. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 4: Abagizi Komite y’Igihugu Ngishwanama ishinzwe umutekano mu mihanda ","Ingingo ya 145 y‟Iteka rya Perezida n° 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishyiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n‟uburyo bwo kuyigendamo ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira : “Komite y‟Igihugu Ngishwanama y‟umutekano w‟umuhanda, yitwa Komite mu ngingo zikurikira, igizwe n‟aba bakurikira: 1° Komiseri Ushinzwe Umutekano w‟Umuhanda muri Polisi y‟Igihugu: Perezida; 2° Umuyobozi w”Ikigo cy‟Igihugu Gishinzwe Iterambere rya Transiporo: Visi Perezida; 3° Umujyanama mu by‟Amategeko muri Polisi y‟Igihugu: Umunyamabanga; 4° uhagarariye Umujyi wa Kigali: Ugize inama; 5° uhagarariye koperative za Transiporo: Ugize inama; 6° uyobora Ishami rya Transiporo muri Minisiteri ifite gutwara abantu n‟ibintu mu nshingano zayo: ugize inama; 7° Umuyobozi ushinzwe isesengura mu by‟umutekano muri Minisiteri y‟Umutekano mu Gihugu: Ugize inama”. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 5: Abashinzwe kubahiriza iri teka ","Minisitiri w‟Intebe, Minisitiri w‟Ibikorwa Remezo, Minisitiri w‟Ingabo, Minisitiri w‟Ububanyi n‟Amahanga n‟Ubutwererane, Minisitiri w‟Ubutegetsi bw‟Igihugu, Minisitiri w‟Umutekano mu Gihugu na Minisitiri w‟Imari n‟Igenamigambi basabwe kubahiriza iri teka. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 6: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka ","Ingingo zose z‟amateka abanziriza iri teka kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 25/01 RYO KU WA 25/02/2015 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEKA RYA PEREZIDA N°85/01 RYO KU WA 02/09/2002 RISHYIRAHO AMABWIRIZA RUSANGE AGENGA IMIHANDA N’UBURYO BWO KUYIGENDAMO NK’UKO RYAHINDUWE KANDI RYUJUJWE KUGEZA UBU",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 7: Igihe iteka ritangira gukurikizwa","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y‟u Rwanda. Kigali, ku wa 25/02/2015",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije ","Iri teka rigena abagize, inshingano n’imikorere by’ – (a) Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru; (b) Inama Mpuzabikorwa; (c) Inama y’Ubuyobozi Bukuru; (d) n’Inama y’Abakuru b’Ingabo.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 2: Abagize Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru ","Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru igizwe na– (a) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda; (b) Minisitiri w’Ingabo; (c) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda; (d) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Wungirije; (e) Abagaba b’Ingabo; (f) Umugenzuzi Mukuru; (g) Abagaba b’Ingabo Bungirije; (h) Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo; (i) ba komanda ba diviziyo, ab’imitwe, ab’Inkeragutabara ku rwego rw’Intara, aba Air Groups and Brigades; (j) Umuyobozi wa Kaminuza y’Ingabo, abayobozi b’Akademi ya Gisirikare, abayobozi b’amashuri na koleji bya gisirikare; (k) Umuyobozi w’Ibitaro bya gisirikare by’u Rwanda byigisha n’abayobozi b’ibigo by’ubuvuzi bya gisirikare; (l) abayobozi bakuru n’abayobozi b’amashami mu Buyobozi Bukuru bw’Ingabo.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 3: Inshingano z’Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru ","Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru ifata ibyemezo ku rwego rwo hejuru ku birebana no kurinda Igihugu n’umutekano wacyo, n’imiyoborere rusange y’Ingabo z’u Rwanda.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 4: Imikorere y’Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru ","(1) Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru iyoborwa n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda. Iterana rimwe mu mwaka n’igihe cyose bibaye ngombwa. (2) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ashobora gutumira mu Nama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru ba Jenerali bakiri mu kazi n’abari mu kiruhuko cy’izabukuru, cyangwa undi muntu.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 5: Abagize Inama Mpuzabikorwa ","Inama Mpuzabikorwa igizwe na – (a) Minisitiri w’Ingabo; (b) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda; (c) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Wungirije; (d) abagaba b’Ingabo; (e) Umugenzuzi Mukuru; (f) abagaba b’Ingabo bungirije; (g) Umunyabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 6: Inshingano z’Inama Mpuzabikorwa ","Inama Mpuzabikorwa ifite inshingano zikurikira: (a) gusuzuma iby’ingenzi bijyanye na politiki; (b) gutegura igenamigambi; (c) gutegura gahunda; (d) imiyoborere muri Minisiteri y’Ingabo. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 7: Imikorere y’Inama Mpuzabikorwa ","(1) Inama Mpuzabikorwa iyoborwa na Minisitiri w’Ingabo. Iterana rimwe mu kwezi n’igihe cyose bibaye ngombwa. (2) Minisitiri w’Ingabo ashobora gutumira undi muntu mu Nama Mpuzabikorwa igihe cyose bibaye ngombwa. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 8: Abagize Inama y’Ubuyobozi Bukuru ","(1) Inama y’Ubuyobozi Bukuru igizwe na– (a) Umugaba Mukuru w’Ingabo; (b) Umugaba Mukuru w’Ingabo Wungirije; (c) abagaba b’Ingabo; (d) Umugenzuzi Mukuru; (e) abagaba b’Ingabo bungirije; (f) Komanda w’Umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru z’Igihugu;(g) Komanda w’Umutwe w’Ingabo ushinzwe ibikorwa byihariye; (h) n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ishami ry’ubutasi mu Ngabo z’u Rwanda; (2) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ashobora gushyiraho undi ugize Inama y’Ubuyobozi Bukuru.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 9: Inshingano y’Inama y’Ubuyobozi Bukuru ","Inama y’Ubuyobozi Bukuru ifite inshingano yo kwiga ku bibazo bijyanye no gutanga amabwiriza, ubugenzuzi n’imiyoborere by’Ingabo z’u Rwanda.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 10: Imikorere y’Inama y’Ubuyobozi Bukuru","Inama y’Ubuyobozi Bukuru iyoborwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo. Iterana rimwe mu kwezi n’igihe cyose bibaye ngombwa. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 11: Abagize Inama y’Abakuru b’Ingabo","Inama y’Abakuru b’Ingabo igizwe na – (a) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda; (b) Umugaba Mukuru w’Ingabo Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda; (c) abagaba b’Ingabo; (d) Umugenzuzi Mukuru; (e) abagaba b’Ingabo bungirije; (f) abayobozi b’imitwe y’Ingabo n’abayobozi b’Inkeragutabara ku rwego rw’Intara; (g) Umuyobozi w’Ibitaro bya gisirikare by’u Rwanda byigisha; (h) abayobozi b’ibigo by’ubuvuzi bya gisirikare; (i) abayobozi ba Akademi ya Gisirikare y’u Rwanda, abayobozi b’amashuri na koleji bya gisirikare; (j) abayobozi bakuru n’abayobozi b’ibiro mu Buyobozi Bukuru bw’Ingabo; (k) n’abayobozi ba batayo n’ab’Inkeragutabara ku rwego rw’Akarere.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 12: Inshingano z’Inama y’Abakuru b’Ingabo","Inama y’Abakuru b’Ingabo ishinzwe imiyoborere n’imyitwarire mu Ngabo z’u Rwanda",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 13: Imikorere y’Inama y’Abakuru b’Ingabo ","(1) Inama y’Abakuru b’Ingabo iyoborwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. Iterana rimwe mu mezi atatu n’igihe cyose bibaye ngombwa. (2) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ashobora gutumira undi muntu mu Nama y’Abakuru b’Ingabo.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 14: Abayobozi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka ","Minisitiri w’Intebe na Minisitiri w’Ingabo bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 15: Ingingo y’ururimi,"Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 16: Ingingo ivanaho,"Iteka rya Perezida n° 34/01 ryo ku wa 03/09/2012 rigena inshingano z’Inama z’Ingabo z’u Rwanda zifata ibyemezo, abazigize n’imikorere yazo rivanyweho.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 015/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA INAMA ZIFATA IBYEMEZO MU NGABO Z’U RWANDA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 17: Gutangira gukurikizwa,"Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubilika y’u Rwanda. Kigali, 25/08/2025",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigena imitunganyirize n’inshingano – (a) by’Ingabo zirwanira ku butaka; (b) by’Ingabo zirwanira mu kirere; (c) by’Ingabo zishinzwe ubuzima; (d) n’iby’Ingabo z’Inkeragutabara.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ","Icyiciro cya mbere: Imitunganyirize n’inshingano by’Ingabo zirwanira ku butaka"," Ingingo ya 2: Imitunganyirize y’Ingabo zirwanira ku butaka ","(1) Ingabo zirwanira ku butaka zigizwe n’imitwe irwana n’imitwe yunganira irwana. (2) Buri mutwe w’ingabo urwana, hashingiwe ku busumbane, uteye ku buryo bukurikira: (a) Diviziyo cyangwa icyo bingana; (b) Burigade; (c) Batayo; (d) Kompanyi; (e) Palatuni; (f) Segisiyo. (3) Imitwe yunganira imitwe irwana ni – (a) Diviziyo y’imizinga; (b) na Diviziyo y’ibifaru.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 3: Inshingano z’Ingabo zirwanira ku butaka ","Ingabo zirwanira ku butaka zifite inshingano zikurikira: (a) kugira abasirikare bahora biteguriye intambara kandi bafite ubumenyi bunyuranye kugira ngo bahorane ubushobozi bwo guhora ku isonga mu kugaba ibitero cyangwa kubikumira ku butaka mu buryo bwihuse kandi buhamye; (b) gukorana n’izindi nzego z’umutekano mu kugarura ituze rusange rya rubanda no gufasha mu kubahiriza amategeko; (c) gutabara igihe habaye ibiza mu Gihugu cyangwa mu mahanga hakurikijwe amategeko abigenga; (d) gutanga umusanzu mu iterambere ry’Igihugu; (e) kugira uruhare mu bikorwa mpuzamahanga byo kubungabunga amahoro, mu butumwa buhuriweho n’ikindi gihugu no mu mahugurwa. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ","Icyiciro cya 2: Imitunganyirize n’inshingano by’Ingabo zirwanira mu kirere"," Ingingo ya 4: Imitunganyirize y’Ingabo zirwanira mu kirere ","(1) Ingabo zirwanira mu kirere zigizwe na – (a) Air Groups; (b) Protection Force Brigade; (c) n’Ishuri ry’Ingabo zirwanira mu kirere.(2) Air Groups igizwe na – (a) Air Defence Group; (b) na Air Support Group. (3) Buri Air Group igizwe na – (a) Wing; (b) Squadron; (c) Flight; (d) Element. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 5: Inshingano z’Ingabo zirwanira mu kirere ","(a) kurinda ubusugire bw’ikirere cy’u Rwanda zigaba cyangwa zirinda ibitero byo mu kirere mu buryo bwihuse kandi buhamye; (b) gutanga inkunga mu bikorwa by’ubutabazi mu Gihugu no mu mahanga mu gihe habaye ibiza, mubikorwa byo gushakisha no gutabara cyangwa mu kuzimya inkongi y’umuriro, igihe cyose bibaye ngombwa; (c) gufasha inzego za gisivili mu bijyanye n’imicungire y’ikirere.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ","Icyiciro cya 3: Imitunganyirize n’inshingano by’Ingabo zishinzwe ubuzima"," Ingingo ya 6: Imitunganyirize y’Ingabo zishinzwe ubuzima ","(1) Ingabo zishinzwe ubuzima zigizwe n’imitwe, amashami n’ibigo bizishamikiyeho. (2) Imitwe y’Ingabo zishinzwe ubuzima ni iyi ikurikira: (a) Ibitaro bya gisirikare by’u Rwanda byigisha; (b) umutwe ushinzwe gushyigikira ibikorwa bya gisirikare by’ubuvuzi ugizwe na rejima z’ubuvuzi n’ibigo n’ibikoresho by’ubuvuzi mu mitwe y’Ingabo; (c) umutwe ushinzwe ubuvuzi ku rwegorw’Intara ugizwe n’ibigo by’ubuvuzi bya gisirikare. (3) Amashami y’Ingabo zishinzwe ubuzima ni aya akurikira: (a) Ishami rishinzwe indwara z’ibyorezo n’ubuzima muri rusange; (b) Ishami rishinzwe amahugurwa, ubushakashatsi no guhanga udushya mu rwego rw’ubuvuzi; (c) Ishami rishinzwe imiti n’ibikoresho by’ubuvuzi; (d) Ishami rishinzwe ibikorwa rusange.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 7: Inshingano z’Ingabo zishinzwe ubuzima","Ingabo zishinzwe ubuzima zifite inshingano zikurikira: (a) kubungabunga ubuzima bw’abakozi b’inzego zishinzwe kurinda Igihugu n’umutekano, imiryango yabo na rubanda; (b) kugira uruhare mu bikorwa bya Letabigamije kugera ku mutekano mu by’ubuzima mu Gihugu; (c) gutanga serivisi z’ubuvuzi zinoze ku basirikare b’Ingabo z’u Rwanda bakorera mu Gihugu cyangwa mu mahanga; (d) kugira uruhare mu bikorwa by’ubutabazi mu Gihugu cyangwa mu mahanga mu gihe hari indwara y’icyorezo, ibiza, impanuka ikomeye cyangwa igihe bibaye ngombwa; (e) guteza imbere imyigishirize y’ubuvuzi ku bakora uwo mwuga ku nzego zose, ubushakashatsi no guhanga udushya.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,"Icyiciro cya 4: Imitunganyirize n’inshingano by’Ingabo z’Inkeragutabara Ingingo ya 8: Imitunganyirize y’Ingabo z’Inkeragutabara ","Ingabo z’Inkeragutabara zigizwe n’ – (a) Inkeragutabara zikora umurimo ku buryo budahoraho; (b) Inkeragutabara zunganira; (c) Inkeragutabara zifite ubumenyi bwihariye.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 9: Inkeragutabara zikora umurimo ku buryo budahoraho ","Inkeragutabara zikora umurimo ku buryo budahoraho ni icyiciro cy’Inkeragutabara kigizwe n’abakiri bato bashobora kongerera ingufu Ingabo z’u Rwanda zikora umurimo wa gisirikare ku buryo buhoraho igihe zisubijwe mu murimo wa gisirikare.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,Ingingo ya 10: Inkeragutabara zunganira ,"Inkeragutabara zunganira ni icyiciro cy’Inkeragutabara kigizwe n’abari abasirikare b’Ingabo z’u Rwanda barangije amasezerano y’umurimo n’abari mu kiruhuko cy’izabukuru bashobora gusubizwa mu kazi kunganira Ingabo z’u Rwanda zikora akazi ku buryo buhoraho.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 11: Inkeragutabara zifite ubumenyi bwihariye ","Inkeragutabara zifite ubumenyi bwihariye ni icyiciro cy’Inkeragutabara zifite ubumenyi n’ubuhanga bitandukanye bikenewe mu kongera ubushobozi bw’Ingabo z’u Rwanda",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA II: IMITUNGANYIRIZE N’INSHINGANO BY’IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 12: Inshingano z’Ingabo z’Inkeragutabara","(a) gutanga, mu gihe zisubijwe mu murimo wa gisirikare, imitwe y’ingabo z’Inkeragutabara n’abantu ku giti cyabo kugira ngo zifashe Ingabo z’u Rwanda zikora akazi mu buryo buhoraho; (b) gutegura mu buryo buhoraho Inkeragutabara ku byerekeye ibikorwa bya gisirikare byakenerwa gukorwa mu gihe cya vuba cyangwa mu gihe kizaza.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA","Icyiciro cya mbere: Ibyiciro n’inshingano by’Ibiro by’abajyanama bakuru by’Ingabo z’u Rwanda"," Ingingo ya 13: Ibyiciro by’Ibiro by’abajyanama bakuru by’Ingabo z’u Rwanda","Ibiro by’abajyanama bakuru by’Ingabo z’u Rwanda ni ibi bikurikira: (a) Ibiro by’abajyanama bakuru bya mbere; (b) Ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare; (c) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatatu; (d) Ibiro by’abajyanama bakuru bya kane; (e) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatanu; (f) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatandatu; (g) Ibiro by’abajyanama bakuru bya karindwi; (h) Ibiro by’abajyanama bakuru bya cyenda.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 14: Inshingano z’Ibiro by’abajyanama bakuru bya mbere n’umuyobozi wabyo","(1) Ibiro by’abajyanama bakuru bya mbere bishinzwe kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye no gushaka abajya mu Ngabo, imicungire n’imiyoborere y’abasirikare b’Ingabo z’u Rwanda. (2) Ibiro by’abajyanama bakuru bya mbere biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro by’abajyanama bakuru bya mbere.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 15: Inshingano z’Ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare n’umuyobozi waryo","(1) Ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare rishinzwe gufasha Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye n’iperereza rya gisirikare ryerekeranye no kurinda Igihugu. (2) Ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare kandi rishinzwe gukorana n’inzego z’umutekano hagamijwe gutanga amakuru y’iperereza anoze afasha mu ifatwa ry’ibyemezo mu bijyanye no kurinda Igihugu. (3) Ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare riyoborwa n’Umuyobozi w’Ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 16: Inshingano z’Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatatu n’umuyobozi wabyo ","(1) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatatu bishinzwe kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye n’igenamigambi n’ibikorwa bya gisirikare, gutegura ingabo zijya mu kazi ka gisirikare, guhuza ibikorwa byerekeye ingendo z’Ingabo n’imikorere yazo. (2) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatatu biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatatu.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 17: Inshingano z’Ibiro by’abajyanama bakuru bya kane n’umuyobozi wabyo ","(1) Ibiro by’abajyanama bakuru bya kane bishinzwe kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye no gushakira Ingabo ibikoresho no kuzongerera ubushobozi. (2) Ibiro by’abajyanama bakuru bya kane biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro by’abajyanama bakuru bya kane. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 18: Inshingano z’Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatanu n’umuyobozi wabyo","(1) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatanu bishinzwe kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye n’ibikorwa birebana n’igenamigambi ry’ibikorwa, ingengo y’imari, politiki n’ingamba, n’ibindi byabaho bitateganyijwe. (2) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatanu biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatanu. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 19: Inshingano z’Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatandatu n’umuyobozi wabyo","(1) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatandatu bishinzwe kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye na politiki zo guteza imbere itumanaho rya gisirikare n’ishyirwa mu bikorwa ryaryo ku buryo burambye. (2) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatandatu bishinzwe kandi guhuza amabwiriza no kugenzura itumanaho mu Ngabo z’u Rwanda. (3) Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatandatu biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro by’abajyanama bakuru bya gatandatu.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 20: Inshingano z’Ibiro by’abajyanama bakuru bya karindwi n’umuyobozi wabyo ","(1) Ibiro by’abajyanama bakuru bya karindwi bishinzwe kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye n’amahugurwa, amahame ya gisirikare, inyigisho zisanzwe n’izihariye kugira ngo hagerwe ku rwego rwiza rwa gisirikare kandi rubungabungwe. (2) Ibiro by’abajyanama bakuru bya karindwi biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro by’abajyanama bakuru bya karindwi. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 21: Inshingano z’Ibiro by’abajyanama bakuru bya cyenda n’umuyobozi wabyo ","(1) Ibiro by’abajyanama bakuru bya cyenda bishinzwe kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo, abagaba b’Ingabo n’ababungirije mu bijyanye n’imikoranire y’igisirikare n’inzego za gisivile, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo, uburere mboneragihugu, umuco, siporo n’imyidagaduro.. (2) Ibiro by’abajyanama bakuru bya cyenda biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro by’abajyanama bakuru bya cyenda.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA","Icyiciro cya 2: Amashami y’Ingabo z’u Rwanda"," Ingingo ya 22: Inshingano z’Ibiro bishinzwe ingengo y’imari n’imari n’umuyobozi wabyo","(1) Ibiro bishinzwe ingengo y’imari n’imari bishinzwe gucunga no guhuza ibyerekeranye n’ingengo y’imari n’imari. (2) Ibiro bishinzwe ingengo y’imari n’imari biyoborwa n’Umuyobozi w’Ibiro bishinzwe ingengo y’imari n’imari.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 23 Inshingano z’Ishami rishinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro n’umuyobozi waryo ","(1) Ishami rishinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro rishinzwe guhuza ibikorwa byo kubungabunga amahoro bikorwa n’Ingabo z’u Rwanda ku rwego mpuzamahanga no ku rwego rw’akarere ndetse n’imikoranire hagati y’u Rwanda n’ikindi gihugu. (2) Ishami rishinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro rihuza kandi ibikorwa byose bijyanye no gusimburanya ingabo ziri mu butumwa, ibikoresho byazo no kohereza Ingabo z’u Rwanda zishinzwe kubungabunga amahoro. (3) Ishami rishinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro riyoborwa n’Umuyobozi w’ibikorwa byo kubungabunga amahoro",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 24: Inshingano z’Ishami rishinzwe ubuvugizi mu Ngabo z’u Rwanda n’umuyobozi waryo ","(1) Ishami rishinzwe ubuvugizi mu Ngabo z’u Rwanda rishinzwe kumenyeshaabaturage politiki, ibikorwa n’ibyagezweho n’Ingabo z’u Rwanda. (2) Ishami rishinzwe ubuvugizi mu ngabo z’u Rwanda riharanira ubwumvikane hagati y’Ingabo z’u Rwanda na rubanda ku bibazo by’imibanire rusange no guha rubanda amakuru. (3) Ishami rishinzwe ubuvugizi mu Ngabo z’u Rwanda riyoborwa n’Umuyobozi w’ubuvugizi mu Ngabo z’u Rwanda.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 25: Inshingano z’Ishami rishinzwe iby’amategeko n’umuyobozi waryo","(1) Ishami rishinzwe iby’amategeko rishinzwe gutanga serivisi zirebana n’amategeko mu Ngabo z’u Rwanda. (2) Ishami rishinzwe iby’amategeko riyoborwa n’Umuyobozi w’Ishami rishinzwe iby’amategeko.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",Icyiciro cya 3: Imitwe y’ingabo z’u Rwanda," Ingingo ya 26: Inshingano z’Umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru z’Igihugu n’ubuyobozi bwawo ","(1) Umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru z’Igihugu ni umutwe w’Ingabo z’u Rwanda wihariye ushinzwe kurinda abayobozi bakuru bakurikira: (a) Perezida wa Repubulika n’umuryango we wa hafi; (b) Perezida wa Sena; (c) Perezida w’Umutwe w’Abadepite; (d) Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga; (e) Minisitiri w’Intebe; (f) Abakuru b’ibihugu by’amahanga n’aba Guverinoma basuye Igihugu; (g) Perezida wa Repubulika watowe utaratangira imirimo n’umuryango we wa hafi;(h) Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ucyuye igihe n’umuryango we wa hafi; (i) Perezida wa Sena ucyuye igihe, mu gihe kingana n’amezi atandatu; (j) Perezida w’Umutwe w’Abadepite ucyuye igihe, mu gihe kingana n’amezi atandatu; (k) Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga ucyuye igihe, mu gihe kingana n’amezi atandatu; (l) Minisitiri w’Intebe ucyuye igihe, mu gihe kingana n’amezi atandatu; (m) undi muntu wagenwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo.(2) Umutwe ushinzwe kurinda Inzego Nkuru z’Igihugu ushinzwe kandi kurinda ibikorwa remezo by’ingenzi n’ahandi hagenwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo. (3) Umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru z’Igihugu ukora indi nshingano wahabwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo. (4) Umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru z’Igihugu uyoborwa na Komanda w’Umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru z’Igihugu.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 27: Inshingano z’Umutwe w’Ingabo ushinzwe ibikorwa byihariye n’ubuyobozi bwawo","(1) Umutwe w’Ingabo ushinzwe ibikorwa byihariye ni umutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda ushinzwe gukora ibikorwa bidasanzwe, ibikorwa byo mu kirere no mu mazi, kurwanya iterabwoba, gutabara abafashwe bugwate, n’indi nshingano Umugaba Mukuru w’Ingabo yagena. (2) Umutwe w’Ingabo ushinzwe ibikorwa byihariye uyoborwa na Komanda w’Umutwe w’Ingabo ushinzwe ibikorwa byihariye. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,Ingingo ya 28: Inshingano za Engineer Command n’ubuyobozi bwayo,"(1) Engineer Command ni umutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda ushinzwe kongerera ubushobozi Ingabo z’u Rwanda kugira ngo zishobore kugera aho ari ho hose nta nkomyi, kubuza umwanzi kuba yagera aho zifite ibirindiro no gutuma ibyiciro byose by’Ingabo z’u Rwanda bikomeza gukora mu gihe cy’ibikorwa bya gisirikare. (2) Umutwe wa Engineer Command uyoborwa na Komanda wa Engineer Command.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 29: Inshingano za Burigade ishinzwe imyitwarire n’ubuyobozi bwayo ","(1) Burigade ishinzwe imyitwarire ni umutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda ushinzwe iyubahirizwa ry’amategeko n’amabwiriza, no kubungabunga imyitwarire myiza y’abasirikare b’Ingabo z’u Rwanda. (2) Burigade ishinzwe imyitwarire mu gisirikare ishinzwe kandi kurinda Minisiteri y’Ingabo, ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ibikorwa remezo bya gisirikare(3) Burigade ishinzwe imyitwarire mu gisirikare ifite ububasha bwo kuyobora, kugenzura no gutanga amabwiriza ku mitwe y’Ingabo iyigize. (4) Burigade ishinzwe imyitwarire mu gisirikare iyoborwa na Komanda wa Burigade ishinzwe imyitwarire mu gisirikare. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 30: Inshingano za Burigade ishinzwe ibikoresho bya gisirikare n’ubuyobozi bwayo","(1) Burigade ishinzwe ibikoresho bya gisirikare ni umutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda ushinzwe gutanga ibikoresho n’ibyo gutunga Ingabo z’u Rwanda. (2) Burigade ishinzwe ibikoresho bya gisirikare ifite ububasha bwo kuyobora, kugenzura no gutanga amabwiriza ku mitwe y’Ingabo iyigize. (3) Burigade ishinzwe ibikoresho bya gisirikare iyoborwa na Komanda wa Burigade ishinzwe ibikoresho bya gisirikare.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 31: Inshingano za Burigade ishinzwe itumanaho n’ubuyobozi bwayo ","(1) Burigade ishinzwe itumanaho ni umutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda ushinzwe ibyerekeye itumanaho n’ikoranabuhanga mu Ngabo z’u Rwanda. (2) Burigade ishinzwe itumanaho iyoborwa na Komanda wa Burigade ishinzwe itumanaho.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 32: Inshingano z’Umutwe wo ku cyicaro gikuru n’ubuyobozi bwayo","(1) Umutwe wo ku cyicaro gikuru ushinzwe gutanga amabwiriza no kugenzura abasirikare bawubarizwamo, harimo imiyoborere n’imicungire by’abasirikare b’Ingabo z’u Rwanda bategereje guhabwa inshingano, abatijwe cyangwa abimuriwe by’igihe gito mu nzego za Leta no mu miryango mpuzamahanga. (2) Umutwe wo ku cyicaro gikuru ushinzwe kandi gucunga Ikigo cya gisirikare cya Kanombe n’irimbi rya gisirikare.(3) Umutwe wo ku cyicaro gikuru uyoborwa na Komanda w’Umutwe wo ku cyicaro gikuru.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,"UMUTWE WA III: IBIRO BY’ABAJYANAMA BAKURU BY’IBYICIRO BIGIZE INGABO Z’U RWANDA",NA,"Ingingo ya 33: Inshingano z’Umutwe wa gisirikare ushinzwe gucuranga n’ubuyobozi bwawo","(1) Umutwe wa gisirikare ushinzwe gucuranga ufite inshingano yo gucuranga muzika mu mihango y’Igihugu n’iya gisirikare. (2) Umutwe wa gisirikare ushinzwe gucuranga ukora undi murimo wose ufitanye isano no gucuranga wahabwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo. (3) Umutwe wa gisirikare ushinzwe gucuranga uyoborwa na Komanda w’Umutwe wa gisirikare ushinzwe gucuranga.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA,NA,"Ingingo ya 34: Abayobozi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka ",Minisitiri w’Intebe na Minisitiri w’Ingabobashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka.,NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 35: Ingingo y’ururimi,Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’Icyongereza,NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 36: Ingingo ivanaho ,"Iteka rya Perezida no 33/01 ryo ku wa 03/09/2012 rigena imiterere n’inshingano zihariye bya buri cyiciro mu bigize Ingabo z’u Rwanda nk’uko ryahinduwe rivanyweho. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 014/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENGA IBYICIRO BY’INGABO Z’U RWANDA",ITEKA RYA PEREZIDA,UMUTWE WA VI: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 37: Gutangira gukurikizwa,"Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Kigali, 25/08/2025",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije ,"Iri teka rigena ibikoresho bya gisirikare bigirirwa ibanga bijyanye no kurinda ubusugire n’umutekano by’Igihugu. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 2: Isobanura,"(a) « amasasu » bivuga ibintu bishobora kuraswa, nk’amasasu, hamwe n’ibibigize bishobora kuraswa hakoreshejwe imbunda cyangwa ubundi buryo; (b) « intwaro » bivuga igikoresho cyakwifashishwa mu mirwano yo kugaba ibitero cyangwa kwirinda. ",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 3: Ibikoresho bya gisirikare bigirirwa ibanga ","Ibikoresho bya gisirikare bigirirwa ibanga ni ibi bikurikira: (a) intwaro, sisitemu n’amasasu; (b) imodoka za gisirikare zirimo – (i) izikoreshwa mu mirwano;(ii) ibifaru hamwe n’imodoka zidatoborwa n’amasasu; (iii)n’imodoka ntoya n’inini; (c) indege za gisirikare zirimo – (i) izirwanishwa; (ii) kajugujugu; (iii)n’indege zitagira abapiloti n’ibijyana na zo. (d) ibikoresho by’amakuru n’iby’itumanaho rya kure birimo – (i) radari; (ii) telefoni; (iii) radiyo; (iv)ibikoresho bifotora; (v) na lojisiyeri za mudasobwa hamwe n’ibikoresho bindi bijyanye na byo; (e) inyubako za gisirikare harimo – (i) Icyicaro Gikuru cy’Ingaboz’u Rwanda; (ii) ibigo bya gisirikare; (iii)ububiko bw’imbunda n’ubw’amasasu; (iv)n’inganda za gisirikare n’ibikoresho fatizo zikenera; (f) imyambaro ya gisirikare n’ibijyana na yo; (g) ibikoresho bya gisirikare byatumijwe n’ibyoherejwe hanze n’amakuru ajyanye na byo.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 4: Igenzura ry’ibikoresho bya gisirikare bigirirwa ibanga",Amabwiriza y’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda agena uburyo igenzura ryerekeye imikoreshereze n’imicungire y’ibikoresho bya gisirikare bigirirwa ibanga rikorwa.,NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,"Ingingo ya 5: Abayobozi bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka",Minisitiri w’Intebe na Minisitiri w’Ingabo bashinzwe gushyira mu bikorwa iri teka.,NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",ITEKA RYA PEREZIDA,NA,NA,Ingingo ya 6: Ingingo y’ururimi,"Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",NA,NA,NA,Ingingo ya 7: Ingingo ivanaho,"Iteka rya Perezida n° 35/01 ryo ku wa 03/09/2012 rigena ibikoresho bya gisirikare bijyanye no kurinda ubusugire bw’Igihugu n’umutekano bigirirwa ibanga rivanyweho.",NA "ITEKA RYA PEREZIDA N° 013/01 RYO KU WA 25/08/2025 RIGENA IBIKORESHO BYA GISIRIKARE BIGIRIRWA IBANGA ",NA,NA,NA,Ingingo ya 8: Gutangira gukurikizwa,"Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubilika y’u Rwanda. Kigali, 25/08/2025",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije ","Iri teka rigena uburyo itegeko rigena igenzura ry‟itumanaho rishyirwa mu bikorwa",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 2: Ibisobanuro by‟amagambo,"Muri iri teka amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1º „„igenzura”: Igenzura ry‟itumanaho. 2º “umuntu urebwa n‟igenzura”: umuntu itumanaho rye riteganywa cyangwa ririmo kugenzurwa. 3º „„umushinjacyaha‟‟: umushinjacyaha ku rwego rw‟Igihugu wahawe na Minisitiri ufite ubutabera mu nshingano ze ububasha bwo gutanga icyemezo cy‟igenzura. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA II: ICYEMEZO CY‟IGENZURA ",NA,"Ingingo ya 3: Impamvu zemewe zishingirwaho mu gusaba icyemezo cy‟igenzura ","Icyemezo cyo gukora igenzura gisabwa ku nyungu z‟umutekano w‟Igihugu, hagamijwe gukurikirana cyangwa gutahura ibikorwa bikurikira: 1º ubwicanyi; 2º ubujura bukoreshejwe intwaro; 3º ubucuruzi bw‟ibiyobyabwenge; 4º ubucuruzi bw‟abantu; 5º ruswa n‟ibyaha bifitanye isano nayo; 6º Kugambanira igihugu cyangwa ubutasi; 7º iterabwoba; 8º ingengabitekerezo ya Jenoside n‟ibyaha bifitanye isano na yo; 9º Kunyereza imisoro; 10º ibindi byaha by‟ubugome.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA II: ICYEMEZO CY‟IGENZURA ",NA,"Ingingo ya 4: Isabwa ry‟icyemezo cyo kugenzura ","Icyemezo cyo kugenzura gisabwa mu nyandiko n‟umuyobozi w‟urwego rw‟umutekano ruteganywa n‟itegeko. Gusaba gukora igenzura ry‟itumanahobishyikirizwa umushinjacyaha ku rwego rw‟Igihugu wagenwe na Minisitiri ufite Ubutabera mu nshingano ze. Isaba ryo gukora igenzura rigaragaza ibi bikurikira: 1º ibiranga umuntu igenzura rikorerwaho nk‟amazina ye y‟ifatabuguzi, nimero ze za telefone, ikigo cy‟itumanaho, n‟ibindi byakenerwa hakurikijwe ubwoko bw‟itumanaho rigenzurwa; 2º gusobanura muri make iryo saba rihuriye n‟ibikorwa bituma igenzura ry‟itumanaho ryemerwa nk‟uko biteganyijwe mu gace ka 4° k‟ingingo ya 2 y‟iri teka; 3º Itariki usaba icyemezo yifuza kuba yagihawe.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA II: ICYEMEZO CY‟IGENZURA ",NA,"Ingingo ya 5: Kumenyekanisha Umushinjacyaha wahawe ububasha bwo gutanga icyemezo cyo kugenzura ","Minisitiri ufite Ubutabera mu nshingano ze amenyesha inzego zihabwa ububasha bwo gukora igenzura ry‟itumanaho, izina ry‟umushinjacyaha wo ku rwego rw‟Igihugu ufite ububasha bwo gutanga icyemezo cyo kugenzura itumanaho. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA II: ICYEMEZO CY‟IGENZURA ",NA,"Ingingo ya 6: Ibikubiye mu cyemezo cyo kugenzura","1º umwirondoro w‟ukorerwa igenzura, n‟uburyo igenzura ryakorwamo; 2º impamvu ituma biba ngombwa kunyura mu nzira zo kugenzura; 3º gutegeka ikigo cyangwa sosiyete y‟itumanaho kubahiriza neza ibisabwa mu rwego rwa tekiniki, iyo hasabwe igenzura ry‟itumanaho ryiyambaza ikigo cyangwa isosiyete bitanga serivisi y‟itumanaho; 4º igihe icyemezo cyo kugenzura kimara kigifite agaciro.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA II: ICYEMEZO CY‟IGENZURA ",NA,"Ingingo ya 7: Igihe icyemezo cyo kugenzura kimara n‟inyandiko mvugo y‟igenzura ","Icyemezo cyo kugenzura kigira agaciro k‟amezi atatu (3) ashobora kongerwa inshuro imwe gusa. Icyemezo cyo kugenzura itumanaho gishobora kongerwa gusa iyo impamvu zashingiweho mu isaba rya mbere zigifite ishingiro.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA III: IMICUNGIRE Y‟IBYAGENZUWE ",NA,"Ingingo ya 8: Kurengera ibyavuye mu igenzura ry‟itumanaho ","Urwego rwagenzuye itumanaho, hagamijwe kurengera ibyavuye mu igenzura ry‟itumanaho, rugena ibikurikira: 1º urwego rw‟ibanga amakuru yavuye mw‟igenzura ry‟itumanaho ashyirwaho hakurikijwe inzego z‟amakuru; 2º abantu bahabwa amakuru y‟ibyavuye mu igenzura n‟uburyo bayahabwa.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA III: IMICUNGIRE Y‟IBYAGENZUWE ",NA,"Ingingo ya 9: Imicungure y‟ibyavuye mu igenzura ry‟itumanaho ","Buri rwego rw‟umutekano rwemerewe gukora igenzura ry‟itumanaho rushyiraho amabwiriza ngengamicungire y‟ibyavuye mw‟igenzura.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA IV: INSHINGANO ZA SOSIYETE ZITANGA SERIVISI Z‟ITUMANAHO N‟ABAGENZUZI ",NA,"Ingingo ya 10: Inshingano za sosiyete zitanga serivisi z‟itumanaho","Ikigo cyangwa sosiyete zitanga serivisi z‟itumanaho zigomba:1º kudakora igikorwa icyo ari cyo cyose cyatuma bamenya ibyagenzuwe cyangwa babigeraho; 2º gufasha inzego zikora igenzura ry‟itumanaho gukora iyo mirimo neza; 3º kumenyesha inzego z‟umutekano zibyemererwa n‟amategeko igihundutse cyagira ingaruka ku mikorere y‟igenzura. Iryo menyesha rikorwa bitarenze amasaha 24.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA IV: INSHINGANO ZA SOSIYETE ZITANGA SERIVISI Z‟ITUMANAHO N‟ABAGENZUZI ",NA,"Ingingo ya 11: Inshingano z‟abagenzuzi ","Abagenzuzi basuzuma ko inyandiko zasabiweho n‟urwego rwakoze igenzura ry‟itumanaho n‟icyemezo cyo kugenzura ndetse n‟indi nyandiko yose ijyanye n‟igenzura byubahirije amategeko. Abagenzuzi bishyiriraho amategeko ngengamikorere. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA IV: INSHINGANO ZA SOSIYETE ZITANGA SERIVISI Z‟ITUMANAHO N‟ABAGENZUZI ",NA,Ingingo ya 12: Raporo y‟abagenzuzi,"Abagenzuzi bashyikiriza Perezida wa Repubulika rimwe mu mwaka n‟igihe cyose bibaye ngombwa raporo y‟inshingano bahabwa n‟iri teka.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA IV: INSHINGANO ZA SOSIYETE ZITANGA SERIVISI Z‟ITUMANAHO N‟ABAGENZUZI ",NA,Ingingo ya 13: Kwimura inyandiko,"Abagenzuzi ntibemerewe gufotora, kwimura cyangwa gutwara ikintu icyo ari cyo cyose babonye mu gihe bakora igenzura. Icyakora iyo hari ikimenyetso babonye gituma bakeka ko hari igenzura ryakozwe mu buryo bunyuranyije n‟amategeko, icyo kimenyetso baragifotora bagasiga umwimerere wacyo. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N‟IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 14: Igenzura ridakorewe muri sosiyete y‟itumanaho ","Umukuru w‟Urwego rushinzwe imicungire y‟ibikoresho byifashishwa mu igenzura ry‟itumanaho ritiyambaza ikigo cyangwa sosiyete bitanga serivisi y‟itumanaho ashyiraho imbonerahamwe yuzuzwa n‟Umukuru w‟Urwego rubyemererwa n‟amategeko mbere yo gufashwa gukora igenzura. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N‟IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 15: Ibikorwa bidafatwa nk‟igenzura ry‟itumanaho ","Ibikorwa bikurikira ntibifatwa nk‟igenzura ry‟itumanaho:1° ibimenyetso by‟ibyaha bigaragaza ko itumanaho ryabayeho bigafatwa ubutumwa bwaramaze kugera ku wo bwagenewe; 2° ibimenyetso bishingiye ku itumanaho ryabayeho rigafatwa n‟uwaryohereje, uwaryohererejwe cyangwa se undi muntu hatiyambajwe ibikoresho byabugenewe mu igenzura ry‟itumanaho.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N‟IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 16: Abashinzwe kubahiriza iri teka ","Minisitiri w‟Ingabo, Minisitiri w‟Umutekano mu Gihugu, na Minisitiri w‟Urubyiruko n‟Ikoranabuhanga mu Itumumanaho n‟Isakazabumenyi basabwe kubahiriza iri teka.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N‟IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 17: Ivanwaho ry‟ingingo zinyuranyije n‟iri teka","Ingingo zose z‟amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI W‟INTEBE N° 90/03 RYO KU WA 11/09/2014 RIGENA UBURYO ITEGEKO RYEREKEYE IGENZURA RY‟ITUMANAHO RISHYIRWA MU BIKORWA",NA,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N‟IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 18: Igihe iteka ritangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta yaRepubulika y‟ u Rwanda.Kigali, ku wa 11/09/2014 ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,Ingingo ya mbere: Isobanura,"Ingingo ya 2 y’Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari ihinduwe ku buryo bukurikira: « Muri iri tegeko: (a) “Inama Mpuzabikorwa” bivuga Inama y’Igihugu ishinzwe gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (b) “iyezandonke” hakubiyemo ikorwa rya kimwe mu bikorwa bikurikira, cyaba gikozwe n’umuntu ukoze icyaha cy’ibanze cyangwa undi muntu, agikoreye ku butaka bw’u Rwanda cyangwa ubw’ikindi gihugu: (i) guhindura, kohereza cyangwa kuba afite umutungo, nyir’ukubikora azi cyangwa ashobora kumenya ko uturuka ku cyaha cyangwa ku gikorwa cyo kugira uruhare mu ikorwa ryacyo; (ii) guhisha umutungo, kutagaragaza imiterere nyayo yawo, inkomoko yawo, aho ubarizwa, kuwimura, kuwikuraho, kuwutanga, guhisha nyir‘umutungo nyawe cyangwa uwufiteho uburenganzira, nyir’ukubikora azi cyangwa hari impamvu zituma ashobora kumenya ko uwo mutungo ari indonke ituruka ku cyaha cyangwa uturuka ku kugira uruhare mu ikorwa ryacyo; (iii)kwegukana, gutunga cyangwa gukoresha umutungo uzi cyangwa ushobora kumenya, mu gihe cyo kuwakira, ko uwo mutungo ukomoka ku cyaha cyangwa uturuka ku kugira uruhare mu ikorwa ryacyo; (iv)kugira uruhare, kwishyira hamwe cyangwa gucura umugambi wo gukora icyaha, ubwinjiracyaha, gufasha, gushishikariza no gutiza umurindi, korohereza cyangwagutanga inama mu gukora igikorwa icyo ari cyo cyose mu bivugwa mu duce (i), (ii) na (iii) tw’aka gaka; (v) guhisha cyangwa kuyoberanya inkomoko y’umutungo itemewe n’amategeko cyangwa gufasha umuntu wakoze icyaha cy’ibanze kugira ngo ahunge ingaruka zo mu rwego rw’amategeko ku bikorwa bye; (c) “ubutasi ku mari” bivuga igikorwa kigamije kwakira no gusesengura amakuru ku bikorwa by’ihererekanya ry’imari bikemangwa n’andi makuru ajyanye n’iyezandonke n’ibyaha by’ibanze bifitanye isano na yo, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi kugira ngo ibivuye mu isesengura bimenyeshwe inzego bireba; (d) “umuryango ufite ubuzimagatozi” bivuga ikigo gifite ubuzima gatozi harimo isosiyete y’ubucuruzi, koperative, ikigo, umuryango nyarwanda utariuwa Leta, umuryango mpuzamahanga utari uwa Leta, umuryango ushingiye ku myemerere, fondasiyo, ubufatanye mu bucuruzi, n’ibindi bimeze kimwe; (e) “urutonde rurambuye rw’abashinzwe gutanga amakuru” bivuga urutonde rw’abashinzwe gutanga amakuru FIC ikora ishingiye ku bivugwa mu gaka ka (f) k’iyi ngingo; (f) “ushinzwe gutanga amakuru” hakubiyemo: (i) ikigo cy’imari; (ii) umwavoka, umunoteri, umuhesha w’inkiko w’umwuga n’abandi bakora umwuga ushingiye ku mategeko bigenga, iyo bahagarariye cyangwa bafasha umukiriya hanze y’urukiko, by’umwihariko mu rwego rw’ibikorwa bikurikira: A. kugura no kugurisha umutungo utimukanwa;B. gucunga amafaranga, inyandiko z’agaciro cyangwa undi mutungo by’umukiriya; C. gucunga konti zo kubitsa no kubikurizaho, konti yo kuzigama cyangwa konti y’inyandiko y’agaciro; D. gushyira hamwe imigabane yo gushinga isosiyete y’ubucuruzi, gutunganya ibikorwa cyangwa imicungire byayo; E. gushinga, gucunga cyangwa kuyobora ikigo gifite ubuzima gatozi cyangwa ubwumvikane bushingiye ku masezerano, kimwe no kugura no kugurisha ikigo cy’ubucuruzi; (iii) umugenzuzi w’imari, umubaruramari n’umujyanama mu by’imisoro; (iv) umuntu uhuza umuguzi n’ugurisha mu mirimo yerekeranye n’imitungo itimukanwa; (v) umucuruzi w’amabuye y’agaciro n’andi bimeze kimwe; (vi) umuntu ku giti cye, ikigo cyangwa isosiyete y’ubucuruzi bikwirakwiza amafaranga; (vii) ikazino n’ibigo bikoresha tombora zikorera mu Gihugu; (viii) umuntu utanga serivisi mu masezerano y’ubwizerane no mu masosiyete y’ubucuruzi; (ix) abatanga serivisi z’umutungo koranabuhanga; (x) abandi bashobora kugenwa n’Iteka rya Minisitiri ufite imari mu nshingano; (g) “Urwego rubifitiye ububasha” hakubiyemo inzego za Leta zifite mu nshingano kurwanya iyezandonke, kurwanya gutera inkunga iterabwoba cyangwa gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi, harimo – (i) Urwego rushinzwe ubutasi ku mari; (ii) inzego zifite mu nshingano kugenza cyangwa gukurikirana ibyaha by’iyezandonke, ibyaha by’ibanze bijyanye na byo, ibyaha byo gutera inkunga iterabwoba n’ibyo gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi zikaba kandi zishinzwe gufatira, guhagarika, no kunyaga indonke zikomoka ku cyaha cyangwa ibyakoreshejwe icyaha; (iii) inzego zakira amakuru ku mafaranga yambukanwa imipakan’inyandiko mvunjwafaranga zishyurwa uzifite; (iv) n’inzego zifite mu nshingano kugenzura cyangwa gukurikirana ibikorwa byo kurwanya icyaha cy’iyezandonke, icyo gutera inkunga iterabwoba n’icyo gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (h) “Urwego rugenzura” bivuga urwego rushyiraho amabwiriza, rugenzura, rusuzuma kandi rukurikirana imikorere y’abashinzwe gutanga amakuru.»",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,Ingingo ya 2: Inshingano ,"Ingingo ya 7 y’Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari ihinduwe ku buryo bukurikira: « Nk’Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari, FIC ni rwo rwego rwonyine rufiteinshingano zikurikira: (a) gusaba, kwakira, gukusanya, guhuriza hamwe no gusesengura raporo ku bikorwa by’ubucuruzi n’ibindi bikorwa bikemangwa cyangwa andi makuru yerekeye iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi n’ibindi byaha by’ibanze bifitanye isano na byo no gushyikiriza inzego bireba ibyavuye mu isesengura rwakozwe rubyibwirije cyangwa rubisabwe, hakoreshejwe inzira zabugenewe, zizewe kandi zitekanye; (b) kwakira raporo ku bikorwa bikurikira hagamijwe gukumira no guhana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi n’ibindi byaha by’ibanze bifitanye isano na byo: (i) igikorwa gikemangwa; (ii) igikorwa cy’ubucuruzi gikemangwa;(iii) imenyekanisha gikorwa cy’ubucuruzi cyishyuwe kashi; (iv) ihererekanya ry’amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga; (v) n’indi raporo y’imenyekanisha hashingiwe ku kigero cyagenwe. (c) gukora isesengura ry’imikorere n’isesengura ryimbitse ku makuru y’ibikorwa ku ihererekanya ry’imari bikemangwa yakiriwe no gushyikiriza ibyavuyemo inzego zibishinzwe; (d) guhuza ibikorwa by’inzego zose bijyanye no gukumira no gushyira mu bikorwa itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (e) kugira inama Guverinoma ku birebana na politiki n’ingamba bigamije gukumira no guhana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryazo; (f) gutanga inama ku nzego zibifitiye ububasha ku ihindurwa n’ivugururwa ry’amategeko ajyanye no gukumira no guhana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi, igihe bibaye ngombwa; (g) gushyiraho ibipimo bifasha kumenya ibikorwa by’ihererekanya ry’imari bikemangwa; (h) gutanga amahugurwa n’ubufasha ku nzego zifite mu nshingano gukumira no guhana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi ku kibazo cyose kirebana no gukumira no guhana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro zakirimbuzi; (i) gukora ubukangurambaga ku kibazo cyose kijyanye no gukumira no guhana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (j) gutegura no gushyiraho uburyo bw’imikorere n’igenzura hagamijwe umutekano n’ibanga by’amakuru abitswe na FIC; (k) gukora isuzuma ry’ingaruka ku rwego rw’Igihugu zaterwa n’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (l) gushyiraho no gucunga ububiko bw’amakuru ashingiye ku mibare no ku nyandiko ku birebana n’ikigero cy’ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkungaikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (m)gukora ubushakashatsi ku mihindagurikire, tekiniki n’ubwiyongere mu byerekeye iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (n) kugira inama inzego zigenzura imikorere y’abashinzwe gutanga amakuru ku bijyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (o) kugira uruhare mu bikorwa bihuza inzego zitandukanye bigamije gukemura ibibazo biterwa n’ibyaha bimunga ubukungu n’imari ku rwego rw’Igihugu, urw’akarere no ku rwego mpuzamahanga; (p) gutangaza raporo zigaragaza imibare yuzuye, ibyiciro n’imihindagurikire by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro zakirimbuzi n’amakuru arebana n’ibikorwa byayo; (q) gutangariza abashinzwe gutanga amakuru icyo ruvuga ku makuru avuye muri raporo zerekeye ibikorwa bikemangwa, tekiniki zigezweho, uburyo bukoreshwa, imihindagurikire cyangwa ingero z’ibikorwa byabaye by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi ariko izo ngero ntizigaragazwemo amakuru agomba kugirwa ibanga; (r) gukora urutonde rurambuye rw’abashinzwe gutanga amakuru no kurutangaza; (s) kugira imikoranire n’inzego, imiryango cyangwa ibigo bikorera ku rwego rw’Igihugu no ku rwego mpuzamahanga mu kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (t) gutanga cyangwa guhererekanyaamakuru n’urwego rushinzwe ubutasi ku mari rwo mu kindi gihugu n’izindi nzego zo mu mahanga zifite ububasha bwo kubona amakuru ikeneye iyo bisangiye inshingano yo kugira ibanga ry’akazi; (u) kwakira no gukoresha amakuru y’inyongera aturuka ku bashinzwe gutanga amakuru, yafasha mu gukora isesengura uko bikwiye. » ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,Ingingo ya 3: Ububasha,"Ingingo ya 8 y’Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari ihinduwe ku buryo bukurikira: « FIC ifite ububasha bukurikira: (a) kugenzura ibikorwa by’ihererekanya ry’imari byagaragajwe ko bikemangwa; (b) kugenzura ko inzego zigenzura imikorere y’abashinzwe gutanga amakuru zikora inshingano zazo zerekeye no gukumira no guhana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; (c) gukora – (i) isesengura ry’ibikorwa rikoresha amakuru ahari kandi ashobora kuboneka hagamijwe kumenya ibyakwitabwaho mu buryo bwihariye, gukurikira inzira y’ibikorwa cyangwa ibikorwa by’ubucuruzi byihariye, no kumenya isano iri hagati y’ibyakwitabwaho n’inyungu ishobora guturuka ku byaha, iyezandonke, ibyaha by’ibanze no ku gutera inkunga iterabwoba; (ii) n’isesengura ryimbitse rishingiye ku ngamba rikoresha amakuru ahari kandi ashobora kuboneka, harimo amakuru ashobora gutangwa n’izindi nzego zibifitiye ububasha, kugira ngo hamenyekane urusoberw’ibyaha bishamikiye ku iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba; (d) kugera ku makuru koranabuhanga n’andi makuru ari muri seriveri z’abashinzwe gutanga amakuru cyangwa izindi nzego hagamijwe gukora ubutasi ku mari; (e) guhagarika no gufatira umutungo ukemangwa; (f) gutegeka umuntu ku giti cye cyangwa umuryango ufite ubuzimagatozi ufite inyandikompamo n’inyandiko bwite ku bikorwa by’ihererekanya ry’imari kuziyishyikiriza; (g) gutegeka inzego zibishinzwe gutanga amakuru ajyanye n’imitungo y’abantu ku giti cyabo cyangwa ay’umuryango ufite ubuzimagatozi bikekwaho icyaha cy’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi mu rwego rwo gukora ubutasi ku mari; (h) kugera mu buryo bwagutse ku makuru y’imari, ay’ubutegetsi n’ay’iyubahirizwa ry’amategeko akenewe ayifasha gusohoza neza inshingano zayo; (i) gushyiraho amabwiriza agena amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ku bashinzwe gutanga amakuru bagenzurwa n’urwego; (j) guhabwa n’umuntu ku giti cye no gukoresha inyandiko, ubuhamya cyangwa ibisobanuro bikenewe mu kuyifasha kuzuza neza inshingano zayo; (k) gutanga ibitekerezo hifashishijwe ifishi yabugenewe ikoreshwa mu gutanga ibitekerezo biba byasabwe n’abafatanyabikorwa bayo bo mu gihugu ndetse n’inzego zo ku rwego rw’akarere no ku rwego mpuzamahanga bihuje inshingano; (l) gushyiraho amabwiriza n’imirongo ngenderwaho bigomba gushyirwa mu bikorwa n’abashinzwe gutanga amakuru;(m)gushyiraho amabwiriza y’imikorere no kugenzura abashinzwe gutanga amakuru badafite urwego rubagenzura ruzwi; (n) gushyiraho amabwiriza ashyira mu bikorwa ibyemezo by’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku bijyanye n’ibihano mu by’imari birebana n’iterabwoba no gutera inkunga iterabwoba; (o) gushyiraho amabwiriza ashyira mu bikorwa ibyemezo by’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku bijyanye n’ibihano mu by’imari birebana n’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no kuritera inkunga; (p) gushyiraho politiki n’amabwiriza bigenga uburyo bwo kurinda umutekano n’ibanga by’amakuru.»",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"Ingingo ya 4: Imikoranire ya FIC n’abashinzwe gutanga amakuru n’izindi nzego ","Ingingo ya 24 y’Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari ihinduwe kuburyo bukurikira: « Mu gushyira mu bikorwa inshingano zayo, hagamijwe guhererekanya amakuru ku byerekeye kurwanya ibyaha by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi, FIC ikorana n’abashinzwe gutanga amakuru n’izindi nzego zikurikira: (a) inzego zishinzwe kurinda Igihugu n’umutekano, iz’ubutabera n’iz’imitegekere y’Igihugu; (b) urundi rwego FIC yasanga ari ngombwa. » ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"Ingingo ya 5: Ihame rya magirirane ","Mu Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari, hongewemo ingingo ya 24 bis iteye ku buryo bukurikira: ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"« Ingingo 24 bis: Ihame rya magirirane ","FIC, ibyibwirije cyangwa ibisabwe, ihanahana amakuru n’izindi nzego zo mu mahanga bikora umurimo umwe n’inzego zibifitiye ububasha zo mu Gihugu, binyuze mu masezerano y’ubwumvikane yakozwehagati yazo no kubahiriza ihame rya magirirane uko bisabwa. »",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,Ingingo ya 6: Guhanahana amakuru,"Mu Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari, hongewemo ingingo ya 24 ter iteye ku buryo bukurikira: ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"« Ingingo ya 24 ter: Guhanahana amakuru ","(1) FIC ikorana n’izindi nzego zishinzwe ubutasi ku mari zo mu karere no mu mahanga mu rwego rwo gukumira no guhana icyaha cy’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba, gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi, n’ibindi byaha bifitanye isano na byo. (2) Mu mikoranire ya FIC n’izindi nzego zishinzwe ubutasi ku mari z’ibindi bihugu, harimo amasezerano y’ubwumvikane akubiyemo: (a) uburyo bwo guhanahanaamakuru; (b) uburyo bwo kugira ibanga amakuru yahererekanyijwe n’aho kuyakoresha bigarukira; (c) kuba ihame rya magirirane rigomba kubahirizwa mu guhanahana amakuru; (d) no kuba kohereza amakuru yerekeye ibikorwa byazo mu zindi nzego bibanza gutangirwa uburenganzira n’urundi rwego rw’ubutasi ku mari. (3) Icyakora, FIC ishobora guhanahana amakuru n’izindi nzego zishinzwe ubutasi ku mari z’ibindi bihugu bidashingiye ku masezerano y’ubwumvikane. (4) Inzego zishinzwe ubutasi ku mari zifashisha amakuru zahanahanye gusa ku mpamvu zatumye asabwa cyangwa atangwa. Gutanga aya makuru ku zindi nzego cyangwa kuyakoresha ku mpamvu zitari izatumye asabwa cyangwa atangwa, bibanza gusabirwa uburenganzira urwego(5) Amakuru atanzwe hakurikijwe iyi ngingo ni ibanga kandi ntashobora gukoreshwa cyangwa ngo amenyekanishwe nk’ikimenyetso cyangwa ku mpamvu y’ubucamanza bitabanje kwemerwa na FIC. Amakuru kandi ntashobora gutangwa ku yindi miryango cyangwa ibigo bitari ikigo raporo yoherejweho, hatabayeho uburenganzira bwanditse butangwa na FIC ari nayo ikurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’iyi ngingo. (6) Uburenganzira bwo gukoresha mu bindi cyangwa gutanga amakuru bubanza gutangwa na FIC mu buryo bwihuse no ku kigero gishoboka. Ubwo burenganzira ntibwangwa keretse mu gihe bwaba bunyuranye n’ingingo z’amategeko y’urwego yo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba n’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi, ku buryo budahuye n’inyungu zemewe z’umuntu ku giti cye cyangwa ikigo, cyangwa bikaba bitubahirije amahame y’ingenzi y’amategeko y’igihugu cyangwa Ikigo gitanga amakuru. »",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"Ingingo ya 7: Ifishi yabugenewe isaba amakuru ","Mu Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari, hongewemo ingingo ya 24 quater iteye ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"« Ingingo ya 24 quater: Ifishi yabugenewe isaba amakuru ","(1) Mu rwego rw’imikoranire n’izindi nzego mu guhanahana amakuru, hakoreshwa ifishi yabugenewe. (2) Amabwiriza y’Umuyobozi Mukuru wa FIC agena ifishi yabugenewe isaba amakuru igaragaza imiterere y’ikibazo, abo bireba, ibigo birebwa, konti za banki zirebwa, ibisobanuro ku kibazo kigomba gusesengurwa, isano ishobora guhuza igihugu cyasabwe amakuru n’ibibazo kigomba gusubiza. »",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"Ingingo ya 8: Kurinda amakuru no kugira ibanga","Mu Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari, hongewemo ingingo ya 24 quinquies iteye ku buryo bukurikira: ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"« Ingingo ya 24 quinquies: Kurinda amakuru no kugira ibanga ","(1) Mu mikorere no mu mikoranire n’izindi nzego, FIC irinda amakuru ikanagira ibanga mu bijyanye n’amakuru ahanahanwa no gukoresha uburenganzira bwayo mu kwanga gutanga amakuru niba idashobora kwizezwa ko amakuru yahanahanwe arindwa. (2) FIC itegura, ibika ikanacunga inyandiko n’ibikoresho byayo, bishobora kwinjizwa mu ruhererekane rw’amakuru y’ibihugu n’imiryango mpuzamahanga mu rwego rwo gusohoza inshingano, ariko hubahirijwe ibijyanye no kurinda amakuru no kubika ibanga. (3) Iyo abakozi ba FIC batangira imirimo, bashyira umukono ku masezerano bagirana na FIC abaha inshingano yo kugira ibanga. Ayo masezerano agaragaza ko amakuru abakozi bayo bamenye adashobora gukoreshwa mu buryo ubwo ari bwo bwose, uretse mu nyungu za FIC. »",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"Ingingo ya 9: Amahame mbonezamwuga ngenderwaho","Mu Itegeko n° 045/2021 ryo ku wa 18/08/2021 rigenga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari, hongewemo ingingo ya 24 sexies iteye ku buryo bukurikira: ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"«Ingingo ya 24 sexies: Amahame mbonezamwuga ngenderwaho","(1) Mu mikorere yayo, FIC ikoresha inyandiko rugero y’amasezerano shusho y’Urwego Mpuzamahanga rwa Egmont ruhuza inzego z’ubutasi ku mari. (2) Imirongo ngenderwaho ya FIC igena igitabo gikubiyemo amahame mbonezamwuga ngenderwaho gitanga ibisobanuro birambuye ku bikubiye mu isesengurary’amakuru n’uburyo rikorwamo. » ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,"Ingingo ya 10: Ingingo y’ururimi ","Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw’Icyongereza, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEGEKO N° 002/2024 RYO KU WA 22/01/2025 RIHINDURA ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI","INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",NA,NA,Ingingo ya 11: Gutangira gukurikizwa,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Kigali, 22/01/2025",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije ","Aya mabwiriza agena amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ku bashinzwe gutanga amakuru bagenzurwa n’Urwego. ",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE",NA,"Ingingo ya 2: Ibisobanuro by’amagambo ","Muri aya mabwiriza, amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1° Urwego: Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari; 2° Umukiliya udahoraho: ukora ibikorwa rimwe na rimwe birimo amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni icumi (10.000.000 FRW) cyangwa ahwanye na yo mu mafaranga y’amahanga; 3° Umuyobozi mukuru: umukozi wo mu buyobozi bukuru uri ku rwego rwo hejuru cyangwa umukozi w’ingenzi w’ushinzwe gutanga amakuru, harimo:a. Umuyobozi Mukuru (CEO/MD) cyangwa abari ku rwego rwe; b. abakozi bo mu buyobozi bukuru batanga raporo ku Nama y’Ubutegetsi cyangwa kuri komite z’inama y’ubutegetsi; na c. abakozi bo mu buyobozi bukuru batanga raporo ku Muyobozi Mukuru (CEO/MD).",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,Ingingo ya 3: Kutiyandikisha mu gihe giteganyijwe,NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utiyandikishije mu gihe giteganyijwe n’amabwiriza y’Urwego aba akoze ikosa, kandi ahanishwa igihano cy’ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atarenze miliyoni icumi (10.000.000 FRW) yishyurwa mu kigega cya Leta." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,Ingingo ya 4: Kutamenyesha Urwego impinduka mu nyandiko,NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utamenyesheje Urwego mu nyandiko impinduka iyo ari yo yose ku makuru yatanzwe mu kwiyandikisha mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi izo mpinduka zibaye aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw`ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda angana n’ibihumbi magana atanu (500.000 FRW) abarwa kuri buri munsi w’ubukererwe mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30). Iyo ushinzwe gutanga amakuru arengeje iminsi mirongo itatu (30) ataramenyesheje Urwego mu nyandiko impinduka iyo ari yo yose ku makuru yatanzwe mu kwiyandikisha, uretse ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi yavuzwe mu gika kibanziriza iki anahagarikirwa ibikorwa by’ubucuruzi mu gihe kitarenze amezi atandatu (6). Iyo ushinzwe gutanga amakuru yongeye gukora ikosa ryo kutamenyesha Urwego mu nyandiko impinduka iyo ari yo yose ku makuru yatanzwe mu kwiyandikisha, ibikorwa bye by’ubucuruzi bihagarikwa mu gihe cy’amezi makumyabiri n’ane (24)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 5: Kudashyiraho umukozi ushinzwe amakuru ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho umukozi ushinzwe gutanga amakuru aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni imwe (1.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA," Ingingo ya 6: Kudatanga raporo cyangwa izindi nyandiko ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyikirije Urwego, mu gihe giteganywa n’amategeko abigenga, raporo cyangwa izindi nyandiko ziteganywa n’amabwiriza cyangwa ibyemezo, cyangwa watanze raporo zituzuye cyangwa inyandiko zitari zo, aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni eshatu (3.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 Frw) kuri buri raporo cyangwa inyandiko itaratanzwe. Iyo kudatanga raporo cyangwa gutanga raporo ituzuye cyangwa itari yo byakozwe mu rwego rwo guhishira ikosa, utanga amakuru ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 7: Kudasesengura ingorane ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utakoze isesengura ry’ikigo ku ngorane zerekeye iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi zishobora kumugwirira aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utakoze isesengura ry’ikigo ku ngorane zerekeye iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi zishobora kumugwirira yaguye ibikorwa bye, afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari mu nsi ya miliyoni eshatu (3.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni esheshatu (6.000.000 Frw). Iyo ushinzwe gutanga amakuru atakozeamashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). isesengura ry’ikigo ku ngorane zerekeye iyezandonke no gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi zishobora kumugwirira afite " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 8: Kudashyiraho politiki n’uburyo bukurikizwa ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho politiki n’uburyo bukurikizwa mu kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho politiki n’uburyo bukurikizwa mu kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi yaguye ibikorwa, afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni umunani (8.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho politiki n’uburyo bukurikizwa mu kurwanyaiyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000Frw)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 9: Kudashyiraho no kudashyira mu bikorwa gahunda y’amahugurwa n’ubukangurambaga ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho gahunda y’amahugurwa n’iy’ubukangurambaga ku bakozi be mu rwego rwo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Ushinzwe gutanga amakuru udashyira mu bikorwa gahunda y’amahugurwa n’iy’ubukangurambaga ku bakozi be mu rwego rwo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi aba akoze ikosa kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshatu (3.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 10: Kudakora ubugenzuzi ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udakora ubugenzuzi bwizewe kandi bwigenga nkuko biteganyijwe mu mategeko n’amabwiriza aba akoze ikosa kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshatu (3.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udakora ubugenzuzi bwizewe kandi bwigenga afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udakora ubugenzuzi bwizewe kandi bwigenga afite amashami mu bindi bihugu ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 11: Kudakurikiranira hafi amashami cyangwa udushami duherereye mu mu bindi bihugu ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udakurikiranira hafi amashami cyangwa udushami duherereye mu bindi bihugu bidafite amategeko n’amabwiriza ahamye akwiye yo kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 12: Kudashyira abakiliya mu byiciro ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyize abakiliya mu byiciro aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu ryo mu rwego rw’ ubutegetsi rihwanye n’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA," Ingingo ya 13: Kutagira inyandiko igaragaza amakuru y’Umukiliya na nyir’umutungo nyawe",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwanditse bwo kubona amakuru yizewe ku mukiliya no kuri nyir’umutungo nyawe mu gihe cy’imikoranire aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwanditse bwo kubona amakuru yizewe ku mukiriya no kuri nyir’umutungo nyawe mu gihe cy’imikoranire afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwanditse bwo kubona amakuru yizewe ku mukiliya no kuri nyir’umutungo nyawe mu gihe cy’imikoranire afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 14: Kudashyiraho ingamba ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyizeho ingamba zo kumenya amakuru yizewe y’Umukiliya n’umwirondoro wa nyir’umutungo nyawe aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyizeho ingamba zo kumenya amakuru yizewe y’Umukiliya n’umwirondoro wa nyir’umutungo nyawe afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW).Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyizeho ingamba zo kumenya amakuru yizewe y’Umukiliya n’umwirondoro wa nyir’umutungo nyawe afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 15: Kutamenya no kutagenzura umwirondoro w’Umukiliya n’uwa nyir’umutungo nyawe ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utamenya ntanagenzure umwirondoro w’Umukiliya n’uwa nyir’umutungo nyawe aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utagenzuye umwirondoro w’Umukiliya n’uwa nyir’umutungo nyawe afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utagenzuye umwirondoro w’Umukiliya n’uwa nyir’umutungo nyawe afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 16: Kudashyiraho uburyo bwanditse ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwanditse bugaragaza ibyateza ibyago mu Kumenya no kugenzura umwirondoro w’Umukiliya n’uwa nyir’umutungo nyawe aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5,000,000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 17: Kudashyiraho uburyo bwo kubungabunga no kuvugurura amakuru ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwo kubungabunga no kuvugurura amakuru y’Umukiliya n’aya nyir’umutungo nyawe aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni e shanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwo kubungabunga no kuvugurura amakuru y’umukiliya n’aya nyir’umutungo nyawe afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW).Iyo ushinzwe gutanga amakuru udashyiraho uburyo bwo kubungabunga no kuvugurura amakuru y’Umukiliya n’aya nyir’umutungo nyawe afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000Frw). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 18: Kutagenzura niba Umukiliya cyangwa nyir’umutungo nyawe atari uwashyizwe ku rutonde ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utagenzuye ko Umukiliya cyangwa nyirumutungo nyawe atari uwashyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba n’abaritera inkunga hakurikijwe amategeko y’imbere mu gihugu cyangwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano yemejwe mu mutwe wa VII w’amasezerano agenga Umuryango w’Abibumbye aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda angana na miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utagenzuye ko Umukiliya cyangwa nyir’umutungo nyawe atari uwashyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba n’abaritera inkunga hakurikijwe amategeko y’imbere mu gihugu cyangwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryangow’Abibumbye gashinzwe Umutekano yemejwe hashingiwe ku mutwe wa VII w’amasezerano agenga Umuryango w’Abibumbye afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utagenzuye ko Umukiliya cyangwa nyir’umutungo nyawe atari uwashyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba n’abaritera inkunga hakurikijwe amategeko y’imbere mu gihugu cyangwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano yemejwe hashingiwe ku mutwe wa VII w’amasezerano agenga Umuryango w’Abibumbye afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 19: Kutamenyesha Urwego ko umukiliya cyangwa nyir’umutungo nyawe ari uwashyizwe ku rutonde",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utamenyesheje Urwego ko Umukiliya cyangwa nyir’umutungo nyawe ari uwashyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba n’abaritera inkunga hakurikijwe amategeko y’imbere mugihugu cyangwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano yemejwe mu mutwe wa VII w’amasezerano agenga Umuryango w’Abibumbye aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utamenyesheje Urwego ko Umukiliya cyangwa nyir’umutungo nyawe ari uwashyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba n’abaritera inkunga hakurikijwe amategeko y’imbere mu gihugu cyangwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano yemejwe mu mutwe wa VII w’amasezerano agenga Umuryango w’Abibumbye afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 Frw). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utamenyesheje Urwego ko Umukiliya cyangwa nyir’umutungo nyawe ari uwashyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba n’abaritera inkunga hakurikijwe amategeko y’imbere mu gihugu cyangwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano yemejwe mu mutwe wa VIIw’amasezerano agenga Umuryango afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni cumi n’eshanu (15.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA," Ingingo ya 20: Kudakora ubushishozi ku umukiliya udahoraho",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku mukiriya udahoraho aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni imwe (1.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku mukiliya udahoraho afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku mukiriya udahoraho afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshatu (3.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 21: Kudakora ubushishozi ku mukiliya cyangwa nyir’umutugo nyawe ukemangwa ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku mukiriya cyangwa kuri nyir’umutungo nyawe ukemangwa aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku mukiriya cyangwa kuri nyir’umutungo nyawe ukemangwa afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku mukiriya cyangwa Kuri nyir’umutungo nyawe ukemangwa afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 22: Kudakora ubushishozi ku mikoranire y’ubucuruzi ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru udakora ubushishozi buhoraho ku mikoranire y’ubucuruzi n’igenzura ry’ibikorwa by’ubucuruzi byakozwe muri iyo mikoranire aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni eshatu (3.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 23: Kudakora ubushishozi mu mikoranire n’umuntu ugaragara mu rwego rwa politiki ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku muntu ugaragaraga mu rwego rwa politiki aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku muntu ugaragaraga mu rwego rwa politiki afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW).Iyo ushinzwe gutanga amakuru utakoze ubushishozi ku muntu ugaragaraga mu rwego rwa politiki afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 FRW)." AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 24: Kutavugurura amakuru y’Umukiliya cyangwa aya nyir’umutungo nyawe ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utavugurura amakuru y’Umukiliya cyangwa aya nyir’umutungo nyawe aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 25: Kutamenyekanisha ibikorwa by’ubucuruzi byishyuwe kashi ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utamenyesheje Urwego igikorwa cy’ubucuruzi cyishyuwe kashi amafaranga angana cyangwa arenga ikigero cyagenwe n’amabwiriza rusange yerekeye kurwanya iyezandoke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakiza ry’intwaro za kirimbuzi aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda angana n’icumi ku ijana (10%) y’ayarenze ku ikigero cyashyizweho n’Urwego" AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,Ingingo ya 26: Kutabika inyandiko,NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utabitse inyandiko mu gihe no mu buryo bugenwa n’itegeko aba akoze ikosa kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utabitse inyandiko mu gihe no mu buryo bugenwa n’itegeko afite amashami mu bice bitandukanye by’Igihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni zirindwi (7.000.000 Frw). Iyo ushinzwe gutanga amakuru utabitse inyandiko mu gihe no mu buryo bugenwa n’itegeko afite amashami mu bindi bihugu, ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni icumi (10.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 27: Kudaha Urwego amakuru yasabwe ",NA,"Ushinzwe gutanga amakuru utahaye cyangwa watinze guha Urwego amakuru yasabwe ku mpamvu z’ubutasi, mu gihe kitarenze amasaha 72 abarwa uhereye igihe yakireye ubusabe, aba akoze ikosa, kandi ahanishwa ihazabu yo murwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni eshanu (5.000.000 FRW). " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 28: Ibindi bihano Urwego rushobora gufatira ushinzwe gutanga amakuru ",NA,"Haseguriwe ibiteganywa mu ngingo ziteganya amakosa n’ibihano muri aya mabwiriza, Urwego rushobora no gutanga igihano kimwe cyangwa byinshi mu bihano bikurikira: 1° kwihanangirizwa mu nyandiko; 2° kubuzwa gutangira ibikorwa bishya cyangwa kwagura ibihari; 3° guhagarikirwa ibikorwa mu gihe kigenwa n’Urwego; 4° kubuzwa kugira indi mitungo binyuze mu buryo bwo kugura, gukodesha cyangwa ikodeshagurisha; 5° kubuzwa gutanga agahimbazamusyi ako ari ko kose, imperekeza, amafaranga yo kwifashisha cyangwa n’andi yahabwa abagize inama y’ubutegetsi;6° kubuzwa gutanga agahimbazamusyi ku mushahara, amafaranga yo kwifashisha cyangwa n’andi yahabwa abayobozi n’abandi bakozi; 7° kubuzwa kwishyura amafaranga y’ibikorwa kuri sosiyite nkuru ndetse n’izindi bifitanye isano; 8° gusaba ubuyobozi bubifitiye ububasha kumwambura uruhushya rwo gukora; 9° gutangaza amakosa yakozwe n’ushinzwe gutanga amakuru n’ibihano yahanishijwe binyujijwe ku rubuga rwarwo rwa murandasi. " AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,UMUTWE WA II: AMAKOSA N’IBIHANO,NA,"Ingingo ya 29: Ibihano ku bagize inama y’ubutegetsi n’abayobozi bakuru",NA,"Haseguriwe ibihano by’ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi biteganywa n’aya mabwiriza, igihe ugize inama y’ubutegetsi cyangwa umuyobozi mukuru atamenyesheje Urwego ikosa iryo ari ryo ryose, cyangwa igisabwa kumenyeshwa Urwego, Urwego rumuhanisha kimwe mu bihano bikurikira: 1° kwihanangirizwa; 2° guhagarikwa by agateganyo; 3° kwirukanwa" AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: KUGENA IGIHANO ",NA,"Ingingo ya 30: Ibishingirwaho mu kugena ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ibihano biteganyijwe muri aya mabwiriza bitangwa hashingiwe ku : 1° ubugenzuzi bwakorewe ushinzwe gutanga amakuru n’ibyatahuwe n’abagenzuzi b’Urwego birebana no kutubahiza ibisabwa; cyangwa 2° icyifuzonama cy’urwego rubishinzwe. ",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: KUGENA IGIHANO ",NA,"Ingingo ya 31: Imiterere n’uburemere bw’ikosa ryo kutubahiriza ibisabwa ","Mu kugena imiterere n’uburemere bw’ikosa ryakozwe, Urwego rwita kuri ibi bikurikira: 1° niba kutubahiriza ibisabwa byarabayeku bushake, ku bw’uburiganya cyangwa kwaraturutse ku burangare cyangwa ubushishozi bucye; 2° igihe n’inshuro zo kutubahiriza ibisabwa; 3° ingano y’inyungu yabonywe cyangwa igihombo cyaburijwemo kubera kutubahiriza ibisabwa; 4° niba kutubahiriza ibisabwa bigaragaza uburemere cyangwa intege nke ziri mu micungire cyangwa amabwiriza yose ngengamikorere yerekeye imikorere muri rusange cyangwa igice kimwe cyayo; 5° imiterere n’ikigero iyezandonke cyangwa gutera inkunga iterabwoba cyangwa gutera inkunga ikwirakwizwa ry’intwaro za kirimbuzi byafashijwemo cyangwa byoroherejwemo gukorwa, cyangwa byabayeho kubera kutubahiriza ibisabwa; 6° niba hari ibibazo bito, ku buryo buri cyose ukwacyo kitaba impamvu yo gutanga ibihano, ariko byatuma gutanga igihano bishoboka iyo ibyo bibazo bito byose bikomatanyijwe; 7° niba hari icyaha cyashoboraga kuba cyangwa hari ikiri gukurikiranwa gishobora kubangamirwa cyangwa guhagarikwa n’uko hari igihano gitanzwe hakurijwe ibiteganywa muri aya mabwiriza. ",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: KUGENA IGIHANO ",NA,"Ingingo ya 32: Imyitwarire y’ushinzwe gutanga amakuru ","Mu gusuzuma imyitwarire y’ushinzwe gutanga amakuru mu miyoborere ye nyuma yo kutubahiriza ibisabwa, Urwego rureba ibi bikurikira: 1° uko ubuyobozi bw’ushinzwe gutanga amakuru bireba bwagejeje ikibazo ku Rwego mu buryo bwihuse, bukwiye kandi buboneye; 2° ikigero cy’imikoranire n’abagenzuzi b’Urwego mu gihe cy’ubugenzuzi; 3° ingamba zo gukosora zafashwe mu gihe hagaragaye ikibazo cyo kutubahiriza ibisabwa harimo ibihano byo mu rwego rw’imyitwarire byafatiwe umukozi wabigizemo uruhare, aho bishoboka, gukosora ibitaragenze neza mu mikorere, n’ingamba zafashwe kugira ngo ibibazo nk’ibyo bitazongera kubaho mu bihe biri imbere; 4° niba kutubahiriza ibisabwa bishobora kongera kubaho mu gihe ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi byaba bitafashwe; 5° niba kutubahiriza ibisabwa byaremewe cyangwa byarahakanywe.",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: KUGENA IGIHANO ",NA,"Ingingo ya 33: Amakuru yo mu bihe byashize y’ushinzwe gutanga amakuru cyangwa ay’uwo bireba mu miyoborere ","Mu kureba amakuru yo mu bihe byashize y’ushinzwe gutanga amakuru cyangwa undi muntu bireba mu miyoborere, Urwego rureba ibi bikurikira: 1° niba hari ingamba zaba zarigeze gufatwa zakomotseho ikemurwa ry’ikibazo, itangwa ry’igihano, cyangwa niba yarigeze ahamwa n’icyaha; 2° niba ushinzwe gutanga amakurucyangwa uwo bireba mu miyoborere ye, yarigeze gusabwa gufata ingamba zo gukosora amakosa; 3° amateka muri rusange y’uburyo ushinzwe gutanga amakuru cyangwa umuntu bireba yubahiriza ibisabwa. ",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: KUGENA IGIHANO ",NA,Ingingo ya 34 : Ibindi birebwa,"Bitabangamiye ibiteganywa mu ngingo ya 30, iya 31, iya 32 n’iya 33 z’aya mabwiriza, mu kugena ibihano Urwego rureba kandi ibi bikurikira: 1° ubwiganze bwo kutubahiriza ibisabwa; 2° ibyakozwe n’ushinzwe gutanga amakuru ku kibazo bisa cyabaye mu gihe cyahise; 3° ingaruka zatejwe no kutubahiriza ibisabwa; 4° ingano n’imiterere y’ibikorwa by’ushinzwe gutanga amakuru n’ubushobozi bwe mu by’ubukungu; 5° andi makuru yose yaba ari ngombwa.Mu gihe inama y’ubutegetsi, umuyobozi mukuru, cyangwa umukozi ushinzwe kubahiriza ibisabwa n’aya mabwiriza yahanwe mu myaka itatu ikurikirana y’igenzura ryabaye ariko amakosa agakomeza, Urwego rusaba ko inama y’ubutegetsi, cyangwa umukozi bireba w’ushinzwe gutanga amakuru ahagarikwa by’agateganyo cyangwa agasezererwa burundu. Ushinzwe gutanga amakuru, amenyesha ku buryo burambuye, muri raporo ye y’umwaka, igihano yahawe nk’ingaruka zo kutubahiriza ibisabwa n’aho ageze agishyira mu bikorwaMu gihe inama y’ubutegetsi, umuyobozi mukuru, cyangwa umukozi ushinzwe kubahiriza ibisabwa n’aya mabwiriza yahanwe mu myaka itatu ikurikirana y’igenzura ryabaye ariko amakosa agakomeza, Urwego rusaba ko inama y’ubutegetsi, cyangwa umukozi bireba w’ushinzwe gutanga amakuru ahagarikwa by’agateganyo cyangwa agasezererwa burundu. Ushinzwe gutanga amakuru, amenyesha ku buryo burambuye, muri raporo ye y’umwaka, igihano yahawe nk’ingaruka zo kutubahiriza ibisabwa n’aho ageze agishyira mu bikorwa. ",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZINYURANYE N’ISOZA ",NA,"Ingingo ya 35: Kujuririra igihano ","Ushinzwe gutanga amakuru cyangwa umuntu wafatiwe ibihano cyangwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi byo ashobora kujuririra Umuyobozi Mukuru w’Urwego ku gihano yahawe mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi ibarwa uhereye itariki yakiriye ibaruwa imumenyesha icyo gihano. ",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZINYURANYE N’ISOZA ",NA,"Ingingo ya 36: Kuregera inkiko ","Ushinzwe gutanga amakuru utanyuzwe n’icyemezo cy’umuyobozi yajuririye ku rwego rwa nyuma ashobora kuregera urukiko hakurikijwe amategeko abigenga.",NA AMABWIRIZA Nº 002/FIC/2022 YO KU WA 03/10/2022 Y’URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI AGENA AMAKOSA N’IBIHANO,AMABWIRIZA,"UMUTWE WA IV: INGINGO ZINYURANYE N’ISOZA ",NA,"Ingingo ya 37: Igihe aya mabwiriza atangirira gukurikizwa","Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 03/10/2022 ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya mbere: Icyo aya mabwiriza agamije ","Aya mabwiriza ashyira mu bikorwa ibyemezo by’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku bijyanye n’ibihano mu by’imari birebana na – (a) iterabwoba no gutera inkunga iterabwoba; (b) n’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no kuritera inkunga. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 2: Isobanura,"Muri aya mabwiriza: (a) « amafaranga y’ibikenewe by’ibanze » hakubiyemo amafaranga akoreshwa n’umuryango buri kwezi mu kwishyura – (i) ibiribwa; (ii) ubukode; (iii)ubwishyu ku mutungo utimukanwa; (iv)imiti; (v) kwivuza; (vi)imisoro; (vii) ikiguzi cy’ubwishingizi; (viii) ikiguzi kuri serivisi z’inyungu rusange; (ix)amafaranga yishyurwa umunyamwuga; (x) amafaranga ajyanye no kwishyura serivisi z’amategeko; (xi)amafaranga cyangwa ikiguzi cya serivisi byishyurwa ku mirimo yo gukomeza gufata neza cyangwa kubika amafaranga yafatiriwe, undi mutungo wo mu rwego rw’imari cyangwa wo mu rwego rw’ubukungu. (b) « Urwego » bivuga Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari; (c) « ubucuruzi » harimo kwakira, kubona, gukora igikorwa cy’ubucuruzi, guhagararira, guhisha, kwikuraho, guhindura, kohereza, kwimura, gukoresha nk’ingwate cyangwa gutanga serivisi z’imari; (d) “gukura ku rutonde » bivuga gusiba izina ry’umuntu ku rutonde rw’Igihugu cyangwa ku rutonde rw’ibihanorw’Umuryango w’Abibumbye; (e) « umuntu washyizwe ku rutonde » harimo umuntu, itsinda ry’abantu cyangwa ikigo bashyizwe ku rutonde rw’abakora iterabwoba, abatera inkunga iterabwoba, abakwirakwiza intwaro za kirimbuzi n’abatera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi hakurikijwe amategeko y’imbere mu Gihugu cyangwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano yemejwe hashingiwe ku Mutwe wa VII w’Amasezerano agenga Umuryango w’Abibumbye; (f) « gushyira ku rutonde » bivuga gushyira umuntu ku rutonde rw’Igihugu nk’umuterabwoba, umuntu cyangwa itsinda ry’abantu bakwirakwiza intwaro za kirimbuzi, abaterankunga b’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi cyangwa nk’abaterankunga b’iterabwoba cyangwa gushyira umuntu ku rutonde rw’ibihano rw’Umuryango w’Abibumbye bikozwe na Komite ishinzwe ibihano y’Umuryango w’Abibumbye; (g) « urutonde rw’Igihugu » bivugaurutonde rw’abaterabwoba n’abaterankunga b’iterabwoba rwateguwe kandi rwemejwe na Komite y’Igihugu ishinzwe kurwanya iterabwoba; (h) « umutungo wo mu rwego rw’ubukungu » bivuga umutungo w’ubwoko bwose, waba uwimukanwa cyangwa utimukanwa, ufatika cyangwa udafatika, uriho cyangwa ushobora kubaho, utari amafaranga kandi ushobora gukoreshwa kugira ngo haboneke amafaranga, ibintu cyangwa serivisi; (i) « ibyangombwa nkenerwa bidasanzwe » bivuga amafaranga akoreshejwe atari amafaranga atangwa ku bintu bikenewe by’ibanze; (j) « guhagarika cyangwa gufatira » bivuga ingamba zo gukumira cyangwa guhagarika ko umutungo runaka cyangwa amafaranga bikoreshwa, bihererekanywa, bivunjwa, bihindurwa, bihishwa byimurwa, cyangwa bikorwaho mu buryo bushoboka bitagize ingaruka ku burenganzira nyirizina kuri wo; (k) « amafaranga cyangwa undi mutungo » harimo umutungo, wo mu rwego rw’imari, umutungo wo mu rwego rw’ubukungu, ibintu by’ubwoko bunyuranye byaba bifatika cyangwa bidafatika, byaba byimukanwa cyangwa bitimukanwa, uko byaba byarabonetse kose, kimwe n’inyandiko zemewe n’amategeko cyangwa inyandiko z’ubwoko ubwo ari bwo bwose zirimo izikoze mu buryo bw’ikoranabuhanga zigaragaza icyemezo cy’umutungo cyangwa inyungu kuri ayo mafaranga cyangwa undi mutungo, inguzanyo za banki, sheki zikoreshwa mu ngendo, sheki za banki, inyandiko zitegeka kwishyura, imigabane, inyandiko nyemezamwenda, inyandiko zicuruzwa ku isoko ry’imari, inyandiko zifashishwa mu ma banki, inyandiko mpeshanguzanyo, n’izindi nyungu, inyungu ku migabane cyangwa andi mafaranga yinjizwa cyangwa agaciro kiyongera bitewe cyangwa kabyawe n’ayo mafaranga n’undi mutungo ushobora gukoreshwa kugira ngo haboneke amafaranga, ibicuruzwa cyangwa serivisi; (l) « ako kanya » bivuga bidatinze mu gihe kitarenze amasaha 24 nyuma yo gufata icyemezo; (m)« urutonde rw’abantu bashyizwe ku rutonde » rakubiyemo lisiti y’abantu bashyizwe ku rutonde rw’Igihugu rw’ibihano na lisiti y’abashyizwe ku rutonde n’Umuryango w’abibumbye rw’ibihano; (n) « umuntu » bivuga umuntu ku giti cye, umuryango ufite ubuzimagatozi, ubwumvikane bushingiye ku masezerano, itsinda, ikigo cy’ubucuruzi cyangwa ikigo; (o) « ibibujijwe » byerekeye ingamba zagenwe mu gukumira ko umuntu washyizwe ku rutonde yinjira, asohoka cyangwa atambuka anyuze ku mbibi z’u Rwanda, no gukumira ko agemurirwa, agurishwa, aharerekanya mu buryo buziguye cyangwa butaziguye intwaro za kirimbuzi, uburyo bwo kuzitwara n’ibikoresho bijyanye na zo, intwaro n’ibikoresho bya gisirikari; (p) “urwego rugenzura” bivuga urwego rushyiraho amabwiriza agenga abashinzwe gutanga amakuru, kubagenzura cyangwa gukurikirana imikorere yabo; (q) « ibihano byo mu rwego rw’imari byagenwe » bivuga ihagarikwa n’ibuzwa by’umutungo hagamijwe gukumira ko amafaranga cyangwa undi mutungo byatangwa, mu buryo butaziguye cyangwa buziguye, cyangwa bigakoreshwa mu nyungu z’abantu cyangwa ibigo byashyizwe ku rutonde.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA II: GUSHYIRA KU RUTONDE, GUKURA KU RUTONDE, GUTANGAZA NO KUMENYAKANISHA URUTONDE RW’ABANTU BASHYIZWE KU RUTONDE",NA,"Ingingo ya 3: Gushyira ku rutonde no gukura ku rutonde abantu barushyizweho ","Gushyira ku rutonde no gukura ku rutonde abantu barushyizweho bigenwa n’amategeko yerekeye kurwanya iterabwoba.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA II: GUSHYIRA KU RUTONDE, GUKURA KU RUTONDE, GUTANGAZA NO KUMENYAKANISHA URUTONDE RW’ABANTU BASHYIZWE KU RUTONDE",NA,"Ingingo ya 4: Gutangaza urutonde rw’abantu bashyizwe ku rutonde ","(1) Urutonde rw’Igihugu rutangazwa ku rubuga rwa murandasi rwa Minisiteri ifite ubutabera mu nshingano, hakurikijwe amategeko yerekeye kurwanya iterabwoba. (2) Urutonde rw’ibihano by’Umuryango by’Abibumbye rutangazwa ku rubuga rwabigenewe rw’Umuryango w’Abibumbye no ku ihuzanzira yarwo iboneka ku rubuga rwa murandasi rw’Urwego.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA II: GUSHYIRA KU RUTONDE, GUKURA KU RUTONDE, GUTANGAZA NO KUMENYAKANISHA URUTONDE RW’ABANTU BASHYIZWE KU RUTONDE",NA,"Ingingo ya 5: Kumenyekanisha urutonde rw’abantu bashyizwe ku rutonde","(1) Nyuma yo gushyira ku rutonde rw’Igihugu cyangwa nyuma yo kugezwaho urutonde rw’ibihano by’Umuryango w’Abibumbye, Urwego rumenyekanisha ako kanya mu nyandiko cyangwa mu bundi buryo bukwiye urutonde rw’abantu bashyizwe ku rutonde ku rwego rugenzura bireba, ku bashinzwe gutanga amakuru no ku zindi nzego za Leta cyangwa iz’abikorera bireba. (2) Urwego rusaba inzego zivugwa mu gika cya (1) gushakisha umutungo cyangwa amafaranga bifitanye isano n’abantu bashyizwe ku rutonde no guhagarika cyangwa gufatira ako kanya amafaranga cyangwa umutungo bitabanje kumenyeshwa uwashyizwe ku rutonde. (3) Iyo hari impinduka zakozwe ku rutonde, Urwego rumenyesha ako kanya izo mpinduka n’ingaruka zazo ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi wese.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 6: Kugenzura amazina ari ku rutonde rw’ibihano ",NA,"(1) Akimara kwakira ilisiti y’ibihano, ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu wese agenzura amazina na aderesi agereranya n’urutonde rw’ibihano rw’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano cyangwa Komite yako, ndetse n’urutonde rw’Igihugu, kugira ngo harebwe niba imyirondoro y’umuntu washyizwe ku rutonde ihura n’iy’umuntu wakuwe ku rutonde kandi kugira ngo harebwe niba umuntu washyizwe ku rutonde atunze amafaranga cyangwa undi mutungo. Iri genzura rigomba kandi gukorwa mbere y’uko umuntu atangira ubucuruzi. (2) Iyo mafaranga cyangwa undi mutungobidashoboye kuboneka, ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu atanga raporo ku Rwego bidatinze. (3) Iyo amafaranga cyangwa undi mutungo by’abashyizwe ku rutonde bibonetse, ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha, cyangwa undi muntu bashyira mu bikorwa ako kanya ibihano byo mu rwego rw’imari byagenwe kandi agatanga raporo ku Rwego. (4) Ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha, cyangwa undi muntu wese agomba gushyira mu bikorwa izindi ngamba zo gukumira kugira ngo amenye kandi arwanye ikoreshwa ry’amayeri ahanitse y’imitwe y’iterwabwoba n’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi. " "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 7: Guhagarika cyangwa gufatira amafaranga cyangwa undi mutungo ",NA,"(1) Ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu wese ufite amafaranga cyangwa undi mutungo by’umuntu washyizwe ku rutonde akimara kwakira urutonde rw’abantu bashyizwe ku rutonde afatira cyangwa agahagarika ayo mafaranga cyangwa undi mutungo ako kanya atabanje kumenyesha umuntu washyizwe ku rutonde, kandi agaha Urwego raporo ku gikorwa cy’ubucuruzi cyangwa ikindi gikorwa gikemangwa. (2) Amafaranga cyangwa undi mutungo by’umuntu washyizwe ku rutonde rw’ibihano bigomba gufatirwa cyangwa guhagarikwa bikubiyemo: (a) amafaranga yose cyangwa undi mutungo wose atunze cyangwa agenzura kandi ntibigarukire gusa ku mafaranga cyangwa ku mutungo bifitanye isano n’igikorwa, n’umugambi cyangwa no gukangisha gukora iterabwoba; (b) amafaranga cyangwa undi mutungo bigenzurwa na we cyangwa ku bufatanye mu buryo buziguye cyangwa butaziguye; (c) amafaranga cyangwa undi mutungo byakomotse cyangwa byavuye ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo bye cyangwa bigenzurwa na we ku buryo butaziguye cyangwa buziguye; (d) n’amafaranga cyangwa undi mutungo by’abantu cyangwa iby’ibigo bikora mu izina rye cyangwa biyoborwa na we. (3) Kumenya niba amafaranga cyangwa undi mutungo bigenzurwa n’umuntu washyizwe ku rutonde, kuba ayo mafaranga cyangwa undi mutungo biri mu izina ry’uwo bafatanyije cyangwa uwo bafitanye isano, ntacyo bihindura ku ifatirwa. (4) Amafaranga cyangwa undi mutungo byafatiriwe cyangwa byahagaritswe bikomeza gufatirwa, kandi umuntu washyizwe ku rutonde ntiyemererwe kugira uburenganzira kuri ayo mafaranga cyangwa kuri uwo mutungo cyangwa guhabwa serivisi z’imari, keretse abyemerewe cyangwa abimenyeshejwe hakurikijwe icyemezo cy’urwego rubifitiye ububasha. (5) Ingamba zo guhagarika cyangwa gufatira amafaranga cyangwa undi mutungo by’umuntu washyizwe kurutonde ntizivaho kugeza igihe uwo muntu washyizwe ku rutonde akuwe ku rutonde rw’Igihugu cyangwa ku rutonde rw’ibihano mpuzamahanga. (6) Amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe hakurikijwe aya mabwiriza byandikwa mu mazina ya ba nyirabyo na ba nyir’inyungu nyabo kugira ngo bicungwe neza." "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 8: Gucunga amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe ",NA,"(1) Urwego rushyiraho ushinzwe gucunga amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe, hashingiwe ku mategeko abigenga kandi rukabimenyesha Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba. (2) Umushahara ugenerwa ushinzwe gucunga amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe, biva mu mafaranga cyangwa mu wundi mutungo by’umuntu washyizwe ku rutonde nk’amafaranga y’ibikenewe by’ibanze.(3) Ushinzwe gucunga amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe, akurikiza amabwiriza ahabwa n’Urwego kandi akabicunga mu bushishozi nta buryarya. (4) Inshingano z’ushinzwe gucunga amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe zirangira igihe umuntu washyizwe ku rutonde arukuweho kandi amafaranga cyangwa undi mutungo yacungaga bigasubizwa nyira byo, keretse iyo bihagaritswe mu bundi buryo." "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 9: Kubuza umuntu washyizwe ku rutonde kugira uburenganzira ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo ",NA,"Umuntu uri ku butaka bw’u Rwanda n’Umunyarwanda uri mu mahanga abujijwe, keretse byemejwe n’urwego bireba, kwemerera umuntu washyizwe ku rutonde kugira uburenganzira ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo harimo umutungo wo mu rwego rw’ubukungu, serivisi z’imari cyangwa izindi serivisi zijyanye na byo, mu buryo butaziguye cyangwa buziguye, wenyine cyangwa ku bufatanye – (a) mu nyungu z’umuntu washyizwe ku rutonde; (b) ku bigo bifitwe cyangwa bigenzurwa, ku buryo butaziguye cyangwa buziguye n’umuntu washyizwe ku rutonde; (c) no ku muntu cyangwa ikigo gikora mu izina ry’umuntu washyizwe ku rutonde cyangwa kiyoborwa na we. " "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 10: Ibuzwa ryo gukora ubucuruzi ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo by’uwashyizwe ku rutonde ",NA,"Umuntu uri ku butaka bw’u Rwanda n’Umunyarwanda uri mu mahanga babujijwe gukora ubucuruzi ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo by’umuntu washyizwe ku rutonde harimo – (a) amafaranga cyangwa undi mutungo byose cyangwa afatanyije n’abandi, afite cyangwa bigenzurwa ku buryo butaziguye cyangwa buziguye, n’uwo umuntu washyizwe ku rutonde; (b) amafaranga cyangwa indi mutungo byakomotse cyangwa byavuye ku mafaranga cyangwa undi mutungo bifitwe cyangwa bigenzurwa, ku buryo butaziguye cyangwa buziguye, n’uwo muntu washyizwe ku rutonde; (c) amafaranga cyangwa undi mutungo by’umuntu ukora mu izina ry’uwo muntu washyizwe ku rutonde cyangwa uyoborwa na we. " "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 11: Uburenganzira bw’uruhande rutagamije ikibi ",NA,"(1) Guhagarika cyangwa gufatira amafaranga cyangwa indi mitungo n’ingamba z’ibibujijwe bikorwa hatabangamiwe uburenganzira bw’undi muntu ubikwiye kandi nta buryarya. (2) Uruhande rutagamije ikibi rufite inyungu ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo bibujijwe gukoreshwa, byahagaritswe, cyangwa byafatiriwe hakurikijwe aya mabwiriza rushobora kwandikira Urwego rusaba gukurirwaho ingamba z’ifatira, ihagarika cyangwa ibuzwa. (3) Urwego rusuzuma ubusabe, rukareba niba bufite ishingiro mu gihe cy’iminsi 15 y’akazi ibarwa uhereye igihe rwakiriye ubwo busabe. (4) Urwego rukuraho ingamba z’ifatira,ihagarika cyangwa ibuzwa, iyo rusanze – (a) usaba afite inyungu yemewe n’amategeko kandi ifite ishingiro ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo; (b) usaba atigeze agira uruhare cyangwa ngo abe umufatanyacyaha mu bikorwa by’iterabwoba cyangwa gutera inkunga iterabwoba, cyangwa ibikorwa by’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no kuritera inkunga; (c) usaba yerekanye bidashidikanywaho ko atigeze amenya ikoreshwa ry’amafaranga cyangwa undi mutungo mu bikorwa by’iterabwoba cyangwa gutera inkunga iterabwoba, cyangwa ibikorwa by’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no kuritera inkunga, kandi ko n’iyo yaba yarabimenye, atemeye ko bikoreshwamo; (d) usaba atigeze yegukana uburenganzira ku mafarangacyangwa ku wundi mutungo biturutse ku muntu washyizwe ku rutonde ku buryo bugaragara ko ubwo burenganzira bwatanzwe mu rwego rwo kwirinda ihagarikwa ry’amafaranga cyangwa ifatirwa ry’undi mutungo; (e) cyangwa usaba yakoze ibyo yashoboraga byose ngo akumire ikoreshwa mu buryo butemewe ry’amafaranga cyangwa undi mutungo. (5) Urwego rumenyesha bidatinze usaba icyemezo cyafashwe ku busabe bwe cyaba kimunyuze cyangwa kitamunyuze, kandi rukamenyesha umuntu ufite ububasha bwo kugenzura cyangwa ufite amafaranga cyangwa undi mutungo by’uruhande rutagamije ikibi kandi rukamusaba kubahihiriza icyo cyemezo. (6) Urwego rumenyesha Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba ibyemezo byafashwe ku busabe bw’uruhande rutagamije ikibi. " "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 12: Uburyo bwo gukuraho ihagarikwa cyangwa ifatira ry’amafaranga cyangwa ry’undi mutungo kubera kwibeshya",NA,"(1) Iyo amafaranga cyangwa undi mutungo yahagaritswe cyangwa yafatiriwe kubera amazina asa n’ari ku rutonde cyangwa kubera kwinjiza amakuru nabi ku rutonde biturutse ku ikosa iryo ari ryo ryose, umuntu wahuye n’ingaruka z’uko kwibeshya ashobora kwandikira Urwego asaba gukuraho icyemezo cyo guhagarika cyangwa gufatira amafaranga cyangwa undi mutungo, akagaragaza kandi inyandiko zibihamya. (2) Urwego, nyuma yo kugisha inama Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba, rusuzuma kandi rugafata icyemezo bitarenze iminsi 15 y’akazi ibarwa uhereye ku munsi rwakiriyeho ubusabe buteganywa mu gika cya (1), iyo usaba atari umuntu washyizwe ku rutonde. (3) Iyo Urwego rusanze usaba atari umuntu washyizwe ku rutonde, amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwebirarekurwa, bigasubizwa cyangwa hagasubizwaho uburenganzira bwo kubikoresha. Urwego rumenyesha bidatinze mu nyandiko usaba kandi rugasaba mu nyandiko ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu wese gukuraho ako kanya ihagarikwa cyangwa ifatira ry’amafaranga cyangwa ry’undi mutungo no gukuraho ibibujijwe. " "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA III: ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IBIHANO BYO MU RWEGO RW’IMARI BYAGENWE ",NA,"Ingingo ya 13: Inshingano zo gutanga raporo nyuma y’ihagarikwa n’ifatira ",NA,"(1) Ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu wese usabwa gushyira mu bikorwa ibihano byo mu rwego rw’imari byagenwe nk’uko biteganywa muri aya mabwiriza, atanga raporo ku Rwego bidatinze ku ihagarikwa cyangwa ifatirwa ry’amafaranga cyangwa iry’undi mutungo cyangwa ikindi gikorwa cyakozwe hubahirizwa ibisabwa bibujijwe n’ubucuruzi bwageragejwe hakoreshwa amafaranga yahagaritswe cyangwa umutungo wafatiriwe. (2) Raporo iteganyijwe mu gika cya (1) ikubiyemo ibi bikurikira: (a) amakuru n’impamvu zishingirwaho mu kugira amakenga; (b) amakuru yose ushinzwe gutanga amakuru afite ku muntu ashobora kugaragaza umwirondoro w’uwo muntu; (c) imiterere n’ingano cyangwa ubwinshi bw’amafaranga yahagaritswe cyangwa undi mutungo byafatiriwe, cyangwa amafaranga cyangwa undi mutungo bifitwe n’ushinzwe gutanga makuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu mu izina ry’umuntu washyizwe ku rutonde mu gihe cy’imyaka itatu mbere y’uko uwo umuntu ashyirwa ku rutonde. (3) Mu gihe konti yahagaritswe ishyizweho amafaranga, ushinzwe gutanga amakuru abimenyesha Urwego ako kanya.(4) Ushinzwe gutanga makuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu wese ubonye amakuru akemangwa ku muntu washyizwe ku rutonde, abimenyesha Urwego ako kanya. (5) Nyuma yo kwakira raporo y’ushinzwe gutanga amakuru, iy’urwego rugenzura, iyurwego rubifitiye ububasha cyangwa iy’undi muntu urebwa n’ishyirwa mu bikorwa ry’ibihano byo mu rwego rw’imari byagenwe, Urwego, bidatinze, rutanga raporo kuri Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba. (6) Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba, ibinyujije muri Minisiteri ifite ububanyi n’amahanga mu nshingano, imenyesha Komite ishinzwe ibihano by’Umuryango w’Abibumbye igikorwa cyose cyakozwe kirebana no gushyira mu bikorwa imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kirebana n’ibihano byo mu rwego rw’imari byagenwe. " "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA IV: UBURENGANZIRA KU MAFARANGA CYANGWA KU WUNDI MUTUNGO BYAHAGARITSWE CYANGWA BYAFATIRIWE ",NA,"Ingingo ya 14: Gusaba uburenganzira ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe","(1) Umuntu washyizwe ku rutonde ukeneye amafaranga cyangwa undi mutungo byo kwishyura amafaranga y’ibikenewe by’ibanze cyangwa ibyangombwa nkenerwa bidasanzwe abisaba Urwego mu nyandiko. Gusaba bikorwa n’umuntu washyizwe ku rutonde cyangwa umuhagarariye wemewe n’amategeko. (2) Umuntu washyizwe ku rutonde usaba amafaranga cyangwa undi mutungo byo kwishyura amafaranga y’ibikenewe by’ibanze cyangwa ibyangombwa nkenerwa bidasanzwe agaragaza impamvu z’amafaranga akenewe ziherekejwe n’inyandiko zibihamya.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA IV: UBURENGANZIRA KU MAFARANGA CYANGWA KU WUNDI MUTUNGO BYAHAGARITSWE CYANGWA BYAFATIRIWE ",NA,"Ingingo ya 15: Kwemerera uwashyizwe ku rutonde rw’Igihugu gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe ","(1) Urwego rushobora gutanga, kugabanya, cyangwa kwanga gutanga uburenganzira ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe nyuma yo kugisha inama Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba. (2) Urwego, igihe rusanze ari ngombwa, rwemera ikoreshwa ry’amafaranga cyangwa iry’umutungo byafatiriwe cyangwa byahagaritswe cyangwa igice cyabyo, kubera impamvu zikurikira: (a) kugira ngo umuntu washyizwe ku rutonde ufite amafaranga cyangwa undi mutungo byafatiriwe cyangwa byahagaritswe abashe kubona amafaranga y’ibikenewe by’ibanze cyangwa ibyangombwa nkenerwa bidasanzwe; (b) kwishyura ibirebana n’amasezerano yashyizweho umukono mbere y’uko uwo muntu ashyirwa ku rutonde, kandi ayo masezerano ntagomba kugira aho ahurira n’ibintu bibujijwe, ibikoresho, ibicuruzwa, ikoranabuhanga, amahugurwa, ubufasha cyangwa serivisi. Ubwo bwishyu ntibuhabwa umuntu washyizwe ku rutonde, mu buryo buziguye cyangwa butaziguye; (c) kwishyura ikiguzi cy’urubanza, icyemezo cy’ubuyobozi, cyangwa icyemezo cy’ubukemurampaka igihe icyo cyemezo cyafashwe cyangwa urwo rubanza rwarabaye mbere y’uko uwo muntu ashyirwa ku rutonde, kandi bitari mu nyungu z’uwashyizwe ku rutonde. (3) Urwego rumenyesha uwasabye mu nyandiko mu gihe cy’iminsi irindwi y’akazi ibarwa uhereye igihe rwakiriye ubusabe, kandi rugasaba ushinzwe gutanga amakuru cyangwa undi muntu ufite amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe gushyira mu bikorwa icyemezo no guha bidatinze Urwego raporo ku cyakozwe.biteganywa mu myanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano, rumenyesha ako Kanama binyuze mu nzira za dipolomasi kandi rukagasaba kwemeza uburenganzira bwo gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe. (3) Urwego ntirushobora gutanga uburenganzira bwo gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe rutabanje kubona uruhushya rwanditse rw’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA IV: UBURENGANZIRA KU MAFARANGA CYANGWA KU WUNDI MUTUNGO BYAHAGARITSWE CYANGWA BYAFATIRIWE ",NA,"Ingingo ya 16: Kwemerera umuntu washyizwe ku rutonde rukomatanyijwe rw’Umuryango w’Abibumbye gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe ","(1) Iyo amafaranga cyangwa undi mutungo by’umuntu washyizwe ku rutonde rukomatanyijwe rw’Umuryango w’Abibumbye byahagaritswe cyangwa byafatiriwe kandi ayo mafaranga cyangwa uwo mutungo wundi cyangwa igice cyabyo ari ngombwa ko bikoreshwa, umuntu washyizwe ku rutonde cyangwa umuhagarariye byemewe n’amategeko asaba Urwego uburenganzira bwo gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe. (2) Nyuma yo kwakira ubusabe bwo gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe, Urwego, rumaze kugisha inama Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba – (a) rureba niba amafaranga cyangwa undi mutungo byasabwe ari ibyo kwishyura amafaranga y’ibikenewe by’ibanze cyangwaibyangombwa nkenerwa bidasanzwe, rukanagenzura niba ibisabwa mu isonerwa riteganywa n’imyanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano byuzuye hakurikijwe uburyo buteganywa n’iyo myanzuro; (b) ku bijyanye n’amafaranga y’ibikenewe by’ibanze agomba gukoreshawa, rumenyesha Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano binyuze mu nzira za dipolomasi, ubushake bwo kwemeza gukoresha ayo mafaranga cyangwa undi mutungo, mu gihe nta cyemezo cyo kubibuza giturutse mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano mu gihe cy’iminsi itanu y’akazi ibarwa uhereye ku munsi kabimenyesherejweho, Urwego rwemeza ubusabe bwo kugera ku mafaranga cyangwa ku wundi mutungo kandi rukabimenyesha uwasabye; (c) ku bijyanye n’ibyangombwa nkenerwa bidasanzwe nk’ukobiteganywa mu myanzuro y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano, rumenyesha ako Kanama binyuze mu nzira za dipolomasi kandi rukagasaba kwemeza uburenganzira bwo gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe. (3) Urwego ntirushobora gutanga uburenganzira bwo gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe rutabanje kubona uruhushya rwanditse rw’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano. (4) Mu gihe uburenganzira bwo gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe ku mpamvu z’ibyangombwa nkenerwa bidasanzwe bwemejwe n’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano, cyangwa mu gihe nta cyemezo kibibuza gatanze, mu gihe Urwego rumenyeshejwe ubushake bwo kwemeza gukoresha amafaranga cyangwa undi mutungo ku mafaranga y’ibikenewe by’ibanze, Urwego rumenyesha mu nyandikoushinzwe gutanga amakuru cyangwa undi muntu ubitse ayo mafaranga cyangwa uwo mutungo wundi byahagaritswe cyangwa byafatiriwe kandi rumusaba kubahiriza uburenganzira bwatanzwe no gutanga raporo y’ibikorwa byakozwe. (5) Urwego rumenyesha bidatinze mu nyandiko umuntu washyizwe ku rutonde cyangwa umuhagarariye ko ubusabe bwemewe cyangwa bwanzwe.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA IV: UBURENGANZIRA KU MAFARANGA CYANGWA KU WUNDI MUTUNGO BYAHAGARITSWE CYANGWA BYAFATIRIWE ",NA,"Ingingo ya 17: Kwakira amafaranga y’inyongera ku makonti yahagaritswe ","(1) Amafaranga y’inyongera ntabujijwe kujya kuri konti yahagaritswe harimo inyungu cyangwa andi mafaranga agomba gushyirwa ku makonti y’umuntu washyizwe ku rutonde, cyangwa ubwishyu bukomoka ku masezerano, ubwumvikane cyangwa inshingano byabayeho mbere y’uko ayo makonti ahagarikwa, cyangwa amafaranga yoherejwe kuri konti, ariko ku buryo inyungu, andi amafaranga azigamwe, amafaranga y’ubwishyu, cyangwa amafaranga yoherejwe ku zindi konti akomeza kurebwa n’ingamba zo guhagarikwan’iz’ibibujijwe kandi agahagarikwa. (2) Ushinzwe gutanga amakuru cyangwa undi muntu aha Urwego raporo igaragaza amafaranga y’inyongera yinjiye n’ibyakozwe, Urwego na rwo rukabimenyesha Komite y’Igihugu ishinzwe Kurwanya Iterabwoba.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,UMUTWE WA V: IBIBUJIJWE,NA,"Ingingo ya 18: Gukumira ingendo ku mantu washyizwe ku rutonde ","(1) Umuntu washyizwe ku rutonde utari umwenegihugu w’u Rwanda ntiyemerewe kwinjira, guca mu Rwanda, cyangwa kugumamo. (2) Umuntu washyizwe ku rutonde ashobora kwinjira, guca cyangwa kuguma mu Rwanda iyo ari umunyarwanda cyangwa iyo uko kwinjira cyangwa guca mu Rwanda kwe ari ngombwa ku mpamvu zijyanye n’imanza ziri mu nkiko, harimo koherezwa mu kindi gihugu, gutanga ubuhamya cyangwa gutanga ubufasha mu gihe cy’iperereza cyangwa ikurikirana ry’ikindi cyaha.(3) Umunyarwanda washyizwe ku rutonde ntiyemerewe gusohoka mu Rwanda kugeza igihe iperereza ku bikorwa byatumye ashyirwa ku rutonde rirangiye. (4) Urwego rubifitiye ububasha rugenzura urutonde rw’abashyizwe ku rutonde mu gihe rusuzuma ibyerekeye ubusabe bwa viza, rugenzura kwinjira mu gihugu, guca mu gihugu cyangwa uruhushya rwo kuba mu Rwanda. Mu gihe hagaragaye ko umuntu ari ku rutonde, hafatwa icyemezo gikwiye kandi kikamenyeshwa Urwego bidatinze. (5) Urwego rubifitiye ububasha rumenyesha urutonde rw’ibihano aho binjirira n’aho basohokera hose mu Rwanda kugira ngo iri kumirwa rishyirwe mu bikorwa. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,UMUTWE WA V: IBIBUJIJWE,NA,"Ingingo ya 19: Kutemererwa gucuruza intwaro ","(1) Umuntu uri ku butaka bw’u Rwanda cyangwa Umunyarwanda uri hanze y’Igihugu abujijwe mu buryo buziguye cyangwa butaziguye gukora, kugemura, kugurisha, kohereza, gutwara, cyangwa gutanga intwaro n’ibikoresho byazo harimo imbunda, amasasu, ibinyabiziga n’ibikoresho bya gisirikare, ibikoresho byifashishwa n’inzego zishinzwe umutekano ariko zitari abasirikare n’inyunganizi zabyo, no gutanga inama, ubufasha mu by’ubuhanga cyangwa imyitozo cyangwa ubufasha mu by’amafaranga byerekeye ibikorwa bya gisirikare cyangwa ibikoresho bya gisirikare cyangwa ibindi ibikoresho, iyo ibyo bikoresho cyangwa izo ntwaro bigiye kwinjizwa n’uwashyizwe ku rutonde, kwinjizwa ku nyungu z’uwashyizwe ku rutonde cyangwa bikagemurwa cyangwa bigatangwa k’ubw’inyungu, cyangwa ku mabwiriza y’umuntu washyizwe ku rutonde. (2) Umuntu abujijwe gukoresha ikinyabiziga, ubwato, cyangwa indege byaba ibiva cyangwa bijya mu Rwanda cyangwa gukoresha ubwato cyangwa indege iriho ibendera ry’u Rwanda hanze y’u Rwanda, mu gutwara intwaro cyangwa ibikoresho bijyanye na byo biva cyangwa bijya ku washyizwe ku rutonde cyangwa bigenewe gukoreshwa n’uwashyizwe ku rutonde cyangwa biri mu nyungu ze.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 20: Kurangira kw’ibibujijwe cyangwa ukw’ibyemezo by’ifatira, iby’ihagarika, n’ukw’ikumirwa ","Iyo umuntu washyizwe ku rutonde akuwe ku rutonde rw’Igihugu cyangwa urw’ibihano rw’Umuryango w’Abibumbye, ibyemezo byo gufatira cyangwa ibyo guhagarika, ibibujijwe cyangwa ikumirwa bikurwaho ako kanya. Muri icyo gihe, Urwego rumenyesha ako kanya ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha, cyangwa undi ufite, ugenzura, amafaranga cyangwa undi mutungo by’umuntu washyizwe ku rutonde kandi rugasaba ko bidatinze barekura bakanakuraho ifatira ku mafaranga cyangwa undi mutungo ndetse bagahagarika gushyira mu bikorwa ibyemezo by’ibibujijwe n’ibikumirwa kandi bagaha Urwego raporo. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 21: Ingamba z’igenzura ry’imbere ","Ushinzwe gutanga amakuru ashyiraho kandi agashyira mu bikorwa ingamba z’igenzura ry’imbere n’ubundi buryo bumufasha gushyira mu bikorwa inshingano ziteganywa n’aya mabwiriza. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA," Ingingo ya 22: Gukurikirana ubucuruzi n’ibindi bikorwa by’umuntu washyizwe ku rutonde ","Ushinzwe gutanga amakuru agenzura ku buryo buhoraho urutonde rw’Igihugu n’intonde z’ibihano z’Umuryango w’Abibumbye akanagenzura ubucuruzi n’ibindi bikorwa by’abashyizwe ku rutonde, kugira ngo akumire ibyago byo kuba habaho ibikorwa byo gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 23: Gukurikirana no kwita ku iyubahirizwa ry’ingamba ziri muri aya mabwiriza","(1) Urwego, ku bufatanye n’urwego rugenzura n’urwego rubifitiye ububasha, rukurikirana kandi rugenzura ko ushinzwe gutanga amakuru n’undi muntu wese bubahiriza ibikubiye muri aya mabwiriza n’ibindi bikubiye mu yandi mategeko abigenga, hubahirizwa ingamba zikurikira: (a) gutanga amakuru asobanutse ku bihano byo mu rwego rw’imari byagenwe; no (b) gukora ubukangurambaga no(2) Nyuma yo kugisha inama Urwego, urwego rugenzura rushobora gutegura amabwiriza no kuyamenyesha abo rugenzura bose, mu rwego rwo kubahiriza ibisabwa byerekeye ibihano byo mu rwego rw’imari. (3) Urwego rugenzura rukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba ziteganywa muri aya mabwiriza kandi rugasaba ushinzwe gutanga amakuru kuyubahiriza. (4) Haseguriwe ibihano byafatirwa ushinzwe gutanga amakuru n’urwego rugenzura hashingiwe ku mategeko abigenga, Urwego rugenzura rutanga ibihano ku ushinzwe gutanga amakuru utubahiriza cyangwa wirengagiza nkana kubahiriza ibisabwa muri aya mabwiriza. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 24: Ububasha bwo gusaba no guhererekanya amakuru","(1) Urwego rufite ububasha bwo gusaba, kwakira, guhererekanya amakuru akusanyijwe aturutse mu nzego za Letacyangwa iz’abikorera ku bijyanye n’ihagarikwa cyangwa n’ifatira ry’amafaranga cyangwa iry’undi mutungo, cyangwa kugerageza gukora ibikorwa bibujijwe no kugira icyo ruyakoraho, harimo no guhererekanya ayo makuru ku rwego mpuzamahanga mu gihe bibaye ngombwa. (2) Iyo bibaye ngombwa, Urwego rushobora gusaba umuntu washyizwe ku rutonde gutanga amakuru yerekeye– (a) amafaranga cyangwa undi mutungo bifitwe cyangwa bigenzurwa n’umuntu washyizwe ku rutonde; cyangwa (b) itangwa ry’amafaranga cyangwa undi mutungo, byaba byarakozwe mbere cyangwa nyuma y’uko ashyirwa ku rutonde. (3) Iyo Urwego rubona ko ari ngombwa mu rwego rwo kugenzura ishyirwa mu bikorwa cyangwa gutahura ukutubahiriza aya mabwiriza, rusaba umuntu washyizwe ku rutonde cyangwa undi muntu bireba gutanga amakuru ku bijyanye n’ukoamafaranga yakoreshejwe - (a) n’umuntu uri ku rutonde cyangwa mu izina rye; no (b) kubera inyungu z’umuntu uri ku rutonde. (4) Urwego rushobora gusaba umuntu uwo ari we wese mu Rwanda gutanga amakuru rukeka ko akenewe mu rwego rwo – (a) gukurikirana uburyo aya mabwiriza ashyirwa mu bikorwa, cyangwa gutahura uburyo atubahirizwa; (b) gushakisha ibimenyetso bigaragaza ikosa ryakozwe hashingiwe kuri aya mabwiriza; (c) kugaragaza – (i) imiterere n’ingano by’amafaranga cyangwa by’undi mutungo bitunzwe, bifitwe cyangwa bigenzurwa n’umuntu washyizwe ku rutonde; (ii) imiterere n’ingano by’amafaranga cyangwa undi mutungo byahawe umuntu washyizwe ku rutonde cyangwa byoherejwe ku nyungu ze, ku buryo butaziguye cyangwa buziguye; cyangwa (iii)imiterere ya serivisi z’imari zahawe cyangwa ibikorwa by’imari byakozwe n’umuntu washyizwe ku rutonde. (5) Ubusabe bw’amakuru bushobora kubamo inshingano zihoraho zo gukomeza kumenyesha Urwego mu gihe habaye impinduka mu bihe cyangwa mu buryo buhoraho nk’uko Urwego rushobora kubigena. (6) Urwego rushobora na rwo mu buryo bukwiye guha amakuru rusange ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, urwego rubifitiye ububasha, cyangwa undi wese bireba no kuganira na bo, rugaragaza uko amakuru arebana na raporo ku mafaranga cyangwa undi mutungo byahagaritswe cyangwa byafatiriwe cyangwa ibikorwa by’ubucuruzi bibujijwe akoreshwa mu gufasha kurwanyaiterabwoba, gutera inkunga iterabwoba, gukwirakwiza intwaro za kirimbuzi no kuritera inkunga.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 25: Inshingano yo gutanga amakuru ku kutubahiriza aya mabwiriza","Umuntu umenye amakuru ajyanye no kutubahiriza ibiteganywa n’aya mabwiriza, abimenyesha Urwego bidatinze. ",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,Ingingo ya 26: Ukutaryozwa ,"Ushinzwe gutanga amakuru, urwego rugenzura, Urwego, urundi rwego rubifitiye ububasha cyangwa undi muntu ntibiryozwa igikorwa byakoze cyangwa bitakoze nta nabi bigambiriye mu kuzuza inshingano cyangwa mu gukoresha ububasha buteganywa n’aya mabwiriza.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 27: Amakosa n’ibihano ",NA,"Hashingiwe ku ikosa ryakozwe, uburyo ryakozwemo, ingaruka ryateje n’inyungu uwarikoze yakuyemo: (a) umuntu ku giti cye utubahiriza ibiteganywa n’aya mabwiriza ahanishwa ihazabu yo mu rwegorw’ubutegetsi itari munsi ya FRW 3.000.000 ariko itarenze FRW 5.000.000; (b) umuryango ufite ubuzimagatozi, ubwumvikane bushingiye ku masezerano, itsinda, ikigo cy’ubucuruzi cyangwa ikigo bitubahiriza ibiteganywa n’aya mabwiriza bihanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi itari munsi ya FRW 5.000.000 ariko itarenze FRW 20.000.000." "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,UMUTWE WA VII: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 28: Ingingo ivanaho,"Amabwiriza n° 001/FIC/2021 yo ku wa 26/08/2021 ku bihano mu by’imari birebana n’iterabwoba, gutera inkunga iterabwoba, n’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no kuritera inkunga avanyweho.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 29: Ingingo y’ururimi ","Aya mabwiriza yateguwe mu rurimi rw’Icyongereza.",NA "AMABWIRIZA N° 001/FIC/2025 YO KU WA 15/01/2025 AREBANA N’IBIHANO MU BY’IMARI BYAGENWE",AMABWIRIZA,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE ",NA,Ingingo ya 30: Gutangira gukurikizwa,"Aya mabwiriza atangira gukurikizwa ku munsi atangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 15/01/2025 ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya mbere,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeje ko ivanguraruhu rya apariteyidi ari icyaha cyibasira inyokomuntu kandi ko ibikorwa bya kinyamaswa bituruka kuri za politiki n’ibikorwa by’ivanguraruhu rya apariteyidi n’izindi politiki n`ibikorwa bisa by’iheza n’ivangura bishingiye ku ivanguramoko nk’uko biteganywa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano, ari ibyaha bibangamira amahame mpuzamahanga bikabangamira intego y’amategeko by’umwihariko n’amahame by’Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye kandi bikaba bibangamiye ku buryo bukomeye amahoro n’umutekano ku rwego mpuzamahanga. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeje gufata nk`abanyabyaha imiryango,ibigo n’abantu ku giti cyabo bakora icyaha cy’ivanguraruhu cya apariteyidi. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2,"Muri aya Masezerano, “icyaha cy’ivanguraruhu cya apariteyidi” gikubiyemo politiki n’ibikorwa by’ivanguramoko bikorwa muri Afurika y’Epfo, kireba n’ibikorwa bya kinyamaswa bikurikira, bikorwa hagamijwe gusumbisha ubwoko runaka ubundi no kubukandamiza ku buryo buteguwe : (a) kwangira ugize cyangwa abagize ubwoko cyangwa amoko uburenganzira bwo kubaho no kwishyira ukizana by’umuntu: (i) hicwa abagize itsinda cyangwa amatsinda y’ubwoko runaka; (ii) habangamirwa ku buryo bukabije ubusugire bw’umubiri cyangwa bw’imitekerereze, umudendezo cyangwa agaciro by’abagize itsinda rimwe cyangwa amatsinda menshi y’ubwoko runaka, cyangwa bakorerwa iyicarubozo cyangwa bahabwa ibihano cyangwa bakorerwa ibikorwa by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro; (iii) hafatwa ku maherere kandi hafungwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko abagize itsinda rimwe cyangwa amatsinda menshi y’ubwoko runaka; (b) gushyira ku bushake itsinda cyangwa amatsinda y’ubwoko runaka mu buryo bw’imibereho igamije gutuma iryo tsinda cyangwa ayo matsinda ashira burundu cyangwa igice cyayo; (c) gufata ingamba mu rwego rw’amategeko cyangwa mu bundi buryo zigamije kubuza itsinda cyangwa amatsinda runaka y’amoko kugira uruhare mu bikorwa bya politiki, iby’imibereho myiza, iby`ubukungu n’iby’umuco mu gihugu cyabo no gushyiraho ku bushake uburyo bubuza abagize iryo tsinda cyangwa ayo matsinda gutera imbere, by’umwihariko abagize iryo tsinda bangirwa uburenganzira n’umudendezo by’ibanze bymuntu harimo uburenganzira ku murimo, uburenganzira bwo gukora ingaga, uburenganzira ku burezi, uburenganzira bwo gusohoka no kugaruka mu gihugu cyabo; uburenganzira ku bwenegihugu, uburenganzira bwo kugenda no guhitamo aho gutura, uburenganzira bwo kuvuga icyo umuntu atekereza n’uburenganzira bwo gukora inama no kwishyira hamwe mu ituze; (d) gufata ingamba izo ari zo zose harimo n’izo mu rwego rw’amategeko zigamije guca abaturage mo ibice bishingiye ku moko hashyirwaho ahantu hihariye abagize itsinda cyangwa amatsinda y’ubwoko runaka bagomba gutura; kubuza abantu badahuje ubwoko gushyingiranwa, no kwimura mu mitungo y’ubutaka bw’itsinda ry’ubwoko cyangwa bw’amatsinda menshi y’ubwoko cyangwa bw’abagize ayo matsinda ; (e) gushakira inyungu ku murimo w’abagize itsinda ry’ubwoko cyangwa ry’amatsinda y’amoko, by’umwihariko umurimo w’agahato; (f) gutoteza imiryango cyangwa abantu, bavutswa uburenganzira n’ubwisanzure by’ibanze by’ikiremwamuntu, hashingiwe ku kuba barwanya ivanguraruhu ry’apariteyidi. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3,"Uburyozwe bw’icyaha ku rwego mpuzamahanga bubaho, hatitawe ku mpamvu yabiteye, ku bantu, abagize imiryango runaka n’inzego no ku bahagarariye Leta, baba batuye mu gihugu ibyaha byakorewemo cyangwa mu kindi gihugu, igihe cyose: (a) bakora ibikorwa bivugwa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano cyangwa babigiramo uruhare cyangwa babishishikariza abandi mu buryo butaziguye cyangwa bakagambana mu ikorwa ryabyo; (b) bashyigikiye cyangwa bashishikarije mu buryo butaziguye ikorwa ry’icyaha cy’ivanguraruhu cya apariteyidi cyangwa bafatanya mu buryo butaziguye.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje: (a) gushyiraho ingamba zo mu rwego rw’amategeko cyangwa izindi za ngombwa zigamije kubuza ko icyaha cy’ivanguraruhu rya aparityidi n’izindi politiki z’iheza bisa cyangwa uburyo byigaragaza bidashishikarizwa mu buryo ubwo ari bwo bwose ndetse no guca burundu ishishikariza ryose ry’ubwo bwoko no guhana abantu bahamwe n’icyaha cy’ivanguraruhu cya apariteyidi; (b) gufata rw’amategeko, ingamba zo mu rwego rw’ubucamanza n’urw’ubutegetsi bigamije gukurikirana, kuburanisha no guhana hashingiwe ku bubasha bwabyo, abantu bakoze cyangwa bashinjwa ibyaha bivugwa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano, abo bantu baba babarizwa cyangwa batabarizwa ku butaka bw’igihugu ndetse n’iyo baba ari abenegihugu b’icyo gihugu cyangwa b’ikindi gihugu cyangwa se ari abatagira ubwenegihugu.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5,Abantu bakurikiranweho ibyaha bivugwa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano bashobora kuburanishwa n’urukiko rubifitiye ububasha rw’igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano cyaba gifite ububasha bwo kubacira imanza cyangwa Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rubifitiye ububasha ku bihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi bikaba byemera ububasha bw’urwo rukiko.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gushyira mu bikorwa hashingiwe ku Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango byafashwe w’Abibumbye, n’Akanama ibyemezo gashinzwe Umutekano bigamije gukumira, guca burundu no guhana icyaha cy’ivanguraruhu cya apariteyidi no gufatanya mu gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe n’inzego zibifitiye ububasha z’Umuryango w’Abibumbye hagamijwe kugera ku ntego z’aya Masezerano.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gushyikiriza raporo ngarukagihe Itsinda rishyirwaho hashingiwe ku ngingo ya 9, raporo igaragaza ibyemezo byafashe mu rwego rw’amategeko, urw’ubucamanza n`urw’ubutegetsi cyangwa ibindi hagamijwe gushyira mu bikorwa ibikubiye muri aya Masezerano. 2. Inyandukuro z’izo raporo zohererezwa Komite yihariye ishinzwe kurwanya ivanguraruhu rya apariteyidi, zinyujijwe ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8,"Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gusaba urwego rw’Umuryango rubifitiye w’Abibumbye ububasha gufata ingamba kibona zikenewe hashingiwe ku Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye, hagamijwe gukumira no guca burundu icyaha cy’ivanguraruhu cya apariteyidi.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9,"1. Perezida wa Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu y’Umuryango w’Abibumbye ashyiraho itsinda rigizwe n’abantu batatu bava mu bagize iyo Komisiyo kandi baba bahagarariye ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, kugira ngo bajye basuzuma raporo zatanzwe n’ibihugu biyahuriyeho hashingiwe ku ngingo ya 7 yayo. 2. Iyo mu bagize Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu hatarimo abahagarariye ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa bakaba batageze kuri batatu, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amaze kubijyaho inama n’ibihugu byose biyahuriyeho, agena uhagarariye igihugu kiyarimo cyangwa abahagarariye ibihugu biyahuriyeho batari mu bagize Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu kugira ngo bagire uruhare mu mirimo yo gusuzuma za raporo mu itsinda rivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, kugeza igihe abahagarariye ibihugu biyahuriyeho bazatorerwa kuba muri y’Uburenganzira bwa Muntu. Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu.3. Itsinda riterana mu gihe cy’iminsi itarenga itanu, mbere cyangwa nyuma y’inama ya Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu, kugira ngo risuzume raporo zatanzwe hashingiwe ku ngingo ya 7.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano biha Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu ububasha bwo: (a) gusaba w’Abibumbye, Inzego igihe z’Umuryango cyo gutanga inyandukuro z’ibirego, hashingiwe ku ngingo ya 15 y’Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye guca burundu ivangura ryose rishingiye ku moko, kwita ku birego birebana n’ibikorwa bivugwa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano. (b) gutegura hashingiwe kuri raporo zatanzwe n’inzego zibifitiye ububasha z’Umuryango w’Abibumbye no kuri raporo zatanzwe mu bihe bigenwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, urutonde rw’abantu, imiryango, inzego n’abahagarariye ibihugu bikekwa ko byakoze ibyaha bivugwa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano, n’urutonde rw’abo ikurikiranwa ryatangiye gukorwa n’ibihugu biyahuriyeho. (c) gusaba amakuru inzego zibifitiye ububasha yerekeye imitegekere z’Umuryango ibyemezo w’Abibumbye inzego y’ibihugu zishinzwe by’indagizo n’ibitarabona ubwigenge, kimwe n’izindi ntara zose zirebwa n’umwanzuro wa 1514 (XV) w’Inteko Rusange wo ku wa 14 Ukuboza 1960, zafatiye abantu baba barakoze ibyaha bivugwa mu ngingo ya 2, baba babarizwa mu ifasi yazo. 2. Mu gihe hagitegerejwe ko intego z’Itangazo ryerekeye guha ubwigenge ibihugu n’abaturage bagikoronizwa nk’uko zikubiye mu mwanzuro wa 1514 (XV) w’Inteko Rusange zigerwaho, ibikubiye muri aya Masezerano ntibibangamira na busa uburenganzira bwo gutanga ikirego abo baturage bemererwa n’andi masezerano mpuzamahanga cyangwa Umuryango w’Abibumbye kimwe n’inzego zawo zihariye. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11,"1. Ibikorwa bivugwa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano ntibigomba gufatwa nk’ibyaha bya politike ku mpamvu zo kohererezanya abakurikiranweho ibyaha. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje kohererezanya abakurikiranweho ibyaha, hashingiwe ku mategeko yabyo n’amasezerano mpuzamahanga ariho.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12,"Impaka hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano zijyanye n’isobanurwa, iyubahirizwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa by’ibiyakubiyemo zitakemuwe mu nzira z’imishyikirano, zishyikirizwa Urukiko Mpuzamahanga, bisabwe na kimwe mu bihugu bifitanye izo mpaka, keretse iyo ibihugu birebwa byumvikanye ubundi buryo bwo kuzicyemura. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13,Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono n’ibihugu byose. Igihugu kizaba kitayashyizeho umukono igihe atangirira gukurikizwa gishobora kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14,1. Aya Masezerano yemezwa burundu. Inyandiko ziyemeza burundu zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 2. Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikorwa igihugu gishyikiriza inyandiko yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu nyuma y’itarikiUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yakiriyeho inyandiko ya makumyabiri iyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. 2. Kuri buri gihugu cyemeje burundu aya Masezerano cyangwa cyemeye kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho nyuma y’itangwa ry`inyandiko ya makumyabiri iyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, Amasezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu uhereye ku munsi ukurikira itariki icyo gihugu cyatanzeho inyandiko yacyo iyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16,Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora kuyivanamo binyuze mu nyandiko imenyesha ishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Kwivana muri aya Masezerano bigira agaciro hashize umwaka umwe nyuma y’itariki Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yakiriyeho inyandiko yo kuyivanamo.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora, igihe icyo ari cyo cyose, gusaba ko avugururwa hakoreshejwe imenyesha ryanditse rishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 2. Inama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yemeza ibigomba gukorwa, iyo ari ngombwa, ku busabe nk’ubwo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18,"Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu ibi bikurikira: (a) ibihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano, inyandiko ziyemeza burundu cyangwa zo kwemera kuba bimwe mu bihugu biyahuriyeho hashingiwe ku ngingo ya 13 n’iya 14; (b) itariki aya Masezerano atangirira gukurikizwa hashingiwe ku ngingo ya 15;(c) ibijyanye no kwivana muri aya Masezerano hashingiwe ku ngingo ya 16; (d) inyandiko zimenyesha hashingiwe ku bivugwa mu ngingo ya 17. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU NO GUHANA ICYAHA CY’IVANGURARUHU APARITEYIDI CYA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19,"1. Aya Masezerano yanditswe mu ndimi z’Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n’Icyesipanyolo zinganya agaciro, abikwa mu ishyinguranyandiko ry’Umuryango w’Abibumbye. 2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yoherereza ibihugu byose inyandukuro z’aya Masezerano zihuje n’umwimerere.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA I: INSHINGANO Z'IBANZE,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kiyemeza kudaturitsa intwaro za kirimbuzi kizigerageza cyangwa irindi turitsa iryo ari ryo ryose ry'intwaro za kirimbuzi, kibuza kandi kigakumira iryo turitsa ryazo ahantu aho ari ho hose hari mu bubasha bwacyo cyangwa aho kigenzura. 2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kiyemeza kandi kikirinda guteza cyangwa gutiza umurindi cyangwa kugira uruhare urwo ari rwo rwose mu igerageza ry'intwaro za kirimbuzi cyangwa irindi turitsa ryazo iryo ari ryo ryose. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA II: UMURYANGO,"A. INGINGO RUSANGE 1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishyizeho Umuryango ushinzwe Amasezerano agamije guca burundu igeragezwa ry'intwaro za kirimbuzi (muri aya masezerano witwa ""Umuryango"") kugira ngo bigere ku ntego n'ikigamijwe by'aya Masezerano, hagamijwe guharanira ikurikizwa ry'ingingo zayo cyane cyane izerekeye igenzura mpuzamahanga ry'iyubahirizwa ryayo no gutanga uburyo bwo kujya inama n'ubufatanye mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 2. Ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano biba ibigize Umuryango. Igihugu kigize umuryango ntigishobora kwamburwa ubunyamuryango 3. Umurynago ufite icyicaro i Viyene muri Repubulika ya Otirishi . 4. Hashyizweho inzego z'Umuryango: Inteko y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, Komite nyobozi n'Ubunyamabanga mu bya Tekiniki, harimo n'Umuryango mpuzamahanga gishinzwe amakuru. 5. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifatanya n'Umuryango mu gukora imirimo yacyo ijyanye n'aya Masezerano. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bijya inama hagati yabyo cyangwa binyuze ku Muryango cyangwa ubundi buryo mpuzamahanga bukwiye, cyane cyane uburyo bwashyizweho mu rwego rw'Umuryango w'Abibumbye kandi hakurikijwe Amasezerano mpuzamahanga awushyiraho ku kibazo icyo ari cyo cyose cyavuka kijyanye n'intego n'ikigamijwe, cyangwa ishyirwa mu bikorwa ry'ingingo z'aya Masezerano. 6. Umuryango ukora ibikorwa by'igenzura biteganywa n'aya Masezerano mu buryo butabangamye cyane buhuye n'iyubahirizwa ry'intego zawo ku gihe kandi mu buryo wifuza. Usaba gusa amakuru n'amakuru-shingiro ukeneye kugira ngo wuzuze inshingano uhabwa n'aya Masezerano. Ufata ingamba zo kurinda ibanga ry'amakuru yerekeye ibikorwa n'ibikoresho bya gisivili cyangwa bya gisirikare gihabwa kugira ngo gikurikize aya Masezerano, kandi by'umwihariko wubahiriza ingingo zirebana no kugira ibanga ziteganywa muri aya Masezerano. 7. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kigira ibanga kandi kigafata neza amakuru n'amakurushingiro gihabwa n'Umuryango ajyanye n'ikurikizwa ry'aya Masezerano. Ugomba gufata ayo makuru n'amakuru-shingiro by'umwihariko ajyanye n'uburenganzira n'inshingano byawo hakurikijwe aya Masezerano. 8. Nk'Umuryango wigenga, ushaka uko ukoresha ubunararibonye n'ibikoresho bihari nk'uko bikwiye, kandi ukagabanya ikiguzi binyuze mu masezerano y'ubufatanye hamwe n'imiryango mpuzamahanga nk'Umuryango mpuzamahanga ushinzwe kugenzura ingufu za kirimbuzi. Ayo masezerano, ukuyemo ay'ubucuruzi buciriritse n'ubusanzwe n'ay'igihe gito, ateganywa mu masezerano ashyikirizwa inteko y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kugira ngo biyemeze. 9. Ikiguzi cy'ibikorwa by'Umuryango bigerwaho buri mwaka n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hakurikijwe igipimo cy'Umuryango w'Abibumbye cy'isuzuma kivuguruye kugira ngo hitabwe ku bunyamuryango bunyuranye hagati y'Umuryango w'Abibumbye n' Umuryago. 10. Imisanzu y’amafaranga y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ishyirwa muri Komisiyo itegura ikurwa ku buryo bukwiye ku misanzu yabyo ku ngengo y'imari isanzwe. 11. Igihugu kigize Umuryango gifite ibirarane byo kwishyura imisanzu yacyo y'Umuryango nticyemerewe gutora iyo umubare w'amafaranga y'ibirarane ungana cyangwa urenga umubare w'amafaranga y'imisanzu gisabwa mu myaka ibiri yose ibanza. Icyakora, Inteko y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ishobora kwemerera igihugu kigize Umuryango gutora iyo yanyuzwe n’uko kunanirwa kwishyura byatewe n'impamvu zitagiturutseho. B. INTEKO Y'IBIHUGU BIHURIYE KU MASEZERANO Abagize Inteko, amategeko ngengamikorere no gufata ibyemezo 12. Inteko y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano (muri aya Masezerano yitwa ""Inteko"") igizwe n'ibihugu byose biyahuriyeho. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kigira ugihagararira mu Nteko, ushobora guherekezwa n'abamusimbura ndetse n’abajyanama. 13. Inama y’ibanze y'Inteko itumizwa n'Ushinzwe kubika Amasezerano bitarenze iminsi mirongo itatu (30) aya Masezerano atangiye gukurikizwa. 14. Inteko iterana mu nama zisanzwe ziba buri mwaka, kereka Inteko ibyemeje ukundi. 15. Inama idasanzwe y'Inteko itumizwa: (a) Iyo byemejwe n'Inteko; (b) Iyo bisabwe na Komite nyobozi; cyangwa (c) Iyo bisabwe n'igihugu icyo ari cyo cyose mu bihuriye ku Masezerano kandi bigashyigikirwa n'umwiganze bw'ibihugu biyahuriyeho. Inama idasanzwe itumizwa bitarenze iminsi 30 nyuma y’uko hafashwe icyemezo cy'Inteko, ubusabe bwa Komite nyobozi cyangwa ukuboneka k’ugushyigikirwa gusabwa, keretse igihe biteganyijwe ukundi bigaragara mu cyemezo cyangwa mu busabe. 16. Inteko kandi ishobora gutumizwa mu buryo bw'Inteko yo kuvugurura Amasezerano, hakurikijwe ingingo ya VII. 17. Inteko kandi ishobora gutumizwa mu buryo bwo gusuzuma Amasezerano, hakurikijwe ingingo ya VIII. 18. Inama ziteranira ku cyicaro cy'Umuryango, keretse Inteko ibiteganyije ukundi. 19. Inteko ishyiraho amategeko ngengamikorere yayo. Mu ntangiriro ya buri nama, itora Perezida wayo n'abandi bagize biro mu gihe bakenewe. bakora imirimo yabo kugeza hatowe undi Perezida n'abandi bagize biro mu nama ikurikira. 20. Umubare w’ibihugu usabwa ngo Inteko iterane ni ubwiganze bw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano . 21. Buri gihugu kigira ijwi rimwe. 22. Inteko ifata ibyemezo byerekeye imikorere binyuze mu bwiganze bw'ibihugu bigize Umuryango bihari kandi bitora. Ibyemezo bijyanye n'ibikubiye mu Masezerano bifatwa mu buryo bushoboka ku bwumvikane. Iyo ubwumvikane butagezweho ku kibazo gifatirwa icyemezo, Perezida w'Inteko ashobora gusubika amatora mu masaha 24 kandi muri icyo gihe yigijweyo akora uko ashoboye kugira ngo habe ubwumvikane, kandi agakora raporo ashyikiriza Inteko mbere y'uko icyo gihe kirangira. Iyo ubwumvikane budashoboye kugerwaho nyuma y'amasaha 24, Inteko ifata icyemezo igendeye kuri bibiri bya gatatu by'ubwiganze bwa bibiri bya gatatu by'ibihugu bigize Umuryango bihari kandi bitora ; keretse aya Masezerano abiteganya ukundi. Iyo hari ugushidikanya ku ngingo yo kumenya niba ikibazo kijyanye cyangwa kitanyanye n'ibikubiye mu Masezerano, ikibazo gifatwa nk'icyerekeye ibikubiye mu Masezerano; keretse gifashweho icyemezo ukundi binyuze mu bwiganze bw'amajwi akenewe ku byemezo bifatwa ku bibazo bijyanye n’ibikubiye mu Masezerano. 23. Mu gihe cyo gukora inshingano zayo hakurikijwe igika cya 26 (k), Inteko ifata icyemezo cyo kongera igihugu icyo ari cyo cyose ku rutonde rw'ibihugu biri ku mugereka wa mbere w'aya Masezerano hakurikijwe uko ibyemezo bifatwa ku byerekeye ibikubiye mu gika cya 22. Hatitawe ku gika cya 22, Inteko ifata ibyemezo ku mpinduka yindi iyo ari yo yose y'Umugereka wa mbere w'aya Masezerano binyuze mu bwumvikane. 24. Inteko ni rwo rwego rukuru rw'Umuryango. Isuzuma ibibazo ibyo ari byo byose, ibibazo bijyanye n'ibirebwa n'aya Masezerano, cyane cyane ibijyanye n'ububasha n'imirimo bya Komite nyobozi n'Ubunyamabanga mu bya Tekiniki hakurikijwe aya Masezerano. Ishobora gutanga inama no gufata ibyemezo ku ngingo, ibibazo byose n’ingorane bijyanye n'ibirebwa n'aya Masezerano bigaragazwa n'igihugu mu biyahuriyeho cyangwa bishyikirizwa Komite nyobozi. 25. Inteko igenzura ikurikizwa kandi igasuzuma iyubahirizwa ry'aya Masezerano kandi igakora igamije kwimakaza inteko zayo n'icyo agamije. Igenzura kandi ibikorwa bya Komite nyobozi n'Ubunyamabanga mu bya Tekiniki kandi ishobora gutanga imirongo ngenderwaho kuri buri rwego rwayo kugira ngo ikore imirimo yayo. 26. Inteko: (a) Isuzuma kandi ikemeza raporo y'Umuryango ku ikurikizwa ry'aya Masezerano na gahunda ndetse n'ingengo y'imari by'umwaka by'Umuryango bitangwa na Komite nyobozi, ndetse igasuzuma izindi raporo; (b) Ifata icyemezo cy'ikigero cy'imisanzu y'amafaranga yishyurwa n'ibihugu bihuriye ku Masezerano hakurikijwe igika cya 9; (c) Itora abagize Komite nyobozi; (d) Ishyiraho Umuyobozi mukuru w'Ubunyamabanga mu bya Tekiniki (muri aya Masezerano witwa ""Umuyobozi mukuru""); (e) Isuzuma kandi ikemeza amategeko ngengamikorere ya Komite nyobozi yayigejejeho; (f) Isuzuma kandi igakosora udushya duhangwa mu bumenyi n'ikorabuhanga dushobora kubangamira imikorere y' aya Masezerano. Ku bijyanye n'ibyo, Inteko ishobora guha Umuyobozi mukuru inshingano zo gushyiraho Urwego rw'ubujyanama kugira ngo mu gukora imirimo ye rugire inama yihariye, mu byiciro by'ubumenyi n'ikoranabuhanga ku bijyanye n'aya Masezerano, Inteko, Komite nyobozi cyangwa ibihugu bihuriye ku Masezerano. Kubera iyo mpamvu, Urwego rw'ubujyanama mu bumenyi rugizwe n'inzobere zigenga zifite ububasha bwazo kandi zishyirwaho hakurikijwe amabwiriza yemejwe n'Inteko, hashingiwe ku buzobere n'ubunararibonye bwazo by'umwihariko mu bijyanye n'ubumenyi bwerekeye ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano; (g) Ifata ingamba zikwiye kugira ngo iharanire kubahiriza aya Masezerano kandi kugira ngo ikemure ndetse ikosore impamvu yose inyuranyije n'ingingo z'aya Masezerano, hakurikijwe ingingo ya V; (h) Mu nama zayo z’ibanze isuzuma kandi ikemeza imishinga y'amasezerano, ubwumvikane, ingingo, amategeko ngengamikorere, ibitabo byerekeye imikorere, amabwiriza ngenderwaho n'izindi nyandiko zose zitegurwa cyanga zisabwa na Komisiyo ishinzwe kubitegura; (i) Isuzuma kandi ikemeza amasezerano cyangwa ubwumvikane bikorwa n'Ubunyamabanga mu bya Tekiniki hamwe n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, ibindi bihugu n'imiryango mpuzamahanga kandi Komite nyobozi ihamagarirwa kuyagirana mu izina ry'Umuryango hakurikijwe igika cya 38 (h); (j) Ishyiraho inzego zungirije ibona ko zikwiye mu gukora imirimo yayo hakurikijwe aya Masezerano; kandi (k) Ivugurura Umugereka wa mbere w'aya Masezerano uko bikwiye hakurikijwe igika cya 23. C. KOMITE NYOBOZI Abagize Komite, imikorere no gufata ibyemezo 27. Komite nyobozi igizwe n'abanyamuryango 51. Hakurikijwe ibiteganywa n'iyi ngingo, buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo kujya muri Komite nyobozi. 28. Hitawe ku cyifuzo cy'isaranganya ringana rikurikije amerekezo y'isi, Komite nyobozi igizwe na: (a) Ibihugu icumi byo muri Afurika; (b) Ibihugu birindwi by'Uburayi bw'uburasirazuba; (c) Ibihugu icyenda byo muri Amerika y'epfo na Karayibe; (d) Ibihugu birindwi byo muri Aziya yo hagati n’iy'Amajyepfo; (e) Ibihugu icumi byo muri Amerika ya ruguru n'Uburayi bw'iburengerazuba; n' (f) Ibihugu umunani byo mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Aziya, ibikora ku nyanja ya Pasifika n'ibyo mu Burasirazuba. Ibihugu byose byavuzwe haruguru muri buri karera biri ku rutonde ku mugereka wa mbere w'aya Masezerano. Umugereka wa mbere w'aya Masezerano uravugururwa uko bikwiye bikozwe n'Inteko hakurikijwe igika cya 23 n'icya 26 (k). Ntabwo uvugururwa cyangwa ngo uhindurwe hakurikijwe uburyo buteganywa mu ngingo ya VII. 29. Abagize Komite nyobozi batorwa n'Inteko. Ku birebana n'ibyo, buri karera k'isi gatoranya ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano muri ako gace hagamijwe amatora y'abagize Komite nyobozi ku buryo bukurikira: (a) Nibura kimwe cya gatatu cy'imyanya igenewe buri karere igomba kuzuzwa hashingiwe ku nyungu za politiki n'umutekano bikozwe n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byo muri ako karere hashingiwe ku bushobozi bw'intwaro za kirimbuzi bufitanye isano n'Amasezerano nk'uko biteganywa n'amakuru shingiro mpuzamahanga ndetse n’ibisabwa byose cyangwa bimwe mu bikurikira bibyerekana hagamijwe ibishyirwa imbere bigateganywa na buri karere: (i) Umubare w'inyubako z'igenzura z’uburyo bw'igenzura mpuzamahanga; (ii) Ubuhanga n'ubunararibonye mu ikoranabuhanga ry'igenzura; n' (iii) Umusanzu w'ingengo y'imari ya buri mwaka y'Umuryango; (b) Umwanya umwe mu yagenewe buri karere wuzuzwa hashingiwe ku buryo bwo gusimburana ku gihugu kibanza hagendewe ku rukurikirane rw'inyunguti z'Icyongereza mu bihugu buhiriye kuri aya Masezerano muri ako karere bitahawe umwanya muri Komite nyobozi mu gihe kirekire kuva bimaze kuba mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa igihe cyamaze muri Komite nyobozi, nubwo cyaba ari gito. Igihugu kiri muri aya Masezerano kigenwa hashingiwe kuri ibi gishobora kureka umwanya wacyo. Muri icyo gihe, icyo gihugu kiri muri aya Masezerano cyandikira Umuyobozi mukuru ibaruwa yo kuwureka, maze uwo mwanya ukuzuzwa n'igihugu gikurikiraho ku rutonde hakurikijwe aka gaka; kandi (c) Imyanya isigaye ihabwa buri karere yuzuzwa n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bitoranywa mu bindi byo muri ako karere binyuze mu isimburana cyangwa mu matora. 30. Buri gihugu kiri muri Komite nyobozi kigira ugihagararira umwe muri Komite, ushobora guherekezwa n'abamwungirije n'abajyanama. 31. Buri gihugu kiri muri Komite gitangira imirimo inama y'Inteko cyatorewemo irangiye kugeza igihe inama ya kabiri isanzwe ngarukamwaka y'Inteko irangiye, keretse mu matora ya mbere ya Komite Nyobozi, ibihugu 26 biyigize biratorwa kugira ngo bitangire imirimo yabyo kugeza igihe inama ya gatatu isanzwe ngarukamwaka y'Inteko irangiye, hashingiwe ku mibare y'imigabane ivugwa mu gika cya 28. 32. Komite nyobozi itegura amategeko ngengamikorere yayo maze ikayashyikiriza Inteko kugira ngo iyemeze. 33. Komite nyobozi itora Perezida wayo mu banyamuryango bayigize. 34. Komite nyobozi iterana mu nama zisanzwe. Hagati y’inama zisanzwe, iterana iyo ari ngombwa mu rwego rwo kubahiriza ububasha n'imirimo byayo 35. Buri gihugu kigize Komite nyobozi kigira ijwi rimwe. 36. Komite nyobozi ifata ibyemezo byerekeye imikorere binyuze mu bwiganze bw'abanyamuryango bayo. Ibyemezo bya Komite nyobozi byerekeye ibikubiye mu Masezerano bifatwa ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by’abayigize ; keretse biteganywa ukundi muri aya Masezerano. Iyo hari ugushidikanya ku ngingo ijyanye no kumenya cyangwa ijyanye n'ibikubiye mu Masezerano, ingingo ifatwa nk'iyerekeye ibikubiye mu Masezerano ; keretse bifashweho icyemezo ukundi binyuze mu bwiganze bw'amajwi akenewe kuri iyo ngingo. Ububasha n'imirimo 37. Komite nyobozi ni rwo rwego nshingwabikorwa rw'Umuryango. Ishinzwe gutegura Inteko. Yubahiriza ububasha n'imirimo ruhabwa hakurikijwe aya Masezerano. Mu kubyubahiriza, ibikora mu buryo buhuye n'inama, ibyemezo n'amabwiriza ngenderwaho by'Inteko kandi igaharanira ikurikizwa ryabyo rihoraho kandi rinoze. 38. Komite nyobozi: (a) Yimakaza ikurikizwa rinoze, n'iyubahirizwa, ry'aya Masezerano; (b) Igenzura ibikorwa by'Ubunyamabanga mu bya Tekiniki; (c) Itanga ibyifuzo bikwiye ku Nteko kugira ngo ibisuzume mu yindi mishinga igamije kwimakaza intego n'ikigamijwe n'aya Masezerano; (d) Igirana ubufatanye n'Urwego rwa buri gihugu kiri muri aya Masezerano; (e) Isuzuma kandi igaha Inteko umushinga wa gahunda n'ingengo y'imari by'umwaka by'Umuryango, umushinga wa raporo y'Umuryango ku ikurikizwa ry'aya Masezerano, raporo yerekeye ibikorwa byayo bwite n'izindi raporo ibona ko ari ngombwa cyangwa Inteko ishobora gusaba; (f) Itegura inama z'Inteko, cyane cyane itegurwa ry'umushinga w'ibijya ku murongo w’ibyigwa mu Nteko; (g) Isuzuma imishinga yerekeye impinduka, ku byerekeye ubuyobozi cyangwa tekiniki, Amasezerano y'Inyongera cyangwa Imigereka y'aya Masezerano, hashingiwe ku ngingo ya VII kandi igaha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ibyifuzonama ngo bizemeze; (h) Igirana amasezerano cyangwa ubwumvikane, haseguriwe ko bibanza kwemezwa n'Inteko, n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, ibindi bihugu n'imiryango mpuzamahanga mu izina ry'Umuryango kandi ikagenzura ikurikizwa ryayo; keretse amasezerano cyangwa ubwumvikane biteganywa mu gace ka (i); (i) Yemeza kandi ikagenzura ikurikizwa ry'amasezerano ajyanye n'ishyirwa mu bikorwa ry'ibikorwa by'igenzura mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano n'ibindi bihugu; kandi (j) Yemeza ibitabo by'imikorere bishya n'impinduka zose ziri mu gitabo cy'imikorere zishobora gutangwa n'Ubunyamabanga mu bya Tekiniki. 39. Komite nyobozi ishobora gusaba ko inama idasanzwe y'Inteko iterana. 40. Komite nyobozi ishobora: (a) Koroshya ubufatanye hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano no hagati yabyo n'Ubunyamabanga mu bya tekiniki, mu bijyanye no kubahiriza aya Masezerano binyuze mu guhanahana amakuru; (b) Koroshya ubujyanama no gukorera mu mucyo hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hakurikijwe ingingo ya IV; no (c) Kwakira, gusuzuma no gusubiza ubusabe bwo kujya kugenzura no kubikorera raporo hakurikijwe ingingo ya IV. 41. Komite nyobozi isuzuma impungenge yose yagaragajwe na kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano yerekeranye n’ukutubahiriza aya Masezerano no gukoresha nabi uburenganzira buteganywa n'aya Masezerano. Mu kubikora, Komite nyobozi igisha inama ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa, iyo ari ngombwa, maze igasaba igihugu kiri muri aya Masezerano gufata ingamba zo gukemura ikibazo mu gihe cyagenwe. Iyo Komite nyobozi ibona ari ngombwa gukomeza gukurikirana ikibazo, ifata ingamba imwe cyangwa nyinshi cyane cyane muri izi zikurikira: (a) Kumenyesha ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano ikibazo; (b) Gushyikiriza ikibazo Inteko; (c) Guha Inteko ibyifuzonama cyangwa gufata icyemezo, iyo ari ngombwa, cyerekeranye n’ ingamba zo gukemura ikibazo no guharanira iyubahirizwa ry'ingingo z’Amasezerano hakurikijwe ingingo ya V. D. UBUNYAMABANGA MU BYA TEKINIKI 42. Ubunyamabanga mu bya tekiniki bufasha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano gushyira mu bikorwa aya Masezerano. Ubunyamabanga mu bya tekiniki bufasha Inteko na Komite nyobozi kuzuza inshingano zabyo. Ubunyamabanga mu bya tekiniki bukora igenzura n'indi mirimo buhabwa n'aya Masezerano, ndetse n'imirimo buhabwa n'Inteko cyangwa Komite nyobozi hakurikijwe aya Masezerano. Ubunyamabanga bwa tekiniki bugizwe n’Ikigo mpuzamahanga gishinzwe amakuru shingiro kibubarirwamo 43.Imirimo y'Ubunyamabanga bwa tekiniki ijyanye n'igenzura ry'iyubahirizwa ry'aya Masezerano ikubiyemo, hakurikijwe ingingo ya IV n'Amasezerano y'Inyongera, cyane cyane : (a) Kugenzura no guhuza imikorere y'Uburyo bw'ikurikirana mpuzamahanga; (b) Gukoresha ikigo mpuzamahanga gishinzwe amakuru shingiro; (c) Kwakira, kunononsora, gusesengura no gutanga raporo buri gihe ibyerekeye amakuru shingiro y'Uburyo bw'ikurikirana mpuzamahanga; (d) Gutanga ubufasha bwa tekinike no gushyigikira ishyirwaho n'imikorere y'amashami y'ikurikirana; (e) Gufasha Komite nyobozi gutanga ubufasha mu bujyanama no gukorera mu mucyo mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano; (f) Kwakira ibyifuzo bivuye ku mashami y'igenzura no kubinononsora, gufasha Komite nyobozi gusuzuma ibyo byifuzo, gutegura no gutanga ubufasha bwa tekiniki mu gihe cyo gukora igenzura, ndetse no guha raporo Komite nyobozi; (g) Kugirana imishyikirano y'amasezerano cyangwa ubwumvikane n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano no kuyagirana n’ibindi bihugu n'imiryango mpuzamahanga no kugirana amasezerano yose hamwe n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa ibindi yerekeye ibikorwa by'igenzura yabanje kwemezwa na Komite nyobozi; no (h) Gufasha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, binyuze mu nzego zabyo, ku byerekeye ibibazo by'igenzura hakurikijwe aya Masezerano. 44. Ubunyamabanga bwa tekiniki bushyiraho kandi bukabungabunga, bimaze kwemezwa na Komite nyobozi, ibitabo by'imikorere kugira ngo bihe umurongo ngenderwaho imikorere y'ibyiciro binyuranye by'uburyo bw'igenzura hakurikijwe ingingo ya IV n'Amasezerano y'Inyongera. Ibi bitabo ntabwo ari ibice by'ingenzi bigize aya Masezerano cyangwa Amasezerano y'Inyongera kandi bishobora guhindurwa n'Ubunyamabanga bwa tekiniki bimaze kwemezwa na Komite nyobozi. Ubunyamabanga bwa tekiniki bumenyesha vuba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano impinduka zose mu bitabo byerekeye imikorere. (a) Gutegura no koherereza Komite nyobozi Umushinga wa gahunda n'ingengo y'imari by'Umuryango; (b) Gutegura no koherereza Komite nyobozi umushinga wa raporo y'Umuryango ku bijyanye n'ikurikizwa ry'aya Masezerano n'izindi raporo nk'iz'Inteko cyangwa izo Komite nyobozi ishobora gusaba; (c) Gufasha Inteko, Komite nyobozi n'izindi zego zishamikiyeho mu bijyanye n'imiyoborere na tekiniki; (d) Gukemura no kwakira ibijyanye n'itumanaho mu izina ry'Umuryango ku birebana n'ikurikizwa ry'aya Masezerano; no (e) Kuzuza inshingano z'imiyoborere zerekeye Amasezerano yose yagiranwe hagati y'Umuryango n'indi miryango mpuzamahanga. 46. Ubusabe bwose n'amamenyesha by'ibihugu bigize Umuryango byohererezwa Umuyobozi mukuru binyuze ku bayobozi b’igihugu babyo babishinzwe. Ubusabe n’amamenyesha byandikwa mu rurimi rumwe mu zemewe n'aya Masezerano. Iyo Umuyobozi mukuru asubiza, akoresha ururimi ubusabe cyangwa imeneyesha byoherejwemo. 47. Ku bijyanye n'inshingano z'Ubunyamabanga bwa tekiniki mu gutegura no guha Komite nyobozi umushinga wa gahunda n'ingengo y'imari by'Umuryango, Ubunyamabanga bugena kandi bugakora neza ibaruramari ry'ibiguzi byose bya buri gikoresho cyose cyagenwe nk'igice cy'Uburyo mpuzamahanga bw'igenzura. Ifatwa nk'iryo mu mushinga wa gahunda n'ingengo y'imari rihabwa n’ibindi bikorwa byose by'Umuryango. 48. Ubunyamabanga bwa tekiniki bumenyesha budatinze Komite nyobozi ibibazo byose byavutse bijyanye no kurangiza inshingano zabwo bwagaragaye mu gukora ibikorwa kandi butashoye gukemura binyuze mu bujyanama bwagiranye n’igihugu kiri muri aya Masezerano kirebwa. 49. Ubunyamabanga bwa tekiniki bugizwe n'Umuyobozi mukuru ubuyobora kandi akaba n'Umuyobozi ushinzwe ubutegetsi, kandi bugizwe n'umukozi ushinzwe ibyerekeye ubumenyi, tekiniki n'abandi bakozi bashobora gukenerwa. Umuyobozi mukuru ashyirwaho n'Inteko ibisabwe na Komite nyobozi mu gihe cya manda y'imyaka ine, ishobora kongerwa incuro imwe gusa. Umuyobozi wa mbere mukuru ashyirwaho n'Inteko mu nama y'ibanze ibisabwe na Komisiyo ishinzwe kubitegura. 50. Umuyobozi mukuru ashinzwe gushyiraho abakozi n'imiterere n'imikorere by'Ubunyamabanga bwa tekiniki abisabwe n'Inteko na Komite nyobozi. Igishingirwaho cyane mu gushaka abakozi bashya no gushyiraho ibikurikizwa mu gukora akazi kigomba kuba gikenewe mu guharanira kubona abakozi b'inzobere ku rwego ruhanitse, bafite, ubunararibonye, ubumenyi n'ubunyangamugayo. Abaturage b'ibihugu bihuriye kuri ya Masezerano ni bo gusa batorwamo Umuyobozi mukuru, abagenzuzi abakozi bakuru cyangwa abakozi bo mu butegetsi. Akamaro ko gushaka abakozi bashya hashingiwe ku merekezo y'isi mu buryo bwagutse bushoboka bihabwa agaciro. Mu gihe cyo gushaka abakozi bashya hashingirwa ku ihame ry'uko abakozi bagomba gushyirwa buri gihe ku mubare wo hasi ukenewe kugira ngo Ubunyamabanga bwa tekiniki bukore neza inshingano zabwo. 51. Amaze kugisha inama Komite nyobozi, Umuyobozi mukuru ashobora gushyiraho amatsinda y'agateganyo y'imikorere y'inzobere mu bumenyi kugira ngo zitange inama ku bibazo byihariye. 52. Mu kurangiza inshingano zabo, Umuyobozi mukuru, abagenzuzi, abagenzuzi bungirije n'abakozi ntibashaka cyangwa ngo bahabwe amabwiriza n'igihugu icyo aricyo cyose cyangwa urwego urwo ari rwo rwose rutari urw'Umuryango. Bareka gukora igikorwa icyo ari cyo cyose kidahuye n'imyanya yabo nk'abakozi mpuzamahanga bafite gusa inshingano z’Umuryango. Umuyobozi mukuru akora inshingano zijyanye n'ibikorwa by'itsinda rishinzwe ubugenzuzi. 53. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyubahiriza by'umwihariko imiterere mpuzamahanga y'inshingano z'Umuyobozi mukuru, abagenzuzi, abagenzuzi bungirije n'abakozi kandi ntikibategeka uko buzuza inshingano zabo. E. UBURENGANZIRA BWIHARIYE N'UBUDAHANGARWA 54. Umuryango ugira, ku butaka bw'igihugu kiri muri aya Masezerano n’ahandi hantu hose hari mu bubasha bwacyo cyangwa kigenzura, ubushobozi ku birebana n’amategeko n’uburenganzira bwihariye n’ubudahangarwa ukeneye kugira ngo ukore imirimo yawo. 55. Intumwa z'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hamwe n'ababungirije n'abajyanama, abahagarariye abatowe muri Komite nyobozi hamwe n'ababungirije n'abajyanama, Umuyobozi mukuru, abagenzuzi, abagenzuzi bungirije n'abakozi b'Umuryango bahabwa uburenganzira bwihariye n'ubudahangarwa bukenewe kugira ngo bakore imirimo y'Umuryango mu bwisanzure. 56. Ubushobozi mu by’amategeko, uburenganzira bwihariye n'ubudahangarwa bivugwa muri iyi ngingo bisobanurwa mu masezerano aba hagati y'Umuryango n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ndetse n'amasezerano ari hagati y'Umuryango n'igihugu Umuryango ufitemo icyicaro. Ayo masezerano ashingirwaho kandi akemezwa hakurikijwe igika cya 26 (h) na (i). 57. Hatitawe ku gika cya 54 n'icya 55, uburenganzira bwihariye n'ubudahangarwa bihabwa Umuyobozi mukuru, abagenzuzi, abagenzuzi bungirije n'abakozi b'Ubunyamabanga bwa tekiniki mu gihe bakora igenzura ry'ibikorwa ni ibiteganywa mu Masezerano y'Inyongera. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA III: INGAMBA Z'IGIHUGU Z'ISHYIRWA MU BIKORWA,"1. Hakurikijwe uburyo bugenwa n'Itegeko nshinga, buri gihugu mu bihuriye kuri aya Masezerano gifata ingamba zikwiye zo gushyira mu bikorwa inshingano zacyo ziri muri aya Masezerano. Gifata ingamba izo ari zo zose zikwiye, by'umwihariko: (a) Kubuza abantu n'ibigo ahantu hose ku butaka bwacyo cyangwa ahandi hantu aho ari ho hose hari mu bubasha bwacyo bwemewe n’amategeko mpuzamahanga, kuhakorera igikorwa icyo ari cyo cyose kibujijwe ku gihugu kiri muri aya Masezerano; (b) Kubuza abantu n'ibigo gukorera icyo gikorwa ahantu hose hagenzurwa n'icyo gihugu; no (c) Kubuza abantu bafite ubwenegihugu bwacyo gukorera igikorwa icyo ari cyose ahantu aho ari ho hose, hakurikijwe amategeko mpuzamahanga. 2. Buri gihugu gifatanya n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano maze bigashyiraho uburyo buboneye bw'ubufasha bw'amategeko kugira ngo byoroshye ishyirwa mu bikorwa ry'inshingano ziteganywa mu gika cya mbere. 3. Buri gihugu kimenyesha Umuryango ingamba cyafashe mu gushyira mu bikorwa iyi ngingo. 4. Mu rwego rwo kurangiza inshingno ziteganywa muri aya Masezerano, buri gihugu gishyiraho cyangwa kikagena Urwego rw'igihugu kandi kikabimenyesha Umuryango Amasezerano agitangira gukurikizwa kuri cyo. Urwego rw'igihugu rukora nk'imboni y’igihugu mu guhuza igihugu n’ Umuryango ndetse n'ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA IV: IGENZURA,"INGINGO YA IV: IGENZURA 1. Kugira ngo hagenzurwe iyubahirizwa ry'aya Masezerano, hashyirwaho uburyo bw'igenzura bugizwe n'ibi bikurikira: (a) Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga; (b) Ubujyanama no gukorera mu mucyo; (c) Igenzura ry'ahabera igikorwa; n' (d) Ingamba zo kubaka icyizere. Mu itangira gukurikizwa ry’aya Masezerano, uburyo bw'igenzura bugomba kuba bwujuje ibisabwa mu igenzura ry'aya Masezerano. 2. Ibikorwa by'igenzura bishingira ku makuru afite intego, bikagarukira ku ntego y'aya Masezerano kandi bigakorwa hubahirizwa ubusugire busesuye bw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi mu buryo butivanga, buhuye no kuzuza intego ku gihe no mu buryo bukwiye. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kirinda ikoreshwa nabi ryose ry'uburenganzira bw'igenzura. 3. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano, hakurikijwe ibiteganywa n’aya Masezerano, cyiyemeza kugirana ubufatanye n'Umuryango n'ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano binyuze mu Rwego rw'igihugu rushyirwaho hashingiwe ku ngingo ya III, igika cya 4, hagamijwe koroshya igenzura ry'iyubahirizwa ry'aya Masezerano, cyane cyane: (a) Gushyiraho ibikoresho bikenewe kugira ngo kigire uruhare mu ngamba z'igenzura no gushyiraho itumanaho rya ngombwa ; (b) Gutanga amakuru shingiro atangwa n'amashami agize Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga; (c) Kugira uruhare mu buryo bwo kujya inama no gukorera mu mucyo uko bikwiye; (d) Kwemerera ikorwa ry’igenzura ahabera ibikorwa; no (e) Kugira uruhare, iyo bikenewe, mu buryo bwo kubika ibanga 4. Ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano, hatitawe ku bushobozi bwabyo bwa tekiniki n'imari, bigira uburenganzira bungana mu igenzurwa kandi bikagira inshingano zingana zo kwemera igenzura. 5. Muri aya Masezerano, nta gihugu kiyarimo kibujijwe gukoresha amakuru yabonywe hakoreshejwe uburyo bwa tekiniki bw'igihugu bw'igenzura mu buryo buhuye n'amahame yemewe mu buryo rusange y'amategeko mpuzamahanga, cyane cyane ubwo kubahiriza ubusugire bw'ibihugu. 6. Hatabangamiwe uburenganzira bw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bwo kurinda inyubako, ibikorwa cyangwa ahantu ho kwitonderwa bitajyanye n'aya Masezerano, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ntibyivanga mu bigize uburyo bw'igenzura ry'aya Masezerano cyangwa ngo byivange mu buryo bwa tekiniki z'igihugu z'igenzura zikoreshwa hakurikijwe igika cya 5. 7. Buri gihugu mu bihuriye kuri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo gufata ingamba zo kurengera inyubako, zo kwitondera no gukumira itangazwa ry'amakuru y'ibanga n'amakuru shingiro atajyanye n'aya Masezerano. 8. Byongeye kandi, ingamba zose zikwiye zirafatwa kugira ngo harindwe amakuru yose y'ibanga ajyanye n'ibikorwa bya gisivili n'ibya gisirikare n'ibikoresho bitangwa mu gihe cy'ibikorwa by'igenzura. 9. Haseguriwe igika cya 8, amakuru atangwa n'Umuryango binyuze mu buryo bw'igenzura buteganywa n'aya Masezerano atangarizwa ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano hakurikijwe ingingo zirebwa z'aya Masezerano n'ay'Inyongera. 10. Ingingo z'aya Masezerano ntizisobanurwa nk'izikumira ihererekanya mpuzamahanga ry'amakuru shingiro hagamijwe ubumenyi. 10. Ingingo z'aya Masezerano ntizisobanurwa nk'izikumira ihererekanya mpuzamahanga ry'amakuru shingiro hagamijwe ubumenyi. Amasezerano y'Inyongera cyangwa ibice by'inyongera byayo cyangwa, iyo ari ngombwa, zigashyirwa mu gitabo cy'imikorere hakurikijwe ingingo ya II, igika cya 44. 12. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kwimakaza ubufatanye hagati yabyo kugira ngo byoroshye kandi bigire uruhare mu ihererekanya risesuye rishoboka ryerekeye ikoranabuhanga rikoreshwa mu igenzura riteganywa n'aya Masezerano kugira ngo ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikaze ishyirwa mu bikorwa ryabyo ry'ingamba z'igenzura no kubona inyungu z'ikurikizwa ry'iryo koranabuhanga hagamijwe amahoro. 13. Ingingo z'aya Masezerano zikurikizwa ku buryo bwirinda kubangamira iterambere ry'ubukungu n'ikoranabuhanga ry'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hagamijwe irindi terambere ry'ikoreshwa ry'ingufu za kirimbuzi hagamijwe amahoro. Inshingano z'Ubunyamabanga bwa tekiniki mu igenzura 14. Mu rwego rwo kurangiza inshingano zabwo mu bijyanye n'igenzura riteganywa muri aya Masezerano no mu Masezerano y'Inyongera, bufatanyije n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, muri aya Masezerano Ubunyamabanga bwa tekiniki: (a) Butegura uburyo bwo kwakira no gukwirakwiza amakuru shingiro no gutanga ibikoresho by’itumanaho bikenewe mu igenzura riteganywa n'aya Masezerano hakurikijwe ingingo zayo, no kubungabunga ibikorwa remezo by'itumanaho ku isi bijyanye n'uwo murimo; (b)Mu rwego ry'ibikorwa byabwo bya buri munsi binyuze mu Kigo mpuzamahanga gishinzwe amakuru shingiro cyabwo, muri rusange ari cyo shami ry'Ubunyamabanga bwa tekiniki mu kubika amakuru shingiro no kuyanoza: (i) Kwakira no gusaba amakuru shingiro mu buryo bw'igenzura mpuzamahanga; (ii) Kwakira amakuru shingiro akwiye aturuka ku bujyanama no gukorera mu mucyo, aturuka ku igenzura ry'ahakorerwa ibikorwa n'aturuka ku ngamba zo kubaka icyizere; no (iii) Kwakira andi makuru shingiro ya ngombwa ava mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano no mu miryango mpuzamahanga hakurikijwe aya Masezerano n'Amasezerano y'Inyongera; (c) Kugenzura, guhuza no guharanira imikorere y'Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga n'ibirigize, n'imikorere y'Ikigo mpuzamahanga gishinzwe amakuru hakurikijwe ibitabo by'imikorere bijyanye; (d) Kunonosora buri gihe, gusesengura no gutanga raporo y'amakuru shingiro y'uburyo bw'igenzura mpuzamahanga hakurikijwe uburyo bwumvikanweho kugira ngo hakorwe igenzura mpuzamahanga rinoze riteganywa n'aya Masezerano no kugira uruhare ku kubona igisubiza cyihuse ku bibazo bw'iyubahirizwa; (e) Gutanga amakuru, ay'ibanze n’ayanogejwe,(f) Guha ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano uburyo bungana, bwisanzuye, bukwiye kandi ku gihe bwo kugera ahabitse amakuru shingiro yose; (g) Kubika amakuru shingiro yose, ay'ibanze n'ayanogejwe, no gutanga raporo y'ibyavuyemo; (h) Guhuza no gufasha mu gusaba andi makuru shingiro y'Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga; (i) Guhuza ubusabe bw'amakuru shingiro y’inyongera yasabwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano ku kindi gihugu na cyo kiyarimo; (j) Gutanga ubufasha bwa tekiniki no gushyigikira ishyirwaho n'imikoreshereze y'inyubako z'igenzura n'ibikoresho by'itumanaho, aho ubwo bufasha n'inkunga bikenewe n'igihugu bireba; k) Guha igihugu icyo ari cyo cyose mu bihuriye kuri aya Masezerano, kibisabye, uburyo bwifashishwa n'Ubunyamabanga bwa tekiniki n'Ikigo mpuzamahanga gishinzwe amakuru cyabwo mu guhuriza hamwe, kubika, gutunganya, gusesengura no gutanga raporo ku makuru shingiro y'uburyo bw'igenzura; no (l) Gukurikirana, gusuzuma no gutanga raporo ku mikorere yose y'Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga n'ubw’Ikigo mpuzamahanga gishinzwe amakuru shingiro. 15. Uburyo bwumvikanweho bugomba gukoreshwa n'Ubunyamabanga bwa tekiniki mu gukora inshingano z'igenzura riteganywa mu gika cya 4 kandi busobanurwa neza mu Masezerano y'Inyongera bushyirwa mu bitabo by'imikorere byabugenewe. B.UBURYO BW'IGENZURA MPUZAMAHANGA 16. Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga burimo ibikoresho byo kugenzura ibijyanye n'umutingito, igenzura ry'imirasire kirimbuzi ririmo laboratwari, igenzura ry'imiterere y'amajwi n'uburyo bw'itumanaho, kandi bishyigikirwa n'Ikigo mpuzamahanga gishinzwe amakuru shingiro cy'Ubunyamabanga bwa tekiniki. 17. Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga bugengwa n'Ubunyamabanga bwa tekiniki. Ibikoresho byose bikoreshwa n’Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga ni iby'ibihugu byakiriye kandi bikoreshwa na byo cyangwa se bikaba biri mu nshingano zabyo hakurikijwe Amasezerano y'Inyongera. 18. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo kugira uruhare mu ihererekanya ry'amakuru shingiro kandi gifite uburenganzira bwo kubona amakuru yose atangwa n'Ikigo gishinzwe amakuru shingiro. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kigirana ubufatanye n'Ikigo gishinzwe amakuru shingiro binyuze mu nzego zacyo. Gutera inkunga Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga 19. Ku byerekeye ibikoresho bikoreshwa mu buryo bw'igenzura mpuzamahanga kandi bisobanuwe mu mbonerahamwe ya 1-A, iya 2-A, 3 n'iya 4 z'Umugereka wa 1 w'Amasezerano y'Inyongera, no ku byerekeye imikorere yabyo ku buryo ibyo bikoresho byumvikanwaho hagati y'igihugu bireba n'Umuryango hagamijwe gutanga amakuru shingiro ku Kigo gishinzwe amakuru shingiro hakurikijwe ibisabwa byerekeye tekiniki biteganywa mu Masezerano y'Inyongera no mu bitabo by'imikorere, nk'uko bisobanuwe mu masezerano cyangwa mu bwumvikane hashingiwe ku Gice cya I, igika cya 4 cy'Amasezerano y'Inyongera, Umuryango wishingira ibiguzi byo: (a) gushyiraho ibikoresho ibyo ari byo byose bishya kandi kikavugurura ibisanzweho; keretse igihugu kibifite mu nshingano kiramutse cyishyuye iki kiguzi; (b)byo gukoresha no kubungabunga ibikoresho byifashishwa mu buryo bw'igenzura mpuzamahanga, harimo gucunga umutekano wabyo iyo ari ngombwa, no gukurikiza uburyo buhamye bw'umwimerere w'amakuru shingiro; no gutanga raporo y'ibyavuyemo ku bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano, buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifata inshingano yo gukoresha amakuru shingiro y'uburyo bw'igenzura mpuzamahanga hakurikijwe ingingo ya II, igika cya 7, n'igika cya 8 n'icya 13 by'iyi ngingo; (c) byo kwimurira amakuru yerekeye Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga (ay'ibanze n'ayatunganyijwe) mu Kigo gishinzwe amakuru shingiro hakoreshejwe uburyo buhari butaziguye kandi budahenze, cyane cyane iyo ari ngombwa, binyuze mu buryo bw'itumanaho guhera ku mashami y'ingenzura, laboratwari, ibikoresho by'isesengura cyangwa ku Bigo bishinzwe amakuru shingiro mu gihugu; cyangwa kwimurira ayo makuru shingiro (arimo n'ingerofatizo aho bikwiye) muri laboratwari n'ibikoresho by'isesengura aturutse ku mashami y'igenzura; n' (d) icy'isesengura ry’ingero fatizo bikorewe Umuryango. 20. Ku byerekeye amashami ashinzwe ibyerekeye umutingito ku muyoboro wungirije ateganywa mu mbonerahamwe ya 1-B mu mugereka wa 1 w'amasezerano cyangwa ubwumvikane, nk'uko biteganywa mu masezerano hashingiwe ku Gice cya I, igika cya 4 cy'Amasezerano y'Inyongera, Umuryango wishyura gusa: (a) kugeza amakuru shingiro ku Kigo gishinzwe amakuru shingiro; (b) Guhamya umwimerere w'amakuru shingiro aturuka kuri ayo mashami; (c) Kuvugurura amashami ku rwego twa tekiniki rugezweho; keretse igihugu gishinzwe ibyo bikoresho kiramutse cyishyuye ubwacyo icyo kiguzi; (d) Iyo ari ngombwa, gishyiraho andi mashami kubera impamvu z'aya masezerano iyo nta bikoresho bikwiye bisanzwe bihari keretse igihugu gishinzwe ibyo bikoresho cyakwishyura ubwayo icyo kiguzi; n' (e) Ikindi kiguzi icyo ari cyo cyose kijyanye no gutanga amakuru akenewe n'Umuryango nk'uko bisobanuwe mu bitabo by'imikorere biriho. 21. Byongeye kandi, Umuryango wiyemeza kwishyurira ibikoresho, buri gihugu kiri muri aya Masezerano, raporo na serivisi icyo gihugu cyahisemo mu buryo bugezweho bw'Ikigo gishinzwe amakuru shingiro nk'uko bisobanuwe mu gice cya I cy'Amasezerano y'Inyongera, icyiciro cya F. Ikiguzi cyo gutegura no kohereza andi makuru shingiro cyangwa ibikoresho by’inyongera cyishyurwa n'igihugu kibisaba. 22. Amasezerano cyangwa iyo ari ngombwa ubwumvikane byakozwe n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa ibihugu byakiriye cyangwa se bikora mu bundi buryo inshingano zo gufasha Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga agira ingingo zerekeye kwishyura icyo kiguzi. Izo ngingo zishobora kubamo uburyo igihugu kiri muri aya Masezerano cyishyura ikiguzi cyose giteganywa mu gika cya 19 (a) n'icya 20 (c) na (d) ku bikoresho cyakira cyangwa ibyo gishinzwe kandi kigabanyirizwa mu buryo bukwiye umusanzu wacyo giha Umuryango. Iryo gabanyirizwa ntirirenza 50% by'umusanzu wa buri mwaka w'igihugu kiri muri aya Masezerano, ariko rishobora kongerwa mu myaka ikurikiraho. Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gusangira iryo gabanyirizwa n'ikindi gihugu binyuze mu masezerano cyangwa ubwumvikane hagati yabyo kandi byemejwe na Komite nyobozi. Amasezerano cyangwa ubwumvikane bivugwa muri iki gika byemezwa hakurikijwe Ingingo ya II, igika cya 26 (h) n'icya 38 (i). mpinduka ku buryo bw'igenzura mpuzamahanga 23. Ingamba izo ari zo zose zivugwa mu gika cya 11 zifite uruhare ku buryo bw'igenzura mpuzamahanga binyuze mu buryo bwo kongera cyangwa kuvanaho ikoranabuhanga ry'igenzura, iyo byumvikanweho bishyirwa muri aya Masezerano no mu Masezerano y'Inyongera hashingiwe ku ngingo ya VII, igika cya 1 kugeza ku cya 6. 24. Haseguriwe amasezerano y'ibyo bihugu birebwa mu buryo butaziguye, impinduka zikurikira ku buryo bw'igenzura mpuzamahanga zifatwa nk'izijyanye n'ibibazo by'ubuyobozi cyangwa bya tekiniki hashingiwe ku ngingo ya VII, igika cya 7 n'icya 8: (a) Impinduka ku mubare w'ibikoresho bikoresha tekiniki y’uburyo bw’igenzura iri n’iri nkuko wagenwe mu Masezerano y'Inyongera ; n' (b) Impinduka ku yandi makuru arambuye ku bikoresho byihariye nk'uko biteganywa mu Mbonerahamwe z'Umugereka wa 1 ku masezerano y'inyongera (harimo cyane cyane igihugu gishinzwe igikoresho ; aho giherereye ; izina ryacyo ; ubwoko bwacyo ; ndetse n'ishyirwa ryacyo ku muyoboro w'ibanze cyangwa uwunganira by'umugingito). Iyo Komite nyobozi isabye ko izo mpinduka zitorwa, hashingiwe ku ngingo ya VII, igika cya 8 (d), iyo isaba kandi ko izo mpinduka zitangira gukurikizwa Umuyobozi mukuru amaze gutanga imenyesha ry'uko zemejwe hakurikijwe Ingingo ya VII, igika cya 8 (9). 25. Mu kugeza amakuru n'isuzuma kuri Komite nyobozi n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hakurikijwe ingingo ya VII, igika cya 8 (b), Umuyobozi mukuru, mu cyifuzo cyose hakurikijwe igika cya 24, ashyiramo: (a) Isuzuma rya tekiniki ry’icyifuzo; (b) Imiterere y'ingaruka z'icyifuzo ku buyobozi n'imari; na (c) Raporo ku bujyanama hagati y'ibihugu birebwa n’icyifuzo mu buryo butaziguye, harimo icyerekana amasezerano bifitanye. Ubwumvikane bw'agateganyo 26. Mu gihe igikoresho cy'igenzura kigize ikibazo gikomeye kivugwa mu Mbonerahamwe z'Umugereka wa 1 mu Masezerano y'Inyongera, cyangwa kikangirika ku buryo kidasanwa, cyangwa hagamijwe kugabanya by'agateganyo aho ibikoresho by'igenzura byifashishwa, Umuyobozi mukuru, abigiyeho inama kandi akabyumvikanaho n'ibyo bihugu byagezweho n'ingaruka ku buryo butaziguye, ashyiraho uburyo bw'agateganyo butarengeje igihe cy'umwaka umwe, wongerwa iyo ari ngombwa binyuze mu masezerano hagati ya Komite nyobozi n'ibindi bihugu byagezweho n'ingaruka zitaziguye mu gihe cy’umwaka. Ubwo bwumvikane ntibushobora ku buryo umubare wíbikoresho bikora mu Buryo mpuzamahanga bw’igenzura burenga umubare wagaragajwe ku muyoboro bireba, kandi ugomba kuzuza uko bishoboka ibisabwa mu rwego rwa tekiniki buteganywa mu bitabo byímikoerere kandi bishingiye ku ngengo y’imari y’Umuryango. Umuyobozi mukuru kandi afata ingamba zo gukosora ikibazo no gutanga umuti wacyo urambye. Umuyobozi mukuru amenyesha ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano icyemezo cyose gifatwa hashingiwe kuri iki gika. Ibigo by'igihugu bishinzwe ubufatanye 27. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi bishobora gushyiraho mu buryo butandukanye amasezerano y'ubufatanye hamwe n'Umuryango, kugira ngo bibone amakuru shingiro y'inyongera yerekeye Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga aturutse mu mashami y'igihugu atabarirwa mu gice cy'Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga. 28. Ayo masezerano y'ubufatanye ashobora gushyirwaho mu buryo bukurikira (a) Bisabwe n'igihugu kimwe kiri muri aya Masezerano kandi ku kiguzi cy'icyo gihugu, Ubunyamabanga bwa tekiniki bufata ingamba zikwiye zo kwemeza ko ikigo runaka cy'igenzura cyujuje ibisabwa byo mu rwego rw'imikorere na tekiniki biteganywa mu bitabo by'imikorere bikoreshwa ku Kigo gishinzwe uburyo bw'igenzura mpuzamahanga, kandi gishaka uburyo cyakwemeza amakuru shingiro yacyo. Haseguriwe ko Komite nyobozi ibyemera, Ubunyamabanga bwa tekiniki bugomba kugena icyo gikoresho nk'igikoresho cy’igihugu cy’ubufatanye. Ubunyamabanga bwa tekiniki bufata ingamba zikwiye zo kongera igihe cy’ ukwemererwa mu gihe ari ngombwa; (b) Ubunyamabanga bwa tekiniki buhuza n’igihe urutonde rw'ibigo by'igihugu bikora mu bufatanye kandi bukaruha ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano; Uburyo amakuru shingiro y'inyongera aturuka kuri ibyo bigo agezwa ku Kigo n’uburyo Ikigo gishobora kugezwaho ayo makuru shingiro kuyatanga byihuse cyangwa ubusobanuro bisobanurwa mu gitabo cy'imikorere ku rusobe rw'umuyoboro bijyanye.C.UBUJYANAMA N'IBISOBANURO 29. Hatabangamiwe uburenganzira bw'igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano bwo gusaba gukora igenzura ahabera igikorwa, mu gihe bishoboka, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano mbere na mbere byagombye kwihatiragusobanura no gukemura, hagati yabyo cyangwa bifatanyije n’Umuryango cyangwa bibiwunyujijeho, kugira ngo bisobanure kandi bikemure ikibazo icyo ari cyo cyose gishobora gutera impungenge zijyanye no kutubahiriza inshingano z'ibanze z'aya masezerano. 30. Igihugu kiri muri aya Masezerano cyakira mu buryo butaziguye ubusabe bw'ikindi gihugu hashingiwe ku gika cya 29, kigomba guha igihugu gisaba ibisobanuro vuba bishoboka, ariko mu masaha atarenze 48 nyuma yo kwakira ubusabe. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bisaba n'ibisabwa bishobora kumenyesha Komite nyobozi n'Umuyobozi mukuru ibijyanye n'ubusabe n'igisubizo cyatanzwe. 31. Igihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo gusaba Umuyobozi mukuru kugifasha mu kugaragaza ikibazo icyo ari cyo cyose gishobora gutera impungenge zo kutubahiriza inshingano z'ibanze z'aya Masezerano. Umuyobozi mukuru atanga amakuru akwiye Ubunyamabanga bwa tekiniki bufite, ajyanye n'icyo kibazo. Umuyobozi mukuru amenyesha Komite nyobozi ibijyanye n'ubusabe ndetse n'amakuru yatanzwe mu gisubizo, iyo igihugu kiri muri aya Masezerano kibisabye. 32. Igihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo gusaba Komite nyobozi kugifasha guhabwa ibisobanuro n'ikindi gihugu kiri muri aya Masezerano ku kibazo icyo aricyo cyose gishobora gutera impungenge yo kutubahiriza inshingano z'ibanze z'aya Masezerano. Muri icyo gihe, ibi birakurikizwa: (a) Komite nyobozi yoherereza ubusabe igihugu gisabwa kugira ngo gitange ibisobanuro binyuze ku Muyobozi mukuru mu gihe kitarenze amasaha 24 ubasabe bwakiriwe; (b) Igihugu gisabwa kigomba guha ibisobanuro Komite nyobozi vuba bishoboka, ariko uko byagenda kose ntibirenga amasaha 48 ubusabe bumaze kwakirwa; (c) Komite nyobozi ikora inyandiko-mvugo y'ibisobanuro maze ikayoherereza igihugu gisaba mu gihe kitarenze amasaha 24 ubasabe bumaze kwakirwa; (d) Iyo igihugu gisaba kibona ko ibisobanuro bidahagije, gifite uburenganzira bwo gusaba Komite nyobozi kwaka igihugu gisabwa ibindi bisobanuro. Komite nyobozi imenyesha bidatinze ibindi bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano ibyerekeye gusaba ibisobanuro hashingiwe kuri iki gika ndetse n'igisubizo icyo ari cyo cyose cyatanzwe n'igihugu gisabwa. 33. Iyo igihugu gisaba kibona kitanyuzwe n'ibisobanuro cyahawe hakurikijwe igika cya 32 (d), gifite uburenganzira bwo gusaba ko hatumizwa inama ya Komite nyobozi, aho ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byose bitari muri Komite nyobozi bihabwa uburenganzira bwo kwitabira. Muri iyo nama, Komite nyobozi isuzuma ikibazo kandi ishobora gushyiraho ingamba izo ari zo zose hakurikijwe ingingo ya V. D. IGENZURA RIKOREWE AHANTU Gusaba igenzura rikorerwa ahantu 34. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo gusaba igenzura rikorerwa ahantu hakurikijwe ibiteganywa n'iyi ngingo n'Igice cya II cy'Amasezerano y'Inyongera ku butaka cyangwa ahandi hantu aho ari ho hose hari mu ifasi cyangwa hagenzurwa n'igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano, cyangwa ahandi hantu hose hatari mu ifasi cyangwa hadafite igihugu kihagenzura. 35. Impamvu rukumbi y'igenzura rikorerwa ahantu ni ukugaragaza niba igerageza ryo guturitsa intwaro za kirimbuzi cyangwa irindi turitsa rya kirimbuzi ryarakozwe mu buryo bunyuranyije n'ingingo ya I, hagamijwe gukusanya ibimenyetso bishobora gufasha mu kugaragaza ushobora kuba yarabirenzeho. 36. Igihugu gisaba gikurikiza inshingano ku buryo igenzura rikorerwa ahantu ritanyuranya n'ibirebwa n'aya Masezerano no gutanga muri ubwo busabe amakuru ateganywa mu gika cya 37. Igihugu gisaba kigomba kwirinda igenzura ry'ubusabe budafite ishingiro cyangwa bukorwa mu buryo burengera. 37. Ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu rishingira ku makuru yakusanyijwe n'Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga, ku makuru ya tekiniki bijyanye yabonetse mu buryo bwubahirije amahame y’amategeko mpuzamahanga yemewe muri rusange n'uburyo bwo kugenzura bwa tekiniki bwo kugenzura bw’igihugu cyangwa ku rukomatanye bw’ubwo bwoko bwombi. Ubusabe bw’igenzura rikorerwa ahantu burimo amakuru ashingiye ku Gice cya II, igika cya 41 cy'Amasezerano y'Inyongera. 38. Igihugu gisaba gishyikiriza icyarimwe Komite nyobozi ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu n'Umuyobozi mukuru kugira ngo uyu Muyobozi mukuru ahite atanga igisubizo Ikurikirana nyuma yo gutanga ubusabe bw'igennzura rikorerwa ahantu 39. Komite nyobozi itangira isuzuma ryayo ako kanya ikimara kwakira ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu. 40. Amaze kwakira ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu, Umuyobozi mukuru amenyesha igihugu cyabutanze ko yabwakiriye mu gihe kingana n'amasaha abiri kandi akabumenyesha iguhugu kizakorerwa igenzura mu gihe cy'amasaha atandatu. Umuyobozi mukuru amenya neza ko ubusabe bwujuje ibisabwa biteganywa mu gice cya II, igika cya 41 cy'Amasezerano y'Inyongera, kandi iyo ari ngombwa afasha igihugu gisaba gutegura inyandiko isaba, ndetse ubwo busabe akabumenyesha Komite nyobozi n'ibindi bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano mu gihe cy'amasaha 24. 41. Iyo ubusabe bw’igenzura rikorerwa ahantu bwujuje ibisabwa, Ubunyamabanga bwa tekiniki butangira bidatinze imyiteguro y'igenzura rikorerwa ahantu. 42. Umuyobozi mukuru akimara kwakira ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu bwerekeranye n’akarere kari mu bubasha cyangwa kagenzurwa n’igihugu kiri muri aya Masezerano , ahita asaba ibisobanuro ku gihugu kiri muri aya Masezerano igenzura ryasabwe gukorerwamo kugira ngo hagaragazwe kandi hakemurwe ikibazo ycyagaragajwe mu nyandiko isaba igenzura. 43. Igihugu kiri muri aya Masezerano cyakiriye inyandiko isaba gutanga ibisobanuro hashingiwe ku gika cya 42, giha Umuyobozi mukuru ibisobanuro n'andi makuru ya ngombwa gifite vuba bishoboka, ariko mu gihe kitarenze amasaha 72 nyuma yo kwakira inyandiko isaba ibisobanuro. 44. Mbereye y'uko Komite nyobozi ifata umwanzuro, ako kanya ku igenzura rikorerwa ahantu, Umuyobozi mukuru yoherereza Komite nyobozi amakuru yose y'inyongera abitse mu buryo bw'igenzura mpuzamahanga cyangwa ayatanzwe n'igihugu ku ngingo yavuzwe mu nyandiko isaba igenzura, cyane cyane ibisobanuro harimo n’ibisobanuro byatanzwe hashingiwe ku gika cya 42 n'icya 43, ndetse no ku yandi makuru ayo ari yo yose atangwa n'Ubunyamabanga bwa tekiniki Umuyobozi mukuru abona ko ari ngombwa cyangwa yasabwe na Komite nyobozi 45. Komite nyobozi ifata icyemezo ishingiye ku busabe bukurikije igika cya 46, keretse igihugu gisaba igenzura rikorerwa ahantu gisuzumye impungenge yagaragajwe mu nyandiko isaba igenzura rikorerwa ahantu kigasanga yakemutse maze kikareka inyandiko isaba. Ibyemezo bya Komite nyobozi 46. Komite nyobozi ifata icyemezo kijyanye n'igenzura rikorerwa ahantu mu gihe kitarenze amasaha 96 imaze kwakira ubusabe bw'igihugu kibyifuza. Icyemezo cyo kwemeza igenzura rikorerwa ahantu gifatwa ku majwi nibura 30 yemeza y'abagize Komite nyobozi. Iyo Komite nyobozi itemeje igenzura, imyiteguro irahagarara kandi nta kindi gisubizo gitangwa kuri ubwo busabe. 47. Binyuze ku Muyobozi mukuru, itsinda rishinzwe igenzura rikorerwa ahantu ryoherereza Komite nyobozi raporo y'aho igenzura rigeze rikorwa mu gihe kitarenze iminsi 24 hamaze kwemezwa igenzura rikorerwa ahantu, hakurikijwe igika cya 46. Gukomeza igenzura bifatwa nk'ibyemejwe, keretse Komite nyobozi, mu gihe kitarenze amasaha 72 imaze kwakira raporo y'aho igenzura rigeze rikorwa, ifashe icyemezo cyo kudakomeza igenzura gifatwa ku bwinganze bw'amajwi y'abayigize bose. Iyo Komite nyobozi ifashe icyemezo cyo kudakomeza igenzura, rirahagarara kandi itsinda rigenzura riva, vuba bishoboka, ahantu hagenzurwa no ku butaka bw'igihugu kigenzurwa hakurikijwe Igice cya II, igika cya 109 n'icya 110 by'Amasezerano y'Inyongera. 48. Mu gihe cyo gukora igenzura rikorerwa ahantu, itsinda ry'abarikora rishobora koherereza Komite nyobozi imbanzirizamushinga y'uko ubushakashatsi bwakorwa, binyuze ku Muyobozi mukuru. Komite nyobozi ifata icyemezo kuri iyo mbanzirizamushinga mu gihe kitarenze amasaha 72 nyuma yo kuyakira. Icyemezo cyo kwemeza gukora ubushakashatsi gifatwa ku bwiganze bw'amajwi y'abagize Komite nyobozi bose. 49. Binyuze ku Muyobozi mukuru, itsinda ry'abakora igenzura rishobora gusaba Komite nyobozi kongera igihe kigeza ku minsi 70 irenga ku minsi 60 iteganywa mu Gice cya II, igika cya 4 cy'Amasezerano y'Inyongera, iyo itsinda ry'abagenzura risanze uko kongera igihe ari ingenzi kugira ngo rirangize inshingano zaryo. Itsinda rishinzwe igenzura, mu busabe bwaryo rigaragaza ibikorwa na tekiniki riteganya gukora mu gihe cy'inyongera, biteganywa mu gice cya II, igika cya 69 cy'Amasezerano y'Inyongera. Komite nyobozi ifata icyemezo kijyanye no gusaba kongererwa igihe, mu gihe kitarenze amasaha 72 imaze kwakira ubusabe. Icyemezo cyo kwemeza kongererwa igihe cyo gukora igenzura gifatwa ku bwiganze bw'amajwi y'abagize Komite nyobozi bose. 50. Igihe icyo ari cyo cyose hamaze kwemezwa ugukomeza igenzura rikorerwa ahantu hakurikijwe igika cya 47, itsinda rigenzura rishobora kohereza icyifuzo cyo guhagarika igenzura binyuze ku Muyobozi mukuru. Icyo cyifuzo gifatwa nk'icyemejwe, keretse Komite nyobozi, mu gihe kitarenze amasaha 72 imaze kucyakira, yemeje ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by'abayigize bose kudahagarika igenzura. Iyo igenzura rihagaritswe, itsinda rigenzura riva ahantu hagenzurwa no ku butaka bw'igihugu kigenzurwa vuba bishoboka hakurikijwe Igice cya II, igika cya 109 n'icya 110 by'Amasezerano y'Inyongera. 51. Igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba igenzura n'igihugu kiyarimo gisabirwa igenzurwa bishobora kugira uruhare mu gufata imyanzuro ya Komite nyobozi ku bijyanye n'ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu bitagize uruahre mu matora. Igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba igenzura n'igihugu kiyarimo cyagenzuwe bishobora kandi kugira uruhare mu bindi byemezo byose byaba nyuma bya Komite nyobozi bijyanye n'igenzura ariko bitagize uruhare mu matora. 52. Mu gihe cy'amasaha 24, Umuyobozi mukuru amenyesha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byose ibyerekeye icyemezo icyo ari cyo cyose cyafashwe na Komite nyobozi hakurikijwe ibika kuva ku cya 46 kugeza ku cya 50 ndetse na raporo, ibyifuzo, ubusabe n’ibyifuzonama biyigezwaho hakurikijwe ibika byavuzwe. Ikurikirana nyuma y’uko Komite nyobozi yemeza igenzura rikorerwa ahantu 53. Igenzura rikorerwa ahantu ryemejwe na Komite nyobozi rikorwa bidatinze n'itsinda rigenzura ryashyizweho n'Umuyobozi mukuru kandi hakurikijwe ingingo z'aya Masezerano n'iz'Amasezerano y'Inyongera. Itsinda rigenzura rigera aho ritangirira igenzura bitarenze iminsi 6 Komite nyobozi imaze kwakira ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu bw'igihugu kirisaba. 54. Umuyobozi mukuru atanga inshingano z'igenzura zerekeye ikorwa ry'igenzura rikorerwa ahantu. Inshingano z'igenzura zirimo amakuru ateganywa mu Gice cya II, igika cya 42 by'Amasezerano y'Inyongera. 55. Umuyobozi mukuru amenyesha igihugu ko kizagenzurwa mu gihe kitarenze amasaha 24 mbere yo kugera guteganyijwe kw'itsinda rikora igenzura aho ritangirira, hakurikijwe Igice cya II, igika cya 43 cy'Amasezerano y'Inyongera. Ikorwa ry'igenzura rikorerwa ahantu 56. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyemerera Umuryango gukora igenzura ku butaka bwacyo cyangwa ahantu hari mu ifasi yacyo cyangwa ahantu kigenzura hakurikijwe ingingo z'aya Masezerano n'iz'Amasezerano y'Inyongera. Icyakora, nta gihugu gihatirwa kwemera ko haba amagenzurwa y’impurirane ku butaka bwacyo cyangwa ahantu haherereye mu ifasi yacyo cyangwa aho kigenzura. 57. Hakurikijwe ingingo z'aya Masezerano n'iz'Amasezerano y'Inyongera, igihugu gikorerwa igenzura gifite: (a) Uburenganzira n'inshingano byo kugira uruhare rufatika kugira ngo cyerekane ko cyubahiriza aya Masezerano, ku bw’ibyo, gutuma itsinda rigenzura ryuzuza inshingano zaryo; (b) Uburenganzira bwo gufata ingamba kibona ko zikwiye hagamijwe kurengera inyungu z'umutekano w’igihugu no kwirinda kumena amabanga yihariye atajyanye n'intego y'igenzura; (c) Inshingano yo kwemera kugera imbere mu karere gakorerwamo igenzura hagamijwe gusa kureba ibimenyetso bifatika by'igenzura, hashingiwe ku gaka ka (b) no ku zindi nshingano izo ari zo zose ziteganywa n'itegeko nshinga gishobora kugira zijyanye n' uburenganzira ku mutungo cyangwa izijyanye no gusaka no gufatira; (d) Inshingano yo kutitwaza iki gika cyangwa Igice cya II, igika cya 88 by'Amasezerano y'Inyongera hagamijwe guhishira ukurenga ku nshingano ziteganywa mu ngingo ya I; n' (e) Inshingano yo kutabangamira ubushobozi bw'itsinda rikora igenzura bwo gukora ingendo mu karere rikorerwamo no gukora ibikorwa bijyanye n'igenzura hakurikijwe aya Masezerano n'Amasezerano y'Inyongera. Mu rwego rw’igenzura rikorerwa ahantu, kubona uburenganzira bwo kugera bisobanura ko itsinda rikora igenzura rigera aho rikorerwa no kubona ibikoresho byo gukora ibikorwa by'igenzura muri ako akarere. 58. Igenzura rikorerwa ahantu rikorwa mu buryo butabangamye bishoboka, buhuye kandi ku gihe cyateganyirijwe kurangiza inshingano, kandi hagakurikizwa uburyo buteganywa mu Masezerano y'Inyongera. Igihe icyo ari cyo cyose bishoboka, itsinda rikora igenzura ritangirira ku buryo butabangamye cyane maze nyuma bugakoresha uburyo bubangamye gusa iyo ribona bukwiye kugira ngo rikusanye amakuru ahagije agaragaza impungenge zerekeye ukutubahiriza gushoboka kw’aya Masezerano. Abakora igenzura bashakisha gusa amakuru n'amakuru shingiro bikwiye hagamijwe igenzura kandi bashakisha uko bagabanya ukwivanga mu mikorere isanzwe y'igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa. 59. Igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa gifasha itsinda mu igenzura rikorerwa ahantu kandi kikaryoroh umurimo. 60. Iyo igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa, gikora gikurikije Igice cya II, igika cya 86 kugeza ku cya 96 by'Amasezerano y'Inyongera, kibuza kugera ahabera igenzura, gikora ibishoboka byose kikajya inama n'itsinda rikora igenzura kugira ngo cyerekane gikoresheje ubundi buryo ko cyubahiriza aya Masezerano. Indorerezi 61. Ku birebana n'indorerezi, ibi bikurikira birakurikizwa: (a) Igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba, haseguriwe ubwumvikane bw’igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa, gishobora kohereza ugihagarariye, ugomba kuba yaba agikomokamo cyangwa akomoka mu kindi gihugu kugira ngo akurikirane uko igenzura rikorerwa ahantu rikorwa; (b) Igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa kimenyesha Umuyobozi mukuru ko cyemeye cyangwa cyanze indorerezi yoherejwe mu gihe cy'amasaha 12 Komite nyobozi imaze kwemeza igenzura rikorerwa ahantu; (c) Iyo cyemeye, igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa cyemerera indorerezi kuhagera hakurikijwe Amasezerano y'Inyongera; (d) Ni ihame rusange ko igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa cyemera indorerezi yoherejwe; ariko iyo kiyanze bishyirwa muri raporo y'igenzura. Indorerezi ntizirenga eshatu zose hamwe ziturutse mu bihugu bisaba igenzura. Raporo z'igenzura rikorerwa ahantu 62. Raporo z'igenzura ziba zirimo: (a) Imiterere y'ibikorwa byakozwe n'itsinda ryakoze igenzura; (b) Ibikorwa bifitanye isano n’intego y’igenzura byagaragajwe n’itsinda rikora igenzura; (c) Inyandikomvugo y'ubufasha bwatanzwe mu gihe cy'igenzura rikorerwa ahantu; (d) Imiterere ifatika y'uburenganzira ryahawe, cyane cyane ubundi buryo bwahawe itsinda mu gihe cy'igenzura rikorerwa ahantu; n' (e) Andi makuru yose arambuye ajyanye n'intego z'igenzura. Ibitekerezo binyuranye by'abakoze igenzura bishobora komekwa kuri raporo. 63. Umuyobozi mukuru ategura umushinga wa raporo y'igenzura akawuha igihugu cyagenzuwe. Igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa gifite uburenganzira bwo guha ibitekerezo n'ibisobanuro Umuyobozi mukuru mu gihe cy'amasaha 48, no kugaragaza amakuru yose n'amakuru shingiro kibona ko atajyanye n'intego y'igenzura kandi agenewe Ubunyamabanga bwa tekiniki gusa. Umuyobozi mukuru asuzuma ibitekerezo byerekeye impinduka z'umushinga wa raporo y'igenzura zakozwe n'igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa kandi igihe icyo ari cyo cyose bishoboka yazishyiramo. Umuyobozi mukuru kandi ashyira kuri raporo y'igenzura umugereka w'ibitekerezo n'ibisobanuro by'igihugu kiri muri aya Masezerano kigenzurwa 64. Bidatinze Umuyobozi mukuru yoherereza raporo y'igenzura igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba igenzura, Komite nyobozi ndetse n'ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. Umuyobozi mukuru kandi yoherereza bidatinze Komite nyobozi n'ibindi bihugu byose ibyavuye mu isesengura ry'urugerofatizo muri laboratwari hakurikijwe Igice cya II, igika cya 104 by'Amasezerano y'Inyongera, bijyanye n'amakuru shingiro atangwa n'Uburyo bw'igenzura mpuzamahanga, isesengura ry'igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba igenzura n'iry'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bigenzurwa, ndetse n'andi makuru Umuyobozi mukuru abona ko ari ngombwa. Ku bijyanye na raporo y'aho igenzura rigeze rikorwa iteganywa mu gika cya 47, Umuyobozi mukuru yoherereza raporo Komite nyobozi mu gihe giteganywa muri icyo gika. 65. Hakurikijwe ububasha n'imirimo byayo, Komite nyobozi isuzuma raporo y'igenzura n'ikindi kintu icyo ari cyo cyose cyatanzwe hashingiwe ku gika cya 64 kandi igakuraho impungenge izo ari zo zose zerekeye n'ibi bikurukira: (a) Niba harabaye ukutubahiriza aya Masezerano; na (b) Niba uburenganzira bwo gusaba igenzura rikoreweho bwarakoreshejwe nabi. 66. Ishingiye ku bubasha n'imirimo byayo, iyo Komite nyobozi ifashe umwanzuro ko hari ikindi cyemezo gishobora kuba gikwiye kijyanye n'igika cya 65, ifata ingamba zikwiye hakurikijwe Ingingo ya V. Gukoresha nabi ubusabe bw'igenzura rikorerwa ahantu 67. Iyo Komite nyobozi itemeje igenzura rikorerwa ahantu kubera ko ubusabe bw'igenzura bwakoreshejwe nabi, cyangwa iyo igenzura ryarahagaritswe kubera izo mpamvu, Komite nyobozi isuzuma kandi igafata icyemezo niba bikwiye gushyira mu bikorwa ingamba zikwiye hagamijwe gukemura ikibazo, cyane cyane izi zikurikira: (b) Guhagarika, mu gihe igena ubwayo, uburenganzira bw'igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba igenzura, bwo gusaba igenzura ; no (c) Guhagarika, uburenganzira bw'igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba, bwo kujya mu nama ya Komite nyobozi mu gihe runaka. E.INGAMBA ZO KUBAKA ICYIZERE 68. Mu rwego rwo: (a) Kugira uruhare ku mwanzuro wo gukemura impungenge ziterwa n'isobanurwa nabi ry'igenzura ry'amakuru shingiro yerekeye ibiturika by'ibinyabutabire; no (b) Gushyigikira ishyirwaho ry'ibigenderwaho n'amashami agize igice cy'urusobe rw'imiyoboro y'uburyo bw'igenzura mpuzamahanga, buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeza gufatanya n'Umuryango n'ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano mu gushyira mu bikorwa ingamba zikwiye ziteganywa mu Gice cya III cy'Amasezerano y'Inyongera. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"NGINGO YA V: INGAMBA ZO GUKEMURA IKIBAZO NO GUHARANIRA IYUBAHIRIZWA RY'AMASEZERANO, HARIMO N’IBIHANO","1. Hashingiwe cyane cyane ku nama za Komite nyobozi, Inteko ifata ingamba zikwiye nk'uko ziteganywa mu gika cya 2 n'icya 3, hagamijwe guharanira kubahiriza aya Masezerano no gukemura no gukosora ikibazo icyo ari cyo cyose kinyuranyije n'ingingo z'aya Masezerano. 2. Mu gihe igihugu kiri muri aya Masezerano cyasabwe n’Inteko cyangwa na Komite nyobozi gukemura impamvu itera ibibazo bijyanye no kubahiriza Amasezerano kwacyo no kunanirwa kubahiriza ubusabe mu gihe cyagenwe, Inteko ishobora gufata icyemezo cyo kugabanya cyangwa guhagarika ikoreshwa ry’uburenganzira n'uburenganzira bwihariye bw'igihugu kiri muri aya Masezerano kugeza igihe Inteko ibyemeje ukundi. 3. Mu gihe hari imbogamizi ku ntego n'ikigamijwe cy 'aya Masezerano ituma hatubahirizwa inshingano z'ibanze z'aya Masezerano, Inteko ishobora gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano gufata ingamba zihuriweho zijyanye n'amategeko mpuzamahanga. 4. Inteko cyangwa Komite nyobozi, iyo byihutirwa, ishobora gushyikiriza ikibazo Umuryango w'Abibumbye, cyane cyane amakuru ya ngombwa n'imyanzuro. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA VI: UBUKEMURAMPAKA,"1. Impaka zishobora kuvuka zirebana n'ikurikizwa cyangwa isobanura ry'aya masezerano zikemurwa hakurikijwe ibiteganywa n'aya masezerano kandi hakurikijwe Amahame y'Umuryango w'abibumbye. 2. Iyo impaka zivutse hagati y'ibihugu bibiri cyangwa byinshi mu bihuriye kuri aya Masezerano, cyangwa zikavuka hagati y'igihugu kimwe cyangwa byinshi mu bihuriye kuri aya Masezerano n'Umuryango, zijyanye n'ikurikizwa cyangwa isobanurwa ry'aya Masezerano, ibihugu birebwa bijya inama hamwe bigamije gukemura impaka binyuze mu biganiro cyangwa ubundi buryo bw'amahoro impande zihitiyemo, harimo kugana inzego zijyanye n'aya Masezerano, n'igihe impande zibyumvikanye zikazishyikiriza Urukiko mpuzamahanga, hakurikijwe Amasezerano mpuzamahanga ashyiraho urwo Rukiko. Impande zirebwa zimenyesha Komite nyobozi imyanzuro yafashwe. 3. Komite nyobozi ishobora kugira uruhare mu gukemura impaka zishobora kuvuga zirebana n'ikurikizwa cyangwa isobanurwa ry'aya Masezerano ikoresheje uburyo bwose ibona ko bukwiye, nko gusaba ibihugu bifitanye amakimbirane kugira ngo biyakemure bikoresheje inzira ibinyuze, gushyikiriza impaka Inteko no kubisaba guteganya igihe ntarengwa cy'inzira iyo ari yo yose byumvikanye kuyakemuramo. 4. Inteko isuzuma ibibazo bijyanye n'amakimbirane bivuka hagati y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa ishyikirizwa na Komite nyobozi. Iyo ibonye ari ngombwa, Inteko ishyiraho inzego zishinzwe gukemura ayo makimbirane cyangwa ikayashinga izisanzwe ziriho, hakurikijwe Ingingo ya II, igika cya 26 (j). 5. Inteko na Komite nyobozi bifite byemerewe mu buryo bitandukanye, haseguriwe uburenganzira butangwa n'Inteko Rusange y'Umuryango w'Abibumbye, gusaba Urukiko mpuzamahanga gutanga inama ku kibazo icyo ari cyo cyose kijyanye n'amategeko kiri mu bikorwa by'Umuryango. Umuryango ugirana amasezer ano n'Umuryango w'Abibumbye ku bw’iyo mpamvu hakurikijwe ingingo ya II, igika cya 38(h) 6. Ibiteganyijwe muri iyi ngingo ntibangamira ibiri mu ngingo ya IV n'iya V. INGINGO YA VII: IVUGURURWA 1. Igihe icyo ari cyo cyose nyuma yo gutangira gukurikizwa kw’aya Masezerano, igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora gutanga icyifuzo cy’uko aya Masezerano, Amasezerano y’Inyongera cyangwa Imigereka yayo byavugururwa. Igihugu icyo aricyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora gusaba impinduka ku Masezerano y'Inyongera cyangwa imigereka yayo, hakurikijwe igika cya 7. Ibyifuzo byo kuvugurura bikurikiza uburyo buteganywa mu gika cya 2 kugeza ku cya 6. Ibyifuzo by’ivugurua hakurikijwe igika cya 7 bikurikiza uburyo buteganywa mu gika cya 8. 2. Ivugururwa ryifujwe risuzumwa kandi rikemezwa n'Inteko y’ivugurura. 3. Icyifuzo icyo ari cyo cyose kijyanye no kuvugurura imenyeshwa Umuyobozi mukuru, akakigeza ku bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano no k'Ushinzwe kuyabika maze agasaba ibitekerezo ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano niba Inteko y’ ivugurura yaterana igasuzuma igitekerezo. Iyo ubwiganze bw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bimenyesheje Umuyobozi mukuru mu gihe kitarenze iminsi 30 abugejejeho inyandiko y’icyifuzo cyo kuvugurura bivuga ko bishyigikiye ko gisuzmwa, Umuyobozi mukuru atumiza Inteko y’ivugurura igatumirwamo ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano. atumiza Inteko y’ivugurura igatumirwamo ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano. 4. Inteko y’ ivugurura iterana ako kanya nyuma y'inama isanzwe y’Inteko ; keretse ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byose bishyigikiye itumizwa ry'Inteko y’ivugurura bisabye ko yaterana ku yindi tariki ya hafi. Inteko y’ivugurura nta na rimwe yaterana mbere y'iminsi 60 nyuma y’itangwa ry’inyandiko y’ivugurura ryifujwe 5. Amavugurura agomba kwemezwa n’'Inteko y’ivugurura binyuze mu itora ryemera ry’bwinganze bw''ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano nta tora rihakana ry’igihugu na kimwe kiri muri aya Masezerano. 6. Amavugurura atangira gukurikizwa ku bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano ku munsi wa mirongo itatu bitanze inyandiko zabyo zo kuyemeza burundu cyangwa kweyemera ku bihugu byatoye biyemera mu Nteko y’ivugurura. 7. Kugira ngo aya Masezerano asugire kandi agere ku ntego yayo, Igice cya I n'icya III by'Amasezerano y'Inyongera n'Umugereka wa 1 n'uwa 2 by'Amasezerano y'Inyongera bivugururwa hakurikijwe igika cya 8, iyo amavuguruwa yifujwe ajyanye gusa n’ibibazo by'ubuyobozi cyangwa tekiniki. Izindi ngingo zose z'Amasezerno y'Inyongera n'imigereka yayo ntibivugururwa hakurikijwe igika cya 8. 8. Ibyifuzo by’amavugururwa bivugwa mu gika cya 7 bikurikiza uburyo bukurikira: (a) Inyandiko y'ivugururwa ryifujwe yohererezwa Umuyobozi mukuru iherekejwe n'amakuru ya ngombwa. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano n'Umuyobozi mukuru bashobora gutanga amakuru y’inyongera kugira ngo icyifuzo gisuzumwe. Umuyobozi mukuru ageza adatinze ku bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano , kuri Komite nyobozi no k’Ushinzwe kubika Amasezerano icyo cyifuzo n’ayo makuru.; (b) Mu gihe kitarenze iminsi 60 kimaze kwakirwa, Umuyobozi mukuru asuzuma icyifuzo kugira ngo arebe ingaruka zishoboka cyagira ku ngingo z'aya Masezerano n'ishyirwa mu bikorwa ryayo kandi ayo makuru ayamenyesha ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano na Komite nyobozi; (c) Komite nyobozi isuzuma icyifuzo ishingiye ku makuru yahawe, harimo no kureba niba icyifuzo cyujuje ibisabwa mu gika cya 7. Mu gihe kitarenze iminsi 90 icyifuzo cyakiriwe, Komite nyobozi itangariza icyifuzo cyayo, n'ibisobanuro bikwiye, ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano kugira ngo hakorwe isuzuma. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeza ko byakibonye mu gihe cy'iminsi 10; (d) Iyo Komite nyobozi isabye ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano ko icyifuzo cyemezwa, gifatwa ko cyemejwe iyo nta gihugu na kimwe mu bihuriye kuri aya Masezerano kibitambamiye mu gihe cy'iminsi 90 hatanzwe icyo cyifuzo. Iyo Komite nyobozi isabye ko icyifuzo kitemezwa, gifatwa ko kitemejwe iyo nta gihugu na kimwe mu bihuriye kuri aya Masezerano gitambamiye ukutemezwa kwacyo mu gihe cy'iminsi 90 hatanzwe icyo cyifuzo; (e) Iyo icyifuzo cya Komite nyobozi kitujuje ibisabwa mu gaka ka (d) kugira ngo cyemerwe, Inteko y’ivugurura ifata icyemezo mu nama yayo ikurikira ku bijyanye n'ibikubiye mu cyifuzo, cyane cyane ku ngingo yo kumenya niba cyujuje ibisabwa biteganywa mu gika cya 7; (f) Umuyobozi mukuru amenyesha ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano n'Ushinzwe kuyabika icyemezo icyo ari cyo cyose gifatwa hakurikijwe iki gika; (g) Impinduka zemejwe muri ubu buryo zitangira gukurikizwa n'ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano nyuma y'iminsi 180 uhereye ku itariki Umuyobozi mukuru yamenyesheje iyemezwa ryazo; keretse hari ikindi gihe gitegetswe na Komite nyobozi cyagwa cyafashweho icyemezo n'Inteko. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA VIII: ISUZUMA RY'AMASEZERANO,"1. Usibye bifashweho icyemezo ukundi n'ubwiganze bw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, nyuma y'imyaka icumi aya Masezerano atangiye gukurikizwa, Inteko y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano iraterana kugira ngo isuzume ikurikizwa n'imikoreshereze inoze yayo hagamijwe guharanira ko intego n'icyo agamije mu irangashingiro n'ingingo zayo bishyirwa mu bikorwa. Iryo suzuma rishingira ku iterambere rishya iryo ari ryo ryose ryerekeye ubumenyi na tekiniki biteganywa n'aya Masezerano. Hashingiwe ku busabe bw'igihugu icyo aricyo cyose mu bihuriye kuri aya Masezerano, Inteko ikora isuzuma ireba uburyo bushoboka bwo kwemera gukora igerageza ryo guturikiriza ibisasu bya kirimbuzi munsi y'ubutaka hagamijwe kubungabunga amahoro. Iyo Inteko y’ isuzuma ifashe icyemezo ku bwumvikane ko iryo turitsa ry'ibisasu bya kirimbuzi rishobora kwemerwa, itangira imirimo bidatinze hagamijwe gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano gukora ivugurura rikwiye ry'aya Masezerano, rikumira inyungu izo ari zo zose za gisirikare muri iryo turitsa ry'ibisasu bya kirimbuzi. Igihugu icyo aricyo cyose mu bihuriye kuri aya Masezerano kimenyesha icyo cyifuzo cy'ivugurura Umuyobozi mukuru kandi kigakurikiza uburyo buvugwa mu biteganywa bijyanye mu ngingo ya VII. 2. Mu ntera y'igihe cy'imyaka icumi ikurikira, izindi Nteko z'isuzuma zishobora gutumizwa kuri iyo ntego, iyo Inteko ibifasheho umwanzuro nk'ikibazo cy'uburyo bikorwa mu mwaka ubanza. Izo Nteko zishobora gutumizwa nyuma y’intera y'igihe kiri munsi y'imyaka itanu iyo bifashweho icyemezo n'Inteko nk'ikibazo kirebana n'ibikubiye mu Masezerano. 3. Ubusanzwe, Inteko y’isuzuma iterana ako kanya nyuma y'inama isanzwe ngarukamwaka y'Inteko iteganywa n'ingingo ya II. INGINGO YA IX: IGIHE AMASEZERANO AMARA NO KUYIVANAMO 1. Aya Masezerano amara igihe kitazwi. 2. Mu gukoresha ubusugire bwacyo, buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo kwivana muri aya Masezerano iyo kibona ko ibikorwa bidasanzwe bijyanye n'intego y'Amasezerano byahungabanyije inyungu zacyo z'ikirenga. 3. Ukwivana mu Masezerano bikurikizwa hatanzwe integuza mbere y’amazi atandatu ku bindi bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano, Komite nyobozi, Ushinzwe kubika Amasezerano n'Akanama k'Umuryango w'Abibumbye gashinzwe Umutekano. Imenyesha ryo kwivana mu Masezerano rikubiyemo inyandiko y'igikorwa cyangwa ibikorwa bidasanzwe igihugu kiri muri aya Masezerano kibona ko byabangamiye inyungu z'ikirenga zacyo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA X: IMITERERE Y'AMASEZERANO Y'INYONGERA N'IMIGEREKA,"Imigereka y'aya Masezerano, Amasezerano y'Inyongera n'imigereka y'Amasezerano y'Inyongera bigize igice cy'ingenzi cy'Amasezerano. Ukwifashisha aya Masezerano kose kuvuga ukwifashiisha na none Imigereka yayo, Amasezerano y’Inyongera ndetse n’imigereka yayo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XI: GUSHYIRA UMUKONO KU MASEZERANO,Aya Masezerno yemerewe gushyirwaho umukono n'ibihugu byose mbere y'uko atangira gukurikizwa.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XII: KWEMEZA BURUNDU AMASEZERANO,Aya Masezerano yemezwa burundu n'ibihugu byayashyizeho umukono hakurikijwe uburyo bugenwa n'amategeko nshinga ryabyo.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XIII: KWEMERA KUBA KIMWE MU BIHUGU BIHURIYE KURI AYA MASEZERANO,Igihugu icyo ari cyo cyose kitashyize umukono kuri aya Masezerano mbere y'uko atangira gukurikizwa gishobora kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano igihe icyo ari cyo cyose nyuma y'itangira gurikizwa ryayo.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XIV: IGIHE AMASEZERANO ATANGIRIRA GUKURIKIZWA,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa nyuma y'iminsi 180 uhereye ku itariki ibihugu byose biri ku mugereka wa 2 w'aya Masezerano bitanze inyandiko zo kuyemeza burundu, ariko atari mbere y'imyaka ibiri kuva Amasezerano yemerewe gushyirwaho umukono. 2. Iyo aya Masezerano adatangiye gukuriikizwa mu gihe cy'imyaka itatu uhereye ku itariki ngarukamwaka yo kwemererwa gushyirwaho umukono, Ushinzwe kuyabika atumiza Inteko y'ibihugu byatanze inyandiko zo kuyemeza burundu iyo bisabwe n'ubwiganze bw''ibyo bihugu. Ibyo bihugu bisuzuma uko ibisabwa biteganywa mu gika cya 1 byubahirijwe hanyuma bikibanda kandi bigafata umwanzuro mu bwumvikane ku ngamba zafatwa hakurikijwe amategeko mpuzamahanga zishobora gufatwa kugira ngo kuyemeza burundu bikorwe vuba kandi hanoroshywe itangira gukurikizwa ry’Amasezerano ku itariki ya hafi. 3. Uretse bifashweho icyemezo ukundi n'Inteko iteganywa mu gika cya 2 cyangwa izindi Nteko nk’izo, ubu buryo bwongera gusubirwamo mu yandi matariki ngarukamwaka akurikira yo kwemerera aya Masezerano gushyirwaho umukono kugeza igihe azatangirira gukurikizwa. 4. Ibihugu byose byayashyizeho umukono bitumirwa nk'indorerezi mu Nteko iteganywa mu gika cya 2 no mu zindi Nteko zikurikiraho nk'uko biteganywa mu gika cya 3. 5. Ku byerekeye ibihugu byatanze inyandiko yo kwemeza burundu Amasezerano cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho nyuma y'uko Amasezerano atangira gukurikizwa, bitangira kuyakurikiza ku munsi wa 30 ukurikira itariki byatangiyeho iyo nyandiko. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XV: UKWIFATA,Ingingo n'imigereka by'aya Masezerano ntibishobora gukorerwaho ukwifata. Ingingo z'Amasezerano y'Inyongera n'imigereka yayo ntibishobora gukorerwaho ukwifata kubangamiye intego n'icyo aya Masezerano agamije.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,INGINGO YA XVI: USHINZWE KUBIKA AMASEZERANO,"1. Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye ni we ushinzwe kubika aya Masezerano kandi yandika ibihugu biyashyiraho imikono akanakira inyandiko zo kuyemeza burundu n'izo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. 2. Ushinzwe kubika Amasezerano amenyesha vuba ibihugu byose byayashyizeho umukono n'ibyemeye kuba bimwe mu bihugu biyahuriyeho itariki y'ishyirwaho rya buri mukono, itariki y'itangwa rya buri nyandiko yo kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, itariki yo gutangira gukurikizwa n'andi mavugururwa n'impinduka zayo kimwe n’itariki y’iyakira ry’andi mamenyesha. 3. Ushinzwe kubika Amasezerano, yohererez guverinoma z’'ibihugu byayashyizeho umukono n'ibyemeye kuba bimwe mu bihugu biyahuriyeho inyandukuro ihuje n’umwimerere y'aya Masezerano. 4. Aya Masezerano yandikishwa n'Ushinzwe kuyabika hashingiwe ku ngingo ya 102 y'Amasezerano mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w'Abibumbye. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA AGAMIJE GUCA BURUNDU IGERAGEZWA RY'INTWARO ZA KIRIMBUZI,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,NGINGO YA XVII: INYANDIKOMPAMO,"Aya Masezerano, ari mu nyandiko ziri mu ndimi z'Icyarabu, Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n'Icyesipanyolo zose zinganya agaciro, abikwa n'Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1948,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya I,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeranyije ko jenoside, yaba ikozwe mu bihe by’amahoro cyangwa by’intambara, ari icyaha mu mategeko mpuzamahanga kandi byiyemeje kugikumira no kugihana.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1949,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya II,"Muri aya Masezerano, jenoside isobanura kimwe muri ibi bikorwa bikurikira kigamije kurimbura abantu bose cyangwa igice cyabo bahuriye ku bwenegihugu, ubwoko, ibara ry’uruhu cyangwa idini,: (a) Kwica abantu bagize iryo tsinda; (b) Gutera ubumuga bw’umubiri cyangwa bwo mu mutwe abagize iryo tsinda; (c) Gushyira ubigambiriye abantu bagize iryo tsinda mu mibereho ishobora gutuma barimbuka bose cyangwa harimbuka igice cyabo; (d) Gushyiraho ingamba zituma abagize iryo tsinda batabyara; (e) kwambura ku ngufu abantu bagize iryo tsinda urubyaro rwabo ukaruha abantu b’irindi tsinda.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1950,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya III,Ibikorwa bikurikira birahanwa : (a) Jenoside ; (b) Gucura umugambi wo gukora jenoside; (c) Gushishikariza abantu ku buryo butaziguye kandi mu ruhame gukora jenoside;(d) Ubwinjiracyaha mu gukora jenoside;(e) Ubufatanyacyaha muri jenoside.,NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1951,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya IV,"Abantu bakora Jenoside cyangwa ikindi gikorwa icyo ari cyo cyose mu bivugwa mu ngingo ya 3 barahanwa, baba abayobozi, abakozi ba Leta cyangwa abantu ku giti cyabo.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1952,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya V,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gushyiraho, hakurikijwe amategeko shingiro yabyo, amategeko agamije gushyira mu bikorwa ibiteganywa n’aya Masezerano, by’umwihariko agamije guhana mu buryo bukwiye abantu bahamwe n’icyaha cya jenoside cyangwa ikindi gikorwa kivugwa mu ngingo ya III.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1953,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VI,"Abantu bashinjwa jenoside cyangwa ikindi gikorwa icyo ari cyo cyose mu bivugwa mu ngingo ya III baburanishwa n’urukiko rubifitiye ububasha rw’igihugu icyaha cyakorewemo, cyangwa bakaburanishwa n’urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rufite ububasha ku bihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeye ububasha bw’urwo rukiko. ",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1954,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VII,"Jenoside kimwe n’ibindi byaha bivugwa mu ngingo ya III ntabwo bifatwa nk’ibyaha bya politiki mu byerekeye kohererezanya abakurikiranweho ibyaha. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje guhererekanya abakurikiranweho ibyaha mu gihe hakozwe ibyo byaha, hakurikijwe amategeko yabyo ndetse n’amasezerano akurikizwa.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1955,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VIII,"Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora kwitabaza inzego z’Umuryango w’Abibumbye zibifitiye ububasha gisaba ko, hakurikijwe Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye, zafata ingamba zibona ko zikenewe mu rwego rwo gukumira no guhana ibikorwa bya jenoside cyangwa ikindi gikorwa icyo ari cyo cyose kivugwa mu ngingo ya III.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1956,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya IX,"Amakimbirane hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ashingiye ku isobanura, ikoreshwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano, harimo n’arebana n’uburyozwe bwa Leta muri jenoside cyangwa mu bindi bikorwa bivugwa mu ngingo ya III, ashyikirizwa Urukiko Mpuzamahanga bisabwe na rumwe mu mpande zifitanye ayo makimbirane. ",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1957,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya X,"Aya Masezerano, yanditswe mu ndimi z’Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n’Icyesipanyolo zinganya agaciro, ahawe itariki ya 9 Ukuboza 1948.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1958,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XI,"Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono kugeza ku wa 31 Ukuboza 1949 n’igihugu cyose kiri mu Muryango w’Abibumbye cyangwa ikindi gihugu kitawurimo Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yatumirira kuyashyiraho umukono. Aya Masezerano yemezwa burundu n’ibihugu byayashyizeho umukono, inyandiko ziyemeza burundu zigashyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Nyuma y’itariki ya 1 Mutarama 1950, aya Masezerano ashobora kwemerera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho igihugu kiri mu Muryango w’Abibumbye cyangwa ikindi gihugu cyayatumirwamo nk’uko byavuzwe haruguru.Inyandiko zijyanye no kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. ",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1959,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XII,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora igihe cyose, binyujijwe mu nyandiko imenyesha gishyikiriza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, gusaba ko aya Masezerano yakurikizwa mu ntara zose cyangwa mu ntara iyo ari yo yose icyo gihugu kireberera mu bijyanye n’ububanyi n’amahanga.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1960,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XIII,"Ku munsi Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ashyikirijweho inyandiko ya makumyabiri yemeza burundu cyangwa yemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano, abikorera inyandiko mvugo akoherereza inyandukuro yayo buri gihugu mu bigize Umuryango w’Abibumbye n’ibindi bihugu bitari mu Muryango w’Abibumbye bivugwa mu ngingo ya XI. Aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo cyenda uhereye ku itariki inyandiko makumyabiri zerekeye kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho zatangiwe.Ukundi kwemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano gukozwe nyuma y’iyo tariki kugira agaciro ku munsi wa mirongo cyenda uhereye ku itariki inyandiko yo kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho yatangiweho.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1961,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XIV,Aya Masezerano agira agaciro mu gihe cy’imyaka icumi uhereye igihe yatangiriye gukurikizwa. Nyuma y’iyo myaka azagumana agaciro mu bihe bikurikirana by’imyaka itanu ku bihugu biyahuriyeho bitayaretse mu gihe cy’amezi atandatu nibura mbere y’uko icyo igihe kirangira. Ukwivana mu Masezerano gukorwa mu nyandiko imenyesha yandikirwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye.,NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1962,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XV,"Mu gihe umubare w’ibihugu byemeye aya Masezerano wajya munsi ya cumi na bitandatu, kubera kuyivanamo kw’ibihugu biyahuriyeho, aya Masezerano azarekeraho gukurikizwa uhereye ku itariki inyandiko ya nyuma yo kwiyivanamo yagiriye agaciro.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1962,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XVI,"Gusaba ko aya Masezerano avugururwa bishobora gukorwa igihe cyose n’igihugu kiri muri aya Masezerano, bikozwe mu nyandiko imenyesha icyo cyifuzo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Inteko Rusange ifata icyemezo ku ngamba zafatwa, iyo bishoboka, ku birebana n’uko gusaba.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1963,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XVII,"Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose bigize Umuryango w’Abibumbye n’ibindi bitawurimo bivugwa mu ngingo ya XI ibi bikurikira: (a) Imikono, inyandiko zemeza burundu n’izemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano byakiriwe hashingiwe ku ngingo ya XI ;(b) Inyandiko yakiriye hashingiwe ku ngingo ya XII; (c) Itariki aya Masezerano atangirira gukurikizwa hakurikijwe ingingo ya XIII ; (d) Inyandiko zerekeranye n’ ukwivana mu Masezerano zakiriwe hakurikijwe ingingo ya XIV ; (e) Ivanwaho ry’aya Masezerano hakurikijwe ingingo ya XV ; (f) Inyandiko yagejejweho hakurikijwe ingingo ya XVI.",NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1964,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XVIII,Inyandiko y’umwimerere y’aya Masezerano ibikwa mu ishyinguranyandiko w’Abibumbye. ry’Umuryango Inyandukuro yayo ihuje n’umwimerere yohererezwa buri gihugu kiri mu Muryango w’Abibumbye ndetse na buri gihugu mu bitawurimo bivugwa mu ngingo ya XI.,NA Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye gukumira no guhana icyaha cya jenoside yakorewe i Paris ku wa 9 Ukuboza 1964,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XIX,Aya Masezerano yandikwa n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ku itariki atangirira gukurikizwa.,NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA MBERE,Ingingo ya mbere,"1. Muri aya Masezerano, ijambo “ivanguramoko” rivuga uburyo bwose bwo gutandukanya, guheza, gukumira cyangwa gutonesha abantu hashingiwe ku bwoko, ibara ry’uruhu, igisanira, igihugu cy’inkomoko cyangwa isano-muzi, bigamije kuburizamo cyangwa kubangamira ukwemererwa, ukugira no gukoresha ku buryo bumwe uburenganzira n’ubwisanzure bw’ibanze bwa muntu mu rwego rwa politiki, urw’ubukungu, urw’imibereho myiza n’urw’umuco, cyangwa mu rundi rwego urwo ari rwo rwose rw’ubuzima bwa buri muntu. 2. Aya Masezerano ntareba irobanura, ihezwa, ikumira cyangwa itoneshwa byakorwa n’igihugu kiri muri aya Masezerano abenegihugu n’abanyamahanga. gitandukanya 3. Nta ngingo n’imwe yo muri aya Masezerano yafatwa nk’aho ibangamiye mu buryo ubwo ari bwo bwose amategeko ibihugu byemeye aya Masezerano bikurikiza mu byerekeye ubwenegihugu, n`ukuntu buhabwa abanyamahanga, apfa gusa kuba atavangura ubwenegihugu ubu n’ubu. 4. Ibyemezo byihariye bifatwa bigamije gusa guteza imbere amatsinda amwe n’amwe ashingiye ku bwoko, isano-muzi cyangwa abantu ku giti cyabo bakeneye kurengerwa ku buryo bwihariye kugira ngo babashe kugira no gukoresha uburenganzira bwa muntu n’ubwisanzure bw’ibanze bingana ntibigomba gufatwa nk’ivanguramoko, ku buryo ariko ibyo byemezo bitavamo kwiharira uburenganzira bumwe na bumwe ku matsinda y’abantu atandukanye kandi ntibigumeho iyo intego byari byashyiriweho igezweho.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya aya Masezerano, byamaganye ivanguramoko kandi byiyemeje gukurikiza mu buryo bwose buboneye kandi bwa vuba politiki yo guca burundu ikitwa ivanguramoko cyose no guteza imbere ubwumvikane hagati y’amoko kandi kugira ngo bigerweho:a) buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje kutarangwaho igikorwa na kimwe cy’ivanguramoko ku bantu, ku matsinda y’abantu aba n’aba cyangwa ku rwego uru n’uru rwabo, no gukangurira abayobozi bose n’inzego zose z’igihugu zaba inzego nkuru n’izegerejwe abaturage kubahiriza iyi nshingano ; b) buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje kudatera inkunga, kutarengera no kudashyigikira ivanguramoko ryaba rikozwe n’umuntu cyangwa umuryango uwo ari wo wose ; c) buri gihugu kiri muri aya Masezerano kigomba gufata ingamba zihamye zigamije kuvugurura imitegekere y’ibihugu n’iy’uturere twacyo no guhindura, gukuraho cyangwa kuburizamo itegeko ryose cyangwa amabwiriza yose yashobora gukurura ivanguramoko cyangwa kurikomeza aho ryaba riri hose ; d) buri gihugu kiri muri aya Masezerano kigomba gukoresha uburyo bwose buboneye, hakubiyemo no gushyiraho amategeko igihe bibaye ngombwa, kugira ngo gice burundu ivanguramoko, ryaba rikorwa n’abantu, n’udutsiko tw’abantu cyangwa n’imiryango ;e) Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje gushyigikira, igihe bibaye ngombwa, imiryango n’ingaga bihuriwemo n’abantu b’amoko menshi n’ubundi buryo bwose bugamije kuvanaho ibitandukanya amoko no guca intege ibikorwa bigamije gushyigikira ivanguramoko. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, igihe cyose bibaye ngombwa, bigomba gufata ibyemezo bihamye kandi bifatika mu rwego rw’imibanire, rw’ubukungu, rw’umuco no mu zindi nzego kugira ngo bigeze ku majyambere nyayo n’ukurengera amatsinda amwe n’amwe ashingiye ku bwoko cyangwa abantu bayarimo kugira ngo babashe gukoresha uburenganzira bwa muntu n’ubwigenge bw’ibanze ku buryo bwuzuye kandi bungana n’ubw’abandi. Nta na rimwe ibyo byemezo bigomba kugumishaho ubusumbane cyangwa umwihariko mu burenganzira ku byiciro by’amoko binyuranye iyo intego byari bigamije yagezweho. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byamaganye by’umwihariko irondakoko na politiki ya apariteyidi, biniyemeza kandi gukumira, kubuza no kurandura mu turere twose bifiteho ububasha ibindi bikorwa byose nk’ibyo.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byamaganye icengezamatwara ryose hamwe n’imiryango yose bishingiye ku bitekerezo bigamije kwemeza ko hariho ubwoko busumba ubundi cyangwa icyiciro cy’abantu b’ibara ry’uruhu iri n’iri cyangwa bafite inkomoko iyi n’iyi bituma basumba abandi cyangwa bigerageza guha ishingiro cyangwa gushyigikira inzangano zishingiye ku moko n’ivanguramoko iryo ari ryo ryose; ibyo bihugu byiyemeje guhita bifata ibyemezo bigamije gukuraho ikintu cyose gikangurira abantu ivanguramoko, cyangwa ibikorwa byaryo iyo biva bikagera, ari na yo mpamvu, hakurikijwe amahame akubiye mu Itangazo mpuzamahanga ryerekeye uburenganzira bwa muntu n’uburenganzira busobanurwa mu ngingo ya 5 y’aya Masezerano, byiyemeje ibi bikurikira: a) kwemeza ko gukwirakwiza ibitekerezo bishingiye ku busumbane bw’amoko cyangwa ku nzangano zishingiye ku moko, gushishikariza abantu ivanguramoko ndetse by’ihohoterwa cyangwa kubikangurira abandi hagamijwe kurwanya ubwoko ubwo ari bwo bwose cyangwa itsinda ry’abantu bafite ibara iri n’iri Article 4 aya Masezerano n’ibikorwa cyangwa basangiye isano-muzi kimwe no gushyigikira ibyo bikorwa mu buryo ubwo ari bwo bwose, hakubiyemo no kubitera inkunga y’amafaranga; b) kwemeza ko imiryango n’ibikorwa byose by’icengezamatwara riteguye n’ikindi gikorwa cyose cy’icengezamatwara bishishikariza kandi bikangurira abantu ivanguramoko binyuranyije n’amategeko kandi bibujijwe, no kwemeza ko kugira uruhare muri iyo miryango cyangwa se ibyo bikorwa ari icyaha gihanwa n’amategeko. c) kutemerera abategetsi cyangwa inzego za Leta haba ku rwego rw’igihugu cyangwa urw’uturere twacyo gushyigikira no gushishikariza abantu ivanguramoko. I",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5,"Hakurikijwe inshingano z’ingenzi zivugwa mu ngingo ya 2 y’aya Masezerano, ibihugu byayashyizeho umukono, byiyemeje kubuza no guca ivanguramoko iyo riva rikagera no kurinda uburenganzira bwa buri wese bwo kureshya imbere y’amategeko, nta kurobanura ubwoko, ibara ry’uruhu, igihugu cy’inkomoko cyangwa isano muzi, cyane cyane ibyo bikagaragarira mu ikoreshwa ry’uburenganzira bukurikira:a) uburenganzira bwo kureshya imbere y’inkiko cyangwa imbere y’urundi rwego rw’ubutabera ; b) uburenganzira bwa buri muntu bwo kugira umutekano no kurindwa na Leta ihutazwa cyangwa urugomo rwaturuka ku bakozi bayo, ku muntu ku giti cye, ku gatsiko cyangwa ikigo. c) uburenganzira mu bya politiki burimo ubwo gutora no kwiyamamariza gutorwa mu matora rusange kandi atabogamye, bwo kujya mu butegetsi no mu buyobozi bwa Leta mu nzego zose n’uburenganzira bwo guhabwa akazi muri Leta mu buryo bumwe kuri bose. d) ubundi by’umwihariko: i. burenganzira bw’abaturage, uburenganzira bwo kugenda nta nkomyi no guhitamo aho kuba mu gihugu; ii. uburenganzira bwo kuva no kugaruka mu gihugu icyo ari cyo cyose, harimo n’icye; iii. uburenganzira ku bwenegihugu;iv. uburenganzira bwo gushyingirwa kwihitiramo uwo bashyingiranywa;v. uburenganzira bw’umuntu bwo kugira umutungo, yaba wenyine cyangwa awufatanyije n’abandi; vi. uburenganzira bwo kuzungura;vii. uburenganzira bwo kwisanzura mu bitekerezo, umutimanama n’idini;viii. uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo no kubigaragaza; ix. uburenganzira bwo guteranira hamwe no kwishyira hamwe mu mahoro ; e. uburenganzira mu byerekeye ubukungu, imibereho myiza n’umuco, by’umwihariko:i. uburenganzira ku murimo, kwihitiramo umurimo ashaka, ku miterere y’umurimo itarenganya kandi ishimishije; uburenganzira bwo kurindwa ubushomeri, uburenganzira ku mushahara ukwiranye n’umurimo, uburenganzira ku mushahara ukwiye kandi unogeye nyirawo; ii. uburenganzira bwo gushinga ingaga z’abakozi no kuzijyamo; iii. uburenganzira ku icumbi; iv. uburenganzira ku buzima rusange, kuri serivisi z’ubuvuzi, ku bwiteganyirize no kuri serivisi zigamije imibereho myiza; v. kugira uburenganzira ku burezi no ku mahugurwa y`umwuga; vi. uburenganzira bungana bwo kujya mu myidagaduro ndangamuco; f). Uburenganzira bwo kugera ahantu hose rusange no kuri serivisi rusange nk’ubwikorezi, amahoteli, resitora, utubari, ahabera imyidagaduro no mu busitani rusange. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishyiraho uburyo bwo kurengera no kurenganura, binyuze mu nkiko zabyo cyangwa mu zindi nzego za Leta zibishinzwe, buri muntu wese uri mu ifasi yabyo ku bikorwa by’ivanguramoko byahungabanya uburenganzira n’ubwisanzure bw’ibanze bwa muntu binyuranyije n’aya Masezerano, biha kandi buri wese uburenganzira bwo gusaba izo nkiko kumuhesha indishyi cyangwa gusubizwa agaciro yateshejwe, ku buryo bukwiranye n’icyamubangamiye cyose gitewe n’ivangura.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gufata ibyemezo biboneye kandi byihuse by’umwihariko mu rwego rw’imyigishirize, uburezi, umuco n’itangazamakuru, hagamijwe kurwanya urwikekwe ruganisha ku ivanguramoko, no guteza imbere ubwumvikane, ubworoherane n’ubucuti hagati y’ibihugu n’amatsinda ashingiye ku bwoko cyangwa isano-muzi, hamwe no kumenyekanisha hose intego n’amahame bikubiye mu Masezerano Umuryango Mpuzamahanga ashyiraho w’Abibumbye, mu Itangazo mpuzamahanga ryerekeye uburenganzira bwa muntu, mu Itangazo ry’Umuryango w’Abibumbye ryerekeye guca burundu icyitwa ivanguramoko cyose no muri aya Masezerano.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA KABIRI,Ingingo ya 8,"1. Hashyizweho Komite yo kurwanya ivanguramoko ( yitwa Komite mu ngingo zikurikira) igizwe n’impuguke cumi n’umunani zizwiho kuba indakemwa no kutabogama, zitorwa n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano mu bakandida babikomokamo kandi zigakora mu bwigenge, mu itorwa ryazo hakitabwa ku isaranganya riboneye hagati y’uturere tw’isi no ku ihagararirwa ry’ingeri z’umuco zitandukanyekimwe n’amategeko bigenderaho. y’ingenzi ibihugu 2. Abagize Komite batorwa mu ibanga ku rutonde rw’abakandida batanzwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gutanga umukandida umwe ugikomokamo. 3. Itora rya mbere rizaba hashize amezi 6 nyuma y’itariki aya Masezerano azaba yatangiriyeho gukurikizwa. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yandikira ibihugu byose byemeye aya Masezerano hasigaye nibura amezi atatu ngo buri tora ribe, abisaba gutanga abakandida babyo mu gihe kitarenze amezi abiri. Umunyamabanga Mukuru akora urutonde rw’abakandida yashyikirijwe akurikije uko inyuguti zigize amazina yabo zikurikirana, akagaragaza n’amazina y’ibihugu baturukamo, hanyuma akarwoherereza ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 4. Abagize Komite batorerwa mu nama y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano iteranira ku Cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye itumijwe n’Umunyamabanga Mukuru. Muri iyo nama iterana hari nibura 2/3 by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, abakandida barushije abandi amajwi kandi batowe ku bwiganze busesuye bw’amajwi y’abahagarariye ibihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano byitabiriye inama kandi bitora ni bo bajya muri Komite. 5. a) Abagize Komite batorerwa manda y’imyaka ine. Icyakora, icyenda mu batowe mu itora rya mbere barangiza manda yabo hashize imyaka ibiri. Itora rya mbere rikimara kuba, amazina y’abo icyenda atoranywa na Perezida wa Komite akoresheje tombora; b) Kugira ngo huzuzwe imyanya y’abadahari, igihugu kiri muri aya Masezerano gikomokamo impuguke yavuye muri Komite itarangije manda gitanga indi mpuguke gihisemo mu bagikomokamo bibanje kwemezwa na Komite. 6. Umutungo ukoreshwa n’abagize Komite mu gihe bari mu kazi wishyurwa n’ibihugu bihuriye muri aya Masezerano.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, byiyemeje kugeza ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye raporo igenewe gusuzumwa na Komite, iyo raporo ikagaragaza ibyemezo byafashwe mu rwego rw’amategeko, urw’ubucamanza, mu rwego rw’ubuyobozi n’ibindi byemezo byose byafashwe mu rwego rwo kubahiriza ibiteganyijwe muri aya Masezerano : a) mu gihe cy’umwaka umwe uhereye ku itariki aya Masezerano yatangiriye gukurikizwa na buri gihugu bireba; b) buri myaka ibiri n’ikindi gihe cyose bisabwe na Komite. Komite ishobora gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kuyigezaho ibindi bisobanuro. 2. Buri mwaka, Komite ishyikiriza Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye raporo y’ibyakozwe, ibinyujije ku Munyamabanga Mukuru. Kandi ishobora no gutanga ibyifuzo n’ibitekerezo rusange ku byo ibona byakorwa, ishingiye ku byavuye mu isuzuma yakoze kuri raporo n’ibisobanuro byatanzwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. Ibyo byifuzo n’ibitekerezo rusange bishyikirizwa Inteko Rusange biri kumwe n’ibisobanuro ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byabitanzeho, iyo bihari. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10,"1. Komite ngengamikorere. yishyiriraho amategeko 2. Komite itora abayobozi bayo bagira manda y’imyaka ibiri.3. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumye ashinzwe ubunyamabanga bwa Komite. 4. Komite ikorera inama mu buryo busanzwe ku Cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11,"1. Iyo igihugu kiri muri aya Masezerano kibona ko ikindi gihugu cyayemeye kidakurikiza bimwe mu biyakubiyemo, gishobora kubimenyesha Komite kugira ngo ibikurikirane. Komite na yo ibimenyesha igihugu bireba. Mu gihe cy’amezi atatu, icyo gihugu na cyo kigomba gutanga ibisobanuro mu nyandiko cyangwa mu nyandiko mvugo, kigaragaza uko ikibazo kimeze n’ibyemezo byaba byarafashwe mu rwego rwo kugishakira umuti. 2. Iyo mu gihe kitarenze amezi atandatu uhereye ku itariki igihugu cyamenyesherejweho ibyo kiregwa, ikibazo kitakemuwe hagati y’ibihugu byombi, hakoreshejwe imishyikirano cyangwa se ubundi buryo bwabinogera, kimwe muri ibyo bihugu gishobora kongera kwandikira Komite kibiyimenyesha, kikamenyesha icyo gihugu kindi kirebwa n’icyo kibazo.3. Komite ntishobora gukemura ikibazo igejejweho hakurikijwe ibiteganyijwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo itabanje gusuzuma ko uburyo bwose buteganyijwe mu gihugu bwitabajwe kandi bwahetuwe nk’uko amahame y’amategeko mpuzamahanga yemewe. Ibi ntibizakurikizwa mu gihe inzira zitabajwe zarengeje igihe cyumvikana mu gukemura ikibazo. 4. Kuri buri kirego cyose Komite igejejweho, ishobora gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa na cyo gutanga ibindi bisobanuro bya ngombwa. 5. Iyo Komite isuzuma ikibazo yagejejweho ikurikije ibiteganyijwe muri iyi ngingo, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’icyo kibazo bifite uburenganzira bwo gushyiraho umuntu ubihagararira mu mirimo ya Komite mu gihe cyose isuzuma icyo kibazo; ariko uwo muntu ntatora mu gihe hafatwa ibyemezo.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12,"1. a) Iyo Komite imaze kubona no gusuzuma amakuru yose ibona ko ari ngombwa, Perezida wa Komite ashyiraho Akanama kadahorahok’Ubwunzi (kitwa Akanama mu ngingo zikurikira) kagizwe n’abantu batanu bashobora kuva cyangwa kutava mu bagize Komite. Abagize Akanama batoranywa ku bwumvikane n’ibihugu bifitanye ikibazo, bagafasha ibihugu byombi gushaka umuti w’ikibazo cyabyo mu bwumvikane hisunzwe ibikubiye muri aya Masezerano. b) Iyo mu gihe cy’amezi atatu ibihugu bifitanye ikibazo binaniwe kwemeranya ku bagize Akanama bose cyangwa bamwe muri bo, mu bagize Komite hatorwamo mu ibanga abasimbura abo ibyo bihugu bitemeranyijweho ku bwiganze bwa 2/3 by’abagize Komite. 2. Abagize Akanama baterana ku giti cyabo. Ntabwo bagomba kuba baturuka mu bihugu bifitanye amakimbirane cyangwa mu bihugu bitari muri aya Masezerano. 3. Akanama gatora Perezida wako, hanyuma kakishyiriraho amategeko ngengamikorere. 4. Ubusanzwe, Akanama gateranira ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye cyangwa se ahandi hantu hakwiriye Akanama ubwako kemeje. 5. Iyo havutse ikibazo hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi kikaba kigomba gukurikiranwa n’Akanama, ubunyamabanga buteganyijwe mu gika cya 3 cy’ingingo ya 10 bugomba gufasha mu mirimo y’ako Kanama. 6. Umutungo ukoreshwa n’abagize Akanama wishyurwa n’ibihugu ubwabyo bifitanye ikibazo ku buryo bungana, hakurikijwe uko byateguwe n’Umunyamabanga Mukuru w’Abibumbye. w’Umuryango 7. Iyo bibaye ngombwa, Umunyamabanga Mukuru afite ububasha bwo kwishyura umutungo abagize Akanama bakoresheje mbere y’uko ibihugu bifitanye ikibazo byishyura nk’uko biteganyijwe mu gika cya 6 cy’iyi ngingo. 8. Amakuru yatanzwe agasuzumwa na Komite ashyikirizwa Akanama, kandi iyo bibaye ngombwa Akanama gashobora gusaba ibihugu bifitanye ikibazo andi makuru ya ngombwa. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13,"1. Iyo Akanama kamaze kwiga neza ikibazo kashyikirijwe mu ngingo zacyo zose, gategurira Perezida wa Komite raporo irambuye ikubiyemo ibyo kabonye byose kuri icyo kibazo, kagashyiramo ibyifuzonama ku cyo kabona cyakorwa ngo ikibazo kibonerwe umuti mu bwumvikane. 2. Perezida wa Komite ashyikiriza buri gihugu mu bifitanye ikibazo iyo raporo yakozwe n’Akanama. Ibyo bihugu bigomba kugaragariza Perezida wa Komite, mu gihe cy’amezi atatu, niba byemeye cyangwa bitemeye ibyifuzonama bikubiye muri iyo raporo. 3. Iyo igihe giteganyijwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo kirangiye, Perezida wa Komite atangariza ibindi bihugu byemeye aya Masezerano raporo y’Akanama n’ibyatangajwe n’ibihugu bifitanye ikibazo.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gutangaza igihe icyo ari cyo cyose ko cyemera ububasha bwa Komite bwo kwakira no gusuzumaibirego by’abantu ku giti cyabo cyangwa amatsinda y’abantu bari mu ifasi yacyo, bavuga ko bahohotewe n’icyo gihugu ku birebana n’uburenganzira bwabo bukubiye muri aya Masezerano. Komite ntiyakira ibirego birebana n’igihugu kiri muri aya Masezerano kitigeze gitangaza ko cyemera ububasha bwayo. 2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gikoze itangazo rivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, gishobora gushyiraho cyangwa kugaragaza urwego rusanzweho mu gihugu, rufite ububasha bwo kwakira no gusuzuma ibirego by’abantu ku giti cyabo cyangwa amatsinda y’abantu bari mu ifasi yacyo, bavuga ko bahohotewe mu bijyanye n’uburenganzira bwabo bukubiye muri aya Masezerano kandi bahetuye izindi nzego zo mu gihugu zose zibishinzwe. 3. Igihugu bireba gishyikiriza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye itangazo rivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo n’izina ry’urwego rwashyizweho cyangwa rwahawe ububasha hakurikijwe ibiteganyijwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, na we akoherereza inyandukuro zabyo ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. Igihugu gishobora kwisubira kuri iryo tangazo ryacyo igihe icyo ari cyo cyose, kibimenyesheje Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu nyandiko, ariko uko kwisubira ntikubangamira isuzumwa ry’ibirego Komite yashyikirijwe mbere. 4. Urwego rwashyizweho cyangwa rwagenwe hakurikijwe igika cya 2 cy’iyi ngingo, rugira igitabo rwandikamo ibirego byose rwakiriye kandi buri mwaka rukoherereza Umunyamabanga Mukuru inyandukuro z’icyo gitabo zemejwe ko zihuje n’umwimerere binyuze mu nzira ziboneye, hazirikanwa ko ibikubiye muri izo kopi bidashyirwa ku mugaragaro. 5. Iyo uwahohotewe atanyuzwe n’umwanzuro w’urwego rwashyizweho cyangwa rwagenwe hakurikijwe ibiteganyijwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, afite uburenganzira bwo kubimenyesha Komite mu gihe kitarenze amezi atandatu. 6. a) Mu buryo bw’ibanga, Komite imenyesha igihugu kiri muri aya Masezerano ibyo yagejejweho, birebana n’ibyo icyo gihugu kiregwa mu kubangamira uburenganzira bukubiye muri aya Masezerano. Komite ariko ntishobora gutangaza izina ry’umuntu cyangwa itsinda ry’abantu barebwa n’ikibazo batabyemeye. Komite kandi ntiyakira inyandiko zitagaragaza amazina ya bene zo. b) Mu gihe cy’amezi atatu akurikira, igihugu kiregwa cyandikira Komite cyoherereza ibisobanuro byanditse cyangwa inyandiko-mvugo kikerekana n’ibyo cyaba cyarakoze mu gushakira ikibazo umuti iyo bihari. 7.a) Komite isuzuma ibirego ikurikije ibisobanuro by’igihugu bireba kiri muri aya Masezerano n’iby'ukirega. Komite ntishobora gusuzuma ikirego cy’urega igihugu keretse ibanje kumenya ko urega yahetuye inzego zose zibishinzwe muri icyo gihugu. Icyakora,, ibi ntibyitabwaho iyo bigaragara ko izo nzego zitinza mu buryo butumvikana ikemurwa ry’ikibazo. b) Komite igeza ku gihugu bireba kiri muri aya Masezerano no ku muntu ukirega ibitekerezo n’ibyifuzonama iyo bihari. 8. Komite igaragaza muri raporo yayo ya buri mwaka mu ncamake ibyerekeye ibirego yagejejweho, aho ibisobanuro bishoboka n’inyandiko-mvugo igashyiramo yagejejweho n’ibyatangajwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa hamwe n’ibitekerezo ndetse n` ibyifuzonama byayo. 9. Komite igira ububasha bwo kuzuza inshingano zayo nk’uko ziteganyijwe muri iyi ngingo iyo nibura ibihugu icumi bihuriye kuri aya Masezerano byemeye kubahiriza ibikubiye mu matangazo byakoze hakurikijwe ibiteganyijwe mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15,"1. Mu gihe hagitegerejwe kugera ku ntego z’Itangazo ryerekeye guha ubwigenge ibihugu n’abaturage bakoronijwe, rikubiye mu mwanzuro wa 1514 (XV) w’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye wo ku wa 14 Ukuboza 1960, ibikubiye muri aya Masezerano nta cyo bigabanya ku burenganzira bwo gutanga ibirego abo baturage bahabwa n’andi masezerano mpuzamahanga cyangwa Umuryango w’Abibumbye n’amashami yawo. 2.a) Komite yashyizweho hakurikijwe ibikubiye mu gika cya 1 cy’ingingo ya 8 y’aya Masezerano igezwaho inyandukuro y’ibirego byakiriwe n’inzego z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe gukemura ibibazo bifitanye isano itaziguye n’amahame n’intego by’aya Masezerano, igatanga ibitekerezo n’ibyifuzonama kuri ibyo birego byakiriwe mu gihe cy’isuzuma ry’ibirego biturutse mu baturage b’ibihugu byishingiwe n’ibitigenga n’ibindi bihugu byose birebwa n’umwanzuro wa1514 (XV) w’Inteko Rusange, bifitanye isano n’ibibazo birebwa byashyikirijwe izo nzego. n’aya Masezerano b) Komite ishyikirizwa raporo ziturutse mu nzego zibishinzwe z’Umuryango w’Abibumbye, zerekana ibyemezo byafashwe mu rwego rw’amategeko, rw’ubucamanza, rw’ubuyobozi n’ibindi byemezo bifitanye isano n’amahame n’intego by’aya Masezerano ibihugu biyobora ibihugu bivugwa mu gace (a) k’iki gika byashyize mu bikorwa muri ibyo, hanyuma Komite igaha izo nzego ibitekerezo n’ibyifuzonama kuri izo raporo. 3. Muri raporo Komite ishyikiriza Inteko Rusange, yongeramo incamake y’ibirego yakiriye hamwe na raporo yohererejwe n’inzego z’Umuryango w’Abibumbye n’ibitekerezo n’ibyifuzonama yagaragaje kuri ibyo birego n’izo raporo. 4. Komite isaba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye kuyigezaho amakuru yose afitanye isano n’intego z’aya Masezerano, yaba yaramenye ku birebana n’ibihugu bivugwa mu gace ka 2 (a) k’iyi ngingo.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16,"Ingingo zikubiye muri aya Masezerano zerekeranye no gukemura amakimbirane cyangwa ibirego ntizibangamira ubundi buryo bwo gukemura amakimbirane cyangwa ibirego bishingiye ku ivanguramoko buteganyijwe mu Masezerano ashyiraho Umuryango w’Abibumbye n’amashami yawo cyangwa mu yandi masezerano yemejwe n’Umuryango w’Abibumbye cyangwa amashami yawo, kandi ntizibuza ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kwiyambaza izindi nzira zo gukemura amakimbirane hakurikijwe amasezerano mpuzamahanga rusange cyangwa yihariye ibyo bihugu bihuriyeho",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU,Ingingo ya 17,"1. Aya Masezerano yemrewe gushyirwaho umukono na buri gihugu kigize Umuryango w’Abibumbye, igihugu kigize rimwe mu mashami yawo, igihugu gihuriye n`ibindi ku Mategeko ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga n’ikindi gihugu cyose Inteko Rusange Article 16 muri aya Masezerano y’Umuryangow’Abibumbye yasaba kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuei aya Masezerano. 2. Aya Masezerano yemezwa burundu kandi inyandiko ziyemeza burundu zibikwa n'UmunyamabangaMukuru w’Umuryangow’Abibumbye. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18,1. Aya Masezerano yemerera kuba kimwe mu biyahuriyeho igihugu cyose cyavuzwe mu gika cya mbere cy’ingingo ya 17 yayo. 2. Inyandiko ijyanye no kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano ishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. ,NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu Umunyamabanga ukurikira Mukuru itariki w’Umuryango w’Abibumbye yakiriyeho inyandiko ya makumyabiri na karindwi iyemeza burundu cyangwa yemeza kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho.2. Ku gihugu cyemeza burundu cyangwa cyemera kuba kimwe mu biyahuriyeho nyuma y’itangwa ry’inyandiko ya makumyabiri na karindwi iyemeza burundu cyangwa yemeza kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu nyuma y’itariki icyo gihugu kizaba cyatangiyeho inyandiko yacyo iyemeza burundu cyangwa yemeza kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20,"1. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye agezwaho kandi akamenyesha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa bishobora kuba kwemera kuba mu biyahuriyeho ukwifata gukozwe n’ibihugu mu gihe cyo kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu biyahuriyeho. Buri gihugu kitemeye ukwifata kw’ikindi cyandikira Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu gihe cy’iminsi mirongo icyenda uhereye ku itariki cyamenyesherejweho uko kwifata, kimumenyesha ko kitakwemeye. 2. Ukwifata kose kunyuranye n’ikigamijwe n’intego by’aya Masezerano ntikwemewe kandi ni nako bimeze ku kwifata kose kwagira ingaruka zo kuburizamo imikorere y’urwego urwo ari rwo rwose mu nzego ziteganyijwe muri aya Masezerano. Ukwifata gufatwa ko kuri mu byiciro bivuzwe haruguru iyo 2/3 by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byanze. 3. Igihe icyo ari cyo cyose, igihugu gishobora gukuraho ukwifata cyari cyarashyizeho, biciye mu nyandiko imenyesha cyoherereza Umunyamabanga Mukuru. Agaciro k’ikurwaho ry’ukwifata gahera ku munsi Umunyamabanga Mukuru yakiriyeho iyo nyandiko.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 21,Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora kuyivanamo binyuze mu nyandiko imenyesha cyoherereza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Uko kwivana mu Masezerano gutangira kugira agaciro nyuma y’umwaka umwe uhereye ku itariki Umunyamabanga Mukuru yakiriyeho inyandiko ibimumenyesha.,NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingoya 22,"Ikibazo icyo ari cyo cyose cyavuka hagati y’ibihugu bibiri cyangwa birenze mu bihuriye kuri aya Masezerano cyerekeye isobanurwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ryayo, kikaba kitarabonewe umuti biciye mu nzira z’imishyikirano cyangwa mu nzira ziteganyijwe muri aya Masezerano,gishyikirizwa Urukiko Mpuzamahanga kugira ngo rugifateho umwanzuro, bisabwe na kimwe mu bihugu bifitanye ikibazo, keretse ibyo bihugu byumvikanye ku bundi buryo bwo kugikemura. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano, gishobora kwandikira igihe Umunyamabanga icyo Mukuru ari cyo cyose w’Umuryango w’Abibumbye, gisaba ko aya Masezerano yavugururwa. 2. Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ifata umwanzuro ku bigomba gukorwa kuri icyo cyifuzo iyo ari ngombwa.",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo уa 24,"Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose bivugwa mu gika cya mbere cy’ingingo ya 17 y’aya Masezerano ibi bikurikira: a) imikono yashyizwe kuri aya Masezerano, inyandiko ziyemeza burundu cyangwa izemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho hakurikijwe ingingo ya 17 n’iya 18;b) itariki aya Masezerano atangira gukurikizwa hakurikijwe ingingo ya 19; c) ibirego n’amatangazo byakiriwe hakurikijwe ingingo ya 14, iya 20 n’iya 23; d) ukwivana mu Masezerano hakurikijwe ingingo ya 21. ",NA AMASEZERANO YEREKEYE MPUZAMAHANGA GUCA BURUNDU IVANGURAMOKO IRYO ARI RYO RYOSE,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 25,"1. Aya Masezerano akozwe mu nyandiko ziri mu ndimi z’Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa Ikirusiya n’Icyesipanyoli zinganya agaciro, abikwa mu ishyinguranyandiko w’Abibumbye. 2. ry’Umuryango Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yoherereza inyandukuro zemejwe ko zihuje n’umwimerere ibihugu byose biri mu byiciro bivugwa mu gika cya mbere cy’ingingo ya 17 y’aya Masezerano.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,"IGICE CYA MBERE: AMAHAME RUSANGE ",Ingingo ya mbere,"Aya Masezerano y’Inyongera agamije gushyiraho uburyo imiryango yaba mpuzamahanga cyangwa iy’imbere mu gihugu yajya isura ahantu hari abantu bambuwe ubwisanzure, hagamijwe gukumira iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by'ubugome,bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,"IGICE CYA MBERE: AMAHAME RUSANGE ",INGINGO YA 2,"1. Hashyizweho Agakomite gashinzwe gukumira iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro (kiswe Agakomite gashinzwe gukumira), gashamikiye kuri Komite yo Kurwanya Iyicarubozo, kakaba gashinzwe gushyira mu bikorwa inshingano ziteganyijwe muri aya Masezerano y’Inyongera. 2. Agakomite gashinzwe gukumira gashyira mu bikorwa inshingano zako gashingiye ku Masezerano ashinga Umuryango w’Abibumbye kandi kagendera ku mahame yawo n’amabwiriza yawo ku bijyanye n’uburyo abantu gufatwa; bambuwe ubwisanzure bagomba 3. Ako Gakomite kandi kagomba kugendera ku mahame yo kugira ibanga, kutabogama, kutarobanura, gukora mu buryo bumwe ahantu hose no kutarangwa n'amarangamutima;4. Agakomite gashinzwe gukumira n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bikorana neza mu ishyirwa mu bikorwa ryayo.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,"IGICE CYA MBERE: AMAHAME RUSANGE ",Ingingo ya 3,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishyiraho urwego rumwe cyangwa nyinshi zishinzwe kurwanya iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro (rwiswe urwego rw’igihugu rukumira).",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,"IGICE CYA MBERE: AMAHAME RUSANGE ",Ingingo ya 4,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera cyemerera inzego zivugwa mu ngingo ya 2 n’iya 3 z’aya Masezerano y’Inyongera gusura ahantu aho ari ho hose muri icyo gihugu haba harashyizwe abantu bambuwe ubwisanzure hashingiwe ku cyemezo cy’Urwego rwa Leta, cyangwa byasabwe n’urwo rwego cyangwa rwemeye ku buryo bweruye cyangwa buteruye. Uko gusura aho hantu bikorwa mu rwego rwo gushimangira, aho bikenewe, kurinda bene abo bantu iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihanoby’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro. 2. Muri aya Masezerano y’Inyongera, kwamburwa ubwisanzure bivuga uburyo ubwo ari bwo bwose bwo gufata umuntu, kumufunga cyangwa kumushyira ahantu hazwi cyangwa hatazwi atemerewe gusohoka uko abishatse, hashingiwe ku cyemezo cy’ubucamanza, icy’ubutegetsi cyangwa urundi rwego rubifitiye ububasha. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA II: AGAKOMITE GASHINZWE GUKUMIRA ,Ingingo ya 5,"1. Agakomite gashinzwe gukumira kagizwe n’abantu icumi. Nyuma y’uko umubare wo kwemeza burundu aya Masezerano y’Inyongera cyangwa wo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho uzaba wageze kuri mirongo itanu, umubare w’abantu bagize Agakomite gashinzwe gukumira uzagezwa kuri makumyabiri na batanu. 2. Abagize Agakomite gashinzwe gukumira batoranywa mu bantu b’inyangamugayo kandi bazwiho uburambe mu mirimo ijyanye n’ubutabera, by’umwihariko mu mategeko mpanabyaha, ubuyobozi bw’amagerezacyangwa bw’inzego za polisi, cyangwa mu bindi binyuranye bifitanye isano no gucunga abantu bambuwe ubwisanzure bwabo. 3. Mu guhitamo abagize Agakomite gashinzwe gukumira, hitabwa ku guhagararirwa k’uturere tunyuranye tw’isi n’ukw’isanzuramuco kimwe n’amategeko ibihugu bigenderaho by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. 4. Mu guhitamo abagize Agakomite gashinzwe gukumira hitabwa kandi ku guhagararirwa kubahiriza uburinganire bw’abagabo n’abagore hitawe ku mahame y’uburinganire no kutavangura. 5. Agakomite gashinzwe gukumira ntigashobora kubamo abantu barenze umwe baturuka mu gihugu kimwe. 6 Abagize Agakomite gashinzwe gukumira baterana ku giti cyabo, bagakora mu bwigenge kandi nta kubogama, kandi igihe cyose bakenewe bagomba kuboneka kugira ngo bafashe Agakomite ko gukumira kuzuza neza inshingano zako.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA II: AGAKOMITE GASHINZWE GUKUMIRA ,Ingingo ya 6,"1. Hashingiwe ku biteganywa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora gutanga abakandida babiri bujuje ibisabwa bivugwa mu ngingo ya 5, kandi kigatanga amakuru arambuye ku bijyanye n’ubushobozi bwabo. 2.a) Abakandida batanzwe bagomba kuba bafite ubwenegihugu bw’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera b) Nibura umwe mu bakandida babiri igihugu kiri muri aya Masezerano gitanze agomba kuba afite ubwenegihugu bwacyo. c) Ntihashobora gutangwa abakandida barenze babiri bakomoka mu gihugu kimwe mu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera . d) Mbere yuko igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gitanga umukandida ukomoka mu kindi gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera, kigomba kubanza kubaza kandi kikabyemererwa n’icyo gihugu. 3. Hasigaye nibura amezi atanu ngo ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bihure hakorwe amatora, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbyeyandikira ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera abisaba gutanga abakandida mu gihe cy’amezi atatu. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ashyikiriza ibyo bihugu urutonde rw’amazina y’abakandida hakurikijwe uko akurikirana ku itonde ry’inyuguti, anagaragaza kandi ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byabatanze.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA II: AGAKOMITE GASHINZWE GUKUMIRA ,Ingingo ya 7,"1. Abagize Agakomite gakumira batorwa mu buryo bukurikira: a) Kureba mbere na mbere ko umukandida yujuje ibisabwa bivugwa mu ngingo ya 5 y’aya Masezerano y’Inyongera; b) Amatora ya mbere akorwa mu gihe kitarenze amezi atandatu uhereye igihe aya Masezerano y’Inyongera yatangiriye gukurikizwa; c) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bitora abagize gakumira mu buryo bw’ibanga; Agakomite d) Amatora y’abagize Agakomite gakumira aba mu gihe cy’inama z’ibihugu bihuriye kuri ayaMasezerano y’Inyongera ziba buri myaka ibiri, zitumijwe n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Muri izo nama, aho umubare wa ngombwa ngo inama iterane uba ari bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera, abatorerwa kujya mu Gakomite gakumira ni abarushije abandi amajwi kandi bagize ubwiganze burunduye bw’amajwi y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byitabiriye inama kandi bitora. 2. Iyo abakandida babiri baturuka mu gihugu kimwe kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bombi bujuje ibisabwa ku bajya mu Gakomite gakumira, uwagize amajwi menshi ni we ujya muri ako Gakomite. Iyo banganyije amajwi, hakurikizwa uburyo bukurikira: a) Iyo hari umwe gusa watanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera abereye umwenegihugu, uwo ni we ujya mu Gakomite gakumira; b) Iyo bombi batanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bombi babereye abenegihugu, hakorwa andi matora mu ibanga afasha guhitamo ujya mu Gakomite gakumira; Masezerano y’Inyongera ziba buri myaka ibiri, zitumijwe n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Muri izo nama, aho umubare wa ngombwa ngo inama iterane uba ari bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera, abatorerwa kujya mu Gakomite gakumira ni abarushije abandi amajwi kandi bagize ubwiganze burunduye bw’amajwi y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byitabiriye inama kandi bitora. 2. Iyo abakandida babiri baturuka mu gihugu kimwe kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bombi bujuje ibisabwa ku bajya mu Gakomite gakumira, uwagize amajwi menshi ni we ujya muri ako Gakomite. Iyo banganyije amajwi, hakurikizwa uburyo bukurikira: a) Iyo hari umwe gusa watanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera abereye umwenegihugu, uwo ni we ujya mu Gakomite gakumira; b) Iyo bombi batanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bombi babereye abenegihugu, hakorwa andi matora mu ibanga afasha guhitamo ujya mu Gakomite gakumira; ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA II: AGAKOMITE GASHINZWE GUKUMIRA ,Ingingo ya 8,"Iyo ugize Agakomite gakumira apfuye cyangwa yeguye, cyangwa atagishoboye gukomeza imirimo ye ku mpamvu iyo ari yo yose, igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera cyamutanze gitanga undi mukandida wujuje ibisabwa biteganyijwe mu ngingo ya 5, hazirikanwa guhuza ubumenyi bunyuranye mu bijyanye n’ubushobozi, uwo mukandida yaba yemejwe n’umubare munini w’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera, agakora igihe cyari gisigaye ngo habe andi matora. Uwo mukandida afatwa nk’utemewe iyo nibura kimwe cya kabiri cyangwa kirenga cy’ibihugu bisubije bitamwemera mu gihe cy’ibyumweu bitandatu uhereye igihe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yabimenyeshereje icyifuzo cyo gushyiraho uwo mukandida.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA II: AGAKOMITE GASHINZWE GUKUMIRA ,Ingingo ya 9,"Abagize Agakomite gakumira batorerwa manda y’imyaka ine. Bashobora kongera gutorwa rimwe gusa iyo bongeye gutangwaho abakandida. Manda ya kimwe cya kabiri cy’abatowe mu matora ya mbere irangira nyuma y’imyaka ibiri. Amatora ya mbere akimara kuba, amazina y’abazarangiza manda mu myaka ibiri atoranywa n’Umuyobozi w’Inama uvugwa mu ngingo ya 7 igika 1(d) akoresheje tombola.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA II: AGAKOMITE GASHINZWE GUKUMIRA ,Ingingo ya 10,"1. Agakomite gakumira gatora Biro yako imara igihe cy’imyaka ibiri. Abagize Biro bashobora kongera gutorwa. 2. Agakomite gakumira gashyiraho amategeko ngengamikorere yako. Ayo mategeko ngenagmikorere mu byo ateganya harimo ko: a) Umubare usabwa kugira ngo inama iterane mu buryo bwemewe ari kimwe cya kabiri cy’abagize Agakomite gakumira wongeyeho umwe; b) Ibyemezo by’Agakomite gakumira bifatwa mu bwiganze bw’amajwi y’abitabiriye inama;c) Agakomite gakumira gaterana mu muhezo. 3. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ni we utumiza inama ya mbere y’Agakomite gakumira. Nyuma y’iyo nama, Agakomite gakumira gashobora guterana igihe cyose nk’uko biteganywa mu mategeko ngengamikorere yako. Agakomite gakumira Komite ishinzwe kurwanya iyicarubozo bikorera inama icyarimwe nibura inshuro imwe mu mwaka.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU: INSHINGANO Z’AGAKOMITE,Ingingo ya 11,"1. Agakomite gakumira gashinzwe ibi bikurikira: a) Gusura ahantu havugwa mu ngingo ya 4 no kugira inama ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera ku byerekeye kurinda abantu bambuwe uburenganzira bwo kwisanzura iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro; b) Ku birebana n’inzego z’ibihugu zikumira:i) Kugira inama ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera no kubifasha igihe bibaye ngombwa, gushyiraho izo nzego; ii) Kugira uburyo butaziguye bwo gukorana n’inzego zikumira zashyizweho mu bihugu, byaba ngombwa ubwo buryo bukaba ubw’ibanga, izo nzego zigahabwa amahugurwa n’ubundi bufasha hagamijwe kuzubakira ubushobozi; iii) kugira inama izo nzego no kuzifasha gusuzuma ibyo zikeneye n’uburyo bukenewe mu kongera imbaraga mu kurinda abantu bambuwe uburenganzira bwo kwisanzura iyicarubozo n’ubundi buryo bw’ibihano butabereye ikiremwamuntu cyangwa bugitesha agaciro; iv) gutanga ibyifuzonama n’ibyakwitabwaho ku bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera hagamijwe kongera ubushobozi n’inshingano by’inzego z’ibihugu zikumira iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano bidakwiriye ikiremwamuntu cyangwa bigitesha agaciro; (c) Gufatanya w’Abibumbye, n’inzego z’Umuryango kimwe n’izindi nzego mpuzamahanga, izo ku rwego rw’akarere n’izo ku rwego rw’ibihugu cyangwa indi miryango bigamije gukaza ingamba mu kurinda abantu bose iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU: INSHINGANO Z’AGAKOMITE,Ingingo ya 12,"Mu rwego rwo gufasha Agakomiite gakumira kuzuza inshingano zako ziteganywa mu ngingo ya 11, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byiyemeje: a) Kwakira Agakomite gakumira no kugafasha kugera ahantu havugwa mu ngingo ya 4 y’aya Masezerano y’Inyongera; b) Kugira ngo hatangwe amakuru akwiye Agakomite gakumira gashobora gusaba ko haba isuzuma ry’ibikenewe n’ingamba zikwiye gufatwa mu rwego rwo kurinda abantu bambuwe ubwisanzure iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro; c) Gushishikiza no koroshya imikoranire hagati y’Agakomite gakumira n’inzego z’igihugu zikumira;d) Gusuzuma ibyifuzonama bitangwa n’Agakomite gakumira no gushyikirana na ko ku ngamba zafatwa ngo zishyirwe mu bikorwa;",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU: INSHINGANO Z’AGAKOMITE,Ingingo ya 13,"1. Agakomite gakumira gashyiraho, bwa mbere hakoreshejwe tombola, gahunda yo gusura ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera mu rwego rwo kuzuza inshingano iteganywa mu ngingo ya 11. 2. Nyuma yo kubyunguranaho ibitekerezo, Agakomite gakumira kamenyesha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera gahunda gafite ijyanye no kubisura, kugira ngo ibihugu bikore imyiteguro ikenewe kugira ngo iryo surwa rishobore kuba. 3. Gusura igihugu bikorwa nibura n’abantu babiri mu bagize Agakomite gakumira. Iyo bibaye ngombwa bashobora guherekezwa n’impuguke zifite uburambe n’ubumenyi byemewe mu ngeri zirebwa n’aya Masezerano y’Inyongera, izo mpuguke zitoranywa ku rutonde rw’impuguke rukorwa hashingiwe ku byifuzo n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera, Ibiro bya Komiseri Mukuru ushinzwe uburenganzira bwa muntun’Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe kurwanya ibyaha. Mu gutegura urwo rutonde rw’impuguke, ibihugu bibyifuza biguriye kuri aya Masezerano y’Inyongerea bibyifuza, bitanga amazina y’abenegihugu b’impuguke batarenze batanu. Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kwanga ko impuguke runaka igisura, icyo gihe Agakomite gakumira gatanga izina ry’indi mpuguke. 4. Iyo Agakomite gakumira gasanze bikwiye, gashobora gusaba ko habaho kongera gusura bwihuse mu rwego rwo gukurikirana ibyavuye mu gusura gusanzwe. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU: INSHINGANO Z’AGAKOMITE,Ingingo ya 14,"1. Mu rwego rwo gufasha Agakomite gakumira kuzuza neza inshingano zako, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byiyemeje kugafasha: a) Kubona nta nkomyi amakuru arebana n’umubare w’abafungiwe ahabugenewe hateganywa mu ngingo ya 4, ndetse n’umubare w’ahafungirwa n’aho haherereye;b) Kubona amakuru yose ajyanye n’uburyo abafunzwe bafashwe n’uburyo bafunzwemo; c) Haseguriwe ibivugwa mu gika cya 2 gikurikira, kugera ahantu hose hafungirwa no ku nyubako no ku bikoresho bihari; d) Kwemererwa kuvugana n’abafunzwe mu muhezo nta batangabuhamya bahari, bagahura na bo ubwabo cyangwa hari n’umusemuzi aho bikenewe, cyangwa undi wese Agakomite gakumira gasanga yatanga amakuru akenewe. e) ubwisanzure bwo guhitamo ahantu ho gasura n’abantu kagirana na bo ibiganiro; 2. Kwangirwa gusura ahantu bishoboka ari uko gusa hari impamvu zikomeye kandi zihutirwa zijyanye n’umutekano w’igihugu, ubuzima bwa rubanda, ibiza, cyangwa imvururu ziri ahagomba gusurwa, bituma igikorwa cyo gusura gisubikwa by’igihe gito. Kuba hatangajwe ibihe by’imidugararo ubwabyo ntibishobora kuba impamvu yo kwanga gusurwa.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU: INSHINGANO Z’AGAKOMITE,Ingingo ya 15,"Nta muyobozi cyangwa umukozi uzategeka, uzakurikiza, uzemerera cyangwa uzihanganira kwihanganira igihano cyahabwa umuntu cyangwa umuryango runaka kubera guha amakuru Agakomite gakumira cyagwa intumwa zako, ayo makuru yaba ari yo cyangwa atari yo kandi uwo muntu cyangwa umuryango batanze amakuru ntibagomba kurenganywa mu buryo ubwo ari bwo bwose.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU: INSHINGANO Z’AGAKOMITE,Ingingo ya 16,"1. Agakomite gakumira gashyikiriza igihugu kiri aya Masezerano y’Inyongera imyanzuro yako n’inama gatanga mu buryo bw’ibanga, kandi kakabishyikiriza byaba n’Urwego rukumira bireba. ngombwa rw’igihugu 2. Agakomite gakumira gashobora gutangaza raporo yako hamwe n’ibyo igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba kiyivugaho, iyo icyo gihugu kibisabye. Iyo igihugu bireba kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gitangaje igice cya raporo, Agakomite gakumira gashobora gutangaza iyo raporo yose cyangwa igice cyayo. Ariko nta makuru yerekeye ku muntu ashobora gutangazwa uwo bireba atabyemeye ku buryo bweruye. 3. Agakomite gakumira gashyikiriza Komite ishinzwe kurwanya iyicarubozo raporo yako y’umwaka y’ibikorwa. 4. Iyo igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kitemeye gukorana n’Agakomite gakumira hashingiwe ku biteganywa mu ngingo ya 12 n’iya 14, cyangwa kikanga gufata ingamba zigamije gukosora ibitameze neza byagaragajwe mu byifuzonama byatanzwe n’Agakomite gakumira, Komite ibisabwe n’Agakomite gakumira ishobora gufata icyemezo, hashingiwe ku bwiganze bw’amajwi y’abayigize kandi imaze kubaza igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba icyo kibivugaho, cyo kugira icyo ibitangazaho mu ruhame cyangwa y’Agakomite. igatangaza raporo",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV: URWEGO RW’IGIHUGU RUKUMIRA,Ingingo ya 17,"Mu gihe kitarenze umwaka umwe aya Masezerano y’Inyongera atangiye gukurikizwa cyangwa nyuma yo kwemezwa burundu cyangwa igihugu cyemeye kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kigomba kugumishaho, guha inshingano cyangwa gushyiraho urwego rumwe cyangwa nyinshi rufite inshingano zo kurwanya iyicarubozo ku rwego rw’igihugu. Inzego zashyizweho ku nzego zegerejwe abaturage na zo zishobora gufatwa nk’inzego zishinzwe gukumira ku rwego rw’igihugu hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera mu gihe zubahirije ibyo ateganya.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV: URWEGO RW’IGIHUGU RUKUMIRA,Ingingo ya 18,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byiyemeje guha ubwigenge inzego z’igihugu zikumira mu gihe zikora inshingano zazo bw’abakozi bazo. 2. ndetse n’ubwigenge Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byiyemeje kandi gufata ingamba zikwiye mu rwego rwo gufasha impuguke z’izo nzego kugira ubushobozi n’ubumenyi bikenewe mu rwego rw’akazi. Bigomba guharanira uburinganire bw’ibitsina no guhagararirwa gukwiye kw’amoko n’amatsinda ya banyamuke ari mu gihugu. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byiyemeje gutanga uburyo bukenewe kugira ngo inzego zashyizweho zikore. 4. Mu gushyiraho inzego zishinzwe gukumira, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bisabwa kuzirikana amahame ajyanye na sitati y’inzego z’igihugu zifite inshingano zo guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV: URWEGO RW’IGIHUGU RUKUMIRA,Ingingo ya 19,"Inzego z’igihugu zikumira zigomba kugira nibura ububasha bwo: a) Gusuzuma buri gihe uko abantu bafunzwe bafatwa aho bafungiwe nk’uko biteganywa mu ngingo ya 4, hagamijwe gushimangira, aho bikenewe, ibijyanye no kubarinda iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro. b) Kugira inama inzego bireba, zigamije kurushaho kunoza uburyo abafunzwe bafatwa n’uko babayeho no gukumira iyicarubozo n’ibindi bikorwa cyangwa ibihano by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro; hashingiwe ku mategeko abigenga y’Umuryango w’Abibumbye. c) Gutanga ibitekerezo n’ibyifuzo ku mategeko ariho cyangwa ku mishinga y’amategeko.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV: URWEGO RW’IGIHUGU RUKUMIRA,Ingingo ya 20,"Mu rwego rwo gufasha inzego zikumira kuzuza inshingano zazo, ibihugu bihuriye kuri aya masezerano byiyemeje kuziha: a) ikaze ku makuru yose ajyanye n’umubare w’abantu bafunzwe bari ahantu hagenewe gufungirwa nk’uko bisobanurwa mu ngingo ya 4 n’umubare w’ahantu hafungirwa abantu hose n’aho haherereye; b) ikaze ku makuru ajyanye n’uburyo bafatwa ndetse n’uko bafunzwe; c) ikaze ahantu hose hafungirwa abantu no ku bikoresho birimo; d) umwanya wo kugirana ibiganiro n’imfungwa mu muhezo, nta wundi muntu uhari, byaba bitaziguye cyangwa bifashishije umusemuzi aho ari ngombwa, cyangwa se kimwe n’undi muntu urwego rubona ko ashobora gutanga amakuru akenewe; e) Uburenganzira bwo guhitamo aho gusura n’abantu inzego zikumira zagirana na bo ibiganiro; f) Uburenganzira bwo kuvugana n’Agakomite gakumira, kukoherereza amakuru no guhura na ko.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV: URWEGO RW’IGIHUGU RUKUMIRA,Ingingo ya 21,"1. Nta Muyobozi cyangwa Urwego rwemerewe gutegeka, gutanga, kwemerera cyangwa kwihanganira igihano cyahabwa umuntu cyangwa umuryango runaka kubera guha amakuru urwego rw’igihugu rukumira, ayo makuru yaba ari yo cyangwa atari yo; kandi uwo muntu cyangwa umuryango batanze amakuru ntibagomba kurenganywa mu buryo ubwo ari bwo bwose. 2. Amakuru y’ibanga urwego rukusanya abikwa neza. Nta makuru yerekeye umuntu ku giti cye agomba gutangazwa nyirayo atabyemeye.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV: URWEGO RW’IGIHUGU RUKUMIRA,Ingingo ya 22,Abayobozi b’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera babifitiye ububasha basuzuma ibyifuzonama by’Urwego rw’igihugu rukumira kandi bakaganira na rwo ku ngamba zafatwa hagamijwe kureba uko byashyirwa mu bikorwa.,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV: URWEGO RW’IGIHUGU RUKUMIRA,Ingingo ya 23,Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byiyemeje gutangaza no gukwirakwiza raporo z’umwaka zikorwa n’Urwego rw’igihugu rukumira.,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA V: ITANGAZO,Ingingo ya 24,"1. Mu gihe cyo kwemeza burundu aya Masezerano y’Inyongera, ibihugu biyahuriyeho bishobora gutangaza isubikwa ry’ishyirwa mu bikorwa ry’inshingano ziteganywa mu gice cya III cyangwa icya IV cy’aya Masezerano y’Inyongera. 2. Iryo subikwa ry’ishyirwa mu bikorwa rigira agaciro mu gihe kitarenze imyaka itatu. Nyuma y’uko igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gikora ibikenewe nkuku bigomba na nyuma yo kubiganiraho n’Agakomite gakumira, Komite ishinzwe kurwanya iyicarubozo ishobora kongera icyo gihe ho imyaka ibiri.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VI: IBYEREKEYE INGENGO Y’IMARI,Ingingo ya 25,1. Amafaranga akoreshwa mu mirimo y’Agakomite gakumira kashyizweho hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera yishyurwa n’Umuryango w’Abibumbye. 2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye agenera Agakomite gakumira abakozi n’ibikoresho bikenewe kugira ngo gashobore kuzuza neza inshingano zako nk’uko biteganywa muri aya Masezerano y’Inyongera.,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VI: IBYEREKEYE INGENGO Y’IMARI,Ingingo ya 26,"1. Hashingiwe ku buryo bukwiye bukoreshwa n’Inteko Rusange, hashyizweho Ikigega cyihariye kigomba gucungwa hashingiwe ku mategeko agenga imicungire y’imari y’Umuryango w’Abibumbye, kugira ngo gitere inkunga ishyirwa mu bikorwa ry’ibyifuzonama Agakomite gakumira gaha igihugu nyuma yo kugisura kimwe na gahunda zo kubaka ubushobozi bw’inzego z’igihugu zikumira. 2. Ikigega cyihariye gishobora guterwa inkunga n’imisanzu itangwa ku bushake na za Guverinoma, imiryango ihuza za Guverinoma, imiryango itari iya Leta kimwe n’izindi nzego zigenga cyangwa za Leta.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 27,"1. Aya Masezerano y’Inyongera yemerewe gushyirwaho umukono n’igihugu icyo ari cyo cyose cyashyize umukono ku Masezerano. 2. Aya Masezerano y’Inyongera ashobora kwemezwa burundu n’igihugu icyo ari cyo cyose cyemeje burundu Amasezerano cyangwa cyemeye kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. Inyandiko zemeza burundu aya Masezerano y’Inyongera zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 3. Aya Masezerano y’Inyongera yemerera igihugu kuba kimwe mu biyahuriyeho igihugu icyo ari cyo cyose cyemeje burundu cyangwa cyemeye kuba kimwe mu bihugu bihuriye ku Masezerano. 4. Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bikorwa binyuze mu gushyikiriza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye inyandiko yemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. 5. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera buri nyandiko yose yakiriye iyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 28,"1. Aya Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu nyuma y’uko Umunyamabanga w’Umuryango w’Abibumbye Mukuru yakiriye inyandiko ya makumyabiri iyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho.2. Kuri buri gihugu gishyikirije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye inyandiko yemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera nyuma y’uko Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yakiriye inyandiko ya makumyabiri, kuri icyo gihugu aya Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu nyuma yo gutanga inyandiko yacyo. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 29,"Ibiteganywa muri aya Masezerano y’Inyongera bikurikizwa nta gabanya cyangwa irengayobora na rimwe, ku bice byose bigize Leta zihurijwe hamwe.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 30,Nta kwifata kwemewe ku ngingo n’imwe y’aya Masezerano y’Inyongera.,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 31,"Ibiteganywa muri aya Masezerano y’Inyongera ntibizabangamira inshingano igihugu kiri muri aya Masezerano gifite zishingiye ku masezerano yo mu rwego rw’akarere ashyiraho uburyo bwo gusura ahafungirwa abantu.Agakomite gakumira n’inzego zashyizweho hashingiwe kuri ayo masezerano yo mu rwego rw’akarere zishishikarizwa gukorana no kujya inama hagamijwe kwirinda gutatanya imbaraga no kwimakaza nyakuri intego z’aya Masezerano y’Inyongera. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 32,"Ibiteganywa muri aya Masezerano y’Inyongera ntibibangamira inshingano ibihugu bifite zishingiye ku Masezerano mpuzamahanga y’i Jeneve yo ku wa 12 Kanama 1949 n’Amasezerano y’Inyongera yo ku wa 08 Kamena 1977 bijyanye, cyangwa ngo bibangamire uburenganzira buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gifite bwo gusaba Komite Mpuzamahanga y’Umuryango Utabara Imbabare gusura ahafungirwa abantu mu bihe bidateganywa n’amategeko mpuzamahanga arengera abantu mu bihe by’intambara.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 33,"1. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kuyivanamo igihe icyo ari cyo cyose hakoreshejwe inyandiko imenyesha yandikirwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Umunyamabanga Mukuru nawe abimenyesha ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera no ku Masezerano. Ukwivana mu Masezerano y’Inyongera bigira agaciro nyuma y’umwaka umwe uhereye igihe bimenyesherejwe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 2. Uko kwivana mu Masezerano y’Inyongera ntibisonera igihugu kiyarimo bireba inshingano gifite zishingiye kuri aya Masezerano y’Inyongera, ku bijyanye n’ibikorwa cyangwa ibibazo byabaho mbere y’uko ukuyivanamo bigira agaciro, cyangwa ngo bibangamire icyemezo icyo ari cyo cyose Agakomite kemeje cyangwa gashobora kwemeza gufatira icyo gihugu kirebwa; nta nubwo kandi bibangamira na gato gukomeza isuzumwa ry’ikibazo kireba icyo gihugu Agakomite gakumira kaba karatangiye gusuzuma mbere y’uko uko kwivanamo kugira agaciro. 3. Uhereye umunsi ukwivanamo kugirira agaciro, Agakomite gakumira ntigashobora gutangira kugira ibyo gasuzuma kuri icyo gihugu.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 34,"1. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora gutanga icyifuzo cyo kuvugurura aya Masezerano y’Inyongerakibimenyesheje Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Umunyamabanga Mukuru amenyesha icyo cyifuzo ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera abisaba kugaragaza niba bishyigikiye ko haba inama ibihuza igasuzuma kandi igatorera uko kuvugururwa. Iyo mu gihe cy’amezi ane kimwe cya gatatu cy’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bigaragaje ko bishyigikiye ko habaho iyo nama, Umunyamabanga Mukuru atumiza iyo Nama mu izina ry’Umuryango w’Abibumbye. Ivugururwa ryose ryemejwe na bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byitabiriye inama kandi bitora rishyikirizwa ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera, kugira ngo biryemeze, bikozwe n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 2. Ivugururwa ryemejwe hakurikijwe ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ritangira gukurikizwa iyo rimaze kwemerwa na bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera hakurikijwe inzira ziteganywa mu mategeko nshinga yabyo.3. Iyo amavugururwa atangiye gukurikizwa, akurikizwa n’ ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byayemeye, mu gihe ibindi bihugu bikomeza gukurikiza ibiteganywa muri aya Masezerano y’Inyongera n’irindi vugururwa ryose riribanziriza byaba byaremeye. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 35,"Abagize Agakomite gakumira n’abagize urwego rw’igihugu rukumira bahabwa uburenganzira bwihariye n’ubudahangarwa bikenewe kugira ngo barangize inshingano zabo mu bwigenge. Abagize Agakomite gakumira bahabwa uburenganzira bwihariye n’ubudahangarwa biteganywa mu ngingo ya 22 y’Amasezerano y’Umuryango w’Abibumbye yo ku wa 13 Gashyantare 1946 yerekeye Uburenganzira bwihariye n’Ubudahangarwa by’Umuryango w’Abibumbye, haseguriwe ibiteganywa n’icyiciro cya 23 cy’ayo Masezerano.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 36,"Iyo abagize Agakomite gakumira basura igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera, bitabangamiye ibiteganywa n’ikigamijwe n’aya Masezerano y’Inyongera n’ubundiburenganzira bwihariye n’ubudahagarwa bemerewe, basabwa: a) Kubaha amategeko kimwe n’amabwiriza bikoreshwa mu igihugu bajyamo; b) Kwirinda igikorwa cyose kinyuranyije n’amahame yo kutabogama n’imiterere mpuzamahanga y’akazi kabo; ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE KURWANYA IYICARUBOZO N’IBINDI BIKORWA CYANGWA IBIHANO BY’UBUGOME, BYA KINYAMASWA CYANGWA AGACIRO BITESHA UMUNTU",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VII: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 37,"1. Aya Masezerano y’Inyongera yanditswe mu ndimi z'Icyarabu, Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n’Icyesipanyolo, zose zinganya agaciro, abikwa n'Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye. 2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yoherereza ibihugu byose inyandukuro zihuje n’umwimerere z’aya Masezerano y’Inyongera.",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya mbere: Inshingano zihariye za Komisiyo ku bijyanye no kurengera uburenganzira bwa muntu,"Ingingo ya 6 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu ihinduwe ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,"Ingingo ya 2: Inshingano zihariye za Komisiyo ku bijyanye no gukumira iyicarubozo n’ibindi bihano cyangwa ibikorwa by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro","Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ryongewemo ingingo ya 6 bis yanditswe ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,"Ingingo ya 3: Ububasha bwihariye bwa Komisiyo ku bijyanye no gukumira iyicarubozo n’ibindi bihano cyangwa ibikorwa by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro","Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ryongewemo ingingo ya 7 bis yanditswe ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 4: Abagize Inama y’Abakomiseri n’ibyo bagomba kuba bujuje,"Ingingo ya 17 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu ihinduwe ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 5: Aho Abakomiseri baturuka,"Ingingo ya 18 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu ihinduwe ku buryo bukurikira: “Abakomiseri baturuka:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 6: Ibigomba kubahirizwa mu guhitamo abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri,"Ingingo ya 20 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu ihinduwe ku buryo bukurik",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 7: Iyemezwa ry’Abakomiseri muri Sena,"Ingingo ya 21 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu ihinduwe ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 8: Manda y’Abakomiseri,"Ingingo ya 23 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu ihinduwe ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 9: Isimburwa ry’Umukomiser,"Ingingo ya 27 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 10: Manda y’Abakomiseri bari basanzweho,"Ingingo ya 43 y’Itegeko n° 19/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena inshingano, imiterere n’imikorere bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu ihinduwe ku buryo bukurikira:",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,"Ingingo ya 11: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 12: Ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko,Ingingo ya 13: Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa,NA "ITEGEKO N° 61/2018 RYO KU WA 24/08/2018 RIHINDURA ITEGEKO N° 19/2013 RYO KU WA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",NA,NA,NA,Ingingo ya 13: Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda Kigali, ku wa 24/08/2018",NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 1,1. Nta muntu n’umwe uri mu bubasha bw’igihugu kiri muri aya Masezerano uzahanishwa igihano cyo kwicwa.,NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 2,"1. Nta kwifata kwakirwa kuri aya Masezerano y’Inyongera, uretse ukwifata gukozwe mu gihe cyo kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho guteganya ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cyo kwicwa mu bihe by’intambara bitewe no guhabwa igihano kuri kimwe mu byaha by’indengakamere byo mu rwego rwa gisirikari gikozwe mu bihe by’intambara.",NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 3,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bizerekana, muri raporo byoherereza Komite y’Uburenganzira bwa Muntu hakurikijwe ingingo ya 40 y’Amasezerano Mpuzamahanga yerekeye",NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 4,"Ku birebana n’ibihugu biri mu Masezerano mpuzamahanga yerekeye uburenganzira mu by’imbonezamubano no mu bya politiki, byakoze itangazo riteganywa n’ingingo ya 41, ububasha Komite y’uburenganzira bwa muntu yemererwa bwo kwakira no gusuzuma ibirego bitangwa n’igihugu kiri muri aya Masezerano kigaragaza ko ikindi gihugu na cyo kiyarimo",NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 5,"Ku birebana n’ibihugu biri mu Masezerano ya mbere y’Inyongera adahatirwa ku Masezerano Mpuzamahanga yerekeye uburenganzira mu by’imbonezamubano no mu bya politiki yemejwe ku wa 16 Ukuboza 1966, u",NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 6,1. Ibiteganywa muri aya Masezerano y’Inyongera bikurikizwa nk’ingingo Masezerano. z’inyongera ku,NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingoya 7,1. Aya Masezerano y’Inyongera yemerewe gushyirwaho umukono n’igihugu icyo ari cyo cyose cyashyize umukono ku Masezerano.,NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 8,1. Aya Masezerano azatangira gukurikizwa hashize amezi atatu nyuma y’itariki inyandiko ya cumi,NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 9,Ibiteganywa muri aya Masezerano y’Inyongera bikurikizwa uko byakabaye mu bice byose bigize za Leta zihuje nta gabanya cyangwa irengayobora na rimwe rikozwe.,NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 10,Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose byavuzwe mu gika cya mbere cy’ingingo ya 48 y’Amasezerano ibi bikurikira:,NA AMASEZERANO YA KABIRI Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI AGAMIJE IVANWAHO RY’IGIHANO CYO KWICWA,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingoya 11,"1. Aya Masezerano akozwe mu nyandiko zinganya agaciro ziri mu ndimi z’Icyongereza, Icyarabu, Igishinwa, Icyesipanyolo, Igifaransa n’Ikirusiya, azabikwa mu ishyinguranyandiko z’Umuryango w’Abibumbye.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya mbere,"Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, bihuriye kuri aya Masezerano, byemeye uburenganzira, inshingano n’ubwisanzure biyavugwamo kandi byiyemeje gufata ingamba zo mu rwego rw’amategeko",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 2,"Buri byatuma muntu wese yemerewe gukoresha uburenganzira n’ubwisanzure bwemewe kandi burengerwa n’aya Masezerano nta vangura iryo ari ryo ryose, nk’iryaba rishingiye ku bwoko, ku isano muzi, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, ku bitekerezo bya politik",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 3,1. Abantu y’amategeko. bose barareshya imbere 2. Abantu bose bafite uburenganzira bungana bwo kurindwa n’amategeko.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 4,Umuntu ni indahungabanywa. Umuntu wese afite uburenganzira bw’uko ubuzima bwe bwubahwa kimwe n’ubwo kudahungabanywa,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 5,"Umuntu wese afite uburenganzira bwo kubahirwa agaciro ka kamere muntu no kwemerwa ko kugira ubuzima gatozi kwe. Uburyo bwose bwo kunyunyuza imitsi no gutesha abantu agaciro nko kubagira abacakara, gucuruza abantu, iyicarubozo",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 6,Buri muntu wese afite uburenganzira bwo kwishyira akizana no kugira umutekano ku giti cye. Ntawe ushobora kuvutswa ukwishyira ukizana kwe keretse mu bihe no mu buryo biteganyijwe n’amategeko.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 7,1. Buri muntu afite uburenganzira bwo kurenganurwa n’ubucamanza. burenganzira bukubiyemo ubwo:,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 8,"Umudendezo mu byerekeye umutimanama, kugira umwuga no gukora mu bwisanzure ibijyanye n’idini umuntu yishakiye biremewe. Uretse igihe bitewe n’impamvu z`ituze rusange rya rubanda ziteganywa n’amategeko, ntawe",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 9,"Umudendezo mu byerekeye umutimanama, kugira umwuga no gukora mu bwisanzure ibijyanye n’idini umuntu yishakiye biremewe. Uretse igihe bitewe n’impamvu z`ituze rusange rya rubanda ziteganywa n’amategeko,",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 10,"1. Buri muntu afite uburenganzira bwo kwishyira hamwe n’abandi mu mashyirahamwe, apfa gukurikiza ingingo z’amategeko zibigenga.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 11,"Buri muntu afite uburenganzira bwo guteranira hamwe n’abandi mu bwisanzure. Ubwo burenganzira bushobora kugabanywa gusa iyo ari ngombwa mu bihe biteganywa n’amategeko n`amabwiriza, ashyirwaho by`umwihariko, mu nyungu zo kubungabunga u",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 12,"1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kugenda nta nkomyi no gutura aho ashatse mu gihugu, apfa n’amategeko. gukurikiza ibiteganywa",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 13,"1. Abaturage bose bafite uburenganzira bwo kugira uruhare mu miyoborere y’igihugu cyabo, baba babukoresheje ubwabo cyangwa babinyujije ku babahagarariye bihitiyemo mu bwisanzure, hakurikijwe uko amategeko",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 14,"Uburenganzira ku mutungo buremewe. Ntawe ushobora kububangamira uretse mu gihe bigamije inyungu rusange z’igihugu cyangwa z’abaturage, kandi bigakurikiza amategeko yihariye abigenga.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 15,Umuntu wese afite burenganzira bwo gukora mu buryo bukwiye kandi bumunogeye kandi agahabwa umushahara ungana n’uw’abandi bakora akazi kamwe.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 16,1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kugira ubuzima bwiza ku mubiri no mu mitekerereze ashobora kugeraho.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 17,1. Umuntu wese afite uburenganzira ku burezi.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 18,"1. Umuryango ni wo muzi kamere n’ishingiro ry’imbaga y’abantu. Ugomba kurindwa na Leta, ari na yo igomba kwita ku mibereho myiza yawo.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 19,Abaturage b’ibihugu bose barareshya; bahabwa agaciro kamwe bakanagira uburenganzira bungana. Nta kintu na kimwe c,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 20,1. kw’abaturage bikozwe Abaturage bose bagize igihugu bafite uburenganzira bwo kubaho. Bafite uburenganzira budasaza kandi budakuka bwo kwigenera imibereho. Abaturage bigenera m,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 21,1. Abaturage bicungira ubukungu n’umutungo kamere byabo mu bwisanzure. Ubwo burenganzira bukoreshwa hagamijwe inyungu z’abaturage gusa. Nta na,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 22,"1. Abaturage b’ibihugu byose bafite uburenganzira ku iterambere mu bukungu, mu mibereho myiza no mu muco, hubahirizwa nyabyo ubwisanzure n’umwihariko byabo no kugira uruhare rungana ku byiza by’umurage rusange wa muntu.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 23,1. Abaturage bafite uburenganzira bwo kugira amahoro n’umutekano haba imbere mu gihugu cyangwa ku rwego mpuzamahanga. Ihame ry’ubwisungane n’imibanire ya gicuti rikubiye mu Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 24,Abaturage bose bafite uburenganzira ku mibereho ishimishije kandi mu ngeri zose ibereye iterambere ryabo.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 25,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bifite inshingano zo guteza imbere no kureba ko uburenganzira n’umudendezo biyakubiyemo byubahirizwa, byifashishije inyigisho, uburere n’isakaza, ndetse n’inshingano y",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 26,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bifite inshingano yo gushyigikira ubwigenge bw’inkiko no kwemerera ishyirwaho n’inoza ry’inzego zikwiye zo mu gihugu,",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa II: Inshingano,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 27,"1. Umuntu wese afite inshingano ku muryango, ku mbaga y’abantu, ku gihugu no ku yindi miryango yemewe n’amategeko, kimwe no ku Muryango mpuzamahang",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa II: Inshingano,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 28,"Umuntu wese afite inshingano yo kubaha no gufata kimwe abandi bantu nta vangura iryo ari ryo ryose, ndetse no kugirana na bo imibanire",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa II: Inshingano,IGICE CYA MBERE: UBURENGANZIRA N’INSHINGANO,Ingingo ya 29,"Umuntu kandi afite inshingano yo: 1. kubungabunga iterambere riboneye ry’umuryango no guharanira ko ushyira hamwe kandi ukubahwa, kubaha ababyeyi be igihe cyose, kubaha ibibatunga no kubagoboka mu",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 30,"Hashyizweho mu Muryango w’Ubumwe bwa Afurika Komisiyo Nyafurika ishinzwe Uburenganzira bwa Muntu n’ubw’Abaturage, yitwa “Komisiyo” ahakurikira hose,",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 31,"1. Komisiyo igizwe n’abantu cumi n’umwe batorwa mu Banyafurika bazwiho kwitwara neza, imico ndangabupfura, ubunyangamugayo no kutabogama, kandi bafite ubushobozi mu by’uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage, mu kubahitamo, hakitabwa by’umwihariko ku bantu bafite uburambe mu by’amategeko.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 32,Komisiyo ntishobora kubamo abantu barenze umwe bakomoka mu gihugu kimwe.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 33,"Abagize Komisiyo batorwa mu ibanga n’Inama y’Abakuru b’ibihugu n’aba Guverinoma, ishingiye ku rutonde rwatanzwe n’ibihugu",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 34,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gutanga abakandida batarenze babiri. Abakandida bagomba kuba bafite ubwenegihugu bwa kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. Iyo abakandida babiri batanzwe n’igihugu, umwe muri bo ntagomba kuba agikomokamo.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 35,"1. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika asaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byibura hasigaye amezi ane ngo habe amatora, gutanga abakandida bamamarizwa gushyirwa muri Komisiyo.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 36,"Abagize Komisiyo batorerwa manda y’imyaka itandatu, kandi bashobora kongera gutorwa. Icyakora, manda ya bane mu bagize Komisiyo batowe mu itora rya mbere imara imyaka ibiri gusa, naho iya batatu bandi ikamara imyaka ine",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 37,"Amatora ya mbere akimara kurangira, Perezida w’Inama y’Abakuru b’Ibihugu n’aba Guverinoma b’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika akoresha tombola kugira ngo hamenyekane amazina y’abagize Komisiyo barebwa n’ingingo ya 36",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 38,"Nyuma y’itora, abagize Komisiyo barahirira mu ruhame kuzatunganya neza kandi mu budahemuka imirimo bashinzwe nta ho babogamiye.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 39,"1. Iyo umwe mu bagize Komisiyo apfuye cyangwa akegura, Perezida wa Komisiyo ahita abimenyesha Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, na we agatangaza ko uwo mwanya udafite uwurimo uhereye igihe uwari u",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingoya 42,Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ashyiraho Umunyamabanga wa Komisiyo kandi akayiha abakozi n’uburyo bwo gutunganya neza inshingano zayo. Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika wishyura imishahara y’abo bakozi n’ibikenerwa mu kazi byose,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingoya 43,"Igihe abagize Komisiyo bari mu mirimo yabo, bagira uburenganzira bwihariye n’ubudahangarwa bigenerwa abadipolomate nk’uko biteganywa n`Amasezerano rusange yerekeye Uburenganzira bwihariye n’Ubudahangarwa by'Umuryango w’Ubumwe",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa mbere: Ishyirwaho n’imiterere bya Komisiyo Uburenganzira n’ubw’Abaturage Ingingo ya 30 Nyafurika bwa ishinzwe Munt,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 44,Ibihembo na za indamunite bigenerwa abagize Komisiyo biteganywa mu ngengo y’imari isanzwe y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa II: ububasha bwa Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 46,Komisiyo ishobora gukoresha uburyo bwose bw’iperereza bukwiye; ishobora nko kumva Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika n’undi muntu wese wagira icyo ayungura.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 47,"Iyo igihugu kiri muri aya Masezerano gifite ibimenyetso bihamya ko ikindi gihugu biyahuriyeho hari ingingo yayo cyica, gishobora kubimenyesha icyo gihugu mu nyandiko. Icyo kirego kinamenyeshwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika na Perezida wa Komisiyo. Mu gihe kitarenze amezi atatu, igihugu cyagejejweho ikirego na cyo kigeza ku gihugu cyacyohereje ibisobanuro byanditse kuri icyo kibazo, kandi igihe cyose bishoboka,",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 48,"Iyo mu gihe cy’amezi atatu uhereye ku itariki inyandiko y’umwimerere yashyikirijwe y’ikirego igihugu igenewe, ikibazo kitabonewe igisubizo kinogeye ibihugu byombi binyuze mu nzira z’imishyikirano cyangwa m",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 49,"Hatitawe ku biteganyijwe mu ngingo ya 47, iyo igihugu kiri muri aya Masezerano gihamya ko ikindi gihugu na cyo kiyarimo kitubahirije ingingo zayo, gishobora kubiregera mu buryo butaziguye Komisiyo kigeza ikirego kuri Perezida wa Komisiyo, ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika no ku gihugu bireba",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 50,"Komisiyo ntishobora gusuzuma ikirego itabanje kureba neza ko inzira z’ijurira ziteganywa mu gihugu, iyo ziriho, zahetuwe, keretse iyo Komisiyo yiboneye ko guca muri izo nzira byari gutinza ku buryo budasanzwe ikemurwa ry’ikibazo",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 51,1. Komisiyo ishobora gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo kuyishyikiriza amakuru yose ya ngombwa.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 52,"Iyo Komisiyo yamaze guhabwa amakuru yose ibona ko ari ngombwa biturutse ku bihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi birebwa n’ikirego cyangwa ahandi aho ari ho hose, kandi yaragerageje inzira zose zishoboka z’ubwumvikane kugira ngo haboneke",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 53,"Mu gutanga raporo yayo, Komisiyo ishobora kugeza ku Nama y’Abakuru b’Ibihugu n’aba Guverinoma ibyifuzonama ibona bifite",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 54,Komisiyo igeza kuri buri Nama isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu n’aba Guverinoma raporo y’ibikorwa byayo.,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 55,"1. Mbere ya buri nama ya Komisiyo, Umunyamabanga wayo akora urutonde rw’ibirego bindi bitari iby’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, akabigeza ku bagize Komisiyo bakagaragaza ibirego bigomba gusuzumwa na Komisiyo.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 56,"Ibirego bivugwa mu ngingo ya 55 bishyikirijwe Komisiyo kandi byerekeranye n’uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage, ibisuzuma ari uko byujuje ibi bikurikira:",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 57,"Mbere yo gusuzuma ikirego mu mizi, Perezida wa Komisiyo abanza kukimenyesha igihugu icyo kirego kireba.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 58,"1. Iyo Komisiyo imaze gusuzuma ikirego igasanga hari inyandiko imwe cyangwa nyinshi zigaragaza ko hadutse ibintu bidasanzwe mu gihugu byerekana ko haba hari ibikorwa byinshi bikomeye cyangwa byibasiye abantu benshi bibangamiye uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage, Inama Komisiyo y’Abakuru ibimenyesha",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa III: Imikorere ya Komisiyo,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 59,"1. Ibyemezo byose bifashwe hashingiwe ku biteganywa muri uyu Mutwe, bikomeza kuba ibanga kugeza igihe Inama y’Abakuru b’Ibihugu n’aba Guverinoma ibigennye",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 60,"Komisiyo yifashisha amategeko mpuzamahanga yerekeye uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage, by’umwihariko nk`ibiteganywa mu masezerano nyafurika atandukanye yerekeye Uburenganzira bwa Muntu n’ubw’Abaturage, mu Masezerano",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 61,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje gutanga buri myaka ibiri, uhereye ku itariki aya Masezerano atangirira gukurikizwa, raporo y’ibyemezo byafashwe mu rwego rw’amategeko cyangwa mu rundi rwego, bigamije kubahiriza uburenganzira n’umudendezo byemewe kandi birengerwa",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 62,"1. Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono, kwemezwa burundu cyangwa kwemerera ibihugu kuba ibiyahuriyeho ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA II: INGAMBA Z’UBUSUGIRE,Ingingo ya 63,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje gutanga buri myaka ibiri, uhereye ku itariki aya Masezerano atangirira gukurikizwa, raporo y’ibyemezo byafashwe mu rwego rw’amategeko cyangwa mu rundi rwego, bigamije kubahiriza u",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA III: INGINGO RUSANGE,Ingingo ya 64,"1. Aya Masezerano agitangira gukurikizwa, hazakorwa amatora y’abagize Komisiyo mu buryo buteganywa n’ingingo zayo bireba.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA III: INGINGO RUSANGE,Ingingo ya 65,"Kuri buri gihugu mu bizemeza burundu aya Masezerano cyangwa ibiyahuriyeho gukurikizwa, nyuma aya bizemera y’uko Masezerano kuba atangiye atangira gukurikizwa kuri cyo, hashize amezi atatu gishyikirije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika inyandiko yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA III: INGINGO RUSANGE,Ingingo ya 66,"Amasezerano y’Inyongera yihariye ashobora, iyo bibaye ngombwa, kuzuza ibiteganyijwe muri aya Masezerano.",NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA III: INGINGO RUSANGE,Ingingo ya 67,Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika amenyesha ibihugu biwugize buri nyandiko yagejejweho yo kwemeza burundu aya Masezerano cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho,NA AMASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,Umutwe wa IV: Amahame akurikizwa,IGICE CYA III: INGINGO RUSANGE,Ingingo ya 68,Aya Masezerano ashobora kuvugururwa iyo kimwe mu bihugu biyahuriyeho cyandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika kibisaba. Inama y’Abakuru b’Ibihugu n’aba Guverinoma ishobora gusa gusuzuma,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,Agace ka III: Ubucakara n’imico n’imigirire bifitanye isano n’ubucakara,Ingingo ya 5,Mu gihugu aho ubucakara cyangwa imico n’imigirire bivugwa mu ngingo ya mbere y’aya Masezerano bitaracibwa burundu,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,Agace ka III: Ubucakara n’imico n’imigirire bifitanye isano n’ubucakara,Ingingo ya 6,"1. Igikorwa cyo gushyira undi mu bucakara cyangwa cyo gushishikariza undi guhara umudendezo we cyangwa uw’umuntu ashinzwe, kugira ngo ashyirwe mu bucakara, bifatwa nk’icyaha mu mategeko y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi abo",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA IV: IBISOBANURO BY’AMAGAMBO,Ingingo ya 7,"Muri aya Masezerano: a) Ubucakara bivuga, nk’uko bisobanurwa mu Masezerano yo mu wa 1926 yerekeye ubucakara, imimerere cyangwa uburyo umuntu abayemo butuma akorerwaho ibiranga uburenganzira ku mutungo cy",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA V: UBUFATANYE HAGATI Y’IBIHUGU BIHURIYE KURI AYA MASEZERANO NO GUHANAHANA AMAKURU,Ingingo ya 8,1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gufatanya hagati yabyo no gufatanya n’Umuryango w’Abibumbye mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ingingo zibanziriza iyi. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gushyikiriza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA VI: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 9,Nta kwifata gushobora gukorwa kuri aya Masezerano,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA VI: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 10,Impaka zose hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano zaba zerekeye isobanurwa,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA VI: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 11,1. Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono n’igihugu cyose kigize Umuryango w’Abibumbye cyangwa ishami ryihariye kugeza ku wa 01 Nyakanga 1957.,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA VI: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 12,"1. Aya Masezerano azakurikizwa no mu ntara zitarigenga bisesuye, iziri mu ndagizo, mu bukolonikimwe n’izindi ntara zitagengwa n’ikindi gihugu zihagarariwe n’ikindi gihugu kiri muri aya Masezerano mu rwego mpuzamahanga; igihugu kiri muri aya",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA VI: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 13,1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa uhereye ku itariki ibihugu bibiri bizaba byabaye ibiyahuriyeho.,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA VI: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 14,"1. Ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano rigabanyijwe mu bihe bikurikirana by’imyaka itatu, icya mbere kikazatangira ku munsi yatangiye gukurikizwaho hagendewe ku gika cya mbere cy’ingingo ya 13.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE GUCA BURUNDU UBUCAKARA, ICURUZWA RY’ABACAKARA N’ IMICO N’IMIGIRIRE BIFITANYE ISANO N’UBUCAKARA",AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,IGICE CYA VI: INGINGO ZISOZA,Ingingo ya 15,"Aya Masezerano yanditswe mu ndimi z’Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n’Icyesipanyolo, zinganya agaciro, azabikwa mu ishyinguranyandiko ry’Ubunyamabanga bw’Umuryango",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya Mbere : Ibisobanuro,"1.""Inama"" bisobanuye Inama y'Abakuru b'Ibihugu n’aba Guverinoma b'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; 2. ""Perezida"" bivuga Perezida w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; 3. ""Komisiyo"" bivuga Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; 4. ""Komiseri"" bivuga Komiseri ushinzwe amahoro n'umutekano muri Komisiyo y'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; 5. ""Amasezerano "" bivuga Amasezerano y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (OAU) yerekeye gukumira no kurwanya iterabwoba yemejwe n’inama ya 35 y’uyu Muryango yabereye muri Alijeriya muri Nyakanga 1999; 6. ""Igihugu kigize Umuryango"" bivuga igihugu icyo ari cyo cyose kigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; 7. ""Akanama gashinzwe Amahoro n'Umutekano (PSC)"" bisobanura Akanama gashinzwe Amahoro n'Umutekano k'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; 8. ""Gahunda y'ibikorwa"" bivuga gahunda y'ibikorwa by'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yo gukumira no kurwanya iterabwoba muri Afurika; 9. ""Amasezerano y’Inyongera"" bisobanuye aya Masezerano y’Inyongera ku Masezerano; 10. ""Uburyo bwo ku rwego rw’akarere"" bivuga uburyo bwo muri Afurika bwo gukumira, gucunga no gukemura amakimbirane nk'uko bwashyizweho n’Umuryango w’Ubukungu bw’Akarere; 11. ""Igihugu kiri muri aya Masezerano"" bisobanura igihugu icyo ari cyo cyose kigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe cyemeje burundu cyangwa cyemeye kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano; 12. ""Igikorwa cy’iterabwoba"" bivuga igikorwa icyo ari cyo cyose cy’iterabwoba nk'uko giteganywa mu ngingo ya 1 n’iya 3 z’Amasezerano; 13. ""Umuryango"" bivuga Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; 14. ""Intwaro za kirimbuzi"" bivuga ibikoresho bikoze mu binyabuzima, mu binyabutabire n’ibiturika hamwe n'uburyo bwo kubitanga. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2: Intego,"Aya Masezerano y’Inyongera yemejwe hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 21 y'Amasezerano nk’inyongera ku Masezerano. Intego yayo nyamukuru ni uguteza imbere ishyirwa mu bikorwa ry'Amasezerano no gushyira mu bikorwa ingingo ya 3 (d) y'Amasezerano y’Inyongera yerekeye ishyirwaho ry'Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe amahoro n'umutekano wa Afurika, ku bijyanye no guhuza imbaraga z'umugabane mu gukumira no kurwanya iterabwoba mu nzego zose zawo, no gushyira mu bikorwa andi mategeko mpuzamahanga bijyanye. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3: Ibyo ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera biharanira gushyira mu bikorwa mu buryo bwuzuye ibikubiye mu Masezerano. Byiyemeza kandi ibindi harimo: a) gufata ingamba zose zikenewe mu kurinda uburenganzira bw'ibanze bw'abaturage babyo mu bikorwa by'iterabwoba; b) kurinda kwinjira no gushinga imitwe y'iterabwoba ku butaka bwabyo; c) kugaragaza, gutahura, gufatira no guhagarika cyangwa gufata amafaranga n'umutungo uwo ari wo wose wakoreshejwe cyangwa watanzwe hagamijwe gukora igikorwa cy'iterabwoba no gushyiraho uburyo bwo gukoresha ayo mafaranga mu kwishyura abagizweho ingaruka n’ibikorwa by’iterabwoba cyangwa imiryango yabo ; d) gushyiraho imboni z’igihugu kugira ngo guhanahana amakuru ku mitwe y’iterabwoba n’ibikorwa byayo byoroshywe ku rwego rw’akarere, rw’umugabane no ku nzego mpuzamahanga, harimo ubufatanye bw’ibihugu mu guhagarika gutera inkunga iterabwoba; e) Gufata ingamba zikwiriye ku bacanshuro nk'uko byasobanuwe mu Masezerano y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (OAU) yo kurandura ubucanshuro muri Afurika, yemerejwe i Libreville, mu 1977, n'izindi nyandiko mpuzamahanga bifitanye isano; f) gushimangira ingamba zafashwe ku rwego rw’igihugu n’urw’akarere hakurikijwe amasezerano yakozwe ku rwego rw’umugabane no ku rwego mpuzamahanga yo gukumira abakora ibikorwa by’iterabwoba kubona intwaro za kirimbuzi; g) gufatanya n’umuryango mpuzamahanga gushyira mu bikorwa ibiteganyijwe ku rwego rw’umugabane no ku rwego mpuzamahanga bijyanye n’intwaro za kirimbuzi; h) gutanga raporo buri mwaka ku Kanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano, cyangwa muri ubwo buryo buhoraho nk’uko bigenwa n’Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano, ku ngamba zafashwe zo gukumira no kurwanya iterabwoba nk'uko biteganywa mu Masezerano, gahunda y’ibikorwa y’Umuryango w’Ubumwe bw’Ibihugu bya Afurika; no muri aya Masezerano y’Inyongera; i) gutanga raporo ku Kanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano y’ibikorwa byose by'iterabwoba byabereye mu bihugu byabo bikimara kuba; j) kuba mu masezerano yo ku rwego rw’umugabane no ku rwego mpuzamahanga yerekeye gukumira no kurwanya iterabwoba; no k) guhagarika itotezwa n'ibindi bikorwa by'ubugizi bwa nabi no kwambura ubumuntu, harimo ivangura n'ironda ruhu ku bakekwaho iterabwoba, bidahuje n'amategeko mpuzamahanga. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishyira mu bikorwa ibivugwa mu gika cya 1 haruguru hashingiwe ku masezerano yose arebana n'ibihugu bya Afurika n'amasezerano mpuzamahanga, hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 22 y'Amasezerano. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4: Uburyo bwo gushyira mu bikorwa,"Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano (PSC) gashinzwe guhuza imbaraga z'umugabane mu byerekeye gukumira no kurwanya iterabwoba. Mu gukurikirana iki gikorwa, aka Kanama (PSC) kagomba: (a) gushyiraho uburyo bwo gukusanya, gutunganya no gukwirakwiza amakuru; b) gushyiraho uburyo bwo koroshya guhanahana amakuru hagati y'ibihugu ku bijyanye n'imiterere y'ibikorwa by'iterabwoba bishobora kubaho n'ibikorwa by'imitwe y'iterabwoba no ku migirire itanga umusaruro ku kurwanya iterabwoba; (c) buri mwaka kugaragariza Inteko y’Umuryango raporo ku bijyanye n’uko iterabwoba ryifashe ku mugabane; d) gukurikirana, gusuzuma no gutanga ibitekerezo ku ishyirwa mu bikorwa ry’ibikorwa byateguwe na gahunda byemejwe n'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; e) gusuzuma raporo zose zatanzwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ku ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano y’Inyongera; no f) gushyiraho umuyoboro wo guhana amakuru n’imboni ku rwego rw'igihugu, urw'akarere no ku rwego mpuzamahanga ku iterabwoba. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5 : Uruhare rwa Komisiyo,"Iyobowe na Perezida wa Komisiyo kandi hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 10, igika cya 4 cy’Amasezerano y’Inyongera yerekeye ishyirwaho ry’Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano, Komiseri ushinzwe Amahoro n’Umutekano ashinzwe gukurikirana ibibazo bijyanye no gukumira no kurwanya iterabwoba. 2. Komiseri afashwa n'Urwego rwashinzwe mu ishami rishinzwe Amahoro n’Umutekano rwa Komisiyo n’Ikigo Nyafurika gishinzwe ubushakashatsi ku iterabwoba, kandi mu byo ashinzwe harimo: a) gutanga ubufasha mu bya tekiniki bujyanye no kubahiriza amategeko, harimo n’ibibazo bijyanye no kurwanya gutera inkunga iterabwoba, gutegura amategeko y’icyitegererezo n’amabwiriza hagamijwe gufasha ibihugu bigize uyu Muryango gushyiraho amategeko n’izindi ngamba zijyanye no gukumira no kurwanya iterabwoba; b) gukurikirana hamwe n'ibihugu bigize Umuryango w'Ubumwe bw' Uburayi ndetse n'inzego z'akarere ku ishyirwa mu bikorwa ry'ibyemezo byafashwe n'Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano n'izindi nzego z'Umuryango ku bibazo bifitanye isano n'iterabwoba; (c) gusuzuma no gutanga ibitekerezo bijyanye no kuvugurura gahunda z’Umuryango mu gukumira no kurwanya iterabwoba n’ibikorwa by’Ikigo Nyafurika gishinzwe ubushakashatsi ku iterabwoba; d) gukora no kubungabunga ububiko bw’amakuru ku bibazo bitandukanye bifitanye isano n’iterabwoba, harimo impuguke n’ubufasha bwa tekiniki buhari; e) gukomeza umubano n’imiryango yo mu karere n’imiryango mpuzamahanga n’izindi nzego bishinzwe ibibazo by’iterabwoba; no f) gutanga inama n’ibitekerezo ku bihugu bigize Umuryango hashingiwe ku bikenewe, ku buryo bwo kubona ubufasha bwa tekiniki n’amafaranga mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ingamba zo ku rwego rw’umugabane no ku rwego mpuzamahanga. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6: Uruhare rw’uburyo bukoreshwa ku rwego rw’akarere,Uburyo bwo ku rwego rw’akarere bufite uruhare rw’inyongera mu ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano y’Inyongera,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,n’Amasezerano. Mu bindi bikorwa bwiyemeza gukora harimo ibikurikira:,"a) gushyiraho amahuriro yo kurwanya iterabwoba ku rwego rw’akarere; b) gushyikirana na Komisiyo mu gushyiraho ingamba zo gukumira no kurwanya iterabwoba; c) guteza imbere ubufatanye ku rwego rw’akarere mu ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano y’Inyongera n’Amasezerano, hakurikijwe ingingo ya 4 y’Amasezerano; d) guhuza ingamba z’igihugu mu rwego rwo gukumira no kurwanya iterabwoba mu turere twabwo; e) gushyiraho uburyo bwo guhanahana amakuru ku bakoze ibikorwa by'iterabwoba no ku migirire myiza yo gukumira no kurwanya iterabwoba; f) gufasha ibihugu bigize Umuryango gushyira mu bikorwa ibiteganywa n’amategeko ku rwego rw’akarere, urwo ku mugabane cyangwa mpuzamahanga bigamije gukumira no kurwanya iterabwoba; no g) guha buri gihe Komisiyo raporo ijanye n’ingamba zafashwe ku rwego rw'akarere mu gukumira no kurwanya ibikorwa by'iterabwoba. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7: Gukemura amakimbirane,"Amakimbirane ayo ari yo yose cyangwa ukutumvikana hagati y'ibihugu bigize Umuryango bikomoka ku isobanura cyangwa ku gushyira mu bikorwa ibikubiye muri aya Masezerano y’Inyongera bikemurwa mu bwumvikane binyuze mu kugishanya inama hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bireba. Mu gihe gucyemura amakimbirane binaniranye hakurikijwe ibivugwa mu gaka ka 1 haruguru, buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kugeza icyo kibazo ku Nteko binyuze kuri Perezida, kugeza igihe hagitegerejwe ko Urukiko rw'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ruzatangira gukora, rufite ububasha kuri ayo makimbirane. Mu gihe igihugu kimwe kiri muri aya Masezerano y’Inyongera cyangwa byombi bitari ibigize Urukiko rw'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, kimwe cyangwa byombi bishobora koherereza izo mpaka mu Rukiko mpuzamahanga kugira ngo zikemurwe hakurikijwe ibiteganywa n’Amategeko Shingiro arugenga. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8: Kohererezanya abakurikiranweho ibyaha,"Ayo Masezerano y’Inyongera agize ishingiro ry’amategeko ryo kohererezanya abakurikiranweho ibyaha ku bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bidafitanye andi masezerano yo kohererezanya abakurikiranweho ibyaha. Iyo havutse impaka hagati y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera ku isobanurwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano asanzweho hagati y’ibihugu byombi, ibikubiye muri aya Masezerano ni byo byitabwaho ku bijyanye no kohererezanya abakurikiranweho ibyaha. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 9: Ishyirwa ry’umukono ku Masezerano y’Inyongera, kuyemeza burundu no kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho","Aya Masezerano y’Inyongera yemerewe gushyirwaho umukono, kwemezwa burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho n’ibihugu bigize Umuryango hakurikijwe inzira ziteganywa n'itegeko nshinga ryabyo. Kwemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bisaba kubanza kwemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye ku Masezerano bikozwe n'ibihugu birebwa. ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10: Gutangira gukurikizwa,Aya Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa mu gihe cy’iminsi mirongo itatu (30) nyuma yo kubika inyandiko ya cumi na gatanu (15) yo kwemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11: Amavugururwa,"Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora gusaba ko habaho ivugururwa/amavugururwa by’aya Masezerano y’Inyongera kibinyujije mu koherereza Komisiyo ubusabe bwanditse, na yo ikoherereza ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera ubwo busabe bw’amavugururwa yayo. Amavugururwa yemezwa ku bwiganze busanzwe bw’amajwi y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. Ivugururwa/Amavugururwa atangira gukurikizwa kuri buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera cyayemeye, hakurikijwe ibiteganywa n'itegeko nshinga ryacyo, amezi atatu nyuma y’uko Perezida wa Komisiyo yakiriye imenyesha ryo kuyemera ",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKEYE GUKUMIRA NO KURWANYA ITERABWOBA,amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12: Ushinzwe kubika Amasezerano y’Inyongera,"Aya Masezerano y’Inyongera n'inyandiko zose zo kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho bishyikirizwa Perezida wa Komisiyo, na we akoherereza inyandukuro ihuje n’umwimerere ibihugu byose bigize Umuryango kandi akabimenyesha ibijyanye n’amatariki yo kubika inyandiko ziyemeza burundu bikozwe n'ibihugu bigize Umuryango kandi akazayandikisha mu Muryango w'Abibumbye no mu wundi muryango uwo ari wo wose, nk’uko bishobora kwemezwa n'Umuryango",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA MBERE,Ingingo ya mbere,"1. Abaturage bose aho bava bakagera bafite uburenganzira bwo kwigenera imibereho. Bashingiye kuri ubwo burenganzira, bishyiriraho mu bwisanzure imitegekere igihugu kigenderaho kandi bagaharanira mubwisanzure iterambere mu by’ubukungu, mu mibereho myiza no mu muco. 2. Kugira ngo bagere ku ntego za bo, abaturage bose bashobora gukoresha mu bwisanzure ubukungu bwabo n’umutungo kamere wabo bitabangamiye inshingano zikomoka ku butwererane mpuzamahanga mu by’ubukungu bushingiye ku ihame ry’inyungu magirirane no ku mategeko mpuzamahanga. Nta na rimwe abaturage bashobora kuvutswa ibibabeshaho byabo bwite. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, birimo n’ibitegeka intara zitaragira ubwigenge busesuye kimwe n’intara z’indagizo, bigomba koroshya ishyirwa mu bikorwa ry’uburenganzira abaturage bafite bwo kwihitiramo uburyo bwo kubaho; bigomba kandi kubahiriza ubwo burenganzira nk’uko biteganywa mu Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA II,Ingingo ya 2,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje kubahiriza no guha abantu bose bari ku butaka bwabyo kandi bari mu bubasha bwabyo uburenganzira bwemewe muri ayaMasezerano, nta vangura iryo ari ryo ryose, nk’irishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, ku bitekerezo bya politiki cyangwa ibindi bitekerezo, ku gihugu cy’inkomoko cyangwa urwego rw’imibereho, ku mutungo, ku mavuko cyangwa ku yindi mimerere iyo ari yo yose. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikurikije uko Amategeko Nshinga yabyo abiteganya kimwe n’ibiteganywa muri aya Masezerano, byiyemeje gushyiraho uburyo butuma bifata ingamba zo mu rwego rw’amategeko cyangwa izindi zaba ngombwa zatuma uburenganzira bwemewe muri aya Masezerano bwubahirizwa mu gihe zaba zitarashyirwaho. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje: (a) kwishingira ko buri muntu wese uzaba yahutajwe mu burenganzira no mu kwishyira ukizana bye byemewe muri aya Masezerano ashobora kwitabaza urwego rufite ububasha bwo kumurenganura kabone nubwo iryo hutaza ryaba rikozwe n’abantu mu gihe bakora imirimo bashinzwe mu buryo bwemewe ; (b) kwishingira ko urwego rubifitiye ububasha, rwaba urw’ubucamanza, urw’ubutegetsicyangwa urushinga amategeko, cyangwa se urundi rwego rubifitiye ububasha hakurikijwe amategeko igihugu kigenderaho, rugira ibyemezo rufata ku burenganzira bw’uwo muntu usaba kurenganurwa, no gushyiraho inzira z’ubujurire mu nkiko; (c) kwishingira ko inzego zibifitiye ububasha zishyira mu bikorwa ugusaba kurenganurwa bwemejwe ko gufite ishingiro. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3,Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje kubahiriza uburenganzira bungana bw’umugabo n’umugore mu gukoresha uburenganzira bwose mbonezamubano n’ubwa politiki buvugwa muri aya Masezerano.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4,"1. Mu gihe cy’amage ashobora guhungabanya imibereho y’igihugu kandi byatangajwe mu buryo bwemewe, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, bishobora gufata ibyemezo, bibigabanyiriza inshingano bihabwa n’aya Masezerano ku rugero rwa ngombwa hakurikijwe uko ibintu byifashe, bipfa gusa kutanyuranya n’izindi nshingano zikubiye mu mategeko mpuzamahanga kandi ibyo byemezontibikurure ivangura rishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini cyangwa ku nkomoko. 2. Ibivugwa mu gika kibanziriza iki ntibitanga uburenganzira bwo gufata ibyemezo binyuranyije n’ingingo za 6, 7, 8 (igika cya mbere n’icya kabiri), 11, 15, 16 na 18. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikoresheje uburenganzira bwo kunyuranya n` ibiteganyijwe mu ngingo zimwe z’aya Masezerano bihita bimenyesha ibindi bihugu biyahuriyeho ingingo byemeje kunyuranya na zo n`impamvu bishingiraho, bibinyujije ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumye. Iyo ibihugu bihagaritse ibyo kunyuranya n`ibiteganyijwe mu ngingo zimwe z’aya Masezerano, bikora imenyesha rishya rinyuzwa na none ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumye, kuva ku itariki byabihagarikiyeho. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5,"1. Nta ngingo n’imwe muri aya Masezerano ishobora kumvikana nk’aho iha Leta, itsinda ry’abantu cyangwa umuntu ku giti cyeuburenganzira bwo kugira icyo bakora kigamije kuvanaho uburenganzira n’ukwishyira ukizana byemewe muri aya Masezerano cyangwa se kugira ibyo bugabanya birenze ibiyateganyijwemo. 2. Ntawemerewe kugabanya cyangwa kunyuranya n’uburenganzira bw’ibanze bwa muntu bwemewe cyangwa bwubahirizwa muri buri gihugu kiri muri aya Masezerano ashingiye ku mategeko, ku Masezerano Mpuzamahanga, ku mabwiriza cyangwa ku muco, yitwaje ko aya Masezerano ntacyo abuvugaho cyangwa ko abwemera ku rwego rwo hasi. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA III,Ingingo ya 6,"1. Umuntu wese afite uburenganzira karemano bwo kubaho. Ubwo burenganzira burengerwa n’amategeko. Nta muntu n’umwe ushobora kuvutswa ubuzima ku buryo budakurikije amategeko. 2. Mu bihugu bitarakuraho igihano cyo kwicwa, icyo gihano gishobora gutangwa gusa ku byaha bikomeye cyane, hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko ariho mu gihe icyo cyaha cyakorwaga kandi ntibigombakunyuranya n’ibiteganywa n`aya Masezerano, cyangwa se ngo binyuranye n’Amasezerano mpuzamahanga yerekeye ikumira n’ihana ry’Icyaha cya Jenoside. Icyo gihano gishyirwa mu bikorwa hashingiwe gusa ku rubanza rwaciwe burundu n’urukiko rubifitiye ububasha. 3. Iyo kuvutsa umuntu ubuzima bwe bigize icyaha cya Jenoside, birumvikana ko iyi ngingo idaha uburenganzira igihugu kiri muri aya Masezerano bwo kunyuranya mu buryo ubwo ari ubwo bwose n’inshingano zigomba gukurikizwa mu kubahiriza Amasezerano mpuzamahanga yerekeye Ikumira n’Ihana ry’Icyaha cya Jenoside. 4. Uwakatiwe igihano cyo kwicwa wese afite uburenganzira bwo gusaba imbabazi Umukuru w’igihugu cyangwa gusimbuza igihano cyo kwicwa ikindi gihano. Imbabazi zitanzwe n’itegeko, izitanzwe n’Umukuru w’igihugu cyangwa gusimbuza igihano cyo kwicwa ikindi gihano bishobora gutangwa igihe cyose. 5. Igihano cy’urupfu ntigishobora gukatirwa abakoze ibyaha batarageza ku myaka 18 kandi icyo gihano ntigishobora kurangizwa ku bagore batwite.6. Nta kintu na kimwe kivugwa muri iyi ngingo gishobora kwiyambazwa n’Igihugu kiri muri aya Masezerano kugira ngo gitinze cyangwa kubangamire ikurwaho ry’igihano cy’urupfu",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7,"Nta muntu ushobora gukorerwa iyicwarubozo, guhabwa ibihano cyangwa gukorerwa ibikorwa by’ubugome, bya kinyamanswa cyangwa bimutesha agaciro. By`umwihariko, nta muntu ugomba gukorerwaho igeragezwa mu rwego rw’ubuvuzi cyangwa rw’ubundi buhanga, atabyiyemereye.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8,"1. Nta muntu ugomba gushyirwa mu bucakara; ubucakara n’icuruza ry’abacakara birabujijwe mu buryo bwose byakorwamo. 2. Nta muntu ugomba gushyirwa mu buja. 3. (a) nta muntu ugomba gukoreshwa umurimo w’agahato; (b) agace ka (a) k’iki gika ntikagomba kumvikana nk’ibibuza, mu bihugu aho ibyaha bimwe bikomeye bihanishwa igihano cy’igifungo kigeretseho imirimo y’agahato,kurangiza igihano cy’imirimo y’agahato, gitegetswe n’Urukiko rubifitiye ububasha; (c) hakurikijwe ibivugwa muri iki gika, imirimo ikurikira ntibarirwa mu rwego rw’umurimo w’agahato : (i) umurimo wose utarebwa n’agace ka (b) ukoreshwa ku buryo busanzwe umuntu uri mu gifungo biturutse ku cyemezo cy’urukiko cyafashwe mu nzira zubahirije amategeko cyangwa se warekuwe by’agateganyo hashingiwe kuri bene icyo cyemezo; (ii) umurimo wose wa gisirikari, n’undi murimo wose ukorerwa igihugu, mu bihugu byemera ko umuntu afite uburenganzira bwo kwanga kuwukora bishingiye ku itegeko; (iii) umurimo wose utegetswe kubera impamvu itunguranye ntakumirwa cyangwa icyorezo cyugarije ubuzima cyangwa imibereho myiza y’abantu; (iv) umurimo wose cyangwa serivisi yose biri mu nshingano zisanzwe z’abaturage.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingoya 9,"1. Umuntu wese afite uburenganzira ku bwisanzure n’ubwo kugira umutekanow’ubumuntu bwe. Nta muntu ugomba gufatwa cyangwa gufungwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ntawe ushobora kuvutswa ubwisanzure bwe usibye gusa ku mpamvu no mu buryo biteganywa n’amategeko. 2. Umuntu wese ufashwe agomba kumenyeshwa impamvu ya byo mu gihe cy’ifatwa rye, kandi akamenyeshwa bidatinze icyaha cyose aregwa. 3. Umuntu wese ufashwe cyangwa ufunzwe by’agateganyo akurikiranweho icyaha gihanwa n’amategeko agomba mu gihe kigufi gushyikirizwa umucamanza cyangwa undi mutegetsi itegeko riha gukora umurimo w’ubucamanza kandi agomba gucirwa urubanza mu gihe kitarambiranye, bitaba ibyo akarekurwa. Gufungwa by’agateganyo abantu bategereje gucirwa imanza ntibigomba kuba ihame; icyakora gufungurwa by’agateganyo bishobora gusabirwa ingwate zemeza ko uwarekuwe azitaba mu gihe cy’iburana no mu yindi mihango yose yerekeye iburanisha, ndetse bibaye ngombwa no mu irangiza ry’urubanza. 4. Umuntu wese uvukijwe uburenganzira ku bwisanzure kubera gufatwa cyangwa gufungwa afite uburenganzira bwo kuregera urukiko kugira ngo rwemeze bidatinze niba ifungwa rye rikurikije amategeko, yaba afunzwe ku buryo bunyuranyije n’amategeko, rugategeka ko arekurwa. 5. Umuntu wese wahohotewe agafatwa cyangwa agafungwa ku buryo budakurikije amategeko afite uburenganzira bwo kubisabira indishyi.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10,"1. Umuntu wese uvukijwe uburenganzira ku bwisanzure agomba gufatwa kimuntu kandi agahabwa icyubahiro ikiremwamuntu. gikwiye 2. (a) abaregwa batarakatirwa, uretse mu bihe bidasanzwe, batandukanywa n’abakatiwe kandi bagafatwa mu buryo butandukanye buhuje n’imimerere y’abatarakatirwa ; (b) abana baregwa ibyaha bagomba gutandukanywa n’abantu bakuru kandi urubanza rwabo rukaburanishwa ku buryo bwihuse. 3. Amategeko agenga gereza ateganya uburyo abagororwa bagomba gufatwa bugamije cyane cyane kubafasha kwihana no kwitegura gusubira mu buzima busanzwe. Abana bafunzebagomba gutandukanywa n’abantu bakuru kandi bagafatwa mu buryo bukwiranye n’imyaka n`imimerere byabo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11,"Ntawe ushobora gufungwa bitewe gusa nokutagira ubushobozi bwo kubahiriza inshingano ituruka ku masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12,"1. Umuntu wese uri mu gihugu ku buryo bwemewe n’amategeko afite uburenganzira bwo kukigendamo nta nkomyi no kwihitiramo aho aba muri icyo gihugu. 2. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuva mu gihugu icyo ari cyo cyose, harimo n`icye. 3. Uburenganzira ntibushobora bumaze kuzitirwa, kuvugwa keretse iyo biteganyijwe n’amategeko kandi bigamije gusa kurinda umutekano w’igihugu, ituze rusange n’ubuzima bya rubanda cyangwa umuco mbonezabupfura, uburenganzira cyangwa se n’ukwishyira ukizana by’abandi, kandi bikaba bitabangamiye ubundi burenganzira bwemewe muri aya Masezerano.4. Nta muntu ushobora kuvutswa ku buryo bunyuranyije n’amategeko uburenganzira bwo kwinjira mu gihugu cye. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13,"Umunyamahanga uri mu gihugu kiri muri aya Masezerano mu buryo bukurikije amategeko ntashobora kwirukanwa bidashingiye ku mpamvu zo kurangiza icyemezo cyafashwe hakurikijwe amategeko; kandi, uretse igihe habonetse impamvu zikomeye z’umutekano w’igihugu, agomba kugira uburyo bwo gutanga impamvu zivuguruza ukwirukanwa kwe no gusaba ko ikibazo cye gisuzumwa n’urwego rubifitiye ububasha cyangwa kigasuzumwa n’umuntu umwe cyangwa benshi bahawe ububasha bwihariye n`urwo rwego, kandi akagira abamuhagararira mu gihe ikibazo cye gisuzumwa.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14,"1. Abantu bose barareshya imbere y’inkiko. Mu rwego rwo guca urubanza ku byaha aregwa cyangwa ku byerekeye uburenganzira n’inshingano ze mu by’imbonezamubano, umuntu wese afite uburenganzira bwo kuburanishwa mu buryo buboneye kandi mu ruhame n’Urukiko rubifitiye ububasharwashyizweho n’amategeko, rwigenga kandi rutabogamye. Urukiko rushobora gufata icyemezo cyo kuburanishiriza mu muhezo urubanza rwose cyangwa igice kimwe cyarwo bitewe no kurengera umuco mbonezabupfura, ituze rusange rya rubanda cyangwa umutekano w’igihugu kigendera kuri demokarasi cyangwa se bitewe no kurengera ubuzima bwite bw’ababuranyi cyangwa se na none bitewe n’uko urukiko rusanze ari ngombwa koko, rushingiye ku mpamvu zihariye z’urubanza zituma kuburanishiriza mu ruhame byabangamira ubutabera. Nyamara ariko urubanza rwose rw’inshinjabyaha cyangwa rw’imbonezamubano rucibwa mu ruhame, keretse igihe byakorwa ukundi bitewe no kurengera inyungu z’abana cyangwa se ikiburanwa cyerekeye amasezerano y’ishyingirwa cyangwa se ubwishingire bw’abana. 2. Umuntu wese uregwa icyaha giteganywa n’amategeko ahana afatwa nk’umwere kugeza igihe hemerejwe ko icyaha aregwa kimuhama hakurikijwe amategeko.3. Umuntu wese uregwa icyaha giteganywa n’amategeko ahana yemerewe ku buryo bungana n’ubw’abandi nibura uburenganzira bukurikira: kumenyeshwa vuba kandi ku buryo burambuye, mu rurimi yumva imiterere n’impamvu by’icyaha aregwa; (b) guhabwa igihe n’ibyangombwa akeneye kugira ngo ategure imyiregurire ye kandi ashobore kuvugana yihitiyemo; n’umwunganizi (c) kuburanishwa mu gihe kitarambiranye; (d) kwitaba ubwe mu rubanza no kwiburanira cyangwa kunganirwa n’umuburanira yihitiyemo; kumenyeshwa uburenganzira bwe bwo kugira umwunganira niba atamufite, , ndetse no kugenerwa umuburanira ku buntu mu gihe cyose biri mu nyungu z’ubutabera, kandi adafite n’uburyo bwo kumuhemba;. (e) kwibariza ubwe abatangabuhamya bamushinja cyangwa gusaba ko babazwa no kwemererwa ko abatangabuhamya bamushinjura na bo batumizwa bakabazwa mu buryo bamushinja; bumwe n’abatangabuhamya(f) guhabwa ku buntu umusemuzi niba atumva cyangwa atavuga ururimi rukoreshwa mu iburanisha; (g) kudahatirwa kwishinja icyaha cyangwa kwemera ibyo ashinjwa. 4. Imiburanishirize y’abana batarageza ku myaka y’ubukure buteganywa n’amategeko ahana yibanda ku myaka yabo no ku burere ngororamuco bakeneye. 5. Umuntu wese wahamijwe icyaha n’urukiko afite uburenganzira bwo kujuririra urukiko rwisumbuyeho kugira ngo rusuzume niba icyaha kimuhama ibyerekeye igihano amategeko abiteganya. kandi runasuzume yakatiwe, nk’uko 6. Igihe igihano cyemejwe burundu n’urukiko kivanyweho cyangwa uwakatiwe ahawe imbabazi n’Umukuru w’igihugu bitewe n’uko habonetse ibimenyetso bishya bigaragaza ko habayeho ikosa mu iburanisha, umuntu wakatiwe igihano muri urwo rubanza ahabwa indishyi, nk’uko amategeko abiteganya, keretse bigaragaye ko kuba ikimenyetso kitari kizwi kitaragaragariye igihe abifitemo uruhare rwose cyangwa igice cyarwo. 7. Nta muntu ushobora gukurikiranwa cyangwa guhanirwa icyaha yahanaguweho cyangwa icyaha yakatiweho burundu mu rubanza rwabaye ndakuka hakurikijwe amategeko n’imiburanishirize y’imanza z`inshinjabyaha bya buri gihugu. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15,"1. Nta muntu ushobora guhanwa mu gihe ibyo yakoze cyangwa yasabwaga gukora ntabikore bitari bigize icyaha hakurikijwe amategeko y’igihugu cyangwa amategeko mpuzamahanga igihe byakorwaga. Nta n’ushobora gukatirwa igihano gisumbye icyari giteganyijwe mu gihe yakoraga icyaha. Mu gihe nyuma y’uko icyaha gikozwe hashyizweho amategeko ateganya igihano cyoroheje kurushaho, uwakoze icyo cyaha agomba guhabwa igihano cyoroheje. 2. Nta kintu na kimwe muri iyi ngingo kibuza iburanishwa n’ihanwa ry’umuntu wakoze ikibujijwe cyangwa wanze gukora igitegetswe, byafatwaga nk’ibyaha igihe byakorwaga, hakurikijwe amahame rusange y’amategeko yemewe mu bihugu byose.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16,"Umuntu wese afite uburenganzira k’ukwemerwa k’ubuzimagatozi bwe, ahantu hose.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17,"1. Nta muntu ugomba kwinjirirwamo mu buryo bunyuranyije n’amategeko, mu buzima bwe bwite, ubw’umuryango we, urugo rwe cyangwa mu butumwa yohererezanya n’abandi; ndetse no gusagarirwa ku cyubahiro n’agaciro ahabwa mu bandi. 2. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kurengerwa n’Itegeko ku bw’ibyo bikorwa byo kwinjirirwamo cyangwa gusagarirwa.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18,"1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kwishyira akizana mu bitekerezo, mu mutimanama no mu byerekeye idini. Ubwo burenganzira bukubiyemo umudendezo wo kugira cyangwa kuyoboka idini cyangwa imyemerere yihitiyemo kandi akagira uburenganzira bwo kubigaragaza ari wenyine cyangwa ari kumwe n’abandi haba mu ruhamecyangwa ahiherereye, binyuze mu guterana n’imihango, imigenzo no mu nyigisho. 2. Ntawe ugomba gushyirwaho agahato gashobora kubangamira ubwisanzure bwe bwo kugira cyangwa kuyoboka idini cyangwa imyemerere yihitiyemo. 3. Nta kintu gishobora kugabanya ubwisanzure umuntu afite ku bitekerezo n’ukwemera kwe uretse icyaba giteganywa n’amategeko kandi kigamije kurengera umutekano, ituze rusange n’ubuzima bya rubanda, umuco mbonezabupfura cyangwa se ubwisanzure n’uburenganzira shingiro by’abandi; 4. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje kubahiriza bw’ababyeyi igihe ubwisanzure biteganyijwe, n`ubw`abishingizi bemewe n’amategeko, bwo guha abana babo uburere mu by’iyobokamana n’uburere mbonezabupfura bishingiye ku myemerere yabo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19,"1. Ntawe ushobora guterwa impungenge n’ibitekerezo bye. 2. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kugaragaza ibitekerezo bye, ubwoburenganzira bukubiyemo ubwigenge mu gushakashaka, guhabwa no gusakaza amakuru n’ibitekerezo by’uburyo bwose hatitawe ku mipaka y’ibihugu, hakoreshejwe imvugo, inyandiko zisanzwe, inyandiko zicapye cyangwa ubugeni cyangwa se ubundi buryo bwose yihitiyemo. 3. Ikoresha ry’uburenganzira buteganijwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo rijyana n’ibyo umuntu asabwa ndetse n’inshingano bidasanzwe. Ku bw’iyo mpamvu, ikoreshwa ryabwo rishobora gushyirirwaho impamvu zibugabanya, ariko nazo zigomba kuba ziteganyijwe n’amategeko ku buryo bweruye kandi ari ngombwa: (a) kugira ngo uburenganzira cyangwa agaciro by’abandi byubahirizwe; (b) kugira ngo hubahirizwe umutekano w’igihugu, ituze rusange , ubuzima cyangwa umuco ndangabupfura bya rubanda.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20,"1. Iyamamaza iryo ari ryo ryose ry’intambara ribujijwe n’amategeko. 2. Uburyo bwose bwo guhamagarira abantu kugira inzangano zishingiye ku bwenegihugu, ku bwoko cyangwa ku idini, bugamije gushoraabantu mu ivangura, mu makimbirane cyangwa mu rugomo bubujijwe n’amategeko.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Article 21,"Uburenganzira bwo kurema inama mu ituze buremewe. Nta kindi gishobora kuzitira ubwo burenganzira uretse ibiteganywa n’amategeko kandi bya ngombwa mu gihugu kigendera kuri demokarasi, bigamije kurengera umutekano w’igihugu cyangwa umudendezo wacyo, ituze rusange rya rubanda cyangwa kurinda ubuzima bw’abaturage cyangwa umuco ndangabupfura wabo cyangwa se kurinda uburenganzira n’ubwisanzure by’abandi.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 22,"1. Buri muntu afite uburenganzira bwo kwifatanya n’abandi nta nkomyi, harimo n’ubwo kurema ingaga no kuzinjiramo kugira ngo arengere inyungu ze. 2. Nta kindi gishobora kuzitira ubwo burenganzira uretse ibiteganywa n’amategeko kandi bya ngombwa, mu gihugu kigendera kuri demokarasi bigamije kurengera umutekano w’igihugu, cyangwa umudendezo wacyo, ituze rusange rya rubanda, kurinda ubuzima bw’abaturage cyangwa umuco ndangabupfurawabo cyangwa se kurinda uburenganzira n’ubwisanzure by’abandi. Iyi ngingo ntibuza gushyiraho ikumirwa rikurikije amategeko ku ikoreshwa ry’ubwo burenganzira bikozwe n’abagize ingabo na polisi. 3. Nta kintu na kimwe muri iyi ngingo cyemerera ibihugu bihuriye ku Masezerano yo mu wa 1948 y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Murimo yerekeye uburenganzira bwo kujya mu ngaga no kurengera uburenganzira bwo kwishyira hamwe, gufata ingamba zo mu rwego rw’amategeko zihungabanya, cyangwa gukoresha amategeko ku buryo buhungabanya, ubureganzira buteganyijwe muri ayo Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23,"1. Umuryango ni ishingiro kamere kandi ry’ibanze ry’imbaga y’abantu kandi ugomba kurengerwa n’iyo mbaga ndetse na Leta. 2. Uburenganzira bwo gushyingirwa no gushinga umuryango buremwe ku muhungu n’umukobwa bagejeje ku myaka yo gushyingirwa. 3. Ugushyingiranwa ntigushobora gukorwa hatari ubushake bwisanzuye kandi busesuye by’abashaka gushyingiranwa.4. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bifata ingamba zikwiriye uburenganzira hagamijwe gutuma n’inshingano by’abashyingiranywe bireshya mu gihe cy’ishyingirwa, mu mibanire yabo no mu gutana. Mu gihe habayeho ubutane, hafatwa ibyemezo bya ngombwa bigamije kurengera inyungu z’abana. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 24,"1. Buri mwana, nta vangura rishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, ku gihugu cyangwa umuryango umuntu akomokamo, ku mutungo cyangwa ku ivuko afite uburenganzira bwo kurengerwa n’umuryango we n’imbaga y`abantu ndetse na Leta hashingiwe ku kuba akiri umwana. 2. Buri mwana agomba guhita yandikwa kandi agahabwa izina akimara kuvuka. 3. Buri mwana afite uburenganzira bwo kugira ubwenegihugu",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 25,"Buri muturage afite uburenganzira n’amahirwe nta vangura na rimwe mu yavungwa mu ngingo ya 2, kandi nta kumirwa ry’ubwo burenganzira ku mpamvu zitumvikana bwo: (a) kugira uruhare mu miyoborere y’igihugu cye, yaba ku giti cye cyangwa abinyujije ku bamuhagarariye batowe mu bwisanzure; (b) gutora cyangwa gutorwa mu matora atarimo uburiganya ngarukagihe, akorwa n’abaturage bose kandi akozwe ku buryo banganya uburenganzira kandi mu ibanga, atanga ubwisanzure bwo kugaragaza ibyifuzo by’abatora; (c) kugira uburenganzira mu buryo rusange bunganya amahirwe, bwo kujya mu mirimo ya Leta y’igihugu cye.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 26,"Abantu bose barareshya imbere y’amategeko kandi bafite uburenganzira bwo kurengerwa n’amategeko ku buryo bungana nta kuvangura. Kubera izo mpamvu, amategeko agomba kubuza; gushyiraho uburyo bungana kandi buhamye bwo kurinda abantu bose ivangura ryose nk’iryaba rishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, kubitekerezo bya politiki n’ibindi bitekerezo, ku bwenegihugu cyangwa umuryango umuntu akomokamo, ku mutungo, ku mivukire cyangwa ku yindi mimerere iyo ariyo yose. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 27,"Mu bihugu birimo abantu bake bahuriye ku bwoko, ku idini cyangwa ku rurimi, abo bantu bake ntibashobora kuvutswa uburenganzira bafite, bahuriyeho n’abandi bo mu itsinda ryabo, bwo kugira ibikorwa ndangamuco, kwigisha no gukurikiza imigenzo y’idini ryabo bwite, cyangwa gukoresha ururimi rwabo bwite.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA IV,Ingingo ya 28,"1. Hashyizweho Komite y’uburenganzira bwa muntu (yitwa Komite muri aya Masezerano). Iyo Komite igizwe n’abantu cumi n’umunani kandi ifite inshingano zikurikira. 2. Komite igizwe n’abantu baturuka mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano, bakaba bagomba kuba abantu b’inyangamugayo kandibazwiho ubushobozi mu bijyanye n’uburenganzira bwa muntu, hakanitabwa ku nyungu zo kuba bamwe mu bagize Komite baba ari abantu bafite ubunararibonye mu bijyanye n’amategeko. 3. Abagize iyo Komite batorwa kandi baterana ku giti cyabo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 29,"1. Abagize Komite batorwa mu ibanga ku rutonde rw’abantu bujuje ibisabwa biteganyijwe mu ngingo ya 28, batangwa n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gutanga abantu batarenze babiri. Abo bantu bagomba kuba bakomoka muri icyo gihugu kibatanze. 3. Umuntu wari watanzwe ashobora kongera gutangwa.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 30,"1. Itora rya mbere riba mu gihe kitarenze amezi atandatu uhereye ku itariki aya Masezerano atangiriye gukurikizwa.2. Nibura amezi ane mbere y’uko itora ryose rya Komite riba, uretse itora rindi ryaba rigamije gusimbura umuntu mu mwanya hakurikijwe ingingo ya 34, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye asaba akoresheje inyandiko ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano gutangaza, mu gihe kitarenze amezi atatu, abakandida babyo bo gutorerwa kujya muri Komite. 3. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye akora urutonde rw’amazina y’abantu bose batanzwe hakurikijwe uko inyuguti zikurikirana, agaragaza n’ibihugu byabatanze, akayigeza ku bihugu bihuriye kuri aya Masezerano hasigaye nibura ukwezi kugira ngo amatora abe. 4. Abagize Komite batorerwa mu nama y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano itumizwa n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ku cyicaro cy’uwo Muryango. Muri iyo nama, umubare wa ngombwa w’abayigize ugomba kugera kuri bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano; abatorerwa kwinjira muri Komite ni abakandida bashoboye kubona amajwi menshi kurusha abandi kandi mu bwiganze burunduye bw’amajwi y’abahagarariyeibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bahari kandi batora. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 31,"1. Komite ntishobora kubamo abantu barenze umwe bakomoka mu gihugu kimwe. 2. Mu matora ya Komite, isaranganya ry’abakandida ryita ku bice bitandukanye by’isi, imiterere itandukanye y’isanzuramuco kimwe n`amategeko ibihugu bigenderaho y’ingenzi .",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 32,"1. Abagize Komite batorerwa manda y’imyaka ine. Bashora kongera gutorwa iyo bongeye gutangwa. Icyakora, ku bantu icyenda binjiye muri Komite mu itora rya mbere, manda yabo irangira hashize imyaka ibiri; Itora rya mbere rikimara kuba, amazina y’abo bantu icyenda atoranywa hakoreshejwe uburyo bwa tombola bikozwe n’Umuyobozi w’inama ivugwa mu gika cya 4 cy’ingingo ya 30. 2. Iyo manda batorewe irangiye hakorwa amatora hakurikijwe ibivugwa mu ngingo zibanza z’iki gice cy’Amasezerano.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 33,"1. Iyo bigaragajwe n’abandi bose bagize Komite ko umwe muri bo agize impamvu imubuza gukomeza imirimo ye itari ukutaboneka kw’igihe gito, Perezida wa Komite abimenyesha Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we agahita atangaza ko uwo mwanya udafite uwurimo. 2. Mu gihe umwe mu bagize Komite apfuye cyangwa yeguye, Umuyobozi wa Komite ahita abimenyesha Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we agatangaza ko umwanya udafite uwurimo guhera ku itariki urupfu rwabereye cyangwa ukwegura kugirira agaciro.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 34,"1. Iyo hatangajwe ko hari umwanya udafite uwurimo nk’uko biteganywa n’ingingo ya 33 kandi manda y’ugomba gusimburwa ikaba itazarangira mu mezi atandatu akurikira iyo tariki uwo mwanya udafite uwurimo watangarijweho, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye abimenyesha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, mu gihe cy’amezi abiri bikaba bishobora gutanga abakandida kuri uwo mwanya nk’uko biteganywa mu ngingo ya 29 mu rwego rwo kuwuzuza.1. Iyo hatangajwe ko hari umwanya udafite uwurimo nk’uko biteganywa n’ingingo ya 33 kandi manda y’ugomba gusimburwa ikaba itazarangira mu mezi atandatu akurikira iyo tariki uwo mwanya udafite uwurimo watangarijweho, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye abimenyesha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, mu gihe cy’amezi abiri bikaba bishobora gutanga abakandida kuri uwo mwanya nk’uko biteganywa mu ngingo ya 29 mu rwego rwo kuwuzuza. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 35,"Bimaze kwemerwa n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, abagize Komite bahabwa igihembo kivuye mu mutungo w’Umuryango w’Abibumbye ku buryo bugenwa n’Inteko Rusange, hitawe ku mirimo ikomeye iyo Komite ishinzwe.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 36,"Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye aha Komite abakozin’ibikoresho bya ngombwa byo kuyifasha kurangiza neza imirimo ishinzwe nk’uko iteganywa muri aya Masezerano.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 37,"1. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ahamagaza abagize Komite mu nama yayo ya mbere, ku cyicaro cy’uwo Muryango. 2. Nyuma y’inama yayo ya mbere Komite iterana igihe ishakiye hakurikijwe amategeko ngengamikorere yayo. 3. Inama za Komite zibera ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye cyangwa mu Ngoro y’Umuryango w’Abibumbye i Jeneve.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 38,"Mbere yo gutangira imirimo, buri wese mu bagize Komite agomba kurahira mu ruhame ko azarangiza imirimo ashinzwe nta kubogama kandi akurikije umutimanama we.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 39,"1. Abagize Komite bitoramo abagize Biro yayo batorerwa manda y’imyaka ibiri. Abagize Biro bashobora kongera gutorwa. 2. Komite ishyiraho amategeko ngengamikorere yayo; icyakora, ayo mategeko agomba kuba akubiyemo nibura ibikurikira: (a) umubare wa ngombwa kugira ngo inama iterane ni abantu cumi na babiri bagize Komite; (b) ibyemezo bya Komite bifatwa mu bwiganze bw’amajwi y’abayigize baje mu nama.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 40,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gutanga raporo ku byemezo byafashwe kandi bishyira mu bikorwa uburenganzira bwemewe muri aya Masezerano no ku ntambwe yatewe mu gukoresha ubwo burenganzira: (a) mu gihe kitarenze umwaka umwe uhereye ku itariki aya Masezerano yatangiriyeho gukurikizwa kuri buri gihugu kiyarimo mu bikireba;(b) no mu bihe bikurikiraho, uko Komite izajya ibisaba. 2. Raporo zose zohererezwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we akazoherereza Komite kugira ngo izisuzume. Raporo zigomba kugaragaza inzitizi n’ingorane, iyo bihari, bibangamira ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano. 3. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, amaze kugisha inama Komite, ashobora kugeza ku nzego zihariye bireba inyandukuro z’ibice bya raporo bifite aho bihuriye n’ibyo izo nzego zishinzwe. 4. Komite yiga raporo yashyikirijwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. Iyo Komite igeza kuri ibyo bihugu raporo zayo bwite, n’ibindi bitekerezo ibona ko bikwiye. Komite kandi ishobora koherereza Akanama k`Umuryango w`Abibumbye kita ku Bukungu n’Imibereho Myiza ibyo bitekerezo biherekejwe n`inyandukuro za raporo iba yagejejweho n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 5. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora gushyikiriza Komite icyo bitekereza ku bitekerezo byose bitangwa hakurikijwe igika cya 4 cy’iyi ngingo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 41,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano, gishobora gutangaza igihe cyose, hakurikijwe iyi ngingo, ko cyemeye ububasha bwa Komite bwo kwakira no gusuzuma ibirego byatanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano kimenyesha ko ikindi gihugu nacyo kiyarimo kituzuza inshingano zacyo ziyakubiyemo. Ibirego bitanzwe hakurikijwe iyi ngingo ntibishobora kwakirwa cyangwa gusuzumwa bidatanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano kandi cyatangaje ko cyemera, ku bikireba, ububasha bwa Komite. Nta kirego na kimwe Komite ishobora kwakira gitanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano kitakoze iryo tangazo. Imihango ikurikira ni yo ikurikizwa mu gusuzuma ibirego byakiriwe hakurikijwe iyi ngingo: (a) niba igihugu kiri muri aya Masezerano cyemeza ko ikindi gihugu biyahuriyeho kitayubahiriza, gishobora kucyibutsa binyuze mu nyandiko, kwita kuri icyo kibazo. Mu gihe cy’amezi atatu uhereye ku iyakirwa ry’icyo kirego, gishyikiriza igihugu igihugu cyabimenyeshejwe cyatanze ibirego ibisobanuro cyangwa indi nyandikomvugo muburyo bwanditse bisobanura neza icyo kibazo, bigomba kuba bikubiyemo mu buryo bushobotse bwose kandi bufite akamaro ibyerekeye amategeko yacyo agenga imiburanishirize n’inzira z’ubujurire zaba izakoreshejwe, izirimo n’izishobora gukoreshwa. zikoreshwa (b) iyo mu gihe cy’amezi atandatu uhereye ku itariki inyandiko y’umwimerere y’ikirego yagereye ku gihugu yohererejwe, ikibazo kitabonewe umuti ku buryo bubereye ibihugu byombi bihuriye kuri aya Masezerano, buri gihugu muri byo gifite uburenganzira bwo kugeza icyo kibazo kuri Komite, kikabimenyesha kandi igihugu kirebwa n’icyo kibazo. (c) Komite ntishobora gusuzuma ikibazo cyayishyikirijwe itaramara kubona ikiyemeza ko inzira zo kujurira zose ziriho mu gihugu zitabajwe kandi zahetuwe nk’uko biteganywa n’amahame y’amategeko mpuzamahanga yemewe muri rusange. Iri hame ntirikurikizwa iyo ibihe biteganyijwe mu nzira z’ubujurire zateganyijwe birenze ku buryo bukabije igihe kitarambiranye. (d) Komite iterana mu muhezo mu gihe isuzuma ibirego biteganyijwe muri iyi ngingo(e) haseguriwe ibiteganywa mu gace ka (c), Komite iha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’icyo kibazo abantu bo kubigira inama kugira ngo bibashe gufata umwanzuro byumvikanyeho ku kibazo gishingiye ku iyubahirizwa ry`uburenganzira bwa muntu n’umudendezo w’ibanze, nk’uko aya Masezerano abyemera. (f) mu kirego cyose ishyikirijwe, Komite ishobora gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ibibazo bivugwa mu gace ka (b) kuyishyikiriza ibisobanuro byose by`ingenzi byayifasha gukurikirana icyo kibazo. (g) ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ibibazo bivugwa mu gace ka (b) bifite uburenganzira bwo kohereza ababihagararira mu gihe Komite isuzuma ikirego no gutanga imyanzuro ya byo mu magambo cyangwa mu nyandiko, cyangwa muri ubwo buryo bwombi. (h) Komite igomba gutanga raporo mu gihe kitarenze amezi cumi n’abiri uhereye ku munsi yakiriyeho imenyesha ry`itangwa ry`ikirego rivugwa mu gace ka (b):(i) iyo igisubizo cyashoboye kuboneka binyuze mu nzira ziteganywa mu gace ka (e), icyo gihe Komite igaragaza gusa muri raporo yayo imiterere y’ikirego mu magambo ahinnye hamwe n’umwanzuro wabonetse. (ii) iyo nta mwanzuro wafashwe hakurikijwe ibivugwa mu gace ka (e), Komite yibanda gusa ku kwerekana muri raporo yayo imiterere y’ikirego mu magambo ahinnye, inyandiko ikubiyemo ibisobanuro byanditse hamwe n’inyandikomvugo y’ibindi bitekerezo byatanzwe n’ibihugu birebwa n’iki kibazo bikomekwa kuri raporo. Kuri buri kirego, raporo yohererezwa ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa. 2. Ibivugwa muri iyi ngingo bitangira gukurikizwa igihe ibihugu icumi bihuriye kuri aya Masezerano bizaba byarakoze itangazo riteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. tangazo Igihugu kiri muri aya Masezerano gishyikiriza iryo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we akoherereza inyandukuro zaryo ibihugu biyahuriyeho. Igihugu cyatanze itangazo gishobora kwisubiraho igihe icyo ari cyo cyose kibikoze mu imenyesha rishyikirijwe Umunyamabanga Mukuru. Uko kwisubiraho ntigutambamira isuzumwa ry’ikirego icyo ari cyo cyose cyatanzwe mbere yaho hakurikijwe ibiteganywa muri iyi ngingo; nta kindi kirego cy’igihugu kiri muri aya Masezerano cyamenyesheje ukwisubiraho cyongera kwakirwa kuva igihe Umunyamabanga Mukuru yabimenyesherejweho, keretse igihe icyo gihugu bireba cyongeye gutanga irindi tangazo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 42,"1. (a) Iyo ikibazo cyashyikirijwe Komite hakurikijwe ibiteganywa mu ngingo ya 41 kidashoboye gukemurwa mu buryo bunogeye ibihugu birebwa n’ikibazo bihuriye kuri aya Masezerano, Komite, ibanje ku byemererwa n’ibyo bihugu, ishobora gushyiraho Akanama k’Ubwunzi kadahoraho, (kitwa Akanama mu ngingo zikurikira). Akanama kitangira gufasha ibyo bihugu birebwa n’ikibazo kugira ngo haboneke umwanzuro wumvikanyweho ushingiye ku iyubahirizwa ry’aya Masezerano; (b) Akanama kagizwe n’abantu batanu bashyirwaho ku bwumvikane bw’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo. Iyo mu gihe cy’amezi atatu ibyo bihugu birebwa n’ikibazo bidashoboye kumvikana ku bantu bose cyangwa kuribamwe bagomba kuba bagize ako Kanama, abadashoboye kumvikanwaho batorwa mu ibanga mu bagize Komite, ku bwiganze bw’amajwi bwa bibiri bya gatatu byabayigize. 2. Abagize Akanama baterana ku giti cyabo. Ntibagomba gukomoka mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo, cyangwa mu gihugu kitayarimo, cyangwa se mu gihugu kiyarimo ariko kitarakoze itangazo riteganywa n’ingingo ya 41. 3. Akanama gatora Perezida wako kandi kagashyiraho amategeko ngengamikorere yako. 4. Ubusanzwe Akanama gateranira ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye cyangwa ku Ngoro y’Umuryango w’Abibumbye i Jeneve. Icyakora, Akanama gashobora guteranira ahandi hantu haboneye kagena kabigiyeho inama n’Umunyamabanga w’Umuryango w’Abibumbye Mukuru kimwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo. 5. Ubunyamabanga buteganyijwe mu ngingo ya 36 buha kandi serivisi utunama dushyirwaho hakurikijwe iyi ngingo. 6. Ibisobanuro byahawe Komite bishyikirizwa Akanama. Akanama gashobora kandi gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo kugashyikiriza ibisobanuro byose by’inyongera bya ngombwa. 7. Akanama kamaze kwiga ikibazo mu ngingo zacyo zose, ariko mu gihe ntarengwa cy’amezi cumi n’abiri uhereye ku itariki kakiboneyeho, gashyikiriza raporo Perezida wa Komite na we akayishyikiriza ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo: (a) iyo Akanama kadashoboye kurangiza isuzuma ry’ikibazo mu mezi cumi n’abiri, icyo gihe muri raporo yako kibanda gusa ku kugaragaza muri make aho kageze mu gusuzuma icyo kibazo; (b) iyo habonetse umwanzuro wumvikanyweho ku kibazo gishingiye ku kubahiriza uburenganzira bwa muntu bwemewe n’aya Masezerano, Akanama kibanda muri raporo yako ku kwerekana imiterere y’ikibazo n’umwanzuro wafashwe. (c) Iyo hatabonetse umwanzuro mu buryo buteganywa mu gace ka (b), Akanama gashyira muri raporo yako imyanzuro kafashe ku ngingo zose zirebana n’ikibazo cyizwe hagati y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezeranobirebwa n’ikibazo kimwe n’ibyo gasanga byakorwa kugira ngo haboneke umwanzuro wumvikanyweho. Iyo raporo igomba kuba ikubiyemo kandi ibisobanuro byanditse n’inyandikomvugo y’ibisobanuro byavuzwe mu magambo n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo; (d) Iyo raporo y’Akanama imaze gutangwa nk’uko biteganywa n’agace ka (c) ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo bimenyesha Perezida wa Komite, mu gihe kitarenze amezi atatu kuva bibonye raporo, niba byemeye cyangwa bitemeye ibikubiye muri iyo raporo y’Akanama. 8. Ibivugwa muri iyi ngingo bigomba kumvikana mu buryo butabangamira imirimo ya Komite iteganywa n’ingingo ya 41. 9. Amafaranga yakoreshejwe n’abagize Akanama bose, yishyurwa ku buryo bungana n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo, hakurikijwe ikigereranyo gishyirwaho n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 10. Iyo bibaye ngombwa, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, ashobora kwishyura amafaranga yakoreshejwe n’abagize Akanama, mbere y’uko ayo mafaranga asubizwa n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano birebwa n’ikibazo, hakurikijwe ibiteganwa n’igika cya 9 cy’iyi ngingo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 43,"Abagize Komite kimwe n’abagize utunama tw’ubwunzi tudahoraho bashobora gushyirwaho nk’uko biteganywa mu ngingo ya 42 bafite uburenganzira bwo koroherezwa akazi, kwemererwa umwihariko n’ubudahangarwa byemerewe impuguke ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye nk’uko biteganyijwe mu bika by’ Amasezerano yerekeye Umwihariko n’Ubudahangarwa by’Umuryango w’Abibumbye",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 44,"Ingingo zerekeye gushyira mu bikorwa aya Masezerano zikurikizwa mu buryo butabangamira imihango yo gukemura impaka yashyizweho mu byerekeye uburenganzira bwa muntu hakurikijwe amategeko n’Amasezerano y’Umuryango w’Abibumbye n’ay’inzego zawo zihariye, kandi izo ngingontizibuza ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kwitabaza ubundi buryo bwo gukemura impaka hakurikijwe Amasezerano mpuzamahanga rusange cyangwa yihariye ibyo bihugu bihuriyeho.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 45,Buri mwaka Komite yoherereza Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye raporo y’imirimo yayo iyinyujije ku Kanama k’Umuryango w’Abibumbye kita ku bukungu n’imibereho myiza.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA V,Ingingo ya 46,"Nta ngingo n’imwe mu zigize aya Masezerano igomba kumvikana nk’aho ibangamiye ingingo z’Amasezerano ashyiraho Umuryango Mpuzamahanga w’Abibumbye n’iz’amategeko shingiro y’amashami yawo yihariye, zigaragaza uruhare rw`inzego zitandukanye z’Umuryango w’Abibumbye n’urw’amashami yawo yihariye ku birebana n’ibibazo bivugwa muri aya Masezerano.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 47,Nta ngingo n’imwe mu zigize aya Masezerano yumvikana nk’aho ibangamiye uburenganzira karemano abaturage bose bafite bwo gukoresha mu bwisanzure no mu buryo bwuzuye ubukungu n’umutungo kamere byabo.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA VI,Ingingo ya 48,"1. Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono na buri gihugu kigize Umuryango w’Abibumbye cyangwa kigize rimwe mu Mashami yihariye y`Umuryango w`Abibumbye, igihugu cyemeye amategeko agenga Urukiko Mpuzamahanga hamwe n’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose cyasabwe n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 2. Aya Masezerano yemezwa burundu. Inyandiko zijyanye no kuyemeza burundu zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 3. Aya Masezerano yemerera igihugu cyose kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo kuba kimwe mu bihugu biyahuriye.4. Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikorwa igihugu gishyikiriza inyandiko ibyemeza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 5. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byashyize umukono kuri aya Masezerano cyangwa byemeye kuba mu bihugu biyahuriyeho, inyandiko yose ashyikirijwe yerekeye kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 49,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa nyuma y’amezi atatu uhereye ku itariki Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ashyikirijweho inyandiko ya mirongo itatu na gatanu ijyanye no kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. 2. Kuri buri gihugu cyemeza burundu aya Masezerano cyangwa cyemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho nyuma y’itangwa ry’inyandiko ya mirongo itatu na gatanu zijyanye no kwemeza burundu aya Masezerano cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, aya Masezeranoatangira gukurikizwa kuri icyo gihugu nyuma y’amezi atatu gitanze iyo nyandiko.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 50,Ingingo zigize aya Masezerano zikurikizwa uko zakabaye mu bice byose bigize za Leta zihuje.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 51,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gutanga icyifuzo cy’uko avugururwa kigashyikiriza inyandiko yabyo Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Umunyamabanga Mukuru yoherereza ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano imishinga yo kuyavugurura abisaba kumumenyesha niba byifuza ko atumiza inama y’ibyo bihugu kugira ngo bisuzume iyo mishinga binayitore. Iyo nibura kimwe cya gatatu cy’ibyo bihugu cyifuza ko iyo nama itumizwa, Umunyamabanga Mukuru ayitumiza mu rwego rw’Umuryango w’Abibumbye. Ivugururwa ryose ryemejwe ku bwiganze bw’amajwi y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bihari kandi bitora mu nama, rishyikirizwa Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kugira ngo iryemeze.2. Ayo mavugururwa atangira gukurikizwa iyo yemewe n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kandi yemejwe ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, hakurikijwe uburyo buteganywa n’Itegeko Nshinga rya buri gihugu. 3. Iyo ayo mavugururwa atangiye gukurikizwa aba nshinganwa ku bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano byayemeye, naho ibindi bihugu bisigaye bikomeza gukurikiza ibiteganywa n`aya Masezerano n’ivugururwa ryose byemeye mbere.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 52,"Hatitawe ku imenyesha riteganijwe mu gika cya 5 cy’ingingo ya 48, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose bivugwa mu gika cya mbere cy’iyo ngingo ibi bikurikira: (a) imikono yashyizwe kuri aya Masezerano n’inyandiko zijyanye no kuyemeza burundu cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho zatanzwe nk’uko biteganywa n’ingingo ya 48;(b) itariki aya Masezerano atangiriraho gukurikizwa nk’uko biteganywa n’ingingo ya 49 n’itariki amavugururwa atangiriraho gukurikizwa hakurikijwe ingingo ya 51.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGAZIRA MU BY’IMBONEZAMUBANO NO MU BYA POLITIKI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 53,"1. Aya Masezerano akozwe mu nyandiko ziri mu ndimi z’Icyongereza, Igishinwa, Icyesipanyolo, Igifaransa n’Ikirusiya zinganya agaciro, abikwa mu ishyinguranyandiko z’Umuryango w’Abibumbye. 2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yoherereza ibihugu byose bivugwa mu ngingo ya 48 inyandukuro zihuje n’umwimerere w’aya Masezerano.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya mbere: Ibisobanuro by’amagambo,"Uretse igihe byaba biteganyijwe ukundi, muri aya Masezerano: “uranga mu bucuruzi” ni umuntu : (a) ukorera amafaranga, inyungu cyangwa indi mpamvu iyo ari yo yose, yaba iy`amafaranga cyangwa iy`ibindi; (b) agamije koroshya ihererekanya, ikusanyanyandiko no/cyangwa kwishyura igikorwa cyose cyerekeye igura n'igurisha ry'intwaro nto n`iry’izitaremera, cyangwa (c) nk`umuhuza hagati y'ukora, ucuruza cyangwa ukwirakwiza intwaro nto n`izitaremera n`umuguzi wese, cyangwa n`undi muntu ubigiramo inyungu; uranga mu bucuruzi” bisobanura: (a) gukorera amafaranga, inyungu cyangwa indi mpamvu iyo ari yo yose, yaba iy’amafaranga cyangwa iy’ibindi; (b) koroshya ihererekanya, ikusanyanyandiko no/cyangwa kwishyura igikorwa cyose cyerekeye igura n'igurisha by'intwaro nto n`iby`izitaremera, cyangwa (c) kuba umuhuza hagati y'ukora, ucuruza cyangwa ukwirakwiza intwaro nto n`izitaremera n'undi muguzi wese cyangwa n'umuntu ubigiramo inyungu; “gukora mu buryo butemewe n'amategeko” bisobanura gukora cyangwa guteranya intwaro nto n`izitaremera: (a) uhereye ku bikoresho no ku bice bizigize byacurujwe mu buryo butemewe n'amategeko; (b) nta ruhushya cyangwa nta burenganzira byatanzwe n'urwego rubifitiye ububasha rw'igihugu kiri muri aya Masezerano cyangwa aho ikorwa cyangwa iteranywa ryabere; cyangwa se (c) nta gushyira ibimenyetso ku ntwaro nto no ku zitaremera mu gihe cyo kuzikora, hakurikijwe ingingo ya 7 y'aya Masezerano. “ubucuruzi butemewe n’amategeko” bisobanura kwinjiza mu gihugu, kohereza mu mahanga, kubona, kugurisha, gutanga, kwimura, kohereza intwaro nto n`izitaremera zivuye ku butaka cyangwa zinjira ku butaka bw’igihigu kiri muri aya Masezerano zijya ku butaka bw`ikindi gihugu biyahuriyeho, iyo kimwe muri ibyo bihugu birebwa kitabitangiye uburenganzira hakurikijwe ibiteganywa n'aya Masezerano, cyangwa iyo izo ntwaro zidafite ibimenyetso biziranga hakurikijwe ingingo ya 7 y'aya Masezerano; “intwaro zitaremera” zikubiyemo intwaro zikurikira, zigendanwa zagenewe gukoreshwa n'abantu benshi bari mu itsinda rikorera hamwe. Izo ni nka mitarayezi nini, kano zirasa urufaya, izirasa imizinga, morutsiye ziri mu nsi ya mm 100, imbunda zirasa gerenade, intwaro n'imbunda zirasa ibifaru, imbunda zitwarwa ku rutugu zirasa imizinga, intwaro n'imbunda zirasa indege ; “intwaro nto” ni intwaro zagenewe gukoreshwa n`umuntu umwe zirimo : mitarayezi ziciriritse, masotera zo mu bwoko bwa mitarayezi n`imbunda zirasa urufaya kandi barwanisha kimwe n’iziciye munsi y’imbunda zirasa urufaya. ""intwaro nto"" zirimo kandi: imbunda"", bisobanura: (a) intwaro yose igendanwa, yagenewe kurasa cyangwa ishobora guhindurwa ikarasa amasasu aturikijwe, ukuyemo imbunda za kera cyangwa izizikomokaho. Imbunda za kera kimwe n'izizikomokaho zisobanurwa hakurikijwe n'amategeko y'igihugu. Icyakora, imbunda za kera ntizishobora kubarirwamo imbunda zakozwe nyuma y'umwaka wa 1899; (b) intwaro yindi iyo ari yo yose cyangwa igikoresho gisenyagura nka bombe zituritswa, izirasa umuriro cyangwa izirasa umwuka, gerenade, izirasa imizinga, misile, imikorere ya misile cyangwa iya mine. ""amasasu"" bisobanura urwunge rw'isasu ryuzuye cyangwa ibirigize, harimo ibitoyi, imbarutso z'isasu, agafu gaturika, umutwe w'isasu bikoreshwa ku ntwaro nto n'iziciriritse, kandi ibyo bice birigize biba bigomba kuba byemewe n'amategeko y'icyo gihugu kiri muri aya Masezerano ; ndetse na “ibindi bikoresho bijyana na yo"" bisobanura ibindi bikoresho, ibyuma bisimbura ibindi mu ntwaro nto cyangwa mu itaremera bby’ingezi ku mikorere yayo. ""ikurikirana ry’intwaro"" bisobanura uburyo bukoreshwa bwo gukurikirana intwaro nto n'izitaremera kuva ku wazikoze kugera ku muguzi, mu rwego rwo gufasha abayobozi babifitiye ububasha b'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano gukurikirana, guperereza no gusesengura ikorwa n'icuruzwa ry`intwaro mu buryo butemewe n'amategeko. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya2: Intego,"Aya Masezerano agamije: (a) gukumira, kurwanya no kurandura gukora, gucuruza, gutunga no gukoresha intwaro nto n'izitaremera mu buryo butemewe n'amategeko, mu gace kagize akarere. (b) gukumira ukwigwizaho intwaro nto n'izitaremera mu buryo bukabije kandi buhungabanya umutekano mu gace kagize akarere, (c) guteza imbere no koroshya ihanahana ry'amakuru n'ubufatanye hagati y’ibihugu byo mu gace kagize akarere, no hagati y'ibihugu, imiryango ihuriweho na za guverinoma na sosiyete sivili, mu bibazo byose byerekeye icuruzwa n'ikwirakwizwa by'intwaro nto n'iby’izitaremera mu buryo butemewe n'amategeko. (d) guteza imbere ubufatanye mu rwego rw`agace kagize akarere no mu mahuriro mpuzamahanga hagamijwe kurushaho kurwanya ikibazo cy'intwaro nto n'icy’izitaremera, mu bufatanye n'abafatanyabikorwa bireba. (e) gushishikariza uburyo bwo kubazwa inshingano, iyubahirizwa ry`amategeko ndetse n'igenzura riboneye, hamwe n`imicungire by'intwaro nto n'iby’izitaremera zifitwe n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano n'abasivili. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3: Ingamba zo mu rwego rw'amategeko,"(a) buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishyiraho ngamba zo mu rwego rw’amategeko n'izindi zaba ngombwa kugira ngo giteganye ibyaha mu mategeko yacyo ku bikorwa bikurikira, iyo bikozwe bigambiriwe: (i) ubucuruzi butemewe n'amategeko bw'intwaro nto n'izitaremera, (ii) ikorwa ry’intwaro nto n'iry’izitaremera ritemewe n'amategeko, (iii) gutunga no gukoresha intwaro nto n'izitaremera bitemewe n'amategeko, (iv) guhindura cyangwa gusiba mu buryo butemewe n'amategeko, gukuraho cyangwa guhindura ibimenyetso ku ntwaro nto no ku zitaremera nk'uko biteganywa n'aya Masezerano, (b) ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bitarabikora, bifata ingamba zo mu rwego rw’amategeko cyangwa izindi za ngombwa, hagamijwe guhana, mu buryo mpanabyaha, mu buryo bwa gisivili cyangwa mu buryo bw`ubutegetsi buteganywa n`amategeko yabyo, abatubahiriza ikomatanyirizwa ry’intwaro ryashyizweho n’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano ku isi na/cyangwa imiryango yo mu karere. (c) ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kwinjiza mu mategeko yabyo: (i) kubuza abasivili gutunga uko babonye intwaro nto; (ii) kubuza burundu abasivili gutunga no gukoresha intwaro zitaremera zose n'imbunda zirasa urufaya ndetse na mitarayezi; (iii) igenzura n`iyandikisha by`intwaro nto zose zitunzwe n'abasivili zibarizwa ku butaka bwabyo (bitabangamiye ingingo ya 3 c (ii); (iv) ingamba za ngombwa zituma hakorwa igenzura riboneye ku ikorwa ry’intwaro nto n’iry`izitaremera; (v) ingingo ziteza imbere ihuzwa ry’amategeko n’ubuziranenge ntagibwa mu nsi bwerekeye gukora, kugenzura, gutunga, kwinjiza mu gihugu, kohereza mu mahanga, kongera kohereza mu mahanga, kunyuza mu gihugu, gutwara no guhererekanya intwaro nto n’izitaremera ; (vi) ingingo za ngombwa zituma hakorwa ishyirwaho ry’ibimenyetso n’imenyekana fatizo ku ntwaro nto n’izitaremera ; (vii) ingingo ziteganya mu buryo buboneye uko igihugu gifatira n`uko cyambura intwaro nto n`izitaremera zose zakozwe cyangwa zinyujijwe mu gihugu nta burenganzira cyangwa nta ruhushya rwanditse cyangwa se bikozwe mu buryo bunyuranyije na byo; (viii) ingingo zigamije igenzura rihagije ry’intwaro nto n’iry’izitaremera, harimo ibikwa ryazo n’ikoreshwa ryazo, kugerageza ububasha bwa ba nyir’intwaro nto no gukumira uburenganzira bwabo mu bijyanye no kwanga igenzura ryazo, kuzikoresha no kuzitunga; (ix) gucunga no kugenzura impushya zifitwe n’umuntu, no gushiraho umubare ntarengwa w’intwaro nto ashobora gutunga ; (x) ingingo zibuza kugwatiriza intwaro nto n'izitaremera; (xi) ingingo zibuza kugaragaza nabi cyangwa gufatira amakuru ayo ari yo yose yatanzwe hagamijwe kubona uruhushya cyangwa uburenganzira; xii) ingingo zigenga ukuranga no guhuza mu bucuruzi mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano; na (xiii) ingingo zimakaza uguhuza mu butabera ku birebana n’itangwa ry’ibihano. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4: Ubushobozi mu mikorere,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano:(a) biha imbaraga ubufatanye bwo mu rwego rw`agace kagize akarere hagati ya serivisi za polisi, iz`iperereza, iz`abakozi bo ku mipaka n`aba za gasutamo mu guhashya ikwirakwiza n’icuruzwa by’intwaro nto n’iby`izitaremera bitemewe n’amategeko no kurwanya ibikorwa bihanwa n’amategeko byerekeye ikoreshwa ry’izo ntwaro; (b) byongerera ubushobozi ibigo by’igihugu bishinzwe ikurikizwa ry’amategeko n’umutekano, harimo amahugurwa akwiye mu gukora iperereza, mu kugenzura imipaka no mu buryo bwo gukurikiza amategeko, ndetse no mu kuvugurura ibikoresho n’ubushobozi mu buryo bugezweho; (c) bishyiraho kandi bikavugurura amakusanyirizo y`amakuru, y’’igihugu n’ uburyo bw'itumanaho ndetse bikabona ibikoresho byo gukurikirana no kugenzura urujya n’uruza rw’intwaro nto n'izitaremera hanze y’imipaka; (d) bishyiraho cyangwa bikongerera imbaraga ikigo gihuza amatsinda aturuka muri polisi, mu ngabo, mu bakozi ba za gasutamo, mu bashinzwe abinjira n'abasohoka no mu zindi nzego bireba, hagamijwe kurushaho guhuza politiki, guhanahana no gusesengura amakuru ku rwego rw'igihugu; (e) bishyiraho cyangwa bikavugurura gahunda zabyo z`amahugurwa zo kuzamura ubushobozi bw'ibigo bishinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'amategeko mu rwego rwo kuzuza inshingano zabyo mu gushyira mu bikorwa gahunda y'ibikorwa. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5: Igenzura ryerekeye gutunga intwaro nto n'izitaremera ku basivili,"(a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gukora ivugurura rihurirweho ry'uburyo bukurikizwa n`igihugu n'iry`ibyo kigenderaho mu gutanga no mu kwambura impushya zo gutwara intwaro nto n'izitaremera, ndetse no gushyiraho no kubungabunga amakusanyirizo y'amakuru y'igihugu yerekeye intwaro nto n’izitaremera zemewe, aya ba nyirazo, n`ay`abazicuruza baherereye ku butaka bw`ibyo bihugu.(b) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza: (i) gushyiraho ibihano biremeye byo hasi bihuye, ku byaha byakozwe hakoreshejwe intwaro nto n’izitaremera ndetse no ku gutwara izo ntwaro nta ruhushya; (ii) kwandika no kubazwa inshingano ku buryo butabera n’igenzura riboneye ry’intwaro nto n’iry`izitaremera zose zifitwe n’ibigo byigenga bishinzwe kurinda umutekano; (iii) kubuza abasivili gutunga imbunda zirasa urufaya na mitarayezi n’intwaro zose zitaremera. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6: Igenzura n'inshingano mu bijyanye n'intwaro nto n'izitaremera zitunzwe n'igihugu,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza:(a) gushyiraho no kubungabunga ibarura ryuzuye ryo ku rwego rw’igihugu ry’intwaro nto n’iry`izitaremera zifitwe n’ibigo by’umutekano n’izindi nzego za Leta, kuzamura ubushobozi bwabyo mu gucunga no mu kubungabunga ububiko burinzwe bw’intwaro nto n’izitaremera zifitwe n’igihugu ; (b) gukora inshingano zikomeye no gukurikirana, ku buryo buhagije, intwaro nto n’izitaremera zitunzwe kandi zitangwa n’igihugu. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7: Gushyira ibimenyetso n'ikurikirana ry'intwaro nto n'izitaremera no kubika inyandiko,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza: (a) gushyira kuri buri ntwaro nto cyangwa kuri buri ntwaro itaremera mu gihe cy’ikorwa ryayo, ikimenyetso cyihariye kigaragaza izina ry’uwayikoze, igihugu cyangwa aho yakorewe n`inomero iyiranga. Ikimenyetso gikwiye gushyirwa ku munwa, ku gice cy’inyuma, iyo bishoboka, ahagaruka inyuma h’umunwa w’imbunda. (b) mu gihe cyo kuyinjiza mu gihugu, gushyira kuri buri ntwaro nto cyangwa kuri buri ntwaro itaremera ikimenyetso cyoroheje gituma hamenyekana umwirondoro w’igihugu cyayinjije n’umwaka wo kuyinjiza mu gihugu, ndetse n`inomero bwite iyiranga, iyo iyo ntwaro itayigaragaza mu gihe cy’iyinjizwa mu gihugu, ku buryo ishobora gukurikiranwa. (c) gukora ku buryo intwaro nto n’izitaremera zose zitunzwe n’igihugu zigaragazwa n’ikimenyetso kimwe. (d) kubungabunga, mu gihe cy’imyaka icumi nibura, amakuru yerekeye intwaro nto n’izitaremera akenewe mu gukurikirana no kugaragaza izo ntwaro zakozwe cyangwa zacurujwe mu buryo butemewe n’amategeko, no gukumira ndetse no gukurikirana ibyo bikorwa. Ayo makuru akubiyemo: (i) ibimenyetso bikwiye bisabwa n'iyi ngingo; (ii) mu gihe habaye igura cyangwa igurisha mpuzamahanga ry’intwaro nto n’izitaremera, amatariki y’itangwa n’ay’irangira by’impushya cyangwa uburenganzira, igihugu cyohereje mu mahanga izo ntwaro, igihugu zanyujijwemo, iyo ari ngombwa, n’uwazihawe wa nyuma ndetse n’inyandiko izigaragaza hamwe n’ingano yazo. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8: Gusenya intwaro nto n’izitaremera zitunzwe n’igihugu,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kugaragaza no gushyiraho gahunda ziboneye zo gukusanya, izo kubika neza, izo gusenya n`izo kuvanaho intwaro nto n'izitaremera zabaye nyinshi, izidakoreshwa cyangwa zasagutse, hakurikijwe amategeko yabyo, binyuze, cyane cyane, mu masezerano y'amahoro, mu gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi, mu kongera guha ibikoresho ingabo n'izindi nzego z'igihugu zikoresha intwaro. Ku bw’ibyo, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bigomba: (a) guteza imbere no gushyira mu bikorwa, aho bitari, gahunda zabyo zigamije kugaragaza ububiko bw`intwaro nto n`ubw'izitaremera zitunzwe n'igihugu zabaye nyinshi, izidakoreshwa n`izafatiriwe n’igihugu; (b) gukora ku buryo intwaro nto n'izitaremera zabaye nyinshi, zitagikoreshwa cyangwa zasagutse, binyuze mu ishyirwa mu bikorwa ry'ibikorwa by'amahoro, mu kongera guha ibikoresho no mu kongera kurema imitwe y'ingabo cyangwa no mu zindi nzego z'igihugu, zibikwa mu buryo butekanye, zisenywa cyangwa zikurwaho hagamijwe gukumira ko zicuruzwa mu buryo butemewe cyangwa zijyanwa mu turere turimo intambara cyangwa ahandi hadahuye n'ibisabwa mu gukumira byumvikanweho. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9: Gusenya intwaro nto n’izitaremera zafatiriwe cyangwa zidafitiwe uruhushya,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza: (a) gushyira mu mategeko yabyo, izo ngamba iyo ari ngombwa, hagamijwe gufatira intwaro nto n’izitaremera zakozwe mu buryo butemewe n’amategeko; (b) kubungabunga no gushyigikira ibikorwa bihuriweho kandi byahujwe byo ku mipaka y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hagamijwe kugaragaza ahaherereye ububiko bw`intwaro nto n’ubw`izitaremera zasizwe mu baturage nyuma y’intambara, kubufatira ndetse no kubusenya; (c) gushishikariza ibigo bishinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'amategeko gukorana n'imiryango mpuzamahanga hagamijwe kugaragaza ububiko bw'intwaro nto n'ubw`izitaremera no kuzivana mu baturage; (d) gushyiraho uburyo buboneye bwo kubika intwaro nto n’izitaremera zitemewe n`amategeko zambuwe, zagarujwe cyangwa zidafitiwe ibyangombwa, mu gihe hategerejwe iperereza rizatuma zisenywa. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 10: Kwinjiza mu gihugu, kohereza mu mahanga, guhererekanya no kunyuza mu gihugu intwaro nto n’izitaremera",(a) Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishyiraho kandi kikabungabunga uburyo buboneye bwo gutanga impushya cyangwa uburenganzira byo kohereza mu mahanga n’ubyo kucyinjizamo intwaro nto,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"n’izitaremera, ndetse n’ingamba zijyanye no kunyuza izo ntwaro mu bihugu byinshi.","(b) Mbere yo gutanga uruhushya cyangwa uburenganzira bwo kohereza mu mahanga intwaro nto n’izitaremera zipakiye, buri gihugu kigomba kugenzura: (i) ko ibihugu bishaka kwinjiza muri byo intwaro nto n'izitaremera byatanze uruhushya cyangwa uburenganzira bwo kubyinjizamo izo ntwaro, kandi (ii) ko, hatabangamiwe ibiteganywa n'amasezerano cyangwa n’ubwumvikane hagati y'ibihugu bibiri cyangwa byinshi yorohereza ibihugu bidakora ku nyanja, ibihugu, nibura, byabimeyeshejwe mu nyandiko mbere y'uko byoherezwa, kandi ko bitanze iryo tambuka (c) Uruhushya cyangwa uburenganzira byo kohereza mu mahanga intwaro nto n'izitaremera n`ibyo kuzinjiza mu gihugu hamwe n'impapuro zibiherekeje biba bikubiyemo amakuru, nibura, yerekeye ahantu n'itariki byatangiwe, itariki bizarangiriraho, igihugu cyohereje mu mahanga izo ntwaro, igihugu zinjijwemo, uzakira bwa nyuma, amakuru arambuye kuri izo ntwaro n'ingano yazo ndetse n'ibihugu zicamo, iyo hari ibyo zigomba gucamo. Amakuru ari mu ruhushya rwo kwinjiza izo ntwaro mu gihugu ahabwa ibihugu zizanyuzwamo hakiri kare. (d) Igihugu kiri muri aya Masezerano cyatumije intwaro nto n`izitaremera kimenyesha igihugu cyazohereje ko cyzakiriye. (e) Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gikurikije ubushobozi bwacyo gifata ingamba za ngombwa zo gukora ku buryo impushya cyangwa uburenganzira bitangwa mu buryo butekanye kandi ukuba inyandiko z`itangwa ry`izo mpushya cyangwa ry`ubwo burenganzira zihura n’ukuri bishobora kugenzurwa cyngwa kwemezwa. (f) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora kugena uburyo bworohejwe bwo kwinjiza mu gihugu, ubwo kohereza mu mahanga n`ubwo kunyuza mu gihugu intwaro nto n'izitaremera, hagamije kuzikoresha mu bikorwa byemewe n'amategeko kandi bishobora kugenzurwa nk’ibyo guhiga, iby’imikino yo kurasa, ibyo gusuzuma, iby’imurika cyangwa ibyo gusana. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 11: Abacuruzi, aborohereza abandi mu bucuruzi n'ubufasha mu bucuruzi","Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, bitarabikora, bishyiraho uburyo bwo ku rwego ""rw'igihugu bwo kugenga uko abacuruza, abaranga n’abahuza mu bucuruzi bw’intwaro nto n’izitaremera. Ubwo buryo bw’igenzura bukubiyemo: (i) kugenzura abacuzi, abacuruzi n’abaguzi b’intwaro nto n'ab’izitaremera, ababitsi b'imari n'abashinzwe gutwara izo ntwaro binyuze mu gutanga impushya; (ii) kwandika abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bakorera ku butaka bwabyo; (iii) gukora ku buryo abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi banditswe bashaka kandi bakabona uburenganzira kuri buri gikorwa buri wese akoze ku giti cye; (iv) gukora ku buryo ibikorwa byose byo kuranga no guhuza mu bucuruzi bigaragaza ku buryo burambuye ibirebana n’impushya cyangwa n’uburenganzira kimwe n’inyandiko zigaragaza amazina n'ahantu abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bagize uruhare mu gikorwa cy'ubucuruzi baherereye; no (iv) gukora ku buryo ibikorwa byose byo kuranga no guhuza mu bucuruzi bigaragaza ku buryo burambuye ibirebana n’impushya cyangwa n’uburenganzira kimwe n’inyandiko zigaragaza amazina n'ahantu abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bagize uruhare mu gikorwa cy'ubucuruzi baherereye; no (v) gutanga uruhushya, kwandika no kugenzura mu buryo buhoraho kandi budafite icyo bugendeyeho abakora bose bigenga, abaguzi, abacuruzi, abaranga n’abahuza mu bucuruzi. """,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12: Gusubiza intwaro ku bushake,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishyiraho gahunda zo gushishikariza: (a) abasivili batunze intwaro nto n'izitaremera mu buryo bwemewe n'amategeko bashobora kuzisubiza ku bushake ngo zisenywe / zirandurwe n'igihugu hakurikijwe amategeko yacyo; (b) abatunze intwaro nto n'izitaremera mu buryo butemewe n'amategeko basubiza izo ntwaro zabo ngo zisenywe. Icyo gihe, igihugu gishobora guteganya gutanga ubudahangarwa bwo kudakurikiranwaho icyaha ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13: Gahunda z'uburezi n'iz'ubukangurambaga,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza guteza imbere gahunda z'uburezi n'iz'ubukangurambaga ku rwego rw'ibanze, k`urw'igihugu no k'urw'akarere hagamijwe kuzamura uruhare rwa Leta n`urw'imiryango ndetse no gushyigikira imbaraga zishyirwa mu gukumira ikwirakwizwa n'icuruzwa bitemewe n'amategeko by'intwaro nto n'iby`izitaremera, hamwe no gushishikariza kuzitunga no kuzigenzura neza. Izi gahunda zigamije: (a) kwimakaza umuco w'amahoro; (b) gukoresha no gukorana n'ibyiciro byose bya sosiyete. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14: Ubufatanye mu butabera,"(a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyiraho uburyo bw'ubufatanye mu butabera mu rwego rw`imikoranire igamije guhana ubufatanye mu butabera mu rwego rwo guhuza imbaraga zo kurandura burundu ikorwa n’icuruzwa by'intwaro nto n'iby`izitaremera mu buryo budakurikije amategeko, ndetse no kugenzura uburyo bwo kuzitunga hamwe n’ubwo kuzikoresha. Ubwo bufatanye mu butabera bukubiyemo ibi bikurikira: (i) iperereza n'itahurwa ry'ibyaha; (ii) kubona ibimenyetso na/cyangwa inyandikomvugo z’abantu; (iii) ishyirwa mu bikorwa ry'isaka n'iry'ifatira; (iv) imenyesha ry'amakuru n'ihererekanya ry’ibimenyetso bishinja; (v) igenzura ry'aho ibyaha byabereye cyangwa gusuzuma ibikoresho na/cyangwa inyandiko; (vi) gusaba inyandiko z'inkiko; (vii) serivisi y'inyandiko z'inkiko; (viii) imenyesha ry'inyandiko z'ingenzi n`irya dosiye; (xi) kugaragaza no gukurikirana abakekwaho icyaha n'ibyagikomotseho; na (x) ikoreshwa rya tekiniki zihariye zo gukora iperereza, harimo ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n'ubuhanga bikoreshwa mu butabera, ubuhanga bwo kumenya ibijyanye n`uko ibisasu biraswa n'ubw’ibijyanye n’ifatwa ry’ibikumwe. (b) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora gukomeza kwemeranya ubundi buryo bwose bw'ubufatanye mu butabera buhuye n'amategeko yabyo. (c) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bigaragaza urwego rubifitiye ububasha rufite inshingano n'ububasha bwo gushyira mu bikorwa no gukurikirana ubusabe bw'ubufatanye mu butabera. (d) Ubusabe bw'ubufatanye mu butabera bikorwa mu nyandiko n'urwego rubifitiye ububasha kandi bukubiyemo: (i) umwirondoro w'urwego rusaba; (ii) ikibazo n'ubwoko by'iperereza cyangwa bw`ikurikiranacyaha ubusabe bwerekeyeho; (iii) ukugaragaza neza ubufatanye busabwa; (iv) impamvu ituma hasabwa ibimenyetso, amakuru cyangwa igikorwa; na (v) amakuru yose y'ingenzi afitwe n`igihugu kiri muri aya Masezerano gisaba kandi ashobora gukoreshwa n`igihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyakiriye ubusabe. (e) Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gusaba amakuru yose y'inyongera, ashobora kuba ay'ingenzi mu gushyira mu bikorwa ubusabe hakurikijwe amategeko yacyo. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15: Iyubahirizwa ry'amategeko,"(a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishyiraho uburyo bukwiye mu by'ubufatanye hagati y'ibigo bishinzwe iyubahirizwa ry'amategeko hagamijwe guteza imbere iyubahirizwa rikwiye ryayo, harimo: (i) gushyigikira ubufatanye bwo ku rwego rw'akarere n`urwo ku rwego rw'umugabane hagati ya serivisi za polisi, iza gasutamo n’izishinzwe igenzura ry’imipaka, hagamijwe gukumira ikwirakwizwa n’icuruzwa by’intwaro nto n’iby`izitaremera mu buryo butemewe n`amategeko. Izo mbaraga zikwiye kubamo nk`amahugurwa, ihanahana ry’amakuru hagamijwe gushyigikira ingamba zihuriweho zigamije gushyiramo no kugabanya ubucuruzi butemewe n’amategeko bw’intwaro nto n’ubw`izitaremera bwambukiranya imipaka, ndetse n’ikorwa ry’amasezerano ya ngombwa ajyanye na byo; (ii) gushyiraho uburyo bw'amakuru butaziguye hagamijwe korohereza kubona amakuru nta nkomyi kandi ku buryo bwihuse hagati y'ibigo bishinzwe iyubahirizwa ry'amategeko mu gace k`akarere; (iii) gushyiraho inzego zishinzwe iyubahirizwa ry’amategeko yihariye/y’ingeri nyinshi hagamijwe gukumira ikorwa n’icuruzwa, by’intwaro nto n’iby`izitaremera, kuzitunga ndetse no kuzikoresha mu buryo butemewe n’amategeko; (iv) guteza imbere ubufatanye n’imiryango mpuzamahnaga nk`Umuryango Mpuzamahanga wa Polisi (INTERPOL) n’Umuryango Mpuzamahanga wa za Gasutamo (WCO), no gukoresha ikusanyirizo ry’amakuru ariho nka Uburyo bw`Umuryango Mpuzamahanga wa Polisi bwo Gukurikirana Intwaro n’Ibiturika (IWETS); (iv) ishyirwaho ry’ingingo zerekeranye no kohereza abakekwaho ibyaha mu kindi gihugu biboneye. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 16 : Gukorera mu mucyo, guhanahana amakuru no guhuza","Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza :(a) gushyiraho imboni z’igihugu, hagamijwe cyane cyane, korohereza ihanahana ry’amakuru ku buryo bwihuse mu rwego rwo gukumira ubucuruzi bwambukiranya imipaka bw’intwaro nto n’ubw`izitaremera; (b) guteza imbere no kuvugurura uburyo bwo gukorera mu mucyo mu kwigwizaho intwaro nto n’izitaremera, mu ikwirakwizwa ryazo no muri za gahunda zerekeye izo ntwaro zitunzwe n’abasivili, harimo kwita cyane ku iterambere ry’iyandikwa ry’izo ntwaro zitunzwe n’abasivili (c) gushyigikira ihanahana ry’amakuru hagati y’ibigo bishinzwe iyubahirizwa ry’amategeko ku birebana n’amatsinda y’abanyabyaha n’ibo bafatanya, ubwoko bw’intwaro nto n’ubw`izitaremera, aho zituruka, inzira zinyuzwamo zicuruzwa, ibyerekezo byazo, uburyo bwo kuzitwara n’inkunga mu mafaranga z’ayo matsinda; (d) gushyiraho amakusanyirizo y`amakuru yo ku rwego rw’igihugu y’intwaro nto n`ay’izitaremera hagamijwe koroshya ihanahana ry’amakuru yerekeye kuzinjiza mu gihugu, kuzohereza mu mahanga no kuzohererezanya; (e) gushyiraho uburyo bwo gusuzuma igihe inyandiko zatanzwe n’inzego zibifitiye uburenganzira zo mu gace k`akarere zizamara; ""rw'igihugu bwo kugenga uko abacuruza, abaranga n’abahuza mu bucuruzi bw’intwaro nto n’izitaremera. Ubwo buryo bw’igenzura bukubiyemo: (i) kugenzura abacuzi, abacuruzi n’abaguzi b’intwaro nto n'ab’izitaremera, ababitsi b'imari n'abashinzwe gutwara izo ntwaro binyuze mu gutanga impushya; (ii) kwandika abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bakorera ku butaka bwabyo; (iii) gukora ku buryo abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi banditswe bashaka kandi bakabona uburenganzira kuri buri gikorwa buri wese akoze ku giti cye; (iv) gukora ku buryo ibikorwa byose byo kuranga no guhuza mu bucuruzi bigaragaza ku buryo burambuye ibirebana n’impushya cyangwa n’uburenganzira kimwe n’inyandiko zigaragaza amazina n'ahantu abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bagize uruhare mu gikorwa cy'ubucuruzi baherereye; no (iv) gukora ku buryo ibikorwa byose byo kuranga no guhuza mu bucuruzi bigaragaza ku buryo burambuye ibirebana n’impushya cyangwa n’uburenganzira kimwe n’inyandiko zigaragaza amazina n'ahantu abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bagize uruhare mu gikorwa cy'ubucuruzi baherereye; no (v) gutanga uruhushya, kwandika no kugenzura mu buryo buhoraho kandi budafite icyo bugendeyeho abakora bose bigenga, abaguzi, abacuruzi, abaranga n’abahuza mu bucuruzi. "" ""rw'igihugu bwo kugenga uko abacuruza, abaranga n’abahuza mu bucuruzi bw’intwaro nto n’izitaremera. Ubwo buryo bw’igenzura bukubiyemo: (i) kugenzura abacuzi, abacuruzi n’abaguzi b’intwaro nto n'ab’izitaremera, ababitsi b'imari n'abashinzwe gutwara izo ntwaro binyuze mu gutanga impushya; (ii) kwandika abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bakorera ku butaka bwabyo; (iii) gukora ku buryo abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi banditswe bashaka kandi bakabona uburenganzira kuri buri gikorwa buri wese akoze ku giti cye; (iv) gukora ku buryo ibikorwa byose byo kuranga no guhuza mu bucuruzi bigaragaza ku buryo burambuye ibirebana n’impushya cyangwa n’uburenganzira kimwe n’inyandiko zigaragaza amazina n'ahantu abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bagize uruhare mu gikorwa cy'ubucuruzi baherereye; no (iv) gukora ku buryo ibikorwa byose byo kuranga no guhuza mu bucuruzi bigaragaza ku buryo burambuye ibirebana n’impushya cyangwa n’uburenganzira kimwe n’inyandiko zigaragaza amazina n'ahantu abaranga n’abahuza bose mu bucuruzi bagize uruhare mu gikorwa cy'ubucuruzi baherereye; no (v) gutanga uruhushya, kwandika no kugenzura mu buryo buhoraho kandi budafite icyo bugendeyeho abakora bose bigenga, abaguzi, abacuruzi, abaranga n’abahuza mu bucuruzi. "" Ingingo ya 17: Ruswa Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bifata ingamba zikwiye kandi ziboneye zigamije ubufatanye hagati y’ibigo bishinzwe iyubahirizwa ry`amategeko, hagamijwe gukumira ruswa ishingiye ku ikorwa, ku itunga n’ikoreshwa by`intwaro nto n’iby`izitaremera mu buryo butemewe n’amategeko. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18: Ingingo zerekeranye n’ inzego,"(a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano biha inshingano ubunyamabanga bwa Nayirobi bwo kugenzura iyubahirizwa ry’aya Masezerano. (b) Ku bw’ibyo, Ubunyamabanga bwa Nayirobi bushinzwe : (i) gutegura no gutangaza imirongo ngenderwaho ndetse n`amabwiriza byerekeye ishyirwa mu bikorwa, ikurikirana, ishyirwa mu bikorwa n’isuzuma ry’aya Masezerano, mu bufatanye bw’inzego zishinzwe iyubahirizwa ry’amategeko no gukora ku buryo ibipimo ngenderwaho biteganywa n’ibikubiye muri aya Masezerano byubahirizwa, hamwe no kumenyesha ku buryo buhoraho Abaminisitiri ibyerekeye aho aya Masezerano ageze yubahirizwa ; (ii) gukemura ingorane zagaragaye mu ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19: Gukemura impaka,"Impaka zivutse ku isobanurwa cyangwa ku iyubahirizwa ry' aya Masezerano, zidakemuwe mu bwumvikane, zikemurwa hakurikijwe amahame y’amategeko mpuzamahanga. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20: Ivugururwa ry`aya Masezerano,Amavugururwa y'aya Masezerano yemezwa hakurikjwe icyemezo cya bitatu bya kane by'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano.,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 21: Gushyira umukono kuri aya Masezerano,Aya Masezerano ashyirwaho umukono n'ababiherewe ububasha bahagarariye ibihugu bigize Akarere.,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 22: Kwemeza burundu aya Masezerano,Aya Masezerano yemezwa burundu n'ibihugu byayashyizeho umukono hakurikijwe uburyo buteganywa mu mategeko nshinga yabyo.,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23: Igihe aya Masezerano atangirira gukurikizwa,Aya Masezerano atangira gukurikizwa uhereye ku munsi wa mirongo itatu (30) nyuma y'aho bibiri bya gatatu by'ibihugu bigize Akarere bitangiye inyandiko zo kuyemeza burundu.,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 24: Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano,Ingingo ya 24: Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YAKOREWE I NAYIROBI YEREKEYE GUKUMIRA, KUGENZURA NO KUGABANYA INTWARO NTO N`IZITAREMERA MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI NO MU IHEMBE RYA AFURIKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 25: Ibikwa ry’Amasezerano n'indimi,"(a) Inyandiko y'umwimerere y'aya Masezerano yanditswe mu ndimi z'Icyongereza, Igifaransa n'Icyarabu; inyandiko uko ari eshatu zinganya agaciro. (b) Inyandiko zijyanye no kwemeza burundu aya Masezerano ndetse n’izo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho zishyikirizwa Ubunyamabanga bwa Nayirobi, na bwo bukoherereza inyandukuro zihuje n`umwimerere ibihugu byose bigize Akarere.",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ,Iri tegeko rigena imiterere ni mikorere bya komisiyo,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ,"Icyicaro cya Komisiyo kiri mu Mujyi wa Kigali, Umurwa Mukuru wa Repubulika y‟u Rwanda. Gishobora kwimurirwa ahandi hose mu Rwanda igihe bibaye ngombwa.",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,NA,Ingingo ya 3: Ubwigenge n’ubwisanzure bya Komisiyo," Komisiyo irigenga kandi ihoraho. Mu kuzuza inshingano zayo, nta rwego na rumwe ruyiha amabwiriza. ",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWEWAII:INSHINGANO N’UBUBASHA BYA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 5: Inshingano zihariye za Komisiyo ku bijyanye no guteza imbere uburenganzira bwa muntu,Komisiyo ifite inshingano rusange yo guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu. ,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWEWAII:INSHINGANO N’UBUBASHA BYA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 6: Inshingano zihariye za Komisiyo ku bijyanye no kurengera uburenganzira bwa muntu,"Ku bijyanye no kurengera uburenganzira bwa muntu, Komisiyo ifite inshingano zihariye zikurikira: 1° kwakira, gusuzuma ibirego no gukora 1° iperereza ku ihungabanywa ry‟uburenganzira bwa muntu;",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWEWAII:INSHINGANO N’UBUBASHA BYA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 7: Ububasha rusange bwa komisiyo,"Kugira ngo inshingano ziteganyijwe mu ngingo ya 4 kugeza ku ya 6 z‟iri tegeko zigerweho, Komisiyo ifite ububasha bukurikira: 1° kwakira no gusuzuma ubuhamya bwerekeye ihohoterwa ry‟uburenganzira bwa muntu; 2° kugera aho ari ho hose hakekwa cyangwa havugwa ihohoterwa ry‟uburenganzira bwa muntu, harimo n‟ahafungiwe abantu kugira ngo ihakorere iperereza;",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWEWAII:INSHINGANO N’UBUBASHA BYA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 8: Ububasha bw’ubugenzacyaha,Abakomiseri bafite ububasha bw‟ubugenzacyaha buhoraho ku ifasi yose y‟u police igihe bari mu mirimo yabo.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWEWAII:INSHINGANO N’UBUBASHA BYA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 9: Ububasha bwo kuregera,"Komisiyo ifite ububasha bwo kuregera inkiko mu manza z‟imbonezamubano, iz‟ubucuruzi, iz‟umurimo n‟iz‟ubutegetsi iyo habaye ihungabana ry‟uburenganzira bwa muntu buteganywa n‟Itegeko Nshinga, amasezerano mpuzamahanga u Rwanda rwemeje burundu n‟andi mategeko. Muri urwo rwego,",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWEWAII:INSHINGANO N’UBUBASHA BYA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 10: Ikoreshwa ry’ububasha bw’ubugenzacyaha n’ubwo kuregera inkiko,"Mu gukoresha ububasha bw‟ubugenzacyaha n‟ubwo kuregera inkiko, Komisiyo yubahiriza",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWEWAII:INSHINGANO N’UBUBASHA BYA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 11: Ububasha bwo gushyiraho amategeko ngengamikorere,"Bitabangamiye ibiteganywa n‟iri tegeko,Komisiyo ishyiraho amategeko",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA III: POROGARAMU Y’IBIKORWA NA RAPORO BYA ACTIVITIES AND REPORT ,NA,NA,Ingingo ya 12: Porogaramu y’ibikorwa bya n’inzego iyishyikiriza,"Komisiyo ishyikiriza Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, porogaramu y‟ibikorwa byayo mu gihe kitarenze amezi atatu (3) y‟intangiriro y‟umwaka w‟ingengo y‟imari, ikagenera kopi Perezida wa Repubulika, Guverinoma n‟Urukiko rw‟Ikirenga.",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA III: POROGARAMU Y’IBIKORWA NA RAPORO BYA ACTIVITIES AND REPORT ,NA,NA,Ingingo ya 13: Raporo za Komisiyo n’inzego izishyikiriza,"Komisiyo ishyikiriza Inteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi, raporo y‟ibikorwa byayo mu gihe kitarenze amezi atatu (3) akurikira impera y‟umwaka w‟ingengo y‟imari, ikagenera kopi Perezida wa Repubulika, Guverinoma n‟Urukiko",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA III: POROGARAMU Y’IBIKORWA NA RAPORO BYA ACTIVITIES AND REPORT ,NA,NA,Ingingo ya 14: Isakaza rya raporo ya komisiyo,Komisiyo isakaza raporo yayo y‟umwaka imaze kuyigeza ku Nteko Ishinga Amategeko.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,NA,Ingingo ya 15: Inzego z’ubuyobozi za komisiyo,Inzego z‟ubuyobozi za Komisiyo ni izi The administrative organs of the Commission zikurikira 1° Inama y‟Abakomiseri; 1° l; 2° Biro ya Komisiyo; ; 3° Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo. ,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 16: Inshingano z’Inama y’Abakomiseri,Inama y‟Abakomiseri ni rwo rwego rukuru rwa Komisiyo. By‟umwihariko ishinzwe ibi bikurikira: 1° kwemeza gahunda y‟ibiri ku murongo w‟ibyigwa n‟inama yayo; 2° gufata ibyemezo byose bijyanye no guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu; 3° kwemeza igenamigambi na gahunda y‟ibikorwa bya Komisiyo;,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 17: Abagize Inama y’Abakomiseri n’ibyo bagomba kuba bujuje," Inama y‟Abakomiseri igizwe n‟Abakomiseri barindwi (7) barimo Perezida na Visi Perezida. Kugira ngo umuntu abe Umukomiseri agomba kuba yujuje ibi bikurikira: 1° kuba ari Umunyarwanda; 2° kuba ari inyangamugayo; 3° kuba atarahamijwe n‟inkiko ku buryo bwa burundu icyaha cya jenoside, ibyaha byibasiye inyoko muntu n‟icyaha cy‟ingengabitekerezo ya jenoside; ",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 18: Aho Abakomiseri baturuka,Abakomiseri baturuka aha hakurikira: 1° mu miryango itari iya Leta iharanira guteza imbere no kurengera uburenganzira bwa muntu; 2° muri Kaminuza n‟amashuri makuru ya Leta n‟ayigenga; 3° muri sosiyete sivili; 4° mu nzego za Leta; 5° mu bikorera.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 19: Abagize Komite itoranya abakandida ku mwanya w’Ubukomiseri n’uko bashyirwaho,Komite itoranya abakandida ku mwanya w‟Ubukomiseri igizwe n‟abantu batanu (5) baturuka:,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 20: Ibigomba kubahirizwa mu guhitamo abakandida w’Ubukomiseri ku mwanya,"Komite itoranya abakandida irigenga mu mikorere yayo. Mu guhitamo abakandida, Komite igomba:",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 21: Iyemezwa ry’Abakomiseri mu Mutwe wa Sena,Guverinoma ishyikiriza Sena abakandida barindwi (7) ku myanya y‟Abakomiseri kugira ngo ibemeze mbere y‟uko bashyirwaho n‟iteka,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 22: Irahira ry’Abakomiseri,"Mbere yo gutangira imirimo yabo, Abakomiseri barahirira imbere y‟Urukiko rw‟Ikirenga indahiro iteganywa mu Itegeko Nshinga.",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 23: Manda y’Abakomiseri,Manda y‟Abakomiseri ni imyaka ine (4) ishobora kongerwa inshuro imwe (1) gusa. Muri iyo manda Abakomiseri bakora ku buryo buhoraho.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 24: Ubudahungabanywa bw’Abakomiseri,"Mu gihe na nyuma ya manda ye, nta Mukomiseri ushobora gushakishwa cyangwa gukurikiranwa",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 25: Imirimo itabangikanywa no kuba Umukomiseri,"Uwemejwe ku mwanya Commissaire w‟Ubukomiseri e ntiyemerewe gukora undi murimo uhemberwa, ahagarika imirimo yari asanzwe akora.Icyakora, ashobora gukora imirimo yerekeye",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 26: Uko Umukomiseri ava ku murimo,1° manda irangiye; 2° yeguye akoresheje inyandiko; 3° atagishoboye kuzuza inshingano ze bitewe n‟uburwayi cyangwa ubumuga byemejwe n‟Akanama k‟abaganga kashyizweho na Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze bisabwe na Komisiyo;,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 27: Isimburwa ry’Umukomiseri,"Iyo Umukomiseri ahagaritse imirimo ku mpamvu iyo ari yo yose, Perezida wa Komisiyo cyangwa umusimbura mu gihe adahari abimenyesha Perezida wa Repubulika, Sena na Guverinoma mu gihe kitarenze iminsi umunani (8).",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 28: Itumizwa n’iterana ry’inama n’ifatwa ry’ibyemezo y’Abakomiseri,Inama y‟Inama y‟Abakomiseri itumizwa mu nyandiko na Perezida wa Komisiyo cyangwa umusimbura mu gihe adahari.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 29: Imikorere y’Inama y’Abakomiseri,"Bitabangamiye ibiteganywa n‟ingingo ya 28 y‟iri tegeko,",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri,Ingingo ya 30: Ibigenerwa Abakomiseri,Iteka rya Perezida rishyiraho ibigenerwa A Presidential Order shall determine the Abakomiseri bari mu mirimo n‟ ibigenerw,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 2: Biro ya Komisiyo,Ingingo ya 31: Abagize Biro ya Komisiyo,Biro ya Komisiyo igizwe na Perezida na Visi The Bureau of the Commission shall be Le Bureau de la Commission est composé du Perezida. composed of the Chairperson and the Vice Président et du Vice-président. Chairperson. Iyo Perezida na Visi-Perezida badahari,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 2: Biro ya Komisiyo, Ingingo ya 32: Inshingano za Biro ya Komisiyo,Biro ya Komisiyo ifite inshingano zikurikira: The Bureau 1° gukurikirana ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya Komisiyo n‟ingengo y‟imari yayo; 2° gukurikirana imirimo y‟Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo; 3° gutsura umubano n‟abafatanyabikorwa,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 2: Biro ya Komisiyo,Ingingo ya 33: Inshingano za Perezida wa Komisiyo,1° kuyobora Komisiyo no guhuza ibikorwa byayo; 2° gutumiza no kuyobora inama z‟Abakomiseri; 3° guhagararira Komisiyo mu gihugu no mu mahanga; 4° kuba umuvugizi wa Komisiyo;,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 2: Biro ya Komisiyo,Ingingo ya 34: Inshingano za Visi-Perezida wa Komisiyo,Visi-Perezida wa Komisiyo afite inshingano zikurikira : 1° kunganira Perezida no kumusimbura mu mirimo ye igihe cyose adahari;,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 35: Ubuyobozi bw’Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo buyoborwa n‟Umunyamabanga Mukuru.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 36: Ishyirwaho Article 36 ry’Umunyamabanga Mukuru,Iteka rya Perezida rishyiraho Umunyamabanga Mukuru bisabwena Komisiyo.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 37: Inshingano Article 37:z’Umunyamabanga Mukuru,Umunyamabanga Mukuru afite inshingano zikurikira: 1° gukurikirana imirimo y‟Inama y‟Abakomiseri no kuba umwanditsi wayo;,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 38: Gushaka abakozi ba Article 38 Komisiyo,Komisiyo ifite ubwigenge mu gushaka no gushyiraho abakozi bayo. Ibikora ibicishije mu ipiganwa,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA IV: INZEGO ZA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 39: Sitati igenga abakozi ba Komisiyo,Abakozi ba Komisiyo bagengwa na Sitati Rusange igenga Abakozi ba Leta n‟inzego z‟imirimo ya Leta.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA V: UMUTUNGO WA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 40: Inkomoko n’icungwa by’umutungo wa Komisiyo,Umutungo wa Komisiyo ugizwe n‟ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA V: UMUTUNGO WA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 41: Itegurwa ry’imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya Komisiyo,Komisiyo itegura imbanzirizamushinga y‟ingengo y‟imari yayo ikayishyikiriza Minisitiri ufite imari mu nshingano ze.,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA V: UMUTUNGO WA KOMISIYO,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 42: Igenzura ry’umutungo wa Komisiyo,"Umutungo wa Komisiyo ugenzurwa n‟Umugenzuzi Mukuru w‟Imari ya Leta, nyuma y‟umwaka w‟ingengo y‟imari n‟igihe cyose bibaye ngombwa",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 43 : Manda y’Abakomiseri bari basanzweho,Manda y‟Abakomiseri bari basanzwe bari mu mirimo itangira kubarwa uhereye ku itariki ivugwa mu Iteka rya Perezida rishyira buri wese mu mwanya,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,"Ingingo 44: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa ","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw‟Ikinyarwanda",NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 45: Ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iritegeko ,Itegeko n° 30/2007 ryo kuwa 06/07/2007 rigena imiterere n‟imikorere bya Komisiyo y‟Igihugu y‟Uburenganzira bwa muntu,NA "ITEGEKO N°19/2013 RYO KUWA 25/03/2013 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYA KOMISIYO Y’IGIHUGU Y’UBURENGANZIRA BWA MUNTU",UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA,NA,Icyiciro cya 3: Ubunyamabanga Bukuru bwa Komisiyo,Ingingo ya 46: Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho. Repubulika y‟u Rwanda. Kigali, kuwa 25/03/2013",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA MBERE,Ingingo ya mbere,"1. Abaturage bose bafite uburenganzira bwo kwihitiramo uburyo bwo kubaho. Bishingiye kuri iryo hame, bafite uburenganzira bwokwishyiriraho mu bwisanzure imitegekere igihugu kigenderaho no kwiteza imbere mu bukungu, mu mibereho myiza no mu muco. 2. Kugira ngo bagere ku ntego bagamije, abaturage bose bashobora gukoresha mu bwisanzure ubukungu n’umutungo kamere byabo bitabangamiye inshingano zikomoka mu butwererane mpuzamahanga mu by’ ubukungu; bushingiye ku ihame ry’inyungu magirirane, no ku mategeko mpuzamahanga. Nta na rimwe abaturage bashobora kuvutswa ibyababeshaho byabo bwite. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, birimo n’ibitegeka uturere tutaragira ubwigenge cyangwa tukiri indagizo, bigomba guharanira ko ishyirwa mu bikorwa ry’uburenganzira abaturage bafite bwo kwihitiramo uburyo bwo kubaho mu bihugu byabo, bigomba kandi kubahiriza ubwo burenganzira nk’uko biteganywa mu Masezerano Mpuzamhanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA KABIRI,Ingingo ya 2,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje gutera intambwe, yaba ishingiye ku bushobozi bwacyo bwite cyangwa ku bufatanye n’amahanga, nko mu byerekeye ubukungu na tekiniki, kugira ngo uburenganzira bukubiye Masezerano kugerwaho buzagende ku buryo muri aya burushaho bwuzuye, hakoreshejwe uburyo bwose buboneye, burimo cyane cyane gushyiraho amategeko. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje ko uburenganzira buyakubiyemo buzubahirizwa nta vangura iryo ari ryo ryose ryaba irishingiye ku bwoko, ku ibara ry’uruhu, ku gitsina, ku rurimi, ku idini, ku bitekerezo bya politiki cyangwa ibindi bitekerezo, ku bwenegihugu cyangwa inkomoko, ku mutungo, ku mivukire cyangwa se ku yindi mimerere iyo ari yo yose. 3. Ibihugu biri mu nzira y’amajyambere, bishingiye koko ku burenganzira bwa muntu no ku bukungu bw’igihugu bwabyo, bishobora kugena uburyo bwishingira uburenganzira mu by’ubukungu bwemewe n’aya Masezerano ku banyamahanga.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje kubahiriza ku buryo bungana uburenganzira umugabo n’umugore bafite mu byerekeye ubukungu, imibereho myiza no mu byerekeye umuco nk’uko buteganyijwe muri aya Masezerano.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, byemeje ko mu gihe cyo gukoresha uburenganzira bwishingiwe na Leta nk’uko biteganywa muri aya Masezerano, Leta ishobora gusa gushyiraho inzitizi ku ikoreshwa ry’ubwo burenganzira hakoreshejwe itegeko kandi izo nzitizi zikaba zihuje n’imiterere y’ubwo burenganzira, hagamije gusa guteza imbere imibereho myiza rusange mu gihugu kigendera kuri demokarasi.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5,"1. Nta ngingo n’imwe mu zigize aya Masezerano ishobora gufatwa nk’aho iha Leta, itsinda cyangwa umuntu ku giti cye uburenganzira bwo kugira icyo bakora kigamije kuvanaho uburenganzira n’ubwisanzure biyakubiyemo cyangwa se kubigabanya ku buryo burenze ubuteganywa n’aya Masezerano. 2. Nta wemerewe kugabanya cyangwa kunyuranya n’uburenganzira bw’ibanze bw’ikiremwamntu busanzwe bwemewe cyangwa buriho muri buri gihugu hashingiwe ku mategeko, ku masezerano mpuzamahanga, ku mabwiriza y’ubuyobozi cyangwa ku muco wemewe, yitwaje ko aya Masezerano nta cyo abuvugaho cyangwa ko abwemera ku rwego ruciriritse.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATATU,Ingingo ya 6,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera uburenganzira ku murimo bukubiyemo uburenganzira umuntu afitebwo kwibeshaho abikesheje akazi yihitiyemo cyangwa yemeye nta gahato, ibyo bihugu kandi bikazafata ibyemezo bigamije kurengera ubwo burenganzira. 2. Mu ngamba igihugu kiri muri aya Masezerano kizafata kugira ngo cyubahirize ubwo burenganzira ku buryo busesuye hagomba kubamo kwigisha no guhugura abantu mu myuga n’ubumenyi ngiro, gushyiraho gahunda, politiki n’imikorere bigamije kugeza abaturage ku majyambere arambye mu by’ubukungu, mu mibereho myiza n’umuco no ku kazi kabyara inyungu zuzuye mu nzira zitabangamiye ubwisanzure bw’ibanze mu bya politiki n’ubukungu by’umuntu.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera uburenganzira buri muntu afite bwo gukoreshwa hubahirijwe ibigomba gukurikizwa ku murimo kugira ngo abakozi bafatwe neza by’umwihariko: ku buryo bunozea) Igihembo giha abakozi bose nibura ibi bikurikira: i) umushahara ukwiye kandi ungana ku bantu bose bakora umurimo umwe nta vangura iryo ari ryo ryose, by’umwihariko ku bagore hakarebwa ko ibigomba gukurikizwa ku murimo wabo bitari munsi y’ibigenerwa abagabo kandi bagahabwa igihembo kingana n’icy’abagabo igihe bakora umurimo umwe; ii) imibereho myiza ku bakozi no ku miryango yabo hakurikijwe ibiteganywa muri aya Masezerano; b) Umutekano n’isuku ku kazi; c) amahirwe angana kuri bose mu kuzamurwa mu ntera mu kazi, bajya mu rwego rwo hejuru ruteganyijwe, nta kindi gikurikijwe uretse uburambe ku kazi n’ubushobozi; d) ikiruhuko, imyidagaduro, amasaha yo gukora ari mu rugero, ibiruhuko bya buri mwaka bihemberwa, kimwe no gukomeza guhembwa ku minsi yemewe y’ikiruhuko.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya masezerano byiyemeje kubahiriza: a) Uburenganzira buri muntu afite bwo gushinga hamwe n’abandi ingaga n’ubwo kwinjira mu rugaga yihitiyemo, igihe cyose atanyuranyije n’amategeko agenga urugaga arimo, agamije guteza imbere no kurengera inyungu ze mu rwego rw’ubukungu n’urw’imibereho myiza. Nta kindi gishobora kuzitira ikoreshwa ry’ubu burenganzira uretse gusa ibyaba biteganyijwe n’amategeko kandi bya ngombwa mu gihugu kigendera kuri demokarasi, bigamije kurinda umutekano w’igihugu n’umudendezo rusange cyangwa kurengera uburenganzira n’ubwisanzure by’abandi. b) Uburenganzira ingaga z’abakozi zifite bwo kwifatanya cyangwa kwibumbira mu mahuriro ku rwego rw’igihugu n’uburenganzira ayo mahuriro afite bwogushinga ingaga mpuzamahanga cyangwa ubwo kuzijyamo; c) Uburenganzira ingaga z’abakozi zifite bwo gukora imirimo yazo mu bwisanzure nta zindi nzitizi uretse iziteganywa n’amategeko kandi za ngombwa mu gihugu kigendera kuri demokarasi, zigamije kurengera umutekano w’igihugu n’umudendezo rusange, cyangwa se bigamije kurinda uburenganzira n’ukwishyira ukizana by’abandi. d) Uburenganzira bwo guhagarika imirimo mu rwego rw’imyigaragambyo, bukoreshwa hakurikijwe amategeko ya buri gihugu; 2. Iyi ngingo ntibuza ko amategeko yagabanya ubwo burenganzira ku basirikare, ku bapolisi no ku bakozi ba Leta. 3. Nta kintu na kimwe kiri muri iyi ngingo cyemerera ibihugu bihuriye ku Masezerano y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Murimo yo mu wa 1948 yerekeye uburenganzira bwo kujya mu ngaga no kurengera ubwo burenganzira, gushyiraho amategeko abangamiye ibiteganywa n’aya Masezerano cyangwa gukurikiza amategeko ariho ku buryo bwabangamira uburenganzira buteganyijwe muri aya Masezerano. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera ko buri muntu afite uburenganzira ku bwiteganyirize bw’abakozi, bukubiyemo ubwishingizi bw’abaturage.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera ko: 1. Umuryango wo muzi kamere kandi w’ibanze w’abantu ugomba kurindwa no kugobokwa ku buryo bushobotse bwose, cyane cyane mu byerekeye ishingwa ryawo n’igihe cyose ufite inshingano zo kwita ku bana bawo no kubarera. Gushyingirwa bikorwa nta gahato hakurikijwe ubwumvikane bw’abifuza gushyingiranwa.2. Ababyeyi bagomba kurindwa ku buryo bwihariye mu gihe kigereranyije begereje kubyara na nyuma yo kubyara. Muri icyo gihe abagore bakorera umushahara bagumana uburenganzira bwabo ku kiruhuko gihemberwa cyangwa ikiruhuko giherekejwe n’ibigenerwa abakozi bikwiye mu rwego rw’ubwiteganyirize. 3. Hagomba gushyirwaho amategeko yihariye yo kurinda no kugoboka abana bose n’ingimbi cyangwa abangavu nta vangura iryo ariryo ryose ryaba irishingiye ku kuba umwana yaravutse bashyingiranywe ku babyeyi cyangwa batashyingiranywe cyangwa izindi mpamvu. Abana, abangavu n’ingimbi bagomba kurindwa kunyunyuzwa imitsi bigamije ubukungu cyangwa imibereho rusange. Kubakoresha imirimo ishobora guhungabanya umuco ndangabupfura wabo cyangwa ubuzima bwabo, gushyira amagara yabo mu kaga cyangwa kubangamira imikurire yabo isanzwe, bigomba guhanwa n’amategeko. Ibihugu bigomba guteganya imyaka ya ngombwa gukoresha akazi gahemberwa abana bari munsi yayo bigomba kuba bibujijwe kandi bihanwa n’amategeko.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera uburenganzira umuntu afite bwo kubona ibya ngombwa kugira ngo we n’umuryango we bagire imibereho myiza, ubwo burenganzira bukubiyemo ibibatunga, imyambaro n’icumbi bihagije kimwe n’ubwo guhora bateza imbere iyo mibereho myiza.Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bizafata ibyemezo bikwiye bigamije gushyira mu bikorwa ubwo burenganzira kandi kuri iyo ngingo byemera ko ubutwererane mpuzamahanga ibihugu byiyemereye nta gahato ari ingirakamaro cyane. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera uburenganzira buri muntu afite bwo kurindwa inzara, kandi ku bw’ibyo byiyemeje gushyiraho ubwabyo cyangwa binyuze mu butwererane mpuzamahanga ingamba zihamye, zigaragara: a) zirimo gahunda Zo kunoza uburyo bwo kongera umusaruro, kuwuhunika no gukwirakwiza ibiribwa hakoreshejwe uburyo bwose bw’ikoranabuhanga n’ubw’ubumenyi, hakoreshejwe uburyo bwo gukwirakwiza ubumenyi mu byerekeye imbonezamirire no guteza imbere cyangwa kuvugurura urwego rw’ubuhinzi ku buryo umutungo kamere ubyazwa umusaruro kandi ugakoreshwa mu buryo bwiza uko bishoboka kose.b) Zo gutuma habaho isaranganya ritabera ry’ibiribwa mu rwego rw’isi hagendewe ku bikenewe, hitabwa ku bibazo ibihugu bitumiza ibiribwa mu mahanga n’ibibyohereza mu mahanga bihura na byo.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera uburenganzira buri muntu afite bwo kugera, mu buryo bushoboka bwose, ku buzima buzira umuze ku mubiri no mu mutwe. 2. Mu byemezo ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bigomba gufata kugira ngo ubwo burenganzira bwubahirizwe uko bwakabaye hagomba kuba hakubiyemo ibi bikurikira: a) Kugabanya imfu z’abana bavuka bapfuye n’iz’abapfa batarageza ku mwaka bavutse, no gufasha abana gukura neza; b) Kwita ku isuku mu miterere yayo yose haba aho abantu baba cyangwa se mu nganda;c) Gufata ibyemezo byo gukingira no kuvura indwara z’ibyorezo n’izibasira akarere, izikomoka ku kazi n’izindi, kimwe no kurwanya izo ndwara; d) Gushyiraho ibya ngombwa bikenewe bituma abantu bose babona serivisi z’ubuvuzi kandi bagafashwa mu kwivuza igihe barwaye. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera uburenganzira bwa buri muntu ku burezi. Byemeranyije ko uburezi bugomba kwibanda ku guteza imbere umuntu uko yakabaye, kumuhesha icyubahiro cye no gushimangira ry’uburenganzira n’iry’ubwisanzure bw’ibanze. iyubahirizwa bwa muntuByemeranyije kandi ko uburezi bugomba gutegura buri muntu ku buryo yagira uruhare rw’ingirakamaro mu gihugu kirangwa n’ubwisanzure, uburezi kandi bugomba guteza imbere ubwumvikane, ubworoherane n’ubucuti hagati y’ibihugu byose no hagati y’abantu badahuje ubwoko, cyangwa idini kandi bugateza by’Umuryango imbere w’Abibumbye kubungabunga amahoro. ibikorwa mu 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera ko kugira ngo ubwo burenganzira bushyirwe mu bikorwa: a) Kwiga amashuri abanza ari itegeko kandi bikaba ari ubuntu kuri bose. b) Amashuri yisumbuye, mu byiciro byayo byose, harimo n’amashuri y’imyuga, agomba kuboneka hose kandi yemerewe abantu bose hakoreshejwe uburyo bwose buboneye, by’umwihariko nko kugenda hatezwa imbere gahunda yo kwigira ubuntu.c) Abantu bose bagomba kugira uburenganzira bungana bwo kwakirwa mu mashuri makuru, hakurikijwe ubushobozi bwa buri wese n’uburyo bwose buboneye, by’umwihariko nko kugenda hatezwa imbere gahunda yo kwigira ubuntu. d) Abantu batize amashuri abanza cyangwa bayacikirije bagomba gushishikarizwa kwitabira inyigisho z’ibanze zigamije kubajijura kandi izo nyigisho zikongererwa ingufu uko bishoboka kose. e) Ni ngombwa gukaza umurego mu kongera umubare w’amashuri ku byiciro byayo byose, gushyiraho gahunda ihamye ya za buruse no kunoza ku buryo buhoraho ibikoresho byifashishwa n’abarimu. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje kubahiriza w’ababyeyi umudendezo n’uw’abishingizi bemewe n’amategeko aho ari ngombwa, mu guhitiramo abana babo ibigo by’amashuri bitari ibya Leta ariko bigendera ku bipimo ngenderwaho mu rwego rw’uburezi bishobora gutangwa cyangwa se kwemezwa na Leta; no mu guhesha abana babo uburere bw’iyobokamana n’ubw’imbonezabupfura hakurikijwe ukwemera kwabo bwite. 4. Nta kintu na kimwe kivugwa muri iyi ngingo kigomba gufatwa nk’aho kibangamiye uburenganzira bw’abantu ku giti cyabo cyangwa bw’imiryango ifite ubuzima gatozi bwo gushyiraho no kuyobora ibigo by’amashuri, bapfa gusa kubahiriza amahame akubiye mu gika cya mbere cy’iyi ngingo kandi uburere butanzwe muri ibyo bigo bukagendera ku bipimo ngenderwaho bishobora gushyirwaho na Leta. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano, mu gihe cyo kuyazamo cyari kitarashobora kubahiriza mu ntara kigenga cyangwa mu zindi ntara ziri mu bubasha bwacyo, ihame ry’uko kwiga amashuri abanza ari itegeko kandi ku buntu, cyiyemeje mu gihe cy’imyaka ibiri, gutegura no kwemeza igenamigambi rirambuye ry’ibikorwa bizafasha buhoro buhoro ariko mu gihe kitarambiranye giteganyijwe muri iryo genamigambi, gushyira mu bikorwa ihame ry’uko kwiga amashuri abanza ari itegeko kandi ku buntu.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera uburenganzira bwa buri wese: a) Bwo kugira uruhare mu bikorwa ndangamuco; b) Bwo kugezwaho ibyiza bituruka ku iterambere ry’ubumenyi n’imikoreshereze yabwo;c) Bwo kurengerwa n’amategeko ku burenganzira nyamuntu n’uburenganzira ku mutungo bukomoka ku bikorwa bye by’ubuhanga, by’ubuvanganzo cyangwa se by’ubugeni. 2. Ingamba ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bizafata kugira ngo ubwo burenganzira bwubahirizwe uko bwakabaye zigomba kubamo iza ngombwa mu kubungabunga, guteza imbere no gusakaza ubuhanga n’umuco. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje kubahiriza ubwisanzure bukenewe mu bikorwa by’ubushakashatsi no mu bikorwa by’ubuhanzi. 4. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera ibyiza bituruka ku gushyigikira no guteza imbere imishyikirano n’ubutwererane mpuzamahanga mu rwego rw’ubumenyi n’umuco. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,GICE CYA KANE,ngingo ya 16,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje gutanga,hakurikijwe ibiteganijwe muri iki gice cy’Amasezerano, raporo z’ibyemezo bizaba byafashe n’intambwe bizaba byateye mu kubahiriza uburenganzira bwemewe n’aya Masezerano. (a) Raporo zose zohererezwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we agashyikiriza inyandukuro yazo Inama ishinzwe ubukungu n’imibereho myiza kugira ngo izisuzume nk’uko biteganyijwe muri aya Masezerano. (b) Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yoherereza kandi amashami yawo yihariye inyandukuro z’izo raporo zatanzwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi by’ibinyamuryango by’ayo mashami yihariye, cyangwa bimwe mu bice byazo by’ingenzi, mu gihe cyose izo raporo cyangwa ibice byazo bifitanye isano n’ibibazo ayo mashami yihariye ashobora gukemura hakurikijwe inshingano yahawe n’amasezerano ayashyiraho.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bitanga za raporo mu byiciro, hakurikijwe gahunda igenwa n’Inama ishinzwe ubukungu n’imibereho myiza mu gihe cy’umwaka uhereye ku itariki aya Masezerano atangiriraho gukurikirizwa, ibanje kumva ibitekerezo by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kimwe n’iby’amashami w’Abibumbye bireba. y’Umuryango 2. Raporo zishobora kugaragaza impamvu n’ingorane zibuza ibihugu kubahiriza ku buryo busesuye inshingano zikubiye muri aya Masezerano. 3. Mu gihe hari ibisobanuro kuri iyo ngingo byagejejwe ku Muryango w’Abibumbye cyangwa ku ishami ryawo ryihariye bikozwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano, si ngombwa kongera kwandika ibyobisobanuro, kuranga neza aho ibyo bisobanuro biri birahagije. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18,"Mu rwego rw’inshingano ihabwa n’Amasezerano mpuzamahnga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye mu byerekeye uburenganzira n’umudendezo by’ibanze bya muntu, Inama y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe ubukungu n’imibereho myiza ishobora kugirana ubwumvikane n’andi mashami yawo yihariye kugira ngo ajye ayigezaho raporo ku byagezweho mu kubahiriza ibiteganyijwe muri aya Masezerano bijyanye n’ibikorwa byazo.Izo raporo zishobora gushyirwamo ibyemezo n’ibyifuzonama inzego zibishinzwe z’amashami yihariye zafashe kuri iryo shyirwa mu bikorwa. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19,"Inama y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe ubukungu n’imibereho myiza ishobora koherereza Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu, bibaye ngombwa, za raporo ibihugu bitanga hakurikijwe ingingo ya 16 n’iya 17 na raporo zerekeye uburenganzira bwa muntu zitangazwa n’amashami yihariye hakurikijwe ingingo ya 18, kugira ngo izige, izitangeho ibitekerezo muri rusange cyangwa kugira ngo izimenye.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kimwe n’amashami yihariye bireba bishobora gushyikiriza Inama ishinzwe ubukungu n’imibereho myiza ibitekerezo ku cyifuzonama rusange icyo ari cyo cyose cyatanzwe hakurikijwe ingingo ya 19, cyangwa ku yindi ngingo yose yerekeza kuri icyo cyifuzonama rusange iri muri raporo ya Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe uburenganzira bwa muntu cyangwase no mu yindi nyandiko yose ivugwa muri iyo raporo.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 21,"Inama ishinzwe ubukungu n’imibereho myiza ishobora rimwe na rimwe kugeza ku Nteko Rusange raporo zikubiyemo ibyifuzonama rusange n’incamake y’ibisobanuro byatanzwe n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, n’ibyatanzwe n’amashami yihariye ku ngamba zafashwe n’ibyagezweho mu rwego rw’iyubahiriza rusange ry’uburenganzira bwemewe muri aya Masezerano.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 22,"Inama ishinzwe ubukungu n’imibereho myiza ishobora gushyikiriza izindi nzego z’Umuryango w’Abibumbye, inzego zizishamikiyeho n’amashami yawo yihariye bishinzwe gutanga inkunga mu rwego rw’impuguke, ikibazo cyose kigaragajwe n’izo raporo zivugwa muri iki gice cy’aya Masezerano, gishobora gufasha izo nzego gufata imyanzuro, buri rwego mu birureba, ku byemezo mpuzamahanga byafatwa bigamije gutuma aya Masezerano agenda ashyirwa mu bikorwa ku buryo bugaragara.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byumvikanye ko mpuzamahanga mu bigamije byemezo gutuma uburenganzira bwemewe n’aya Masezerano bushyirwa mu bikorwa harimo nko kugirana amasezerano, kwemeza ibyifuzonama, gutanga inkunga mu rwego rw’impuguke no gutegura, mu bufatanye n’ibihugu birebwa,inama z’uturere n’inama zo ku rwego rwa tekiniki zigamije kungurana ibitekerezo no kwiga ibibazo. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 24,Nta ngingo n’imwe y’aya Masezerano ishobora gufatwa nk’aho ibangamiye ingingo zigize Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye n’amasezerano ashyiraho amashami yawo yihariye asobanura inshingano za buri rwego rw’Umuryango w’Abibumbye n’amashami yawo yihariye ku byerekeye ibibazo bivugwa muri aya Masezerano.,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 25,Nta ngingo n’imwe mu zigize aya Masezerano ishobora gufatwa nk’aho ibangamiye uburenganzira abaturage bose bafite bwo gukoresha mu bwisanzure no mu buryo bwuzuye ubukungu n’umutungo kamere byabo.,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,IGICE CYA GATANU,Ingingo ya 26,"1. Aya Masezerano yemerewe gushyirwahoumukono n’igihugu cyose kigizeUmuryango w’Abibumbye cyangwa kiri mu ishami ryihariye iryo ari ryo ryose rw’uwo Muryango, igihugu kiri mu Masezerano mpuzamhanga ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga ndetse n’ikindi gihugu icyo ari cyo cyose Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yahamagarira kuba igihugu kiri muri aya Masezerano. 2. Aya Masezerano agomba kwemezwa burundu kandi inyandiko ziyemeza burundu zigashyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 3. Aya Masezerano yemerera igihugu icyo ari cyo cyose kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. 4. Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikorwa hashyikirizwa inyandiko yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. 5. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose byashyize umukono kuri aya Masezerano cyangwa byemeye kuba ibiyahuriyeho inyandiko yose yashyikirijwe yerekeye kwemeza burundu aya Masezerano cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 27,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa nyuma y’amezi atatu akurikira itariki yo gushyikiriza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye inyandiko ya mirongo itatu na gatanu yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe kimwe mu bihugu biyahuriyeho. 2. Kuri buri gihugu kizemeza burundu aya Masezerano cyangwa kizemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriye nyuma y’itangwa ry’inyandiko ya mirongo itatu na gatanu iyemeza burundu cyangwa yemera kubakimwe mu bihugu biyahuriyeho, aya Masezerano atangira gukurikizwa nyuma y’amezi atatu akurikira itariki yo gutanga inyandiko yacyo yo kwemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho.",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 28,Ingingo zigize aya Masezerano zikurikizwa uko ziri nta gabanya cyangwa irengayobora muri za Leta zibumbiye mu gihugu kimwe.,NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 29,"1. Buri gihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora Gutanga icyifuzo cy’uko Amasezerano yavugururwa, kikageza inyandiko y’icyo cyifuzo ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Umunyamabanga Mukuru yoherereza ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano imishinga y’ivugururwa, abisaba kumumenyesha niba bishyigikiye ko hatumizwa inama yabyo y’ibihugu bihuriye ku Masezerano kugira ngo bisuzume ishingiro ry’iyo mishinga binayitorere. Iyo nibura kimwe cya gatatu cy’ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishyigikiye iryo tumizwa, Umunyamabanga Mukuru aratumiza Inama mu rwego rw’Umuryango w’Abibumbye. Impinduka izo ari zo zose zemejwe ku bwiganze bw’amajwi y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byitabiriye inama kandi bitora, zishyikirizwa Inteko Rusange y’Umuryango kugira ngo izemeze. w’Abibumbye 2. Amavugurura atangira gukurikizwa iyo yemejwe n’Inteko Rusange y’Umuryango bwa bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, hakurikijwe ibiteganywa n’Amategeko nshinga yabyo. 3. Iyo ayo mavugurura atangiye gukurikizwa, ingingo zayo ziba shinganwa ku bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano byayemeye ibindi bihugu bisigaye bikomeza kurebwa n’aya Masezerano hamwe n’amavugurura yayo byemeye mbere. w’Abibumbye kandi akemerwa n’ubwiganze",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 30,"Hatitawe ku imenyesha riteganyijwe mu gika cya 5 cy’ingingo ya 26, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose bivugwa mu gika cya mbere cy’iyo ngingo ibi bikurikira: (a) Imikono yashyizwe kuri aya Masezerano n’inyandiko zo kuyemeza burundu cyangwa zo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho byatanzwe ingingo ya 26; hakurikijwe (b) Itariki aya Masezerano atangiriraho gukurikizwa nk’uko biteganywa n’ingingo ya 27 n’itariki amavugurura atangiriraho gukurikizwa hakurikijwe ingingo ya 29. ",NA "AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 31,"1. Aya Masezerano yanditswe mu ndimi z’Icyongereza, Igishinwa, Igifaransa, Ikirusiya n’Icyesipanyolo zinganya agaciro, abikwa mu ishyinguranyandiko ry’Umuryango w’Abibumbye. 2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yoherereza ibihugu byose bivugwa mu ngingo ya 26 inyandukuro y’aya Masezerano ihuje n’umwimerere.",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya mbere : BISOBANURO BY’AMAGAMBO ,"Muri aya Masezerano: a) ""Ibikorwa byo guhirika ubutegetsi"" bisobanura igikorwa gikangurira, cyongera cyangwa gitera ubushyamirane mu bihugu bigize umuryango cyangwa hagati yabyo hagamijwe guhungabanya cyangwa guhirika ubutegetsi cyangwa politiki biriho binyuze by’umwihariko mu kuzamura amakimbirane ashingiye ku ruhu, ku myemerere, ururimi, ubwoko n’irindi tandukaniro mu buryo bunyuranyije n’Amasezerano ashyiraho Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye n’Itangazo ry’i Lome; b) ""Ingabo zibungabunga amahoro muri Afurika"" bisobanura Ingabo zibungabunga amahoro muri Afurika ziteganywa mu masezerano y’Inyongera yerekeye ishyirwaho ry’Akanama ka Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe Amahoro n’Umutekano; c) ""Gushoza intambara"" bivuga gukoresha ku gihugu kibizi kandi kibishaka ingabo cyangwa ikindi gikorwa runaka cy’ubushotoranyi bikozwe n’igihugu, itsinda ry’ibihugu, ibihugu byishyize hamwe cyangwa abandi bantu cyangwa ikindi kigo cy’ikinyamahanga bigamije kubangamira ubusugire bw’igihugu, ubwigenge bwa politiki, kutavogera ubutaka bw’ikindi gihugu n’umutekano w’abaturage b’igihugu bihuriye kuri aya masezerano, ibyo bikorwa binyuranyije n’Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w'Abibumbye cyangwa Amasezerano ashyiraho Afurika Yunze Ubumwe. Ibikorwa bikurikira bifatwa nk’ibikorwa byo gushoza intambara, hatitawe ku gutangaza gutangiza intambara bikorwa n’igihugu, itsinda ry’ibihugu cyangwa abadafite igihugu babarizwamo cyangwa abandi bantu cyagwa urundi rwego rruturutse mu kindi gihugu: (i) gukoresha ingabo mu guhungabanya ubusugire bw’igihugu, kuvogera ubusugire bw’igihugu n’ubwigenge bwa politiki by’igihugu kigize Umuryango, cyangwa ikindi gikorwa cyose kinyuranyije n’ibiteganywa n’Amasezerano ashyiraho Afurika Yunze Ubumwe n’Amasezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye; (ii) kwinjira ku butaka cyangwa gutera bikorwa n’ingabo bigahungabanya igihugu kigize Umuryango cyangwa ingabo zikagifata, nubwo byaba bikozwe by’igihe gito, kubera uko kwinjira ku butaka cyangwa igitero cyangwa ukwigarurira igihugu kigize Umuryango cyangwa igice cyacyo hakoreshejwe ingufu ; (iii) kurasa ku butaka bw’igihugu kigize Umuryango cyangwa gukoresha intwaro iyo ari yo yose mu kurasa ku butaka bw’igihugu kigize umuryango; (iv) gufunga ibyambu, inkengero cyangwa ikirere cy’igihugu kigize Umuryango; (v) kugaba igitero ku ngabo zirwanira ku (vi) gukoresha ingabo z’igihugu kigize Umuryango ziri ku butaka bw’ikindi gihugu bymvikanyweho n’igihugu zirimo mu buryo bunyuranyije n’ibiteganywa n’aya Masezerano; (vii) igikorwa ku gihugu kigize Umuryango cyo kwemera ko ubutaka bwacyo cyeguriye ikindi gihugu kiri mu muryango bukoreshwa n’ikindi gihugu na cyo kigize Umuryango mu gushoza intambara ku kindi gihugu; (viii) kohereza bikozwe n’igihugu kigize Umuryango cyangwa mu izina ryacyo cyangwa gutanga inkunga iyo ari yo yose ku matsinda yitwaje intwaro, abacancuro, n’andi matsinda y’abagizi ba nabi bakora ibyaha byambukiranya imipaka, bashobora gukorera igihugu kigize umuryango ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, bifite uburemere butuma bingana n’ibikorwa byavuzwe haruguru, cyangwa igikorwa cyo kuba cyarishoye mu buryo bufatika muri ibyo ikorwa; (ix) ibikorwa by’ubutasi bishobora kwifashishwa n’ingabo mu gushoza intambara ku gihugu kigize umuryango; butaka, ku zirwanira mu mazi cyangwa mu kirere by’igihugu kigize Umuryango; (x) guha ikindi gihugu ubufasha bwa tekiniki ubwo ari bwo bwose, ubutasi n’amahugurwa bigamije gukoreshwa mu gushoza intambara ku kindi gihugu kigize Umuryango; no (xi) gushishikariza, gushyigikira, guha ubuhungiro cyangwa gutanga ubufasha ubwo ari bwo bwose mu ikorwa ry’igikorwa cy’iterabwoba n’ibindi byaha biteguwe byambukiranya imipaka bikorewe igihugu kigize Umuryango, d) “Inteko"" bisobanura Inteko y'abakuru b’ibihugu na za Guverinoma z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; e) ""Komisiyo"" bisobanura Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; f) ""Ugutabarana muri Afurika na politiki y’umutekano"" bisobanura Itangazo ryerekeye politiki y’umutekano wa Afurika yemerejwe i Sirite muri Repubulika y'Abarabu ya Libiya mu nama ya kabiri idasanzwe y’Inteko yateranye muri Gashyantare 2004; g) ""Amasezerano ashyiraho "" bisobanura Amasezerano ashyiraho Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; h) ‘’Urukiko’’ bisobanura urukiko rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; i) ""Guhungabanya umutekano"" bisobanura igikorwa cyose gihungabanya amahoro n’umudendezo by’igihugu cyose kigize Umuryango gishobora guteza imidugararo mu baturage n’uburyo bw’imiyoborere; j) ""Amakimbirane"" bisobanura amakimbirane yose y’ibihugu bibiri cyangwa byinshi bigize Umuryango cyangwa ari mu gihugu kigize Umuryango, akaba ahungabanya amahoro n’umutekano, cyangwa ahungabanya amahoro n’umutekano mu bihugu bigize Afurika Yunze Ubumwe, nk’uko bigenwa n’Inteko y’Abakuru b’ibihugu na guverinoma cyangwa Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano; k) ""Umutekano w’abantu"" bisobanura umutekano w’umuntu mu bijyanye no kubona ibyo akenera by’ibanze. Harimo kandi kumuha uburyo bwa ngombwa bujyanye n’imibereho myiza, ubukungu, politiki, ibidukikije n’umuco hagamijwe imibereho n’agaciro by’umuntu, kumurengera no kubahiriza uburenganzira bw’ikiremwa muntu, imiyoborere myiza no guha buri wese amahirwe n’amahitamo kugira ngo agere ku iterambere rye ryuzuye; l) ""Itangazo ry’i Lome"" bisobanura Itangazo ryerekeye uburyo Umuryango w'Ubumwe bw’Afurika witwara ku mpinduka ziba kuri Leta zinyuranyije n’itegeko nshinga; m) ""Ibihugu bigize Umuryango"" bisobanura ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; n) ""Abacancuro"" bisobanura abacancuro nk’uko bisobanurwa mu Masezerano mpuzamahanga y’Umuryango w’Ubumwe bw’ Afurika yerekeye kurandura ubucancuro muri Afurika; o) "" Komite y’Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo"" bisobanura Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo buteganywa mu Masezerano y’Inyongera yerekeye ishyirwaho ry’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe Amahoro n’Umutekano; p) ""Ukudashoza intambara"" bisobanura ibikorwa by’amahoro by’igihugu kigize Umuryango, itsinda ry’ibihugu bigize umuryango, umuryango uhuza ibihugu bigize umuryango cyangwa ibihugu bitari ibinyamuryango, bidashoza intambara nk’uko byavuzwe haruguru; q) ""Amasezerano"" bisobanura aya Masezerano; r) ""Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano"" bisobanura Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe Amahoro n’Umutekano nk’uko biteganywa mu Masezerano y’Inyongera ashyiraho ako Kanama; s) ""Amasezerano y’Inyongera "" bisobanura Amasezerano y’Inyongera yerekeye ishyirwaho ry'Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe Amahoro n’Umutekano; t)""Uburyo bwo kwirinda amakimbirane mu karere"" bisobanura uburyo bwo kwifashishwa mu karere ka Afurika bugamije gukumira, gucunga no gukemura amakimbirane; u) ""Igihugu kiri muri aya Masezerano"" bisobanura igihugu kigize Umuryango cyemeje burundu Amasezerano cyangwa cyemeye kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho; v) ""Ibikorwa by’iterabwoba"" bisobanura ibikorwa cyangwa ibyaha bisobanurwa mu Masezerano y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika yerekeye gukumira no kurwanya iterabwoba; w) ""Ibikangisho byo gushoza intambara"" bisobanura imyitwarire ibangamye cyangwa imvugo by’igihugu kigize Umuryango, Umuryango uhuza ibihugu cyangwa ibihugu bitari ibinyamuryango, mu hatabayeho gutangaza intambara bishobora gushoza intambara nk’uko byavuzwe haruguru; x) ""Itsinda ry’ubugizi bwa nabi buteguye bwambukiranya imipaka"" bisobanura itsinda rigizwe n’abantu batatu cyangwa abarenze batatu rishyirirwaho igihe runaka kandi rigakora rigamije gukora icyaha gikomeye kimwe cyangwa byinshi byambukiranya imipaka cyangwa ibyaha biteganywa mu mategeko mpuzamahanga, Amasezerano y’Umuryango w’Abibumbye agamije kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka n’Amasezerano yayo yuzuza hagamijwe kubona inyungu y’amafaranga cyangwa ikindi kintu mu buryo buziguye cyangwa butaziguye; y) ""Afurika Yunze Ubumwe"" bisobanura Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe; ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2 INTEGO ,"a) Aya Masezerano agamije: i) kwimakaza ubufatanye hagati y’ibihugu bigize Umuryango mu byiciro bijyanye no kudashoza intambara no gutabarana, ii) kwimakaza ukubana mu mahoro muri Afurika, iii) gukumira amakimbirane hagati cyangwa mu bihugu binyamuryango, no iv) guharanira ko ayo makimbirane akemuka binyuze mu nzira z’amahoro.b) Hashingiwe kuri izi ntego, aya Masezerano agamije kugaragaza uburyo Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ushobora gutabara cyangwa gutegeka ubutabazi mu gukumira no gukemura ibibazo byo gushoza intambara hakurikijwe Amasezerano ashyiraho Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, Amasezerano y’Inyongera na politiki nyafurika yo gutabarana no kubungabunga umutekano; c)Hakurikijwe ibimaze kuvugwa haruguru, igikorwa cyose cyo gushoza intambara cyangwa ibikangisho bigamije gushoza intambara ku gihugu kimwe mu bigize Umuryango bifatwa nk’igikangisho cyangwa gushoza intambara ku bihugu byose bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3 INSHINGANO,"a) Hashingiwe ku biteganywa n’Amasezerano ashyiraho Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gukemura mu mahoro amakimbirane ayo ari yo yose hagamijwe kudahungabanya Amahoro n’Umutekano; kwirinda gukoresha igitugu cyangwa ibikangisho byo gukoresha ingabo mu mibanire yabyo no mu bundi buryo bwose bunyuranyije n’Amahame y’Umuryango w’Abibumbye. Hashingiwe ku bimaze kuvugwa haruguru, nta mpamvu iyo ari yo yose yaba ishingiye kuri politiki, ku bukungu, ku gisirikari, ku myemerere cyangwa ku ibara ry’uruhu yatuma habaho gushoza intambara; b) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyiraho no gushimangira ubucuti no kubana mu mahoro hagati yabyo hakurikijwe amahame shingiro y’Umuryango wa’Afurika Yunze Ubumwe; c) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza guteza imbere politiki zirambye zikwiye zafasha mu mibereho myiza y’Abanyafurika, harimo uburenganzira bwo kugira agaciro n’uburenganzira bw’ibanze bwa buri muntu mu bijyanye na sosiyete ishingiye kuri demokarasi nk’uko biteganywa mu Itangazo ry’i Lome. By’umwihariko, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikora ku buryo habaho uburenganzira mu bijyanye n’imyemerere, kubaha umuco w’abaturage n’uburenganzira bwa ba nyamuke; d) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kubuza kandi bigakumira jenoside, n’ubundi bwoko bwose bwo gutsemba imbaga ndetse n’ibyaha byibasira inyokomuntu. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4,"(a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gufashanya mu gutabarana no mu kubungabunga umutekano wabyo igihe habaye ubushotoranyi ku birebana n’ugushoza intambara cyangwa ibikangisho by kuyishoza; (b) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kimwe giti cyacyo cyangwa bifatanyinyije, guhangana n’ubushotoranyi n’ibikangisho byo gushoza intambara byakorerwa igihugu kigize Umuryango, bikoresheje uburyo bwose buhari; (c) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kutemera kwigarurira ahantu cyangwa kubona indi nyungu yihariye ikomoka mu gushoza intambara; (d) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyiraho Ingabo za Afurika ku rwego rwa nyuma rwo kwishyira hamwe mu rwego rwa politiki n’ubukungu by’umugabane. Hagati aho ibihugu bigize Umuryango bikora ibishoboka byose mu gukemura imbogamizi zo mu rwego rwo gutabarana no kubungabunga umutekano binyuze mu gushyira mu bikorwa Politiki yo gutabarana no kubungabunga umutekano, harimo gushyiraho bidatinze imikorere y’ingabo zihoraho zibungabunga amahoro muri Afurika. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5,"(a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyira imbaraga mu mikoranire n’ubufatanye mu nzego zose zijyanye no kurwanya iterabwoba mu rwego mpuzamahanga n’ubundi buryo bwose bw’ibyaha byambukiranya imipaka cyangwa guhungabanya umutekano w’igihugu cyose kigize Umuryango; (b) Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kirinda ubutaka n’abaturage bacyo kudakoreshwa cyangwa kudashishikarizwa mu gukora ibikorwa byo kwigomeka, ubushotoranyi, gushoza intambara n’ibindi bikorwa byabangamira ubusugire bw’ibihugu bigize Umuryango cyangwa amahoro n’umutekano mu karere; (c) Igihugu kiri muri aya Masezerano kibuza ikoreshwa ry’ubutaka bwacyo ngo hashyigikirwe buba inkambi, indiri yirukirwamo cyangwa iturukamo ibitero y’udutsiko twitwaje intwaro, abacancuro n’imitwe y’iterabwoba ikorera ku butaka bw’ikindi gihugu kigize Umuryango. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6,"(a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kugirana ubufatanye mu by’amategeko n’ubundi bufatanye bwose mu gihe habaye ibitero by’iterabwoba cyangwa ibindi byaha mpuzamahanga biteguye. (b) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gufata no kugeza imbere y’ubutaneera udutsiko twose twitwaje intwaro, abacancuro cyangwa ibyihebe bihungabanya igihugu icyo ari cyo cyose kigize umuryango. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7,Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gufatanya no kongera ubushobozi bwa gisirikari n’ubutasi binyuze mu bufatanye.,NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8,"a) Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kiyemeza kutajya masezerano mpuzamahanga cyangwa ay’akarere anyuranyije n’aya Masezerano. b) Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gitangaza ko nta kintu na kimwe cyabaho cyaba impamvu yo kutubahiriza inshingano zacyo ku bw’aya Masezerano ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9,"Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano gashizwe ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano kayobowe n’Inteko. Kubera iyo mpamvu, Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano gashobora kunganirwa n’urwego urwo ari rwo rwose rw’Umuryango mu gihe hategerejwe ishyirwaho ry’uburyo n’inzego zo gutabarana no kubungabunga umutekano.",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10,"a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gutanga ubufasha bwose bushoboka bujyanye n’ibikorwa bya gisirikare byemejwe n’Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano, harimo kwifashisha Ingabo zibungabunga amahoro muri Afurika; b) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyiraho no kuzamura urwego rwabyo rw’imikoranire n’ubuyobozi bwa gisirikare na komite y’Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo zibungabunga amahoro muri Afurika hakurikijwe ibiteganywa n’Amasezerano y’Inyongera na politiki y'uburyo bwo gushyiraho Ingabo zibungabunga amahoro muri Afurika na komite y’Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11,"a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyiraho no kongera ubushobozi bw’inzego z’ibihugu bya Afurika mu bijyanye n’ubushakashatsi, amakuru n’amahugurwa bigamije gushyigikira igikorwa kigamije gukumira ugushoza intambara kose cyangwa igikangisho cyo kuyishoza; b) Akanama gashinzwe amahoro n’umutekano gashobora kandi kunganirwa n'inzego zikurikira : i) Ikigo nyafurika gishinzwe amahoro; ii) Ikigo nyafurika gishinzwe gukora ubushakashatsi ku iterabwoba; iii) Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ishinzwe amategeko mpuzamahanga; c) Akanama gashinzwe amahoro n’umutekano gashobora gushyiraho ubundi buryo kabona ko ari ngombwa. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12,"a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyiraho no gukoresha Ikigo Nyafurika Gishinzwe Amahoro mu kwimakaza amahoro n’umutekano muri Afurika, kandi kikifashishwa nk’ikigo cy’icyitegererezo mu bushakashatsi n’iterambere ry’umuco w’amahoro muri Afurika; b) Imiterere n’uburyo bw’imikorere by’icyo Kigo byemezwa n’Inteko. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13 : IKIGO NYAFURIKA GISHINZWE GUKORA INYIGO N’UBUSHAKASHATSI KU ITERABWOBA,"a) Ikigo nyafurika gishinzwe gukora inyigo n’ubushakashatsi ku iterabwoba gifasha gukusanyiriza hamwe no gukwirakwiza amakuru, inyigo n’ubusesenguzi ku iterabwoba no ku dutsiko tw’iterabwoba kandi gitanga amahugugurwa binyuze mu gutegura inama, amahugurwa ku bufatanye n’abaterankunga mpuzamahanga hagamijwe gukumira no kurwanya ibikorwa by’iterabwoba muri Afurika; b) Ikigo gifasha ibihugu bigize Umuryango kongera ubunararibonye n’ingamba byo gukumira no kurwanya iterabwoba, by’umwihariko mu bijyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano Mpuzamahanga y'Umuryango w’ubumwe bwa Afurika yo mu 1999 n’Amasezerano yayo y’Inyongera yerekeye gukumira no kurwanya iterabwoba, na gahunda y’ibikorwa yo gukumira no kurwanya iterabwoba muri Afurika n’ibindi byemezo by’ingenzi bifatwa n’inzego zishinzwe politiki y’Umuryango wa Afurika Yunze bumwe; c) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyigikira mu buryo busesuye no kugira uruhare rukomeye mu bikorwa by’Ikigo. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14 : KOMISIYO Y’UMURYANGO WA AFURIKA YUNZE UBUMWE ISHINZWE AMATEGEKO MPUZAMAHANGA,"a) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyiraho Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ishinzwe amategeko mpuzamahanga ifite intego zo kwiga ku bibazo byose by’amategeko bijyanye no kwimakaza Amahoro n’Umutekano muri Afurika, harimo imbibi z’ibihugu bya Afurika; b) Abagize Komisiyo y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe n’inshingano zayo bigenwa n’Inteko. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15 :GUKEMURA AMAKIMBIRANE MU MAHORO,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bifitanye amakimbirane byihutira gukemura ibibazo mu mishyikirano, mu iperereza, mu buhuza, mu bwunzi, mu bukemurampaka, mu nkiko, cyangwa bikifashisha ubundi buryo bukoreshwa cyangwa amasezerano yo mu rwego rw’uturere cyangwa imigabane cyangwa ubundi buryo bw’amahoro.",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16 : ISOBANURWA RY’AMASEZERANO,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyikiriza amakimbirane yose yerekeye isobanurwa, iyubahirizwa cyangwa agaciro k’aya Masezerano Urukiko, bitabangamiye ububasha bw’Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano.",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17,"a) Aya Masezerano ntagomba kunyuranya cyangwa kumvikana nk’anyuranya mu buryo bwose n’inshingano z’ibihugu bigize Umuryango ziteganywa mu Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye no mu Masezerano ashyiraho Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe harimo Amasezerano y’Inyongera, inshingano z’ibanze z'Akanama k’Umuryango w'Abibumbye gashinzwe kubungabunga umutekano n’amahoro ku isi. b) Aya Masezerano ntagomba kunyuranya cyangwa kumvikana nk’anyuranya n’uburenganzira bw’impunzi buteganywa n’amategeko yo mu rwego rwa Afurika n’ayo ku rwego mpuzamahanga bijyanye. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18 : INGINGO ZISOZA ,"a) Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono, kwemezwa burundu cyangwa kwemerera igihugu kuba kimwe mu biyahuriyeho n’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe hakurikijwe inzira z’Amategeko Nshinga yabyo. b) Inyandiko zo kuyemeza burundu zishyikirizwa Perezida wa Komisiyo; c) Igihugu icyo ari cyo cyose kigize Umuryango cyemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano nyuma y’uko atangira gukurikizwa, gishyikiriza inyandiko y’uko kwemera Perezida wa Komisiyo; d) Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora kuyivanamo giha integuza y’umwaka umwe Perezida wa Komisiyo na we akabimenyesha ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19,Aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu (30) uhereye igihe ibihugu cumi na bitanu (15) bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe byatangiyeho inyandiko zo kuyemeza burundu,NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20,"a) Igihugu icyo ari cyo cyose kigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishobora gutanga ibitekerezo byo kuvugurura cyangwa guhindura aya Masezerano; b) Ibitekerezo byo kuvugurura cyangwa guhindura aya Masezerano bishyikirizwa Perezida wa Komisiyo, na we akabigeza ku bihugu bihuriye kuri aya Masezerano mu gihe cy’iminsi mirono itatu (30) abyakiriye; c) Ivugururwa risuzumwa kandi rikemezwa ku bwumvikane bw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, iyo bidashoboye kumvikana byemezwa ku bwiganze bwa biri bya gatatu rikemezwa burundu n'Inteko. d) Amavugururwa atangira gukurikizwa na kuri buri gihugu cyayemeye nyuma y’iminsi mirongo itatu (30) Perezida wa Komisiyo yakiriye inyandiko imenyesha uko kuyemera. ",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 21,"Habaho isuzuma ngarukagihe ry’aya Masezerano hagamijwe kuyajyanisha n’igihe no gushimangira ishyirwa mu bikorwa ryayo. Isuzuma ry’aya Masezerano rikorwa mu rwego rw’ibiteganywa mu gika cya 36 cy'Itangazo ryerekeye politiki yo gutabarana n’umutekano muri Afurika riteganya ko Perezida w’Akanama gashinzwe amahoro n’umutekano ""atumira mu nama buri mwaka yigirwamo uburyo bwose bwo gukemura amakimbirane mu miryango inyuranye yo mu turere n’uburyo bushyirwaho n’amategeko yo ku mugabane.""",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingoya 22,"Aya Masezerano yateguwe mu nyandiko enye (4) z'umwimerere zanditswe mu Cyarabu, mu Cyongereza, mu Gifaransa no mu Giporutigali kandi zinganya agaciro, zishyikirizwa Perezida wa Komisiyo na we akoherereza inyandukuro zihuje n’umwimerere z’ay’Amasezerano buri gihugu kigize Umuryango.",NA AMASEZERANO YA AFURIKA YUNZE UBUMWE YEREKERANYE NO KUDASHOZA INTAMBARA NO GUTABARANA,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23,Perezida wa Komisiyo yandikisha aya Masezerano mu Muryango w’Abibumbye.,NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 1 : Icyo aya Masezerano y’Inyongera agamije,"Aya masezerano y’Inyongera agamije kwimakaza, koroshya no gushyira ingufu mu bufatanye hagati y’ibihugu hagamijwe gukumira, kurwanya no kurandura ikorwa n’icuruzwa by’imbunda, ibice byazo n’ibizigize kimwe n’amasasu mu buryo budakurikije amategeko. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3 : Ikoreshwa ry’amagambo,"Muri aya Masezerano y’Inyongera:(a) “Imbunda” bivuga intwaro irasa igendanwa, yagenewe kurasa cyangwa ishobora guhindurwa ikarasa amasasu aturikijwe, ukuyemo imbunda za kera cyangwa inyiganano zazo. Imbunda za kera kimwe n’inyiganano zazo zigengwa n’amategeko y’igihugu. Icyakora, nta na gihe na kimwe imbunda za kera zabarirwa mu mbunda zakozwe nyuma y’umwaka wa 1899; (b) “Ibice by’imbunda n’ibizigize” bivuga ikintu icyo ari cyo cyose cyangwa igisimbura cyakorewe by’umwihariko imbunda kandi cy’ingenzi mu mikorere yayo, harimo umunwa wayo, igifuniko cyayo cyangwa ahajya amasasu, umwiburungushure amasasu acamo, imbarutso kimwe n'ikindi gikoresho cyakorewe cyangwa cyagenewe kugabanya urusaku rw’imbunda mu gihe irashishijwe; (c) ""Amasasu"" bivuga amasasu yose cyangwa ibiyagize, harimo amasanduku y’amasasu, ibitoyi, ifu y’ibiturika cyangwa amasasu bikorehswa mu mbunda, ku buryo ibyo bigize impunda byo ubwabyo bisaba guhabwa uburenganzira n’igihugu bireba mu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera; (d) “Gukora mu buryo butemewe n’amategeko” bivuga gukora cyangwa guteranya imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize cyangwa amasasu: (i) kuva ku bice by’imbunda n'ibizigize byacurujwe mu nzira zitemewe n’amategeko; (ii) Nta ruhushya cyangwa uburenganzira butangwa n’urwego rw’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera, aho gukora cyangwa guteranya byabereye; cyangwa (iii) Nta bimenyetso byashizwe ku mbunda mu gihe zakorwaga, hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 8 y’aya Masezerano y’Inyongera; Gutanga uruhushya cyangwa uburenganzira bwo gukora ibice by’imbunda n’ibizigize bikorwa hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko y’igihugu; (e) “Gucuruza mu buryo budakurikije amategeko” bivuga kwinjiza mu gihugu, kohereza hanze y’igihugu, kugura, kugurisha, gushyikiriza, gutwara cyangwa kohereza imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu biva cyangwa byambukiranya igihugu kimwe mu bihuriye kuri aya Masezerano bigana mu kindi, iyo nta na kimwe muri ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyabitangiye uruhushya hakurikijwe ibiteganywa n’aya Masezerano y’Inyongera cyangwa iyo izo mbunda zitariho ibimenyetso biteganywa n’ingingo ya 8 y’aya Masezerano y'Inyongera; (f) “Gukurikirana” bivuga uburyo buteguwe neza bwo gukurikirana imbunda kand byaba bishoboka, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu kuva k’ubikora kugera ku muguzi hagamijwe gufasha inzego zibifitiye ububasha z’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano gutahura, guperereza no gusesengura ikorwa n’icuruzwa bidakurikije amategeko. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4 : Ibirebwa n’aya Masezerano y’Inyongera ,"1. Aya Masezerano y’Inyongera, usibye aho biteganyijwe ukundi, akurikizwa mu ikumira ryo gukora no gucuruza imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu mu buryo budakurikije amategeko kimwe no gukora iperereza no gukurikirana ibyaha byakozwe hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 5 y’aya Masezerano y’Inyongera, mu gihe ibyo byaha ari ibyambukiranya imipaka kandi agatsiko gakora ibyaha biteguwe kabifitemo uruhare. 2. Aya Masezerano y’Inyongera ntakurikizwa ku bucuruzi bukorwa hagati y’igihugu n’ikindi cyangwa ihererekanya rikozwe n’ibihugu mu ikurikizwa ryayo ryabangamira uburenganzira bw’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera mu gufata, mu nyungu z’umutekano wacyo, ingamba zijyanye n’Amasezerano Mpuzamhanga ashyiraho Umuryango w’Abibumbye. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5 : Ihana ,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishyiraho amategeko kimwe n’izindi ngamba za ngombwa ngo gifate ibikorwa bikurikira nk’ibyaha, iyo bikozwe bigambiriwe: (a) Gukora Imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu mu buryo budakurikije amategeko; (a) Gucuruza Imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu mu buryo budakurikije amategeko; (c) agauhimba cyangwa gusiba, gukuraho no guhindura mu buryo budakurikije amategeko ikimenyetso cyangwa ibimenyetso biri ku mbunda biteganywa n’ingingo ya 8 y’aya Masezerano y’Inyongera. 2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kandi gishyiraho amategeko n’izindi ngamba za ngombwa kugira ngo gifata nk’ibyaha ibikorwa bikurikira: (a) Haseguriwe amahame y’ibanze y’amategeko kigenderaho, kugerageza gukora cyangwa kugira uruhare nk’icyitso mu byaha biteganywa n’igika cya mbere cy’iyi ngingo, no (b) Gutegura, kuyobora, korohereza, gushishikariza cyangwa gushyigikira mu ikorwa ry’icyaha giteganywa n’igika cya mbere cy’iyi ngingo. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 6 : Kunyaga, gufatira, no gutunga","1. Hatabangamiwe ibiteganywa n’ingingo ya 12 y’Amasezerano, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bishyira, ku rwego ruhanitse bishoboka, mu mategeko yabyo, ingamba zishobora gukenerwa kugira ngo habeho inyagwa ry’ imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu byaba byarakozwe cyangwa bigacuruzwa mu buryo budakurikije amategeko. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bishyira, mu buryo buteganywa n’amategeko yabyo, ingamba zishobora gukenerwa mu gukumira ikorwa n’icuruzwa bidakurikije amategeko by’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu kugira ngo bitagera mu maboko y’abantu batabifitiye uburenganzira, hafatirwa ndetse hanasenywa izo mbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu keretse ukundi kubitunga kwatangiwe uruhushya, ku buryo imbunda zishyirwaho ibimenyetso kandi uburyo izo mbunda n’amasasu mo bukaba bwaranditswe. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7 : Kubika amakuru ,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gikora ku buryo kibika neza, byibura bitari munsi y’imyaka icumi, amakuru yerekeye imbunda, kandi aho bikwiye kandi bishoboka, n’ayerekeye ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu bya ngombwa kugira ngo hamenyekane neza inzira n’ibiranga imbunda, ndetse aho bikwiye kandi bishoboka, n’ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu byakozwe cyangwa byacurujwe mu buryo butemewe n’amategeko ndetse no kugira ngo hakumirwe kandi hatahurwe ibyo bikorwa. Ayo makuru aba agizwe na: (a) Ibimenyetso bijyanye biteganywa n’ingingo ya 8 y’aya Masezerano y’Inyongera; (b) Iyo birebana n’ubucuruzi mpuzamahanga bw’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu, igihe uruhushya n’uburenganzira byatangiwe n’igihe birangirira, igihugu byoherejwemo, igihugu byinjijwemo, ibihugu binyuzwamo, byaba bikwiriye, umuntu wa nyuma ubyakira kimwe n’ibisobanuro birambuye n’ingano yabyo. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8 : Gushyira ibimenyetso ku mbunda ,"1. Kugira ngo buri mbunda imenyekane ndetse ikurikiranwe, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera: (a) Mu gihe cyo gukora buri mbunda, bisaba gushyiraho ikimenyetso kihariye kigaragaza izina ry’uruganda, igihugu cyangwa ahantu yakorewe ndetse na nomero iyiranga, cyangwa ikagumana ikimenyetso kihariye gisanzwe kizwi n’abayikoresha hifashishijwe akamenyetso k’ibinyampande biri kumwe n’ibimenyetso by’imibare cyangwa inyuguti zivanze n’imibare, bifasha ibihugu byose guhita bimenya igihugu yakorewemo; (b) Bisaba gushyira akamenyetso kihariye kuri buri mbunda yinjijwe mu gihugu, kugira ngo bifashe igihugu kiyinjije kuyimenya neza, kandi aho bishoboka, hagashyirwaho umwaka yinjirijwe mu gihugu no korohereza inzego z’icyo gihugu zibifitiye ububasha kugira ngo zibashe kuyikurikirana, kimwe n’ikimenyetso kihariye, mu gihe iyo mbunda itagifite. Ibisabwa n’aka gace ntibikurikizwa mu gihe imbunda zinjizwa mu gihugu by’agateganyo kugira ngo zigenzurwe ku mpamvu zemewe; (e) Bigomba kumenya neza, mu gihe cyo kohereza imbunda ziva mu bubiko bwa Leta ngo zikoreshwe gisivili mu buryo buhoraho, ikimenyetso cyihariye gituma ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bibasha kumenya neza igihugu cyayohereje, 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bishishikariza inganda zikora imbunda gufata ingamba zibuza gukuraho cyangwa guhindura ibimenyetso. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9 : Guhagarika ikoreshwa ry’imbunda ,"Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera, mu mategeko yacyo kidafata imbunda itagikora nk’imbunda, gifata ingamba za ngombwa, harimo n’izo kugena ibyaha byihariye iyo bikwiriye, kugira ngo gikumire kongera guha ubushobozi bwo gukora imbunda zitagikora, hashingiwe ku mahame agenga imbunda zitagikora akurikira: (a) Ibice byose by’ingenzi by’imbunda itagikora hagomba gukorwa ku buryo bitongera gukoreshwa burundu kandi hagakorwa ku buryo bidashobra kuvanwaho, gusimbuzwa cyangwa guhindurwa ku buryo bitakwemerera iyo mbunda kongera guhabwa ubushobozi bwo gukora uko byagenda kose; (b) Hakorwa ibishoboka kugira ngo, nibiba ngombwa, hagenzurwe ingamba zo guhagarika ikoreshwa ry’imbunda bikozwe n’urwego rubifitiye ububasha, kugira ngo rumenye neza niba ibyahinduwe ku mbunda byarayambuye burundu ubushobozi bwo gukora. (c) Igenzura rikorwa n’urwego rubifitiye ububasha riba rinarimo gutanga icyemezo cyangwa kubika amakuru yemeza ko imbunda itagikora cyangwa gushyira ikimenyetso kigaragara neza kubera iyo mpamvu giteye kuri iyo mbunda. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 10 : Ibisabwa muri rusange ku buryo bw’itangwa ry’impushya cyangwa uburenganzira byo kohereza hanze, kwinjiza no kunyuza mu gihugu ","1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishyiraho cyangwa kikagumana uburyo bunoze bwo gutanga impushya zo kohereza hanze y’igihugu cyangwa kwinjiza mu gihugu, kimwe n’ingamba zo kwambukiranya imipaka, mu kohereza imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu. 2. Mbere yo gutanga impushya cyangwa uburenganzira bwo kohereza hanze imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu hakoreshejwe ubwato, buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kigenzura: (a) Ko ibihugu byinjizwamo byatanze impushya n’uburenganzira byo gutumiza; kandi (b) Ko hatabangamiwe ibiteganywa n’amasezerano hagati y’ibihugu bibiri cyangwa byinshi yorohereza ibihugu bidakora ku nyanja, ibihugu bicamo, byibura, byabimeyeshejwe mu nyandiko, mbere y’uko byoherezwa, ko kandi bitanze uko kunyuzwamo 3. Impushya n’uburenganzira bwo kohereza hanze y’igihugu no kwinjiza mu gihugu hamwe n’impapuro zibiherekeje biba bikubiyemo amakuru, byibura, yerekeye ahantu n’itariki byatangiwe, itariki birangiriraho, igihugu biturutsemo, igihugu byinjijwemo, ubyakira, amakuru arambuye n’ingano y’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu, kimwe n’ibihugu bicamo, iyo bifite aho bigomba guca. Amakuru ari mu ruhushya rwo kwinjiza ibintu mu gihugu ahabwa ibihugu bizanyuzwamo hakiri kare. 4. Iyo kibisabwe, igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kinjizwamo ibintu, kimenyesha igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kibyohereje ko cyakiriye imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu byoherejwe. 5. Uko kibishoboye, buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gifata ingamba za ngombwa zo gukora ku buryo impushya cyangwa uburenganzira bitangwa mu buryo bwizewe kandi ko ubudakemwa bw’impushya cyangwa uburenganzira bushobora kugenzurwa bukanemezwa. 6. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bishobora kugena uburyo bworoheje bwo gutumiza mu gihugu no kohereza by’igihe gito kimwe no kunyuza mu gihugu, imbunda, ibice byazo, ibizigize n’amasasu bigamije gukoreshwa mu bikorwa byemewe n’amategeko bigenzurwa nko guhiga, imikino yo kurasa, gusuzuma, imurika cyangwa gusana. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11 : Ingamba z’umutekano n'izikumira,"Mu rwego rwo kuvumbura, gukumira no kurwanya ubujura, gutakara cyangwa kunyereza, kimwe n’ikorwa n’icuruzwa bitemewe n’amategeko by’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu, buri gihugu gifata ingamba zihamye zo: (a) Gucungira umutekano imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu mu gihe bikorwa, byinjizwa mu gihugu, byoherezwa hanze y’igihugu cyangwa binyuzwa ku butaka bwacyo; no (b) Kwagura igenzura rinoze mu kwinjiza ibintu mu gihugu, kubyohereza hanze no kubinyuza mu bindi bihugu, harimo kandi aho bikwiriye, igenzura ku mipaka, kimwe n’ubufatanye bukwiye byambukiranya imipaka hagati ya polisi na serivisi za gasutamo. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12 :Amakuru ,"1. Bitabangamiye ibiteganywa n’ingingo ya 27 n’iya 28 by’Amasezerano, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bihanahana, hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko n’imiyoborere byabyo, amakuru y’ingenzi yerekeye ibibazo byihariye birebana n’abakora, abacuruza, abinjiza mu gihugu, abohereza hanze n’ahakorerwa imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu mu buryo bwemewe n’amategeko. 2. Bitabangamiye ibiteganywa n’ingingo ya 27 n'iya 28 by'Amasezerano, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bihanahana, hakurikijwe ibiteganywa n’amategeko n’imiyobore yabyo, amakuru y’ingenzi yerekeye: (a) Udutsiko dukora ibyaha biteguwe tugira uruhare cyangwa dukekwaho kugira uruhare mu ikorwa n’irucuzwa ry’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu mu buryo butemewe n’amategeko; (b) Uburyo bukoreshwa mu guhishira ikorwa n’icuruzwa by’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu ndetse n’uko bivumburwa; (c) Uburyo n’ukuntu, ahantu hakoreshwa mu kohereza, n’ahantu hakoreshwa mu kwakira n’inzira zimenyerewe gukoreshwa n’udutsiko dukora ibyaha biteguwe twishora mu bucuruzi butemewe bw’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu; n’ (d) Amakuru ku bumenyi mu by’amategeko kimwe n’imigirire ndetse n’ingamba bigamije gukumira, kurwanya no kurandura burundu ikorwa n’icuruzwa ritemewe by’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera biha cyangwa bigasangiza ibindi bihugu, uko bikwiye, amakuru y’ubumenyi n’ikoranabuhanga y’ingenzi ku nzego zishinzwe gutahura no guhana kugira ngo hongerwe ubushobozi bwo gukumira, kuvumbura no gukora iperereza ku ikorwa n’icuruzwa ritemewe ry’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu, gukora iperereza ndetse no gukurikirana abagize uruhare muri ibyo bikorwa bitemewe n’amategeko. 4. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bigira ubufatanye mu gukurikirana imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu byaba byarakozwe cyangwa bikagurishwa mu buryo butemewe n’amategeko kandi byihutira gutanga ibisubizo, mu bushobozi bwabyo, ku busabe bw’ubufasha byasabwe muri urwo rwego gukurikirana imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu, hakoreshejwe uburyo buhari. 5. Haseguriwe amahame y’ibanze y’amategeko kigenderaho cyangwa amasezerano mpuzamahanaga yose, buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gihabwa, hakurikijwe ibiteganyijwe n’iyi ngingo, amakuru n’ikindi gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera, harimo n’amakuru yihariye yerekeye ibikorwa mu bucuruzi, cyemera kubigira ibanga kandi kikubahiriza ibyo cyabujijwe kuyakoresha mu gihe cyabisabwe n’ighugu kiri muri aya Masezerano cyayatanze. Iyo uko kubika amabanga kudashobora gukorwa igihugu kiri muri aya Masezerano cyatanze ayo makuru kibimenyeshwa mbere y’uko ayo makuru atangazwa. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13 : Ubufatanye,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bigirana ubufatanye, ku rwego rw’ibihugu bibiri, ku rwego rw’akarere no ku rwego mpuzamahanga, mu gukumira, kurwanya no kurandura burundu ikorwa n’icuruzwa bitemewe ry’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu.2. Bitabangamiye ibiteganywa n’igika cya 13 cy’ingingo ya 18 y’Amasezerano, buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishyiraho urwego rw’igihugu cyangwa umuhuza umwe ushinzwe guhuza igihugu n’ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera ku birebana n’ibibazo byerekeranye n’aya Masezerano y’Inyongera. 3. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bisaba ubufasha n’imikoranire n’abakora, abacuruza, abinjiza mu gihugu, abohereza hanze y’igihugu, abaranga mu bucuruzi n’abikorezi mu bucuruzi bw’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu hagamijwe gukumira no kuvumbura ibikorwa bitemewe bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14 : Amahugurwa n’ubufasha mu bya tekiniki ,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bigira ubufatanye hagati yabyo n’imiryango mpuzamahanga, uko bikwiye, kugira ngo ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobore guhabwa, iyo bibisabye, amahugurwa n’ubufasha mu bya tekiniki kugira ngo byagure ubushobozi bwabyo mu gukumira, kurwanya no kurandura burundu ikorwa n’icuruzwa bitemewe by’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu, harimo ubufasha bwa tekiniki, bw’imari n’ubw’ibikoresho mu bivugwa mu ngingo ya 29 n’iya 30 z’Amasezerano.",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15 : Abaranga bagahuza n’akazi kabo,"1. Mu rwego rwo gukumira no kurwanya ikorwa n’icuruzwa bitemewe by’imbunda, ibice by’imbunda n’ibizigize n’amasasu, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bitarabikora bishyiraho uburyo bugenga ibikorwa byo kuranga no guhuza n’ababikora. Ubwo buryo bushobora kuba burimo ingamba imwe cyangwa nyinshi muri izi: (a) Kubarura abaranga bagahuza bakorera ku butaka bwabyo; (b) Gutanga impushya n’uburenganzira byo gukora umurimo wo kuranga no guhuza; (c) Gutangaza impushya n’uburenganzira byo kwinjiza mu gihugu no kohereza hanze y’igihugu, cyangwa inyandiko zibiherekeza, by’amazina n’ahantu abaranga bagahuza bari mu kazi baherereye. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byashyizeho uburyo bwo guha uburenganzira bwo kuranga no guhuza nk’uko biteganywa n’igika cya 1 cy’iyi ngingo bishishikarizwa gushyira amakuru y’abaranga bagahuza n’akazi kabo mu guhererekanya amakuru hakurikijwe ibiteganywa n'ingingo ya 12 y’aya Masezerano y’Inyongera no kubika amakuru yerekeye abaranga n’abahuza n’akazi kabo hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 7 y’aya Masezerano y’Inyongera. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16 : Gukemura impaka,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano biharanira gukemura impaka zerekeye iyubahirizwa n’ikurikizwa ry’aya Masezerano y’Inyongera binyuze mu mishyikirano. 2. Impaka izo ari zo zose zavuka hagati y’ibihugu bibiri cyangwa birenze mu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera zirebana n'isobanurwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano y’Inyongera, zidashobora gukemurwa mu nzira z’imishyikirano mu gihe cyumvikana, zishyikirizwa ubukemurampaka bisabwe na kimwe muri byo. Iyo mu gihe cy’amezi 6 nyuma y’itariki yasabiweho ubukemurampaka, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bidashoboye kwemeranya ku mitegurire y’ubukemurampaka, kimwe muri ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera gishobora gushyikiriza izo mpaka Urukiko mpuzamahanga gitanga ikirego hakurikijwe amategeko agenga Urukiko. 3. Mu gihe cyo gushyira umukono ku Masezerano y’Inyongera, kwemeza burundu, kuyemera, cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, buri gihugu gishobora gutangaza ko kitemera gukurikiza ibiteganywa n’igika cya 2 cy’iyi ngingo. Ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera ntibirebwa n’ibiteganywa n’igika cya 2 cy’iyi ngingo kuri icyo gihugu cyagize uko kwifata. 4. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano cyifashe hakurikijwe igika cya 3 cy’iyi ngingo gishobora igihe icyo ari cyo cyose kureka uko kwifata gishyikiriza inyandiko imenyesha Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 17 : Umukono ku Masezerano y’Inyongera, kwemeza burundu, kuyemera, kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho ","1. Aya Masezerano y’Inyongera yemerewe gushyirwaho umukono n’ibihugu byose ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuva ku munsi wa mirongo itatu nyuma yo kwemezwa n’Inteko Rusange kugeza ku wa 12 Ukuboza 2002. 2. Aya Masezerano y’Inyongera kandi yemerewe gushyirwaho umukono n’imiryango y’ubukungu ihuriza hamwe ibihugu bigize uturere ku buryo byibura igihugu kimwe mu bigize uwo muryango kiba cyarashyize umukono kuri aya Masezerano y’Inyongera hakurikijwe ibiteganywa n’igika cya 1 cy’iyi ngingo. 3. Aya Masezerano y’Inyongera yemezwa burundu cyangwa akemerwa. Inyandiko zo kuyemeza burundu cyangwa zo kuyemera zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Umuryango w’ubukungu uhuriza hamwe ibihugu bigize akarere ushobora gutanga inyandiko yawo yo kuyemeza burundu cyangwa kuyemera iyo byibura kimwe mu bihugu biwugize nacyo cyabikoze uko. Muri iyo nyandiko yo kuyemeza burundu cyangwa kuyemera, uwo muryango ugaragaza imbibi z’ububasha bwawo mu kubahiriza ibigengwa n’aya Masezerano y’Inyongera. Uwo muryango kandi umenyesha ushinzwe kubika aya Masezerano y‘Inyongera impinduka izo ari zo zose ku bubasha bwawo. 4. Aya Masezerano y’Inyongera yemerera igihugu icyo ari cyo cyose cyangwa umuryango w’ubukungu uhuriza hamwe ibihugu bigize akarere kuba bimwe mu bihugu cyangwa umuryango bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera, mu gihe ufite byibura igihugu kimwe mu biwugize kiri mu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. Inyandiko zo kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Mu gihe wemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano, umuryango w'ubukungu uhuriza hamwe ibihugu bigize akarere umenyesha imbbi z’ububasha bwawo mu kubahiriza ibiteganywa n'aya Masezerano y'Inyongera. Uwo muryango kandi umenyesha ushinzwe kubika aya Masezerano y’Inyongera impinduka izo ari zo zose za ngombwa ku mbibi z’ububasha bwawo. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18 : Gutangira gukurikizwa ,"1. Aya Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa ku munsi wa 90 nyuma y’itariki yo gutanga inyandiko ya 40 yo kuyemeza burundu, kuyemera cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, keretse iyo adashobora gutangira gukurikizwa mbere y’uko Amasezerano atangira gukurikizwa. Ku mpamvu z’iki gika, inyandiko iyo ari yo yose itanzwe n’umuryango w’ubukungu uhuza ibihugu bigize akarere ntibarwa nk’inyongera ku zindi zatanzwe n’ibihugu bigize uwo muryango. 2. Kuri buri gihugu cyangwa umuryango w’ubukungu uhuza ibihugu bigize akarere byemeje burundu, cyangwa byemeye kuba kimwe mu bihugu cyangwa umuyango bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera nyuma y’uko inyandiko yabyo ya 40 yakiriwe, aya Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu nyuma y’itariki icyo gihugu cyangwa uwo muryango bitangiyeho inyandiko zabyo cyangwa ku itariki aya Masezerano y’Inyongera atangiriye gukurikizwa hashingiwe ku biteganywa n’igika cya 1 cy’iyi ngingo, mu gihe iyo tariki ari yo iza nyuma. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19 :Ivugururwa ,"1. Nyuma y’irangira ry’igihe cy’imyaka itanu uhereye igihe aya Masezerano y’Inyongera atangiriye gukurikizwa, kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera gishobora gusaba ivugururwa cyandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, nawe akamenyesha ubwo busabe bw’ivugururwa ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera ndetse n’Inteko y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano kugira ngo byige kandi bifate umwanzuro ku busabe. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bihurira mu Nteko y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera maze bigakora ibishoboka byose kugira ngo byumvikane kuri buri vugururwa. Iyo ibikozwe byose bitumvikanweho kimwe, nk’uburyo bwa nyuma, ivugururwa risaba gutorwa ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byitabiriye iyo nama y'Inteko y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera kandi bitora. 2. Mu bubasha bwayo, imiryango y’ubukungu ihuza ibihugu bigize uturere igira uburenganzira bwo gutora hakurikijwe ibiteganywa n’iyi ngingo ku mubare w’amajwi ungana n’uw'ay’ibihugu biwugize bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. Iyo miryango itakaza uburenganzira bwo gutora iyo ibihugu biyigize byabukoresheje kandi ni nako bigenda ku bihugu iyo iyo miryango na yo yabukoresheje. 3. Ivugururwa ritowe hakurikijwe ibiteganywa n’igika cya 1 cy’iyi ngingo risaba ko ryemezwa burundu cyangwa rikemerwa n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. 4. Ivugururwa ritowe hakurikijwe ibiteganywa n'igika cya 1 cy’iyi ngingo ritangira gukurikizwa ku gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera mu minsi mirongo icyenda nyuma y’itariki cyashyikirijeho Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye inyandiko yacyo yo kuryemeza burundu cyangwa kuryemera. 5. Iyo ivugururwa ryatangiye gukurikizwa, riba rireba ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byagaragaje ko byemeye kurikurikiza. Ibindi bihugu biyahuriyeho bikomeza kurebwa n’ibiteganywa n’aya Masezerano y’Inyongera kimwe n’andi mavurururwa yakozwe mbere byemeje burundu, cyangwa byemeye. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20 : Kwivana muri aya Masezerano y'Inyongera ,"1. Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kuyivanamo hakoreshejwe inyandiko imenyesha yandikirwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Uko kwivana muri aya Masezerano y’Inyongera bigira agaciro nyuma y’umwaka umwe uhereye ku itariki Umunyamabanga Mukuru yakiriyeho imenyesha. 2. Umuryango w’ubukungu uhuriza hamwe ibihugu bigize akarere urekera aho kuba muri aya Masezerano y’Inyongera iyo ibihugu byose biwugize byayivanyemo. ",NA "AMASEZERANO Y'INYONGERA YEREKEYE IKORWA N'ICURUZWA RY'IMBUNDA, IBICE BYAZO, IBIZIGIZE N'AMASASU MU BURYO BUTEMEWE YUZUZA AMASEZERANO Y'UMURYANGO W'ABIBUMBYE YO KURWANYA IBYAHA BITEGUWE BYAMBUKIRANYA IMIPAKA",amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 21 : Ushinzwe kubika Amasezerano y’Inyongera, inyandiko n’indimi ","1. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ni we ushinzwe kubika aya Masezerano y’Inyongera. 2. Umwimerere w’aya Masezerano y’Inyongera, yanditswe mu ndimi z’Icyarabu, Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n’Icyesipanyolo zose zinganya agaciro, ishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya mbere,"Nta gihe cy'ubusaze kibaho ku byaha bikurikira, igihe byaba byarakorewe cyose: (a) Ibyaha by'intambara nk'uko bisobanurwa mu Masezerano mpuzamahanga ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga rwa Gisirikare rw'i Nuremberige yo ku wa 8 Kanama 1945 bikanemezwa n'imyanzuro uwa 3 (I) wo ku wa 13 Gashyantare 1946 n’uwa 95 (I) wo ku wa 11 Ukuboza 1946 y'Inteko Rusange y'Umuryango w'Abibumbye, by'umwihariko ""ukutubahiriza amategeko gukabije"" bivugwa mu Masezerano y'i Jeneve yo ku wa 12 Kanama 1949 yerekeye kurengera abahohotewe n'intambara; (b) Ibyaha byibasiye inyokomuntu byaba bikozwe mu bihe by'intambara cyangwa mu bihe by'amahoro nk'uko bisobanurwa mu Masezerano mpuzamahanga ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga rwa Gisirikare rw'i Nuremberige yo ku wa 8 Kanama 1945 bikanemezwa n'imyanzuro uwa 3 (I) wo ku wa 13 Gashyantare 1946 n’uwa 95 (I) wo ku wa 11 Ukuboza 1946 y'Inteko Rusange y'Umuryango w'Abibumbye, kumenesha abantu hakoreshejwe ibitero by’ingabo cyangwa kwigarurira ahantu n'ibikorwa bya kinyamaswa bitewe na politiki y'ivanguraruhu ya apariteyidi kimwe n'icyaha cya jenoside nk'uko gisobanurwa mu Masezerano yo mu 1948 yerekeye gukumira no guhana icyaha cya Jenoside kabone nubwo ibyo bikorwa byaba bidafatwa nk’ibyaha mu mategeko y'igihugu byakorewemo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya II,"Iyo hakozwe kimwe mu byaha bivugwa mu ngingo ya I, ingingo z’aya Masezerano zirakurikizwa ku bahagarariye urwego rw'igihugu n'abantu ku giti cyabo babigizemo uruhare babikora ubwabo cyangwa babereye abandi ibyitso cyangwa se bashishikarije abandi mu buryo butaziguye gukora bimwe muri ibyo byaha, cyangwa abacura umugambi wo kubikora, hatitawe ku bukana bikoranwa, kimwe no ku bahagarariye urwego rw'igihugu babirebera biba.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya III,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gufata ingamba zose za ngombwa z'amategeko cyangwa izndi, hagamijwe koroshya kohererezanya abakurikiranweho ibyaha bavugwa mu ngingo ya II y'aya Masezerano, hakurikijwe amategeko mpuzamahanga.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya V,"Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono, kugeza ku wa 31 Ukuboza 1969, n'igihugu kigize Umuryango w'Abibumbye cyangwa cy'ikinyamuryango cya rumwe mu nzego zawo zihariye cyangwa cy'Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Ingufu zaKirimbuzi, n'igihugu icyo ari cyo cyose kiri mu masezerano mpuzamahanga ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga, kimwe n'ikindi gihugu icyo ari cyo cyose cyatumiwe n'Inteko Rusange y'Umuryango w'Abibumbye kugira ngo kibe muri aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VI,Aya Masezerano yemezwa burundu kandi inyandiko zo kuyemeza burundu zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VII,Aya Masezerano yemerera kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho igihugu icyo ari cyo cyose kivugwa mu ngingo ya V. Inyandiko zo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho zishyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya VIII,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo cyenda uhereye ku itariki inyandiko ya cumi yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho yashyikirijwe Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye. 2. Kuri buri gihugu cyemeza burundu aya Masezerano cyangwa cyemera kuba kimwe mubihugu biyahuriyeho nyuma y'itangwa ry’inyandiko ya cumi yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriyeho, aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo icyenda uhereye ku itariki cyatangiyeho inyandiko yacyo yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya IX,"1. Nyuma y'irangira ry'igihe cy'imyaka icumi uhereye ku itariki aya Masezerano yatangiriye gukurikizwa, igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano gishobora gusaba ivugururwa ry'aya Masezerano igihe icyo ari cyo cyose rubimenyesheje mu nyandiko yandikiwe Umunyamabanga w'Umuryango w'Abibumbye. Mukuru 2. Inteko Rusange y'Umuryango w'Abibumbye ifata umwanzuro ku ngamba zafatwa, iyo zihari, ku bijyanye n’ubwo busabe.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya X,"1. Aya Masezerano abikwa n’Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye.2. Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye yoherereza inyandukuro zihuje n’umwimerere z’aya Masezerano ibihugu byose bivugwa mu ngingo ya V. 3. Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye amenyesha ibihugu byose bivugwa mu ngingo ya V ibi bikurikira: (a) Imikono yashyizwe kuri aya Masezerano n’inyandiko zo kuyemeza burundu n’izo kwemera kuba kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho zatanzwe hakurikijwe ingingo ya V, iya VI n'iya VII; (b) Itariki aya Masezerano atangirira gukurikizwa hakurikijwe ingingo ya VIII; (c) Ubutumwa yakiriye hakurikijwe ingingo ya IX.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBUDASAZA BW'IBYAHA BY'INTAMBARA N'IBYAHA BYIBASIYE INYOKOMUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya XI,"Aya Masezerano yanditswe mu ndimi z’Igishinwa, Icyongereza, Ikirusiya n'Icyesipanyolo zinganya agaciro, ashyirwaho itariki ya 26 Ugushyingo 1968. Bamaze kwemera ibikubiye muri aya Masezerano, ababiherewe ububasha busesuye bashyize umukono kuri aya Masezerano.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya mbere,"Abantu bose bavuka bigenga kandi bareshya mu burenganzira. cyubahiro Bafite no mu ubwengen’umutimanama kandi bagomba kubana nk’abavandimwe",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2,"1. Umuntu wese afite uburenganzira bwose n’ubwisanzure biri muri iri Tangazo, nta vangura iryo ari ryo ryose, ryaba irishingiye ku bwoko, ibara ry’uruhu, igitsina, ururimi, idini, ibitekerezo bya politiki cyangwa ku bindi bitekerezo, ubwenegihugu, aho akomoka, umutungo, aho yavukiye cyangwa ibindi. 2. Byongeye, nta vangura iryo ari ryo ryose rigomba kubaho rishingiye ku miterere ya politiki, amategeko cyangwa imimerere mpuzamahanga y’igihugu cyangwa intara umuntu akomokamo, icyo gihugu cyangwa byaba byigenga, ari indagizo, ikitarabona ubwigenge cyangwa gifite imbibi kitarenga ku bijyanye n’ubwigenge.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3,"Umuntu wese afite uburenganzira bwo kubaho, kwishyira ukizana n’ubw’umutekano w’ubumuntu bwe.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4,Ntawe ushobora gushyirwa mu bucakara kimwe no mu buja; ubucakara n’ubucuruzi bw’abacakara birabujijwe mu buryo bwose byakorwamo.,NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5,"Ntawe ugomba gukorerwa iyicarubozo, guhabwa ibihano cyangwa gukorerwa ibikorwa by’ubugome, bya kinyamaswa cyangwa bitesha umuntu agaciro.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6,Buri wese afite uburenganzira bw’ ukwemerwa k’ubuzimagatozi bwe aho ari ho hose.,NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7,"Abantu bose barangana imbere y’amategeko kandi bafite uburenganzirabwo kurengerwa ku buryo bungana n’itegeko nta vangura. Abantu bose barindwa ku buryo bungana ivangura iryo ari ryo ryose rinyuranye n’iri Tangazo ndetse n’icyateza iryo vangura icyo ari cyo cyose. ",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8,"Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuregera inkiko z’ibihugu zibifitiye ububasha iyo akorewe ibikorwa bimubuza uburenganzira bw’ibanze ahabwa n’Itegeko Nshinga mategeko. cyangwa andi",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9,"Nta muntu ugomba gufatwa, gufungwa cyangwa kwirukanwa mu gihugu cye binyuranyije n’amategeko.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10,"Umuntu wese afite uburenganzira, mu buryo bungana n’ubw’abandi, bwo kuburanishwa mu buryo buboneye kandi mu ruhame n’urukiko rwigenga kandi rudafite aho rubogamiye, rukemeza ibyoafiteho uburenganzira cyangwa ategetswe gukora cyangwa ishingiro ry’ikirego cyose akurikiranweho mu nshinjabyaha.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11,"1. Umuntu wese afatwa nk’umwere ku cyaha aregwa igihe cyose kitaramuhama mu buryo bukurikije amategeko mu rubanza rwaburanishjwe mu ruhame kandi yahawe uburyo bwose bwa ngombwa bwo kwiregura. 2. Nta muntu ushobora guhanirwa ibyo yakoze cyangwa atakoze, iyo amategeko y’Igihugu cyangwa amategeko mpuzamahanga atabifataga nk’icyaha igihe byakorwaga. Na none ntawe ushobora guhanishwa igihano kiruta icyari giteganyijwe n’amategeko mu gihe yakoraga icyaha.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12,"Ntawe ushobora kuvogerwa, mu buryo bunyuranyije n’amategeko, mu miberehoye bwite, umuryango we, urugo rwe cyangwa ubutumwa yohererezanya n’abandi, icyubahiro n’agaciro ke mu maso y’abandi ntibivogerwa. Buri wese afite uburenganzira bwo kurindwa n’itegeko iryo vogerwa n’ihungabanywa.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13,"1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kujya no gutura aho ashaka mu gihugu. 2. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuva mu gihugu icyo ari cyo cyose, harimo n’icye, no kugaruka mu gihugu cye.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14,"1. Igihe hari itotezwa, umuntu wese afite uburenganzira bwo gusaba ubuhungiro no kubuhabwa mu bindi bihugu. 2. Ubu burenganzira ntibushobora kwiyambazwa mu gihe umuntu afite ibyo akurikiranweho nyakuri bishingiye ku cyaha gisanzwe cyangwa ibikorwabinyuranye n’intego ndetse n’amahame by’Umuryango w’Abibumbye. ",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15,"1. Umuntu wese afite uburenganzira ku bwenegihugu. 2. Ntawe ushobora kwamburwa ubwenegihugu ku buryo bunyuranyije n’amategeko cyangwa ngo avutswe uburenganzira bwo guhindura ubwenegihugu bwe. ",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16,"1. Abagabo n’abagore bujuje imyaka, nta vangura iryo ari ryo ryose ryaba irishingiye ku bwoko, ubwenegihugu cyangwa idini, bafite uburenganzira bwo gushyingirwa no gushinga umuryango. Bafite kandi uburenganzira bungana bukomoka kuri uko gushyingirwa mu gihe babana ndetse n’igihe cyo gutana. 2. Ugushyingiranwa ntigushobora gukorwa hatari ubushake bwisanzuyekandi busesuye gushyingiranwa. by’abashaka 3. Umuryango ni ishingiro kamere kandi ry’ibanze ry’imbaga y’abantu kandi ugomba kurengerwa n’iyo mbaga ndetse na Leta.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17,"1. Umuntu wese, ku giti cye cyangwa afatanyije n’abandi, afite uburenganzira bwo kugira umutungo. 2. Ntawe ushobora kwamburwa umutungo we mu buryo bunyuranyije n’amategeko.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18,"Umuntu wese afite uburenganzira ku bwisanzure mu bitekerezo, ku mutimanama no ku idini; ubu burenganzira bukubiyemo ubwisanzure mu guhindura idini cyangwa imyemerere, n’ubwisanzure mu kugaragaza idini cyangwa imyemerere ye ari wenyine cyangwa ari hamwe n’abandi mu ruhamwe cyangwa yihereye yifashishije inyigisho, imigenzo, gusenga no gukora imihango ijyanye no gusenga.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19,"Umuntu wese afite uburenganzira ku bwisanzure mu gutanga ibitekerezo no kubigaragaza, ibi bikaba bivuga ko afite uburenganzira bwo kudahangayika kubera ibitekerezo bye n’ubwo gushaka, kwakira no gusakaza, nta nzitizi z’imipaka, amakuru n’ibitekerezo hakoreshejwe uburyo bwose bwo kubigaragaza.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20,1. Umuntu wese afite uburenganzira ku bwisanzure ku nama n’ukwishyira hamwe n’abandi by’ituze . 2. Ntawe ushobora guhatirwa kujya mu ishyirahamwe.,NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 21,"1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kujya mu miyoborere y’igihugu cye mu buryo butaziguye cyangwa abinyujije ku bamuhagarariye batowe mu bwisanzure.2. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kujya, mu buryo bungana n’ubw’abandi, mu imirimo ya Leta y’igihugu cye. 3. Ubushake bw’abaturage ni bwo shingiro ry’ubutegetsi; ubu bushake bugomba kugaragarira mu matora atarimo uburiganya akorwa n’abaturage bose mu buryo bungana, agaruka nyuma y’igihe giteganyijwe, akozwe mu ibanga cyangwa hakurikijwe ubundi buryo nkabwo butuma haba ubwisanzure bw’itora. ",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 22,"Umuntu wese, nk’ugize imbaga y’abantu, afite uburenganzira ku bwiteganyirize; bushingiye ku kugira ibimuhagije ku burenganzira mu by’ubukungu, imibereho myiza n’umuco bikenewe ku cyubahiro cye no ku iterambere risesuye ry’ubumuntu bwe, binyuze mu mbaraga z’igihugu no mu bufatanye mpuzamahanga kandi hitawe ku mitunganyirize n’ubushobozi bya buri gihugu.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23,"1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kugira umurimo, kuwuhitamo mu bwisanzure, mu buryo buboneye kandi bumunogeye no kurindwa kubaho adafite akazi. 2. Abantu bose bafite uburenganzira, nta vangura iryo ari ryo ryose, ku mushahara ungana igihe bakora akazi kamwe. 3. Umuntu wese ukora afite uburenganzira ku mushahara ukwiye kandi uhagije utuma we n’umuryango we bagira ubuzima bubereye icyubahiro cya muntu kandi ukuzuzwa mu gihe bishoboka, n’ubundi buryo bugamije kurengera imibereho myiza. 4. Umuntu wese afite uburenganzira bwo gushinga yishyize hamwe n’abandi ingaga z’abakozi kimwe no kujya mu zindi ngaga zigamije kurengera inyungu ze",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 24,"Umuntu wese afite uburenganzira bwo kuruhuka no kwidagadura kimwe no kuigenwa ry’amasaha y’akazi akwiye n’ibiruhuko ngarukagihe bihemberwa. ",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 25,"1. Umuntu wese afite uburenganzira ku gipimo cy’imibereho gihagije kugira ngo we n’umuryango we bagire ubuzima, imibereho myiza, cyane ku birebana n’ibiribwa, imyambaro, icumbi, ukwivuza kimwe n’izindi serivisi za ngombwa zijyanye n’imibereho myiza; afite kandi uburenganzira bwo kurengerwa igihe adafite akazi, arwaye, amugaye, apfakaye, ageze mu zabukuru cyangwa mu bindi bihe atakaje uburyo bwo bidaturutse ku bushake bwe. kwibeshaho 2. Ababyeyi n’abana bafite uburenganzira ku bufasha no guterwa inkunga mu buryo bwihariye. Abana bose, baba abavutse ku babyeyi bashyingiranywe cyangwa batashyinginywe, barengerwa mu buryo bungana mu mibereho.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 26,"1. Umuntu wese afite uburenganzira ku burezi. Uburezi ni ubuntu, nibura mu byiciro bya ngombwa kandi by’ibanze. Uburezi bw’ibanze ni itegeko. Uburezi bwa tekiniki cyangwa bw’umwuga bugomba kuba rusange kandi kwakirwa mu mashuri makuru bikemererwa abantu bose ku buryo bungana hashingiwe ku bushobozi bwabo. 2. Uburezi bugomba kuba bugamije ubwisanzure busesuye bw’imimerere ya kimuntu no gushimangira iyubahirizwa ry’ uburenganzira bwa muntu n’ubwisanzure bw’ibanze. Bugomba gutuma habaho ubwumvikane, ubworoherane n’imibanire ya gicuti hagati y’ibihugu byose, ubwoko cyangwa amadini no guteza imbere ibikorwa by’Umuryango w’Abibumbye bigamije gushimangira amahoro. 3. Ababyeyi ni bo ba mbere bafite uburenganzira bwo guhitamo imiterere y’uburezi bugomba guhabwa abana babo.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 27,"1. Umuntu wese afite uburenganzira bwo kwisanzura mu kugira uruhare mu bikorwa ndangamuco by’umuryango, kugira uruhare mu byiza by’ubugeni no kugira uruhare mu iterambere rya gihanga no ku musaruro ubikomokaho. 2. Umuntu wese afite uburenganzira bw’ukurengerwa kw’inyungu zaba izifatika n’izo mu bitekerezo zavuye mu bikorwa ibyo ari byo byose bya gihanga, ubugeni n’ubuvanganzo bimukomokaho.",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 28,Umuntu wese afite uburenganzira bw’uko habaho mu rwego rw’imibanire y’abantu no ku rwego mpuzamahanga ituze rituma uburenganzira n’ubwisanzure buvugwa muri iri Tanganzo bushobora kubahirizwa ku buryo bwuzuye.,NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 29,"1. Umuntu wese afite ishingano mu muryango mugari ari ho honyineubwisanzure n’iterambere risesuye ry’ubumuntu bwe rishoboka. 2. Mu gukoresha uburenganzira n’ubwisanzure bye, umuntu wese azitirwa gusa n’ibiteganywa n’amategeko kugira ngo gusa bitume habaho iyemerwa n’ iyubahirizwa ry’ uburenganzira n’ubwisanzure by’undi, no kugira ngo hubahirizwe ibisabwa n’ubupfura, ituze rusange n’imibereho myiza muri rusange mu muryango ushingiye kuri demokarasi. 3. Ubu burenganzira n’ubwisanzure nta na rimwe bishobora gukoreshwa ku buryo bunyuranyije n’intego n’amahame by’Umuryango w’Abibumbye. ",NA ITANGAZO MPUZAMAHANGA RYEREKEYE UBURENGANZIRA BWA MUNTU,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 30,"Nta ngingo n’imwe yo muri iri Tangazo ishobora kumvikana nk’aho iha igihugu, itsinda ry’abantu cyangwa umuntu uburenganzira bwo kwishora mu gikorwacyangwa gukora igikorwa kigamije gukuraho uburenganzira n’ubwisanzure burivugwamo.",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya mbere: Ibisobanuro by’amagambo,"1. Uretse igihe byaba biteganywa ukundi, muri aya Masezerano, amagambo akurikira asobanura: a) Inama: Inama Mpuzamahanga y’ibihugu byo mu Karere k'Ibiyaga Bigari; b) Akarere k'ibiyaga bigari: Akarere kagizwe n'ubutaka bwose bw'ibihugu cumi na kimwe bigize Umuryango; c) Itangazo rya Dar-es-Salaam: Itangazo ryerekeye Amahoro, Umutekano, Demokarasi n'iterambere ry'Akarere k'Ibiyaga Bigari, ryemejwe kandi rishyirwaho umukono mu nama ya mbere y'Inama i Dar-es-Salaam (Repubulika yunze ubumwe ya Tanzaniya) ku wa 20 Ugushyingo 2004; d) ibihugu bigize Inama: Ibihugu cumi na kimwe bigize Inama Mpuzamahanga ihuza ibihugu byo mu Karere k'Ibiyaga Bigari, cyane cyane: Repubulika ya Angola, Repubulika y'u Burundi, Repubulika ya Santrafurika, Repubulika ya Kongo, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Repubulika ya Kenya, Repubulika y'u Rwanda, Repubulika ya Sudani, Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzaniya, Repubulika ya Uganda, na Repubulika ya Zambiya; e) uburyo bw'ihuzabikorwa ku rwego rw'igihugu: Uburyo bwo ku rwego rw'igihugu bworohereza ishyirwa mu bikorwa ry'Amasezerano mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano; f) inama: Urwego rugizwe n'Abakuru b'ibihugu na Guverinoma z’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano; g) komite ihuriweho na za minisiteri zo mu karere: Urwego rugizwe na ba Minisitiri b'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bashinzwe ibikorwa by’Umuryango; h) ubunyamabanga bw'Inama: Ubunyamabanga bw'Umuryango Mpuzamahanga uhuza ibihugu byo mu Karere k'Ibiyaga Bigari; i) amasezerano: Amasezerano yerekeye Umutekano, Amahoro n'Iterambere mu Karere k'Ibiyaga Bigari; j) Amasezerano y’Inyongera : Amasezerano yemejwe cyangwa azemezwa hagendewe ku Masezerano ku Mutekano, Amahoro n'Iterambere mu Karere k'Ibiyaga Bigari; k) gahunda y'ibikorwa: Gahunda y'ibikorwa yemejwe muri aya Masezerano; l) imishinga: Imishinga yemejwe cyangwa izemezwa hagendewe kuri aya Masezerano; m) uburyo bw’ikurikirana: Uburyo bwo gukurikirana ibikorwa ku rwego rw'akarere binyuze muri aya Masezerano; n) ikigega: Ikigega kihariye cy'iterambere cyashyizweho muri aya Masezerano. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 2: Intego,"Aya Masezerano agamije:a) gushyiraho amategeko agenga imibanire hagati y'ibihugu biyahuriyeho akurikizwamo, nk'uko biteganywa n'ingingo ya 4; b) gushyira mu bikorwa ibiteganywa mu Itangazo rya Dar-es-Salaam, Gahunda y'Ibikorwa, uburyo bwo ku rwego rw’akarere bwo gukurikirana ibikorwa, Ikigega cyihariye Gitsura Amajyambere nk’uko byemejwe mu ngingo ya 3; c) gushyiraho ingamba zo kubungabunga umutekano, amahoro n'iterambere rirambye hagati y'ibihugu biyahuriyeho. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 3: Ibikubiye muri aya Masezerano,"1. Itangazo rya Dar-es-Salaam, Amasezerano y’Inyongera, gahunda y'ibikorwa, uburyo bwo ku rwego rw’akarere bw'ikurikiranabikorwa by'akrere n'ikigega, ni ibice bigize aya Masezerano; 2. Ibivuzwe ku Masezerano byose biba bivuze no ku bice biyagize. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 4 : Ibirebwa n'aya Masezerano n'Amahame remezo,"1. Aya Masezerano areba imibanire hagati y'ibihugu biyahuriyeho byayemeje burundu, hakurikijwe ibikorwa by'ingenzi bikenewe byerekeye amahoro, umutekano, demokarasi n'imiyoborere myiza, iterambere ry'ubukungu n'ubufatanye bwo ku rwego rw'akarere, n'ibibazo by'ubutabazi, iby'imibereho myiza n'ibibazo byerekeye ibidukikije. 2. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushingira umubano wabyo ku kubahiriza amahame agenga ubusugire bw'igihugu, kutivanga muri gahunda z'imbere mu bindi bihugu bihuriyeho kuri aya Masezerano, kudashoza intambara, ubufatanye no gukemura amakimbirane mu buryo bw'amahoro. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 5: Amasezerano y’Inyongera yerekeranye no kudashoza intambara n'ubufatanye mu by'ubwirinzi mu Karere k'Ibiyaga Bigari,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kubungabunga amahoro n'umutekano bishingiye ku masezerano y’Inyongera yerekeye kudashoza intambara n'ubufatanye mu by'ubwirinzi mu Karere k'Ibiyaga Bigari, by'umwihariko: a) kureka gukoresha ibikangisho cyangwa gukoresha ingufu nk’uburyo bwa politiki cyangwa uburyo bwo gukemura impaka n'amakimbirane cyangwa kugera ku ntego z’igihugu runaka mu Karere k'Ibiyaga Bigari; b) kwanga koherereza cyangwa gufasha imitwe itavuga rumwe n'ubutegetsi yitwaje intwaro cyangwa imitwe yitwara gisirikare cyangwa ibyigomeke bibarizwa ku butaka bw'ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa kwihanganira ko imitwe yitwara gisirikare cyangwa ibyigomeke bibarizwa kubutaka bwabyo byishora mu ntambara cyangwa mu bikorwa byo guhungabanya umutekano cyangwa guteza imvururu ku kindi gihugu; c) gufashanya mu nzego zose hagamijwe kwambura intwaro imitwe y'inyeshyamba isanzweho no guteza imbere ubufatanye mu gucunga umutekano w'igihugu n'uw'abantu ku mipaka yabyo; d) iyo igihugu runaka kiri muri aya Masezerano kinaniwe kubahiriza ibikubiye muri iyi ngingo, Inama idasanzwe iraterana igafata umwanzuro ukwiye. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 6: Amasezerano y’Inyongera yerekeye Demokarasi n'Imiyoborere Myiza,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kubahiriza no guteza imbere demokarasi n'imiyoborere myiza hashingiwe ku Masezerano y’Inyongera yerekeye Demokarasi n'Imiyoborere myiza, kandi by'umwihariko: a) guteza imbere no kubahiriza amahame n'ibipimo bya demokarasi; b) gushyiraho ibigo bigamije guteza imbere imiyoborere myiza, kubahiriza amategeko n'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu binyuze mu mikorere ishingiye ku gutandukana kw'inzego z'ubutegetsi bwa Leta, ubutegetsi bushingiye ku bitekerezo binyuranye, imitegurire isanzwe y'amatora yo mu bwisanzure, ashingiye kuri demokarasi kandi yizewe, uburyo bwo gukorera hamwe, buciye mu mucyo kandi bushinzwe imikoranire n’imicungire y’ibigo n'umutungo wa Leta. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 7: Amasezerano y’Inyongera yerekeye ubufatanye mu butabera,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza, hashingiwe ku Masezerano y’Inyongera yerekeye ubufatanye mu butabera, gufatanya mu guhererekanya abakurikiranweho ibyaha, iperereza n'ikurikiranacyaha.",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,"Ingingo ya 8: Amasezerano y’Inyongea yerekeye ikumira n`ihana ry` ibyaha bya Jenoside, ibyaha by'intambara n'ibyaha byibasira inyokomuntu n' ivangura iryo ari ryo ryose","Bishingiye ku Masezerano y’Inyongera yerekeye Ikumira n`Ihana ry`Ibyaha bya Jenoside, Ibyaha by'Intambara n'Ibyaha byibasira Inyokomuntu n'Ivangura iryo ari ryo ryose, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bizirikana ko icyaha cya jenoside, ibyaha by'intambara, ibyaha byibasira inyokomuntu ari ibyaha biteganywa mu mategeko mpuzamahanga kandi ko bibangamiye uburenganzira bw'abaturage, kandi byiyemeza by'umwihariko: a) kwirinda, gukumira no guhana ibyo byaha; b) guhana no kurwanya ivangura iryo ari ryo ryose n'imigirire y'ivangura; c) guharanira ko inzego zose n'ibigo bya Leta, by'igihugu, byo ku rwego rw'akarere cyangwa inzego z'ibanze byubahiriza izi nshingano ; d) gukumira icengezamatwara iryo ari ryo ryose hamwe n’itegurwa ryose bishingiye ku bitekerezo bigamije kwemeza ko hariho ibara ry’uruhu risumba ayandi cyangwa icyiciro cy’abantu b’ubwoko ubu n’ubu cyangwa bafite inkomoko y’ubwoko iyi n’iyi bituma basumba abandi cyangwa bigerageza guha ishingiro cyangwa gushyigikira inzangano cyangwa ivangura bishingiye ku moko, imyemerere, uruhu cyangwa igitsina ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 9: Amasezerano y’Inyongera yerekeye kurwanya ikoreshwa ry'umutungo kamere mu buryo butemewe n'amategeko,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeranyije, bishingiye ku Masezerano y’inyongera yo kurwanya ikoreshwa ry'umutungo kamere mu buryo bunyuranyije n'amategeko, gushyiraho amategeko yo ku rwego rw'akarere n'uburyo bwo kurwanya ikoreshwa ry'umutungo kamere rinyuranyije n'amategeko riteza ibibazo byo kuvogera uburenganzira bw'ubusugire buhoraho bw'ibihugu ku mutungo kamere wabyo kandi bikaba intandaro y'umutekano muke, umwuka mubi n'amakimbirane, by'umwihariko: a) kwiyemeza ko igikorwa icyo ari cyo cyose gishingiye ku mutungo kamere kigomba kubahiriza ubusugire bwa buri gihugu ku mitungo yacyo kandi hubahirizwa amategeko y'igihugu ahujwe n'amahame yo gukorera mu mucyo, inshingano, ukureshya, kubaha ibidukikije n'aho abantu batura; b) guca burundu, binyuze mu buryo bw'amategeko y'igihugu cyangwa ubw'amategeko mpuzamahanga, umuco wo kudahana abantu cyangwa ibigo bikoresha umutungo kamere mu buryo bunyuranyije n'amategeko; c) gushyiraho uburyo bwo gutanga icyemezo cyo ku rwego rw'akarere mu gukoresha no kugenzura umutungo kamere wo mu Karere k'Ibiyaga Bigari. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 10: Amasezerano y’Inyongera yerekeye gutsura amajyambere,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeranya, bishingiye ku Masezerano y’Inyongera yerekeye kugira ahantu hihariye ho kongera kwiyubaka no kwiteza imbere,gutsura amajyambere, gushyira mu bikorwa iterambere ryihuse mu by`ubukungu n'uburyo bwo gufatanya ku rwego rw'akarere, bishingiye ku cyemezo cy'Itangazo rya Dar-es-Salaam ryemeje ko Akarere k'Ibiyaga Bigari kagirwa ahantu hihariye ho kongera kwiyubaka no kwiteza imbere kandi ku bw'ibyo, bishyiraho by'umwihariko: a) Ibishanga byambukirnya imipaka hagamijwe kwimakaza ubufatanye bw'akarere ku baturage baturiye imipaka y`ibihugu bikagize; b) ikigega cyihariye Gitsura Amajyambere hagamijwe gufasha ishyirwa mu bikorwa ry'Amasezerano na gahunda y'ibikorwa byatoranyijwe hagendewe ku bibazo byihutirwa byerekeye amahoro n'umutekano, demokarasi n'imiyoborere myiza, iterambere ry'ubukungu, ubufatanye bw'akarere, ubutabazi n`imibereho myiza ndetse n'ibibazo ku bidukikije. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,"Ingingo ya 11: Amasezerano y’Inyongera yerekeye gukumira no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n'abana ","Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeje, bishingiye ku Masezerano y’inyongera yerekeye gukumira no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n'abana, mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n'abana binyuze mu gukumira, gushyira mu mategeko mpanabyaha no guhana ibikorwa by'ihohoterwa rishingiye ku gitsina, yaba mu bihe by'amahoro cyangwa mu bihe by'intambara, hashingiwe ku mategeko y'igihugu n'amategeko mpuzamahanga mpanabyaha.",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 12: Amasezerano y’Inyongera yerekeye kurengera no gufasha abakuwe mu byabo,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza, hashingiwe ku Masezerano y’Inyongera yerekeye kurengera no gufasha abakuwe mu byabo, kugenera abantu bakuwe mu byabo uburinzi n'ubufasha budasanzwe kandi by'umwihariko kwemeza no gushyira mu bikorwa Amahame Ngenderwaho yerekeranye n`abakuwe mu byabo nk'uko yasabwe n'Ubunyamabanga bw'Umuryango w'Abibumbye.",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 13: Amasezerano y’Inyongera yerekeye uburenganzira ku mutungo w'abantu batahutse,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza, hashingiwe ku Masezerano y’Inyongera yerekeye uburenganzira ku mutungo w'abantu batahutse, gushyiraho amategeko arengera umutungo w'abantu bakuwe mu byabo n'intambara n'impunzi mu gihugu cyabo, by'umwihariko: a) kwemeza amahame y'amategeko atuma ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bikora uko bishoboye kose ngo impunzi n'abantu bakuwe mu byabo n'intambara, igihe bagarutse aho bakomoka, basubirane umutungo wabo babifashijwemo n'ubuyobozi bw'inzego z'ibanze; b) gushyiraho uburyo bukurikije amategeko bwo gukemura amakimbirane ashingiye ku gusubirana umutungo wari usanzwe ari uw'abantu batahutse. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 14: Amasezerano y’Inyongera yerekeye icungwa ry'amakuru n'itumanaho,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeranya, hashingiwe ku Masezerano y’Inyongera yerekeye icungwa ry'amakuru n'itumanaho, bishyiraho Inama y'Akarere ishinzwe amakuru n'itumanaho, by'umwihariko ishinzwe ibi bikurikira: a) gushyigikira kungurana ibitekerezo mu bwisanzure; b) gushyigikira ubwisanzure bwo gutanga ibitekerezo n'ubw'itangazamakuru; c) gutanga amahugurwa n'uburere mboneragihugu binyuze mu itangazamakuru. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 15: Amasezerano y’Inyongera azaba nyuma,Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeranya ko Amasezerano ayo ari yo yose y’Inyongera azemezwa nyuma yo gutangira gukurikizwa kw’aya Masezerano agize igice cy'aya Masezerano. Ayo Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa hashingiwe ku ngingo zigenga ivugururwa n'isubirwamo riteganywa mu ngingo ya 34(5) y’aya Masezerano.,NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,Umutwe wa III: Gahunda z'ibikorwa,NA,Ingingo ya 16: Intego za gahunda z'ibikorwa,Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushyigikira uburyo na politiki bihuriweho biboneka mu Itangazo rya Dar-esSalaam mu rwego rwa gahunda z'ibikorwa.,NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 17: Gahunda y'ibikorwa yerekeye Amahoro n'Umutekano,"Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gusigasira amahoro n'umutekano birambye mu Karere k'Ibiyaga Bigari kose, mu rwego rwa gahunda y'ibikorwa yerekeye Amahoro n'umutekano igamije ibi bikurikira: a) gusigasira ubufatanye mu micungire y'umutekano ku mipaka ihuza ibihugu; b) guteza imbere, kubungabunga no gusigasira ubufatanye mu bijyanye n'amahoro, kwirinda amakimbirane no gukemura amakimbirane mu mahoro; c) guteza imbere ubufatanye bw'ibihugu mu byerekeye ibibazo rusange by'umutekano harimo kurwanya ikwirakwizwa ry'intwaro nto mu buryo butemewe n'amategeko, gukumira no kurwanya ibikorwa by'ubugizi bwa nabi bwambukiranya imipaka buteguwe n’iterabwoba. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 18: Gahunda y'ibikorwa byerekeye Demokarasi n'imiyoborere myiza,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza kwimakaza indangagaciro, amahame n'imirongo ngenderwaho ya demokarasi, imiyoborere myiza, n'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu, mu byerekeye gahunda y'ibikorwa birebana na demokarasi n'imiyoborere myiza, by'umwihariko hagamijwe: a) gushyiraho uburyo bwo ku rwego rw'akarere bufasha gushyira imbaraga mu iyubahirizwa ry’amategeko mu karere, kwimakaza uburenganzira bwa muntu, no guhashya umuco wo kudahana; b) gushyigikira uburyo bwa demokarasi hagamijwe kubaka ubushobozi bw'ibigo, guteza imbere uruhare rw'ingeri zose z'abaturage, no guteza imbere no gushyira mu bikorwa uburyo bw'itumanaho n'amakuru; c) guhuza no gusanisha gahunda zerekeye kurengera no gucunga neza umutungo kamere wo mu karere. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 19: Gahunda y'ibikorwa by'iterambere ry'ubukungu n'ubufatanye bwo ku rwego rw'akarere,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gufatanya guteza imbere ubukungu buhuriweho kandi burambye, guteza imbere imibereho y'abaturage babyo, no kugira uruhare mu iterambere ry'Akarere, hashyirwa mu bikorwa gahunda y'ibikorwa yerekeye iterambere ry'ubukungu n'ubufatanye bwo ku rwego rw'akarere bigamije: a) guteza imbere ubufatanye mu by'ubukungu hahuzwa gahunda zo ku rwego rw'igihugu n'urw'akarere ku bufatanye n'imiryango yo ku rwego rw'akarere ishinzwe ubukungu hagamijwe gusigasira umutekano, gupiganwa mu by’ubukungu no kugabanya ubukene; b) guteza imbere ibikorwaremezo rusange mu byerekeye ingufu, ubwikorezi n'itumanaho; c) guteza imbere ubufatanye ku rwego rw'akarere hashyirwa imbaraga mu bufatanye bw'inzego zose n'ubufatanye hagati y'abaturage ku mipaka y'ibihugu bituranye. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,"Ingingo ya 20: Gahunda y'imikorere yerekeye ubutabazi, ibibazo by'imibereho n'iby'ibidukikije","1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gushaka ibisubizo birambye bituma habaho kurengera no gufasha abaturage bagizweho ingaruka n'amakimbirane ashingiye kuri politiki zo mu Karere k'Ibiyaga Bigari, n'ibiza byibasira abantu, imibereho myiza n'ibidukikije, bishyira mu bikorwa gahunda y'ibikorwa yerekeye ibibazo by'ubutabazi, iby'imibereho myiza n'iby'ibidukikije, bigamije: a) guteza imbere gahunda zigamije kwirinda, gukumira ibiza, gufasha, n'ubushakashatsi bugamije ibisubizo birambye by'impunzi n'abantu bakuwe mu byabo ndetse n'aho batuye; b) guteza imbere gahunda zikenewe zigamije guha serivisi z'ibanze abaturage bagizweho ingaruka n'amakimbirane n'ibiza ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 21: Urwego rw'amategeko,"1. Hashingiwe ku Masezerano y’Inyongera yerekeye kugira ahantu hihariye ho kongera kwiyubaka no kwiteza imbere, hashyizweho Ikigega cyihariye gishinzwe gutsura amajyambere y'Akarere k'Ibiyaga Bigari. Imiterere yacyo mu by’amategeko isobanurwa mu yindi nyandiko. 2. Uburyo bw'imikorere y'Ikigega bugenwa n'uburyo bwihariye bw’amategeko bwemezwa na Banki Nyafurika Itsura amajyambere, ishinzwe gucunga icyo kigega. 3. Ikigega gishyirwamo amafaranga y'imisanzu igomba gutangwa n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano n'imisanzu itangwa ku bushake n’abafatanyabikorwa mu by'ubufatanye n'iterambere. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 22: Ishyirwaho,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeranya gushyiraho Uburyo bwo ku rwego rw’akarere bwo gukurikirana ibikorwa bugizwe n'Inama y’Abakuru b'ibihugu na Guverinoma, Komite ihuriweho na za Minisiteri zo mu karere, Ubunyamabanga bw'Umuryango, Uburyo bw'igenzura ryo ku rwego rw'igihugu n'uburyo bw'ubufatanye n'indi mikorere yihariye cyangwa byaba ngombwa hagakorwa amahuriro, hagamijwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano. Uburyo bwo ku rwego rw’akarere bwo gukurikirana ibikorwa bushingira ku mahame y'imikorere myiza, ubwuzuzanye, amahuriro no gutungira hamwe, kw'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, mu bufatanye n'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n'Umuryango w'Ababibumbye n'abandi bafatanyabikorwa. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 23: Inama,"1. Inama ni rwo rwego rukuru rw'Umuryango kandi iyoborwa n'Umukuru w'igihugu cyangwa wa Guverinoma w’igihugu kiri muri aya Masezerano mu buryo bwo gusimburanwa. 2. Inama ikorwa rimwe buri myaka ibiri. Inama idasanzwe ishobora gutumizwa bisabwe na kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano kandi byemejwe ku bwiganze bw'ibihugu umunani mu biyahuriyeho byayemeje burundu, bihari kandi bitora. 3. Inama itanga amabwiriza ku ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano, ikemeza imitungo yose igize ingengo y'imari ku cyifuzonama cy'Inama y'Abaminisitiri, mu kugena umutungo w’inyongera no gusuzuma intambwe yatewe mu ishyirwa mu bikorwa ry'Amasezerano. 4. Inama yemeza ishyirwaho ry'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Ubunyamabanga bw'Umuryango ku cyifuzonama cy'inama y'abaministiri, ikanemeza aho icyicaro gikuru cy'Ubunyamabanga bw'Umuryango giherereye. 5. Iyo akora inshingano ze nk’Umuyobozi w'Umuryango, hagati y’iterana ry’Inama isanzwe n’indi, akora uko ashoboye kugira ngo ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano biyubahirize kandi binayashyire mu bikorwa, kandi mu rwego rwo kugera ku ntego z'Umuryango, ashakira akarere inkunga z'abafatanyabikorwa bagamije iterambere ry'akarere. Mu bikorwa bye, afashwa n'uwo yasimbuye n'uzamusimbura mu rwego rw’Inyabutatu (Troika) 6. Igihugu kiri muri aya Masezerano kidashoboye cyangwa kidafite ubushake bwo kubahiriza inshingano ziteganywamo gisobanura impamvu imbere y'Inama, na yo ikagaragaza inkurikizi zabyo. 7. Ibyemezo by'Inama y’Abakuru b’Ibihugu bifatwa ku bwumvikane. Iyo binaniwe kumvikana, ibyemezo bifatwa ku bwiganze bw'ibihugu umunani mu bihugu cumi na kimwe bihuriye kuri aya Masezerano bihari kandi bitora mu gihe ibibazo bidashingiye ku mikorere ndetse no ku bwiganze busesuye bw'amajwi y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byitabiriye kandi bitora, igihe ari ibibazo bishingiye ku mikorere. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 24: Komite ihuriweho na za Minisiteri zo mu karere,"1. Komite ihuriweho na za Minisiteri zo mu karere ni rwo rwego nshingwabikorwa rw’Umuryango. Ihura kabiri mu mwaka mu nama isanzwe. Ishobora guhura mu nama idasanzwe bisabwe na kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemejwe kandi ku bwiganze bw'ibihugu biyahuriyeho. 2. Inama z'Abaminisitiri b'akarere ziyoborwa na Minisitiri w'igihugu kiri muri aya Masezerano inama yabereyemo, hakurikijwe uko bikurikirana kwakira inama isanzwe iterana mu gihe runaka. Buri nama y'Abaminisitiri ikurikirwa n'Inama y'Abakuru b'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano. 3. Komite igena uburyo bwo gushyira mu bikorwa aya Masezerano kandi ikora igenzura rihoraho rigamije ishyirwa mu bikorwa ryayo. 4. Kandi, iha Inama raporo ngarukagihe yerekeye ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano. 5. Ishobora gusaba abiyamamariza ku ku mwayan w’Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bw'Umuryango ikanemeza ishyirwa mu myanya ry’abakozi bakuru b'Ubunyamabanga bw'Umuryango bashyigikiwe n'Umunyabanga Nshingwabikorwa. 6. Isuzuma kandi ikanoherereza Inama umushinga w'ingengo y'imari kimwe na raporo na gahunda z'ibikorwa by'Ubunyamabanga bw'Umuryango n'iby'ibigo biwushamikiyeho. 7. Hagati y'inteko zisanzwe z’Inama kandi ibitumwe na yo ishobora iyo ari ngombwa gukora ivugururwa ry'ingengo y'imari, iry'ubutegetsi n'iry'imikorere. 8. Ibyemezo bya Komite ya za Ministeri bifatwa ku bwumvikane. Iyo inaniwe kumvikana, ibyemezo bifatwa ku bwiganze bw'ibihugu umunani mu bihugu cumi na kimwe bihuriye kuri aya Masezerano bihari kandi bitora igihe ibibazo bidashingiye ku mikorere ndetse no ku bwiganze busesuye bw'amajwi y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byitabiriye kandi bitora, igihe ari ibibazo bishingiye ku mikorere. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 25: Itsinda ry'inzobere ridahoraho,"Komite ihuriweho na za ministeri ishobora gushyiraho itsinda ridahoraho ry'inzobere zigenga, ritarengeje abantu batandatu, rigizwe n'abagabo n'abagore banganya umubare kandi b'inyangamugayo, bafite inshingano zikurikira: a) gutegura no guha Inama raporo yihariye yerekeranye n’ibibazo byihariye ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byahuye na byo mu gihe cy'ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano; ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 26: Ubunyamabanga bw'Umuryango,"1. Ubunyamabanga bw'Umuryango ni urwego rwa tekiniki kandi rushinzwe guhuza ibikorwa by'Umuryango. ruyoborwa n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa, mu gihe cy'imyaka ine idashobora kongerwa. 2. Inshingano z’Umunyamabanga Nshingwabikorwa ni izi zikurikira: a) kwita ku ishyirwa mu bikorwa ry'ibyemezo by'Inama na Komite ihuriweho n'Abaminisitiri, kandi akabitangaho raporo; b) guharanira ku kwimakaza Amasezerano n'ishyirwa mu bikorwa rya Gahunda z'ibikorwa, Amasezerano y’Inyongera n'ibikorwa biri n'inshingano ze; c) gutegura inama z’Inama, za Komite ihuriweho n'Abaminisitiri n'indi mikorere n'amahuriro by'Umuryango; d) guhuza ishyirwa mu bikorwa ry'ibikorwa by'Umuryango bihuye n'inshingano z'imiryango mpuzamahanga yita ku iterambere ry'akarere, n'ibigo byegerejwe abaturage n'ibibi shamikiyeho; e) gushyiraho gahunda z'ibikorwa n'ingengo y'imari y'Ubunyamabanga bw'Umuryango, no kwita ku ishyirwa mu bikorwa ryabyo nyuma yo kwemezwa na komite ihuriweho na za Ministeri. 3. Umunyamabanga Nshingwabikorwa ashobora gusaba ubufasha mu Muryango w`Afurika Yunze Ubumwe, mu Muryango w'Abibumbye, mu bafatanyabikorwa ndetse no mu miryango y’ubufatanye. 4. Buri myaka ibiri, Umunyamabanga Nshingwabikorwa ashyiraho ingengo y'imari ikoreshwa n'Ubunyamabanga bw'Umuryango bikemezwa n'Inama bisabwe na Komite ihuza za Minisiteri. Ishyirwamo amafaranga y'imisanzu itegetswe ya buri mwaka agomba gutangwa n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano n'imitungo ikomoka mu bafatanyabikorwa baharanira ubufatanye n'iterambere ry'Akarere k'Ibiyaga Bigari n'indi mitungo igaragazwa n'Umuryango. 5. Uburyo bwo kubara imisanzu y'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano n'ifaranga bishyuramo bugenwa na Komite ihuza za Ministeri. 6. Gushaka abakozi bakuru b'Ubunyamabanga bikurikiza ihame ryo guhagararirwa kungana, kandi bikorwa mu buryo busimburana hagati y'abagize igihugu kiri muri aya Masezerano. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 27: Uburyo bw'ihuzabikorwa ku rwego rw’igihugu n’ubw’ubufatanye,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishyiraho ku rwego rw’igihugu uburyo bw’ihuzabikorwa ry’Umuryango kugira ngo cyoroshye ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano. 2. Uburyo bwo gufatanya bushyirwaho na Komite ihuriweho n'Abaminisitiri hagamijwe guhuza no gushyira mu bikorwa Amasezerano mu bufatanye n'ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, n'imiryango yo ku rwego rw’akarere iharanira iterambere ndetse n'ibigo byo ku rwego rw'akarere bikwiye. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,Umutwe wa VI: Gukemura amakimbirane mu mahoro,NA,Ingingo ya 28: Inshingano yo gukemura amakimbirane mu mahoro,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gukemura mu mahoro amakimbirane bifitanye. 2. Ku bw'ibyo, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byiyemeza gukemura amakimbirane binyuze mu mishyikirano, mu bubasha bifite, mu iperereza, mu buhuza, mu bwunzi cyangwa mu bundi buryo bwa politiki, mu rwego rw'Uburyo bwo ku rwego rw’akarere bwo gukurikirana. 3. Igihugu kiri muri aya Masezerano kiyemeza kwiyambaza uburyo bwo gukemura amakimbirane avugwa mu gika cya 2 mbere yo kwitabaza ubundi buryo bwa politiki, ubwa dipolomasi n'ubw'ubutabera. 4. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bishobora kwiyambaza uburyo bwo gukemura amakimbirane binyuze mu nzira z'amahoro buteganywa mu Masezerano Mpuzamahanga ashyiraho Umuryango w'Abibumbye n'Amasezerano ashyiraho Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe nyuma yo kwitabaza uburyo bwo gukemura amakimbirane mu mahoro buteganywa mu gika cya 2 n'icya 3 byavuzwe haruguru. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 29: Amakimbirane yerekeye isobanurwa n'ishyirwa mu bikorwa ry'aya Masezerano,"Iyo kwitabaza uburyo buteganywa mu ngingo ya 28(2,)(3)(4) bitatanze umusaruro, ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemeranya kujyana mu Rukiko rwa Afurika, amakimbirane ashingiye ku isobanurwa no ku ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano yose cyangwa igice cyayo .",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,Umutwe wa VII: Ingingo zisoza,NA,Ingingo ya 30: Gushyiraho umukono no kwemeza burundu Amasezerano,"1. Aya Masezerano yemerewe gushyirwaho umukono no kwemezwa burundu n'ibihugu byose biyahuriyeho. 2. Inyandiko zo kuyemeza burundu zishyikirizwa Ubunyamabanga bw'Umuryango. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 31: Kutavangura no kwifata,1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byemera gukurikiza ibiyakubiyemo byose hashingiwe ku ihame ryo kutavangura. 2. Nta kwifata gukorwa kuri aya Masezerano. ,NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 32: Ibikwa n'iyandikishwa ry’aya Masezerano,"1. Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye ni we ubika aya Masezerano. 2. Ubunyamabanga bw'Umuryango bufata ingamba za ngombwa kugira ngo aya Masezerano yandikishwe nyuma yo gutangira gukurikizwa kwayo ku Munyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye no kuri Perezida wa Komisiyo y'Umuryango w'Afurika Yunze Ubumwe. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 33: Gutangira gukurikizwa,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa mu minsi mirongo itatu nyuma y'aho Ubunyamabanga bw'Umuryango bwakiriye inyandiko ya munani yo kuyemeza burundu; 2. Kuri buri gihugu cyemeje burundu aya Masezerano nyuma y'itariki inyandiko ya munani iyemeza burundu yakiriweho n'umubitsi, aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu nyuma y'itariki Ubunyamabanga bw'Umuryango bwakiriye inyandiko yacyo yo kuyemeza burundu. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 34: Ivugururwa n'isubirwamo,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyayemeje burundu gishobora gutanga icyifuzo cy’uko yavugururwa cyangwa agasubirwamo. 2. Ubusabe bw’ivugururwa cyangwa isubirwamo ry’aya Masezerano bwohererezwa Ubunyamabanga bw'Umuryango mu nyandiko imenyesha na bwo bukamenyesha ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano iby'ubwo busabe. 3. Ubusabe bw’ivugururwa cyangwa isubirwamo ry'aya Masezerano bwohererezwa ibihugu biyahuriyeho nibura amezi atandatu mbere y'iterana ry’Inama ikurikiraho itangirwamo icyifuzo cyo kuryemeza. 4. Icyemezo cyo kuvugurura cyangwa gusubiramo Amasezerano cyemezwa ku bwiganze bw'ibihugu umunani muri cumi na kimwe bihuriye kuri aya Masezerano byitabiriye kandi bitora. 5. Ivugururwa cyangwa isubirwamo ryemejwe hakurikijwe igika cya 4 cy'iyi ngingo, Ubunyamabanga bw'Umuryango burigeza ku bihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano kugira ngo biryemeze. Inyandiko zo kwemera ivugururwa cyangwa isubirwamo zishyikirizwa Ubunyamabanga bw'Umuryango. 6. Isubirwamo cyangwa ivugururwa ritangira gukurikizwa n'ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano mu minsi 30 nyuma y’aho Ubunyamabanga bw'Umuryango bwakiriye inyandiko ya munani yo kuryemera. 7. Icyakora , imishinga n'ingengo y'imari byo mu rwego rwa gahunda y'imikorere, Amasezerano y’Inyongera, n'Uburyo bwo ku rwego rw’akarere bwo gukurikirana ibikorwa bishobora kuvugururwa hatabayeho gukoresha uburyo bukoreshwa ivugururwa cyangwa isubirwamo buteganywa hejuru. ",NA "AMASEZERANO KU MUTEKANO, AMAHORO N'ITERAMBERE MU KARERE K'IBIYAGA BIGARI",NA,NA,NA,Ingingo ya 35: Ukwivana mu Masezerano,"1. Igihugu kiri muri aya Mazerezano cyayemeje burundu gishobora kuyivanamo igihe icyo ari cyo cyose nyuma y'imyaka icumi uhereye ku itariki yatangiriyeho gukurikizwa muri icyo gihugu, kikamenyesha mu nyandiko, umubitsi icyemezo cyafashe cyo kuyivanamo. 2. Uko kwivana mu Masezerano gutangira kugira agaciro nyuma y'umwaka umwe uhereye ku itariki umubitsi yakiriyeho imenyesha. ",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 1 BASIC UNDERTAKING ,"Rwanda undertakes, pursuant to paragraph 1 of Article III of the Treaty, to accept safeguards, in accordance with the terms of this Agreement, on all source or special fissionable material in all peaceful nuclear activities within its territory, under its jurisdiction or carried out under its control anywhere, for the exclusive purpose of verifying that such material is not diverted to nuclear weapons or other nuclear explosive devices.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 2 APPLICATION OF SAFEGUARDS ,"The Agency shall have the right and the obligation to ensure that safeguards will be applied, in accordance with the terms of this Agreement, on all source or special fissionable material in all peaceful nuclear activities within the territory of Rwanda, under its jurisdiction or carried out under its control anywhere, for the exclusive purpose of verifying that such material is not diverted to nuclear weapons or other nuclear explosive devices.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 3 CO-OPERATION BETWEEN RWANDA AND THE AGENCY ,Rwanda and the Agency shall co-operate to facilitate the implementation of the safeguards provided for in this Agreement.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 4 IMPLEMENTATION OF SAFEGUARDS ,"The safeguards provided for in this Agreement shall be implemented in a manner designed: (a) to avoid hampering the economic and technological development of Rwanda or international co-operation in the field of peaceful nuclear activities, including international exchange of nuclear material; (b) to avoid undue interference in Rwanda's peaceful nuclear activities, and in particular in the operation of facilities; and (c) to be consistent with prudent management practices required for the economic and safe conduct of nuclear activities.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 5,"(a) The Agency shall take every precaution to protect commercial and industrial secrets and other confidential information coming to its knowledge in the implementation of this Agreement. (b) (i) The Agency shall not publish or communicate to any State, organization or person any information obtained by it in connection with the implementation of this Agreement, except that specific information relating to the implementation thereof may be given to the Board of Governors of the Agency (hereinafter referred to as ""the Board"") and to such Agency staff members as require such knowledge by reason of their official duties in connection with safeguards, but only to the extent necessary for the Agency to fulfil its responsibilities in implementing this Agreement. (ii) Summarized information on nuclear material subject to safeguards under this Agreement may be published upon decision of the Board if the States directly concerned agree thereto.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 6,"(a) The Agency shall, in implementing safeguards pursuant to this Agreement, take full account of technological developments in the field of safeguards, and shall make every effort to ensure optimum cost-effectiveness and the application of the principle of safeguarding effectively the flow of nuclear material subject to safeguards under this Agreement by use of instruments and other techniques at certain strategic points to the extent that present or future technology permits. (b) In order to ensure optimum cost-effectiveness, use shall be made, for example, of such means as: (i) containment as a means of defining material balance areas for accounting purposes; (ii) statistical techniques and random sampling in evaluating the flow of nuclear material; and (iii) concentration of verification procedures on those stages in the nuclear fuel cycle involving the production, processing, use or storage of nuclear material from which nuclear weapons or other nuclear explosive devices could readily be made, and minimization of verification procedures in respect of other nuclear material, on condition that this does not hamper the Agency in applying safeguards under this Agreement.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 7 NATIONAL SYSTEM OF MATERIALS CONTROL ,"(a) Rwanda shall establish and maintain a system of accounting for and control of all nuclear material subject to safeguards under this Agreement. (b) The Agency shall apply safeguards in such a manner as to enable it to verify, in ascertaining that there has been no diversion of nuclear material from peaceful uses to nuclear weapons or other nuclear explosive devices, findings of Rwanda's system. The Agency's verification shall include, inter alia, independent measurements and observations conducted by the Agency in accordance with the procedures specified in Part II of this Agreement. The Agency, in its verification, shall take due account of the technical effectiveness of Rwanda's system.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 8 PROVISION OF INFORMATION TO THE AGENCY ,"(a) In order to ensure the effective implementation of safeguards under this Agreement, Rwanda shall, in accordance with the provisions set out in Part II of this Agreement, provide the Agency with information concerning nuclear material subject to safeguards under this Agreement and the features of facilities relevant to safeguarding such material. (b) (i) The Agency shall require only the minimum amount of information and data consistent with carrying out its responsibilities under this Agreement. (ii) Information pertaining to facilities shall be the minimum necessary for safeguarding nuclear material subject to safeguards under this Agreement. (c) If Rwanda so requests, the Agency shall be prepared to examine on premises of Rwanda design information which Rwanda regards as being of particular sensitivity. Such information need not be physically transmitted to the Agency provided that it remains readily available for further examination by the Agency on premises of Rwanda.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 9 AGENCY INSPECTORS ,"(a) (i) The Agency shall secure the consent of Rwanda to the designation of Agency inspectors to Rwanda. (ii) If Rwanda, either upon proposal of a designation or at any other time after a designation has been made, objects to the designation, the Agency shall propose to Rwanda an alternative designation or designations. (iii) If, as a result of the repeated refusal of Rwanda to accept the designation of Agency inspectors, inspections to be conducted under this Agreement would be impeded, such refusal shall be considered by the Board, upon referral by the Director General of the Agency (hereinafter referred to as ""the Director General""), with a view to its taking appropriate action. (b) Rwanda shall take the necessary steps to ensure that Agency inspectors can effectively discharge their functions under this Agreement. (c) The visits and activities of Agency inspectors shall be so arranged as: (i) to reduce to a minimum the possible inconvenience and disturbance to Rwanda and to the peaceful nuclear activities inspected; and (ii) to ensure protection of industrial secrets or any other confidential information coming to the inspectors' knowledge. ",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 10 PRIVILEGES AND IMMUNITIES,"Rwanda shall accord to the Agency (including its property, funds and assets) and to its inspectors and other officials, performing functions under this Agreement, the same privileges and immunities as those set forth in the relevant provisions of the Agreement on the Privileges and Immunities of the International Atomic Energy Agency.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 11 ,"Consumption or dilution of nuclear material Safeguards shall terminate on nuclear material upon determination by the Agency that the material has been consumed, or has been diluted in such a way that it is no longer usable for any nuclear activity relevant from the point of view of safeguards, or has become practicably irrecoverable.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 13,"Provisions relating to nuclear material to be used in non-nuclear activities Where nuclear material subject to safeguards under this Agreement is to be used in non-nuclear activities, such as the production of alloys or ceramics, Rwanda shall agree with the Agency, before the material is so used, on the circumstances under which the safeguards on such material may be terminated.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,"A r t i c l e 14 Provisions relating to nuclear material to be used in non-n","Where nuclear material subject to safeguards under this Agreement is to be used in non-nuclear activities, such as the production of alloys or ceramics, Rwanda shall agree with the Agency, before the material is so used, on the circumstances under which the safeguards on such material may be terminated.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,"A r t i c l e 14 NON-APPLICATION OF SAFEGUARDS TO NUCLEAR MATERIAL TO BE USED IN NON-PEACEFUL ACTIVITIES ","If Rwanda intends to exercise its discretion to use nuclear material which is required to be safeguarded under this Agreement in a nuclear activity which does not require the application of safeguards under this Agreement, the following procedures shall apply: (a) Rwanda shall inform the Agency of the activity, making it clear: (i) that the use of the nuclear material in a non-proscribed military activity will not be in conflict with an undertaking Rwanda may have given and in respect of which Agency safeguards apply, that the material will be used only in a peaceful nuclear activity; and (ii) that during the period of non-application of safeguards the nuclear material will not be used for the production of nuclear weapons or other nuclear explosive devices; (b) Rwanda and the Agency shall make an arrangement so that, only while the nuclear material is in such an activity, the safeguards provided for in this Agreement will not be applied. The arrangement shall identify, to the extent possible, the period or circumstances during which safeguards will not be applied. In any event, the safeguards provided for in this Agreement shall apply again as soon as the nuclear material is reintroduced into a peaceful nuclear activity. The Agency shall be kept informed of the total quantity and composition of such unsafeguarded material in Rwanda and of any export of such material; and (c) each arrangement shall be made in agreement with the Agency. Such agreement shall be given as promptly as possible and shall relate only to such matters as, inter alia, temporal and procedural provisions and reporting arrangements, but shall not involve any approval or classified knowledge of the military activity or relate to the use of the nuclear material therein.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 15 FINANCE ,"Until such time as Rwanda becomes a Member State of the Agency, Rwanda shall fully reimburse to the Agency the safeguards expenses which the Agency incurs under this Agreement. As from the date on which Rwanda becomes a Member State of the Agency, Rwanda and the Agency will bear the expenses incurred by them in implementing their respective responsibilities under this Agreement. However, in either case, if Rwanda or persons under its jurisdiction incur extraordinary expenses as a result of a specific request by the Agency, the Agency shall reimburse such expenses provided that it has agreed in advance to do so. In any case the Agency shall bear the cost of any additional measuring or sampling which inspectors may request.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 16 THIRD PARTY LIABILITY FOR NUCLEAR DAMAGE,"Rwanda shall ensure that any protection against third party liability in respect of nuclear damage, including any insurance or other financial security, which may be available under its laws or regulations shall apply to the Agency and its officials for the purpose of the implementation of this Agreement, in the same way as that protection applies to nationals of Rwanda.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 17 INTERNATIONAL RESPONSIBILITY,"Any claim by Rwanda against the Agency or by the Agency against Rwanda in respect of any damage resulting from the implementation of safeguards under this Agreement, other than damage arising out of a nuclear incident, shall be settled in accordance with international law.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 18 MEASURES IN RELATION TO VERIFICATION OF NON-DIVERSION,"If the Board, upon report of the Director General, decides that an action by Rwanda is essential and urgent in order to ensure verification that nuclear material subject to safeguards under this Agreement is not diverted to nuclear weapons or other nuclear explosive devices, the Board may call upon Rwanda to take the required action without delay, irrespective of whether procedures have been invoked pursuant to Article 22 of this Agreement for the settlement of a dispute.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 19,"If the Board, upon examination of relevant information reported to it by the Director General, finds that the Agency is not able to verify that there has been no diversion of nuclear material required to be safeguarded under this Agreement to nuclear weapons or other nuclear explosive devices, it may make the reports provided for in paragraph C of Article XII of the Statute of the Agency (hereinafter referred to as ""the Statute"") and may also take, where 8 applicable, the other measures provided for in that paragraph. In taking such action the Board shall take account of the degree of assurance provided by the safeguards measures that have been applied and shall afford Rwanda every reasonable opportunity to furnish the Board with any necessary reassurance.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,"A r t i c l e 20 INTERPRETATION AND APPLICATION OF THE AGREEMENT AND SETTLEMENT OF DISPUTES ","Rwanda and the Agency shall, at the request of either, consult about any question arising out of the interpretation or application of this Agreement.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 21,Rwanda shall have the right to request that any question arising out of the interpretation or application of this Agreement be considered by the Board. The Board shall invite Rwanda to participate in the discussion of any such question by the Board.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 22,"Any dispute arising out of the interpretation or application of this Agreement, except a dispute with regard to a finding by the Board under Article l9 or an action taken by the Board pursuant to such a finding, which is not settled by negotiation or another procedure agreed to by Rwanda and the Agency shall, at the request of either, be submitted to an arbitral tribunal composed as follows: Rwanda and the Agency shall each designate one arbitrator, and the two arbitrators so designated shall elect a third, who shall be the Chairman. If, within thirty days of the request for arbitration, either Rwanda or the Agency has not designated an arbitrator, either Rwanda or the Agency may request the President of the International Court of Justice to appoint an arbitrator. The same procedure shall apply if, within thirty days of the designation or appointment of the second arbitrator, the third arbitrator has not been elected. A majority of the members of the arbitral tribunal shall constitute a quorum, and all decisions shall require the concurrence of two arbitrators. The arbitral procedure shall be fixed by the tribunal. The decisions of the tribunal shall be binding on Rwanda and the Agency.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 23 AMENDMENT OF THE AGREEMENT ,"(a) Rwanda and the Agency shall, at the request of either, consult each other on amendment to this Agreement. (b) All amendments shall require the agreement of Rwanda and the Agency. (c) Amendments to this Agreement shall enter into force in the same conditions as entry into force of the Agreement itself. (d) The Director General shall promptly inform all Member States of the Agency of any amendment to this Agreement.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,"A r t i c l e 24 ENTRY INTO FORCE AND DURATION ",This Agreement shall enter into force on the date upon which the Agency receives from Rwanda written notification that Rwanda's statutory and constitutional requirements for entry into force have been met. The Director General shall promptly inform all Member States of the Agency of the entry into force of this Agreement.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 25,This Agreement shall remain in force as long as Rwanda is party to the Treaty.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 26 INTRODUCTION ,The purpose of this part of the Agreement is to specify the procedures to be applied in the implementation of the safeguards provisions of Part I.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 27 OBJECTIVE OF SAFEGUARDS,"The objective of the safeguards procedures set forth in this part of the Agreement is the timely detection of diversion of significant quantities of nuclear material from peaceful nuclear activities to the manufacture of nuclear weapons or of other nuclear explosive devices or for purposes unknown, and deterrence of such diversion by the risk of early detection.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 28,"For the purpose of achieving the objective set forth in Article 27, material accountancy shall be used as a safeguards measure of fundamental importance, with containment and surveillance as important complementary measures.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 29,"The technical conclusion of the Agency's verification activities shall be a statement, in respect of each material balance area, of the amount of material unaccounted for over a specific period, and giving the limits of accuracy of the amounts stated.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,"A r t i c l e 30 NATIONAL SYSTEM OF ACCOUNTING FOR AND CONTROL OF NUCLEAR MATERIAL ","Pursuant to Article 7 the Agency, in carrying out its verification activities, shall make full use of Rwanda's system of accounting for and control of all nuclear material subject to safeguards under this Agreement and shall avoid unnecessary duplication of Rwanda's accounting and control activities.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 31,"Rwanda's system of accounting for and control of all nuclear material subject to safeguards under this Agreement shall be based on a structure of material balance areas, and shall make provision, as appropriate and specified in the Subsidiary Arrangements, for the establishment of such measures as: (a) a measurement system for the determination of the quantities of nuclear material received, produced, shipped, lost or otherwise removed from inventory, and the quantities on inventory; (b) the evaluation of precision and accuracy of measurements and the estimation of measurement uncertainty; (c) procedures for identifying, reviewing and evaluating differences in shipper/receiver measurements; (d) procedures for taking a physical inventory; (e) procedures for the evaluation of accumulations of unmeasured inventory and unmeasured losses; (f) a system of records and reports showing, for each material balance area, the inventory of nuclear material and the changes in that inventory including receipts into and transfers out of the material balance area; (g) provisions to ensure that the accounting procedures and arrangements are being operated correctly; and (h) procedures for the provision of reports to the Agency in accordance with Articles 58-68.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 32 STARTING POINT OF SAFEGUARDS ,Safeguards under this Agreement shall not apply to material in mining or ore processing activities.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 33,"(a) When any material containing uranium or thorium which has not reached the stage of the nuclear fuel cycle described in paragraph (c) is directly or indirectly exported to a non-nuclear-weapon State, Rwanda shall inform the Agency of its quantity, composition and destination, unless the material is exported for specifically non-nuclear purposes; (b) When any material containing uranium or thorium which has not reached the stage of the nuclear fuel cycle described in paragraph (c) is imported, Rwanda shall inform the Agency of its quantity and composition, unless the material is imported for specifically non-nuclear purposes; and (c) When any nuclear material of a composition and purity suitable for fuel fabrication or for isotopic enrichment leaves the plant or the process stage in which it has been produced, or when such nuclear material, or any other nuclear material produced at a later stage in the nuclear fuel cycle, is imported into Rwanda, the nuclear material shall become subject to the other safeguards procedures specified in this Agreement.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 34 TERMINATION OF SAFEGUARDS ,"(a) Safeguards shall terminate on nuclear material subject to safeguards under this Agreement, under the conditions set forth in Article 11. Where the conditions of that Article are not met, but Rwanda considers that the recovery of safeguarded nuclear material from residues is not for the time being practicable or desirable, Rwanda and the Agency shall consult on the appropriate safeguards measures to be applied. (b) Safeguards shall terminate on nuclear material subject to safeguards under this Agreement, under the conditions set forth in Article 13, provided that Rwanda and the Agency agree that such nuclear material is practicably irrecoverable.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 35 EXEMPTIONS FROM SAFEGUARDS,"At the request of Rwanda, the Agency shall exempt nuclear material from safeguards, as follows: (a) special fissionable material, when it is used in gram quantities or less as a sensing component in instruments; (b) nuclear material, when it is used in non-nuclear activities in accordance with Article 13, if such nuclear material is recoverable; and (c) plutonium with an isotopic concentration of plutonium-238 exceeding 80%.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 36,"At the request of Rwanda the Agency shall exempt from safeguards nuclear material that would otherwise be subject to safeguards, provided that the total quantity of nuclear material which has been exempted in Rwanda in accordance with this Article may not at any time exceed: (a) one kilogram in total of special fissionable material, which may consist of one or more of the following: (i) plutonium; (ii) uranium with an enrichment of 0.2 (20%) and above, taken account of by multiplying its weight by its enrichment; and (iii) uranium with an enrichment below 0.2 (20%) and above that of natural uranium, taken account of by multiplying its weight by five times the square of its enrichment; (b) ten metric tons in total of natural uranium and depleted uranium with an enrichment above 0.005 (0.5%); (c) twenty metric tons of depleted uranium with an enrichment of 0.005 (0.5%) or below; and (d) twenty metric tons of thorium; or such greater amounts as may be specified by the Board for uniform application.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 37,"If exempted nuclear material is to be processed or stored together with nuclear material subject to safeguards under this Agreement, provision shall be made for the re-application of safeguards thereto.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 38 SUBSIDIARY ARRANGEMENTS ,"Rwanda and the Agency shall make Subsidiary Arrangements which shall specify in detail, to the extent necessary to permit the Agency to fulfil its responsibilities under this Agreement in an effective and efficient manner, how the procedures laid down in this Agreement are to be applied. The Subsidiary Arrangements may be extended or changed by agreement between Rwanda and the Agency without amendment of this Agreement.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 39,"The Subsidiary Arrangements shall enter into force at the same time as, or as soon as possible after, the entry into force of this Agreement. Rwanda and the Agency shall make every effort to achieve their entry into force within ninety days of the entry into force of this Agreement; an extension of that period shall require agreement between Rwanda and the Agency. Rwanda shall provide the Agency promptly with the information required for completing the Subsidiary Arrangements. Upon the entry into force of this Agreement, the Agency shall have the right to apply the procedures laid down therein in respect of the nuclear material listed in the inventory provided for in Article 40, even if the Subsidiary Arrangements have not yet entered into force. ",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 40 INVENTORY ,"A r t i c l e 40 On the basis of the initial report referred to in Article 61, the Agency shall establish a unified inventory of all nuclear material in Rwanda subject to safeguards under this Agreement, irrespective of its origin, and shall maintain this inventory on the basis of subsequent reports and of the results of its verification activities. Copies of the inventory shall be made available to Rwanda at intervals to be agreed.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,DESIGN INFORMATION,NA,A r t i c l e 41 General provisions,"Pursuant to Article 8, design information in respect of existing facilities shall be provided to the Agency during the discussion of the Subsidiary Arrangements. The time limits for the provision of design information in respect of the new facilities shall be specified in the Subsidiary Arrangements and such information shall be provided as early as possible before nuclear material is introduced into a new facility.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 42,"The design information to be provided to the Agency shall include, in respect of each facility, when applicable: (a) the identification of the facility, stating its general character, purpose, nominal capacity and geographic location, and the name and address to be used for routine business purposes; (b) a description of the general arrangement of the facility with reference, to the extent feasible, to the form, location and flow of nuclear material and to the general layout of important items of equipment which use, produce or process nuclear material; (c) a description of features of the facility relating to material accountancy, containment and surveillance; and (d) a description of the existing and proposed procedures at the facility for nuclear material accountancy and control, with special reference to material balance areas established by the operator, measurements of flow and procedures for physical 14 inventory taking.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 43,"Other information relevant to the application of safeguards shall also be provided to the Agency in respect of each facility, in particular on organizational responsibility for material accountancy and control. Rwanda shall provide the Agency with supplementary information on the health and safety procedures which the Agency shall observe and with which the inspectors shall comply at the facility.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 44,"The Agency shall be provided with design information in respect of a modification relevant for safeguards purposes, for examination, and shall be informed of any change in the information provided to it under Article 43, sufficiently in advance for the safeguards procedures to be adjusted when necessary.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 45,"Purposes of examination of design information The design information provided to the Agency shall be used for the following purposes: (a) to identify the features of facilities and nuclear material relevant to the application of safeguards to nuclear material in sufficient detail to facilitate verification; (b) to determine material balance areas to be used for Agency accounting purposes and to select those strategic points which are key measurement points and which will be used to determine flow and inventory of nuclear material; in determining such material balance areas the Agency shall, inter alia, use the following criteria: (i) the size of the material balance area shall be related to the accuracy with which the material balance can be established; (ii) in determining the material balance area advantage shall be taken of any opportunity to use containment and surveillance to help ensure the completeness of flow measurements and thereby to simplify the application of safeguards and to concentrate measurement efforts at key measurement points; (iii) a number of material balance areas in use at a facility or at distinct sites may be combined in one material balance area to be used for Agency accounting purposes when the Agency determines that this is consistent with its verification requirements; and (iv) a special material balance area may be established at the request of Rwanda around a process step involving commercially sensitive information; (c) to establish the nominal timing and procedures for taking of physical inventory of nuclear material for Agency accounting purposes; (d) to establish the records and reports requirements and records evaluation procedures; (e) to establish requirements and procedures for verification of the quantity and location of nuclear material; and (f) to select appropriate combinations of containment and surveillance methods and techniques and the strategic points at which they are to be applied. The results of the examination of the design information shall be included in the Subsidiary Arrangements. ",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 46,"Re-examination of design information Design information shall be re-examined in the light of changes in operating conditions, of developments in safeguards technology or of experience in the application of verification procedures, with a view to modifying the action the Agency has taken pursuant to Article 45.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 47,"Verification of design information The Agency, in co-operation with Rwanda, may send inspectors to facilities to verify the design information provided to the Agency pursuant to Articles 41-44, for the purposes stated in Article 45.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,"A r t i c l e 48 INFORMATION IN RESPECT OF NUCLEAR MATERIAL OUTSIDE FACILITIES ","The Agency shall be provided with the following information when nuclear material is to be customarily used outside facilities, as applicable: (a) a general description of the use of the nuclear material, its geographic location, and the user's name and address for routine business purposes; and (b) a general description of the existing and proposed procedures for nuclear material accountancy and control, including organizational responsibility for material accountancy and control. The Agency shall be informed, on a timely basis, of any change in the information provided to it under this Article.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 49,"The information provided to the Agency pursuant to Article 48 may be used, to the extent relevant, for the purposes set out in Article 45(b)-(f).",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,RECORDS SYSTEM,NA,A r t i c l e 50 General provisions,"In establishing its system of materials control as referred to in Article 7, Rwanda shall arrange that records are kept in respect of each material balance area. The records to be kept shall be described in the Subsidiary Arrangements.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 51,"Rwanda shall make arrangements to facilitate the examination of records by inspectors, particularly if the records are not kept in English, French, Russian or Spanish.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 52,Records shall be retained for at least five years.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 53,"Records shall consist, as appropriate, of: (a) accounting records of all nuclear material subject to safeguards under this Agreement; and (b) operating records for facilities containing such nuclear material.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 54,The system of measurements on which the records used for the preparation of reports are based shall either conform to the latest international standards or be equivalent in quality to such standards.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 55,"The accounting records shall set forth the following in respect of each material balance area: (a) all inventory changes, so as to permit a determination of the book inventory at any time; (b) all measurement results that are used for determination of the physical inventory; and (c) all adjustments and corrections that have been made in respect of inventory changes, book inventories and physical inventories.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 56,"For all inventory changes and physical inventories the records shall show, in respect of each batch of nuclear material: material identification, batch data and source data. The records shall account for uranium, thorium and plutonium separately in each batch of nuclear material. For each inventory change, the date of the inventory change and, when appropriate, the originating material balance area and the receiving material balance area or the recipient, shall be indicated.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 57,"Operating records The operating records shall set forth, as appropriate, in respect of each material balance area: (a) those operating data which are used to establish changes in the quantities and composition of nuclear material; (b) the data obtained from the calibration of tanks and instruments and from sampling and analyses, the procedures to control the quality of measurements and the derived estimates of random and systematic error; (c) a description of the sequence of the actions taken in preparing for, and in taking, a physical inventory, in order to ensure that it is correct and complete; and (d) a description of the actions taken in order to ascertain the cause and magnitude of any accidental or unmeasured loss that might occur.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,REPORTS SYSTEM,NA,"A r t i c l e 58 General provisions ",Rwanda shall provide the Agency with reports as detailed in Articles 59-68 in respect of nuclear material subject to safeguards under this Agreement.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 59,"Reports shall be made in English, French, Russian or Spanish, except as otherwise specified in the Subsidiary Arrangements.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 60,"Reports shall be based on the records kept in accordance with Articles 50-57 and shall consist, as appropriate, of accounting reports and special reports.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 61 Accounting reports,"The Agency shall be provided with an initial report on all nuclear material subject to safeguards under this Agreement. The initial report shall be dispatched by Rwanda to the Agency within thirty days of the last day of the calendar month in which this Agreement enters into force, and shall reflect the situation as of the last day of that month.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 62,"Rwanda shall provide the Agency with the following accounting reports for each material balance area: (a) inventory change reports showing all changes in the inventory of nuclear material. The reports shall be dispatched as soon as possible and in any event within thirty days after the end of the month in which the inventory changes occurred or were established; and (b) material balance reports showing the material balance based on a physical inventory of nuclear material actually present in the material balance area. The reports shall be dispatched as soon as possible and in any event within thirty days after the physical inventory has been taken. The reports shall be based on data available as of the date of reporting and may be corrected at a later date, as required.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 63,"Inventory change reports shall specify identification and batch data for each batch of nuclear material, the date of the inventory change and, as appropriate, the originating material balance area and the receiving material balance area or the recipient. These reports shall be accompanied by concise notes: (a) explaining the inventory changes, on the basis of the operating data contained in the operating records provided for under Article 57(a); and (b) describing, as specified in the Subsidiary Arrangements, the anticipated operational programme, particularly the taking of a physical inventory.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 64,"Rwanda shall report each inventory change, adjustment and correction, either periodically in a consolidated list or individually. Inventory changes shall be reported in terms of batches. As specified in the Subsidiary Arrangements, small changes in inventory of nuclear material, such as transfers of analytical samples, may be combined in one batch and reported as one inventory change.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 65,"The Agency shall provide Rwanda with semi-annual statements of book inventory of nuclear material subject to safeguards under this Agreement, for each material balance area, as based on the inventory change reports for the period covered by each such statement.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 66,"Material balance reports shall include the following entries, unless otherwise agreed by Rwanda and the Agency: (a) beginning physical inventory; (b) inventory changes (first increases, then decreases); (c) ending book inventory; (d) shipper/receiver differences; (e) adjusted ending book inventory; (f) ending physical inventory; and (g) material unaccounted for. A statement of the physical inventory, listing all batches separately and specifying material identification and batch data for each batch, shall be attached to each material balance report.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 67 Special reports,Rwanda shall make special reports without delay: (a) if any unusual incident or circumstances lead Rwanda to believe that there is or may have been loss of nuclear material that exceeds the limits specified for this purpose in the Subsidiary Arrangements; or (b) if the containment has unexpectedly changed from that specified in the Subsidiary Arrangements to the extent that unauthorized removal of nuclear material has become possible.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 68 Amplification and clarification of reports,"If the Agency so requests, Rwanda shall provide it with amplifications or clarifications of any report, in so far as relevant for the purpose of safeguards.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,INSPECTIONS,NA,A r t i c l e 69 General provisions,The Agency shall have the right to make inspections as provided for in Articles 70-81.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 70 Purposes of inspections,"The Agency may make ad hoc inspections in order to: (a) verify the information contained in the initial report on the nuclear material subject to safeguards under this Agreement; (b) identify and verify changes in the situation which have occurred since the date of the initial report; and (c) identify, and if possible verify the quantity and composition of, nuclear material in accordance with Articles 92 and 95, before its transfer out of or upon its transfer into Rwanda.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 71,"The Agency may make routine inspections in order to: (a) verify that reports are consistent with records; (b) verify the location, identity, quantity and composition of all nuclear material subject to safeguards under this Agreement; and (c) verify information on the possible causes of material unaccounted for, shipper/receiver differences and uncertainties in the book inventory.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 72,"Subject to the procedures laid down in Article 76, the Agency may make special inspections: (a) in order to verify the information contained in special reports; or (b) if the Agency considers that information made available by Rwanda, including explanations from Rwanda and information obtained from routine inspections, is not adequate for the Agency to fulfil its responsibilities under this Agreement. An inspection shall be deemed to be special when it is either additional to the routine inspection effort provided for in Articles 77-81 or involves access to information or locations in addition to the access specified in Article 75 for ad hoc and routine inspections, or both.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 73 Scope of inspections,"For the purposes specified in Articles 70-72, the Agency may: (a) examine the records kept pursuant to Articles 50-57; (b) make independent measurements of all nuclear material subject to safeguards under this Agreement; (c) verify the functioning and calibration of instruments and other measuring and control equipment; (d) apply and make use of surveillance and containment measures; and (e) use other objective methods which have been demonstrated to be technically feasible.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 74,"Within the scope of Article 73, the Agency shall be enabled: (a) to observe that samples at key measurement points for material balance accountancy are taken in accordance with procedures which produce representative samples, to observe the treatment and analysis of the samples and to obtain duplicates of such samples; (b) to observe that the measurements of nuclear material at key measurement points for material balance accountancy are representative, and to observe the calibration of the instruments and equipment involved; (c) to make arrangements with Rwanda that, if necessary: (i) additional measurements are made and additional samples taken for the Agency's use; (ii) the Agency's standard analytical samples are analysed; (iii) appropriate absolute standards are used in calibrating instruments and other equipment; and (iv) other calibrations are carried out; (d) to arrange to use its own equipment for independent measurement and surveillance, and if so agreed and specified in the Subsidiary Arrangements to arrange to install such equipment; (e) to apply its seals and other identifying and tamper-indicating devices to containments, if so agreed and specified in the Subsidiary Arrangements; and (f) to make arrangements with Rwanda for the shipping of samples taken for the Agency's use.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 75 Access for inspections,"(a) For the purposes specified in Article 70(a) and (b) and until such time as the strategic points have been specified in the Subsidiary Arrangements, the Agency inspectors shall have access to any location where the initial report or any inspections carried out in connection with it indicate that nuclear material is present; (b) For the purposes specified in Article 70(c) the inspectors shall have access to any location of which the Agency has been notified in accordance with Articles 91(d)(iii) or 94(d)(iii); (c) For the purposes specified in Article 71 the inspectors shall have access only to the strategic points specified in the Subsidiary Arrangements and to the records maintained pursuant to Articles 50-57; and (d) In the event of Rwanda concluding that any unusual circumstances require extended limitations on access by the Agency, Rwanda and the Agency shall promptly make arrangements with a view to enabling the Agency to discharge its safeguards responsibilities in the light of these limitations. The Director General shall report each such arrangement to the Board.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 76,"In circumstances which may lead to special inspections for the purposes specified in Article 72 Rwanda and the Agency shall consult forthwith. As a result of such consultations the Agency may: (a) make inspections in addition to the routine inspection effort provided for in Articles 77-81; and (b) obtain access, in agreement with Rwanda, to information or locations in addition to those specified in Article 75. Any disagreement concerning the need for additional access shall be resolved in accordance with Articles 21 and 22; in case action by Rwanda is essential and urgent, Article 18 shall apply.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 77 Frequency and intensity of routine inspections,"The Agency shall keep the number, intensity and duration of routine inspections, applying optimum timing, to the minimum consistent with the effective implementation of the safeguards procedures set forth in this Agreement, and shall make the optimum and most economical use of inspection resources available to it.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 78,"The Agency may carry out one routine inspection per year in respect of facilities and material balance areas outside facilities with a content or annual throughput, whichever is greater, of nuclear material not exceeding five effective kilograms.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 79,"The number, intensity, duration, timing and mode of routine inspections in respect of facilities with a content or annual throughput of nuclear material exceeding five effective kilograms shall be determined on the basis that in the maximum or limiting case the inspection regime shall be no more intensive than is necessary and sufficient to maintain continuity of knowledge of the flow and inventory of nuclear material, and the maximum routine inspection effort in respect of such facilities shall be determined as follows: (a) for reactors and sealed storage installations the maximum total of routine inspection per year shall be determined by allowing one sixth of a man-year of inspection for each such facility; (b) for facilities, other than reactors or sealed storage installations, involving plutonium or uranium enriched to more than 5%, the maximum total of routine inspection per year shall be determined by allowing for each such facility 30 x E man-days of inspection per year, where E is the inventory or annual throughput of nuclear material, whichever is greater, expressed in effective kilograms. The maximum established for any such facility shall not, however, be less than 1.5 man-years of inspection; and (c) for facilities not covered by paragraphs (a) or (b), the maximum total of routine inspection per year shall be determined by allowing for each such facility one third of a man-year of inspection plus 0.4 x E man-days of inspection per year, where E is the inventory or annual throughput of nuclear material, whichever is greater, expressed in effective kilograms. Rwanda and the Agency may agree to amend the figures for the maximum inspection effort specified in this Article, upon determination by the Board that such amendment is reasonable. ",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 80,"Subject to Articles 77-79 the criteria to be used for determining the actual number, intensity, duration, timing and mode of routine inspections in respect of any facility shall include: (a) the form of the nuclear material, in particular, whether the nuclear material is in bulk form or contained in a number of separate items; its chemical composition and, in the case of uranium, whether it is of low or high enrichment; and its accessibility; (b) the effectiveness of Rwanda's accounting and control system, including the extent to which the operators of facilities are functionally independent of Rwanda's accounting and control system; the extent to which the measures specified in Article 31 have been implemented by Rwanda; the promptness of reports 24 provided to the Agency; their consistency with the Agency's independent verification; and the amount and accuracy of the material unaccounted for, as verified by the Agency; (c) characteristics of Rwanda's nuclear fuel cycle, in particular, the number and types of facilities containing nuclear material subject to safeguards, the characteristics of such facilities relevant to safeguards, notably the degree of containment; the extent to which the design of such facilities facilitates verification of the flow and inventory of nuclear material; and the extent to which information from different material balance areas can be correlated; (d) international interdependence, in particular, the extent to which nuclear material is received from or sent to other States for use or processing; any verification activities by the Agency in connection therewith; and the extent to which Rwanda's nuclear activities are interrelated with those of other States; and (e) technical developments in the field of safeguards, including the use of statistical techniques and random sampling in evaluating the flow of nuclear material.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 81,Rwanda and the Agency shall consult if Rwanda considers that the inspection effort is being deployed with undue concentration on particular facilities.,NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA," A r t i c l e 82 Notice of inspections ","The Agency shall give advance notice to Rwanda before arrival of inspectors at facilities or material balance areas outside facilities, as follows: (a) for ad hoc inspections pursuant to Article 70(c), at least 24 hours; for those pursuant to Article 70(a) and (b) as well as the activities provided for in Article 47, at least one week; (b) for special inspections pursuant to Article 72, as promptly as possible after Rwanda and the Agency have consulted as provided for in Article 76, it being understood that notification of arrival normally will constitute part of the consultations; and (c) for routine inspections pursuant to Article 71, at least 24 hours in respect of the facilities referred to in Article 79(b) and sealed storage installations containing plutonium or uranium enriched to more than 5%, and one week in all other cases. Such notice of inspections shall include the names of the inspectors and shall indicate the facilities and the material balance areas outside facilities to be visited and the periods during which they will be visited. If the inspectors are to arrive from outside Rwanda the Agency shall also give advance notice of the place and time of their arrival in Rwanda.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 83,"Notwithstanding the provisions of Article 82, the Agency may, as a supplementary measure, carry out without advance notification a portion of the routine inspections pursuant to Article 79 in accordance with the principle of random sampling. In performing any unannounced inspections, the Agency shall fully take into account any operational programme provided by Rwanda pursuant to Article 63(b). Moreover, whenever practicable, and on the basis of the operational programme, it shall advise Rwanda periodically of its general programme of announced and unannounced inspections, specifying the general periods when inspections are foreseen. In carrying out any unannounced inspections, the Agency shall make every effort to minimize any practical difficulties for Rwanda and for facility operators, bearing in mind the relevant provisions of Articles 43 and 88. Similarly Rwanda shall make every effort to facilitate the task of the inspectors.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 84 Designation of inspectors,"The following procedures shall apply to the designation of inspectors: (a) the Director General shall inform Rwanda in writing of the name, qualifications, nationality, grade and such other particulars as may be relevant, of each Agency official he proposes for designation as an inspector for Rwanda; (b) Rwanda shall inform the Director General within thirty days of the receipt of such a proposal whether it accepts the proposal; (c) the Director General may designate each official who has been accepted by Rwanda as one of the inspectors for Rwanda, and shall inform Rwanda of such designations; and (d) the Director General, acting in response to a request by Rwanda or on his own initiative, shall immediately inform Rwanda of the withdrawal of the designation of any official as an inspector for Rwanda. However, in respect of inspectors needed for the activities provided for in Article 47 and to carry out ad hoc inspections pursuant to Article 70(a) and (b) the designation procedures shall be completed if possible within thirty days after the entry into force of this Agreement. If such designation appears impossible within this time limit, inspectors for such purposes shall be designated on a temporary basis.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 85,"Rwanda shall grant or renew as quickly as possible appropriate visas, where required, for each inspector designated for Rwanda.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 86 Conduct and visits of inspectors,"Inspectors, in exercising their functions under Articles 47 and 70-74, shall carry out their activities in a manner designed to avoid hampering or delaying the construction, commissioning or operation of facilities, or affecting their safety. In particular inspectors shall not operate any facility themselves or direct the staff of a facility to carry out any operation. If inspectors consider that in pursuance of Articles 73 and 74, particular operations in a facility should be carried out by the operator, they shall make a request therefor.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 87,"When inspectors require services available in Rwanda, including the use of equipment, in connection with the performance of inspections, Rwanda shall facilitate the procurement of such services and the use of such equipment by inspectors.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 88,"Rwanda shall have the right to have inspectors accompanied during their inspections by representatives of Rwanda, provided that inspectors shall not thereby be delayed or otherwise impeded in the exercise of their functions.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 89 STATEMENTS ON THE AGENCY'S VERIFICATION ACTIVITIES ,"The Agency shall inform Rwanda of: (a) the results of inspections, at intervals to be specified in the Subsidiary Arrangements; and (b) the conclusions it has drawn from its verification activities in Rwanda, in particular by means of statements in respect of each material balance area, which shall be made as soon as possible after a physical inventory has been taken and verified by the Agency and a material balance has been struck.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,"A r t i c l e 90 INTERNATIONAL TRANSFERS ","General provisions Nuclear material subject or required to be subject to safeguards under this Agreement which is transferred internationally shall, for purposes of this Agreement, be regarded as being the responsibility of Rwanda: (a) in the case of import into Rwanda, from the time that such responsibility ceases to lie with the exporting State, and no later than the time at which the material reaches its destination; and (b) in the case of export out of Rwanda, up to the time at which the recipient State assumes such responsibility, and no later than the time at which the nuclear material reaches its destination. The point at which the transfer of responsibility will take place shall be determined in accordance with suitable arrangements to be made by the States concerned. Neither Rwanda nor any other State shall be deemed to have such responsibility for nuclear material merely by reason of the fact that the nuclear material is in transit on or over its territory, or that it is being transported on a ship under its flag or in its aircraft. ",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 91 Transfers out of Rwanda ,"(a) Rwanda shall notify the Agency of any intended transfer out of Rwanda of nuclear material subject to safeguards under this Agreement if the shipment exceeds one effective kilogram, or if, within a period of three months, several separate shipments are to be made to the same State, each of less than one effective kilogram but the total of which exceeds one effective kilogram. (b) Such notification shall be given to the Agency after the conclusion of the contractual arrangements leading to the transfer and normally at least two weeks before the nuclear material is to be prepared for shipping. (c) Rwanda and the Agency may agree on different procedures for advance notification. (d) The notification shall specify: (i) the identification and, if possible, the expected quantity and composition of the nuclear material to be transferred, and the material balance area from which it will come; (ii) the State for which the nuclear material is destined; (iii) the dates on and locations at which the nuclear material is to be prepared for shipping; (iv) the approximate dates of dispatch and arrival of the nuclear material; and (v) at what point of the transfer the recipient State will assume responsibility for the nuclear material for the purpose of this Agreement, and the probable date on which that point will be reached.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 92,"The notification referred to in Article 91 shall be such as to enable the Agency to make, if necessary, an ad hoc inspection to identify, and if possible verify the quantity and composition of, the nuclear material before it is transferred out of Rwanda and, if the Agency so wishes or Rwanda so requests, to affix seals to the nuclear material when it has been prepared for shipping. However, the transfer of the nuclear material shall not be delayed in any way by any action taken or contemplated by the Agency pursuant to such a notification.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 93,"If the nuclear material will not be subject to Agency safeguards in the recipient State, Rwanda shall make arrangements for the Agency to receive, within three months of the time when the recipient State accepts responsibility for the nuclear material from Rwanda, confirmation by the recipient State of the transfer.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 94 Transfers into Rwanda,"(a) Rwanda shall notify the Agency of any expected transfer into Rwanda of nuclear material required to be subject to safeguards under this Agreement if the shipment exceeds one effective kilogram, or if, within a period of three months, several separate shipments are to be received from the same State, each of less than one effective kilogram but the total of which exceeds one effective kilogram. (b) The Agency shall be notified as much in advance as possible of the expected arrival of the nuclear material, and in any case not later than the date on which Rwanda assumes responsibility for the nuclear material. (c) Rwanda and the Agency may agree on different procedures for advance notification. (d) The notification shall specify: (i) the identification and, if possible, the expected quantity and composition of the nuclear material; (ii) at what point of the transfer Rwanda will assume responsibility for the nuclear material for the purpose of this Agreement, and the probable date on which that point will be reached; and (iii) the expected date of arrival, the location where, and the date on which, the nuclear material is intended to be unpacked.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 95,"The notification referred to in Article 94 shall be such as to enable the Agency to make, if necessary, an ad hoc inspection to identify, and if possible verify the quantity and composition of, the nuclear material at the time the consignment is unpacked. However, unpacking shall not be delayed by any action taken or contemplated by the Agency pursuant to such a notification.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,NA,NA,A r t i c l e 96 Special,"Rwanda shall make a special report as envisaged in Article 67 if any unusual incident or circumstances lead Rwanda to believe that there is or may have been loss of nuclear material, including the occurrence of significant delay, during an international transfer.",NA Agreement between the Republic of Rwanda and the International Atomic Energy Agency for the Application of Safeguards in Connection with the Treaty on the Non Proliferation of Nuclear Weapons,NA,D E F I N I T I O N S,NA,A r t i c l e 97,"For the purposes of this Agreement: A. adjustment means an entry into an accounting record or a report showing a shipper/receiver difference or material unaccounted for. B. annual throughput means, for the purposes of Articles 78 and 79, the amount of nuclear material transferred annually out of a facility working at nominal capacity. C. batch means a portion of nuclear material handled as a unit for accounting purposes at a key measurement point and for which the composition and quantity are defined by a single set of specifications or measurements. The nuclear material may be in bulk form or contained in a number of separate items. D. batch data means the total weight of each element of nuclear material and, in the case of plutonium and uranium, the isotopic composition when appropriate. The units of account shall be as follows: (a) grams of contained plutonium; (b) grams of total uranium and grams of contained uranium-235 plus uranium-233 for uranium enriched in these isotopes; and (c) kilograms of contained thorium, natural uranium or depleted uranium. For reporting purposes the weights of individual items in the batch shall be added together before rounding to the nearest unit. E. book inventory of a material balance area means the algebraic sum of the most recent physical inventory of that material balance area and of all inventory changes that have occurred since that physical inventory was taken. F. correction means an entry into an accounting record or a report to rectify an identified mistake or to reflect an improved measurement of a quantity previously entered into the record or report. Each correction must identify the entry to which it pertains. G. effective kilogram means a special unit used in safeguarding nuclear material. The quantity in effective kilograms is obtained by taking:(a) for plutonium, its weight in kilograms; (b) for uranium with an enrichment of 0.01 (1%) and above, its weight in kilograms multiplied by the square of its enrichment; (c) for uranium with an enrichment below 0.01 (1%) and above 0.005 (0.5%), its weight in kilograms multiplied by 0.0001; and (d) for depleted uranium with an enrichment of 0.005 (0.5%) or below, and for thorium, its weight in kilograms multiplied by 0.00005. H. enrichment means the ratio of the combined weight of the isotopes uranium-233 and uranium-235 to that of the total uranium in question. I. facility means: (a) a reactor, a critical facility, a conversion plant, a fabrication plant, a reprocessing plant, an isotope separation plant or a separate storage installation; or (b) any location where nuclear material in amounts greater than one effective kilogram is customarily used. J. inventory change means an increase or decrease, in terms of batches, of nuclear material in a material balance area; such a change shall involve one of the following: (a) increases: (i) import; (ii) domestic receipt: receipts from other material balance areas, receipts from a non-safeguarded (non-peaceful) activity or receipts at the starting point of safeguards; (iii) nuclear production: production of special fissionable material in a reactor; and (iv) de-exemption: re-application of safeguards on nuclear material previously exempted therefrom on account of its use or quantity. (b) decreases: (i) export; (ii) domestic shipment: shipments to other material balance areas or shipments for a non-safeguarded (non-peaceful) activity; (iii) nuclear loss: loss of nuclear material due to its transformation into other element(s) or isotope(s) as a result of nuclear reactions; (iv) measured discard: nuclear material which has been measured, or estimated on the basis of measurements, and disposed of in such a way that it is not suitable for further nuclear use; (v) retained waste: nuclear material generated from processing or from an operational accident, which is deemed to be unrecoverable for the time being but which is stored; (vi) exemption: exemption of nuclear material from safeguards on account of its use or quantity; and (vii) other loss: for example, accidental loss (that is, irretrievable and inadvertent loss of nuclear material as the result of an operational accident) or theft. K. key measurement point means a location where nuclear material appears in such a form that it may be measured to determine material flow or inventory. Key measurement points thus include, but are not limited to, the inputs and outputs (including measured discards) and storages in material balance areas. L. man-year of inspection means, for the purposes of Article 79, 300 man-days of inspection, a man-day being a day during which a single inspector has access to a facility at any time for a total of not more than eight hours. M. material balance area means an area in or outside of a facility such that: (a) the quantity of nuclear material in each transfer into or out of each material balance area can be determined; and (b) the physical inventory of nuclear material in each material balance area can be determined when necessary, in accordance with specified procedures, in order that the material balance for Agency safeguards purposes can be established. N. material unaccounted for means the difference between book inventory and physical inventory. O. nuclear material means any source or any special fissionable material as defined in Article XX of the Statute. The term source material shall not be interpreted as applying to ore or ore residue. Any determination by the Board under Article XX of the Statute after the entry into force of this Agreement which adds to the materials considered to be source material or special fissionable material shall have effect under this Agreement only upon acceptance by Rwanda. P. physical inventory means the sum of all the measured or derived estimates of batch quantities of nuclear material on hand at a given time within a material balance area, obtained in accordance with specified procedures. Q. shipper/receiver difference means the difference between the quantity of nuclear material in a batch as stated by the shipping material balance area and as measured at the receiving material balance area. 32 R. source data means those data, recorded during measurement or calibration or used to derive empirical relationships, which identify nuclear material and provide batch data. Source data may include, for example, weight of compounds, conversion factors to determine weight of element, specific gravity, element concentration, isotopic ratios, relationship between volume and manometer readings and relationship between plutonium produced and power generated. S. strategic point means a location selected during examination of design information where, under normal conditions and when combined with the information from all strategic points taken together, the information necessary and sufficient for the implementation of safeguards measures is obtained and verified; a strategic point may include any location where key measurements related to material balance accountancy are made and where containment and surveillance measures are executed. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 1: Inshingano rusange n’ibyo zireba,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje ko nta na rimwe no ku mpamvu iyo ari yo yose: (a) kizakoresha ibisasu bitekeyemo ibindi; (b) kizategura, kizakora, kizakira mu buryo ubwo ari bwo bwose, kizahunika, kizabika ibisasu bitekeyemo ibindi cyangwa ngo kibyoherereze uwo ari we wese mu buryo butaziguye cyangwa buziguye; (c) kizafasha, kizashyigikira cyangwa ngo gikangurire uwo ari we wese kwishora mu bikorwa aya Masezerano abuza igihugu gukora. 2. Igika cya mbere cy’iyi ngingo kinakoreshwa, hahinduwe gusa ibigomba guhinduka, kuri bombe ntoya ziturika zagenewe kumishwa cyangwa kurekurwa n’igikoresho kimisha ibisasu giteye ku ndege. 3. Aya Masezerano ntareba ibyerekeye ibisasu biturika. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2 : Ibisobanuro by’amagambo,"Muri aya Masezerano: 1.«Abagizweho ingaruka n’ikoreshwa ry’ibisasu bitekeyemo ibindi» ni abantu bose bishwe cyangwa bahuye n’ibikomere byo ku mubiri cyangwa ihungabana mu mutwe, gutakaza umutungo, gusigazwa inyuma muri sosiyete cyangwa babujijwe ku buryo bugaragara gukoresha uburenganzira bwabo bitewe n’ikoreshwa ry’ibisasu bitekeyemo ibindi; harimo kandi abo byagizeho ingaruka ku buryo butaziguye hamwe n’imiryango yabo n’amatsinda bakomokamo ; 2. Itsinda ry’amagambo «igisasu gitekeyemo ibindi» risobanura igisasu giterwa cyangwa kirekurwa ku buryo busanzwe, gikozwe ku buryo kinyanyagiza cyangwa kikarekura ibindi bisasu bito biturika buri cyose gipima nibura ibiro 20 (kg 20), rinavuga kandi ibyo bisasu bito biba bitekeye muri icyo gisasu. Ntirivuga: (a) Igisasu cyangwa igisasu gitekeye mu kindi cyagenewe kohereza imuri, gutanga ibyotsi, guturitsa ibishashi bikoreshwa mu myidagaduro, kubyara ibicu bya baringa bibeshya radari cyangwa bikayobya ibisasu by’umwanzi, cyangwa se igisasu cyakorewe gusa ubwirinzi bwo mu kirere; (b) igisasu cyangwa igisasu gitekeye mu kindi gisasu cyakorewe kurekura ingufu cyangwa guteza ibintu byo mu rwego rw’amashanyarazi; (c) intwaro yakozwe, hagamijwe kwibasira nta kuvangura abarwanyi n’abasiviri n’akaga gaterwa n’ibisasu bitekeyemo ibindi bisigara bitaturitse, ikaba irangwa n’ibi bikurikira: (i) kuba buri gisasu gitekeyemo ibindi bisasu bito biturika bitageze ku icumi (10); (ii) kuba buri cyose mu bisasu bito biturika bitekeye mu kindi gipima ibiro birenze bine; (iii) kuba buri cyose mu bisasu bito biturika bitekeye mu kindi cyarakorewe gutahura no kuboneza ku ntego yihariye; (iv) kuba buri cyose mu bisasu bito biturika bitekeye mu kindi gifite uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kwisenya; (v) kuba buri cyose mu bisasu bito biturika bitekeye mu kindi kiriho uburyo bw’ikoranabuhanga butuma kifunga; 3. Itsinda ry’amagambo « igisasu giturika gitekeye mu kindi» rivuga igisasu gisanzwe, mu mikorere yacyo kinyanyagizwa cyangwa kirekurwa n’igisasu gitekeyemo ibindi kandi gikozwe ku buryo giturika mbere yo kugwa, igihe kiguye cyangwa nyuma yaho; 4. Itsinda ry’amagambo « igisasu gitekeyemo ibindi cyapfubye» rivuga igisasu gitekeyemo ibindi cyarashwe, cyarekuwe n’indege, cyoherejwe, cyatewe cyangwa cyarekuwe mu bundi buryo ubwo ari bwo bwose cyaragombaga gushwanyuka kikanyanyagiza cyangwa kigasohora ibisasu bito bigitekeyemo ariko kikaba kitarashwanyutse ngo bivemo; 5. Itsinda ry’amagambo «igisasu gitekeye mu kindi kitaturitse» ni igisasu cyanyanyagijwe cyangwa cyarekuwe n’igisasu gitekeyemo ibindi, cyangwa cyakivuyemo mu bundi buryo ubwo ari bwo bwose, cyagombaga guturika ariko kikaba kitaraturitse; 6. Itsinda ry’amagambo « ibisasu bitekeyemo ibindi byaretswe » risobanura ibisasu bitekeyemo ibindi hamwe n’ibisasu bito biturika bibitekeyemo bitakoreshejwe bikaba byarasizwe ahantu cyangwa byarajugunywe, kandi bikaba bitakigenzurwa n’uruhande rwabihasize cyangwa rwabijugunye. Intwaro zaretswe zishobora kuba zari zarateguwe kugira ngo zikoreshwe cyangwa zitarateguwe. 7. Itsinda ry’amagambo « ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi» bivuga ibisasu bitekeyemo ibindi byapfubye, ibisasu bitekeyemo ibindi byaretswe, ibisasu byavuye mu byo byari bitekeyemo bikaba bitaraturitse, n’utubombe tutaturitse; 8. Ijambo «iyimurwa», uretse kuvana ibisasu bitekeyemo ibindi ku butaka bw’igihugu kimwe cyangwa kubyinjiza ku butaka bw’ikindi gihugu, rinakubiyemo guhererekanya uburenganzira ku mutungo bwite mu by’ubwenge ku bijyanye n’ikorwa ryabyo cyangwa uburenganzira bwo kubigenzura; ariko komeka ku gihugu ubutaka bw’ikindi gihugu burimo ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi ntibifatwa nk’iyimurwa ryabyo; 9. «Uburyo bwo kwisenya» ni uburyo bwikoresha bushyirwa mu gisasu bwiyongera ku buryo busanzwe bukongeza iturika ry’igisasu, bugatuma icyo gisasu cyisenya; 10. «Kwihagarika» ni uburyo bwikoresha butuma igisasu kidakora biturutse ku gukendera kwa kimwe mu bikigize cya ngombwa mu mikorere yacyo, urugero nka batiri; 11. «Agace kandujwe n’ibisasu bitekeyemo ibindi» ni agace kazwiho cyangwa gakekwaho kuba kanyanyagiyemo ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi; 12. «igisasu giturika» ni igisasu cyakorewe gutegwa mu butaka, ku butaka, hafi yabwo cyangwa se ahandi hantu, kugira ngo kizaturikane umuntu cyangwa imodoka mu gihe hari umuntu cyangwa ikinyabiziga, cyangwa bicyegereye cyangwa bigikozeho; 13. «Bombe ntoya ziturika» ni igisasu gisanzwe, gipima munsi y’ibiro 20 kidashobora kwihagurutsa, kigomba kumishwa cyangwa kurekurwa n’igikoresho gicira ibisasu kugira ngo gikore icyo kigenewe, kandi gikozwe ku buryo giturika mbere yo kugwa, mu gihe kiguye cyangwa nyuma yaho. 14. «Igikoresho gisuka ibisasu» ni igikoresho gikoze nk’igisanduku cyagenewe kumisha cyangwa kurekura bombe ntoya ziturika, gikomeza kuba gifashe ku ndege mu gihe kimisha cyangwa kirekura izo bombe; 15. «Bombe ntoya ziturika zapfubye » ni bombe ntoya iturika yamishijwe cyangwa yarekuwe n’igikoresho gicira ibisasu cyangwa se yatandukanye na cyo mu bundi buryo ubwo ari bwo bwose, ntigiturike kandi cyaragombaga guturika;",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3: Ibikwa ry’ibisasu n’isenywa ryabyo,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kigomba gutandukanya, hakurikijwe amategeko yacyo, ibisasu bitekeyemo ibindi biri mu bubasha bwacyo cyangwa kigenzura n’ibisasu bibitswe kugira ngo bizakoreshwe mu bikorwa bya gisirikare, kikabishyiraho ibimenyetso kugira ngo bizasenywe;2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje gusenya ibisasu bitekeyemo ibindi bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo cyangwa gukora ku buryo bisenywa vuba bishoboka kandi mu gihe kitarenze imyaka umunani (8) uhereye igihe aya Masezerane atangiriye gukurikizwa kuri icyo gihugu. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyiyemeje ko iryo senywa rizakorwa hubahirizwa amabwiriza mpuzamahanga abigenga yerekeye kurinda ubuzima bw’abantu no kurengera ibidukikije. 3. Iyo igihugu gisanze kidashobora gusenya ibisasu bitekerwamo ibindi birebwa n’igika cya mbere cy’iyi ngingo cyangwa ngo gikore ku buryo bisenywa mu gihe kitarenze imyaka umunani uhereye igihe aya Masezerano atangiriye gukurikizwa kuri icyo gihugu, gishobora gusaba Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa Inama y’Isuzuma kongererwa igihe cyo kurangiza gusenya ibyo bisasu bitekeyemo ibindi, gishobora kugeza ku myaka ine (4). Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora, mu mimerere idasanzwe, gusaba kongererwa ibindi bihe bidashobora kurenza imyaka ine (4). Ibihe by’inyongera bisabwa ntibigomba kurenza umubare w’imyaka ntarengwa wa ngombwa kuri icyo gihugu kugira ngo gishobore kuzuza inshingano zacyo hakurikijwe igika cya 2 cy’iyi ngingo. 4. Dosiye isaba kongererwa igihe igomba kugaragaza: Uko igihe cy’inyongera gisabwa kireshya; (b) ibisobanuro birambuye bigaragaza impamvu cyifuza kongererwa igihe, harimo n’ubushobozi mu by’imari na tekiniki Igihugu kiri muri aya Masezerano gifite cyangwa gikeneye kugira ngo gisenye ibisasu bitekeyemo ibindi byose bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, kandi bikagaragaza, iyo ari ngombwa, imimerere idasanzwe ituma hakenerwa igihe cy’inyongera; (c) gahunda igaragaza uburyo gusenya ibisasu bibitswe bizakorwa n’itariki bizaba yarangiyeho; (d) ingano n’ubwoko bw’ibisasu bitekeyemo ibindi ndetse n’ibisasu bitekerwa mu bindi icyo gihugu cyari gifite igihe aya Masezerano yatangiraga gukurikizwa kuri icyo gihugu n’ibindi bisasu bitekerwamo ibindi cyangwa ibisasu bitekerwa mu bindi byavumbuwe nyuma y’uko gutangira gukurikizwa; (e) ingano n’ubwoko bw’ibisasu bitekeyemo ibindi ndetse n’ibisasu bitekerwa mu bindi byasenywe mu gihe kivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo; n’ingano y’ibisasu bitekeyemo ibindi ndetse n’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi bisigaye gusenywa mu gihe cy’inyongera gisabwa, n’ikigereranyo cy’ibyo giteganya kujya gisenya buri mwaka. 5. Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, cyangwa mu Nama y’Isuzuma, ishingiye ku bisabwa zivugwa mu gika cya 4 cy’iyi ngingo, isuzuma ubusabe kandi ikemeza kongerera cyangwa kutongerera Igihugu igihe ku bwiganze bw’ibihugu byayitabiriye kandi bifite uburenganzira bwo gutora mu nama. Ibihugu biri muri aya Masezerano bishobora, iyo ari ngombwa, gutanga igihe cy’inyongera kiri munsi y’icyasabwe no gusaba ko hagira ibyubahirizwa bijyana n’iyongera ry’igihe. Ubusabe bwo kongera igihe bugomba gutangwa hasigaye nibura amezi icyenda (9) ngo Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa Inama y’Igenzura igomba kubusuzuma iterane. 6. Bitabangamiye ibiteganywa mu ngigo ya mbere y’aya Masezerano, ibihugu byemerewe kubika cyangwa kwakira umubare ntarengwa w’ibisasu bitekewemo ibindi n’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi hagamijwe gushyiraho uburyo bwo gutahura, gukuraho no gusenya ibisasu bitewemo ibindi n’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi no gutanga amahugurwa ajyanye na byo, cyangwa hagamijwe kubikoresha mu gutegura ingamba zo kubyirinda. Ingano y’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi bibitswe cyangwa byakiriwe ntigomba kurenga umubare muto ntarengwa w’ibikenewe gukoreshwa gusa muri ibyo bikorwa 7. Bitabangamiye ibiteganywa n’ingingo ya 1 y’aya Masezerano, kohereza ibisasu bitekeyemo ibindi mu kindi gihugu kiri muri aya Masezerano kugira ngo bisenywe cyangwa bikoreshwe ku ntego zose zivugwa mu gika cya 6 cy’iyi ngingo biremewe. 8. Ibihugu biri muri aya Masezerano bigumana, cyangwa byakira ibisasu bitekeyemo ibindi cyangwa bibyohereza mu bindi bihugu ku mpamvu ziteganywa mu gika cya 6 n’icya 7 by’iyi ngingo bigomba gutanga raporo irambuye igaragaza uko birimo bikoresha ibyo bisasu bitekewemo ibindi n’ibisasu bitekerwa mu bindi n’uko biteganya kubikoresha mu gihe kiri imbere, ikagaragaza kandi ubwoko bwabyo, ingano yabyo na nomero y’icyiciro byakorewemo. Iyo hari ibisasu bitekewemo ibindi cyangwa ibisasu biturika bitekerwa mu bindi byohererejwe ikindi gihugu kiri muri aya Masezerano hagamijwe izo mpamvu, raporo igomba kugaragaza igihugu cyabyakiriye. Iyo raporo igomba gutegurwa buri mwaka n’igihugu kiri muri aya Masezerano igihe cyose kikibitse, cyakiriye cyangwa cyoherereje ikindi ibisasu bitekeyemo ibindi cyangwa ibisasu biturika bitekerwa mu bindi bisasu, igashyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye bitarenze itariki ya 30 Mata y’umwaka ukurikiyeho. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4 :Gusukura no gusenya ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindin’inyigisho ku byerekeye kugabanya ibyago.,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kiyemeza gukuraho no gusenya ibisigazwa by’ibisasu bitekewemo ibindi biri mu duce gitegeka cyangwa kigenzura twanyanyagiyemo ibisasu bitekewemo ibindi, gukora ku buryo bikurwaho cyangwa bigasenywa,hakurikijwe uburyo bukurikira: (a) Iyo ibisigazwa by’ibisasu bitekewemo ibindi byari mu duce dutegekwa cyangwa tugenzurwa n’igihugu kiri muri aya Masezerano ku itariki aya Masezerano yatangiriyeho gukurikizwa kuri icyo gihugu, ikurwaho n’isenywa ryabyo rigomba kurangira vuba bishoboka ariko bitarenze imyaka icumi (10) uhereye kuri iyo tariki; (b) Iyo nyuma yo gutangira gukurikizwa kw’aya Masezerano kuri icyo gihugu hari ibisasu bitekewemo ibindi byabaye ibisigazwa by’ibisasu bitekewemo ibindi ahantu gitegeka cyangwa kigenzura, ikurwaho n’isenywa ryabyo rigomba kurangizwa vuba uko bishoboka kose ariko bitarenze imyaka icumi (10) nyuma y’irangira ry’imirwano; (c) Igihugu kizaba cyujuje buri yose mu nshingano zivugwa mu duce twa (a) na (b) tw’iki gika, kizageza ku Nama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano izakurikiraho itanganzo ry’uko cyarangije kuzubahiriza. 2. Mu kubahiriza inshingano zivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, buri gihugu kiri muri aya Masezerano kizafata mu buryo bwa vuba ingamba zikurikira, cyita ku biteganywa n’ingingo ya 6 y’aya Masezerano birebana n’ubufatanye n’ubufasha mpuzamahanga: (a) Gukora isuzuma ry’ibyago bishobora guterwa n’ibisasu bitekewemo ibindi, kubisesengura no kwandika amakuru ajyanye na byo, hakorwa ibishoboka byose kugira ngo bamenye uduce twose tunyanyagiyemo ibyo bisasu turi ku butaka bw’icyo gihugu cyangwa ahantu kigenzura; (b) Gusuzuma no kugaragaza ibikeneye gukorwa ku buryo bwihutirwa mu bijyanye no gushyiraho ibimenyetso biburira, kurinda abaturage b’abasiviri, gukuraho ibisasu no kubisenya, hamwe no gufata ingamba mu rwego rwo kongera ubushobozi no gutegura igenamigambi ry’Igihugu kugira ngo ibyo bikorwa bikorwe, hubakirwa, aho bishoboka, ku nzego, ubunararibonye n’uburyo bw’imikorere bisanzweho; (c) Gufata ingamba zose zishoboka kugira ngo uduce twose tunyanyagiyemo ibisasu bitekeyemo ibindi dutegekwa cyangwa tugenzurwa n’Igihugu tuzengurutswe imbago, ducungwe kandi turindwe hakoreshejwe uruzitiro cyangwa ubundi buryo kugira ngo bibuze mu buryo bwizewe abasiviri kugera muri utwo duce. Ibimenyetso biburira bikoresha imbago zishobora gutahurwa ku buryo bworoshye n’abaturage b’aho hantu ni byo bigomba gukoreshwa mu kugaragaza ahantu hakekwaho kuba hateza akaga. Ibimenyetso n’izindi mbago bigaragaza imbibi z’agace gateje akaga bigomba, mu buryo bushoboka bwose, kuba bigaragara, bisomeka neza, bikoze ku buryo biramba kandi byihanganira imihindagurikire y’ibihe, kandi bigomba kuba byerekana neza uruhande agace kanyanyagiyemo ibisasu bitekeyemo ibindi gaherereye uvuye ku mbibi n’uruhande rw’ahafatwa nk’aho nta kibazo hateje; (d) Gukuraho no gusenya ibisigazwa byose by’ibisasu bitekeyemo ibindi biri mu duce Igihugu gitegeka cyangwa kigenzura; (e) Gutanga inyigisho ku bijyanye no kugabanya ibyago hagamijwe gukangurira abasiviri batuye mu duce twanyanyagiyemo ibisasu bitekeyemo ibindi cyangwa hafi yatwo kumenya ibyago bishobora guterwa n’ibyo bisigazwa. 3. Mu gukora ibikorwa bivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, buri gihugu kiri muri aya Masezerano cyita ku mahame mpuzamahanga, harimo by’umwihariko Amahame mpuzamahanga yerekeye kurwanya ibisasu biturika (“IMAS” mu magambo ahinnye y’Icyongereza). 4. Ibiteganywa n’iki gika bikurikizwa igihe ibisasu bitekeyemo ibindi byakoreshejwe cyangwa bigasigwa n’Igihugu kiri muri aya Masezerano mbere y’uko atangira gukurikizwa kuri icyo gihugu, bikaba byarabaye ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi mu duce dutegekwa cyangwa tugenzurwa n’ikindi gihugu kiri muri aya Masezerano igihe yatangiraga gukurikizwa kuri icyo gihugu kindi. (a) Mu bihe nk’ibyo, igihe aya Masezerano atangiye gukurikizwa ku bihugu byombi biyarimo, icya mbere gikangurirwa cyane guha ikindi cyane cyane ubufasha mu rwego rwa tekiniki, rw’amikoro, rw’ibikoresho cyangwa rw’abakozi, byaba binyuze mu butwererane bifitanye, cyangwa se ku kindi gihugu cyangwa umuryango byumvikanyeho, harimo n’amashami y’Umuryango w’Abibumbye cyangwa indi miryango ibishinzwe, kugira ngo byoroshye ibikorwa byo gushyira ibimenyetso ahari ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi, kubikuraho no kubisenya. (b) Ubwo bufasha bukubiyemo no gutanga amakuru ku bwoko n’ingano by’ibisasu bitekeyemo ibindi byakoreshejwe iyo ashobora kuboneka, amarangiro y’ahantu nyirizina ibisasu bitekeyemo ibindi byaguye n’uduce tuzwiho kuba turimo ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi. 5. Iyo Igihugu kiri muri aya Masezerano kibona ko kitazashobora gukuraho no gusenya ibisigazwa byose by’ibisasu bitekeyemo ibindi bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo cyangwa gukora ku buryo bikurwaho cyangwa bisenywa mu gihe cy’imyaka icumi (10) 6. Ubusabe bwo kongererwa igihe bushyikirizwa Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa Inama y’Isuzuma mbere y’uko igihe cyateganyijwe mu gika cya mbere cy’iyi ngingo kirangira kuri icyo gihugu. Ubusabe bwo kongererwa igihe butangwa hasigaye nibura amezi icyenda ngo haterane Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa Inama y’Isuzuma buzasuzumirwamo. Ubusabe bugomba kugaragaza: a) ko igihe cy’inyongera gisabwa kireshya; (b) ibisobanuro birambuye bigaragaza impamvu cyifuza kongererwa igihe, harimo n’ubushobozi mu by’imari na tekiniki Igihugu kiri muri aya Masezerano gifite cyangwa gikeneye kugira ngo gishobore kuvanaho no uhereye igihe aya Masezerano atangiriye gukurikizwa kuri icyo gihugu, gishobora gusaba Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa Inama y’Isuzuma kongererwa igihe kidashobora kurenga imyaka itanu (5) ku gihe cyagenwe kugira ngo kibe cyarangije gukuraho no gusenya ibyo bisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi. gusenya ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi byose muri icyo gihe cyifuza kongererwaho; (c) imyiteguro y’imirimo izakurikiraho n’ibyamaze gukorwa mu rwego rwa gahunda z’Igihugu zo gusukura uduce twanyanyagiyemo amasasu no gutegura ibisasu mu gihe cy’ikubitiro cy’imyaka icumi (10) giteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo no mu bihe by’inyongera Igihugu cyaba cyarahawe; (d) ubuso bwose bw’uduce twarimo ibisigazwa by’ibisasu bitekerwamo ibindi igihe aya Masezerano yatangira gukurikizwa kuri icyo gihugu n’utundi duce twose turimo ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi twavumbuwe nyuma y’uko gutangira gukurikizwa kw’aya Masezerano; (e) ubuso bwose bw’ahari ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi hasukuwe nyuma y’uko aya Masezerano atangiye gukurikizwa; (f) Ubuso bwose bw’uduce turimo ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi dusigaye gusukurwa mu gihe cy’inyongera gisabwa; (g) impamvu zagabanyije ubushobozi bw’icyo gihugu bwo gusenya ibisigazwa byose by’ibisasu bitekeyemo ibindi biri mu duce gitegeka cyangwa kigenzura mu gihe cy’ikubitiro cy’imyaka icumi (10) kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo n’impamvu zishobora kuzakibera inzitizi mu gihe cy’inyongera gisaba; (h) Ingaruka uko kongererwa igihe Igihugu gisaba kuzagira ku kiremwa muntu, ku mibereho y’abantu, ku bukungu no ku bidukikije; (i) Andi makuru yose ya ngombwa arebana n’iryo yongerwa ry’igihe risabwa. 7. Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa Inama y’Isuzuma, yitaye ku mpamvu zivugwa mu gika cya 6 cy’iyi ngingo, zirimo cyane cyane ingano y’ibisigazwa by’ibisasu bitekerwamo ibindi yagaragajwe, isuzuma ishingiro ry’ubusabe kandi igafata icyemezo cyo kongerera cyangwa kutongerera Igihugu igihe cy’inyongera ku bwiganze bw’ibihugu biri muri aya Masezerano byitabiriye inama kandi bitora. Ibihugu biri muri aya Masezerano bishobora, iyo bibaye ngombwa, gutanga igihe cy’inyongera kiri munsi y’icyasabwe no gusaba ko hagira ibyubahirizwa bijyana n’iyongerwa ry’igihe. 8. Icyo gihe cy’inyongera gishobora kongerwaho ikindi gihe cy’inyongera cy’imyaka itarenze itanu (5) iyo Igihugu cyongeye kubisaba hakurikijwe ibiteganywa n’igika cya 5, icya 6 n’icya 7 by’iyi ngingo. Igihugu kiri muri aya Masezerano gishyira muri dosiye isaba kongererwa ikindi gihe k’inyongera amakuru mashya y’ingenzi arebana n’ibyakozwe mu gihe cy’inyongera cyatanzwe mbere yaho hakurikijwe ibiteganywa n’iyi ngingo. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5 : Gufasha abagezweho n’ingaruka,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kizatanga ku buryo buhagije kandi hakurikijwe amategeko mpuzamahanga y’ubutabazi n’ayerekeye uburenganzira bwa muntu abigenga, ubufasha ku bagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi mu duce turi ku butaka bwacyo cyangwa utwo kigenzura, hitawe ku bikenerwa byihariye bijyanye n’imyaka n’igitsina bya buri muntu, harimo ubuvuzi, kumufasha gusubira mu buzima busanzwe n’ubufasha ku bijyanye n’ihungabana, ndetse no kuzamura imibereho myiza n’ubukungu. Igihugu kiri muri aya Masezerano kizakora ibishoboka byose kugira ngo gikusanye amakuru yizewe y’ingirakamaro yerekeranye n’abagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi. 2. Mu kubahiriza inshingano ziteganyijwe mu gika cya 2 cy’iyi ngingo, buri gihugu kigomba: (a) kugena agaciro k’ibikenewe n’abagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi; (b) Gutegura, gushyira mu bikorwa no kubahiriza amategeko na politiki by’Igihugu byose bikenewe; (c) Gutegura gahunda y’ibikorwa y’Igihugu n’ingengo y’imari, inagaragaza igihe ngombwa ibyo bikorwa biteganyijwe gukorwamo, mu rwego rwo kubyinjiza muri gahunda n’inzego byerekeye abafite ubumuga, iterambere n’uburenganzira bwa muntu ari nako hubahirizwa uruhare rwihariye n’umusanzu by’abafatanyabikorwa babishinzwe; (d) gufata ingamba zigamije gushaka ubushobozi haba mu gihugu no mu mahanga; (e) kudakorera ivangura abantu bagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi cyangwa hagati yabo, cyangwa se hagati y’abagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi n’abantu bafite ibikomere cyangwa ubumuga batewe n’izindi mpamvu; hakorwa ku buryo itandukaniro mu bijyanye n’ubuvuzi butangwa rishingira gusa ku bikenewe byo mu rwego rw’ubuvuzi, mu kubasubiza mu buzima busanzwe, mu isanamitima no mu kubateza imbere mu mibereho myiza n’ubukungu ; (f) Gukorana bya hafi no guha abagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi n’imiryango ibahagarariye uburyo bwo kugira uruhare mu bibakorerwa; (g) Kugena rumwe mu nzego za Leta rufite inshingano yo guhuza ibikorwa bijyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’ibiteganywa n’iyi ngingo; (h) Kwihatira kwinjiza imirongo ngenderwaho n’imikorere myiza by’ingenzi mu nzego zirimo iz’ubuvuzi no gusubiza mu buzima busanzwe gufasha abagezweho n’ingaruka, mu gufasha abahungabanye mu mutwe ndetse no mu kuzamura imibereho myiza n’ubukungu; ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingoya 6 : Ubufatanye n’ubufasha mpuzamahanga,"1. Mu kubahiriza inshingano gihabwa n’aya Masezerano, buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo gushakisha no kwakira inkunga.2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kandi kibishoboye kigenera ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byugarijwe n’ibisasu bitekeyemo ibindi inkunga haba mu rwego rwa tekiniki, iy’ibikoresho n’amafaranga, igamije kubifasha gushyira mu bikorwa inshingano ziteganywa n’aya Masezerano.2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kandi kibishoboye kigenera ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano byugarijwe n’ibisasu bitekeyemo ibindi inkunga haba mu rwego rwa tekiniki, iy’ibikoresho n’amafaranga, igamije kubifasha gushyira mu bikorwa inshingano ziteganywa n’aya Masezerano. Iyo nkunga ishobora gutangwa binyuze mu mashami y’Umuryango w’Abibumbye, mu miryango cyangwa ibigo mpuzamahanga cyangwa ibikorera ku rwego rw’akarere cyangwa rw’Igihugu, cyangwa binyuze mu miryango cyangwa ibigo bitegamiye kuri Leta, cyangwa se ikanyuzwa mu bufatanye bw’igihugu n’ikindi. 3. Buri gihugu cyiyemeje koroshya, kandi kakagira n’uburenganzira bwo kugira uruhare rwuzuye mu ihererekanya ry’ibikoresho n’amakuru y’ubumenyi n’ikoranabunga bijyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano. Ibihugu biri mu Masezerano ntibizashyiriranaho amananiza bitari ngombwa mu bijyanye no gutanga cyangwa kwakira ibikoresho byifashishwa mu gusukura ahahumanyijwe n’ibisasu n’ibindi bikoresho byo muri urwo rwego, kimwe n’amakuru y’ikoranabuhanga arebana n’ibikorwa by’ubutabazi. 4. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano, uretse inshingano gishobora kugira hashingiwe ku biteganywa n’igika cya 4 cy’ingingo ya 4 y’aya Masezerano, gishobora, iyo kibifitiye ubushobozi, gutanga inkunga mu kuvanaho no gusenya ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi no gutanga amakuru arebana n’uburyo butandukanye kimwe n’ikoranabuhanga bikoreshwa mu gukuraho ibisasu bitekeyemo ibindi, urutonde rw’impuguke, imiryango ibizobereyemo cyangwa aho babarizwa mu gihugu ibijyanye no gukuraho no gusenya ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindin’ibikorwa bijyana na byo. 5. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kibifitiye ubushobozi gitanga ubufasha mu gusenya ububiko bw’ibisasu bitekeyemo ibindi no mu kugaragaza, kubara no gushyira mu byiciro ibikenewe n’ingamba by’ingira kamaro, hakurikijwe uko birutana, bijyanye no gushyira ibimenyetso biburira, kwigisha abantu kugabanya ingorane, kurinda abasiviri, kuvanaho no gusenya ibisasu guteganywa n’ingingo ya 4 y’aya Masezerano. 6. Igihe nyuma yo gutangira gukurikizwa kw’aya Masezerano bigaragaye ko hari ibisasu bitekeyemo ibindi ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi mu duce turi ku butaka bw’Igihugu kiri muri aya Masezerano cyangwa utwo kigenzura, buri gihugu kiri muri aya Masezerano kibifitiye ubushobozi kigomba guha ubufasha bwihuse Igihugu cyugarijwe. 7. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kibifitiye ubushobozi gitanga ubufasha bugamije gushyira mu bikorwa inshingano zivugwa mu ngingo ya 5 y’aya Masezerano zerekeye gufasha ku buryo buhagije abantu bose bagezweho n’ibyago bikomoka ku bisasu bitekeyemo ibindi, hitabwa ku bikenerwa byihariye bijyanye n’imyaka n’igitsina bya buri wese, harimo ubuvuzi, kumufasha gusubira mu buzima busanzwe, ubujyanama mu bijyanye n’imitekerereze ndetse no mu bijyanye no kuzamura imibereho myiza n’ubukugu. Ubwo bufasha bushobora gutangwa binyuze mu mashami y’Umuryango w’Abibumbye, mu miryango cyangwa ibigo bikorera ku rwego mpuzamahanga, ku rwego rw’uturere cyangwa rwa buri gihugu, ku Muryango Mpuzamahanga Utabara Imbabare, ku miryango itabara imbabare y’ibihugu n’Urugaga mpuzamahanga rwayo, ku miryango itagengwa na Leta cyangwa binyuze mu bufatanye bw’Igihugu n’ikindi. 8. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kibifitiye ubushobozi gitanga inkunga yo gufasha mu kuzahura ubukungu n’imibereho myiza biba byahungabanye kubera ikoreshwa ry’ibisasu bitekeyemo ibindi mu bihugu biri muri aya Masezerano. 9. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kibishoboye gishobora gushyira amafaranga mu bigega by’ubwizerane bibishinzwe, kugira ngo byoroshye itangwa ry’ubufasha buteganywa n’iyi ngingo. 10. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishaka cyangwa cyakira ubufasha kigomba gufata ingamba zikwiye mu koroshya ishyirwa mu bikorwa ryihuse kandi rinoze ry’aya Masezerano, harimo koroshya urujya n’uruza rw’abakozi, ibintu n’ibikoresho mu buryo bukurikije amategeko n’amabwiriza by’Igihugu, hanitabwa ku mikorere mpuzamahanga myiza. (a) imiterere n’ingano by’ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi biri mu duce turi ku butaka bwacyo cyangwa aho kigenzura; (b) ubushobozi mu bijyanye n’amikoro, ikoranabuhanga n’abakozi bukenewe mu gushyira mu bikorwa iryo teganyabikorwa; (c) Igihe ibikorwa byo kuvanaho no gusenya ibisigazwa byose by’ibisasu bitekeyemo ibindi biri mu duce turi ku butaka bwacyo cyangwa ubwo kigenzura biteganyijwe kumara; (d) Gahunda y’inyigisho ku bijyanye no kugabanya ibyago bishobora guterwa n’ibisasu bitekeyemo ibindi n’ibikorwa by’ubukangurambaga bigamije kugabanya umubare w’abakomeretswa cyangwa abicwa n’ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi; (e) ubufasha bugenewe abagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi; (f) uburyo bwo guhuza ibikorwa hagati ya Leta y’Igihugu kiri muri aya Masezerano bireba n’inzego za Leta, ibigo cyangwa imiryango bihuriweho na za guverinoma cyangwa byigenga bibishinzwe, bizagira uruhare mu ishyirwa mu bikorwa ry’iryo teganyabikorwa. 12. Ibihugu biri muri aya Masezerano bitanga n’ibyakira ubufasha hakurikijwe ibiteganywa n’iyi ngingo bigomba gufatanya kugira ngo bigere ku ishyirwa mu bikorwa ryuzuye kandi ryihuse rya gahunda z’ubufasha byemeranyijweho. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7:Ingamba zo gukorera mu mucyo,"1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishyikiriza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye vuba na bwangu kandi uko byagenda kose bitarenze iminsi ijana na mirongo inani (180) nyuma y’uko aya Masezerano atangiye gukurikizwa kuri icyo gihugu, raporo kuri ibi bikurikira: (a) Ibyemezo Igihugu cyafashe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa aya Masezerano nk’uko biteganywa n’ingingo ya 9 y’aya Masezerano; (b) Umubare wose w’ibisasu bitekeyemo ibindi, hakubiyemo n’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi, bivugwa mu gika cya mbere cy’ingingo ya 3 y’aya Masezerano, harimo n’urutonde rwabyo hakurikijwe ubwoko, ingano n’imibare iranga ibyiciro by’ikorwa ryabyo iyo bishoboka kuwumenya; (c) Ibimenyetso biranga imiterere ya buri bwoko bw’ibisasu bitekeyemo ibindi bwakozwe n’Igihugu kiri muri aya Masezerano mbere y’uko atangira gukurikizwa kuri cyo, iyo bishobora kumenyekana, n’ibiranga imiterere y’ibisasu bitekeyemo ibindi icyo gihugu kigitunze cyangwa biri mu maboko yacyo, hagaragazwa igihe cyose bishoboka amakuru ashobora gufasha mu gutahura no gukuraho ibisasu bitekeyemo ibindi. Ayo makuru agomba kugaragaramo nibura ibipimo by’ibyo bisasu, uko imbarutso yacyo ikora, ingano y’ibiturika birimo, ingano y’icyuma, amafoto y’amabara n’andi makuru yose yafasha mu ikurwaho ry’ibisasu bitekeyemo ibindi; (d) Imiterere n’ibimaze gukorwa muri gahunda zo guhindurira imirimo cyangwa gufunga burundu ahantu hagenewe gukorerwa ibisasu bitekeyemo ibindi; (e) Imiterere n’ibimaze gukorwa muri gahunda zo gusenya ibisasu bitekeyemo ibindi, harimo n’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi, hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 3 y’aya Masezerano, hagaragazwa neza uburyo buzakoreshwa mu isenywa ryabyo, irangiro ry’ahantu hose bizasenyerwa n’amabwiriza agomba kubahirizwa mu bijyanye n’umutekano no kubungabunga ibidukikije; (f) Amoko n’ingano by’ibisasu bitekeyemo ibindi hamwe n’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi byashenywe hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 3 y’aya Masezerano, hagaragazwa neza uburyo bwakoreshejwe mu kubisenya, ahantu iryo senywa ryakorewe n’amabwiriza yubahirijwe mu bijyanye n’umutekano no kubungabunga ibidukikije; (g) Ububiko bw’ibisasu bitekeyemo ibindi hamwe n’ibisasu biturika bitekerwa mu bindi bwavumbuwe nyuma yo gutanga raporo ku isozwa rya gahunda ivugwa mu gace (e) k’iki gika, na gahunda iteganyijwe yo kubisenya hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 3 y’aya Masezerano; (h) Igihe cyose bishoboka, kugaragaza ubuso by’ibisasu bitekeyemo ibindi biri muri buri gace zakoreshejwemo n’itariki zakoresherejweho; (i) Imiterere n’ibimaze gukorwa muri gahunda z’isukura n’isenywa ry’ubwoko bwose n’ingano by’ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi byakuweho n’ibyashenywe hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 4 y’aya Masezerano, hanagaragazwamo ubuso n’irangiro ry’agace karangwagamo ibisasu bitekeyemo ibindi kasukuwe, n’urutonde rugaragaza ingano ya buri bwoko bw’ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi byavanyweho n’ibyasenywe. (j) ingamba Igihugu cyafashe zo gutanga inyigisho zerekeye kugabanya ibyago n’izijyanye by’umwihariko no kuburira vuba bishoboka kandi ku buryo bunoze abasiviri batuye mu duce tunyanyagiyemo ibisasu bitekeyemo ibindi turi ku butaka bwacyo cyangwa aho kigenzura; n’irangiro ry’uduce twose turangwamo ibisasu bitekeyemo ibindi turi ku butaka bw’Igihugu cyangwa aho kigenzura, hamwe n’amakuru yose ashobora kuboneka ku byerekeye ubwoko n’ingano ya buri bwoko bw’ibisigazwa (k) Kugaragaza imiterere n’ibimaze gukorwa mu rwego rwo kubahiriza inshingano z’Igihugu zivugwa mu ngingo ya 5 y’aya Masezerano hagamijwe guha abagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi ubufasha buhagije hitabwa ku bikenerwa byihariye bijyanye n’imyaka n’igitsina bya buri wese, harimo ubuvuzi, gusubizwa mu buzima busanzwe, gufashwa mu bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe no kubaha amahirwe yo gutera imbere mu mibereho myiza n’ubukungu, ndetse no gukusanya amakuru yose y’ingenzi kandi yizewe ku bagizweho ingaruka n’ibisasu bitekeyemo ibindi; (l) Izina na aderesi by’ibigo bishinzwe gutanga amakuru no gufata ingamba zivugwa mu muri iki gika; (m) Ingano y’amikoro Igihugu gifite harimo amafaranga, ibikoresho cyangwa ibindi bintu bifatika, agenewe gukoreshwa mu gushyira mu bikorwa ibiteganywa n’ingingo ya 3, iya 4 n’iya 5 z’aya Masezerano; (n) Ingano, ubwoko n’amerekezo by’ubufatanye n’ubufasha mpuzamahanga butangwa hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 6 y’aya Masezerano. 2. Buri mwaka, ibihugu biri muri aya Masezerano bigomba guhuza n’igihe amakuru byatanze hakurikijwe ibiteganywa n’igika cya mbere cy’iyi ngingo, byongeramo ibyakozwe mu mwaka usanzwe urangiye, bikabimenyesha Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye bitarenze itariki ya 30 Mata ya buri mwaka. 3. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ashyikiriza izo raporo zose yakiriye ibihugu biri muri aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,NA,NA,NA,NA,"1. Ibihugu biri muri aya Masezerano byiyemeza kungurana ibitekerezo no gufatanya mu bijyanye n’iyubahirizwa ry’ibiteganywa n’aya Masezerano, no gukorera hamwe kugira ngo bibashe kubahiriza ku buryo bworoshye inshingano zabyo ziri muri aya Masezerano. 2. Nihagira Igihugu kimwe cyangwa byinshi mu biri muri aya Masezerano byifuza gufasha mu gushaka ibisobanuro ku bibazo bijyanye n’uburyo ikindi gihugu kiri muri aya Masezerano cyubahiriza ibiyakubiyemo, binifuza kugira icyo bibivugaho, bishobora gushyikiriza icyo gihugu inyandiko igisaba gutanga ibisobanuro kuri ibyo bibazo, biyinyujije ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Iyo nyandiko isaba ibisobanuro igomba kuba iherekejwe n’amakuru yose ya ngombwa. Ibihugu biri muri aya Masezerano bigomba kwirinda gusaba ibisobanuro nta mpamvu zifatika, bikitwararika kugira ngo bidakoresha nabi ubu burenganzira. Igihugu kiri muri aya Masezerano gisabwe gutanga ibisobanuro cyoherereza, mu gihe kitarenze iminsi makumyabiri n’umunani (28), Igihugu cyabisabye amakuru yose yafasha mu gusobanura ibyo bibazo, kibinyujije ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibimbye. 3. Mu gihe Igihugu kiri muri aya Masezerano cyasabye ibisobanuro kitabonye igisubizo binyuze ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri cyo gihe, cyangwa kitanyuzwe n’igisubizo gihawe, gishobora kugeza ikibazo ku Nama itaha y’Ibihugu biri muri aya Masezerano kibinyujije ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye azoherereza ibihugu byose biri muri aya Masezerano inyandiko ikubiyemo icyo kibazo iherekejwe n’amakuru yose akwiye ajyanye n’isaba ry’ibisobanuro. Ayo makuru yose agomba no kohererezwa Igihugu kiri muri aya Masezerano cyasabwe ibisobanuro, kikanahabwa uburenganzira bwo kugira icyo kibivugaho. 4. Mu gihe hagitegerejwe ko Inama y’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano iterana, Igihugu cyose kiri muri aya Masezerano kirebwa n’icyo kibazo gishobora gusaba Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye gufasha mu guhuza impande bireba kugira ngo ibisobanuro byasabwe bitangwe. 5. Iyo Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano yashyikirijwe ikibazo hakurikijwe ibiteganywa n’igika cya 3 cy’iyi ngingo, ibanza kureba, ishingiye ku makuru yose aba yatanzwe n’ibihugu birebwa n’icyo kibazo, niba ari ngombwa gusuzuma icyo kibazo ku buryo bwimbitse kurushaho. Iyo Inama y’Ibihugu biri muri aya Masezerano isanze ari ngombwa gukora iryo suzuma ryimbitse, ishobora kugeza ku bihugu birebwa ingamba n’uburyo byafasha gusobanura kurushaho ikibazo gisuzumwa cyangwa kugikemura, cyane cyane nko gukoresha inzira zikwiye ziteganywa n’amategeko mpuzamahanga. Iyo bigaragaye ko ikibazo kizamuwe cyatewe n’impamvu Igihugu kiri muri aya Masezerano gisabwa ibisobanuro kitashoboraga kugira icyo gikoraho, Inama y’Ibihugu biri muri aya Masezerano ishobora mu myanzuro yayo kugaragaza ingamba zikwiye, harimo nko gusaba ibihugu kwifashisha ingamba z’ubufatanye zivugwa mu ngingo ya 6 y’aya Masezerano. 6. Uretse inzira ziteganywa kuva ku gika cya 2 kugeza ku cya 5 by’iyi ngingo, Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ishobora kwemeza gushyiraho izindi nzira rusange cyangwa uburyo bwihariye ibona ko ari ngombwa hagamijwe gusobanura iyubahirizwa harimo n’ibikorwa ndetse no gucyemure ikibazo cyo kutubahiriza aya Masezerano. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9 : Ingamba z’Igihugu zishyira mu bikorwa aya Masezerano,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano kigomba gufata ingamba zose za ngombwa zo mu rwego nshingamategeko, mu rwego rw’ubuyobozi ndetse n’izindi ngamba zikenewe kugira ngo gishyire mu bikorwa aya Masezerano, harimo no gushyiraho ibihano mu rwego rwo gukumira no guhagarika burundu igikorwa cyose aya Masezerano abuza Igihugu kiyarimo, cyakorwa n’abantu bacyo cyangwa kigakorerwa ku butaka bwacyo cyangwa ahantu kigenzura.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10 : Gukemura amakimbirane,"1. Mu gihe havutse amakimbirane hagati y’ibihugu bibiri cyangwa byinshi biri muri aya Masezerano ku bijyanye n’isobanurwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ryayo, ibihugu birebwa n’icyo kibazo bishakira hamwe uko byagikemura vuba binyuze mu nzira z’imishyikirano cyangwa mu bundi buryo bwose bw’amahoro byihitiyemo, harimo kwitabaza Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano no kugishyikiriza Urukiko Mpuzamahanga hakurikijwe amategeko arugenga. 2. Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano ishobora kugira uruhare mu ikemurwa ry’amakimbirane ikoresheje uburyo bwose ibona ko bukwiriye, nko gushyiraho abashinzwe guhuza impande zirebwa n’ikibazo, guhamagarira ibihugu birebwa n’ikibazo gukoresha inzira zo kugicyemura byihitiyemo itanga igihe inzira byumvikanyeho itagomba kurenza ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11 : Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano,"1. Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano biterana mu bihe biteganyijwe kugira ngo bisuzume kandi iyo ari ngombwa bifate icyemezo ku kibazo cyose kirebana n’ikurikizwa cyangwa ishyirwa mu bikorwa ry’aya Masezerano, hakubiyemo: (a) Imikorere y’aya Masezerano n’aho ikurikizwa n’ishyirwa mu bikorwa byayo bigeze; (b) Ibibazo byagaragajwe na raporo zatanzwe hakurikijwe ibiteganywa n’aya Masezerano; (c) Ubufatanye n’ubufasha mpuzamahanga butangwa hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 6 y’aya Masezerano; (d) Iterambere ry’ubuhanga bukoreshwa mu kuvanaho ibisigazwa by’ibisasu bitekeyemo ibindi; (e) Ubusabe bw’ibihugu biri muri aya Masezerano butangwa hakurikijwe ibiteganywa n’ingingo ya 8 n’iya 10 z’aya Masezerano; (f) Ubusabe bw’ibihugu biri muri aya Masezerano butangwa hakurijwe ibiteganywa n’ingingo ya 3 n’iya 4 z’aya Masezerano. 2. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye azatumiza Inama ya mbere y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano mu gihe kitarenze umwaka umwe uhereye igihe aya Masezerano atangiriye gukurikizwa. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye azajya atumiza buri mwaka inama zikurikiraho kugeza igihe hazabera Inama ya mbere y’Isuzuma. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12 : Inama z’Isuzuma,"1.Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye azatumiza Inama y’Isuzuma hashize imyaka itanu aya Masezerano atangiye gukurikizwa. Inama z’Isuzuma zizakurikiraho zizatumizwa n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye niba Igihugu kimwe cyangwa byinshi mu bihuriye kuri aya Masezerano bibisabye, ariko igihe kizahita hagati y’Inama y’Isuzuma n’indi ntigishobora na rimwe kujya munsi y’imyaka itanu. Ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano bizajya bitumirwa muri buri Nama y’Isuzuma. 2. Inama y’Isuzuma igamije ibi bikurikira (a) Gusuzuma imikorere y’aya Masezerano n’aho ikurikizwa n’iyubahirizwa byayo bigeze; (b) Gusuzuma ishingiro ryo gutumiza Inama z’inyongera z’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano zivugwa mu gika cya 2 cy’ ingingo ya 11, no kugena intera hagati y’izo nama; (c) Gufata imyanzuro ku busabe bw’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano buteganywa mu ngingo ya 3 n’iya 4 z’aya Masezerano. 3. Ibihugu bidahuriye kuri aya Masezerano, kimwe n’Umuryango w’Abibumbye, indi miryango cyangwa ibigo mpuzamahanga bibishinzwe, imiryangoy’uturere, Umuryango Mpuzamahanga Utabara Imbabare, Urugaga rw’Imiryango Mpuzamahanga Itabara Imbabare y’ibihugu n’imiryango itagengwa na Leta bireba, bishobora gutumirwa nk’indorerezi muri buri Nama y’Isuzuma, hakurikijwe amategeko ngengamikorere yumvikanweho",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13 : Ivugururwa ry’Amasezerano,"1. Igihugu kiri muri aya Masezerano gishobora, igihe icyo ari cyo cyose nyuma y’aho atangiye gukurikizwa, gutanga inyandiko isaba ko avugururwa. Inyandiko yose isaba ko Amasezerano avugururwa igezwa ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we akayigeza ku bihugu byose biri muri aya Masezerano kandi agakusanya ibitekerezo byabyo ku bijyanye n’ishingiro ryo gutumiza inama yiga ku ivugururwa ry’Amasezerano kugira ngo isuzume icyo cyifuzo. Iyo ibihugu birenze kimwe cya kabiri (1/2) cy’ibihuriye kuri aya Masezerano bimenyesheje Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, mu minsi itarenze mirongo cyenda (90) uhereye igihe byatangarijwe iyo nyandiko isaba kuvugurura Amasezerano, ko bishyigikiye isuzuma ryimbitse ry’icyo cyifuzo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye atumiza Inama yiga ku ivugururwa ry’Amasezerano, akayitumiramo ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano. 2. Ibihugu bidahuriye kuri aya Masezerano, kimwe n’Umuryango w’Abibumbye, indi miryango cyangwa ibigo mpuzamahanga bibishinzwe, imiryango y’uturere, Umuryango Mpuzamahanga Utabara Imbabare, Urugaga rw’Imiryango Mpuzamahanga Itabara Imbabare y’ibihugu n’imiryango itagengwa na Leta bireba, bishobora gutumirwa nk’indorerezi muri buri Nama y’Ivugururwa ry’Amasezerano, hakurikijwe amategeko ngengamikorere yumvikanweho. 3. Inama y’Ivugururwa iterana ako kanya nyuma y’Inama y’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano cyangwa Inama y’Isuzuma zikirangira, keretse ubwiganze bw’ ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bisabye ko iterana mbere yaho. 4. Ivugururwa ryose rikozwe kuri aya Masezerano ritorwa ku bwiganze bwa 2/3 by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano bihari kandi bitora mu Nama yiga ku Ivugururwa ry’aya Masezerano. Ushinzwe kubika aya Masezerano amenyesha ibihugu byose impinduka zose zemejwe muri ubwo buryo. 5. Ivugururwa ry’aya Masezerano ritangira gukurikizwa ku bihugu biyahuriyeho kandi byemeye iryo hindurwa, ku munsi ibihugu birenze kimwe cya kabiri cy’ibyari bihuriye kuri aya Masezerano igihe ivugururwa ryatorwaga bimaze gutanga inyandiko zihamya ko byaryemeye. Nyuma yaho, ivugururwa ritangira gukurikizwa ku kindi gihugu cyose kiri muri aya Masezerano ku munsi gitangiyeho inyandiko ihamya ko cyaryemeye. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14 : Amafaranga akoreshwa n’imirimo y’ubuyobozi,"1. Amafaranga agenda ku Nama z’Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano, ku Nama z’isuzuma n’Inama ziga ku ivugururwa ry’aya Masezerano yishyurwa n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hamwe n’ibihugu bitayarimo byitabiriye izo nama, hakurikijwe igeno ry’isaranganyabwishyu ryashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye ariko ryahujwe n’ibikenewe. 2. Amafaranga akoreshwa n’ Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu biteganywa n’ingingo ya 7 n’iya 8 z’aya Masezerano yishyurwa n’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano hakurikijwe igeno ry’isaranganyabwishyu ry’Umuryango w’Abibumbye ariko ryahujwe n’ibikenewe. 3. Kuzuza inshingano z’ubuyobozi Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ahabwa n’aya Masezerano bishingira ku bubasha butangwa mu buryo bukwiriye n’Umuryango w’Abibumbye. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15 : Ishyirwa ry’umukono ku Masezerano,"Aya Masezerano, akorewe i Dublin ku wa 30 Gicurasi 2008, yemerewe gushyirwaho umukono n’ibihugu byose i Oslo ku wa 3 Ukuboza 2008, na nyuma yaho ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye i New York, kugeza igihe azatangira gukurikizwa.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 16 : Kwemeza burundu Amasezerano, kuyemera cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho","1. Aya Masezerano yemerewe kwemezwa burundu cyangwa kuyemera n’ibihugu byayashyizeho umukono. 2. Aya Masezerano yemerewe kwemerera igihugu kuba kimwe mu biyahuriyeho igihugu cyose kitayashyizeho umukono. 3. Inyandiko zo kwemeza burundu Amasezerano, kuyemera cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho zishyikirizwa Ushinzwe kuyabika. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 17 : Gutangira gukurikizwa,"1. Aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mbere w’ukwezi kwa gatandatu uhereye ku kwezi gukurikira uko inyandiko ya mirongo itatu (30) yo kwemeza burundu aya Masezerano, kuyemera cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho ishyikirijwe Ushinzwe kuyabika 2. Ku gihugu cyose gitanze inyandiko yacyo yo kwemeza burundu Amasezerano, kuyemera cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho nyuma y’itangwa ry’inyandiko ya mirongo itatu (30) yo kuyemeza burundu kuyemera, kuyemeza cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, aya Masezerano atangira gukurikizwa ku munsi wa mbere w’ukwezi kwa gatandatu uhereye ku munsi ukurikira itariki icyo gihugu gitangiyeho inyandiko yo kuyemeza burundu, kuyemera cyangwa kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18 : Ikurikizwa ry’agateganyo,"Mu gihe igihugu cyemeza burundu Amasezerano, cyiyemera cyangwa cyemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho, gishobora gutangaza ko kizakurikiza by’agateganyo ingingo yayo ya mbere igihe kigitegereje ko atangira gukurikizwa kuri cyo.",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19 : Ukwifata,Nta kwifata gushobora gukorwa ku ngingo z’aya Masezerano.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 20: Igihe aya Masezerano azama no kuyivanamo,"1. Aya Masezerano ntagira iherezo. 2. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gifite uburenganzira bwo gukoresha ubusugire bwacyo mu kwivana muri aya Masezerano. Igihugu kimenyesha uko kwivana muri aya Masezerano ibindi bihugu biyahuriyeho, Ushinzwe kuyabika n’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Amahoro n’Umutekano ku Isi. Inyandiko imenyesha uko kwivana muri aya Masezerano igomba kugaragaza ibisobanuro byuzuye by’impamvu zitumye icyo gihugu kiyivanamo. 3. Ukwivana muri aya Masezerano gutangira kugira agaciro hashize amezi atandatu (6) Ushinzwe kuyabika yakiriye inyandiko imenyesha uko kuyivanamo. Icyakora iyo ayo mezi atandatu (6) arangiye icyo gihugu cyivanye mu Masezerano kiri mu ntambara, ukwivanamo kwacyo kugira agaciro ari uko iyo ntambara irangiye ",NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 22 : Ushinzwe kubika Amasezerano,Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye agenwe nk’Ushinzwe kubika aya Masezerano.,NA AMASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE IBISASU BITEKEYEMO IBINDI,Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 23 : Inyandiko mpamo,"Inyandiko z’aya Masezerano zanditse mu ndimi z’Icyongereza, Icyarabu, Igishinwa, Icyesipanyolo, Igifaransa n’Ikirusiya zinganya agaciro.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya mbere: Ububasha bwa Komite bwo kwakira no gusuzuma ibirego,"1. Igihugu kiri mu Masezerano, iyo kibaye ikiri muri aya Masezerano y’Inyongera, cyemera ububasha bwa Komite bwo kwakira no gusuzuma ibirego biteganyijwe muri aya Masezerano y’Inyongera. 2. Nta kirego Komite ishobora kwakira mu gihe giturutse mu gihugu kiri mu Masezerano ariko kitari muri aya Masezerano y’Inyongera.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 2: Ibirego,"Ibirego bishobora gutangwa n’abantu cyangwa itsinda ry’abantu babarizwa mu gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera, ubwabo cyangwa mu izina ryabo, mu gihe bemeza ko Leta yahungabanyije uburenganzira bwabo ubwo ari bwo bwose mu by’ubukungu, imibereho myiza n’umuco biteganywa n’Amasezerano. Iyo Ikirego gitanzwe mu izina ry’abantu ku giti cyabo cyangwa mu izina ry’itsinda ry’abantu, bigomba gukorwa abo bireba babyemera keretse iyo uwagitanze agaragaje impamvu yabibakoreye batabanje kubyemera.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 3: Kwakira ikirego,1. Komite ntishobora gusuzuma ikirego mu gihe bigaragaye ko inzira zo kurega ziteganyijwe mu gihugu zitahetuwe. Ibi ntibisabwa ariko iyo bigaragaye ko izo nzira zakererejwe bikabije nta mpamvu. 2. Komite itangaza ko ikirego kitakiriwe iyo,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 4: Ibirego bitagaragaza akarengane gafatika,"Iyo bibaye ngombwa, Komite ishobora kudasuzuma ikirego iyo kitagaragaza ku buryo bufatika icyo uwagitanze yavukijwe, keretse iyo Komite isanga icyo kirego gikubiyemo ikibazo gifite inyungu rusange.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 5: Ibyemezo by’agateganyo,"1. Igihe icyo ari cyo cyose nyuma yo kwakira ikirego na mbere yo gufata icyemezo mu mizi, Komite ishobora gusaba igihugu bireba kiri muri aya Masezerano gusuzuma mu buryo bwihutirwa kugira ngo gifate ibyemezo by’agateganyo bikenewe bigamije kwirinda ko umuntu cyangwa itsinda ry’abantu batanze ikirego bagerwaho n’ingaruka zidashobora kubonerwa indishyi ziturutse kuri uko kutubahiriza amasezerano.2. Mu gihe Komite ikora ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, ntibisobanura ko yemeje ko ikirego cyakiriwe cyangwa gifite ishingiro.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 6: Gushyikiriza igihugu ikirego cyatanzwe,"1. Uretse iyo Komite isanze ikirego yagejejweho kitakwakirwa ku buryo bitari na ngombwa kukimenyesha igihugu kiri muri aya Masezerano kirebwa n’icyo kirego, Komite ishyikiriza igihugu bireba mu buryo bw’ibanga ikirego yagejejweho hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera. 2. Mu gihe cy’amezi atandatu, igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba gishyikiriza mu nyandiko Komite ibisobanuro byacyo cyangwa inyandiko isobanura ikibazo n’uko cyakemuwe iyo hari icyo cyabikozeho.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 7: Gukemura impaka mu bwumvikane,"1. Komite ifasha impande bireba gukemura ikibazo mu bwumvikane hashingiwe ku iyubahirizwa ry’inshingano ziteganywa mu Masezerano. 2. Icyemezo gifashwe ku mpaka zikemuwe mu bwumvikane, kiburizamo isuzumwa ry’ikirego hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 8: Gusuzuma ibirego,"1. Komite isuzuma ibirego yashyikirijwe hashingiwe ku ngingo ya 2 y’aya Masezerano y’Inyongera yifashishije inyandiko zose yashyikirijwe, izo nyandiko ariko zikaba zigomba kuba zarashyikirijwe impande bireba. 2. Komite isuzuma mu muhezo ibirego yashyikirijwe hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera. 3. Iyo Komite isuzuma ibirego yashyikirijwe, ishobora kwifashisha iyo ari ngombwa, inyandiko zirimo amakuru yayifasha zituruka mu zindi nzego z’Umuryango w’Abibumbye, amashami yihariye yawo, ibigega byawo, gahunda n’inzego zashyiriweho ibibazo byihariye n’indi miryango mpuzamahanga irimo inzego zishinzwe kurengera uburenganzira bwamuntu mu rwego rw’uturere, ishobora kwifashisha kandi ibisobanuro n’ibitekerezo byatanzwe n’igihugu bireba kiri muri aya Masezerano y’Inyongera. 4. Iyo Komite isuzuma ikirego yashyikirijwe hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera, igomba guha agaciro ingamba igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera cyafashe hashingiwe ku biteganywa mu gice cya kabiri cy’Amasezerano. Muri urwo rwego, Komite igomba kuzirikana ko igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora gushyiraho ingamba zitandukanye mu rwego rwa politiki zigamije kubahiriza buteganywa mu Masezerano. uburenganzira",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 9: Gukurikirana Imyanzuro ya Komite,"1. Nyuma yo gusuzuma ikirego, Komite ishyikiriza impande bireba uko ibona icyo kirego n’imyanzuro yayo, iyo hari iyo yafashe. 2. Igihugu bireba kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kigomba guha agaciro gakwiye uburyo Komite ibona ikirego yashyikirijwe, n’imyanzuro yagifasheho iyo ihari, kandi kigashyikiriza Komite mugihe cy’amezi atandatu, igisubizo cyanditse gikubiyemo amakuru agaragaza ibyakozwe ku bijyanye n’uburyo Komite yabonye ikibazo n’ibyifuzonama byayo. 3. Komite ishobora gusaba igihugu bireba kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gutanga amakuru y’inyongera ku ngamba cyafashe ku byo Komite yavuze ku kirego n’ibyifuzonama yagitanzeho iyo bihari, harimo n’uko iyo Komite ibona ari ngombwa gusaba ko ayo makuru y’inyongera yatangwa muri raporo zizakurikira igihugu kizatanga hashingiwe ku ngingo ya 16 n’iya 17 z’Amasezerano. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 10: Ibirego hagati y’Ibihugu,"1. Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora igihe icyo ari cyo cyose gutangaza ko cyemera ububasha bwa Komite bwo kwakira no gusuzuma ibirego, aho igihugu kimwe kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kirega ikindi kutubahiriza inshingano gifite ziteganywa mu Masezerano. Ibirego biteganywa muri iyi ngingo bishobora kwakirwa no gusuzumwa ari uko bitanzwe gusa n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera cyatangaje ko cyemera ubwacyo ububasha bwa Komite ku bikireba. Nta kirego Komite ishobora kwakira iyo kireba igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kitabitangaje.Ibirego byakiriwe hashingiwe kuri iyi ngingo bisuzumwa hakurikijwe inzira zikurikira: (a) Iyo igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gisanga ikindi gihugu kiri na cyo kiyarimo na cyo kitubahiriza inshingano ziteganyijwe mu Masezerano, icyo gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kubimenyesha igihugu bireba na cyo kiyarimo binyuze mu nyandiko. Gishobora kandi kubimenyesha Komite. Mu gihe cy’amezi atatu nyuma yo kubimenyeshwa, igihugu bireba gishyikiriza igihugu cyatanze ikirego ibisobanuro cyangwa indi nyandiko isobanura imiterere y’ikibazo, iyo nyandiko ikagaragaza uko bishoboka kose kandi mu buryo bw’ingirakamaro, inzira zo kurega ziteganyijwe mu gihugu n’uburyo bwakoreshejwe mu gukemura ikibazo, uburimo uburenganzira bwo gushyikiriza ikirego Komite kandi kikabimenyesha ikindi gihugu; (c) Komite isuzuma ikirego iyo imaze kumenya neza ko inzira zose zo kurega ziteganyijwe mu gihugu zakoreshejwe kandi zahetuwe. Ariko iri hame ntirikurikizwa iyo Komite ibona ko inzira zo gukemura ikibazo zikerereza bikabije mu buryo butumvikana ikemurwa ryacyo; (d) Bitabangamiye ibiteganywa mu gace ka (c) k’iki gika, Komite ifasha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y ‘Inyongera birebwa n’ikibazo kugikemura mu bwumvikane mu rwego rwo kubahiriza inshingano ziteganywa mu Masezerano; (e) Komite iterana mu muhezo iyo isuzuma ibirego yakiriye hashingiwe ku biteganywa muri iyi ngingo; (f) Mu kibazo cyose ishyikirijwe hashingiwe ku biteganywa mu gace ka (b) k’iki gika, Komite ishobora gusaba ibihugu bihuriye kuri aya Masezeranoy’Inyongera birebwa na cyo bivugwa muri ako gaka, gutanga amakuru yose ya ngombwa; (g) Ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera birebwa, bivugwa mu gace ka (b) k’iki gika, bifite uburenganzira bwo guhagararirwa igihe ikibazo kirimo gisuzumwa na Komite no gutanga ibitekerezo mu magambo cyangwa mu nyandiko; (h) Komite mu buryo bwihuta bukwiye, nyuma y’itariki yakiriyeho inyandiko ivugwa mu gace ka (b) k’iki gika, itanga raporo mu buryo bukurikira: (i) Iyo ikibazo gikemutse hashingiwe ku biteganywa mu gace ka (d) k’iki gika, raporo ya Komite yibanda ku kugaragaza muri make uko ikibazo cyari giteye n’umuti wabonetse; (ii) Iyo ikibazo kitakemutse hashingiwe ku biteganywa mu gace ka (d), Komite igaragaza neza muri raporo yayo uko ikibazo hagati y’ibihugu byombi bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera giteye. Ku mugereka w’iyo raporo yomekaho inyandiko zatanzwe n’ibyo bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera n’amajwi yafashwe y’ibisobanuro ibyobihugu byatanze mu magambo. Komite ishobora kandi kumenyesha ibihugu bireba byonyine uburyo ibona ikibazo cyabyo. Igihe cyose, raporo igomba gushyikirizwa ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera birebwa. 2. Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gikoze itangazo ryo kwemera ububasha bwa Komite riteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo kirishyikiriza Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, na we agashyikiriza inyandukuro zaryo ibindi bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kuvanaho itangazo cyakoze igihe icyo ari cyo cyose kibimenyesheje Umunyamabanga Mukuru. Kuvanaho iryo tangazo ntibibangamira isuzumwa ry’ikirego cyamaze gushyikirizwa Komite hashingiwe kuri iyi ngingo; icyakora nta kirego cy’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kwakirwa nyuma y’uko Umunyamabanga Mukuru yakiriye inyandiko isaba kuvanaho iryo tangazo, keretse iyo igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba cyongeye gukora irindi tangazo. ubwatangijwe; bukoreshwa cyangwa se (b) Iyo ikibazo kidakemuwe mu buryo bunyuze ibihugu byombi bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera mu gihe cy’amezi atandatu uhereye igihe ikirego cyakiriwe bwa mbere, buri gihugu gifite",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 11: Uburyo bwo gukora iperereza,"1. Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora igihe icyo ari cyo cyose gutangaza ko cyemera ububasha bwa Komite buteganywa muri iyi ngingo. 2. Iyo Komite yakiriye amakuru yizewe ahamya ko igihugu runaka kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gihungabanya ku buryo bukomeye cyangwa buteguye neza bumwe mu burenganzira mu by’ubukungu, imibereho myiza n’umuco buteganywa mu Masezerano, Komite isaba icyo gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba gufatanya mu gusuzuma ayo makuru no kugaragaza uko kibona ayo makuru yatanzwe. 3. Komite ishingiye ku makuru yashyikirijwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba n’andi makuru yose yizewe yakiriye, ishobora gushinga umwe mu bayigize cyangwa abarenze umwe gukora iperereza no kuyigezaho raporo mu buryo bwihuse. Iyo bifite ishingiro kandi kandi n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba kibyemera, mu gukora iperereza hashobora kubamo gusurwa icyo gihugu. 4. Iperereza rikorwa mu buryo bw’ibanga kandi igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba kigatanga ubufasha bukenewe mu gihe cyose rikorwa5. Nyuma yo gusuzuma ibyagezweho mu iperereza, Komite ishyikiriza igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba ibyagezweho mu iperereza, uko Komite ibibona n’ibyifuzonama ibitangaho. 6. Mu gihe cy’amezi atandatu igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba kigejejweho ibyavuye mu iperereza, uko Komite ibibona n’ibyifuzonama byayo, na cyo gishyikiriza Komite uko kibibona. 7. Nyuma y’uko iryo perereza riteganywa mu gika cya kabiri cy’iyi ngingo rirangiye, Komite imaze kubiganiraho n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba, ishobora gufata umwanzuro wo gushyira incamake y’ibyavuye mu iperereza muri raporo y’umwaka iteganywa mu ngingo ya 15 y’aya Masezerano y’Inyongera. 8. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano y’Inyongera cyakoze itangazo rivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, gishobora igihe icyo ari cyocyose kwisubira kibimenyesheje Umunyamabanga Mukuru.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 12: Gukurikirana imigendekere y’iperereza,"1. Komite ishobora gusaba igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba gushyira muri raporo yacyo iteganywa mu ngingo ya 16 n’iya 17 z’Amasezerano amakuru arambuye ajyanye n’ingamba zafashwe mu iperereza ryakozwe rivugwa mu ngingo ya 11 y’aya Masezerano y’Inyongera. 2. Komite ishobora, iyo bibaye ngombwa, nyuma y’irangira ry’igihe cy’amezi atandatu kivugwa mu gika cya 6 cy’ingingo ya 11, gusaba igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba kuyimenyesha ingamba cyafashe ku byagaragajwe n’iperereza.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 13: Ingamba zigamije kurinda abantu,"Igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gifata ingamba zose za ngombwa kugira ngo abantu bari ku butaka bwacyo batagirirwa nabi cyangwa bagaterwaubwoba bazira ko bashyikirije Komite amakuru hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 14: Inkunga n’ubufatanye mpuzamahanga,"1. Iyo Komite ibona bikwiye kandi igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba kikaba kibyemera, ishobora gushyikiriza, amashami yihariye y’Umuryango w’Abibumbye, ibigega byawo, za gahunda n’izindi nzego zibifitiye ububasha, uko ibona ibirego yashyikirijwe n’imyanzuro yafashe ndetse n’ibyavuye mu iperereza yakoze, iyo bigaragara ko hakenewe inama n’inkunga mu bya tekiniki, biherekejwe, iyo bishoboka, n’ ibitekerezo kimwe n’ibyifuzo byatanzwe n’igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera ku birebana n’uko kibibona cyangwa ku byifuzonama. 2. Komite ishobora kandi kumenyesha izo nzego, igihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera bireba kimaze kubyemera, ibindi bibazo byagaragaye mu gusuzuma ibirego hashingiwe kuri aya Masezerano y’Inyongera, iyo ibyo bibazo bishobora gufasha izo nzego, buri rwego mu byo rushinzwe, gutanga inama zikwiye ku cyakorwa ku rwego mpuzamahanga mugufasha ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera kugenda birushaho gutera imbere mu byerekeye iyubahirizwa ry’uburenganzira bwemewe mu Masezerano. 3. Hazashyirwaho ikigega hashingiwe ku nzira ziteganyijwe z’Inteko Rusange, kizacungwa hashingiwe mu mategeko agenga imicungire y’umutungo w’Umuryango w’Abibumbye, kigamije gutanga inkunga ikenewe mu bya gihanga no mu bya tekiniki, ku gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kibyemera, mu rwego rwo gukomeza gushimangira iyubahirizwa ry’uburenganzira bukubiye mu Masezerano, hubakwa ubushobozi mu bijyanye n’uburenganzira mu by’ubukungu, imibereho myiza n’umuco mu rwego rw’aya Masezerano y’Inyongera. 4. Ibiteganywa muri iyi ngingo ntaho bibangamira inshingano ya buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera yo kubahiriza ibyo cyemeye bikubiye mu Masezerano.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 15: Raporo y’Umwaka,Komite igomba gushyira muri raporo y’umwaka incamake y’ibikorwa byayo biteganyijwe muri aya Masezerano y’Inyongera.,NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 16: Gusakaza amakuru,"Buri gihugu kiri muri aya Masezerano y’Inyongera kiyemeje kumenyekanisha no gusakaza uko bishoboka kose Amasezerano kimwe n’aya Masezerano y’Inyongera no korohereza abantu kubona amakuru ku bitekerezo n’imyanzuro bya Komite, cyane cyane ku bibazo bikireba, kandi bigakorwa mu buryo butuma abafite ubumuga babigeraho.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,"Ingingo ya 17: Gushyiraho umukono, kwemeza burundu no kwemera guhurira ku Masezerano","1. Aya Masezerano y’Inyongera yemerewe gushyirwaho umukono n’ibihugu byose byashyize umukono ku Masezerano cyangwa byayemeje burundu cyangwa byemeye kuba ibiyahuriyeho. 2. Aya Masezerano y’Inyongera yemezwa burundu n’igihugu icyo ari cyo cyose cyemeje burunduAmasezerano cyangwa cyemeye kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. Inyandiko zemeza burundu aya Masezerano Umunyamabanga w’Abibumbye. 3. y’Inyongera Mukuru zishyikirizwa w’Umuryango Aya Masezerano y’Inyongera yemerera kuba kimwe mu biyahuriyeho igihugu icyo ari cyose cyemeje burundu Amasezerano cyangwa cyemeye kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. 4. Kwemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera bikorwa hashyikirizwa Umunyamabanga Mukuru w’Abibumbye inyandiko yabyo. w’Umuryango",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 18: Gutangira gukurikizwa,"1. Aya Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa hashize amezi atatu uhereye igihe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yakiriye inyandiko ya cumi yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho. 2. Kuri buri gihugu kizemeza burundu cyangwa kizemera kuba kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera nyuma y’itangwa ry’inyandiko ya cumi yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho,aya Masezerano y’Inyongera atangira gukurikizwa nyuma y’amezi atatu uhereye ku itariki kizaba cyatangiyeho inyandiko yacyo yo kuyemeza burundu cyangwa yo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",Amasezerano mpuzamahanga,NA,NA,Ingingo ya 19: Ivugurura,"1. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora gutanga icyifuzo cy’uko yavugururwa, kikakigeza ku Munyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Umunyamabanga Mukuru amenyeha amenyesha ibyifuzo by’ivugururwa ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera, abisaba kugaragaza niba bishyigikiye ko haba inama ibihuza mu rwego rwo gusuzuma ibyo byifuzo no kubifataho icyemezo. Iyo mu gihe cy’amezi ane akurikira itariki y’iryo menyesha nibura kimwe cya gatatu cy’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera kigaragaje ko gishyigikiye ko iyo nama iterana, Umunyamabanga Mukuru atumiza iyo nama mu rwego rw’Umuryango w’Abibumbye. Ivugururwa ryose ryemejwe ku bwiganze bwa bibiri bya gatatu by’ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byitabiriye inama kandi bitora rishyikirizwa Inteko Rusange kugira ngo iryemeze, hanyuma rigashyikirizwa ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera kugira ngo biryemere.2. Ivugururwa ryemejwe hakurikijwe ibiteganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo zitangira gukurikizwa ku munsi wa mirongo itatu nyuma yo kwakira inyandiko ziryemera za bibiri bya gatatu by’ibihugu byari bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera igihe iryo vugururwa ryemezwaga. Nyuma yaho, iryo vugururwa ritangira gukurikizwa kuri buri gihugu ku munsi wa mirongo itatu uhereye igihe cyatangiye inyandiko yacyo yo kwemera iryo vugururwa. Ivugurwa rireba gusa ibihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byaryemeye.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",NA,NA,NA,Ingingo ya 20: Ukwivana mu Masezerano y’Inyongera,"1. Igihugu icyo ari cyo cyose kiri muri aya Masezerano y’Inyongera gishobora kuyivanamo kibimenyesheje mu nyandiko Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Ukwivana mu Masezerano y’Inyongera bitangira gukurikizwa hashize amezi atandatu uhereye ku itariki Umunyamabanaga Mukuru w’Abibumbye yakiriyeho imenyesha. w’Umuryango2. Ukwivana mu Masezerano y’Inyongera ntibikuraho gukomeza kubahiriza ibiteganywa n’aya Masezerano y’Inyongera ku bijyanye n’ikirego cyaba cyaratanzwe hashingiwe ku ngingo ya 2 n’iya 10 cyangwa ibindi bigisuzumwa hashingiwe ku ngingo ya 11, igihe byatangiye mbere y’uko ukuyivanamo gutangira gukurikizwa. ",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",NA,NA,NA,Ingingo ya 21: Imenyesha bikorwa n’Umunyamabanga Mukuru,"Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye amenyesha ibihugu byose bivugwa mu gika cya mbere cy’ingingo ya 26 y’Amasezerano ibi bikurikira: a) Imikono yashyizwe kuri aya Masezerano y’Inyongera, inyandiko ziyemeza burundu cyangwa zo kwemera kuba kimwe mu bihugu biyahuriyeho; b) Itariki yo gutangira gukurikizwa kw’aya Masezerano y’Inyongera n’ukw’ivugururwa iryo ari ryo ryose ryayakozwe hashingiwe ku ngingo ya 19; c) Ukwivana muri aya Masezerano y’Inyongera gukozwe hashingiwe ku ngingo ya 20.",NA "AMASEZERANO Y’INYONGERA ADAHATIRWA KU MASEZERANO MPUZAMAHANGA YEREKEYE UBURENGANZIRA MU BY’UBUKUNGU, IMIBEREHO MYIZA N’UMUCO",NA,NA,NA,Ingingo ya 22: Indimi zemewe,"1. Aya Masezerano y’Inyongera yanditswe mu ndimi z’Icyarabu, Igishinwa, Icyongereza, Igifaransa, Ikirusiya n’Icyesipanyolo zinganya agaciro. Abikwa mu ishyinguranyandiko w’Abibumbye. 2. ry’Umuryango Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yoherereza ibihugu bivugwa mu ngingo ya 26 y’Amasezerano inyandukuro zihuje n’umwimerere z’aya Masezerano y’Inyongera.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya mbere: Ishyirwaho ry’Urukiko,"Mu Muryango w`Ubumwe bwa Afurika, hashyizweho Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu n’ubw’Abaturage rwiswe “Urukiko” ahakurikira hose, imiterere, ububasha n’imikorere byarwo bigengwa n’aya Masezerano.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 2: Imikoranire hagati y’Urukiko na Komisiyo,"Urukiko, hitawe uko bikwiye ku biteganyijwe muri aya Masezerano y’Inyongera, rwuzuza imirimo yerekeranye no kurengera Amasezerano Nyafurika y’Uburenganzira n’ubw’Abaturage yitwa bwa muntu ahakurikira “Amasezerano” yahaye Komisiyo Nyafurika y’Uburenganzira bwa muntu n’ubw’abaturage yitwa “Komisiyo” ahakurikira hose.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 3: Ububasha,"1. Ububasha bw’Urukiko bukubiyemo no gusuzuma ibibazo byose n’impaka zose rwashyikirijwe bijyanye n’isobanurwa ndetse n’iyubahirizwa ry’Amasezerano, iry’aya Masezerano y’Inyongera n’iry’andi masezerano ajyanye n’uburenganzira bwa muntu kandi yemejwe burundu n’ibihugu birebwa na yo.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 4: Gutanga inama,"1. Bisabwe n’igihugu kigize Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika, Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika, rumwe mu nzego zawo, cyangwa umuryango nyafurika wemewe n’Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika, Urukiko rushobora gutanga inama ku kibazo cy’amategeko kijyanye n’Amasezerano, cyangwa andi masezerano y’uburenganzira bwa muntu, igihe cyose icyasabweho inama kitareba ikirego kirimo gusuzumwa na Komisiyo.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 5: Kuregera Urukiko,1. Abafite uburenganzira bwo kuregera Urukiko ni aba bakurikira: a) Komisiyo; b) igihugu kiri muri aya Masezerano cyashyikirije ikibazo cyacyo Komisiyo;,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 6: Kwakira ikirego,"1. Urukiko, iyo rusuzuma ibijyanye no kwakira ikirego cyatanzwe hashingiwe ku ngingo ya 5(3) y’aya Masezerano, rushobora gusaba Komisiyo kugira icyo ibivugaho mu gihe gito gishoboka",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 7: Amategeko akoreshwa,Urukiko rukoresha ingingo zikubiye mu Masezerano cyangwa andi mategeko ajyanye n’uburenganzira bwa muntu kandi yemejwe burundu n’igihugu bireba.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 8: Gusuzuma ibirego,Amategeko ngengamikorere y’Urukiko agena mu buryo burambuye uburyo Urukiko rusuzuma ibirego rwashyikirijwe hitabwa ku bwuzuzanye bwarwo na Komisiyo.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 9: Gukemura impaka mu bwumvikane,Urukiko rushobora kugerageza gukemura impaka rwashyikirijwe mu bwumvikane hashingiwe ku biteganywa mu Masezerano,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 10: Iburanisha no guhagararirwa,"1. Urukiko ruburanisha mu ruhame. Icyakora, rushobora kuburanisha mu muhezo hashingiwe ku biteganywa mu mategeko ngengamikorere yarwo.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 11: Abagize Urukiko,"1. Urukiko rugizwe n’abacamanza cumi n’umwe (11), bakomoka mu bihugu bigize Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika batorwa mu banyamategeko bazwiho imico ndangabupfura, kandi bazwiho ubushobozi n’ubunararibonye mu mategeko, ubucamanza cyangwa kwigisha mu bijyanye n’uburenganzira n’ubw’abaturage.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 12: Ishyirwaho,1. Buri gihugu kiri muri aya Masezerano gishobora gutanga abakandida batarenga batatu nibura babiri bakaba bagikomokamo.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 13: Urutonde rw’Abakandida,"1. Aya Masezerano y’Inyongera agitangira gukurikizwa, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika asaba buri gihugu kiri muri aya Masezerano gutanga mu minsi mirongo icyenda, abakandida bacyo ku mwanya w’umucamanza w’Urukiko.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 14: Amatora,1. Abacamanza b’Urukiko batorwa mu ibanga n’Inama hashingiwe ku rutonde ruvugwa mu ngingo ya 13 (2) y’aya Masezerano y’Inyongera.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 15: Manda,"1. Abacamanza b’Urukiko batorerwa manda y’imyaka itandatu (6) ishobora kongerwa incuro imwe gusa. Icyakora, manda y’abacamanza bane batorwa mu matora ya mbere irangira nyuma y’imyaka ibiri, naho manda y’abandi bacamanza bane yo irangira nyuma y’imyaka ine",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 16: Indahiro,"Iyo bamaze gutorwa, abacamanza barahirira kurangiza inshingano zabo nta kubogama no mu budahemuka.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 17: Ubwigenge,1. Ubwigenge bw’abacamanza bugomba kubahirizwa ku buryo bwuzuye hashingiwe ku mategeko mpuzamahanga.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 18: Ibitabangikanywa,Umurimo w’ubucamanza ntubangikanywa n’ibikorwa ibyo ari byo byose byabangamira ubwigenge bw’umucamanza cyangwa ibisabwa mu kazi ke nk’uko biteganywa mu mategeko ngengamikorere y’Uru,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 19: Guhagarika imirimo, Umucamanza ntashobora guhagarikwa cyangwa gukurwa ku murimo keretse gusa iyo byemejwe n’abacamanza bose b’Urukiko; ko uwo mucamanza atacyujuje ibisabwa ngo umuntu abe umucamanza muri uru Rukiko.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 20: Imyanya itarimo abacamanza,"1. Iyo umucamanza apfuye cyangwa yeguye ku mirimo ye, abimenyesha Perezida w’Urukiko Umunyamabanga ahita Mukuru w’Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika, na we agatangaza ko hari umwanya utarimo umucamanza uhereye umunsi uwari muri uwo mwanya yapfiriyeho cyangwa yeguriyeho.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 21: Ubuyobozi bw’Urukiko,"1. Urukiko rutora Perezida na Visi Perezida, batorerwa manda y’imyaka ibiri (2). Bashobora kongera gutorwa incuro imwe.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 22: Kwihana umucamanza,"Mu gihe umucamanza akomoka muri kimwe mu bihugu birebwa n’ikirego, yikura mu rubanza.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 23: Umubare usabwa,"Kugira ngo ikirego gisuzumwe n’Urukiko mu buryo bwemewe, inteko igomba kuba igizwe nibura n’Abacamanza barindwi.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 24: Ubwanditsi bw’Urukiko,"1. Urukiko rushyiraho umwanditsi warwo n’abandi bakozi b’ubwanditsi bakomoka mu bihugu bigize Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika, hashingiwe ngengamikorere yarwo.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 25: Icyicaro cy’Urukiko,1. Icyicaro cy’Urukiko kigenwa n’Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma kigashyirwa muri kimwe mu bihugu bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera. I,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,NA,NA,Ingingo ya 26: Ibimenyetso,"1. Urukiko rusuzuma ibirego rwashyikirijwe mu buryo bw’ivuguruzanya hagati y’ababuranyi, kandi byaba ngombwa rugakora iperereza. Ibihugu birebwa bisabwa gutanga ubufasha bukenewe kugira ngo ikirego gisuzumwe neza.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,N,NA,Ingingo ya 27: Icyemezo cy’Urukiko,"1. Iyo Urukiko rusanze harabayeho guhungabanya uburenganzira bwa muntu cyangwa bw’abaturage, rufata icyemezo gikwiye kugira ngo haboneke igisubizo ku kibazo harimo no kwishyura indishyi ikwiye cyangwa gutanga impozamarira.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA,A,NA,Ingingo ya 28: Guca Urubanza,1. Urukiko ruca urubanza mu minsi mirongo icyenda (90) nyuma y’ipfundikirwa ry’iburanisha.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA\,NA,NA,Ingingo ya 29: Kumenyesha icyemezo cy’Urukiko,Ingingo ya 30: Irangizwa ry’urubanza,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA\,NA,NA,Ingingo ya 31: Raporo,Urukiko rushyikiriza Inama isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu n’aba za Guverinoma raporo y’umwaka igaragaza ibyakozwe mu mwaka ushize.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA\,NA,NA,Ingingo ya 32: Ingengo y’Imari,"Ibikenerwa n’Urukiko, ibigenerwa abacamanza n’ingengo y’imari y’ubwanditsi bw’Urukiko bigenwa kandi bigatangwa n’Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika, hashingiwe ku mirongo ngenderwaho ishyirwaho na wo bigiweho inama n’Urukiko.",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA\,NA,NA,Ingingo ya 33: Amategeko ngengamikorere,Urukiko rushyiraho amategeko ngengamikorere yarwo rukanagena uko rukora. Urukiko rushobora kugisha inama Komisiyo igihe cyose bibaye ngombwa.,NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA\,NA,NA,Ingingo ya 34: Kwemeza burundu aya Masezerano,"1. Aya Masezerano y’Inyongera yemerewe gushyirwaho umukono, kwemezwa burundu, cyangwa kwemerera igihugu kuba kimwe mu biyahuriyeho n`igihugu Masezerano. cyose kiri mu",NA AMASEZERANO Y’INYONGERA KU MASEZERANO NYAFURIKA YEREKEYE UBURENGANZIRA BWA N’UBW’ABATURAGE URUKIKO MUNTU ASHYIRAHO NYAFURIKA RW’UBURENGANZIRA BWA MUNTU N’UBW’ABATURAGE,AMASEZERANO MPUZAMAHANGA\,NA,NA,Ingingo ya 35: Ivugururwa,"1. Aya Masezerano y’Inyongera ashobora kuvugururwa iyo igihugu kiyarimo kibisabye cyandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w`Ubumwe bwa Afurika. Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma ikurikira ishobora kwemeza umushinga w’ivugurura ku bwiganze burunduye bw’amajwi, iyo ibihugu byose bihuriye kuri aya Masezerano y’Inyongera byawumenyeshejwe uko bikwiye kandi Ur",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,Ingingo ya mbere: Ibisobanuro by’amagambo,"Ingingo ya 2 y’Itegeko n° 73/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “Muri iri tegeko, amagambo akurikira asobanuye ku buryo bukurikira: 1° Icyicaro Gikuru: ibiro bihuza ibikorwa by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano; 2° abarezerivisiti ba NISS: icyiciro cy’abahoze ari abakozi ba NISS barangije imirimo yabo neza n’abandi bantu NISS yifashisha; 3° amakuru y’ibanga: amakuru afite imiterere n’agaciro ku buryo kuyatangaza cyangwa kuyakwirakwiza bitatangiwe uburenganzira bishobora gushyira umutekano w’Igihugu mu kaga; 4° iperereza: igikorwa kigamije gukusanya, guhuza no gusesengura amakuru agenewe kumenyeshwa abo bireba kandi ashobora gukoreshwa hagamijwe kurengera inyungu za Repubulika y’u Rwanda; 5° Ubuyobozi Bukuru: Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano imbere mu Gihugu, Ubuyobozi Bukuru bw’Ubutegetsi n’Imari, Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano hanze y’Igihugu, Ubuyobozi Bukuru bw’Abinjira n’Abasohoka mu Gihugu cyangwa ubundi Buyobozi Bukuru bwashyirwaho hakurikijwe iri tegeko; 6° ukora iperereza: ushinzwe iperereza muri NISS; 7° umukozi: ubarirwa mu nzego z’imirimo za NISS kandi ahembwa na yo; 8° umutekano w’Igihugu: ingamba zifatwa n’Igihugu hagamijwe kukirinda, zikubiyemo gukumira no kurwanya ko cyaterwa biturutse imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo n’ibindi bikorwa bishobora kugihungabanya”. ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 2: Ikurikiranwa ry’umukozi wa NISS ukekwaho icyaha ","Itegeko n° 73/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano ryongewemo ingingo ya 9 bis yanditswe ku buryo bukurikira: ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"“Ingingo ya 9 bis: Ikurikiranwa ry’umukozi wa NISS ukekwaho icyaha ","Abagenzacyaha ba NISS ni bo gusa bashinzwe gukora iperereza ry’ibanze ku mukozi wa NISS ukekwaho gukora icyaha mu gihe ari mu kazi. Icyakora, iyo umukozi wa NISS akoranye icyaha n’umusirikare, iperereza ry’ibanze rikorwa hakurikijwe amategeko abigenga”. ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,Ingingo ya 3: Imiterere ya NISS,"Ingingo ya 12 y’Itegeko n° 73/2013 ryo kuwa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “NISS igizwe n’inzego zikurikira: 1° Icyicaro Gikuru; 2° Ubuyobozi Bukuru bw’Ubutegetsi n’Imari; 3° Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano imbere mu Gihugu; 4° Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano hanze y’Igihugu; 5° Ubuyobozi Bukuru bw’Abinjira n’Abasohoka mu Gihugu; 6° Ishuri ry’Igihugu ry’Iperereza. Umubare w’inzego zigize NISS ushobora kongerwa cyangwa kugabanywa n’Iteka rya Perezida. Iteka rya Perezida rigena imitunganyirize n’inshingano by’Inzego zivugwa muri iyi ngingo n’ibizigize”. Ingingo ya 4: Ishyirwaho ry’Abayobozi Bakuru n’abandi bakozi ba NISS Ingingo ya 14 y’Itegeko n° 73/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “Umunyamabanga Mukuru, Umunyamabanga Mukuru Wungirije, Abayobozi Bakuru naKomanda w’Ishuri ry’Igihugu ry’Iperereza bashyirwaho n’Iteka rya Perezida. Abandi bakozi bashyirwa mu myanya hakurikijwe ibiteganywa na Sitati yihariye igenga abakozi ba NISS ishyirwaho n’Iteka rya Perezida. Umubare w’abandi bakozi ugenwa hashingiwe ku ngengo y’imari ya NISS.” ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,Ingingo ya 5: Indahiro,"Ingingo ya 15 y’Itegeko n° 73/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “Mbere yo gutangira imirimo, Umunyamabanga Mukuru n’Umunyamabanga Mukuru wungirije barahirira mu ruhame indahiro iteganyijwe mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, imbere ya Perezida wa Repubulika. Uburyo abandi Bayobozi Bakuru n’abandi bakozi bakora akazi k’iperereza barahira buteganywa na sitati yihariye igenga abakozi ba NISS.”",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 6: Manda y’Abayobozi Bakuru ba NISS ","Ingingo ya 16 y’Itegeko n° 73/2013 ryo kuwa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “Umunyamabanga Mukuru, Umunyamabanga Mukuru Wungirije, Abayobozi Bakuru na Komanda w’Ishuri ry’Igihugu ry’Iperereza bagira manda y’akazi y’imyaka itanu (5) ishobora kongerwa rimwe gusa. Mu bushishozi bwe, ufite ububasha bwo gushyiraho Abayobozi Bakuru ashobora kubakura muri iyo myanya n’ubwo manda yaba itararangira”.",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,Ingingo ya 7: Kuva ku mirimo,"Ingingo ya 17 y’Itegeko n° 73/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “Umunyamabanga Mukuru, Umunyamabanga Mukuru Wungirije, Abayobozi Bakuru na Komanda w’Ishuri ry’Igihugu ry’Iperereza bava ku mirimo kubera imwe mu mpamvu zikurikira: 1° kutubahiriza Itegeko Nshinga n’andi mategeko; 2° ku bushake bw’uwamushyize muri uwo mwanya; 3° manda irangiye; 4° kuba atagishoboye kuzuza inshingano ze; 5° atagishoboye kuzuza inshingano ze kubera uburwayi bwemejwe n’akanama k’abaganga batatu (3) gashyirwaho na Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze; 6° yakatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6); 7° yahamwe n’icyaha cya jenoside, ingengabitekerezo yayo cyangwa ibindi byaha bifitanye isano na yo; 8° iyo afite imyitwarire inyuranye n’indangagaciro za NISS; 9° apfuye. Abandi bakozi ba NISS bava ku mirimo hakurikijwe sitati yihariye igenga abakozi ba NISS.” ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 8: Abarezerivisiti ba NISS ","Ingingo ya 18 y’itegeko n° 73/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"“Ingingo ya 18: Abarezerivisiti ba NISS ","NISS igira abarezerivisiti bagizwe n’abahoze ari abakozi ba NISS bashinzwe iperereza barangije imirimo yabo neza cyangwa abandi bantu NISS yifashisha. Amategeko Ngengamikorere ya NISS agena ishyirwa mu bikorwa ry’ibiteganywa n’iyi ngingo.” ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 9: Manda y’Abayobozi Bakuru ba NISS basanzwe mu mirimo ","Ingingo ya 27 y’Itegeko n° 73/2013 ryo ku wa 11/9/2013 rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, ihinduwe kandi yujujwe ku buryo bukurikira: “Igihe cya manda y’Abayobozi Bakuru ba NISS basanzwe mu mirimo gitangira kubarwa uhereye ku munsi iri tegeko ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.”",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 10: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko ","Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw’Icyongereza, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 11: Ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko ","Ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.",NA "EGEKO N° 10/2017 RYO KU WA 20/03/2017 RIHINDURA KANDI RYUZUZA ITEGEKO N° 73/2013 RYO KU WA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 12: Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa ","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Kigali, ku wa 20/03/2017 ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ,"Iri tegeko rishyiraho Urwego rwunganira Ubuyobozi bw’Akarere mu gucunga umutekano rwitwa “DASSO” mu magambo ahinnye y’Icyongereza. Iri tegeko kandi rigena inshingano, imiterere n’imikorere byarwo. ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 2: Urwego rureberera DASSO,"DASSO irebererwa na Minisiteri ifite ubutegetsi bw’Igihugu mu nshingano zayo.",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA II: INSHINGANZO ZA DASSO,NA,"Ingingo ya 3: Inshingano za DASSO ","Ingingo ya 3: Inshingano za DASSO Inshingano z’ingenzi za DASSO ni izi zikurikira: 1° gufasha ubuyobozi bw’Akarere gushyira mu bikorwa ibyemezo n’amabwiriza bwafashe ku bijyanye n’umutekano; 2° gufatanya n’izindi nzego gucunga umutekano rusange mu Karere; 3° gufata umuntu wese ufatiwe mu cyuho ahungabanya umutekano, agahita ashyikirizwa polisi iri hafi; 4° kumenyesha inzego z’ubuyobozi zimwegereye ikintu cyose abona ko gishobora guhungabanya umutekano; 5° gufasha izindi nzego zishinzwe umutekano mu gihe bibaye ngombwa; 6° gufatanya n’izindi nzego mu gukumira no kurwanya ibiza mu Karere. ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE BYA DASSO N’IZINDI NZEGO ",NA,"Ingingo ya 4: Ishyirwaho ry’abagize DASSO ","Abagize DASSO bashyirwaho n’Inama Njyanama y’Akarere binyuze mu ipiganwa kandi hubahirijwibisabwa na sitati yihariye igenga DASSO. Umubare w’abagize DASSO mu Karere ugenwa n’Inama Njyanama y’Akarere ishingiye ku bushobozi bwako. ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE BYA DASSO N’IZINDI NZEGO ",NA,"Ingingo ya 5: Imiterere n’imikorere bya DASSO n’ibigenerwa abayigize","Imiterere n’imikorere bya DASSO n’ibigenerwa abayigize bigenwa na Sitati yihariye ishyirwaho n’Iteka rya Perezida.",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE BYA DASSO N’IZINDI NZEGO ",NA,"Ingingo ya 6: Imikoranire ya DASSO n’izindi nzego ","DASSO ikorana n’izindi nzego kugira ngo ibashe kurangiza neza inshingano zayo. ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV: AMAHUGURWA, IGENZURA N’IHUZABIKORWA ",NA,Ingingo ya 7: Amahugurwa y’abagize DASSO,"Mbere yo gutangira imirimo yabo n’igihe cyose bibaye ngombwa, abagize DASSO bahabwa amahugurwa kugira ngo bongererwe ubushobozi n’ubumenyi mu bijyanye n’inshingano zabo. Amahugurwa agenerwa abagize DASSO ategurwa n’Ubuyobozi bw’Akarere bakoreramo bufatanyije na Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV: AMAHUGURWA, IGENZURA N’IHUZABIKORWA ",NA,Ingingo ya 8: Igenzura n’ihuzabikorwa bya DASSO,"Igenzura n’ihuzabikorwa ry’imikorere ya DASSO bikorwa n’Ubuyobozi bw’Akarere.",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO Z’INZIBACYUHO, IZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,Ingingo ya 9: Igihe cy’inzibacyuho,"Mu gihe DASSO itaratangira, Urwego rwa “Local Defence” rukomeza imirimo yarwo mu gihe kitarenze amezi cumi n’abiri (12) abarwa uhereye ku itariki iri tegeko ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO Z’INZIBACYUHO, IZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,Ingingo ya 10 : Umutungo wa “Local Defence”,"Umutungo wa “Local Defence” yashyizweho n’itegeko N° 25/2004 ryo kuwa 19/11/2004 rishyiraho kandi rigena imitunganyirize n’imikorere by’urwego rw’abaturage rushinzwe gufasha gucunga umutekano “Local Defence” weguriwe Akarere.",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO Z’INZIBACYUHO, IZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 11: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa ry’iri tegeko ","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO Z’INZIBACYUHO, IZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 12: Ivanwaho ry’itegeko n’ingingo z’amategeko binyuranyije n’iri tegeko ","Itegeko n° 25/2004 ryo kuwa 19/11/2004 rishyiraho kandi rigena imitunganyirize n’imikorere by’urwego rw’abaturage rushinzwe gufasha gucunga umutekano “Local Defence” n’ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho.",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO Z’INZIBACYUHO, IZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 13 : Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa ","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Kigali, kuwa 10/05/2013 ",NA "ITEGEKO N° 26/2013 RYO KUWA 10/05/2013 RISHYIRAHO URWEGO RWUNGANIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE MU GUCUNGA UMUTEKANO (DASSO) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYARWO",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,NA,NA,NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije,"Iri tegeko rigena amahame ngenderwaho, ububasha, inshingano, imitunganyirize n’imikorere bya Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,ngingo ya 2: Isobanura,"(a) “Akarere ka Polisi y’u Rwanda” bivuga ifasi igenwa n’iteka rya Perezida; (b) “amakoraniro yihariye” bivuga ibikorwa bihuza abantu benshi bishobora kuvamo ibikorwa byahungabanya umutekano n’ituze rusange rya rubanda;(c) “amazi nyabagendwa” bivuga amazi magari kandi afite ubujyakuzimu buhagije, yaba ari karemano cyangwa yarahanzwe n’abantu, yemezwa n’urwego rubifitiye ububasha ashobora gukorerwamo ibikorwa byo gutwara abantu n’ibintu cyangwa iby’imyidagaduro hakoreshejwe ubwato; (d) “Intara ya Polisi y’u Rwanda” bivuga ifasi igizwe n’Uturere twa Polisi y’u Rwanda ishyirwaho n’iteka rya Perezida; (e) “intwaro” zikubiyemo imbunda, amasasu, ibikoreshwa byose nk’intwaro ziturika, intwaro za kirimbuzi, izishanyaraza, iz’uburozi, izihumanya cyangwa iz’ubumara n’intwaro za gakondo; (f) “inzira nyabagendwa” bivuga inzira inyuze ku butaka harimo, imihanda minini, imihanda mito, aho abantu benshi bahurira, aho ibinyabiziga bihagarara, inzira n’utuyira two ku muhanda n’ibiraro;(g) “Minisitiri” bivuga Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano; (h) “umuhanda” bivuga inzira yihariye cyangwa ahantu hanyurwa mu cyerekezo cy’urugendo. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 3: Urwego rureberera Polisi y’u Rwanda ","Urwego rureberera Polisi y’u Rwanda ni Minisiteri ifite Polisi y’u Rwanda mu nshingano. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 4: Icyicaro gikuru ,"Icyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda kiri mu Mujyi wa Kigali, Umurwa Mukuru wa Repubulika y’u Rwanda. Gishobora kwimurirwa ahandi hose mu Rwanda byemejwe n’iteka rya Perezida.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 5: Ubwigenge n’ubwisanzure,"Polisi y’u Rwanda ifite ubwigenge n’ubwisanzure mu miyoborere no mu micungire y’abakozi, imari n’umutungo byayo. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 6: Amahame ngenderwaho ,"Polisi y’u Rwanda ikorera abaturage ishingiye ku mahame ngenderwaho akurikira: (a) ubutabera no kubahiriza uburenganzira bwa muntu buteganywa n’Itegeko Nshinga n’andi mategeko; (b) ubwangamugayo; (c) kugira imikoranire myiza n’abaturage; (d) kugaragariza abaturage uburyo yuzuza inshingano zayo.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 7: Ibirango ","(1) Ibirango bya Polisi y’u Rwanda ni ibendera n’ikirangantego. (2) Iteka rya Minisitiri rigena imiterere y’ibendera n’iy’ikirangantego bya Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 8: Ibiranga umupolisi uri mu kazi ","(1) Umupolisi uri mu kazi arangwa no kuba yambaye impunzankano ya Polisi y’u Rwanda kandi afite ikarita y’akazi.(2) Icyakora, umupolisi uri mu kazi utambaye impunzankano ya Polisi y’u Rwanda arangwa n’ikarita y’akazi.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: INSHINGANO ZA POLISI Y’URWANDA N’IMIKORANIRE N’IZINDI NZEGO",NA,Ingingo ya 9: Inshingano ,"Polisi y’u Rwanda ifite inshingano zikurikira: (a) kugenzura ko amategeko yubahirizwa; (b) kubungabunga umudendezo rusange imbere mu Gihugu; (c) kurinda umutekano w’abantu n’ibintu; (d) kugoboka umuntu wese uri mu kaga; (e) gutabara ahabereye icyaha no kurinda umutekano w’ibimenyetso bifite aho bihuriye n’icyaha; (f) kugira uruhare mu bikorwa by’amahugurwa imbere mu Gihugu mubijyanye no kurinda umutekano w’abantu n’ibintu; (g) kugira uruhare mu bikorwa byo kubungabunga amahoro, iby’ubutabazi n’iby’amahugurwa ku rwego mpuzamahanga; (h) gukumira no kurwanya iterabwoba; (i) kurinda umutekano wo ku butaka, uwo mu mazi n’uwo mu kirere; (j) kurinda umutekano wo mu muhanda, uwo mu nzira za gariyamoshi n’uwo mu nzira zo mu mazi nyabagendwa; (k) gukumira, kuburizamo ibyaha no kugenza ibyaha bijyanye n’umutekano wo mu muhanda, uwo mu nzira za gariyamoshi n’uwo mu mazi nyabagendwa; (l) kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko agenga ikirere, imipaka n’amazi; (m)gushyira mu bikorwa amabwiriza yerekeranye no kurinda umutekano; (n) kurwanya inkongi y’umuriro; (o) kugira uruhare mu bikorwa by’ubutabazi mu gihe cy’amakuba, icy’ibiza cyangwa icy’impanuka; (p) gufasha abaturage mu bikorwa byo kwicungira umutekano; (q) kumenyesha abaturarwanda uko umutekano w’abantu n’ibintu wifashe; (r) gufasha mu igenzura ry’iyubahirizwa ry’ibyemezo bigomba kubahirizwa n’uwakatiwe wafunguwe by’agateganyo, uwafunguwe by’agateganyo atarakatirwa, uwafunguwe atanze ingwate, umuntu ukurikiranwa hifashishijwe ikoranabuhanga n’uwakatiwe igihano gisubitswe; (s) gukora indi nshingano yahabwa n’itegeko cyangwa n’urwego rubifitiye ububasha.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 10: Inzego zikorana bya hafi na Polisi y’u Rwanda ","Polisi y’u Rwanda ikorana bya hafi n’inzego zikurikira:(a) izindi nzego zishinzwe kurinda Igihugu n’umutekano; (b) inzego z’ubutabera; (c) inzego z’ubutegetsi; (d) urwego rufite serivisi z’igorora mu nshingano; (e) urwego rushinzwe kunganira ubuyobozi bw’Akarere mu gucunga umutekano; (f) ibigo by’abikorera bitanga serivisi z’umutekano; (g) inzego zo hanze y’Igihugu zifitanye amasezerano y’imikoranire na Polisi y’u Rwanda; (h) izindi nzego zayifasha kugera ku nshingano zayo. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ",NA,Ingingo ya 11: Inzego z’ubuyobozi ,"Inzego z’ubuyobozi za Polisi y’u Rwanda ni izi zikurikira: (a) Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda; (b) Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda; (c) Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya mbere: Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 12: Inshingano z’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","(1) Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ni rwo rwego rukuru ruyiyobora kandi rufata ibyemezo. (2) Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ifite inshingano zikurikira: (a) gutanga umurongo ngenderwaho ugomba gukurikizwa mu kuzuza inshingano za Polisi y’u Rwanda; (b) gusuzuma no gukurikirana imikorere ya Polisi y’u Rwanda; (c) kwemeza iteganyabikorwa ry’igihe kirekire na gahunda y’ibikorwaby’umwaka bya Polisi y’u Rwanda na raporo zijyana na byo; (d) kwemeza imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya Polisi y’u Rwanda no kuyishyikiriza urwego rubifitiye ububasha; (e) kwemeza amategeko ngengamikorere ya Polisi y’u Rwanda; (f) kwemeza urutonde rw’abapolisi basabirwa kwirukanwa mbere yo gushyikirizwa urwego rubifitiye ububasha kugira ngo rubifateho icyemezo; (g) kwemeza abandi bapolisi bashyirwa mu bagize Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda; (h) gusuzuma raporo y’ubugenzuzi bwite bwa Polisi y’u Rwanda ku mikoreshereze n’imicungire by’imari n’umutungo no kuyifataho ibyemezo; (i) kwemeza impano n’indagano; (j) gufata icyemezo ku bindi bintu byose biri mu nshingano za Polisi y’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya mbere: Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","ngingo ya 13: Abagize Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda igizwe n’aba bakurikira: (a) Umuyobozi Mukuru wa Polisi, ari we muyobozi wayo; (b) Abayobozi bakuru bungirije ba Polisi; (c) Abayobozi b’amashuri ya Polisi; (d) Abakomiseri ba Polisi; (e) Abayobozi b’amashami n’imitwe yihariye bya Polisi; (f) ba Komanda b’Intara n’ab’Uturere bya Polisi; (g) abandi bapolisi bemezwa n’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya mbere: Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 14: Umwanditsi w’inama y’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","Umuyobozi w’Ishami rifite imicungire y’abakozi mu nshingano ni we mwanditsi w’inama y’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya mbere: Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 15: Imikorere y’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ","Amategeko ngengamikorere ya Polisi y’u Rwanda agena imikorere y’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda","Ingingo ya 16: Inshingano z’Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda","Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda ifite inshingano zikurikira: (a) gusuzuma no gutanga ibitekerezo ku mushinga w’iteganyabikorwa ry’igihe kirekire n’uwa gahunda y’ibikorwa by’umwaka mbere y’ukobishyikirizwa Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda; (b) gusuzuma no gutanga ibitekerezo ku imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya Polisi y’u Rwanda mbere y’uko ishyikirizwa Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda; (c) gusuzuma no gutanga ibitekerezo ku mushinga w’amategeko ngengamikorere ya Polisi y’u Rwanda; (d) gukurikirana no gufata ibyemezo ku ishyirwa mu bikorwa ry’iteganyabikorwa ry’igihe kirekire na gahunda y’ibikorwa by’umwaka n’iry’imicungire y’abakozi, iy’imari n’iy’umutungo; (e) gusuzuma urutonde rw’abapolisi basabirwa kwirukanwa; (f) gusuzuma ibindi bintu byose birebana n’imikorere ya buri munsi ya Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda","Ingingo ya 17: Abagize Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda ","Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda igizwe n’aba bakurikira: (a) Umuyobozi Mukuru wa Polisi, ari we muyobozi wayo; (b) Abayobozi Bakuru Bungirije ba Polisi; (c) Abayobozi b’Amashuri ya Polisi; (d) Abayobozi b’amashami n’ab’imitwe yihariye bya Polisi; (e) Umuyobozi w’Ibiro by’Umuyobozi Mukuru wa Polisi; (f) abandi bayobozi bashobora kugenwa na Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda","Ingingo ya 18: Umwanditsi w’inama y’Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda.","Umuyobozi w’Ishami rifite amategeko mu nshingano ni we mwanditsi w’inama y’Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda","Ingingo ya 19: Imikorere y’Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda","Amategeko ngengamikorere ya Polisi y’u Rwanda agena imikorere y’Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 3: Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 20: Inshingano za Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ifite inshingano zikurikira: (a) kuyobora no guhuza ibikorwa bya buri munsi bya Polisi y’u Rwanda; (b) gushyira mu bikorwa ibyemezo by’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda; (c) gutegura umushinga w’amategeko ngengamikorere ya Polisi y’u Rwanda no kuwushyikiriza Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda;(d) gutegura umushinga w’iteganyabikorwa ry’igihe kirekire na gahunda y’ibikorwa by’umwaka na raporo y’ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda no kuwushyikiriza Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda; (e) gutegura imbazirizamushinga w’ingengo y’imari no kuyishyikiriza Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda; (f) gutegura umushinga w’imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo; (g) gukurikirana imicungire y’abakozi n’imikoreshereze y’imari n’umutungo; (h) gushyiraho amabwiriza n’uburyo bw’imikorere mu gutunganya inshingano za Polisi y’u Rwanda; (i) gushyiraho no gukurikirana gahunda z’ibikorwa byo guteza imbere imibereho myiza y’umupolisi; (j) gutegura urutonde rw’abapolisi basabirwa kwirukanwa; (k) kugena abandi bapolisi basabirwa kuba mu bagize Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda; (l) gukora indi nshingano yahabwa n’Urwego rubifitiye ububasha ijyanye n’inshingano za Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 3: Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 21: Abagize Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda n’uburyo bashyirwaho ","(1) Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda igizwe n’aba bakurikira: (a) Umuyobozi Mukuru wa Polisi; (b) Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe ibikorwa; (c) Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi ushinzwe ubutegetsi n’abakozi. (2) Abagize Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda bashyirwa mu myanya n’Iteka rya Perezida.(3) Iteka rya Perezida rishobora kandi kugabanya cyangwa kongera umubare w’Abayobozi Bakuru Bungirije ba Polisi rikanagena inshingano zabo. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 3: Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 22: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru wa Polisi ","Umuyobozi Mukuru wa Polisi ayobora Polisi y’u Rwanda yita ku nshingano zikurikira: (a) guhuza ibikorwa bya buri munsi bya Polisi y’u Rwanda; (b) gukurikirana ko umutekano w’abantu n’ibintu wubahirizwa; (c) gutumiza no kuyobora inama y’Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda, inama y’Inama y’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda n’inama ya Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda; (d) gukurikirana ibyerekeye gutegura no gushyira mu bikorwa iteganyabikorwa ry’igihe kirekire na gahunda y’ibikorwa by’umwaka na raporo y’ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda;(e) kugaba abapolisi hakurikijwe amategeko abigenga; (f) gukurikirana ko abapolisi bubahiriza inshingano bahabwa n’amategeko; (g) gukurikirana ko abapolisi barangwa n’imyitwarire myiza; (h) gukora undi murimo ujyanye n’inshingano za Polisi y’u Rwanda yahabwa n’Urwego rubifitiye ububasha.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 3: Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 23: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe ibikorwa","Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe ibikorwa afite inshingano zikurikira: (a) kunganira Umuyobozi Mukuru wa Polisi mu kazi no kumusimbura igihe adahari; (b) gukurikirana imitegurire y’ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda; (c) gukurikirana iyubahirizwa ry’amabwiriza ngenderwaho y’ibikorwa bya Polisi y’u Rwanda; (d) gukurikirana ibikorwa by’ubushakashatsi ku byaha bukorwa na Polisi y’u Rwanda, hagamijwe kubikumira, kubitahura no kubirwanya; (e) gukora undi murimo uri mu nshingano za Polisi y’u Rwanda yahabwa n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 3: Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 24: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe ubutegetsi n’abakozi","Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe ubutegetsi n’abakozi afite inshingano zikurikira: (a) kunganira Umuyobozi Mukuru wa Polisi mu kazi, kumusimbura iyo we n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi ushinzwe ibikorwa badahari;(b) gukurikirana imikorere y’abakozi n’imicungire y’imari n’umutungo bya Polisi y’u Rwanda; (c) gukurikirana ishyirwa mu bikorwa rya politiki, amabwiriza n’imirongo ngenderwaho mu byerekeranye n’icungamari, kubika inyandiko, igenzura n’umutekano w’inyandiko zijyanye na byo hakoreshejwe uburyo bwo kwikorera igenzura na raporo ngarukagihe; (d) gukurikirana iyubahirizwa ry'amategeko agenga imyitwarire muri Polisi y’u Rwanda; (e) gukurikirana gahunda yo kongerera ubushobozi abapolisi n’abandi bakozi ba Polisi y’u Rwanda; (f) gukora undi murimo uri mu nshingano za Polisi y’u Rwanda yahabwa n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 3: Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 25: Irahira ry’abagize Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda","Mbere yo gutangira imirimo, Umuyobozi Mukuru wa Polisi n’Abayobozi Bakuru Bungirije ba Polisi barahirira mu ruhame imbere ya Perezida wa Repubulika indahiro iteganywa n’Itegeko Nshinga. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 3: Komisariya Nshingwabikorwa ya Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 26: Manda y’Umuyobozi Mukuru wa Polisi n’Abayobozi Bakuru bungirije ba Polisi ","(1) Umuyobozi Mukuru wa Polisi n’Abayobozi Bakuru Bungirije ba Polisi bagira manda y’imyaka itanu ishobora kongerwa. (2) Icyakora, Umuyobozi Mukuru wa Polisi n’Abayobozi Bakuru Bungirije ba Polisi bashobora kuva mu myanya yabo manda itararangira no gusimburwa hakurikijwe ibiteganywa na sitati yihariye igenga abapolisi.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 4: Sitati igenga abapolisi, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo imishahara n’ibindi bigenerwa abapolisi ",Ingingo ya 27: Sitati igenga abapolisi ,"Iteka rya Perezida rishyiraho sitati yihariye igenga abapolisi. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: INZEGO Z’UBUYOBOZI ","Icyiciro cya 4: Sitati igenga abapolisi, imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo imishahara n’ibindi bigenerwa abapolisi ","Ingingo ya 28: Imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abapolisi","Imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abapolisi bigenwa hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya mbere: Ububasha bushingiye ku ifasi ","Ingingo ya 29: Ububasha bushingiye ku ifasi ","Polisi y’u Rwanda ifite ububasha mu gihugu hose.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 2: Ububasha bwo kugenzura abantu, ahantu n’ibintu ","Ingingo ya 30: Igenzura ry’ibyangombwa biranga umuntu ","Polisi y’u Rwanda ishobora kugenzura ko umuntu uwo ari we wese uri ku ifasi yaRepubulika y’u Rwanda afite ibyangombwa bimuranga kandi ishobora guhagarika utabifite kugira ngo akorweho ipererereza mu buryo buteganywa n’amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 2: Ububasha bwo kugenzura abantu, ahantu n’ibintu ","Ingingo ya 31: Igenzura ry’ahantu ","Polisi y’u Rwanda ikora igenzura ry’ahantu hose ibona ko ari ngombwa hakurikijwe amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 2: Ububasha bwo kugenzura abantu, ahantu n’ibintu ","Ingingo ya 32: Igenzura ry’ibinyabiziga, ubwato na gari ya moshi","Polisi y’u Rwanda igenzura ibinyabiziga, ubwato na gariyamoshi hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 2: Ububasha bwo kugenzura abantu, ahantu n’ibintu ","Ingingo ya 33: Igenzura ry’intwaro nto n’intambi ","Polisi y’u Rwanda ikora igenzura ry’intwaro nto n’intambi hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 3: Ububasha bwo gutanga impushya ","Ingingo ya 34: Itangwa ry’impushya ","Polisi y’u Rwanda itanga uruhushya rwo –(a) gutunga no kugendana imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo ku muntu udakora mu nzego zibyemererwa n’andi mategeko; (b) gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera; (c) gutwara ikinyabiziga; (d) gukora ikindi cyagenwa n’itegeko. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 4: Ububasha bwo kugota no gusaka",Ingingo ya 35: Igota n’isaka by’ahantu ,"Polisi y’u Rwanda ishobora kugota no gusaka ahantu hagamijwe kubungabunga umutekano, iyo ibona ari ngombwa.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 4: Ububasha bwo kugota no gusaka","Ingingo ya 36: Isaka rigamije kureba ko umuntu adafite icyahungabanya umutekano","(1) Polisi y’u Rwanda isaka umuntu uwo ari we wese iyo bibaye ngombwa(2) Polisi y’u Rwanda ishobora kandi gusaka umuntu ihereye ku myifatire iteye amakenga cyangwa ibindi bimenyetso, iyo – (a) hari impamvu zigaragaza ko afite intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko cyangwa ikindi kintu cyabangamira umutekano w’abaturage; (b) afashwe mu rwego rwo kubungabunga umutekano cyangwa kugenza ibyaha; (c) yitabiriye amakoraniro yihariye bigaragara ko ashobora guhungabanya ituze rusange rya rubanda; (d) ari ahantu hacungiwe umutekano mu buryo bwihariye. (3) Isaka rikorerwa ku mubiri, mu myambaro no mu mitwaro yoroheje by’usakwa rimara igihe kidashobora kurenza isaha imwe. (4) Isaka ryo ku mubiri rikorwa n’umupolisi w’igitsina kimwe n’icy’umuntu usakwa. (5) Icyakora, amategeko ngengamikorere ya Polisi y'u Rwanda ashobora kugena uburyo isaka ryo ku mubiri ryakorwa ukundi. (6) Isaka ryo mu mubiri rikorwa hifashishijwe muganga wemewe na Leta hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 4: Ububasha bwo kugota no gusaka","Ingingo ya 37: Isaka ry’ikinyabiziga, gariyamoshi cyangwa ubwato ","(1) Polisi y’u Rwanda ishobora gusaka ikinyabiziga, gariyamoshi cyangwa ubwato biri ku ifasi ya Repubulika y’u Rwanda, umuyobozi w’ikinyabiziga, umuyobozi wa gariyamoshi, umuyobozi mukuru w’ubwato, umugenzi cyangwa ikindi kintu cyose bitwaye, igendeye ku makuru ifite cyangwa igihe cyose bibaye ngombwa. (2) Isaka rikozwe mu kinyabiziga, muri gariyamoshi cyangwa mu bwato rimara igihe kidashobora kurenza amasaha atandatu kandi ntirigomba urupapuro rw’isaka.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 4: Ububasha bwo kugota no gusaka","Ingingo ya 38: Isaka rigamije kugenzura abantu cyangwa ibintu bica mu gihugu ","(1) Polisi y’u Rwanda ishobora gusaka, nta rupapuro rw’isaka, umuntu, ikinyabiziga, gariyamoshi, ubwato, indege cyangwa ikindi kintu, hagamijwe kugenzura ko nta bantu cyangwa ibintu byanyura ku ifasi ya Repubulika y’u Rwanda bijya cyangwa biva mu mahanga mu buryo budakurikije amategeko. (2) Isaka rivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo rimara igihe kidashobora kurenza amasaha atandatu. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 4: Ububasha bwo kugota no gusaka",Ingingo ya 39: Ibitarebwa n’isaka n’igota,"Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 35, iya 36, iya 37 n’iya 38 z’iri tegeko, isaka n’igota bivugwa muri iki cyiciro ntibireba ibintu, ahantu n’abantu andi mategeko aha uburenganzira bwo kudasakwa.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 5: Ububasha bwo gushyiraho bariyeri, gufata umuntu no gufatira ",Ingingo ya 40: Ishyirwaho rya bariyeri,"Polisi y’u Rwanda ishobora gushyira bariyeri mu muhanda cyangwa mu nzira nyabagendwa, igamije kubungabunga umutekano, gukumira cyangwa gutahura icyaha. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 5: Ububasha bwo gushyiraho bariyeri, gufata umuntu no gufatira ","Ingingo ya 41: Ifata ry’umuntu ukekwaho icyaha, ushakishwa cyangwa uwacitse ","(1) Polisi y’u Rwanda ifata umuntu ukekwaho gukora icyaha, ushakishwa, uwacitse inzego z’umutekano cyangwa iz’ubutabera ibyibwirije cyangwa ibisabwe n’urwego rubifitiye ububasha, ikamushyikiriza ubugenzacyaha. (2) Polisi y’u Rwanda ikora raporo y’ifata rivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo ikayishyikiriza umugenzacyaha mu gihe kitarenze amasaha 24.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 5: Ububasha bwo gushyiraho bariyeri, gufata umuntu no gufatira ","Ingingo ya 42: Ifata ry’umuntu ubangamiye umutekano ","Polisi y’u Rwanda ifata umuntu ubangamiye umutekano, ikamushyikiriza urwego rubifitiye ububasha, hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 5: Ububasha bwo gushyiraho bariyeri, gufata umuntu no gufatira ","Ingingo ya 43: Ifatira ry’ikintu gifite aho gihuriye n’icyaha","gihuriye n’icyaha (1) Polisi y’u Rwanda ishobora gufatira ikintu gifite aho gihuriye n’icyaha, iyo ishyira mu bikorwa inshingano zayo. (2) Iyo Polisi y’u Rwanda ikoze ifatira rivugwa muri iyi ngingo, ibikorera raporo ikayishyikiriza umugenzacyaha mu gihe kitarenze amasaha 24.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 5: Ububasha bwo gushyiraho bariyeri, gufata umuntu no gufatira ","Ingingo ya 44: Ifatira ry’umutungo wimukanwa udafite nyirawo","(1) Polisi y’u Rwanda ifatira umutungo wimukanwa udafite nyirawo, ugacungwa hakurikijwe amategeko abigenga. (2) Iyo ibyafatiriwe ari intwaro, amasasu n’ibindi bijyana na byo, bibikwa ahabugenewe hakurikijwe amategeko agenga imicungire yabyo. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 6: Ububasha bwo kumenyekanisha ibiranga umuntu ushakishwa ","Ingingo ya 45: Imenyekanisha ry’ibiranga umuntu ushakishwa ","Polisi y’u Rwanda ishobora gushyira mu itangazamakuru cyangwa kumenyekanisha mu bundi buryo ibiranga umuntu ushakishwa, hakoreshejwe amafoto, ibishushanyo n’ibindi bisobanuro bya ngombwa.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 7: Ububasha bwo kurinda umutekano wo mu muhanda ","Ingingo ya 46: Ihagarika cyangwa iyobora ry’urujya n’uruza rw’ibinyabiziga mu muhanda ","Umupolisi wambaye impuzankano ya Polisi y’u Rwanda ashobora guhagarika cyangwa kuyobora urujya n’uruza rw’ibinyabiziga mu muhanda, agamije kubungabunga ituze rusange rya rubanda n’umutekano wo mu muhanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 7: Ububasha bwo kurinda umutekano wo mu muhanda ",Ingingo ya 47: Ikumira ry’ikinyabiziga,"Umupolisi wambaye impuzankano ya Polisi y’u Rwanda ashobora kubuza ikinyabiziga kugera ku muhanda cyangwa ku nzira nyabagendwa iyo ari yo yose, iyo bibaye ngombwa. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 8: Ububasha bwo kugenza ibyaha ","Ingingo ya 48: Kugenza ibyaha byerekeye impanuka zo mu muhanda, mu nzira za gariyamoshi, mu nzira zo mu mazi nyabagendwa n’uburyo bwo kubigendamo ","(1) Polisi y’u Rwanda ifite ububasha bwo kugenza ibyaha byerekeye impanuka zo mu muhanda, mu nzira za gariyamoshi mu nzira zo mu mazi nyabagendwa n’uburyo bwo kubigendamo. (2) Umuyobozi Mukuru wa Polisi agena urutonde rw’abapolisi bafite ububasha bwo kugenza ibyaha bivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo. (3) Umupolisi ugenza ibyaha bivugwa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo akora dosiye zijyanye n’ibyaha afitiye ububasha akazishyikiriza ubushinjacyaha.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 9: Ububasha bwo kurinda amakoraniro yihariye","Ingingo ya 49: Kurinda umutekano w’ahabereye amakoraniro yihariye","(1) Polisi y’u Rwanda ifite ububasha bwo kurinda umutekano w’ahabereye amakoraniro yihariye. (2) Umuyobozi wo mu rwego rw’ubutegetsi bubifitiye ububasha amenyesha Polisi y’u Rwanda mu nyandiko uruhushya rwo gukora amakoraniro yihariye yatanze, mu gihe kitari munsi y’amasaha 72 mbere y’uko abarwemerewe bashyira mu bikorwa icyo urwo ruhushya rwatangiwe. (3) Iyo hakozwe amakoraniro yihariye nta ruhushya, Polisi y’u Rwanda ifata ibyemezo bikwiye ikabimenyesha umuyobozi ubifitiye ububasha. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 10: Ububasha bwo gukoresha imbaraga n’imbunda","Ingingo ya 50: Amahame agenga ikoreshwa ry’imbaraga ","(1) Polisi y’u Rwanda ishobora gukoresha imbaraga za ngombwa harimo no kwifashisha ibikoresho byabugenewe kugira ngo yuzuze inshingano zayo.(2) Umupolisi akoresha gusa imbaraga n’uburyo bijyanye n’uburemere bw’amakuba amwugarije cyangwa yugarije abandi, hashingiwe ku biteganywa n’amategeko.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 10: Ububasha bwo gukoresha imbaraga n’imbunda","Ingingo ya 51: Ikoreshwa ry’imbaraga zishobora gutera ibura ry’ubuzima ","(1) Polisi y’u Rwanda ishobora gukoresha imbaraga zishobora kwangiza umutungo, gusenya, gukomeretsa, gutera uburwayi, ubumuga cyangwa ibura ry’ubuzima mu gihe ubundi buryo bwakoreshejwe bikananirana cyangwa mu gihe budashobora gukoreshwa. (2) Umupolisi ashobora gukoresha imbaraga kugira ngo – (a) yirwaneho ku cyago gishobora kumutwara ubuzima cyangwa kumutera igikomere gikabije ku mubiri; (b) akumire ikorwa ry’icyaha cy’ubugome gishobora gutwara ubuzima bw’abantu cyangwa kubatera ibikomere bikabije ku mubiri; (c) akumire ikoreshwa ry’intwaro cyangwa ubundi buryo bishobora gutwara ubuzima bw’abantu cyangwagukoreshwa mu bikorwa by’iterabwoba; (d) afate cyangwa akumire umuntu utoroka akoresheje intwaro cyangwa hari impungenge ko yateza ibura ry’ubuzima cyangwa ibikomere bikabije umupolisi cyangwa abandi bantu aramutse adahise afatwa cyangwa ngo akumirwe; (e) akumire iyangizwa ry’umutungo iyo ubundi buryo budashoboka.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 10: Ububasha bwo gukoresha imbaraga n’imbunda","Ingingo ya 52: Kwinjira ahantu hakoreshejwe imbaraga ","Umupolisi amaze kugisha inama umukuriye kandi atagombye gusenya ibitari ngombwa, ashobora kwinjira ahantu akoresheje imbaraga mu gihe yangiwe kuhinjira, iyo – (a) afite impamvu zifatika zituma akeka ko aho hantu harimo gukorerwa icyaha, cyangwa ko harimo ibyakoreshejwe mu gukora icyaha;(b) agiye gutabara cyangwa kugoboka umuntu uri mu byago; (c) afite impamvu zifatika zituma akeka ko hihishe umuntu wakoze icyaha cyangwa watorotse inzego z’umutekano cyangwa iz’ubutabera. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 10: Ububasha bwo gukoresha imbaraga n’imbunda","Ingingo ya 53: Ikoreshwa ry’imbunda ","(1) Umupolisi yihatira kuzuza inshingano ze adakoresheje imbunda. (2) Icyakora, iyo bibaye ngombwa, umupolisi ashobora gukoresha imbunda mu bihe bikurikira: (a) agiriwe urugomo cyangwa rugiriwe abandi bantu; (b) adashobora kurwana mu bundi buryo ku bantu cyangwa ibintu ashinzwe kurinda; (c) arwanya abantu bitwaje intwaro; (d) agomba gufata abantu bagaragaweho kuba ba ruharwa mu bugizi bwa nabi; (e) ubundi buryo budakoresheje imbunda bwananiranye. (3) Mbere yo gukoresha imbunda, umupolisi agomba gutanga umuburo mu buryo bwumvikana asobanura impamvu agiye gukoresha imbunda kandi akabikora mu gihe gihagije kugira ngo umuburo wumvikane, keretse – (a) iyo gutanga umuburo wumvikana bishobora gushyira umupolisi cyangwa undi muntu mu kaga cyangwa bikaba byamukururira kubura ubuzima; (b) iyo gutanga umuburo mu buryo bwumvikana bidashoboka cyangwa nta cyo bimaze bitewe n’ibikorwa bibera aho.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA IV: UBUBASHA ,"Icyiciro cya 11: Ububasha bwo gufata icyemezo ku nyamaswa idafite uyicunga","Ingingo ya 54: Ifatwa ry’icyemezo ku nyamaswa idafite uyicunga ","Polisi y’u Rwanda ifata icyemezo cya ngombwa ku nyamaswa idafite uyicunga cyangwa isanze mu mwanya utarabigenewemu rwego rwo kurinda umutekano w’abantu n’ibintu.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: ITANGWA RY’AMAPETI MURI POLISI Y’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 55: Ishyirwa ry’abakandida Ofisiye mu cyiciro cy’Abofisiye ","Abarangije amahugurwa y’abakandida Ofisiye bashyirwa mu cyiciro cy’Abofisiye na Perezida wa Repubulika. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: ITANGWA RY’AMAPETI MURI POLISI Y’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 56: Itangwa ry’ipeti rya Police Constable ","Ipeti rya Police Constable ritangwa na Minisitiri.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: ITANGWA RY’AMAPETI MURI POLISI Y’U RWANDA ",NA,"Ingingo ya 57: Izamurwa ku ipeti ryisumbuye ","(1) Umwofisiye azamurwa ku ipeti ryisumbuye na Perezida wa Repubulika. (2) Umusuzofisiye na Police Constable bazamurwa ku ipeti ryisumbuye na Minisitiri. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: ITANGWA RY’AMAPETI MURI POLISI Y’U RWANDA ",NA,Ingingo ya 58: Ibindi byerekeye amapeti,"Ibindi byerekeye amapeti y’abapolisi bigenwa na sitati yihariye igenga abapolisi.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VI: IMARI N’UMUTUNGO ",NA,"Ingingo ya 59: Umutungo wa Polisi y’u Rwanda n’inkomoko yawo ","(1) Umutungo wa Polisi y’u Rwanda ugizwe n’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa. (2) Umutungo wa Polisi y’u Rwanda ukomoka kuri ibi bikurikira: (a) ingengo y’imari igenerwa na Leta; (b) umutungo ukomoka ku mirimo ikora; (c) inyungu zikomoka ku mishinga yayo; (d) inkunga z’abafatanyabikorwa;(e) inguzanyo zihabwa Polisi y’u Rwanda, zemewe na Minisitiri ufite imari mu nshingano; (f) impano n’indagano. Rwanda, zemewe na Minisitiri ufite imari mu nshingano; (f) impano n’indagano.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VI: IMARI N’UMUTUNGO ",NA,"Ingingo ya 60: Umuyobozi Mukuru ushinzwe gucunga imari ya Leta ","Umuyobozi w’Ishami rifite imari mu nshingano ni we Muyobozi Mukuru ushinzwe gucunga imari ya Leta muri Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VI: IMARI N’UMUTUNGO ",NA,Ingingo ya 61: Ingengo y’Imari ,"Polisi y’u Rwanda itegura imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari yayo ya buri mwaka, ikemezwa n’Urwego rubifitiye ububasha.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VI: IMARI N’UMUTUNGO ",NA,"Ingingo ya 62: Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’imari n’umutungo ","(1) Imari n’umutungo bya Polisi y’u Rwanda bikoreshwa kandi bigacungwa hakurikijwe amategeko abigenga. (2) Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo wa Polisi y’u Rwandabuha raporo Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda. (3) Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari ya Leta rugenzura imicungire n’imikoreshereze by’imari n’umutungo bya Polisi y’u Rwanda. (4) Iteka rya Perezida rigena ibikoresho bya Polisi y’u Rwanda bigomba kugirirwa ibanga bijyanye no kurinda umutekano w’Igihugu, n’uko bikorerwa ubugenzuzi. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VII: IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 63: Gutoroka bikozwe n’umwofisiye ","(1) Umwofisiye umaze iminsi cumi n’itanu (15) ikurikiranye atari mu kazi ka Polisi y’u Rwanda nta mpamvu yumvikana, aba akoze icyaha cyo gutoroka. (2) Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe ariko kitarenze imyaka ibiri. (3) Igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka irindwi (7) iyo umwofisiye akoze kimwe muri ibi bikurikira: (a) yarenze imipaka y’u Rwanda; (b) yatorokanye imbunda cyangwa ikindi gikoresho cya Polisi y’u Rwanda; (c) yarengeje amezi atandatu yaratorotse; (d) yagiranye umugambi wo gutoroka n’abapolisi barenze umwe.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VII: IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 64: Gutoroka bikozwe n’utari umwofisiye ","(1) Utari umwofisiye umaze iminsi irenga 15 ikurikiranye atari mu kazi ka Polisi y’u Rwanda nta mpamvu yumvikana, aba akoze icyaha cyo gutoroka. (2) Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu ariko kitarenze umwaka umwe.(3) Igihano kiba igifungo kitari munsi y’imyaka itatu ariko kitarenze imyaka itanu iyo utari umwofisiye akoze kimwe muri ibi bikurikira: (a) yarenze imipaka y’u Rwanda; (b) yatorokanye imbunda cyangwa ikindi gikoresho cya Polisi y’u Rwanda; (c) yarengeje amezi atandatu yaratorotse; (d) yagiranye umugambi wo gutoroka n’abapolisi barenze umwe.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VIII: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 65: Kwinjizwa cyangwa koherezwa mu zindi nzego z’umutekano cyangwa iza Leta ","Kwinjiza umupolisi mu rundi rwego rw’umutekano cyangwa kohereza umupolisi mu rundi rwego rwa Leta byemezwa na Perezida wa Repubulika. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VIII: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 66: Ishyirwa muri Polisi y’u Rwanda ry’umuntu uvuye mu rundi rwego ","Kwinjiza muri Polisi y'u Rwanda umuntu uvuye mu rundi rwego rw’umutekano cyangwa urwa Leta byemezwa na Perezida wa Repubulika. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VIII: INGINGO ZINYURANYE ",NA,Ingingo ya 67: Ubutumwa bw’akazi,"Uburyo abapolisi bajya mu butumwa bw’akazi bugenwa n’amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VIII: INGINGO ZINYURANYE ",NA,Ingingo ya 68: Kwemeza ireka ry’umurimo,"(1) Ireka ry’umurimo ku mupolisi w’umwofisiye ryemezwa na Perezida wa Repubulika. (2) Ireka ry’umurimo ku mupolisi utari umwofisiye ryemezwa na Minisitiri.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VIII: INGINGO ZINYURANYE ",NA,"Ingingo ya 69: Ibindi byerekeye ireka ry’umurimo ","Ibindi byerekeye ireka ry’umurimo wa gipolisi bigenwa na sitati yihariye igenga abapolisi.",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IX: INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 70: Ingingo y’ururimi ","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VIII: INGINGO ZINYURANYE ",NA,Ingingo ya 71: Ingingo ivanaho,"geko n° 46/2010 ryo ku wa 14/12/2010 rigena ububasha, inshingano, imitunganyirize n’imikorere bya Polisi y’u Rwanda nk’uko ryahinduwe kugeza ubu n’izindi ngingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. ",NA "ITEGEKO N° 026/2023 RYO KU WA 17/05/2023 RIGENGA POLISI Y’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VIII: INGINGO ZINYURANYE ",NA,Ingingo ya 72: Gutangira gukurikizwa,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 17/05/2023",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ","Iri tegeko rigenga Urwego Rushinzwe Ubutasi ku Mari rwitwa “FIC” mu magambo ahinnye y’Icyongereza. Rigena kandi intego, inshingano, ububasha, imitunganyirize n’imikorere byarwo.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 2: Ibisobanuro by’amagambo ","Muri iri tegeko, amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1° Inama Mpuzabikorwa: Komite y’Igihugu ishinzwe gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi ishyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga; 2° iyezandonke: a. guhindura, kohereza cyangwa kuba afite umutungo, nyir’ukubikora azi cyangwa ashobora kumenya ko uturuka ku cyaha cyangwa ku gikorwa cyo kugira uruhare mu ikorwa ryacyo; b. guhisha umutungo, kutagaragaza imiterere nyayo yawo, inkomoko yawo, aho ubarizwa, kuwimura, kuwikuraho, kuwutanga, guhisha nyir‘umutungo nyawe cyangwa uwufiteho uburenganzira, nyir’ukubikora azi cyangwa ashobora kumenya ko uwo mutungo ari indonke ituruka ku cyaha cyangwa uturuka ku kugira uruhare mu ikorwa ryacyo; c. kwegukana, gutunga cyangwa gukoresha umutungo uzi cyangwa ushobora kumenya, mu gihe cyo kuwakira, ko uwo mutungo ukomoka ku cyaha cyangwa uturuka ku kugira uruhare mu ikorwa ryacyo; d. kugira uruhare, kwishyira hamwe cyangwa gucura umugambi wo gukora icyaha, ubwinjiracyaha, gufasha, gushuka, gutegera, koroherezacyangwa gutanga inama mu gukora igikorwa icyo ari cyo cyose mu bivugwa mu gace ka a., aka b. n’aka c.; Haba habaye iyezandonke nubwo ibikorwa by ’ibanze biganisha ku kwegukana , kwikuraho cyangwa kohereza umutungo ugamije kwezwa cyangwa gukingira ikibaba uwabikoze byaba byakorewe ku butaka bw ’ikindi gihugu; 3° ubutasi ku mari: igikorwa kigamije kwakira no gusesengura amakuru ku bikorwa by’ihererekanya ry’imari bikemangwa n’andi makuru ajyanye n’iyezandonke n’ibyaha by’ibanze bifitanye isano na yo, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi kugira ngo ibivuye mu isesengura bimenyeshwe inzego bireba; 4° umuryango ufite ubuzimagatozi: isosiyete, koperative, ikigo, umuryango nyarwanda utari uwa Leta, umuryango mvamahanga utari uwa Leta, fondasiyo n’umuryango ushingiye ku myemerere bifite ubuzimagatozi; 5° urutonde rurambuye rw’abashinzwe gutanga amakuru: urutonde rw’abashinzwe gutanga amakuru FIC ikora ishingiye ku bivugwa mu gace ka 6º k’iyi ngingo; 6° ushinzwe gutanga amakuru: a. Banki Nkuru y’u Rwanda; b. ikigo cy’imari; c. isosiyete y’itumanaho itanga serivisi zo guhererekanya amafaranga; d. abavoka, abanoteri n’abandi bakora umwuga ushingiye ku mategeko bigenga, iyo bahagarariye cyangwa bunganira abakiriya babo hanze y’inkiko, by’umwihariko mu rwego rw’ibikorwa bikurikira: i. kugura no kugurisha umutungo utimukanwa; ii. gucunga amafaranga, inyandiko mvunjwafaranga n’indi mitungo by’umukiriya; iii. gucunga konti zo kubikurizaho, konti zo kuzigama cyangwa konti z’inyandiko mvunjwafaranga ; iv. kwegeranya imigabane yo gushinga amasosiyete y’ubucuruzi, gutunganya ibikorwa cyangwa imicungire byayo; v. gushyiraho, gucunga cyangwa kuyobora ibigo bifite ubuzima gatozi cyanngwa amasezerano y’ubwizerane no kugura no kugurisha ibigo by’ubucuruzi; e. umugenzuzi w’imari, umubaruramari n’umujyanama mu by’imisoro; f. uhuza umuguzi n’ugurisha mu mirimo yerekeranye n’imitungo itimukanwa; g. umucuruzi w’ibyuma n’amabuye by’agaciro; h. umuntu ku giti cye, ikigo cyangwa isosiyete y’ubucuruzi bikwirakwiza amafaranga; i. kazino n’ibigo bikoresha tombora zo mu rwego rw’Igihugu; j. imiryango nyarwanda itari iya Leta, imiryango mvamahanga itari iya Leta, fondasiyo n’imiryango ishingiye ku myemerere; k. umuntu utanga serivisi mu masezerano y’ubwizerane no mu masosiyete y’ubucuruzi; l. ufasha mu bucuruzi bw’ibinyabiziga; m. abandi bashobora kugenwa n’Iteka rya Minisitiri ufite imari mu nshingano.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 3: Ubuzimagatozi, ubwigenge n’ubwisanzure ","FIC ifite ubuzimagatozi n’ubwisanzure mu miyoborere no mu micungire y’imari, umutungo n’abakozi byayo. Mu kugera ku ntego no kuzuza inshingano zayo ntihabwa amabwiriza n’urundi rwego.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 4: Urwego rureberera,"Iteka rya Minisitiri w’Intebe rigena urwego rureberera FIC.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 5: Icyicaro ,"Icyicaro cya FIC kiri mu Mujyi wa Kigali, Umurwa Mukuru wa Repubulika y’u Rwanda. Igihe bibaye ngombwa, kwimura icyicaro cya FIC cyangwa gushyiraho amashami yayo ahandi mu Gihugu byemezwa n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA ",NA,Ingingo ya 6: Intego,"FIC ifite intego yo gukora ubutasi ku mari hagamijwe gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi n’ibyaha bifitanye isano na byo.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA ",NA,Ingingo ya 7: Inshingano,"Inshingano za FIC ni izi zikurikira: 1° gukora isesengura ry’imikorere n’isesengura ryimbitse ku makuru y’ibikorwa ku ihererekanya ry’imari bikemangwa yakiriwe no gushyikiriza ibyavuyemo inzego zibishinzwe; 2° guhuza ibikorwa byo gukumira bikorwa n’inzego zose bijyanye no gushyira mu bikorwa itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 3° kugira inama Guverinoma ku birebana na politiki n’ingamba bigamije gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryazo; 4° gutanga inama ku nzego zibifitiye ububasha ku ihindurwa n’ivugururwa ry’amategeko n’amabwiriza ajyanye no gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi, igihe bibaye ngombwa; 5° gushyiraho ibipimo bifasha kumenya ibikorwa by’ihererekanya ry’imari bikemangwa; 6° gutanga amahugurwa n’ubufasha ku kibazo cyose kirebana no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwobano gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 7° gukora ubukangurambaga ku kibazo cyose kijyanye n’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 8° gutegura no gushyiraho uburyo bw’imikorere n’igenzura hagamijwe umutekano n’ibanga by’amakuru abitswe na FIC; 9° gukora isuzuma ry’ingaruka ku rwego rw’Igihugu zaterwa n’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 10°gushyiraho no gucunga ububiko bw’amakuru ashingiye ku mibare no ku nyandiko ku birebana n’ikigero cy’ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 11°gukora ubushakashatsi ku mihindagurikire, tekiniki n’ubwiyongeremu byerekeye iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 12°kugira inama inzego zigenzura imikorere y’abashinzwe gutanga amakuru ku bijyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rikumira kandi rihana iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 13°kugira uruhare mu bikorwa bihuza inzego zitandukanye bigamije gukemura ibibazo biterwa n’ibyaha bimunga ubukungu n’imari ku rwego rw’Igihugu urw’akarere no ku rwego mpuzamahanga; 14°gushyiraho amabwiriza n’imirongo ngenderwaho bigomba gushyirwa mu bikorwa n’abashinzwe gutanga amakuru; 15°gushyiraho amabwiriza no kugenzura abashinzwe gutanga amakuru badafite urwego rubagenzura ruzwi; 16°gushyiraho amabwiriza ashyira mu bikorwa ibyemezo by’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku bijyanye n’ibihano mu by’imari birebana n’iterabwoba no gutera inkunga iterabwoba; 17°gushyiraho amabwiriza ashyira mu bikorwa ibyemezo by’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku bijyanye n’ibihano mu by’imari birebana n’ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi no kuritera inkunga; 18°gutangaza raporo zigaragaza imibare yuzuye, amoko n’imihindagurikire by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi n’amakuru arebana n’ibikorwa byayo; 19°gutangariza abashinzwe gutanga amakuru icyo ivuga ku makuru avuye muri raporo zerekeye ibikorwa bikemangwa, tekiniki zigezweho, uburyo bukoreshwa, imihindagurikire cyangwa ingero z’ibikorwa byabaye by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi ariko izo ngero ntizigaragazwemo amakuru agomba kugirwa ibanga;20°gukora urutonde rurambuye rw’abashinzwe gutanga amakuru no kurutangaza; 21°kugira imikoranire n’inzego, imiryango cyangwa ibigo bikorera ku rwego rw’Igihugu no ku rwego mpuzamahanga mu kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA ",NA,"Ingingo ya 8: Ububasha ","FIC ifite ububasha bukurikira: 1° kugenzura ibikorwa by’ihererekanya ry’imari byagaragajwe ko bikemangwa; 2° kubona amakuru y’imari, ay’ubutegetsi n’ay’inzego zishinzwe iyubahirizwa ry’amategeko; 3° kugera ku makuru koranabuhanga n’andi makuru ari muri seriveri z’abashinzwe gutanga amakuru cyangwa izindi nzego hagamijwe gukora ubutasi ku mari; 4° guhagarika no gufatira umutungo ukemangwa; 5° gutegeka umuntu ufite inyandikompamo n’inyandiko bwite ku bikorwa by’ihererekanya ry’imari kuziyishyikiriza; 6° gutegeka inzego zibishinzwe gutanga amakuru ajyanye n’imitungo y’abantu ku giti cyabo cyangwa ay’umuryango ufite ubuzimagatozi bikekwaho icyaha cy’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi mu rwego rwo gukora ubutasi ku mari; 7° gutanga cyangwa guhererekanya amakuru n’urwego rushinzwe ubutasi ku mari rwo mu kindi gihugu n’izindi nzego zo mu mahanga zifite ububasha bwo kubona amakuru ikeneye iyo bisangiye inshingano yo kugira ibanga ry’akazi; 8° gutegeka abashinzwe gutanga amakuru kuzana andi makuru y’inyongera afasha gusesengura iyo afitanye isano n’amakuru yakiriwe; 9° gushyiraho amabwiriza agena amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ku bashinzwe gutanga amakuru bagenzurwa na yo. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Icyiciro cya mbere: Imitunganyirize ",Ingingo ya 9: Inzego za FIC ,"Inzego za FIC ni izi zikurikira: 1° Ubuyobozi Bukuru; 2° Ubunyamabanga Nshingwabikorwa.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka mbere: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ingingo ya 10: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ni rwo rwego rukuru mu byerekeye imiyoborere no gufata ibyemezo biyifasha kugera ku nshingano zayo. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka mbere: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ingingo ya 11: Abagize Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ubuyobozi Bukuru bwa FIC bugizwe na: 1 º Umuyobozi Mukuru; 2 º Umuyobozi Mukuru Wungirije. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka mbere: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ingingo ya 12: Ishyirwaho ry’Umuyobozi Mukuru n’Umuyobozi Mukuru wungirije","Umuyobozi Mukuru n’Umuyobozi Mukuru Wungirije ba FIC bashyirwaho n’Iteka rya Perezida",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka mbere: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ingingo ya 13: Inshingano z’Ubuyobozi Bukuru ","Ubuyobozi Bukuru bwa FIC bufite inshingano zikurikira: 1 º gufata ibyemezo byose byafasha FIC kugera ku ntego; 2 º kwemeza umushinga w’imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo ya FIC; 3 º kwemeza amabwiriza n’imirongo ngenderwaho byerekeye gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 4 º wemeza amasezerano FIC yagirana n’andi mashami y’ubutasi ku mari yo mu mahanga;5 º kwemeza amategeko ngengamikorere ya FIC; 6 º kwemeza igenamigambi ry’igihe kirekire na gahunda y’ibikorwa bya FIC; 7 º kwemeza imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya FIC no gukurikirana ikoreshwa ry’ingengo y’imari yayo; 8 º kwemeza raporo y’ibikorwa n’imikoreshereze y’imari n’umutungo by’umwaka urangiye; 9 º gushyira mu myanya abakozi ba FIC hakurikijwe amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka mbere: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ingingo ya 14: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru ","Umuyobozi Mukuru wa FIC afite inshingano zikurikira: 1° kuyobora, guhuza no gukurikirana ibikorwa bya FIC; 2° gutumira no kuyobora inama za FIC; 3° gushyira mu bikorwa ibyemezo by’Inama Mpuzabikorwa bijyanye n’inshingano za FIC;4° guhagararira FIC imbere y’amategeko; 5° gutanga ibihano ku bashinzwe gutanga amakuru bagenzurwa na FIC mu gihe batubahirije inshingano zabo; 6° gukurikirana itegurwa ry’amabwiriza n’imirongo ngenderwaho byerekeye gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 7° kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko n’amabwiriza yerekeranye no gukumira iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 8° gushyikiriza inzego ziteganyijwe muri iri tegeko gahunda na raporo y’ibikorwa na raporo y’imikoreshereze y’imari; 9° gukora undi murimo yahabwa n’Ubuyobozi Bukuru uri mu nshingano za FIC. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka mbere: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","ngingo ya 15: Inshingano z’ Umuyobozi Mukuru Wungirije ","Umuyobozi Mukuru Wungirije wa FIC afite inshingano zikurikira: 1º kunganira Umuyobozi Mukuru no kumusimbura igihe adahari; 2º gukurikirana ibikorwa by’ubushakashatsi n’isesengura mu byerekeye gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 3º gukurikirana ibikorwa by’amahugurwa n’ubukangurambaga byerekeye gukumira no kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi; 4º gukusanya no gusesengura amategeko afitanye isano n’inshingano za FIC mu mikorere n’imikoranire yayo ya buri munsi n’izindi nzego; 5º gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo byafashwe n’Ubuyobozi Bukuru bwa FIC;6º gukurikirana itegurwa ry’amategeko ngengamikorere ya FIC; 7º gukurikirana itegurwa ry’amasezerano FIC yagirana n’izindi nzego z’ubutasi ku mari zo mu mahanga; 8º gukora undi murimo yahabwa n’Ubuyobozi Bukuru uri mu nshingano za FIC. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka mbere: Ubuyobozi Bukuru bwa FIC ","Ingingo ya 16: Umushahara n’ibindi bigenerwa Umuyobozi Mukuru n’Umuyobozi Mukuru Wungirije ","Inama y’Abaminisitiri yemeza umushahara n’ibindi bigenerwa Umuyobozi Mukuru n’Umuyobozi Mukuru Wungirije ba FIC.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka 2: Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC ","Ingingo ya 17: Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC ","Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC bugizwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa n’abandi bakozi ba FIC.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka 2: Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC ","Ingingo ya 18: Ishyirwaho ry’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FIC ","Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FIC ashyirwaho n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka 2: Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC ","Ingingo ya 19: Inshingano z’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FIC ","Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FIC afite inshingano zikurikira: 1° gukurikirana no guhuza ibikorwa bya buri munsi by’Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC; 2° gutegura imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya FIC; 3° gucunga ingengo y’imari n’umutungo bya FIC; 4° gutegura raporo ku mikoreshereje y’imari n’umutungo bya FIC; 5° gushaka abakozi ba FIC hakurikijwe amategeko abigenga; 6° gukurikirana imikorere n’imicungire by’abakozi ba FIC; 7° kuba umwanditsi w’inama z’Ubuyobozi Bukuru bwa FIC; 8° gutegura igenamigambi ry’igihe kirekire, gahunda na raporo y’ibikorwa bya FIC; 9° gutegura umushinga w’amategeko ngengamikorere ya FIC; 10°gukora undi murimo yahabwa n’Ubuyobozi Bukuru uri mu nshingano za FIC. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka 2: Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC ","Ingingo ya 20: Umushahara n’ibindi bigenerwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa ","Inama y’Abaminisitiri yemeza umushahara n’ibindi bigenerwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FIC.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka 2: Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC ","Ingingo ya 21: Imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo ","Iteka rya Minisitiri w’Intebe rigena imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo ya FIC. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE","Akiciro ka 2: Ubunyamabanga Nshingwabikorwa bwa FIC ","Ingingo ya 22: Ishyirwaho ry’abakozi ba FIC ","Abakozi ba FIC bashyirwaho kandi bagacungwa hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 23: Imikorere y’inzego za FIC ","Amategeko ngengamikorere ya FIC ateganya uburyo bw’imikorere n’imikoranire by’inzego zayo.",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE, IMIKORERE N’IMIKORANIRE",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 24: Imikoranire ya FIC n’abashinzwe gutanga amakuru n’izindi nzego ","Mu gushyira mu bikorwa inshingano zayo, hagamijwe guhererekanya amakuru ku byerekeye kurwanya ibyaha by’iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi, FIC ikorana n’abashinzwe gutanga amakuru n’izindi nzego zikurikira: 1º inzego z’umutekano, iz’ubutabera n’iz’ubutegetsi z’imbere mu Gihugu; 2º inzego zo mu karere no ku rwego mpuzamahanga bahuje inshingano; 3º urundi rwego FIC yasanga ari ngombwa. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI ",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 25: Umutungo n’inkomoko yawo ","Umutungo wa FIC ugizwe n’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa. Umutungo wa FIC ukomoka kuri ibi bikurikira: 1° ingengo y’imari ya Leta; 2° inkunga yaba iya Leta cyangwa iy’abafatanyabikorwa; 3° inguzanyo ihabwa FIC yemewe na Minisitiri ufite imari mu nshingano; 4° impano n’indagano. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI ",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,Ingingo ya 26: Ingengo y’imari ,"FIC itegura imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari yayo ya buri mwaka ikemezwa n’urwego rubifitiye ububasha. Ingengo y’imari ya FIC ikoreshwa hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI ",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 27: Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo ","Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo wa FIC bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. Ubugenzuzi bwite muri FIC bukora ubugenzuzi ku buryo buhoraho bugaha raporo Umuyobozi Mukuru wa FIC, bukagenera kopi Umunyamabanga Nshingwabikorwa. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI ",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 28: Raporo y’umwaka w’ibaruramari ","Umuyobozi Mukuru ashyikiriza urwego rureberera FIC raporo y’umwaka w’ibaruramari hakurikijwe amategeko agenga imicungire y’imari n’umutungo bya Leta mu gihe kitarenze amezi atatu (3) akurikira impera z’umwaka w’ibaruramari. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,UMUTWE WA V: INGINGO ZISOZA,Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 29: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko","Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw’Icyongereza, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI ",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 30: Ingingo izigama n’ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko ","Uretse ingingo ya 2 y’itegeko n° 74/2019 ryo ku wa 29/01/2020 rishyiraho Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari, izindi ngingo zaryo zose n’ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho. ",NA "ITEGEKO N° 045/2021 RYO KU WA 18/08/2021 RIGENGA URWEGO RUSHINZWE UBUTASI KU MARI ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI ",Icyiciro cya 2: Imikorere n’imikoranire ,"Ingingo ya 31: Igihe iri tegeko ritangirira gukurikizwa ","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 18/08/2021",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije,"Iri tegeko rishyiraho Ihahiro ry’Inzego z’u Rwanda zishinzwe Kurinda Igihugu n’Umutekano. Rigena kandi inshingano, imitunganyirize n’imikorere byaryo. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 2: Ishyirwaho ","(1) Hashyizweho Ihahiro ry’Inzego z’u Rwanda zishinzwe Kurinda Igihugu n’Umutekano ryitwa “AFOS” muri iri tegeko. (2) AFOS ni urwego rwihariye. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 3: Abagenerwabikorwa ","(1) Abagenerwabikorwa ba AFOS ni aba bakurikira: (a) umugenerwabikorwa w’ibanze ari we ugize Ingabo z’u Rwanda, Polisi y’u Rwanda, Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora; (b) uwashyingiranywe n’umugenerwabikorwa w’ibanze mu buryo bwemewe n’amategeko y’u Rwanda; (c) umwana umugenerwabikorwa w’ibanze yabyaranye n’uwo bashyingiranywe mu buryo bwemewe n’amategeko y’u Rwanda; (d) umwana umugenerwabikorwa w’ibanze yemeye cyangwa yagize uwe ataramubyaye hakurikijwe amategeko y’u Rwanda. (2) Amabwiriza ya Minisitiri ufite kurinda Igihugu mu nshingano agaragaza mu buryo burambuye ibijyanye n’umwana uvugwa muri iyi ngingo. (3) Iteka rya Minisitiri ufite kurinda Igihugu mu nshingano rishobora kugena abandi bagenerwabikorwa b’ibanze ba AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 4: Ubuzimagatozi n’ubwisanzure,"AFOS ifite ubuzimagatozi n’ubwisanzure mu miyoborere no mu micungire y’imari, umutungo n’abakozi byayo.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingoya 5: Urwego rureberera AFOS ","Urwego rureberera AFOS ni Minisiteri ifite kurinda Igihugu mu nshingano",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 6: Icyicaro,"(1) Icyicaro cya AFOS kiri mu Mujyi wa Kigali. Gishobora kwimurirwa ahandi mu Rwanda igihe bibaye ngombwa, byemejwe n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. (2) AFOS ishobora kugira amashami ahandi mu Gihugu, bibaye ngombwa, kugira ngo igere ku ntego yayo byemejwe n’Inama y’Ubuyobozi.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA ",NA,Ingingo ya 7: Intego,"AFOS ifite intego yo guteza imbere imibereho myiza y’abagenerwabikorwa.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA ",NA,"Ingingo ya 8: Inshingano ","AFOS ifite inshingano zikurikira: (a) kugura ibicuruzwa mu gihugu cyangwa mu mahanga no kubigurisha abagenerwabikorwa bisonewe imisoro n’amahoro; (b) korohereza abagenerwabikorwa guhahira hafi y’aho bakorera cyangwa batuye; (c) gucunga umutungo n’imari byayo",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA ",NA,"Ingingo ya 9: Ububasha ","AFOS ifite ububasha bukurikira: (a) kugirana amasezerano n’abafatanyabikorwa b’imbere mu gihugu cyangwa bo mu mahanga igamije kuzuza inshingano zayo; (b) gushora imari; (c) kugura cyangwa kugurisha umutungo cyangwa serivisi; (d) gushaka abakozi hakurikijwe amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE","Icyiciro cya mbere: Inzego za AFOS "," Ingingo ya 10: Inzego z’ubuyobozi ","Inzego z’ubuyobozi za AFOS ni – (a) Inama y’Ubuyobozi; (b) n’Ubuyobozi Bukuru",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 11: Abagize Inama y’Ubuyobozi na manda yabo ","(1) Inama y’Ubuyobozi ya AFOS igizwe n’abantu icyenda bashyirwaho n’Iteka rya Perezida barimo Perezida na Visi-Perezida. (2) Abagize Inama y’Ubuyobozi bagira manda y’imyaka itanu ishobora kongerwa.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 12: Inshingano z’Inama y’Ubuyobozi","Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ifite inshingano zikurikira: (a) kwemeza abandi bagize Ubuyobozi Bukuru bwa AFOS, uretse abashyirwaho n’Iteka rya Perezida; (b) gutanga umurongo ngenderwaho ugomba gukurikizwa n’Ubuyobozi Bukuru bwa AFOS no gukurikirana imikorere yabwo; (c) kwemeza iteganyabikorwa ry’igihe kirekire na gahunda y’ibikorwa y’umwaka bya AFOS imaze kugisha inama urwego rureberera AFOS; (d) kwemeza amategeko ngengamikorere ya AFOS; (e) kwemeza ingengo y’imari ya buri mwaka ya AFOS no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo; (f) kwemeza umushinga w’imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi ba AFOS, imaze kugisha inama urwego rureberera AFOS,Minisiteri ifite imari mu nshingano na Minisiteri ifite abakozi n`umurimo mu nshingano; (g) kugeza ku rwego rureberera AFOS ibitekerezo ku mihindukire y’urutonde rw’ibyo abagenerwabikorwa bemerewe hagamijwe guteza imbere imibereho myiza yabo; (h) gushyiraho ingamba no kwemeza ibikorwa bigamije kongera umutungo wa AFOS imaze kugisha inama urwego rureberera AFOS na Minisiteri ifite imari mu nshingano; (i) gushyiraho komite zo gushyira mu bikorwa inshingano zihariye; (j) gusinyana amasezerano y’imihigo n’Urwego rureberera AFOS; (k) kwemeza impano n’indagano hakurikijwe amategeko abigenga; (l) kwemeza raporo y’ibikorwa, iy’imikoreshereze y’umutungo n’imari bya AFOS ya buri gihembwe n’iy’umwaka no kuzishyikiriza urwego rureberera AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,Ingingo ya 13: Ububasha bw’Inama y’Ubuyobozi,"Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ni rwo rwego rukuru rushinzwe imiyoborere n’ifatwa ry’ibyemezo. Ifite ububasha bwo gufata ibyemezo mu byerekeye ubuyobozi, abakozi n’umutungo bya AFOS kugira ngo AFOS ishobore kugera ku ntego yayo.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 14: Inshingano za Perezida w’Inama y’Ubuyobozi ","Perezida w’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS afite inshingano zikurikira: (a) gutumiza no kuyobora inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS no guhuza ibikorwa byayo; (b) gushyikiriza inyandikomvugo z’inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS urwego ruyireberera; (c) gushyikiriza raporo za AFOS zemejwe n’Inama y’Ubuyobozi urwego ruyireberera; (d) gukurikirana ishyirwa mu bikorwary’ibyemezo by’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (e) gushyira umukono ku masezerano y’imihigo hagati ya AFOS n’Urwego ruyireberera; (f) gukora undi murimo yahabwa n’Inama y’Ubuyobozi uri mu nshingano za AFOS. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 15: Inshingano za Visi Perezida w’Inama y’Ubuyobozi ","Visi Perezida w’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS afite inshingano zikurikira: (a) kunganira Perezida w’Inama y’Ubuyobozi no kumusimbura igihe adahari; (b) gukora undi murimo yahabwa n’Inama y’Ubuyobozi uri mu nshingano za AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 16: Ibitabangikanywa no kuba mu bagize Inama y’Ubuyobozi","(1) Uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ntiyemerewe gukora umurimouhemberwa muri AFOS. (2) Uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ntiyemerewe kandi, haba ku giti cye cyangwa amasosiyete afitemo imigabane, gupiganira amasoko atangwa na AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 17: Impamvu zituma uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ava muri uwo mwanya n’uko asimburwa ","(1) Uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ava kuri uwo mwanya iyo – (a) manda ye irangiye; (b) yeguye hakoreshejwe inyandiko; (c) atagishoboye kuzuza inshingano ze kubera uburwayi cyangwa ubumuga, byemejwe na muganga wemewe na Leta; (d) asibye inama inshuro eshatu zikurikirana nta mpamvu zifite ishingiro; (e) akatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirengeje ameziatandatu; (f) atacyujuje ibyashingiweho ashyirwa muri uwo mwanya; (g) cyangwa apfuye. (2) Iyo umwe mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS avuye mu mwanya mbere y’uko manda ye irangira, urwego rubifitiye ububasha rushyiraho umusimbura, akarangiza igihe gisigaye kuri manda y’uwo asimbuye. Icyakora, iyo hasigaye igihe kitarenze amezi atandatu ngo manda irangire, kandi kuva mu mwanya kwe kudatuma habura umubare wa ngombwa kugira ngo Inama y’Ubuyobozi iterane, uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS wavuye mu mwanya ntasimbuzwa. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,Ingingo ya 18: Kumenyekanisha abagize Inama y’Ubuyobozi bagiye kurangiza manda,"Iyo abagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS bagiye kurangiza manda, Umuyobozi Mukuru wayo abimenyesha mu nyandiko urwego rureberera AFOS, hasigaye nibura iminsi 90 ngo manda irangire. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 19: Itumizwa n’iterana by’inama y’Inama y’Ubuyobozi n’ifatwa ry’ibyemezo","(1) Inama isanzwe y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS iterana rimwe mu gihembwe itumijwe na Perezida wayo cyangwa Visi-Perezida, igihe Perezida adahari. (2) Ubutumire bukorwa mu nyandiko ishyikirizwa abagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS hasigaye nibura iminsi 15 ngo inama iterane. (3) Inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ishobora kandi guterana mu nama idasanzwe igihe cyose bibaye ngombwa, bisabwe na Perezida wayo cyangwa bisabwe nibura na kimwe cya gatatu cy’abayigize. Itumizwa mu nyandiko hasigaye nibura iminsi itatu ngo iterane. Iyo hari ibyihutirwa icyo gihe gishobora kutubahirizwa. Inama idasanzwe isuzuma gusa ibiteganyijwe ku murongo w’ibyigwa. (4) Umubare wa ngombwa kugira ngo inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS iterane ni bibiri bya gatatu by’abayigizeIcyakora, iyo itashoboye guterana kubera kubura umubare wa ngombwa, itumizwa ubwa kabiri, igaterana hatitawe ku mubare wa ngombwa. (5) Inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ifata ibyemezo ku bwumvikane busesuye. Iyo bidashobotse, ibyemezo bifatwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abayigize bahari. (6) Umuyobozi Mukuru wa AFOS yitabira inama z’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ariko ntari mu bafata ibyemezo. (7) Umuyobozi Mukuru wa AFOS ahezwa mu nama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ku ngingo y’ikibazo kimwerekeye.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 20: Umwanditsi w’inama y’Inama y’Ubuyobozi","(1) Umuyobozi Mukuru wa AFOS ni we mwanditsi w’inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS. (2) Iyo Umuyobozi Mukuru wa AFOS ahejwe mu nama y’Inama y’Ubuyoboziya AFOS ku ngingo y’ikibazo kimwerekeye, abagize Inama y’Ubuyobozi bitabiriye inama bitoramo umwanditsi. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 21: Itumira ry’undi muntu mu nama y’Inama y’Ubuyobozi","(1) Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ishobora gutumira mu nama yayo umuntu wese isanga ashobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. (2) Uwatumiwe witabiriye inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ntiyemerewe – (a) gutora no gukurikirana iyigwa ry’izindi ngingo ziri ku murongo w’ibyigwa; (b) no kumena ibanga ry’ibyavugiwe mu nama.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 22: Iyemezwa ry’ibyemezo by’inama y’Inama y’Ubuyobozi n’iry’inyandikomvugo yayo ","(1) Ibyemezo by’inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS bishyirwaho umukono n’abayigize bitabiriye inama ikirangira, kopi yabyo ikohererezwa urwego rureberera AFOS mu gihe kitarenze iminsi itanu y’akazi. (2) Umuyobozi w’urwego rureberera AFOS atanga ibitekerezo ku byemezo by’inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS mu gihe kitarenze iminsi 15 uhereye ku munsi abishyikirijweho. Iyo icyo gihe kirenze nta cyo abivuzeho, ibyemezo by’inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS biba byemejwe burundu. (3) Inyandikomvugo y’inama y’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ishyirwaho umukono n’umuyobozi w’inama n’umwanditsi wayo, ikemezwa mu nama ikurikira. Kopi y’inyandikomvugo yohererezwa urwego rureberera AFOS mu gihe kitarenze iminsi 15 uhereye umunsi yemerejweho. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 23: Inyungu bwite ku ngingo isuzumwa ","(1) Iyo uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS afite inyungu bwite iziguye cyangwa itaziguye ku ngingo isuzumwa, ahita abimenyesha Inama y’Ubuyobozi, akanagaragaza aho ishingiye. (2) Uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS wayimenyesheje inyungu afite ku ngingo isuzumwa ahezwa mu nama mu gihe cyo gusuzuma iyo ngingo. (3) Iyo bigaragaye ko benshi cyangwa bose mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS bafite inyungu bwite iziguye cyangwa itaziguye ku ngingo isuzumwa ku buryo bidashoboka gufata icyemezo kuri iyo ngingo, Inama y’Ubuyobozi ihita ishyikiriza iyo ngingo urwego rureberera AFOS, rukayifataho icyemezo mu gihe cy’iminsi 30. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 24: Uburyozwe bw’abagize Inama y’Ubuyobozi ","Bitabangamiye ibiteganywa n’amategekoahana, abagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS bagize uruhare mu micungire mibi ya AFOS cyangwa bayiteje igihombo umwe ku giti cye cyangwa bose hamwe, baryozwa amakosa bakoze, uretse uri mu bagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS wagaragaje mu nama ko atemera icyemezo cyafashwe, bikandikwa mu nyandikomvugo y’inama y’uwo munsi. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 25: Ibigenerwa abagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ","Iteka rya Perezida rigena ibigenerwa abagize Inama y’Ubuyobozi ya AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 3: Ubuyobozi Bukuru,"Ingingo ya 26: Inshingano z’Ubuyobozi Bukuru bwa AFOS","Ubuyobozi Bukuru bufite inshingano zikurikira: (a) guhuza ibikorwa bya buri munsi bya AFOS; (b) gushyira mu bikorwa ibyemezo by’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (c) gushaka no gucunga abakozi ba AFOS; (d) gucunga imari n’umutungo bya AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 27: Abagize Ubuyobozi Bukuru ","(1) Ubuyobozi Bukuru bwa AFOS bugizwe n’aba bakurikira: (a) Umuyobozi Mukuru; (b) Umuyobozi Mukuru Wungirije; (c) abakozi bakuru ba AFOS bemezwa n’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (2) Ubuyobozi Bukuru bwa AFOS bwunganirwa n’abakozi ba AFOS bashyirwaho hakurikijwe amategeko abigenga. Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo ya AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 28 : Inshingano z’Umuyobozi Mukuru ","Umuyobozi Mukuru wa AFOS afite inshingano zikurikira: (a) gukurikirana no guhuza ibikorwa bya buri munsi bya AFOS; (b) gutegura iteganyabikorwa ry’igihe kirekire na gahunda y’ibikorwa y’umwaka no kubishyikiriza Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (c) gutegura no gutanga raporo z’ibikorwa bya AFOS ku Nama y’Ubuyobozi ya AFOS; (d) gutegura raporo y’ibikorwa n’iy’imikoreshereze y’imari n’umutungo bya AFOS ya buri gihembwe n’iy’umwaka no kuzishyikiriza Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (e) gutegura umushinga w’amategeko ngengamikorere ya AFOS no kuwushyikiriza Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (f) gutegura umushinga w’ingengo y’imari ya buri mwaka ya AFOS no kuwushyikiriza Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (g) gushyira mu bikorwa ingengo y’imari ya AFOS; (h) gucunga imari n’umutungo bya AFOS; (i) gucunga abakozi ba AFOS; (j) gutegura umushinga w’imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo, umushinga w’imishahara n’ibindi bigenerwa abakozi ba AFOS no kubishyikiriza Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (k) gushyira umukono ku masezerano AFOS igirana n’abafatanyabikorwa bayo; (l) guhagararira AFOS imbere y’amategeko; (m) gushyira mu bikorwa ibyemezo by’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS; (n) gushyira mu bikorwa ingamba zo kongera umutungo wa AFOS; (o) gukora undi murimo yahabwa n’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ujyanye n’inshingano za AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 29: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru Wungirije ","(1) Umuyobozi Mukuru Wungirije wa AFOS afite inshingano yo kunganira Umuyobozi Mukuru n'iyo kumusimbura igihe adahari. (2) By’umwihariko Umuyobozi Mukuru Wungirije ashinzwe ibi bikurikira: (a) gukurikirana ko abagenerwabikorwa ba AFOS bahabwa serivisi inoze; (b) gukurikirana uko abagenerwabikorwa bafite ibibazo byihariye bitabwaho; (c) kwita ku iterambere ry’abakozi ba AFOS; (d) gukora undi murimo yahabwan’Inama y’Ubuyobozi ya AFOS ujyanye n’inshingano za AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA III: IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 30: Ibitabangikanywa no kuba mu bagize Ubuyobozi Bukuru","Uri mu bagize Ubuyobozi Bukuru bwa AFOS ntiyemerewe, haba ku giti cye, cyangwa amasosiyete afitemo imigabane, gupiganira amasoko atangwa na AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI,NA,"Ingingo ya 31: Umutungo n’imari bya AFOS n’inkomoko yabyo ","(1) Umutungo wa AFOS ugizwe n’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa. (2) Umutungo n’imari bya AFOS bikomoka kuri ibi bikurikira: (a) inkunga ya Leta cyangwa iz’abafatanyabikorwa; (b) ibituruka ku mirimo ikora; (c) inyungu z’ibikomoka ku mutungo wayo;(d) inguzanyo zihabwa AFOS zemewe na Minisitiri ufite imari mu nshingano; (e) n’impano n’indangano. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ",UMUTWE WA IV: UMUTUNGO N’IMARI,Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 32: Imikoreshereze, imicungire n’ubugenzuzi by’umutungo n’imari ","(1) Imikoreshereze, imicungire n’ubugenzuzi by’umutungo n’imari bya AFOS bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. (2) Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry’imikoreshereze y’umutungo n’imari bya AFOS buha raporo Inama y’Ubuyobozi ya AFOS bugaha kopi Umuyobozi Mukuru wa AFOS.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA ",Icyiciro cya 2: Inama y’Ubuyobozi,"Ingingo ya 33: Isonerwa ry’imisoro n’amahoro ","Kugira ngo ishobore kugera ku ntego yayo, AFOS isonerwa imisoro n’amahoro ku bicuruzwa bigenwa n’Iteka rya Minisitiri ufite imisoro n’amahoro mu nshingano. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 34: Imikorere n’imikoranire by’inzego za AFOS ","Amategeko ngengamikorere ya AFOS ateganya imikorere n’imikoranire by’inzego zayo",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 36: Ingingo y’ururimi ","Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw’Icyongereza, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,Ingingo ya 37: Ingingo ivanaho,"Itegeko n° 34/2012 ryo ku wa 03/09/2012 rishyiraho Ihahiro ry’Ingabo z’u Rwanda naPolisi y’u Rwanda rikanagena inshingano, imiterere n’imikorere byaryo rivanyweho. ",NA "ITEGEKO N° 051/2024 RYO KU WA 07/06/2024 RISHYIRAHO IHAHIRO RY’INZEGO Z’U RWANDA ZISHINZWE KURINDA IGIHUGU N’UMUTEKANO"," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO: ","UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA ",NA,Ingingo ya 38: Gutangira gukurikizwa,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Agaciro karyo gahera ku wa 08/06/2022. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere : Icyo iri tegeko rigamije,"Iri tegeko rigena inshingano, imitunganyirize n’ububasha by’Ingabo z’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 2 : Isobanura,"(a) « gusubiza mu buzima busanzwe» bivuga igikorwa cyo kuvana mu Ngabo z’u Rwanda bamwe mu basirikare binjijwe ari benshi kubera impamvu zihutirwa z’umutekano w’Igihugu, nyuma y’uko izo mpamvu zivuyeho; (b) « kugabanya umubare w’abagize ingabo » bivuga igikorwa cyo kugabanya umubare w’abasirikare bagize ingabo z’u Rwanda mu bihe bisanzwe hashingiwe ku cyemezo cy’ubuyobozi bubifitiye ububasha; (c) « ikosa rikomeye » bivuga igikorwa cyakozwe, ikitakozwe cyangwa imyitwarire mibi ikabije hashingiwe ku buremere cyangwa uburyo byakozwemo, byangiza isura y’Igihugu n’iy’Ingabo z’u Rwanda by’umwihariko, cyangwa ikindi gikorwa kibangamira ituze rusange rya rubanda; (d) « Minisitiri » bivuga Minisitiri ufite kurinda Igihugu mu nshingano; (e) « Ingabo z’Inkeragutabara » bivuga icyiciro cy’Ingabo z’u Rwanda kigizwe n’abasirikare bakora akazi ka gisirikare ku buryo buhoraho n’abandi badakora akazi ka gisirikare ku buryo buhoraho, ariko bashobora kwitabazwa igihe cyose bibaye ngombwa.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 3 : Inyito ,"Ingabo z’u Rwanda ni ingabo z’Igihugu z’umwuga, zitwa “RDF” mu magamboahinnye y’Icyongereza. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 4 : Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda ","Icyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda kiri mu Murwa Mukuru wa Repubulika y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 5 : Kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda, kuzamurwa mu ntera no gushyirwa mu mwanya ","(1) Umunyarwanda wese ubishaka ashobora kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda iyo yujuje ibisabwa na sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda. (2) Kuzamurwa mu ntera no gushyirwa mu mwanya k’umusirikare bigenwa na sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda. (3) Iteka rya Perezida rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 6 : Indahiro y’Ingabo z’u Rwanda ","Mukuru w’Ingabo, Umugaba Mukuru w’Ingabo Wungirije, Abagaba b’Ingabo, Umugenzuzi Mukuru n’Abagaba b’Ingabo Bungirije barahirira mu ruhame imbere ya Perezida wa Repubulika indahiro y’abayobozi iteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. (2) Sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda igena uburyo abandi basirikare barahira.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 7 : Itangwa ry’amabwiriza mu Ngabo z’u Rwanda ","Amabwiriza yose atangwa mu Ngabo z’u Rwanda anyuzwa mu ruhererekane rw’ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda uko bugenda burutana kuva ku muyobozi mukuru ujya ku muto. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ","Icyiciro cya mbere : Inshingano n’ububasha ",Ingingo ya 8 : Inshingano,"(1) Ingabo z’u Rwanda zifite inshingano zikurikira : (a) kurinda ubusugire n’ubwigenge bya Repubulika y’u Rwanda; (b) gukorana n’inzego zishinzwe umutekano mu kubumbatira no kugarura ituze rusange rya rubanda no kubahiriza amategeko; (c) gufasha mu bikorwa by’ubutabazi igihe cyose bibaye ngombwa; (d) gutanga umusanzu mu iterambere ry’Igihugu; (e) kugira uruhare mu bikorwa byo kubungabunga amahoro, iby’ubutabazi n’iby’amahugurwa byo mu rwego mpuzamahanga. (2) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ashobora kugena izindi nshingano z’Ingabo z’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ","Icyiciro cya mbere : Inshingano n’ububasha ",Ingingo ya 9: Ububasha,"Ingabo z’u Rwanda zifite ububasha bwo gukoresha imbaraga za gisirikare n’ubundi buryo bikenewe mu kurinda Igihugu hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 10 : Ibyiciro by’Ingabo z’u Rwanda ","(1) Ingabo z’u Rwanda zigizwe n’ibyiciro bikurikira : (a) Ingabo zirwanira ku butaka; (b) Ingabo zirwanira mu Kirere; (c) Ingabo zishinzwe Ubuzima; (d) n’Ingabo z’Inkeragutabara. (2) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ashobora gushyiraho ikindi cyiciro cy’Ingabo z’u Rwanda. (3) Iteka rya Perezida rigena imitunganyirize, inshingano n’imikorere bya buri cyiciro cy’Ingabo z’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 11: Ishyirwaho ry’umutwe w’ingabo ","(1) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ni we ushyiraho umutwe mu Ngabo z’u Rwanda abyibwirije cyangwa abisabwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. (2) Umutwe w’Ingabo ni itsinda ryose ryemewe mu Ngabo z’u Rwanda kuva ku rwego rwa Batayo cyangwa iringana na yo kugeza ku rwego rwa Diviziyo cyangwa iringana na yo. (3) Buri musirikare mu Ngabo z’u Rwanda agira umutwe w’ingabo abarizwamo. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 12 : Abagize Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda ","Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bugizwe n’aba bakurikira : (a) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda; (b) Minisitiri; (c) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda; (d) Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Wungirije; (e) Abagaba b’Ingabo; (f) Umugenzuzi Mukuru; (g) Abagaba b’Ingabo Bungirije. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 13 : Ububasha bw’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ","Haseguriwe ibiteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda afite ububasha bukurikira : (a) gushyira abarangije amahugurwa y’ibanze y’Abakandida Ofisiye mu cyiciro cy’Abofisiye ku ipeti rya suliyetena; (b) kuzamura mu ntera Abofisiye n’Abasirikare batari Abofisiye b’Ingabo z’u Rwanda; (c) gushyira mu myanya AbofisiyeJenerali n’Abofisiye Bakuru b’Ingabo z’u Rwanda; (d) gutanga imidari n’impeta by’ishimwe ku basirikare; (e) kwemeza iyoherezwa, ihanahana, n’iyimurirwa ry’ibikoresho bya gisirikare, ikoranabuhanga n’amahugurwa ajyanye na byo, byoherezwa mu gihugu icyo ari cyo cyose cy’inshuti mu rwego rw’ubucuruzi n’ubutwererane mpuzamahanga. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,Ingingo ya 14 : Inshingano za Minisitiri,"Minisitiri ashinzwe itegurwa n’imenyekanisha bya politiki, amategeko, ingamba na gahunda bigamije guteza imbere Ingabo z’u Rwanda n’ishyirwa mu bikorwa ryabyo. Ashinzwe kandi kureberera inzego n’ibigo by’Ingabo z’u Rwanda bishamikiye kuri Minisiteri y’Ingabo. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 15 : Inshingano z’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda","Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (a) ibikorwa n’ubuyobozi by’Ingabo z’u Rwanda muri rusange; (b) guha amabwiriza Ingabo z’u Rwanda no kuzigenzura; (c) kugira inama Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda na Guverinoma mu byerekeye kurinda igihugu n’umutekano; (d) no gushyira mu myanya Abofisiye bato n’abasirikare batari Abofisiye; (e) gukora undi murimo yahabwa n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 16 : Inshingano z’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Wungirije ","Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Wungirije ashinzwe ibi bikurikira : (a) kunganira no kugira inama Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda mu mirimo ye ya buri munsi; (b) gukora inshingano z’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda igihe adahari; (c) guhuza imirimo y’Abajyanama Bakuru n’andi mashami yo ku Cyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda; (d) gukora undi murimo yahabwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 17 : Inshingano z’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka","Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka ashinzwe ibi bikurikira: (a) imiyoborere n’imicungire y’Ingabo zirwanira ku butaka; (b) kunganira no kugira inama Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ku byerekeye ibikorwa n’ubuyobozi by’Ingabo zirwanira ku butaka.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 18 : Inshingano z’Umugaba w’Ingabo zirwanira mu kirere","Umugaba w’Ingabo zirwanira mu kirere ashinzwe ibi bikurikira : (a) imiyoborere n’imicungire y’Ingabo zirwanira mu kirere; (b) kunganira no kugira inama Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ku byerekeye ibikorwa n’ubuyobozi by’Ingabo zirwanira mu kirere.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 19 : Inshingano z’Umugaba w’Ingabo zishinzwe Ubuzima","Umugaba w’Ingabo zishinzwe Ubuzima ashinzwe ibi bikurikira: (a) imiyoborere n’imicungire by’Ingabo zishinzwe Ubuzima; (b) kunganira no kugira inama Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ku byerekeye ibikorwa n’ubuyobozi by’Ingabo zishinzwe Ubuzima; (c) guhuza ibikorwa byo gutanga serivisi z'ubuvuzi zizewe kandi zinoze ku bakozi b'Inzego zishinzwe kurinda Igihugu n’Umutekano, imiryango yabo na rubanda; (d) kunganira Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda mu gutegura no gushyira mu bikorwa politiki, ingamba, na gahunda zijyanye n’ubuzima mu Ngabo z’u Rwanda; (e) kugira inama Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda mu bijyanye no gutanga ubuvuzi mu Ngabo z’u Rwanda mu Gihugu no mu mahanga; (f) gushyiraho ingamba zishingiye ku kubaka ubushobozi bw’umuntu ku giti cye no gutanga umurongo ngenderwaho w’inyigisho hagamijwe iterambere mu bijyanye n’ubuzima mu Ngabo z’u Rwanda;(g) kugira uruhare mu kugera ku ntego za Guverinoma zijyanye no kwihaza mu byerekeye ubuvuzi mu Gihugu. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 20 : Inshingano z’Umugaba w’Ingabo z’Inkeragutabara","Umugaba w’Ingabo z’Inkeragutabara ashinzwe ibi bikurikira: (a) imiyoborere n’imicungire by’Ingabo z’Inkeragutabara; (b) kunganira no kugira inama Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ku byerekeye ibikorwa n’ubuyobozi by’Ingabo z’Inkeragutabara.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 21 : Inshingano z’Umugenzuzi Mukuru ","Umugenzuzi Mukuru ashinzwe ibi bikurikira: (a) gusuzuma no kugenzura ibirebana n’imicungire y’abagize Ingabo z’u Rwanda, ibipimo by’amahugurwa, ibikorwa bya gisirikare, ibikoresho, umutungo n’imari by’Ingabo z’u Rwanda; (b) gukurikirana imyitwarire, morali, ugukorera hamwe, guhora witeguye, umutungo, ibyangombwa nkenerwa n’imibereho by’abasirikare; (c) kugira inama Minisitiri mu byerekeye politiki n’amabwiriza bikwiye bigamije gukumira no gutahura ruswa, uburiganya, imikoreshereze mibi y’ibikoresho n’ukurengera mu nshingano mu Ngabo z’u Rwanda; (d) guharanira ko Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Minisitiri n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda babona buri gihe amakuru ahagije ku bibazo n’imikorere idahwitse irebana na gahunda zihariye n’ibikorwa bya Gisirikare muri rusange hanatangwa n’ingamba z’ibyakorwa kugira ngo amakosa akosorwe. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 22 : Inshingano z’Umugaba w’Ingabo Wungirije","(a) kunganira no kugira inama Umugaba w’Ingabo yungirije mu mirimo ye ya buri munsi; (b) gukora inshingano z’Umugaba w’Ingabo yungirije igihe adahari; (c) gukora undi murimo yahabwa n’Umugaba w’Ingabo yungirije. (2) By’umwihariko, Umugaba w’Ingabo Wungirije w’Ingabo zishinzwe Ubuzima ashinzwe guhuza ibikorwa bijyanye n’imyigishirize, ubushakashatsi no guhanga udushya mu buvuzi mu Ngabo z’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 23 : Inzego n’ibigo by’Ingabo z’u Rwanda birebererwa na Minisitiri ","(1) Inzego n’ibigo by’Ingabo z’u Rwanda birebererwa na Minisitiri ni ibi bikurikira: (a) Inkiko za Gisirikare; (b) Ubushinjacyaha bwa Gisirikare; (c) Kaminuza ya Gisirikare; (d) Ikigo Nyarwanda kigisha ibijyanye n’amahoro; (e) Ikigo gishinzwe ubushakashatsi n’iterambere mu bijyanjye n’umutekano n’ubwirinzi; (f) Urwego rwa Gisirikare rw’Ubwishingizi ku Ndwara; (g) Ihahiro ry’Inzego z’u Rwanda zishinzwe Kurinda Igihugu n’Umutekano; (h) Ibindi bigo bishamikiye kuri Minisiteri y’Ingabo. (2) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ashobora gushyiraho izindi nzego n’ibigo by’Ingabo z’u Rwanda birebererwa na Minisitiri. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,Ingingo ya 24 : Imitwe n’inzego by’Ingabo z’u Rwanda biyoborwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda,"(1) Imitwe n’inzego by’Ingabo z’u Rwanda biyoborwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ni ibi bikurikira: (a) Ibiro by’Abajyanama Bakuru n’amashami ku Cyicaro Gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda; (b) Umutwe ushinzwe kurinda inzego nkuru z’Igihugu; (c) Umutwe w’Ingabo wihariye; (d) Engineer Command; (e) Umutwe ushinzwe itumanaho rya Gisirikare; (f) Umutwe ushinzwe ibikoresho bya gisirikare; (g) Umutwe ushinzwe imyitwarire mu Ngabo z’u Rwanda; (h) Koleji ya gisirikare yigisha ubuyobozi n’imiyoborere mu Ngabo z’u Rwanda; (i) Akademi ya Gisirikare y’u Rwanda; (j) Amashuri ahuriweho y’Ingabo;(k) Icyicaro rusange cy’Ingabo z’u Rwanda; (l) n’Umutwe wa Gisirikare ushinzwe gucuranga mu Ngabo z’u Rwanda. (2) Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda ashobora gushyiraho indi mitwe n’inzego by’Ingabo z’u Rwanda biyoborwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,"Ingingo ya 25 : Komite z’imyitwarire ","(1) Komite z’imyitwarire zunganira Inkiko n’Ubushinjacyaha bya Gisirikare n’Umutwe ushinzwe imyitwarire mu Ngabo z’u Rwanda hagamijwe kwimakaza imyitwarire myiza mu Ngabo z’u Rwanda. (2) Iteka rya Minisitiri rishyiraho amabwiriza agenga imyitwarire mu Ngabo z’u Rwanda rikanagena imitunganyirize, imikorere n’ububasha bya komite z’imyitwarire n’abazigize.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ",Icyiciro cya 2 : Imitunganyirize ,Ingingo ya 26 : Amashuri ya Gisirikare,"(1) Ingabo z’u Rwanda zigira amashuriya Gisirikare atangirwamo inyigisho z’umwuga n’amahugurwa ku basirikare, ashyirwaho n’ubuyobozi bubifitiye ububasha. (2) Ingabo z’u Rwanda zigira kandi Kaminuza ya Gisirikare ishyirwaho n’itegeko. (3) Iteka rya Minisitiri rigena imikorere y’amashuri ya Gisirikare. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : INSHINGANO, UBUBASHA N’IMITUNGANYIRIZE BY’INGABO Z’U RWANDA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ",Ingingo ya 27 : Inama zifata ibyemezo ,"(1) Inama zifata ibyemezo mu Ngabo z’u Rwanda ni izi zikurikira: (a) Inama Nkuru y’Ubuyobozi Bukuru; (b) Inama Mpuzabikorwa; (c) Inama y’Ubuyobozi Bukuru; (d) Inama y’Abakuru b’Ingabo.(2) Iteka rya Perezida rigena inshingano z’Inama zifata ibyemezo mu Ngabo z’u Rwanda, abazigize, imitunganyirize n’imikorere byazo. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III : GUHAMAGARIRA ITABARO, GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE, KUGABANYA UMUBARE W’ABAGIZE INGABO, GUKURA UMUSIRIKARE MU NGABO Z’U RWANDA KUBERA IMPAMVU Z’UBURWAYI NO KWIRUKANWA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ",Ingingo ya 28 : Guhamagarira itabaro,"Mu gihe cy’intambara, cy’ibiza bigwiririye Igihugu cyangwa mu kindi gihe cyose bibaye ngombwa, Leta ishobora guhamagarira itabaro abagize Ingabo z’Inkeragutabara cyangwa Umunyarwanda wese ubishaka. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III : GUHAMAGARIRA ITABARO, GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE, KUGABANYA UMUBARE W’ABAGIZE INGABO, GUKURA UMUSIRIKARE MU NGABO Z’U RWANDA KUBERA IMPAMVU Z’UBURWAYI NO KWIRUKANWA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 29 : Gusubiza mu buzima busanzwe ","Mu gihe bibaye ngombwa, Leta ishobora gusubiza mu buzima busanzwe bamwe mu basirikare b’Ingabo z’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III : GUHAMAGARIRA ITABARO, GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE, KUGABANYA UMUBARE W’ABAGIZE INGABO, GUKURA UMUSIRIKARE MU NGABO Z’U RWANDA KUBERA IMPAMVU Z’UBURWAYI NO KWIRUKANWA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 30 : Kugabanya umubare w’abagize ingabo ","Mu gihe bibaye ngombwa, Urwego rubifitiye ububasha rugabanya umubare w’abagize Ingabo z’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III : GUHAMAGARIRA ITABARO, GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE, KUGABANYA UMUBARE W’ABAGIZE INGABO, GUKURA UMUSIRIKARE MU NGABO Z’U RWANDA KUBERA IMPAMVU Z’UBURWAYI NO KWIRUKANWA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 31 : Gukura umusirikare mu Ngabo z’u Rwanda ku mpamvu y’uburwayi ","Umusirikare ashobora gukurwa mu Ngabo z’u Rwanda kubera impamvu z’uburwayi bukomeye cyangwa ubumuga hashingiwe ku nama zatanzwe n’Ubuyobozi bw’icyiciro cy’Ingabo zishinzwe Ubuzima. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III : GUHAMAGARIRA ITABARO, GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE, KUGABANYA UMUBARE W’ABAGIZE INGABO, GUKURA UMUSIRIKARE MU NGABO Z’U RWANDA KUBERA IMPAMVU Z’UBURWAYI NO KWIRUKANWA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 32 : Kwirukanwa ","Umusirikare ashobora kwirukanwa mu Ngabo z’u Rwanda n’urwego rubifitiye ububasha kubera ikosa rikomeye cyangwa amakosa y’imyitwarire hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III : GUHAMAGARIRA ITABARO, GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE, KUGABANYA UMUBARE W’ABAGIZE INGABO, GUKURA UMUSIRIKARE MU NGABO Z’U RWANDA KUBERA IMPAMVU Z’UBURWAYI NO KWIRUKANWA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 33 : Uburyo bwo guhamagarira itabaro, gusubiza mu buzima busanzwe, kugabanya umubare w’abagize ingabo, gukura umusirikare mu Ngabo z’u Rwanda ku mpamvu z’uburwayi no kwirukanwa ","(1) Iteka rya Perezida rigena uburyo bwoguhamagarira itabaro, gusubiza mu buzima busanzwe, cyangwa kugabanya umubare w’abagize ingabo. (2) Gukura umusirikare mu ngabo z’u Rwanda ku mpamvu z’uburwayi cyangwa kwirukanwa bigenwa na Sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : UMUTUNGO N’IMARI BY’INGABO Z’URWANDA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 34 : Umutungo n’imari by’Ingabo z’u Rwanda n’inkomoko yabyo","(1) Umutungo w’Ingabo z’u Rwanda ugizwe n’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa. (2) Umutungo n’imari by’Ingabo z’u Rwanda bikomoka kuri ibi bikurikira: (a) ingengo y’imari igenwa na Leta; (b) ibituruka ku mirimo ikorwa n’Ingabo z’u Rwanda; (c) inyungu zikomoka ku mishinga y’ishoramari y’Ingabo z’u Rwanda; (d) impano n’indagano byemejwe n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda; (e) inkunga ya Leta cyangwa iz’abafatanyabikorwa. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : UMUTUNGO N’IMARI BY’INGABO Z’URWANDA ","Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 35 : Imicungire, imikoreshereze n’ubugenzuzi by’imari n’umutungo ","(1) Imikoreshereze, imicungire n’ubugenzuzi by’imari n’umutungo by’Ingabo z’u Rwanda bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. (2) Iyo bibaye ngombwa, bisabwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda bikemezwa na Minisitiri amaze kugisha inama Minisitiri ufite imari mu nshingano, Ingabo z’u Rwanda zishobora gukoresha umutungo uvugwa mu ngingo ya 34 (b) na (c) hadakurikijwe ibiteganywa mu gika cya (1) cy’iyi ngingo. (3) Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari ya Leta rugenzura imikoreshereze n’imicungire by’imari n’umutungo by’Ingabo z’u Rwanda, uretse ibigomba kugirirwa ibanga bijyanye no kurinda ubusugire n’umutekano by’Igihugu. (4) Iteka rya Perezida rigena ibigomba kugirirwa ibanga bijyanye no kurinda ubusugire n’umutekano by’Igihugu",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : INGINGO ZISOZA,"Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ","Ingingo ya 36 : Ingingo y’ururimi ","Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw’Icyongereza, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : INGINGO ZISOZA,"Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ",Ingingo ya 37 : Ingingo ivanaho,"Itegeko n° 10/2011 ryo ku wa 13/05/2011 rigena inshingano, imiterere n’ububasha by’Ingabo z’u Rwanda nk’uko ryahinduwe, n’Itegeko nº 38/2015 ryo ku wa 30/07/2015 rigena igabanya ry’umubare w’abagize Ingabo z’u Rwanda, kubakura ku murimo, kubasubiza mu buzima busanzwe no kubirukana, avanyweho.",NA "ITEGEKO N° 64/2024 RYO KU WA 20/06/2024 RIGENGA INGABO Z’U RWANDA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : INGINGO ZISOZA,"Icyiciro cya 3 : Inama zifata ibyemezo, inshingano zazo, abazigize n’imikorere yazo ",Ingingo ya 38 : Gutangira gukurikizwa ,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Kigali, 20/06/2024",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ,"Iri tegeko rigena ububasha, inshingano, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza n’Umutekano, rwitwa “NISS” mu magambo ahinnye y’Icyongereza. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 2: Ibisobanuro by’amagambo,"Muri iri tegeko, amagambo akurikira asobanuye ku buryo bukurikira: 1° amakuru y’ibanga: amakuru afite imiterere n’agaciro ku buryo kuyatangaza cyangwa kuyakwirakwiza bitatangiwe uburenganzira bishobora gushyira umutekano w’Igihugu mu kaga; 2° iperereza: igikorwa kigamije gukusanya, guhuza no gusesengura amakuru agenewe kumenyeshwa abo bireba kandi ashobora gukoreshwa hagamijwe kurengera inyungu za Repubulika y’u Rwanda; 3° Ubuyobozi Bukuru: Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano imbere mu Gihugu, Ubuyobozi Bukuru bw’Ubutegetsi n’Imari, Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano hanze y’Igihugu, Ubuyobozi Bukuru bw’Abinjira n’Abasohoka mu Gihugu cyangwa ubundi Buyobozi Bukuru bwashyirwaho hakurikijwe iri tegeko; 4° ukora iperereza: ushinzwe iperereza muri NISS; 5° umukozi: ubarirwa mu nzego z’imirimo za NISS kandi ahembwa na yo; 6° umutekano w’Igihugu: ingamba zifatwa n’Igihugu hagamijwe kukirinda, zikubiyemo gukumira no kurwanya ko cyaterwa biturutse imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo n’ibindi bikorwa bishobora kugihungabanya. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 3: Icyicaro cya NISS,"NISS ifite icyicaro cyayo mu Mujyi wa Kigali, Umurwa Mukuru wa Repubulika y’u Rwanda. Gishobora kwimurirwa ahandi hose mu Rwanda, igihe bibaye ngombwa.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 4: Ubwisanzure mu mikorere ya NISS ","NISS ifite ubwisanzure mu micungire y’imari n’abakozi byayo. Ubuyobozi Bukuru bugize NISS bufite ubwisanzure buciriritse mumicungire y’imari n’abakozi babwo. Amategeko ngengamikorere agena ishyirwa mu bikorwa by’ibiteganywa n’iyi ngingo. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 5: Urwego rureberera NISS ",NISS irebererwa na Perezidansi ya Repubulika,NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INSHINGANO N’UBUBASHA BYA NISS",Icyiciro cya mbere : Inshingano za NIS,Ingingo ya 6: Inshingano rusange ,"NISS ishinzwe muri rusange gukora iperereza imbere no hanze y’Igihugu no gusuzuma ibijyanye n’abinjira n’abasohoka hagamijwe kurinda no gukumira icyahungabanya umutekano w’Igihugu.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INSHINGANO N’UBUBASHA BYA NISS",Icyiciro cya mbere : Inshingano za NIS,"Ingingo ya 7: Inshingano zihariye ","NISS ifite inshingazo zihariye zikurikira: 1° kugira inama Perezida wa Repubulika na Guverinoma ku ngamba zo kurengera inyungu z’umutekano w’Igihugu haba mu bya politiki, ubukungu, umuco, imibereho y’abaturage n’igisirikari; 2° gutahura no kugaragaza igikorwa kibangamiye cyangwa gishobora kubangamira umutekano w’Igihugu; 3° guperereza, kwegeranya, kwiga, gusesengura no kumenyesha ababifitiye uburenganzira amakuru y’iperereza yerekeye umutekano w’Igihugu; 4° kurinda Leta ibyahungabanya ubusugire bwayo, ibikorwa by’ubutasi, ibitero binyujijwe mu ikoranabuhanga, ibikorwa bigamije kuyibangamira n’iterabwoba; 5° kumenyesha Guverinoma imyumvire rusange y’ibyabangamira umutekano w’Igihugu hakoreshejwe ikoranabuhanga; 6° kongera ubushobozi mu guhana amakuru no guhuza imbaraga mu gusubiza ibibazo byatewe n’ibitero binyujijwe mu ikoranabuhanga, iterabwoba n’ibindi bibazo by’umutekano w’Igihugu; 7° gushyiraho uburyo buboneye bwo gutangariza ku gihe amakuru y’iperereza avuye mu gihugu cyangwa hanze yacyo ku bafite uburenganzira bwo kuyamenya; 8° gusuzuma no kugenzura ibibazo byosebyerekeye abinjira n’abasohoka mu gihugu no gukurikirana umutekano ku butaka bw’u Rwanda no ku mipaka yarwo; 9° gusuzuma impinduka ziba mu karere no ku rwego mpuzamahanga n’ingaruka zagira ku mutekano w’Igihugu; 10° gukorana no gufatanya n’izindi nzego zishinzwe umutekano imbere no hanze y’Igihugu; 11° gukora indi mirimo yahabwa na Perezida wa Repubulika.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INSHINGANO N’UBUBASHA BYA NISS","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 8: Uburenganzira bwo gutunga imbunda ","Abakozi ba NISS bafite uburenganzira bwo gutunga no gukoresha imbunda mu gihe bakora imirimo bashinzwe. Uruhushya rwo kugura imbunda n’amasasu rutangwa n’ibiro bya Perezida wa Repubulika. Amategeko ngengamikorere ya NISS agena uburyo bwo gutunga no gukoresha imbunda.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INSHINGANO N’UBUBASHA BYA NISS","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 9: Ububasha bw’Ubugenzacyaha ","Abakozi ba NISS bakora akazi k’iperereza bafite ububasha bw’Ubugenzacyaha mu gihe bakora imirimo yabo. Uburyo ububasha bw’ubugenzacyaha bushyirwa mu bikorwa bugenwa n’iteka rya Perezida. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INSHINGANO N’UBUBASHA BYA NISS","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ",Ingingo ya 10: Kugenzura itumanaho,"NISS ifite ububasha bwo kugenzura itumanaho mu gihe ari ngombwa hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INSHINGANO N’UBUBASHA BYA NISS","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 11: Gushyira no gukura mu byiciro amakuru y’ibanga","NISS ifite ububasha bwo kubika mu byiciro raporo z’iperereza n’umutekano n’ibindi bikoresho by’iperereza n’umutekano ifite. Amategeko ngengamikorere ya NISS agena uburyo amakuru ashyirwa cyangwa akurwa mu byiciro by’ibanga. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ",Ingingo ya 12: Imiterere ya NISS,"NISS igizwe na: 1° Ubunyamabanga Bukuru; 2° Ubuyobozi Bukuru bw’Ubutegetsi n’Imari; 3° Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano imbere mu Gihugu; 4° Ubuyobozi Bukuru bw’Iperereza n’Umutekano hanze y’Igihugu; 5° Ubuyobozi Bukuru bw’Abinjira n’Abasohoka mu Gihugu. Umubare w’Ubuyobozi Bukuru ushobora kongerwa cyangwa kugabanywa n’iteka rya Perezida. Iteka rya Perezida rigena imitunganyirize n’inshingano z’Ubunyamabanga Bukuru, Ubuyobozi Bukuru n’Ubuyobozi bigize NISS.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ",Ingingo ya 13: Imiyoborere ya NISS,"NISS iyoborwa n’Umunyamabanga Mukuru nawe uyoborwa na Perezida wa Repubulika mu bijyanye n’iperereza n’umutekano by’Igihugu. Umunyamabanga Mukuru ashobora kunganirwa mu kazi n’Umunyamabanga Mukuru wungirije ushobora kubifatanya nokuyobora bumwe mu Buyobozi Bukuru. Buri Buyobozi Bukuru bukuriwe n’Umuyobozi Mukuru na we uyoborwa n’Umunyabanga Mukuru mu kazi ashinzwe.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 14: Ishyirwaho ry’Abayobozi Bakuru n’abandi bakozi ba NISS ","Umunyamabanga Mukuru, Umunyamabanga Mukuru wungirije n’Abayobozi Bakuru muri NISS bashyirwaho n’iteka rya Perezida. Abandi bakozi bashyirwa mu myanya hakurikijwe Sitati yihariye igenga abakozi ba NISS ishyirwaho n’iteka rya Perezida. Umubare w’abakozi ugenwa hashingiwe ku ngengo y’imari ya NISS.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 15: Indahiro ","Mbere yo gutangira imirimo, Umunyamabanga Mukuru n’Umunyamabanga Mukuru wungirije barahira indahiro iteganyijwe mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, imbere ya Perezida wa Repubulika, Inteko Ishinga Amategeko n’Urukiko rw’Ikirenga. Uburyo abandi Bayobozi Bakuru n’abandi bakozi bakora akazi k’iperereza barahira buteganywa na sitati yihariye igenga abakoziba NISS.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 16: Manda y’Abayobozi Bakuru ba NISS","Umunyamabanga Mukuru n’Umunyamabanga Mukuru Wungirije bagira manda y’akazi y’imyaka ine (4) ishobora kongerwa. Abayobozi Bakuru bagira manda y’akazi y’imyaka itanu (5) ishobora kongerwa. Iyo Umunyamabanga Mukuru wungirije asanzwe afite inshingano z’Umuyobozi Mukuru habarwa manda y’Umunyamabanga Mukuru wungirije.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ",Ingingo 17: Kuva ku mirimo,"Abayobozi Bakuru ba NISS bava mu mirimo kubera imwe mu mpamvu zikurikira: 1° kutubahiriza Itegeko Nshinga n’andi mategeko; 2° manda irangiye; 3° kuba atagishoboye kuzuza inshingano ze; 4° afite uburwayi butuma adashobora kuzuza inshingano ze bwemejwe n’akanama k’abaganga gashyirwaho na Minisitiri w’Ubuzima; 5° yakatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6); 6° yahamwe n’icyaha cya jenoside; 7° ahamwe n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibindi byaha bifitanye isano na yo; 8° iyo afite imyitwarire itesha agaciro NISS; 9° apfuye. Abandi bakozi ba NISS bava ku mirimo hakurikijwe sitati yihariye igenga abakozi ba NISS. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 18: Abahoze ari Abakozi bakora iperereza bari muri « intelligence reserve »","Abahoze ari abakozi bakora iperereza muri NISS barangije imirimo yabo neza, bafatwa nka « intelligence reserve personnel » kandi bashobora guhamagarwa bagakora imirimo ya NISS bibaye ngombwa. Amategeko ngengamikorere ya NISS agena ishyirwa mu bikorwa ry’ibiteganywa n’iyi ngingo. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 19: Ibigenerwa Abayobozi Bakuru n’abakozi ba NISS ","Ibigenerwa Abayobozi Bakuru n’abakozi ba NISS bigenwa n’iteka rya Perezida. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ","Icyiciro cya 2: Ububasha bwa NISS ","Ingingo ya 20: Imikoranire ya NISS n’izindi nzego ","NISS ikorana n’izindi nzego zishinzwe umutekano ndetse n’izindi nzego za Leta n’izigenga zayifasha kugera ku nshingano zayo zijyanye no kubungabunga umutekano w’Igihugu. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV: IMARI N’UMUTUNGO BYA NISS ",NA,"Ingingo ya 21: Inkomoko y’imari n’umutungo wa NISS","Umutungo wa NISS ugizwe n’ibintu byimukanwa n’ibitimukanwa. Ukomoka ku ngengo y’imari ya Leta.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ",NA,"Ingingo ya 22: Iyemezwa n’imicungire by’ingengo y’imari ya NISS ","Ingengo y’imari ya NISS yemezwa kandi igacungwa hakurikijwe amategeko agenga imicungire y’ingengo y’imari ya Leta. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IMITERERE N’IMIKORERE BYA NISS ",NA,"Ingingo ya 23: Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo wa NISS ","Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’umutungo wa NISS bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta agenzura imicungire n’imikoreshereze y’imari n’umutungo bya NISS hatirengagijwe umwihariko w’ibigomba kugirirwa ibanga bijyanye n’iperereza n’umutekano w’Igihugu. Iteka rya Perezida rigena ibintu bigomba kugirirwa ibanga bijyanye n’iperereza n’umutekano w’Igihugu.",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 24: Inshingano yo gutanga amakuru afitiye akamaro umutekano w’Igihugu ","Minisiteri, ibigo bya Leta, ibigo Leta ifitemo imigabane, ibigo byigenga cyangwa umuntu ku giti cye bafite amakuru yerekeranye n’umutekano w’Igihugu bafite inshingano yo guhita bayageza kuri NISS bakanagaragaza icyizere bafitiye inkomoko y’ayo makuru. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 25: Kudatanga amakuru ","NISS ifite uburenganzira bwo kudatanga amakuru y’ibanga ku bo atagenewe. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 26: Agaciro k’ibyakozwe na NISS mbere y’itangazwa ry’iri tegeko mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda","Ibyakozwe na NISS mbere y’itangazwa ry’iri tegeko mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda bigumana agaciro kabyo. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 27: Manda y’Abayobozi Bakuru ba NISS basanzwe mu mirimo ","Manda y’Abayobozi Bakuru ba NISS basanzwe mu mirimo itangira kubarwa uhereye umunsi iri tegeko ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 28: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko ","Iri tegeko ryateguwe mu rurimi rw’Icyongereza, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 29: Ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko","Ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho. ",NA "ITEGEKO N° 73/2013 RYO KUWA 11/9/2013 RIGENA UBUBASHA, INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’URWEGO RW’IGIHUGU RUSHINZWE IPEREREZA N’UMUTEKANO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 30: Igihe itegeko ritangira gukurikizwa","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, kuwa 11/9/2013",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ,"Iri tegeko rigamije gushyiraho Ishuri Rikuru ry’Igihugu ryihariye rishinzwe kwigisha Iyubahirizwa ry’Amategeko, rikagena inshingano, ububasha, imitunganyirize n’imikorere byaryo.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 2: Ishyirwaho rya RLEA ","Hashyizweho Ishuri Rikuru ry’Igihugu ryihariye rishinzwe kwigisha Iyubahirizwa ry’Amategeko ryitwa “RLEA” mu magambo ahinnye y’Icyongereza. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 3: Ubuzimagatozi, ubwigenge n’ubwisanzure bya RLEA ","RLEA ifite ubuzimagatozi, ubwigenge n’ubwisanzure mu myigishirize, mu bushakashatsi, mu miyoborere, mu micungire y’umutungo n’abakozi byayo kandi icungwa hakurikijwe amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 4: Icyiciro RLEA iherereyemo ","RLEA ni ishuri rikuru rya Leta rifite inshingano zihariye. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 5: Icyicaro cya RLEA ","Icyicaro cya RLEA kiri mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Gishobora kwimurirwa ahandi hose mu Rwanda, byemejwe n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. RLEA ishobora kugira amashami ahandi hose mu gihugu, byemejwe n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 6: Urwego rureberera RLEA ","Iteka rya Minisitiri w’Intebe rigena urwego rureberera RLEA.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 7: Amasezerano y’imihigo ","RLEA ikorera ku masezerano y’imihigo. Uburyo RLEA ihiga n’uburyo bwo gusuzuma imikorere yayo bigenwa n’amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA BYA RLEA ",NA,Ingingo ya 8: Intego ya RLEA,"Intego ya RLEA ni ugutanga inyigisho zigamije guteza imbere iyubahirizwa ry’amategeko. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA BYA RLEA ",NA,Ingingo ya 9: Inshingano za RLEA,"RLEA ifite inshingano z’ingenzi zikurikira: 1º gutegura integanyanyigisho no gutanga inyigisho mu mashami afitanye isano n’iyubahirizwa ry’amategeko, no kubitangira impamyabumenyi n’impamyabushobozi zijyanye nabyo; 2º gukora ubushakashatsi bufasha mu gutegura politiki y’umutekano n’iyubahirizwa ry’amategeko; 3º gutegura no gutanga inyigisho zongerera ubumenyi abagize Polisi y’u Rwanda n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha n’abandi bagana iri shuri mu bijyanye n’inshingano z’izo nzego; 4º gukora isuzumamikorere ry’abarirangijemo hagamijwe guhora hategurwa inyigisho zijyanye n’ubumenyi bukenewe mu kazi kajyanye n’inshingano zayo;5º gukorana n’ibindi bigo bihuje inshingano mu Rwanda no mahanga mu buryo bukurikije amategeko; 6º kuzuza izindi nshingano zijyanye n’intego yayo kandi zitanyuranyije n’iri tegeko. Amashami ashyira mu bikorwa inshingano z’Ishuri nk’uko ziteganyijwe muri iyi ngingo agenwa n’urwego rushinzwe imyigire n’imyigishirize n’ubushakashatsi muri RLEA akemezwa na Minisiteri ifite uburezi mu nshingano zayo bisabwe na RLEA.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: INTEGO, INSHINGANO N’UBUBASHA BYA RLEA ",NA,Ingingo ya 10: Ububasha bwa RLEA ,"RLEA ifite ububasha bukurikira: 1º gutanga impamyabumenyi n’impamyabushobozi z’ibyiciro by’inyigisho itanga; 2º gutanga amashimwe ku bikorwa, impamyabumenyi cyangwa impamyabushobozi by’intangarugero; 3º kwemeza ibigenderwaho mu kwakira abanyeshuri; 4º kugirana amasezerano y’ubufatanye n’ubutwererane n’inzego zinyuranye zishinzwe uburezi, amahugurwa cyangwa ubushakashatsi kimwe n’andi mashuri makuru yo mu Rwanda no mu mahanga; 5º gutanga impamyabumenyi z’icyubahiro hakurikijwe amategeko abigenga; 6º kuzamura mu ntera abarimu n’abashakashatsi ba RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",NA,Ingingo ya 11: Inzego z’Ubuyobozi bwa RLEA,"Inzego z’Ubuyobozi za RLEA ni izi zikurikira: 1º Ubuyobozi bw’Icyubahiro; 2º Inama ya RLEA; 3º Biro y’ubuyobozi bukuru; 4º Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi ; 5º Komite Nkuru y’ubuyobozi. Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishobora kugena izindi nzego z’ubuyobozi za ngombwa kugira ngo RLEA ishobore kurangiza neza inshingano zayo.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya mbere: Ubuyobozi bw’Icyubahiro ","Ingingo ya 12: Ubuyobozi bw’Icyubahiro n’uko bushyirwaho ","Ubuyobozi bw’Icyubahiro bwa RLEA bugizwe n’Umuyobozi w’Icyubahiro ushyirwaho n’Iteka rya Perezida. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya mbere: Ubuyobozi bw’Icyubahiro ","Ingingo ya 13: Inshingano z’Umuyobozi w’Icyubahiro ","Umuyobozi w’Icyubahiro wa RLEA ashinzwe kuyobora imihango yo gutangiza umwaka w‘amashuri muri RLEA, gutanga impamyabumenyi, impamyabushobozi n’andi mashimwe. Ashobora kandi kwitabira indi mihango cyangwa inama mu gihe yatumiwe. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 14: Inama ya RLEA ","Inama ya RLEA ni rwo rwego ruriyobora kandi rufata ibyemezo",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 15: Ishyirwaho ry’abagize Inama ya RLEA ","Abagize Inama ya RLEA barimo Umuyobozi Mukuru n’umuyobozi Mukuru wungirije bashyirwaho n’Iteka rya Perezida. Abagize Inama ya RLEA batoranywa hakurikijwe ubushobozi n’ubuzobere byabo. Nibura mirongo itatu ku ijana (30%) by’abagize Inama ya RLEA bagomba kuba ari abagore. Igihe abayigize bamara ku mirimo yabo n’uko basimburwa bigenwa n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,Ingingo ya 16: Inshingano z’Inama ya RLEA,"Inama ya RLEA ifite inshingano z’ingenzi zikurikira: 1º gusuzuma no gukurikirana imikorere ya RLEA; 2º gutoranya abagize Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru; 3º gukurikirana imikorere y’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA no gutanga umurongo ngenderwaho bugomba gukurikiza mu kuzuza inshingano zabwo; 4º gutanga icyerekezo cy’ibikorwa, kwemeza igenamigambi ry’igihe kirekire, iteganyabikorwa, gahunda y’ibikorwa bya buri mwaka bya RLEA hamwe na raporo zijyana na byo; 5º gusinyana amasezerano y’imihigo n’urwego rureberera RLEA no gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo hakurikijwe amategeko abigenga; 6º kwemeza amategeko ngengamikorere ya RLEA;7º kwemeza imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari ya RLEA ya buri mwaka mbere yo kuyishyikiriza inzego zibishinzwe no gukurikirana ikoreshwa n’ishyirwa mu bikorwa ryayo; 8º kwemeza raporo y’ibikorwa n’imikoreshereze y’umutungo y’umwaka urangiye no kuyishyikiriza urwego rureberera RLEA; 9º kwemeza ishyirwaho izamurwa mu ntera n’ikurwaho ry’abayobozi b’amashami abarimu n’abashakashatsi; 10º kwemeza abahabwa impamyabumenyi, impamyabushobozi, amashimwe n’ibindi bihembo bitangwa na RLEA; 11º gukemura ibibazo by’imikoranire hagati y’ubuyobozi n’abakozi ba RLEA no kubagira inama; 12º gutanga buri gihembwe raporo y’ibikorwa ku rwego rureberera RLEA; 13º gufata icyemezo ku bibazo byose bikomeye biri mu nshingano za RLEA; 14º gushyikiriza Minisitiri ufite amashuri makuru mu nshingano ze raporo y’ibikorwa buri mezi atatu (3) n’iy’umwaka; 15º kwemeza politiki y’imyigire n’imyigishirize, isuzumabumenyi n’ubushakashatsi; 16º kwemeza impano n’indagano za RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,Ingingo ya 17: Ububasha bw’Inama ya RLEA,"Inama ya RLEA ifite ububasha busesuye bwo gufata ibyemezo mu byerekeye ubuyobozi, abakozi n’umutungo bya RLEA kugira ngo ishobore kugera ku nshingano zayo. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 18: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru w’Inama ya RLEA ","Umuyobozi Mukuru w’Inama ya RLEA ashinzwe ibi bikurikira: 1º kuyobora Inama ya RLEA no guhuza ibikorwa byayo; 2º gushyira umukono ku masezerano y’imihigo hagati y’Inama ya RLEA n’Urwego rureberera RLEA; 3º gukurikirana imicungire myiza ya RLEA; 4º gutumiza no kuyobora inama z’Inama ya RLEA no gushyikiriza inyandikomvugo zazo urwego ruyireberera; 5º gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo n’amabwiriza by’Inama ya RLEA; 6º gushyikiriza Minisitiri ufite amashuri makuru mu nshingano ze raporo na gahunda by’ibikorwa buri mezi atatu (3) n’iy’umwaka; 7º gusimbura umuyobozi w’icyubahiro igihe adahari; 8º gushyikiriza raporo za RLEA zemejwe n’Inama ya RLEA inzego zibigenewe; 9º gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ibyemezo by’Inama ya RLEA no gukora indi mirimo yose yasabwa n’Inama ya RLEA iri mu nshingano zayo. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 19: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Inama ya RLEA","Inshingano z’Umuyobozi Mukuru wungirije w’Inama ya RLEA zigenwa n’iteka rya Minisitiri w’Intebe. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 20: Ibigenerwa abagize Inama ya RLEA bitabiriye inama ","Ibigenerwa abagize Inama ya RLEA bitabiriye inama y’Inama yayo bigenwa n’iteka rya Perezida.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 21: Ibitabangikanywa no kuba mu bagize Inama ya RLEA ","Uretse abayirimo kubera imirimo bafite muri RLEA, abagize Inama yayo ntibemerewe gukora umurimo ugenerwa igihembo muri RLEA. Abagize inama ya RLEA ntibemerewe kandi, haba ku giti cyabo cyangwa ibigo bafitemo imigabane gupiganira amasoko atangwa na RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 22: Itumizwa n’iterana ry’inama z’Inama ya RLEA","Inama y’Inama ya RLEA iterana rimwe mu gihembwe n’igihe cyose bibaye ngombwa itumijwe n’Umuyobozi Mukuru w’Inama ya RLEA abyibwirije cyangwa bisabwe mu nyandiko nibura na kimwe cya gatatu (1/3) cy’abayigize. Ubutumire bw’inama isanzwe bukorwa mu nyandiko ishyikirizwa abagize Inama ya RLEA hasigaye nibura iminsi cumi n’itanu (15) kugira ngo iterane. Ubutumire bw’inama idasanzwe bukorwa mu nyandiko ishyikirizwa abagize Inama ya RLEA hasigaye nibura iminsi itanu (5) kugira ngo iterane. Icyakora, iyo hari ibyihutirwa biri mu bubasha bw’Inama ya RLEA bigomba gufatwaho icyemezo, ishobora gutumizwa mu buryo bwihuse hatitawe ku gihe kivugwa muri iyi ngingo.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 23: Ubwitabire bw’inama n’ifatwa ry’ibyemezo by’Inama ya RLEA","Umubare wa ngombwa kugira ngo inama y’Inama ya RLEA iterane ni bibiri bya gatatu (2/3) by’abayigize. Icyakora, iyo inama itumijwe ubwakabiri umubare wa ngombwa ntuboneke iterana hatitawe ku mubare w’abayigize bahari. Uburyo Inama ya RLEA ifatamo ibyemezo buteganywa n’amategeko ngengamikorere ya RLEA. kabiri umubare wa ngombwa ntuboneke iterana hatitawe ku mubare w’abayigize bahari. Uburyo Inama ya RLEA ifatamo ibyemezo buteganywa n’amategeko ngengamikorere ya RLEA.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 24: Itumira mu nama z’Inama ya RLEA ry’umuntu ushobora kuyungura inama ","Inama ya RLEA ishobora gutumira mu nama zayo umuntu wese ibona ushobora kuyungura inama ku ngingo runaka ifite ku murongo w’ibyigwa. Uwatumiwe ntiyemerewe gutora no gukurikirana iyigwa ry’izindi ngingo ziri ku murongo w’ibyigwa.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 25: Inyandiko y’ibyemezo by’inama z’Inama ya RLEA ","Inyandiko y’ibyemezo by’inama z’Inama ya RLEA ishyirwaho umukono n’abayigize bitabiriye inama ikirangira, kopi yayo ikohererezwa urwego rureberera RLEA mu gihe kitarenze iminsi itanu (5) y’akazi kugira ngo rugire icyo rubivugaho mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) kuva ruyishyikirijwe. Iyo icyo gihe kirenze ntacyo rurabivugaho, ibyemezo by’inama biba byemewe burundu. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 26: Inyandikomvugo y’inama y’Inama ya RLEA ","Inyandikomvugo y’inama y’Inama ya RLEA ishyirwaho umukono n’Umuyobozi Mukuru n’umwanditsi bayo, ikemezwa mu nama ikurikira. Kopi yayo yohererezwa urwego reberera RLEA mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) uhereye umunsi yemerejweho. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 27: Umwanditsi w‘Inama y’Inama ya RLEA ","Umuyobozi Mukuru w’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ni we mwanditsi w’Inama y’Inama ya RLEA, ariko igihe cyo gufata ibyemezo we ntatora. Umuyobozi Mukuru w’ibiro by’ubuyobozi bukuru bwa RLEA ntiyemerewe kujya mu nama zifata ibyemezo ku bibazo bimureba. Amategeko ngengamikorere ya RLEA agena umusimbura iyo adahari. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 28: Inyungu bwite mu bibazo bisuzumwa ","Iyo uri mu bagize Inama ya RLEA afite inyungu bwite itaziguye cyangwa iziguye mu bibazo bisuzumwa, agomba kumenyesha bidatinze Inama ya RLEA, aho inyungu ze zishingiye.Umenyesha inyungu afite ku kibazo cyigwa, ntiyitabira inama yiga kuri icyo kibazo.Iyo bigaragaye ko benshi cyangwa bose mu bagize Inama ya RLEA bafite inyungu bwite itaziguye cyangwa iziguye mu bibazo bisuzumwa, ku buryo bidashoboka gufata ibyemezo kuri icyo kibazo, ibyo bibazo bishyikirizwa urwego rureberera RLEA akaba arirwo rubifataho ibyemezo mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30). ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 2: Inama ya RLEA,"Ingingo ya 29: Impamvu zituma ugize Inama ya RLEA ava muri uwo mwanya n’uko asimburwa ","Ugize Inama ya RLEA ava muri uwo mwanya: 1º manda ye irangiye; 2º yeguye akoresheje inyandiko; 3º atagishoboye gukora imirimo ye kubera uburwayi byemejwe n’akanama k’abaganga batatu (3) bemewe na Leta; 4º akatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu(6); 5º asibye inama inshuro eshatu (3) zikurikirana mu mwaka umwe nta mpamvu zifite ishingiro; 6º abangamira inyungu za RLEA; 7º ahamwe n’icyaha cya jenoside cyangwa icyaha cy’ingengabitekerezo ya jenoside;8º atacyujuje impamvu zashingiweho ashyirwa muri uwo mwanya; 9º apfuye. Iyo umwe mu bagize Inama ya RLEA avuye mu mirimo ye mbere y’uko manda ye irangira, urwego rubifitiye ububasha rushyiraho umusimbura. Ushyizweho arangiza manda y’uwo asimbuye. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 3: Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA "," Ingingo 30: Ishyirwaho ry’Abagize Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ","Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA bigizwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru, Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe imyigire,imyigishirize n’ubushakashatsi n’Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe ubutegetsi n’imari bashyirwaho n’Iteka rya Perezida . ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 3: Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ","Ingingo ya 31: Inshingano z’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ","Ibiro by‘Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA bifite inshingano z’ingenzi zikurikira: 1° guhuza ibikorwa bya buri munsi bya RLEA;2° gutegura gahunda y’ibikorwa, imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari bya RLEA no kubishyikiriza Inama yayo kugira ngo ibyemeze; 3° gucunga neza abakozi n’umutungo bya RLEA; 4° guhagararira RLEA no kumenyekanisha ibikorwa byayo; 5° gushyira mu bikorwa amabwiriza n’ibyemezo by’Inama ya RLEA; 6° gushyikiriza Inama ya RLEA raporo y’ibikorwa bya buri gihembwe; 7° gukora indi mirimo byahabwa n’inzego zibikuriye iri mu nshingano za RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 3: Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ","Ingingo ya 32: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru w’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ","Inshingano z’ingenzi z’Umuyobozi Mukuru w’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru ni izi zikurikira: 1º gukurikirana, kuyobora no guhuza ibikorwa n’imirimo bya buri munsi bya RLEA; 2º gutumiza no kuyobora inama z’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru; 3º gutunganya imikorere n’imikoranire by’inzego z’imirimo za RLEA; 4º guhagararira RLEA imbere y’amategeko no kumenyekanisha ibikorwa byayo; 5º gushyira mu bikorwa ibyemezo n’amabwiriza ahabwa n’inzego zimukuriye; 6º gutegura imbanzirizamushinga y’ibikorwa by’igihe kirekire bya RLEA no kubishyikiriza Inama yayo kugira ngo ibyemeze; 7º gutegura umushinga w’amategeko ngengamikorere ya RLEA; 8º gukurikirana itegurwa ry’umushinga w’ingengo y’imari ya RLEA no kuyishyikiriza Inama yayo; 9º gushyira mu bikorwa ibiteganywa n’amategeko agenga amashuri makuru n’amategeko ngengamikorere ya RLEA; 10º gushyikiriza Inama ya RLEA raporo na gahunda z’ibikorwa byayo buri mezi atatu (3) n’iy’umwaka n’igihe cyose bibaye ngombwa; 11º gusinya amasezerano y’ubufatanye n’ubutwererane n‘andi mashuri makuru mu Gihugu, mu karere cyangwa no ku rwego rw‘isi; 12º gushaka inkunga zo guteza imbere RLEA zikemezwa n’Inama yayo; 13º kwitabira inama z’Inama ya RLEA no kuba Umwanditsi wazo; 14º gutanga raporo ku bikorwa n’imicungire bya RLEA; 15º gukora indi mirimo yashingwa n’inzego zimukuriye.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 3: Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ","Ingingo ya 33: Imikoranire y’abagize Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ","Umuyobozi Mukuru w’Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA ayobora Abayobozi Bakuru Bungirije bakamuha raporo y’ibikorwa bya buri kwezi n‘igihe cyose bibaye ngombwa.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 4: Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi","Ingingo ya 34: Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi ","Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi ni rwo rwego rufite ububasha mu byerekeye inyigisho, ubushakashatsi, uburezi n’uburere muri RLEA.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 4: Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi","Ingingo ya 35: Igenwa ry’abagize Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi ","Abagize Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi muri RLEA bagenwa n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. Mu bagize Urwego rushinzwe imyigire n’imyigishirize n’ubushakashatsi harimo Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 4: Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi","Ingingo ya 36: Inshingano z’Urwego rushinzwe imyigire n’imyigishirize n’ubushakashatsi ","Inshingano z’ingenzi z’Urwego rushinzwe imyigire n’imyigishirize n’ubushakashatsi ni izi zikurikira: 1° kugena imirongo ngenderwaho mu byerekeye kwemerera abanyeshuri kwiga, isuzumabumenyi, guha akazi abarimu n’abashakashatsi no kubazamura mu ntera mbere yo kwemezwa n’inama ya RLEA; 2° gusuzuma no kugenzura imyigire, imyigishirize, ubushakashatsi, uburere n’uburezi; 3° gushyiraho imirongo ngenderwaho ku bijyanye n’imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi;4° gufata imyanzuro ku byerekeye imyigire, harimo, amanota y’abanyeshuri, kwimuka, gusibizwa, no kwirukanwa; 5° gutegura no gushyikiriza inama y’Ishuri Rikuru raporo ku byemezo birebana no guha akazi abarimu n’abashakashatsi, kubazamura mu ntera, kubaha amanota cyangwa ibihano no kubasezerera mu kazi kugira ngo ibyemeze; 6° gutegura gahunda y’amasomo n’uburyo bukoreshwa mu kuyatanga no kubishyikiriza Inama ya RLEA kugira ngo iyemeze; 7° gushyikiriza raporo y’imirimo yayo Inama ya RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ","Icyiciro cya 4: Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi","Ingingo ya 37: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru w‘Urwego rushinzwe imyigire n’imyigishirize n’ubushakashatsi ","Inshingano z’ingenzi z’Umuyobozi Mukuru w‘Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi ni izi zikurikira: 1° guhuza ibikorwa bijyanye na gahunda z’imirimo yose yerekeye imyigire, imyigishirize, isuzumabumenyi, uburere n’ubushakashatsi;2° gutumiza no kuyobora inama z’Urwego rushinzwe imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi no gukurikirana iyubahirizwa ry’ibyemezo byazo; 3° gukurikirana igenwa n’ishyirwa mu bikorwa ry’imirongo migari mu byerekeranye n’imyigire, imyigishirize, isuzumabumenyi, uburere, n’ubushakashatsi no kuyishyikiriza Inama ya RLEA kugirango iyemeze; 4° gukora indi mirimo ijyanye n’inshingano z’Urwego rushinzwe imyigire n’imyigishirize n’ubushakashatsi.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,Ingingo ya 38: Komite Nkuru y’Ubuyobozi,"Komite Nkuru y’Ubuyobozi ni urwego rugira inama Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,"Ingingo ya 39: Igenwa ry’abagize Komite Nkuru y’Ubuyobozi ","Abagize Komite Nkuru y’Ubuyobozi bwa RLEA bagenwa n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. Mu bagize Komite Nkuru y’Ubuyobozi harimo Umuyobozi Mukuru wa Komite Nkuru y’Ubuyobozi. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,"Ingingo ya 40: Inshingano za Komite Nkuru y’Ubuyobozi ","Komite Nkuru y’Ubuyobozi ishinzwe kugira inama Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru bwa RLEA mu bijyanye n’imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi, uburere n’uburezi, igenamigambi, imicungire y’imari, umutungo n’imiyoborere bya RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,"Ingingo ya 41: Inshingano z’Umuyobozi Mukuru wa Komite Nkuru y’Ubuyobozi","Inshingano z’ingenzi z’Umuyobozi Mukuru wa Komite Nkuru y’Ubuyobozi ni izikurikira: 1° gutumiza no kuyobora inama ya Komite Nkuru y’Ubuyobozi; 2° gukurikirana ibijyanye n’imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi, uburere n’uburezi; 3° gukurikirana itangwa ry’inama ku mbanzirizamushinga y’ingengo y’imari no kuyishyikiriza Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru; 4° gukurikirana ibibazo byose birebana no gushaka, gushyiraho, kuzamura mu ntera no gusezerera abakozi bo mu buyobozi no kubitangaho ibitekerezo; 5° gukora indi mirimo ijyanye n’inshingano z’urwego.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,"Ingingo ya 42: Sitati igenga abakozi ba RLEA ","Abarimu, abashakashatsi n’abandi bakozi ba RLEA bagengwa na Sitati yihariye ishyirwaho n’iteka rya Perezida. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,"Ingingo ya 43: Imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo","Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho imbonerahamwe y’imyanya y’imirimo ya RLEA.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III IMITERERE N’IMIKORERE BYA RLEA ",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,"Ingingo ya 44: Ibigenerwa abagize Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru n’abandi bakozi ba RLEA ","Ibigenerwa abagize Ibiro by’Ubuyobozi Bukuru n’abandi bakozi ba RLEA bitegenywa na sitati ibagenga. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV: ABANYESHURI BA RLEA",Icyiciro cya 5: Komite Nkuru y’Ubuyobozi ,Ingingo ya 45 : Abanyeshuri ba RLEA ,"Umunyeshuri wa RLEA ni umuntu wese wemerewe na RLEA gukurikirana inyigisho itanga. Ibyangombwa bisabwa kugira ngo umuntu yemererwe kwiga muri RLEA, inshingano n’uburenganzira by’umunyeshuri, bigenwa n’amategeko ngengamikorere ya RLEA. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI BYA RLEA",NA,"Ingingo ya 46: Umutungo wa RLEA n’inkomoko yawo ","Umutungo wa RLEA ugizwe n’umutungo wimukanwa n’utimukanwa. Ukomoka aha hakurikira: 1° ingengo y’imari ya Leta; 2° inkunga za Leta cyangwa iz’abafatanyabikorwa; 3° amafaranga akomoka ku mirimo n’ibikorwa binyuranye bya RLEA; 4° impano n’indagano; 5° inguzanyo zihabwa RLEA zemewe na Minisitiri ufite imari mu nshingano ze. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI BYA RLEA",NA,"Ingingo ya 47: Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’imari n’umutungo bya RLEA ","Imikoreshereze, imicungire n’imigenzurire by’imari n’umutungo bya RLEA bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI BYA RLEA",NA,"Ingingo ya 48: Iyemeza ry’ingengo y’imari ya RLEA ","Ingengo y’imari ya RLEA yemezwa hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI BYA RLEA",NA,"Ingingo ya 49: Raporo y’umwaka w’ibaruramari","Mu mezi atatu (3) akurikira impera z’umwaka w’ibaruramari, Umuyobozi Mukuru w’Inama ya RLEA ashyikiriza Urwego rureberera RLEA, raporo y’umwaka w’ibaruramari hakurikijwe amategeko abigenga. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 50: Iyimurwa ry’abakozi, abanyeshuri n’umutungo ","Uburyo abari abanyeshuri mu Ishuri Rikuru rya Polisi, abakozi n’imitungo byayo byafashaga mu myigishirize byimurirwa muri RLEA bigenwa n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 51: Iyubahirizwa ry’amasezerano arebana n’inshingano za RLEA n’agaciro k’ibyakozwe ","Amasezerano yose arebana n’inshingano za RLEA Polisi y’u Rwanda yagiranye n’inzego ndetse n’imiryango ku rwego rw’Igihugu no ku rwego mpuzamahanga akomeza kubahirizwa na RLEA. Ibikorwa by’imyigire, imyigishirize n’ubushakashatsi byakozwe na Polisi y’u Rwanda mbere y’uko iri tegeko ritangazwa mu Igazeti yaLeta ya Repubulika y’u Rwanda bigumana agaciro kabyo. ",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VI: INGINGO ZINYURANYE, IZ’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 52: Igihe cy’inzibacyuho ","Inzego n’ibigo bya Leta birebwa n’iri tegeko bihawe igihe kitarenze imyaka ibiri (2) uhereye igihe ritangarijwe mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda ngo bibe byubahirije ibiteganyijwe n’iri tegeko.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA V: UMUTUNGO N’IMARI BYA RLEA",NA,"Ingingo ya 53: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko ","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV: ABANYESHURI BA RLEA",NA,"Ingingo ya 54: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri tegeko ","Ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.",NA "ITEGEKO N°11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA, INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,NA,NA,"Ingingo ya 55: Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa ","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 06/04/2017",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ","Iri tegeko rishyiraho Komisiyo y‟Igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare yitwa “RDRC”, mu magambo ahinnye y‟Icyongereza, rikanagena inshingano, imiterere n‟imikorere byayo. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 2: Ibisobanuro by’amagambo,"Muri iri tegeko, amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1° Minisitiri: Minisitiri ufite Imibereho Myiza mu nshingano ze. 2° uwari umusirikare: a. uwari mu ngabo z‟u Rwanda; b. uwari mu ngabo z‟Igihugu mbere ya 19 Nyakanga 1994; c. uwari mu wundi mutwe witwara gisirikare utahutse. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 3: Ubuzimagatozi n’ubwigenge,"RDRC ifite ubuzimagatozi, ubwigenge n‟ubwisanzure mu miyoborere, mu mikorere,mu micungire y‟umutungo, imari n‟abakozi.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 4: Icyicaro cya RDRC,"Icyicaro cya RDRC kiri mu Mujyi wa Kigali, Umurwa Mukuru wa Repubulika y‟u Rwanda. Gishobora kwimurirwa ahandi hose muri Repubulika y‟u Rwanda igihe cyose bibaye ngombwa.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA II: URWEGO RUREBERERA RDRC N’AMASEZERANO YEREKEYE GAHUNDA Y’IBIKORWA ",NA,Ingingo ya 5:Urwegorureberera RDRC,"RDRC irebererwa na Minisiteri ifite imibereho myiza mu nshingano zayo.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA II: URWEGO RUREBERERA RDRC N’AMASEZERANO YEREKEYE GAHUNDA Y’IBIKORWA ",NA,"Ingingo ya 6: Amasezerano yerekeye gahunda y’ibikorwa ","Inama y‟Abakomiseri ya RDRC igirana na Minisitiri uyireberera amasezerano yerekeye gahunda y‟ibikorwa agaragaza ububasha, uburenganzira n‟inshingano bya buri ruhande mu kugeza RDRC ku nshingano zayo. Ayo masezerano amara igihe gihwanye na manda y‟abagize urwego rufata ibyemezo rwa RDRC.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA III: INTEGO N’INSHINGANO ZA RDRC ",NA,Ingingo ya 7: Intego ya RDRC,"RDRC ifite intego rusange yo gufasha uwari umusirikare gusubira mu buzima busanzwe kugira ngo ashobore kwiteza imbere kandi agire uruhare mu iterambere ry‟Igihugu muri rusange. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA II: URWEGO RUREBERERA RDRC N’AMASEZERANO YEREKEYE GAHUNDA Y’IBIKORWA ",NA,"Ingingo ya 8: Inshingano za RDRC ","RDRC ifite inshingano zikurikira: 1° kwakira no gusubiza mu buzima busanzwe abari mu ngabo z‟u Rwanda yahawe n‟urwego rubifitiye ububasha ; 2° kwakira, gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abavugwa mu ngingo ya 2 y‟iri tegeko mu gace ka 2 0 b. n‟agace ka 20 c. ; 3° gukora ubuvugizi ku bigenerwa abari abasirikare bamugariye ku rugamba no gukurikirana ishyirwa mubikorwa ryabyo; 4° kugira inama Guverinoma mu byerekeye politiki yo gusezerera abari abasirikare no kubasubiza mu buzima busanzwe; 5° guhuza ibikorwa by‟inzego za Guverinoma n‟abandi bakorana na RDRC mu byerekeye gahunda yo gusezerera abari abasirikare no kubasubiza mu buzima busanzwe; 6° gukora ibindi bikorwa bya ngombwa kugira ngo igere ku ntego yayo. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO",NA,Ingingo ya 9: Inzego z’ubuyobozi za RDRC,"RDRC ifite inzego z‟ubuyobozi ebyiri (2) zikurikira: 1° Inama y‟Abakomiseri; 2° Ubunyamabanga Bukuru. Imiterere y‟inzego z‟imirimo za RDRC igenwa n‟Iteka rya Minisitiri w‟Intebe. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 10: Ishyirwaho ry’abagize Inama y’Abakomiseri na manda yabo","Inama y‟Abakomiseri ni rwo rwego rukuru rwa RDRC. Igizwe n‟Abakomiseri batanu (5) bakora ku buryo buhoraho, barimo Perezida na VisiPerezida. Abakomiseri bagira manda y‟imyaka itanu (5) ishobora kongerwa inshuro imwe. Nibura mirongo itatu ku ijana (30%) mu Bakomiseri bagomba kuba ari abagore. Abagize Inama y‟Abakomiseri barimo Perezida na Visi-Perezida bashyirwaho n‟Iteka rya Perezida bamaze kwemezwa na Sena.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 11: Ibyo Umukomiseri agomba kuba yujuje","Kugira ngo umuntu abe Umukomiseri agomba kuba yujuje ibi bikurikira: 1° kuba ari Umunyarwanda kandi afite ubushobozi n‟ubumenyi bimufasha kuzuza inshingano z‟ubukomiseri; 2° kuba ari inyangamugayo; 3° kuba atarahamwe burundu n‟icyaha cya jenoside, icy‟ingengabitekerezo yayo n‟icy‟amacakubiri; 4° kuba atarakatiwe burundu igihano cy‟igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6) nta subikagihano. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 12: Inshingano z’Inama y’Abakomiseri ","Inama y‟Abakomiseri ifite inshingano zikurikira: 1° kugena no gukurikirana imirimo ikorerwa mu bigo byakira abahoze ari abasirikare;2° gukurikirana ubuzima n‟imibereho by‟abasubijwe mu buzima busanzwe; 3° kwemeza amategeko ngengamikorere ya RDRC; 4° kwemeza gahunda y‟ibikorwa by‟igihe kirekire bya RDRC; 5° kwemeza gahunda y‟ibikorwa bya buri mwaka bya RDRC; 6° kwemeza imbanzirizamushinga w‟ingengo y‟imari ya RDRC; 7° kwemeza raporo y‟ibikorwa bya RDRC no kuyishyikiriza Minisitiri; 8° gufata ibyemezo ku bindi bibazo byose byinjira mu murongo w‟inshingano za RDRC. Inama y‟Abakomiseri yita by‟umwihariko ku bari abasirikare bamugariye ku rugamba. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 13: Ibitabangikanywa no kuba mu bagize Inama y’Abakomiseri ","Imirimo y‟umwe mu bagize Inama y‟Abakomiseri ntibangikanywa n‟undi murimo uwo ari wo wose uhemberwa. Ntibyemewe kandi ku bagize Inama y‟Abakomiseri cyangwa ibigo bafitemoimigabane gupiganira amasoko muri RDRC.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 14: Inshingano za Perezida wa RDRC","Perezida wa RDRC afite inshingano zikurikira: 1° kuyobora RDRC; 2° guhuza ibikorwa bya RDRC; 3° guhagararira RDRC imbere y„amategeko; 4° gutumiza no kuyobora inama y‟Inama y‟Abakomiseri ba RDRC; 5° kuba umuvugizi wa RDRC; 6° gushyikiriza inzego zabigenewe raporo za RDRC; 7° gukurikirana ishyirwa mubikorwa ry‟ibyemezo by‟Inama y‟Abakomiseri; 8° gukora indi mirimo yose yasabwa n‟Inama y‟Abakomiseri ijyanye n‟inshingano za RDRC. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 15: Inshingano za Visi Perezida wa RDRC ","Visi Perezida wa RDRC afite inshingano zikurikira: 1° kunganira Perezida no kumusimbura igihe cyose adahari; 2° gukora indi mirimo yose yasabwa n‟Inama y‟Abakomiseri ijyanye n‟inshingano za RDRC.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 16: Ibigenerwa Abakomiseri ","Imishahara n‟ibindi bigenerwa Abakomiseri bigenwa n‟Iteka rya Perezida.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 17: Impamvu zituma uri mu nama y’Abakomiseri ayivamo ","Ugize Inama y‟Abakomiseri ava kuri uwo mwanya iyo: 1° manda ye irangiye; 2° yeguye akoresheje inyandiko; 3° atagishoboye gukora imirimo ye kubera ubumuga bw‟umubiri cyangwa bwo mu mutwe, byemejwe na muganga wemewe na Leta; 4° akatiwe burundu igihano cy‟igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu (6) nta subikagihano; 5° ahinduriwe imirimo;6° atujuje inshingano ze byemejwe n‟Inama y‟Abakomiseri; 7° apfuye.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 18: Isimburwa ry’umwe mu bagize Inama y’Abakomiseri ","Iyo umwe mu bagize Inama y‟Abakomiseri atakiri mu mwanya, Inama y‟abakomiseri ibimenyesha mu nyandiko Minisitiri mu gihe kitarenze iminsi cumi n‟itanu (15). Minisitiri abimenyesha urwego rushyiraho Abakomiseri. Ushyizweho arangiza manda y‟uwo asimbuye yari asigaje iyo irengeje amezi atandatu (6). ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 19: Uko Inama y’Abakomiseri iterana n’uko ibyemezo bifatwa ","Inama y‟Abakomiseri iterana nibura iyo habonetse bibiri bya gatatu (2/3) by‟abayigize. Ibyemezo byayo bifatwa ku bwumvikane busesuye bw‟abayigize. Iyo ubwo bwumvikane butabonetse, ibyemezo bifatwa ku bwiganze burunduye bw‟amajwi y‟abayigize. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO","Icyiciro cya mbere: Inama y’Abakomiseri ","Ingingo ya 20: Itumizwa n’iyoborwa ry’inama y’Inama y’Abakomiseri ","Inama y‟Inama y‟Abakomiseri itumizwa kandi ikayoborwa na Perezida. Iyo Perezida adahari, inama itumizwa kandi ikayoborwa na VisiPerezida. Iyo bombi badahari, umukuru mu myaka mu bagize Inama y‟Abakomiseri niwe uyitumiza, ariko bakitoramo uyiyobora. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO",Icyiciro cya 2: Ubunyamabanga Bukuru,"Ingingo ya 21: Imiterere y’Ubunyamabanga Bukuru ","Ubunyamabanga Bukuru bugizwe n‟Umunyamabanga Mukuru n‟abakozi. Buyoborwa n'Umunyamabanga Mukuru ushyirwaho n‟Iteka rya Perezida.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO",Icyiciro cya 2: Ubunyamabanga Bukuru,"Ingingo ya 22: Inshingano z’Umunyamabanga Mukuru","Umunyamabanga Mukuru ashinzwe ibi bikurikira: 1° kuyobora abakozi b'Ubunyamabanga Bukuru; 2° gutegura imbanzirizamushinga y‟ingengo y‟imari ya RDRC; 3° gucunga ingengo y'imari n'umutungo bya RDRC; 4° gutegura gahunda na raporo y‟ibikorwa bya RDRC; 5° kubika inyandiko n‟ibitabo bya RDRC;6° gutegura imbanzirizamushinga w‟amategeko ngengamikorere ya RDRC; 7° gutegura inyandiko zikoreshwa mu nama y‟Inama y‟Abakomiseri; 8° kuba umwanditsi w‟inama y‟Inama y‟Abakomiseri; 9° gukora imirimo yose yahabwa na Perezida ijyanye n‟inshingano za RDRC.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO",Icyiciro cya 2: Ubunyamabanga Bukuru,Ingingo ya 23: Abakozi ba RDRC,"Abakozi ba RDRC bagengwa na sitati rusange igenga abakozi ba Leta. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA IV: INZEGO ZIGIZE RDRC N’INSHINGANO ZAZO",NA,"Ingingo ya 24:Urwego RDRC ishyikiriza raporo ","RDRC ishyikiriza Minisitiri uyireberera raporo y‟ibikorwa byayo by‟umwaka",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO",UMUTWE WA V: UMUTUNGO WA RDRC,NA,"Ingingo ya 25: Umutungo wa RDRC n’inkomoko yawo","Umutungo wa RDRC ugizwe n‟ibintu byimukanwa n‟ibitimukanwa. Ukomoka kuri ibi bikurikira: 1° ingengo y‟imari igenerwa na Leta;2° inkunga zaba iza Leta cyangwa iz‟abafatanyabikorwa; 3° inyungu ku mutungo wayo; 4° impano n‟indagano.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO",UMUTWE WA V: UMUTUNGO WA RDRC,NA,"Ingingo ya 26: Imicungire, imikoreshereze n’igenzura by’umutungo wa RDRC ","Imicungire, imikoreshereze n‟igenzura by‟umutungo wa RDRC bikorwa hakurikijwe amategeko abigenga. Ubugenzuzi bushinzwe igenzura rya buri munsi ry‟imikoreshereze y‟umutungo wa RDRC buri kwezi buha raporo Inama y‟Abakomiseri. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO",UMUTWE WA V: UMUTUNGO WA RDRC,NA,"Ingingo ya 27: Ingengo y’imari ","Ingengo y‟imari ya RDRC yemezwa kandi igacungwa hakurikijwe amategeko abigenga.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 28: Kwegurirwa umutungo n’abakozi","Umutungo n‟abakozi ba Leta basanzwe muri Komisiyo y‟igihugu yo gusezerera abari abasirikare no kubasubiza mu buzima busanzwe yashyizweho n‟Iteka rya Perezida nº 37/01 ryo ku wa 09/04/2002 byeguriwe RDRC.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,Ingingo ya 29: Agaciro k’ibyakozwe ,"Ibyakozwe byose na Komisiyo y‟Igihugu yo gusezerera abari abasirikare no kubasubiza mu buzima busanzwe yashyizweho n‟Iteka rya Perezida nº 37/01 ryo ku wa 09/04/2002 mbere yuko iri tegeko ritangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y‟u Rwanda bigumana agaciro kabyo. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 30: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko ","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw‟Ikinyarwanda. ",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 31: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri tegeko","Ingingo zose z‟amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho.",NA "ITEGEKO N°50/2015 RYO KU WA 14/12/2015 RISHYIRAHO KOMISIYO Y’IGIHUGU YO GUSEZERERA NO GUSUBIZA MU BUZIMA BUSANZWE ABARI ABASIRIKARE (RDRC), RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYAYO "," INTEKO ISHINGA AMATEGEKO","UMUTWE WA VI: INGINGO Z’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 32: Igihe iri itegeko ritangira gukurikizwa ","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y‟u Rwanda. Kigali, ku wa 14/12/2015",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya mbere : Icyo iri tegeko rigamije,"Iri tegeko rigena uburyo bwo kubona, gutunga, gutwara, gukora, gucuruza, kubika no guhabwa intwaro, mu buryo ubwo ari bwo bwose. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA MBERE : INGINGO RUSANGE ",NA,Ingingo ya 2 : Ibisobanuro by’amagambo,"Muri iri tegeko, amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1 º amasasu : urwunge rw’isasu cyangwa ibirigize, ni ukuvuga ibitoyi, imbarutso z’isasu, agafu gaturika, umutwe w’isasu bikoreshwa ku ntwaro nto n’izitaremera. Harimo kandi n’ibindi bikoresho cyangwa ibyuma bisimbuzwa ibindi mu ntwaro nto n’izitaremera bituma intwaro ikora neza; 2 º gucura intwaro mu buryo butemewe: a) gukora, guteranya cyangwa guhindura intwaro hakoreshejwe ibikoresho byabonetse ku buryo butemewe n’amategeko; b) gukora, guteranya cyangwa guhindura intwaro mu buryo bunyuranye n’amasezerano mpuzamahanga u Rwanda rwemeje burundu; c) gukora, guteranya cyangwa guhindura intwaro nta ruhushya cyangwa uburenganzira byatanzwe n’urwego rw’Igihugu rubifitiye ububasha; 3 º gushyira ibimenyetso ku ntwaro : igikorwa cyo kwandika inomero, icyiciro cy’intwaro zakozwe, izina ry’uwazikoze, ahantu n’igihugu zakorewemo, ku gice cy’inyuma no ku bindi byuma byazo mu gihe cy’icurwa ry’intwaro; 4 º ikurikirana ry’intwaro : uburyo bukoreshwa bwo kumenya inkomoko y’intwaro nto n’iziciriritse kuva ku wazikoze kugera ku muguzi, mu rwego rwo gufasha abayobozi babifitiye ububasha b’Igihugu cyazitumije gusesengura no guperereza ko intwaro zatumijwe zitakozwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko; 5 º intwaro nto : intwaro zagenewe gukoreshwa n’umuntu umwe. Izo ni nka mitarayezi ziciriritse, masotera zo mu bwoko bwa mitarayezi n’imbunda zirasa urufaya kandi barwanisha. Muri izo ntwaro kandi harimo izifite iminwa zigendanwa zagenewe kohereza imizinga, za gerenade ziturika, za gerenade zitwika cyangwa iz’ibyuka n’ibisasu byo mu butaka; 6 º intwaro zitaremera: intwaro zigendanwa zagenewe gukoreshwa n’abantu benshi bari mu itsinda rimwe. Izo ni nka mitarayezi nini, kanoni zirasa urufaya, izirasa imizinga, morutsiye ziri munsi ya milimetero ijana (mm 100), imbunda zirasa gerenade, intwaro n’imbunda zirasa indege, imbunda zitwarwa ku rutugu zirasa imizinga; 7 º intwaro zitemewe : intwaro zibuzwa n’amategeko y’u Rwanda ndetse n’amasezerano mpuzamahanga; 8 º intwaro : imbunda, amasasu, ibikoreshwa byose nk’intwaro biturika, hamwe n’intwaro za kirimbuzi, izishanyaraza, iz’uburozi, izihumanya cyangwa iz’ubumara; 9 º ububiko rusange bw’intwaro : ahantu hemewe n’amategeko hagenewe kubikwamo intwaro, byatangiwe uruhushya n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda; 10 º ubucuruzi butemewe n’amategeko: gutumiza, gucuruza, kwimura cyangwa kohereza mu mahanga intwaro, zivuye ku butaka bw’igihugu kimwe zijya mu kindi, iyo igihugu kimwe muri byo kitabitangiye uburenganzira cyangwa iyo izo ntwaro zidafite ibimenyetso biziranga; 11 º ubujeni : Ikimenyetso gishyirwa ku bintu byafunzwe n’inzego zibifitiye ububasha hagamijwe kubirindira umutekano, ibyo bintu bikaba bidashobora gufungurwa n’uwariwe wese icyo kimenyetso kitabanje kwangizwa;12 º umucuruzi : umuntu wese ku giti cye ufite uruhushya rwo gucuruza intwaro; 13 º uworohereza abandi mu bucuruzi : umuntu wese ukorera amafaranga, inyungu cyangwa indi mpamvu iyo ariyo yose, hagamijwe: a) korohereza iyohereza, ikusanyanyandiko no kwishyura igikorwa cyose cyerekeye igura n’igurisha ry’intwaro; b) kuba umuhuza hagati y’ukora, ucuruza cyangwa umuguzi w’intwaro. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 3 : Uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda ","Gutunga imbunda, ku buryo ubwo ari bwo bwose, uretse izigenewe Ingabo z’u Rwanda, Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego zibyemererwa n’amategeko, bigomba uruhushya rwanditswe rutangwa n’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda. Kugendana imbunda, uretse izigenewe Ingabo z’u Rwanda , Polisi y’u Rwanda n’izindi nzego zibyemererwa n’amategeko, bitangirwa uruhushya rwanditswe rutangwa n’Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y’u Rwanda.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 4 : Kwishyurira uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda ","Uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda, amasasu n’ibindi bijyana nabyo, rwishyurirwa buri mwaka amafaranga agenwa n’Iteka rya Perezida. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 5 : Kwamburwa uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda ","Polisi y’u Rwanda ifite uburenganzira bwo kwambura by’agateganyo cyangwa burundu umuntu wari ufite uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda n’amasasu yazo iyo bikoreshejwe mu buryo butemewe n’amategeko cyangwa mu buryo bushobora guhungabanya umutekano rusange. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 6 : Uruhushya rwo gutanga no kwakira imbunda ","Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda, butanga uruhushya rwo gutanga no kwakira imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo. Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bugomba kubanza kumenya niba usaba uruhushya rwo kwakira imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo yujuje ibyangombwa biteganywa n’iri tegeko. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 7 : Abemerewe guhabwa uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda ","Uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda ruhabwa: 1º umuntu wasinyanye amasezerano na Polisi y’u Rwanda yemeza ko aramutse ahawe imbunda, amasasu yazo n’ibindi bijyana na byo atazabikoresha mu buryo bunyuranyije n’amategeko; 2º abagenzi bafite icyemezo cya Leta y’Igihugu cyabo, cy’uko imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo bigenewe gukoreshwa nabo ubwabo gusa; 3 º ibigo by’abikorera bishinzwe gucunga umutekano. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 8 : Ibisabwa kugira ngo umuntu yemererwe gutunga no kugendana imbunda ","Kugira ngo umuntu yemererwe gutunga cyangwa kugendana imbunda, agomba kubahiriza ibi bikurikira: 1 º kwandikira ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda agaragaza impamvu asaba gutunga imbunda; 2 º kuba ari inyangamugayo; 3 º kuba afite nibura imyaka makumyabiri n’umwe (21) y’amavuko; 4 º kuba afite icyemezo cya muganga wemewe na Leta cy’uko atarwara indwara zo mu mutwe; 5 º kuba afite icyemezo cy’uko azi gukoresha imbunda gitangwa na Polisi y’u Rwanda; 6 º kuba atarakatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu (6);7 º kugaragaza icyemezo cyo gutunga no kugendana imbunda cyemewe n’amategeko ku munyamahanga wagihawe. Icyakora, Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bushobora kudatanga uruhushya rwo gutunga cyangwa kugendana imbunda. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 9 : Iyinjizwa mu Rwanda ry’imbunda n’amasasu bigenewe imikino, guhiga cyangwa kumurika ","Iyo abagenzi binjiye mu Rwanda mu rwego rw’imikino yo kurasa, guhiga cyangwa kumurika ibikorwa byo muri urwo rwego, imbunda bitwaje, amasasu n’ibindi bijyanye na byo, byakirwa n’ubuyobozi bwa gasutamo bw’aho byinjiriye bikimara kugera mu Rwanda, bugahita bubimenyesha ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 10 : Ibisabwa abagenzi bakeneye gukoresha imbunda zabo mu Rwanda ","Iyo abagenzi bakeneye gukoresha imbunda zabo mu Rwanda, bagomba kuba bitwaje uruhushya rwo gutunga imbunda, kuzigendana cyangwa guhiga bahawe n’ibihugu byabo. Urwo ruhushya rugomba kugaragaza nomero yarwo, umunsi rwatangiweho, ibiro byarutanze, igihe rugomba kumara, n’igihe izo mbunda zinjirijwe mu Rwanda. Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda butanga uruhushya rwo gukoresha imbunda zabo mu Rwanda buhereye kuri urwo ruhushya.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Uruhushya rwanditse rwo gutunga no kugendana imbunda","Ingingo ya 11 : Umubare w’amasasu yemererwa umugenzi ufite uruhushya","Umubare w’amasasu yemererwa umugenzi ufite uruhushya rwo gukoresha cyangwa rwo kunyuza imbunda mu Rwanda ugenwa n’Iteka rya Perezida. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Uruhushya rwo gutumiza, kwinjiza no kunyuza intwaro mu Rwanda, kohereza no gucuruza intwaro mu Rwanda","Ingingo ya 12 : Utanga uruhushya rwo gutumiza, kwinjiza, kohereza no kunyuza intwaro mu Rwanda ","Uruhushya rwo gutumiza, kwinjiza mu Rwanda, kohereza hanze no kunyuza intwaro mu Rwanda, rutangwa na Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano ze. Urwo ruhushya rugomba kugaragaza nibura ibi bikurikira: 1º itariki n’aho rwatangiwe; 2º itariki ruzarangiriraho; 3º igihugu zizagurwamo; 4º igihugu zizoherezwamo; 5º abo zigenewe bwa nyuma; 6º imiterere n’uko zingana; 7º ibihugu zizanyuzwamo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Uruhushya rwo gutumiza, kwinjiza no kunyuza intwaro mu Rwanda, kohereza no gucuruza intwaro mu Rwanda","Ingingo ya 13 : Ibisabwa umuntu ku giti cye kugira ngo yemererwe gucuruza intwaro ","Kugira ngo umuntu yemererwe gucuruza intwaro agomba: 1 º kwandikira ibaruwa ibisaba Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano ze akomekaho kopi y’irangamuntu cyangwa pasiporo ye; 2 º kuba ari inyangamugayo; 3 º kuba afite nibura imyaka makumyabiri n’umwe (21) y’amavuko; 4 º kuba atarakatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu (6); 5 º kuba agaragaza ko afite ububiko bw’intwaro bufite umutekano; 6 º kugaragaza ibyangombwa by’ubucuruzi; 7 º kuba adakorana n’imitwe y’iterabwoba cyangwa n’umuntu ukora iterabwoba ku giti cye; 8 º kubyemererwa n’Inama y’Abaminisitiri.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Uruhushya rwo gutumiza, kwinjiza no kunyuza intwaro mu Rwanda, kohereza no gucuruza intwaro mu Rwanda","Ingingo ya 14 : Imurika ry’intwaro zicuruzwa","Ucuruza intwaro ntashobora gushyira ahagaragara mu iduka rye intwaro irenze imwe kuri buri bwoko bw’intwaro acuruza. Izindi ntwaro, ziguma mu bubiko rusange aho ziteranyirizwa mbere yo gushyikirizwa umuguzi. Iteka rya Perezida rigena ibyerekeye ubucuruzi bw’intwaro mu Rwanda. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Uruhushya rwo gutumiza, kwinjiza no kunyuza intwaro mu Rwanda, kohereza no gucuruza intwaro mu Rwanda","Ingingo ya 15 : Umubare ntarengwa w’intwaro zitangwa n’umucuruzi ","Nta na rimwe umucuruzi ashobora gutanga umubare w’intwaro uri hasi cyangwa hejuru y’uwanditse ku ruhushya rwe. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Uruhushya rwo gutumiza, kwinjiza no kunyuza intwaro mu Rwanda, kohereza no gucuruza intwaro mu Rwanda","Ingingo ya 16 : Umusoro utangwa ku bucuruzi bw’intwaro ","Umusoro utangwa mu bucuruzi bw’intwaro, ugenwa hakurikijwe ibiteganywa n’itegeko rigenga imisoro. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III : IBIKURIKIZWA N’IBIBUJIJWE","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro","Ingingo ya 17 : Umubare w’imbunda zemewe gutungwa ","Umuntu wujuje ibisabwa n’iri tegeko, yemerewe gutunga imbunda imwe (1) igenewe guhiga, siporo cyangwa kwitabara. Icyakora ubifitiye uruhushya rutangwa n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda ashobora gutunga imbunda irenze imwe (1).",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro","Ingingo ya 18 : Intwaro zitemerewe gutungwa n’abasiviri ","Nta musiviri wemerewe gutunga intwaro zigenewe inzego z’umutekano za Leta. Iteka rya Perezida rigena intwaro zemerewe gutungwa n’abasiviri. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro","Ingingo ya 19 : Uruhushya rwo gusana, guhindura no gutanga imbunda ","Nta wemerewe gusana, guhindura, gutanga cyangwa kubika imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo, keretse yabiboneye uruhushya rutangwa n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro","Ingingo ya 20 : Gukodesha, gutiza cyangwa kugwatiriza imbunda ","Nta wemerewe gukodesha, gutiza, cyangwa kugwatiriza imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo mu buryo ubwo ari bwo bwose.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro","Ingingo ya 21 : Kugendana imbunda nta ruhushya ","Umuntu wese utunze imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo ntashobora kubigendana atitwaje uruhushya rubimwemerera.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro",Ingingo ya 22 : Gutanga amakuru atari yo,"Gutanga amakuru atari yo ugamije kubona uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda bihanwa n’iri tegeko.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro","Ingingo ya 23 : Uturere tubujijwe kugezwamo intwaro","Iyo hari impamvu zibiteye, Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano ze agena uturere intwaro zibujijwe kunyuzwamo, gutungirwamo, gucuruzwamo cyangwa kugendanwamo.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya mbere : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutunga no kugendana imbunda, gucura no gucuruza intwaro",Ingingo ya 24 : Intwaro itagira nyirayo,"Iyo intwaro itahuwe idafite nyirayo, ishyikirizwa Polisi y’u Rwanda. Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda buyishyiraho ikimenyetso ahabugenewe, ikabikwa mu bubiko rusange bw’intwaro mbere yo gutwikwa cyangwa gusenywa mu buryo ubwo ari bwo bwose.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe ku bantu bafite uruhushya rwo gutunga cyangwa kwitwaza imbunda","Ingingo ya 25 : Ibikurikizwa mu kubikisha intwaro ","Intwaro ba nyirazo bashaka kubitsa, zihabwa Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda kugira ngo zibikwe mu bubiko rusange bw’intwaro iyo: 1 º intwaro ifitiwe uruhushya rwemewe; 2 º uyibikije atanze amafaranga ya ngombwa kugira ngo urwo ruhushya rwo kuyitunga cyangwa kuyigendana ruzongerwe bibaye ngombwa; 3 º uyibikije ashyize umukono ku nyandiko ivuga ko Leta itishingiye ubwononekare bw’iyo ntwaro bwaterwa n’igihe yamara mu bubiko rusange bw’intwaro; 4 º uyibikije atanze amafaranga y’ububiko agenwa n’Iteka rya Perezida. Iyo intwaro zibikijwe mu bubiko rusange bw’intwaro cyangwa zivanywemo, ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bubyandika ku cyemezo cya nyirazo kimwemerera kuzitunga. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe ku bantu bafite uruhushya rwo gutunga cyangwa kwitwaza imbunda","Ingingo ya 26 : Igihe imbunda yabikishijwe ifatwa nk’itagira nyirayo n’uko igenzwa","Uwabikishije imbunda, amasasu n’ibindi bijyana nabyo agomba kubitwara mbere y’uko uruhushya rwo kuyitunga cyangwa kuyigendana rurangira. Iyo icyo gihe kirangiye, iyo mbunda, amasasu n’ibindi bijyana nabyo bifatwa nk’ibitagira nyirabyo, hagakurikizwa ibiteganywa n’ingingo ya 24 y’iri tegeko.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe ku bantu bafite uruhushya rwo gutunga cyangwa kwitwaza imbunda","Ingingo ya 27 : Gusubiza imbunda igihe uwari uyitunze apfuye","Iyo uwari utunze imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo mu buryo bwemewe n’amategeko apfuye, ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda burabisubirana.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe ku bantu bafite uruhushya rwo gutunga cyangwa kwitwaza imbunda","Ingingo ya 28 : Imenyekanisha ry’impinduka ku masezerano ","Mu gihe utunze imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo mu buryo bwemewe n’amategeko abyibwe, abitaye, ahinduye aho yabarizwaga cyangwa se hagize ikindi gihinduka ku masezerano, agomba guhita abimenyesha ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda. Kopi y’iryo menyesha ikagenerwa ibiro bya Polisi y’u Rwanda bimwegereye. Iyo uwari utunze imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo mu buryo bwemewe n’amategeko apfuye, iryo menyekanisha rikorwa n’umuzungura we cyangwa n’umuhagarariye hubahirijwe ibivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. Polisi y’u Rwanda yihutira gusubirana iyo mbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiciro cya 2 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe ku bantu bafite uruhushya rwo gutunga cyangwa kwitwaza imbunda","Ingingo ya 29 : Gusubiza imbunda mu gihe uyitunze atakiyikeneye","Umuntu wese utunze imbunda, amasasu n’ibindi bijyana na byo mu buryo bwemewe n’amategeko ashobora kubisubiza ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda igihe atakibikeneye. Iyo habaye impamvu yindi ituma yongera gukenera gutunga imbunda, amasasu n’ibindibijyana na byo, abisaba hakurikijwe ibiteganywa n’iri tegeko. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiro cya 3 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutumiza, kohereza no kunyuza intwaro mu gihugu","Ingingo ya 30 : Kunyuza intwaro muri Repubulika y’u Rwanda ","Kunyuza intwaro mu Rwanda bigomba kwerekanirwa icyemezo cyatanzwe na Leta y’Igihugu izo ntwaro zigomba gukoreshwamo, cyemeza ko zigenewe Guverinoma y’icyo gihugu cyangwa abantu bafite amazina yanditse kuri icyo cyemezo. Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano ze, abisabwe n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda, ashobora by’agateganyo kwanga ko izo ntwaro zinyuzwa mu gihugu, iyo abona ko bishobora guhungabanya umutekano mu Rwanda.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiro cya 3 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutumiza, kohereza no kunyuza intwaro mu gihugu","Ingingo ya 31 : Ibyitabwaho mu kunyuza intwaro mu Rwanda ","Umugenzi ufite uburenganzira bwo kunyuza mu Rwanda intwaro agomba kuba afite: 1º amasanduku arimo intwaro afunze kandi ashyizweho ubujeni kimwe n’icyemezo cy’uko yujuje ibyangombwa bitangwa n’ibiro bya gasutamo bimubuza gufungura ayo masanduku; 2º inyandiko y’umugenzi yemeza ko azongera gusohokana izo ntwaro no kutazikoresha mu Rwanda. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiro cya 3 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutumiza, kohereza no kunyuza intwaro mu gihugu","Ingingo ya 32: Igihe ntarengwa cyo kubikira abagenzi intwaro ","Intwaro zitwajwe n’umugenzi umara mu Rwanda igihe kitarenga amezi atandatu (6), zishobora kunyuzwa mu gihugu zikabikwa mu bubiko rusange bw’intwaro. Kuzongerera igihe bitangirwa uruhushya n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda, bikandikwa ku rupapuro ruzinyuza mu Rwanda.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiro cya 3 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutumiza, kohereza no kunyuza intwaro mu gihugu","Ingingo ya 33 : Ibyo ugendana imbunda agomba kubahiriza","Umuntu wese utunze cyangwa ugendana imbunda agomba kugenzura ko ifunze kandi ibitse neza ku buryo idashobora kwirasisha ubwayo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II : UBURYO ABASIVIRI BABONA IMBUNDA N’AMASASU YAZO ","Icyiro cya 3 : Ibikurikizwa n’ibibujijwe mu gutumiza, kohereza no kunyuza intwaro mu gihugu","Ingingo ya 34 : Imenyekanisha ry’irasa ","Umuntu wese utunze imbunda yo kwitabara akayirashisha, agomba guhita abimenyesha mu nyandiko ibiro bya Polisi y’u Rwanda bimwegereye, kopi yayo ikagenerwa ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda. Utunze imbunda yo guhiga cyangwa iya siporo, atanga raporo y’imikoreshereze yayo ku buyobozi buvugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo mugihe cy’amezi atandatu (6). ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO","Icyiciro cya mbere : Ibimenyetso bishyirwa ku ntwaro ","Ingingo ya 35 : Nomero n’ibindi bimenyetso biranga intwaro","Intwaro yose itunzwe cyangwa igendanwa n’ababifitiye uruhushya, igomba kugira nomero n’ibindi bimenyetso byihariye biyiranga, ibi bikanandikwa ahabugenewe muri Polisi y’u Rwanda. Iteka rya Perezida rigena ahashyirwa iyo nomero n’ibimenyetso byihariye n’imiterere yabyo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO","Icyiciro cya mbere : Ibimenyetso bishyirwa ku ntwaro ","Ingingo ya 36 : Kubarura no gushyira ibimenyetso ku ntwaro zafashwe","Intwaro zose zifashwe zitunzwe mu buryo butemewe n’amategeko zigomba kubarurwa, zigashyirwaho ibimenyetso kandi zikandikwa ahabugenewe mbere yo gutwikwa cyangwa gusenywa mu buryo ubwo ari bwo bwose. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO","Icyiciro cya mbere : Ibimenyetso bishyirwa ku ntwaro ","Ingingo ya 37 : Kubarura no gushyira ibimenyetso ku ntwaro zitagikoreshwa ","Intwaro zitagikoreshwa cyangwa zangiritse zirabarurwa zigashyirwaho ikimenyetso kigaragaza ko zitagikoreshwa kandi zikandikwa ahabugenewe mbere yo gutwikwa cyangwa gusenywa mu buryo ubwo ari bwo bwose. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO","Icyiciro cya mbere : Ibimenyetso bishyirwa ku ntwaro ","Ingingo ya 38 : Ibibujijwe ku ntwaro idafite ibimenyetso biyiranga ","Nta wemerewe kubika, gutwara, gutunga no gucuruza intwaro idafite ibimenyetso biyiranga. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO","Icyiciro cya mbere : Ibimenyetso bishyirwa ku ntwaro ","Ingingo ya 39 : Kudashyira ibimenyetso ku ntwaro zinyuzwa mu gihugu","Intwaro zifite uruhushya rwo kunyuzwa mu gihugu ntizishyirwaho ikimenyetso.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO","Icyiciro cya mbere : Ibimenyetso bishyirwa ku ntwaro ","Ingingo ya 40 : Ibimenyetso bishyirwa ku ntwaro ","Intwaro zose zicurwa, zigurwa cyangwa zigurishwa zigomba kugaragaraho ibi bikurikira: igihugu zakorewemo, ikirango cy’uruganda rwazikoze, umwaka zakozwemo, nomero zishyirwa ahabugenewe kandi hadashobora gusibangana n’uruganda rwazikoze. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 2 : Iyandikisha,"Ingingo ya 41 : Ishyingurwa ry’inyandiko z’intwaro ","Intwaro zakozwe cyangwa zacurujwe mu buryo butemewe n’amategeko zigafatwa zandikwa ahabugenewe. Ibi bikorwa no ku ntwaro zinyuzwa cyangwa ziva mu Rwanda. Izo nyandiko zibikwa mu gihe kitari munsi y’imyaka icumi (10).",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 2 : Iyandikisha,"Ingingo ya 42 : Intwaro zanyujijwe mu bigo bitwara ibintu ","Iyo intwaro, zinyujijwe mu bigo bitwara ibintu, ubuyobozi bw’ikigo buzakira mu nyandiko bugahita buzishyikiriza ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda zikabikwa mu bubiko rusange bw'intwaro. Kugira ngo nyirazo azihabwe yerekana ibyangombwa bivugwa mu ngingo ya munani (8) y’iri tegeko. Iyo nyirazo atazitwaye mu gihe cy’amezi atatu (3), ikigo gitwara ibintu kibimenyesha Polisi y’u Rwanda hagakurikizwa ibiteganywa n’ingingo ya 24 y’iri tegeko.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 2 : Iyandikisha,"Ingingo ya 43 : Ibitabo bihoraho bibarurirwamo intwaro ","Abacuruza intwaro bagira ibitabo bihoraho bibarurirwamo intwaro bafite mu iduka no mu bubiko rusange bw’intwaro. Iteka rya Perezida rigena imiterere n’imikoreshereze y’ibyo bitabo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 3 : Igenzura n’ibarura,"Ingingo ya 44 : Igenzura rikorerwa abatunze intwaro ","Ufite uruhushya rwo gutunga intwaro cyangwa urwo kuyigendana ashobora guhamagazwa igihe cyose n’ababifitiye ububasha kugira ngo yemeze ko afite intwaro ivugwa kuri urwo ruhushya. Iyo basanze atayifite, ahanishwa ibihano biteganywa muri iri tegeko. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 3 : Igenzura n’ibarura,"ngingo ya 45 : Uburyo bwo kugenzura, kubarura no gukoresha intwaro ","Uburyo bwo kubarura, kugenzura no gukoresha intwaro zisohoka mu bubiko rusange bushyirwaho n’Iteka rya Perezida. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 3 : Igenzura n’ibarura,"Ingingo ya 46 : Uburyo icyemezo n’ibitabo by’ibarura bibikwa ","Mu rwego rwo koroshya igenzura, icyemezo cyo gusohora, gutunga no kugurisha intwaro kibikanwa n’igitabo cy’ibarura",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 3 : Igenzura n’ibarura,"Ingingo ya 47 : Ibarura ry’intwaro ","Polisi y’u Rwanda ikora ibarura ry’intwaro zigenewe gucuruzwa cyangwa izitunzwe n’abantu ku giti cyabo rimwe mu mwaka n’igihe cyose bibaye ngombwa.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IV : IYANDIKISHA RY’INTWARO N’IBIMENYETSO",Icyiciro cya 3 : Igenzura n’ibarura,"Ingingo ya 48 : Icyemezo cy’ubuziranenge ku ntwaro ","Intwaro zose zinjira, zisohoka cyangwa zikorerwa mu gihugu zigomba kuba ziherekejwe n’icyemezo cy’ubuziranenge gitangwa n’inzego zibishinzwe. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 49 : Kubika intwaro zitagenewe gukoreshwa mu Rwanda ","Intwaro zitagenewe gukoreshwa mu Rwanda zigomba gufungwa neza mu masanduku zikabikwa mu bubiko rusange. Ibiro bya gasutamo bishyira kuri ayo masandukuubujeni buyabuza gufungurwa, bikandikwa ku rupapuro ruzinyuza mu gihugu, kandi zikishyurirwa amafaranga ya gasutamo y’igihe zizamaramo.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 50 : Intwaro zigenewe kubikwa mu bubiko rusange bw’intwaro ","Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 25 y’iri tegeko, kubitsa intwaro mu bubiko rusange bw’intwaro, bitangirwa uruhushya n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda, bikamenyeshwa Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano ze.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 51 : Kubika intwaro mu bubiko rusange bw’intwaro ","Intwaro zigenewe gukoreshwa mu Rwanda, zishyirwa mu bubiko rusange bw’intwaro ari naho ziteranyirizwa, mbere y’uko zishyikirizwa nyirazo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 52 : Imiterere y’ububiko rusange bw’intwaro ","Ububiko rusange bw’intwaro, bugomba kuba bufite icyumba cyihariye cyo kuzibikamo, cyubatse muri beto, gifungishwa imiryango y’imitamenwa kandi ifungurwa mu buryo bw’ibanga.Mbere yo gutangira kubika intwaro mu cyumba cyabigenewe, ubuyobozi bwa Polisi y’ u Rwanda bubanza kubitangira uburenganzira nyuma yo kugenzura niba icyo cyumba cyujuje ibisabwa. Icyo cyumba kigomba kuba kirinzwe cyane.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 53 : Umubare ntarengwa w’intwaro muri buri bubiko ","Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bugena umubare ntarengwa w’intwaro kuri buri bubiko rusange bw’intwaro. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 54 : Abakozi b’ububiko rusange bw’intwaro ","Ububiko rusange bw’intwaro bugomba kugira abakozi bahoraho babifitiye ubumenyi. Abo bakozi bagomba guhora bahugurirwa uwo murimo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 55 : Kwinjira mu bubiko rusange bw’intwaro","Uburenganzira bwo kwinjira mu bubiko rusange bw’intwaro, bugirwa gusa n’abakozi bahoraho b’ububiko rusange bw’intwaro n’abashinzwe gukora igenzura. Ubwo burenganzira kandi bushobora kugirwa n’undi wese wabyemerewe n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 56 : Uburyo gasutamo yohereza intwaro mu bubiko rusange ","Intwaro zigeze muri gasutamo, zihita zoherezwa n’umukozi wa gasutamo mu bubiko rusange bw’intwaro, aho zigomba kubikwa mu buryo buteganywa n’iri tegeko. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA V : UBUBIKO,NA,"Ingingo ya 57 : Uburyo bwo kuvana intwaro mu bubiko rusange ","Haseguriwe ibiteganywa n’ingingo ya 13 y’iri tegeko, intwaro zicuruzwa zigomba gushyirwa mu bubiko rusange bw’intwaro. Kugira ngo zivemo, ucuruza intwaro agomba kwerekana uruhushya rubimwemerera no kwishyura amafaranga ateganywa mu ngingo ya 25 y’iri tegeko. Umuguzi agomba kuba yujuje ibisabwa mu ngingo ya 8 y’iri tegeko. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VI : UBUFASHA MU BUCURUZI BW’INTWARO ",NA,"Ingingo ya 58 : Ibisabwa aborohereza abandi mu bucuruzi. ","Kugura, kugurisha cyangwa gutwara intwaro bishobora gukorwa n’abahuza abacuruzi n’abaguzi.Kugira ngo umuntu yemererwe kuba umwe mu bahuza b’abacuruzi n’abaguzi b’intwaro, agomba kuba yanditse mu gitabo cyabugenewe mu buyobozi bwa Polisi y’u Rwanda nyuma yo kwishyura amafaranga agenwa n’Iteka rya Perezida.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VI : UBUFASHA MU BUCURUZI BW’INTWARO ",NA,"Ingingo ya 59 : Uruhushya rwihariye ruhabwa aborohereza abandi mu bucuruzi","Mbere ya buri gikorwa cyo kugura, kugurisha cyangwa gutwara intwaro, uhuza umucuruzi n’umuguzi agomba kuba afite uruhushya rwihariye rwo gukora icyo gikorwa rutangwa na Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano ze. Urwo ruhushya rwihariye rugomba kandi guherekezwa n’ibi bikurikira: 1º icyemezo cy’uhagarariwe kimuha uburenganzira bwo gutumiza cyangwa kohereza mu mahanga intwaro; 2º inyandiko itanga uburenganzira bwo guhagararirwa mu gutumiza, kohereza cyangwa gutwara intwaro; 3º urutonde rugaragaza abahuza abacuruzi n’abaguzi bazitabazwa muri icyo gikorwa. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VI : UBUFASHA MU BUCURUZI BW’INTWARO ",NA,"Ingingo ya 60 : Igenzurwa ry’ibitabo byandikwamo aborohereza abandi mu bucuruzi ","Polisi y’u Rwanda ikora igenzura ry’ibitabo byandikwamo aborohereza abandi mu bucuruzi bw’intwaro buri mezi atandatu (6) n’igihe cyose bibaye ngombwa. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VII : IFATIRA, ITWIKWA, ISENYWA RY’INTWARO N’IKOMANYIRIZWA",NA,"Ingingo ya 61 : Ifatira, itwikwa n’isenywa ry’intwaro zinyuzwa mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko ","Intwaro iyo zifashwe zarakozwe, zaratumijwe cyangwa zicishwa mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko, zifatirwa na Leta y’u Rwanda mu gihe hagikorwa iperereza. Ni nako bigenda ku ntwaro zidafite ba nyirazo. Iyo iperereza rirangiye, izo ntwaro zishobora gutwikwa cyangwa zigasenywa mu bundi buryo ubwo ari bwo bwose. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VII : IFATIRA, ITWIKWA, ISENYWA RY’INTWARO N’IKOMANYIRIZWA",NA,Ingingo ya 62 : Ikomanyirizwa ,"Birabujijwe kohereza intwaro mu bihugu byafatiwe ibihano byo gukomanyirizwa muri urwo rwego n’Akanama gashinzwe Umutekano ku Isi k’Umuryangow’Abibumbye cyangwa n’indi Miryango ihuriweho n’Ibihugu u Rwanda rurimo. ",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 63 : Kwandarika cyangwa guta intwaro ",NA,"Umuntu wese wandarika cyangwa uta intwaro aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atatu (3) ariko kitageze ku mezi atandatu (6) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi magana atatu (300.000 FRW) ariko atarenze ibihumbi magana atanu (500.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 64 : Gutiza, gukodesha, kugwatiriza cyangwa gutanga intwaro ",NA,"Umuntu wese utiza, ukodesha, ugwatiriza cyangwa utanga intwaro aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya Miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze Miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW). " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 65 : Gutanga amakuru atari yo ugamije kubona uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda ",NA,"Umuntu wese utanga amakuru atari yo agamije kubona uruhushya rwo gutunga no kugendana imbunda aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu (6) ariko kitarenze umwaka umwe (1) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi magana atanu (500.000 FRW) ariko atarenze miliyoni imwe (1.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 66 : Ibikorwa bifatwa nk’ibyaha by’ubugome ",NA,"Umuntu wese ukora kimwe mu bikorwa bikurikira: 1 º gukora, cyangwa gutunga intwaro zitemewe; 2 º kwinjiza cyangwa kubika intwaro zitemewe; 3 º gucuruza cyangwa gukwirakwiza intwaro zitemewe; 4 º gukoresha intwaro zitemewe; aba akoze icyahaIyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka makumyabiri (20) ariko kitarenze imyaka makumyabiri n’itanu (25) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni zirindwi (7.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni icumi (10.000.000 FRW). Iyo ibikorwa bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo bikozwe n’umuntu wari ufite uburenganzira bwo gukora cyangwa gutunga intwaro, ahabwa igihano cy’inyongera cyo kubwamburwa. Ibihano bivugwa mu gika cya kabiri (2) cy’iyi ngingo ni na byo bihabwa umuntu wese ufasha cyangwa worohereza undi gukora ibikorwa bivugwa muri iyi ngingo. " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 67 : Gusana cyangwa guhindura intwaro nta burenganzira ",NA,"Umuntu wese, utabifitiye uburenganzira, usana cyangwa uhindura intwaro, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 68 : Kohereza intwaro mu karere karimo intambara cyangwa mu gihugu cyakomanyirijwe ",NA,"Umuntu wese wohereza intwaro n’ibindi bijyanye na zo mu karere karimo intambara cyangwa mu gihugu cyakomanyirijwe mu by’intwaro n’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye Gashinzwe Umutekano ku Isi cyangwa n’Imiryango u Rwanda rurimo, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y'imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka irindwi (7) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni mirongo itatu (30.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni mirongo itanu (50.000.000 FRW). Iyo ibikorwa bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo bikozwe n’umuntu ufite uburenganzira bwo gucuruza intwaro, arabwamburwa, hejuru ya guhabwa ibihano bivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo. " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 69 : Gukoresha imbunda mu buryo butemewe ",NA,"Umuntu wese ukoze ibikorwa bikurikira:1 º kurasa cyangwa gukoresha imbunda mu buryo ubwo ari bwo bwose bunyuranyije n’amategeko; 2 º gutera ubwoba umuntu cyangwa kwangiza umutungo ukoresheje imbunda nta mpamvu igaragara; 3 º gutunga umuntu imbunda nta mpamvu igaragara; aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. Aba akoze icyaha kandi uwanga kwereka ababishinzwe, imbunda, ibyangombwa byayo cyangwa uwanga kuyishyikiriza ubuyobozi bubishinzwe igihe yabitegetswe. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu (6) ariko kitarenze umwaka umwe (1) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi ijana (100.000 FRW) ariko atarenze ibihumbi magana abiri na mirongo itanu (250.000 FRW). " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 70 : Gutunga intwaro, guhindura ibimenyetso byayo, kwinjiza mu gihugu, gutunda, gucuruza, gukora cyangwa gukwirakwiza intwaro cyangwa ibice byazo ",NA,"Umuntu wese utunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uhindura ibimenyetso biranga intwaro mu buryo ubwo ari bwo bwose, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. Umuntu wese winjiza, utunda, ucuruza, ukora n’ukwirakwiza, mu buryo butemewe n’amategeko, ku buryo ubwo ari bwo bwose, intwaro cyangwa ibice byazo, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y'imyaka icumi (10) ariko kitarenze imyaka cumi n’itanu (15) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni icumi (10.000.000 FRW). Iyo ibyaha bivugwa mu gika cya mbere n’icya kabiri (2) by’iyi ngingo bikozwe ku rwego mpuzamahanga, uwabikoze ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka cumi n’itanu (15) ariko kitarenze imyaka makumyabiri (20) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni cumi n’eshanu (15.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 FRW)." "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA VIII : IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 71 : Gutuma intwaro ziri mu bubiko zibwa cyangwa zangirika ",NA,"Umuntu wese ushinzwe gucunga ububiko bw’intwaro, ku bw’uburangare agatuma zibwa, zangirika cyangwa zisohoka mu bubiko mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu (6) ariko kitarenze umwaka umwe (1) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi magana atanu (500.000 FRW) ariko atarenze miliyoni imwe (1.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. " "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IX : INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 72 : Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko ","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IX : INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 73 : Ivanwaho ry’itegeko n’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko ","geko n° 33/2009 ryo ku wa 18/11/2009 ryerekeye intwaro n’izindi ngingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije naryo bivanyweho.",NA "ITEGEKO N°56/2018 RYO KU WA 13/8/2018 RYEREKEYE INTWARO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA IX : INGINGO ZISOZA ",NA,"Ingingo ya 74: Igihe iri tegeko ritangira gukurikizwa ","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 13/8/2018 ",NA "ITEGEKO Nº 013 BIS /2019 RYO KU WA 30/06/2019 RIHINDURA ITEGEKO No 11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,NA,NA,Ingingo ya mbere: Igihe cy’inzibacyuho,"Ingingo ya 52 y’ itegeko no 11/2017 ryo ku wa 06/04/2017 rishyiraho Ishuri Rikuru ry’Igihugu Ryihariye rishinzwe Kwigisha Iyubahirizwa ry’Amategeko rikanagena inshingano, ububasha, imitunganyirize n’imikorere byaryo ihinduwe ku buryo bukurikira: “Inzego n’ibigo bya Leta birebwa n’iri tegeko bigomba kuba byubahirije ibiteganywa n’iri tegeko mu gihe kitarengeje imyaka ine (4).” ",NA "ITEGEKO Nº 013 BIS /2019 RYO KU WA 30/06/2019 RIHINDURA ITEGEKO No 11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,NA,NA,"Ingingo ya 2: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko ","Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda.",NA "ITEGEKO Nº 013 BIS /2019 RYO KU WA 30/06/2019 RIHINDURA ITEGEKO No 11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,NA,NA,"Ingingo ya 3: Ivanwaho ry’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko","Ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho. ",NA "ITEGEKO Nº 013 BIS /2019 RYO KU WA 30/06/2019 RIHINDURA ITEGEKO No 11/2017 RYO KU WA 06/04/2017 RISHYIRAHO ISHURI RIKURU RYIHARIYE RY’IGIHUGU RISHINZWE KWIGISHA IYUBAHIRIZWA RY’AMATEGEKO RIKANAGENA INSHINGANO, UBUBASHA, IMITUNGANYIRIZE N’IMIKORERE BYARYO ",NA,NA,NA,"Ingingo ya 4: Igihe iri tegeko ritangirira gukurikizwa","Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Agaciro karyo gahera kuwa 20/04/2017Kigali, ku wa 30/06/2019 ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya mbere: Icyo iri tegeko rigamije ","Iri tegeko rigenga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 2: Ibisobanuro by’amagambo ","Muri iri tegeko, amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1° ikirango: ikimenyetso icyo ari cyo cyose gituma umuntu atitiranya utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera n’undi, abakozi b’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera n’ab’undi igihe bari mu kazi cyangwa ibikoresho bye n’iby’undi; 2° Minisitiri: Minisitiri ufite Polisi y’u Rwanda mu nshingano; 3° umurinzi ugendanwa: umukozi w’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ushinzwe kugenda hafi y’uwo arinda; 4° urwego rubifitiye ububasha: urwego rw’Igihugu rushinzwe kwandikasosiyete y’ubucuruzi cyangwa koperative. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 3: Serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","1º gutanga umurinzi ugendanwa; 2º kurinda umutungo wimukanwa cyangwa utimukanwa; 3º gutanga inama ku kurinda umutekano cyangwa ku mikoreshereze y’ibikoresho birinda umutekano; 4º guhugura ku byerekeye gukoresha intwaro no kurinda umutekano; 5º gukora ibikorwa bigamije kurinda ituze n’umudendezo mu ngo, ahakorerwa imirimo, ku nyubako zikorerwamo imikino n’imyidagaduro n’ahandi hantu hahurira abantu benshi; 6º gushyira ibikoresho birinda umutekano ahantu hagomba kurindwa, kubyitaho no kubisana; 7º gukurikirana no kwita ku bimenyetso bitangwa n’ibikoresho byo kurinda umutekano. Iteka rya Minisitiri rigena uko ibikorwa byo kurinda umutekano bishyirwa mu bikorwa. Iteka rya Minisitiri rishobora kugena ibindi bikorwa byo kurinda umutekano. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 4: Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ni sosiyete y’ubucuruzi cyangwa koperative byanditse hakurikijwe amategeko abigenga. Uwifuza kuba utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera abanza gusaba Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda icyemezo kimufasha kwiyandikisha mu rwego rubifitiye ububasha. Icyemezo kivugwa mu gika cya 2 cy’iyi ngingo kigira agaciro k’iminsi cumi n’itanu (15).",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 5: Urwego rufite ububasha bwo gutanga icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Polisi y’u Rwanda ni rwo rwego rufite ububasha bwo gutanga icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 6: Gusaba icyemezo cyo kwiyandikisha mu gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Usaba icyemezo cyo kwiyandikisha mu gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera yandikira Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ibaruwa iherekejwe n’ibi bikurikira: 1º amategeko shingiro amugenga ariho umukono wa noteri; 2º inyandiko igaragaza aho icyicaro gikuru giherereye na aderesi yacyo yuzuye; 3º inyandiko igaragaza amazina y’uhagarariye usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwan’abikorera imbere y’amategeko n’umwungirije, imirimo bashinzwe, aho babarizwa n’imyirondoro yabo yuzuye kandi nibura umwe muri bo agomba kuba afite ubwenegihugu nyarwanda; 4º icyemezo cy’uko uhagarariye usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera imbere y’amategeko n’umwungirije batakatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6); 5º inyandiko igaragaza gahunda y’ibikorwa bya serivisi z’umutekano usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ateganya gukora; 6º inyandiko igaragaza umutungo w’usaba icyemezo ufite agaciro kagenwa n’iteka rya Minisitiri; 7º inyandiko igaragaza ko inyubako ikorerwamo nk’icyicaro gikuru cy’usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera yujuje ibiteganywa n’amategeko y’imyubakire; 8º inyandiko igaragaza ikigo cy’amahugurwa cy’usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera cyujuje ibisabwa bigenwa na Polisi y’u Rwanda cyangwa amasezerano afitanye n’ikigo cy’amahugurwa cyemewe na Polisi y’u Rwanda; 9º igitabo gikubiyemo inyigisho z’abatozwa n’imyirondoro y’abarimu bazitanga byujuje ibisabwa bigenwa na Polisi y’u Rwanda; 10º amategeko ngengamikorere yujuje ibisabwa bigenwa na Polisi y’u Rwanda. Iteka rya Minisitiri rishobora kugena ibindi bisabwa usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera agomba kuzuza. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 7: Amategeko shingiro agenga utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Bitabangamiye ibiteganywa n’andi mategeko, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera agomba kugira amategeko shingiro amugenga agaragaza",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 8: Ibisabwa kugira ngo umuntu ajye mu nzego z’ubuyobozi ","Bitabangamiye ibiteganywa n’andi mategeko, umuntu ujya mu nzego z’ubuyobozi agomba kuba: 1° afite nibura imyaka cumi n’umunani (18) y’amavuko; 2° afite nibura impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri (2 ) cya kaminuza n’uburambe bw’imyaka itanu (5) mu buyobozi iyo ari umuyobozi mukuru, afite nibura uburambe bw’imyaka itanu (5) mu bijyanye no gucunga umutekano iyo ari umuyobozi mukuru wungirije; 3° atarahamwe n’icyaha cya jenoside, icy’ingengabitekerezo ya jenoside, icy’ivangura cyangwa icyo gukurura amacakubiri ayo ari yo yose; 4° atakatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirenze amezi atandatu (6). Iteka rya Minisitiri rishobora kugena ibindi bisabwa abajya mu nzego z’ubuyobozi bagomba kuba bujuje. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 9: Ibisabwa umuntu ushaka kuba umukozi ushinzwe kurinda umutekano muri serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera","Umuntu ushaka kuba umukozi ushinzwe kurinda umutekano muri serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera agomba kuba: 1° ari Umunyarwanda; 2° afite nibura imyaka cumi n’umunani (18) y’amavuko; 3° afite icyemezo cy’uko atakatiwe igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu (6); 4° afite ubuzima buzira umuze byemejwe na muganga wemewe na Leta; 5° azi gusoma no kwandika.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 10: Igihe ntarengwa cyo gusubiza usaba icyemezo cyo kwiyandikisha mu gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda asubiza mu nyandiko usaba icyemezo cyo kwiyandikisha mu gutanga serivisiz’umutekano zitangwa n’abikorera mu gihe kitarenze iminsi mirongo itandatu (60) y’akazi uhereye umunsi yakiriye ubusabe bwuzuye, akamuha igisubizo cyamufasha kwiyandikisha mu rwego rubifitiye ububasha. Iyo usaba icyemezo cyo kwiyandikisha mu gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera atishimiye igisubizo yahawe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, ashobora kujuririra icyo gisubizo Minisitiri mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye umunsi yagihereweho, Minisitiri akamusubiza mu nyandiko mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye umunsi yakiriye ubujurire. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 11: Icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Nyuma yo kwandikwa n’urwego rubifitiye ububasha, usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera yandikira Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda ibaruwa amusaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera, iherekejwe n’icyemezo cy’iyandikwa yahawe n’urwego rubifitiye ububasha.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 12: Igihe ntarengwa cyo gutanga igisubizo ku busabe bw’icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda asubiza mu nyandiko usaba icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye umunsi yakiriye ubusabe. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 13: Kwerekana ibikoresho by’ibanze byo kurinda umutekano","Mbere yo gutangira gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera, uwahawe icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera yerekana ibikoresho by’ibanze byo kurinda umutekano. Iteka rya Minisitiri rivugwa mu gika cya 2 cy’ingingo ya 3 y’iri tegeko rigena kandi ibikoresho by’ibanze byo kurinda umutekano. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 14: Kwemerera usaba wo mu kindi gihugu gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera mu Rwanda ","Bitabangamiye inyungu z’u Rwanda, umutekano warwo ndetse n’amasezeranompuzamahanga u Rwanda rwemeje burundu, usaba gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera wo mu kindi gihugu ashobora kwemererwa gukorera mu Rwanda hashingiwe ku biteganywa n’iri tegeko.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 15: Imiterere y’icyemezo gitangwa na Polisi y’u Rwanda","Polisi y’u Rwanda itanga icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera, kigaragaza ubwoko bwa serivisi z’umutekano ugihawe yemerewe gutanga. Icyemezo kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo kigira agaciro mu gihe cy’imyaka itanu (5) ishobora kongerwa bisabwe mu nyandiko n’uwagihawe, nyuma yo kongera gukorerwa igenzura. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 16: Guhinduka k’uwahawe icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera","Iyo utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera wahawe icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda ahindutse, umusimbuye agomba kuzuza ibiteganywa n’iri tegeko kugira ngo yemererwe gukomeza gukora ibikorwa byo gutanga izo serivisi.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 17: Kwamburwa icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda ","Icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda cyamburwa uwagihawe kubera imwe mu mpamvu zikurikira: 1° kurenza igihe kingana n’amezi atandatu (6) adakora; 2° kubera impamvu z’umutekano w’Igihugu; 3° kudakosora ibyo yasabwe mu igenzura; 4° kudashyira mu bikorwa igihano yahawe; 5° kwihanizwa na Polisi y’u Rwanda mu nyandiko inshuro eshatu (3) zikurikiranya mu gihe kitarenze amezi atandatu (6) ku mpamvu zo kudatangira igihe raporo cyangwa amakuru asabwa na Polisi y’u Rwanda; 6° gukoresha abakozi batemejwe na Polisi y’u Rwanda; 7° kuba atacyubahiriza ibyashingiweho ahabwa icyemezo; 8° kuba uwagihawe yaratanze amakuru atari ukuri mu gihe yasabaga guhabwa icyo cyemezo cyangwa ko cyongererwa igihe. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 18: Kumenyeshwa iyamburwa ry’icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Iyo utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera yambuwe icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera, Polisi y’u Rwanda ibimenyesha mu nyandiko uwo bireba na rubanda, mu gihe cy’amasaha mirongo ine n’umunani (48) bimaze kwemezwa. Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera wambuwe icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ahagarika ibikorwa byose byo kurinda umutekano mu gihe kitarenze iminsi mirongo itatu (30) y’akazi. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA II: GUSABA ICYEMEZO CYO GUTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA ",NA,"Ingingo ya 19: Ubujurire ku iyamburwa ry’icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera","Iyo utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera atishimiye icyemezo cyafashwe na Polisi y’u Rwanda cyo kumwambura icyemezocyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera, ashobora kujuririra Minisitiri, mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi ibarwa uhereye umunsi yabimenyesherejwe mu nyandiko. Minisitiri asubiza mu nyandiko uwatanze ubujurire mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye umunsi yakiriye ubujurire.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: AMAHUGURWA Y’UMUKOZI USHINZWE KURINDA UMUTEKANO ",NA,"Ingingo ya 20: Amahugurwa y’ibanze ku bijyanye n’umutekano","Mbere y’uko umukozi mushya ushinzwe kurinda umutekano wemejwe na Polisi y’u Rwanda atangira imirimo ye, ahabwa amahugurwa y’ibanze ku bijyanye n’umutekano amara nibura igihe cy’amezi atatu (3). Amahugurwa y’ibanze avugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo atangwa n’ikigo cy’amahugurwa cyemewe na Polisi y’u Rwanda. Polisi y’u Rwanda igenzura itangwa ry’ayo mahugurwa.Iteka rya Minisitiri rigena amahugurwa y’ibanze ahabwa umukozi mushya ushinzwe kurinda umutekano. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: AMAHUGURWA Y’UMUKOZI USHINZWE KURINDA UMUTEKANO ",NA,"Ingingo ya 21: Icyemezo cy’amahugurwa y’ibanze ","Umukozi ushinzwe kurinda umutekano ushoje amahugurwa y’ibanze ku bijyanye n’umutekano abihererwa icyemezo na Polisi y’u Rwanda. Umukozi ushinzwe kurinda umutekano wahawe icyemezo kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ashobora kucyerekana k’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera uwo ari we wese kugira ngo ahabwe akazi, atabanje gukora andi mahugurwa nk’ayo yaherewe icyo cyemezo. Polisi y’u Rwanda ishobora kwambura umukozi ushinzwe kurinda umutekano wahawe icyemezo kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo, iyo yakoze amakosa akomeye y’imyitwarire. Umukozi ushinzwe kurinda umutekano wambuwe icyemezo kivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ashobora gusaba, mu nyandiko, Polisi y’u Rwanda gusubizwa icyo cyemezo, agaragaza ko yahinduye imyitwarire. Polisi y’u Rwanda imaze gusuzuma ubusabe bwe ishobora kumusubiza icyo cyemezo. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: AMAHUGURWA Y’UMUKOZI USHINZWE KURINDA UMUTEKANO ",NA,"Ingingo ya 22: Amahugurwa yihariye cyangwa yisumbuye ku bijyanye n’umutekano ","Umukozi ushinzwe kurinda umutekano usanzwe ari mu kazi ko gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ashobora guhabwa amahugurwa yihariye cyangwa yisumbuye mu bijyanye n’umutekano kugira ngo yongererwe ubushobozi n’ubumenyi. Amahugurwa avugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ashobora gutangwa na Polisi y’u Rwanda cyangwa ikigo cy’amahugurwa cyemewe na Polisi y’u Rwanda cyaba icyo mu Rwanda cyangwa icyo mu mahanga. Iyo ari amahugurwa yo gukoresha intwaro, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera abisabira uruhushya mu nyandiko Polisi y’u Rwanda nibura iminsi mirongo itatu (30) mbere yuko amahugurwa atangira. Inyandiko isaba uruhushya ivugwa mu gika cya gatatu cy’iyi ngingo igomba kugaragaza aho amahugurwa azatangirwa, imyirondoro y’abazahugurwa n’iy’abazahugura.Iyo ubu busabe bwemewe, Polisi y’u Rwanda ikurikiranira hafi aya mahugurwa. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA III: AMAHUGURWA Y’UMUKOZI USHINZWE KURINDA UMUTEKANO ",NA,Ingingo ya 23: Ikiguzi cy’amahugurwa,"Ikiguzi cy’amahugurwa yose atanzwe na Polisi y’u Rwanda cyangwa ikigo cy’amahugurwa cyemewe na Polisi y’u Rwanda cyishyurwa n’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera wayasabye.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya mbere: Imikorere y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Ingingo ya 24: Ibirango by’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera agira ibirango bye byihariye bitandukanya: 1° utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera n’undi ukora iyo mirimo; 2° abakozi b’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera n’ab’undi ukora iyo mirimo; 3° ibikoresho by’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera n’iby’undi ukora iyo mirimo. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya mbere: Imikorere y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Ingingo ya 25: Umwambaro w’abakozi bashinzwe kurinda umutekano","Iteka rya Minisitiri rivugwa mu ngingo ya 20 y’iri tegeko rigena kandi ibijyanye n’umwambaro w’abakozi bashinzwe kurinda umutekano b’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya mbere: Imikorere y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Ingingo ya 26: Ikoreshwa ry’intwaro ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera yubahiriza ibiteganywa n’amategeko abigenga kugira ngo abone uruhushya rwo gutunga, kugendana no gukoresha intwaro. Bitabangamiye ibiteganywa n’itegeko ryerekeye intwaro, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera akoresha intwaro zitandukanye n’iz’inzego zishinzwe kurinda Igihugu n’umutekano zikoresha. Izo ntwaro zigomba kuba zanditswe muri Polisiy’u Rwanda. Polisi y’u Rwanda igenzura ibikorwa byose bigendanye n’iyakirwa ry’intwaro. Ishobora kandi kugirana n’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera amasezerano yerekeranye n’itizwa cyangwa igura ry’intwaro. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya mbere: Imikorere y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Ingingo ya 27: Imitangire y’amasoko y’ibikoresho by’umutekano ","Mu itangwa ry’amasoko y’ibikoresho by’umutekano, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ntashobora kwemererwa na Polisi y’u Rwanda guha isoko ikigo cyahejwe mu masoko ya Leta cyangwa gikemangwa. Ku bijyanye no kugura intwaro, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera akorana n’ibigo by’ubucuruzi bw’intwaro byemewe na Polisi y’u Rwanda. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya mbere: Imikorere y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Ingingo ya 28: Gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera hanze y’u Rwanda ","Bitabangamiye inyungu z’u Rwanda, umutekano warwo ndetse n’amasezeran.mpuzamahanga u Rwanda rwemeje burundu, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ashobora gutanga serivisi z’umutekano hanze y’u Rwanda, ashingiye ku masezerano yagiranye n’abashaka izo serivisi, ashobora kandi gukoresha abakozi b’Abanyarwanda. Uwifuza gutanga serivisi zivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo asaba uburenganzira Polisi y’u Rwanda mu nyandiko.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya mbere: Imikorere y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ",Ingingo ya 29: Amategeko agenga abakozi ,"Abakozi b’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera bagengwa n’amategeko agenga umurimo mu Rwanda. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya 2: Imikoranire y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera na Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 30: Imikoranire mu micungire y’abakozi ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera agira urusobe rwa porogaramu y’ikoranabuhanga rumufasha gucunga abakozi. Urwo rusobe rwa progaramu Polisi y’u Rwanda igira uburenganzira bwo kurugenzura.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya 2: Imikoranire y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera na Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 31: Gutanga raporo no guhererekanya amakuru ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera aha Polisi y’u Rwanda mu nyandiko raporo y’ibikorwa bye ya buri cyumweru n’iya buri kwezi, akanayimenyesha uko umutekano w’aho akorera wifashe buri munsi. Mu gihe habaye igikorwa icyo ari cyo cyose cyahungabanyije cyangwa gishobora guhungabanya umutekano w’aho akorera, utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ahita abimenyesha Polisi y’u Rwanda ako kanya. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’UTANGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA N’IMIKORANIRE YE NA POLISI Y’U RWANDA","Icyiciro cya 2: Imikoranire y’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera na Polisi y’u Rwanda ","Ingingo ya 32: Kugaragaza umukozi ushinzwe kurinda umutekano woherejwe mu kazi no kumenyekanisha utakikarimo ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera abika inyandiko ya buri munsi igaragaza uburyo umukozi ushinzwe kurinda umutekano yoherejwe ku kazi. Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera amenyesha Polisi y’u Rwanda, mu nyandiko, umukozi ushinzwe kurinda umutekano utakiri mu kazi mu gihe cy’iminsi irindwi (7) akavuyeho, akagaragazan’impamvu zatumye akavaho.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ",Icyiciro cya mbere: Igenzura,"Ingingo ya 33: Igenzura ry’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ","Polisi y’u Rwanda ikora igenzura ry’utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ku buryo buhoraho. Igenzura rikorwa rimwe (1) mu mezi atatu (3) n’igihe cyose Polisi y’u Rwanda ibona ko ari ngombwa. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ",Icyiciro cya mbere: Igenzura,"Ingingo ya 34: Raporo y’igenzura ","Polisi y’u Rwanda ikora raporo y’igenzura igaha kopi uwagenzuwe, imumenyesha ibyavuye mu igenzura. Igihe igenzura ryagaragaje amakosa cyangwa ibinyuranyije n’iri tegeko, Polisi y’u Rwanda isaba uwagenzuwe kubikosora. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ingingo ya 35: Gukora nta cyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda ","Ukora nta cyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda kimwemerera kuzitanga, aba akoze ikosa. Ibikorwa byo kurinda umutekano akora birahagarikwa, akanahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni eshanu (5.000.000 Frw) ariko atarenze miliyoni icumi (10.000.000 Frw). ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ingingo ya 36: Gukorera ku cyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera cyarengeje igihe ","Iyo utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera akorera ku cyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera cyarengeje igihe, aba akoze ikosa. Ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 Frw) ariko atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 Frw).",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ingingo ya 37: Gukoresha umukozi ushinzwe kurinda umutekano utaremejwe ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ukoresha umukozi ushinzwe kurinda umutekano utaremejwe na Polisi y’u Rwanda aba akoze ikosa. Ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni ebyiri (2.000.000 Frw) ariko atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 Frw). Umukozi ushinzwe kurinda umutekano utaremejwe ahita ahagarikwa",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ingingo ya 38: Gukoresha umukozi ushinzwe kurinda umutekano utarahuguwe","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera ukoresha umukozi ushinzwe kurinda umutekano utarahuguwe aba akoze ikosa. Ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni ebyiri (2.000.000 Frw) ariko atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 Frw). Umukozi ushinzwe kurinda umutekano utarahuguwe ahita ahagarikwa. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ingingo ya 39: Kutagira ibikoresho by’ibanze bikoreshwa mu kurinda umutekano","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera udafite ibikoresho by’ibanze bikoreshwa mu kurinda umutekano bigenwa n’iteka rya Minisitiri cyangwa ukorera aho bitari aba akoze ikosa. Ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 Frw) ariko atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 Frw). ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ",Ingingo ya 40: Isubirakosa,"Iyo amakosa avugwa mu ngingo ya 35, iya 36, iya 37, iya 38 n’iya 39 z’iri tegeko yongeye gukorwa, ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi bivugwa muri izo ngingo byikuba kabiri.",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ingingo ya 41: Itangwa ry’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi biteganywa muri iri tegeko bitangwa na Polisi y’u Rwanda. Iteka rya Minisitiri rishobora kugena andi makosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi bijyanye na yo. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Ingingo ya 42: Ubujurire ku bihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ","Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera utishimiye igihano cyo mu rwego rw’ubutegetsi giteganywa n’iri tegeko ashobora kujuririra Minisitiri, mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’akazi ibarwa uhereye igihe yabimenyesherejwe mu nyandiko. Minisitiri asubiza mu nyandiko uwatanze ubujurire mu gihe kitarenze iminsi cumi n’itanu (15) y’akazi uhereye igihe yakiriye ubujurire. ",NA "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ",Icyiciro cya 3: Ibyaha n’ibihano,"Ingingo ya 43: Guhana uhagarariye ukora nta cyemezo ",NA,"Iyo uhagarariye ukora nta cyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda yagize uruhare mu gutanga izo serivisi, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka itanu (5) ariko kitarenze imyaka irindwi (7) n’ihazabu y’amafarangay’u Rwanda atari munsi ya miliyoni ebyiri (2.000.000 Frw) ariko atarenze miliyoni eshatu (3.000.000 Frw) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. " "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ","Icyiciro cya 2: Amakosa n’ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi ",Ingingo ya 44: Gutanga amakuru atari yo ,NA,"Iyo umwe mu bagize urwego rw’ubuyobozi yatanze amakuru atari yo mu gihe yasabaga guhabwa icyemezo cyo gutanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera gitangwa na Polisi y’u Rwanda cyangwa ko cyongererwa igihe, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka itatu (3) ariko kitarenze imyaka itandatu (6) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi y’ibihumbi magana atanu (500.000 Frw) ariko atarenze miliyoni imwe (1.000.000 Frw) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano. " "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA V: IGENZURA, AMAKOSA, IBYAHA N’IBIHANO ",NA,"Ingingo ya 45: Igihe cy’inzibacyuho ",NA,"Utanga serivisi z’umutekano zitangwa n’abikorera usanzwe akora ahuza imikorere ye n’ibiteganywa n’iri tegeko mu gihe kitarenze imyaka ibiri (2) uhereye ku munsi iri tegeko ritangarijwe mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda." "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VI: INGINGO Y’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 46: Itegurwa, isuzumwa n’itorwa by’iri tegeko",NA,"Iri tegeko ryateguwe, risuzumwa kandi ritorwa mu rurimi rw’Ikinyarwanda. " "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VI: INGINGO Y’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 47: Ivanwaho ry’Itegeko n’ingingo z’amategeko zinyuranyije n’iri tegeko ",NA,"tegeko n° 31/2014 ryo kuwa 19/08/2014 rigenga ibigo by’abikorera bitanga serivisi z’umutekano n’ingingo z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranyije naryo bivanyweho. " "ITEGEKO Nº 16Bis/2020 RYO KU WA 07/09/2020 RIGENGA SERIVISI Z’UMUTEKANO ZITANGWA N’ABIKORERA",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO ,"UMUTWE WA VI: INGINGO Y’INZIBACYUHO N’IZISOZA ",NA,"Ingingo ya 48: Igihe iri tegeko ritangirira gukurikizwa ",NA,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Kigali, on 07/09/2020 " "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya mbere: ,"Iri tegeko rirengera by’umwihariko abari ingabo bamugariye ku rugamba. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 2:,"Muri iri tegeko, uwamugariye ku rugamba ni Umunyarwanda wari ingabo akamugarira ku rugamba kandi wari mu mitwe y’Ingabo z’Abanyarwanda zarwanye guhera mu Kwakira 1990 n’undi wese uri mu ngabo z’u Rwanda umugariye ku rugamba agasezererwa n’urwego rubifitiye ububasha. Urwo rwego ni na rwo rwemeza uwamugariye ku rugamba uwo ari we.",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 3: ,"Haseguriwe ibyo agenerwa n’iri tegeko, uwamugariye ku rugamba agira uburenganzira n’inshingano bingana n’iby’abandi bantu bose imbere y’amategeko. Arengerwa ku buryo bumwe nk’abandi nta vangura iryo ari ryo ryose. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 4:,"Uwamugariye ku rugamba iri tegeko rireba ni umuntu ufite ubumuga bwa burundu bw’umubiri cyangwa bwo mu mutwe buri muri kimwe mu byiciro bikurikira: 1° hagati ya 90 na 100%; 2° hagati ya 70 na 89%; 3° hagati ya 50 na 69%; 4° hagati ya 30 na 49%. Ijanisha ry’ubumuga bwa burundu no gushyira mu byiciro abamugariye ku rugamba bikorwa n’akanama k’abaganga bemewe na Leta gashyirwaho n’Iteka rya Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano ze. Akanama k’abaganga gateganywa mu gika cya kabiri cy’iyi ngingo gasuzuma buri myaka ibiri n’igihe cyose bibaye ngombwa uwamugariye ku rugamba kandi kakamushyira mu cyiciro gihwanye n’ubumuga bwe. Ibi bireba n’abatashyizwe mu byiciro biteganywa n’igika cya mbere cy’iyi ngingo.",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE,NA,Ingingo ya 5: ,"Hashyizweho urwego rushinzwe gukurikirana no gushyira mu bikorwa ibiteganywa n’iri tegeko. Imiterere n’imikorere by’urwo Rwego igenwa n’Iteka rya Minisitiri w’Intebe. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 6: ,"Bitabangamiye ibiteganyijwe n’andi mategeko, uwamugariye ku rugamba afite uburenganzira bwihariye buteganywa n’iri tegeko. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 7: ,"Leta ifite inshingano yo gukora ibishoboka kugira ngo uwamugariye ku rugamba agire amahirwe yo kwiga amashuri ashoboye hakurikijwe ubumuga afite. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 8:,"Uwamugariye ku rugamba washyizwe mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri avuzwa na Leta . Uwamugariye ku rugamba uri mu cyiciro cya gatatu n’icya kane avuzwa na Leta mu mavuriro yayo n’andi mavuriro afitanye amasezerano na Leta, indwara zikomoka ku bumuga yatewe n’intambara, yerekanye icyemezo gitangwa n’Akanama k’abaganga gateganyijwe mu ngingo ya 4 y’iri tegeko. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 9: ,"Leta ifite inshingano yo gufasha uwamugariye ku rugamba kubona insimburangingo n’inyunganirangingo. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 10: ,"Hagamijwe imibereho myiza y’uwamugariye ku rugamba, Urwego ruteganyijwe mu ngingo ya 5 y’iri tegeko rwiga kandi rugashyiraho uburyo bwo kujya mu bwisungane buhoraho mu kwivuza n’ubwo kwibumbira mu mashyirahamwe cyangwa amakoperative. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 11:,"Uwamugariye ku rugamba uri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri yoroherezwa mu ngendo ze za ngombwa mu Gihugu. Iteka rya Minisitiri ufite gutwara abantu mu nshingano ze rigena uburyo uwamugariye ku rugamba wo mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri yoroherezwa muri izo ngendo. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 12: ,"Uwamugariye ku rugamba uri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri asonewe kwishyura inyandiko zitangwa muri serivisi za Leta zibanje kwishyurwa.Iteka rya Minisitiri ufite Ubutegetsi bw’Igihugu mu nshingano ze riteganya izo nyandiko izo ari zo. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 13: ,"Uwamugariye ku rugamba uri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri, asonerwa amafaranga y’igarama n’andi yose atangwa mu rukiko. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 14: ,"Uwamugariye ku rugamba ahabwa amahirwe yo kubona umurimo kurusha abandi iyo banganya ubushobozi mu kazi cyangwa banganyije amanota mu ipiganwa.",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 15: ,"Leta ifite inshingano yo gushakira uwamugariye ku rugamba uri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri, umwunganira mu mategeko no mu nkiko. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 16: ,"Leta ifite inshingano yo gushakira inzu yo guturamo uwamugariye ku rugamba uri mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri udashobora kuyibonera. Iyo nzu igomba kuba ijyanye n’ubumuga bwe kandi iri hafi y’ibikorwa remezo by’ibanze bikenewe nk’umuhanda, amashuri n’ivuriro. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 17: ,"Uwamugariye ku rugamba utishoboye agenerwa amafaranga yo kumutunga ya buri kwezi, agenwa n’Iteka rya Perezida. Iyo uwamugariye ku rugamba afite akazi cyangwa ashoboye kwitunga, amafaranga ateganywa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ntayo ahabwa. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA II: UBURENGANZIRA BW’ UWAMUGARIYE KU RUGAMBA ",NA,Ingingo ya 18:,"Ibigenerwa abamugariye ku rugamba bikomoka ku ngengo y’imari ya Leta. Iteka rya Perezida rigena ahandi ibigenerwa abamugariye ku rugamba byaturuka. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IBYEREKEYE GUTAKAZA UBURENGANZIRA ",NA,Ingingo ya 19: ,"Bitabangamiye ibiteganywa n’andi mategeko, uwamugariye ku rugamba atakaza uburenganzira ahabwa n’iri tegeko iyo yakoresheje uburiganya mu kubona ubwo burenganzira atari akwiriye. ",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,"UMUTWE WA III: IBYEREKEYE GUTAKAZA UBURENGANZIRA ",NA,Ingingo ya 21: ,"Iyo bigaragaye ko uwamugariye ku rugamba adashoboye gucunga cyangwa asesagura ibyo agenerwa n’iri tegeko, imicungire yabyo yegurirwa umuhagarariye mu buryo buteganywa n’amategeko, cyangwa ushyirwaho n’urwego rushinzwe gushyira mu bikorwa ibiteganywa n’iri tegeko.",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 22:,"Ingingo zose z’amategeko abanziriza iri kandi zinyuranye na ryo zivanyweho.",NA "ITEGEKO Nº02/2007 RYO KUWA 20/01/2007 RIRENGERA ABARI INGABO BAMUGARIYE KU RUGAMBA ",INTEKO ISHINGA AMATEGEKO,UMUTWE WA IV: INGINGO ZISOZA,NA,Ingingo ya 23: ,"Iri tegeko ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y'u Rwanda. Kigali, kuwa 20/01/2007",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/MIN/024 RYO KU WA 19/07/2024 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA ",Minisitiri w’Ibikorwa Remezo,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigena ibipimo by’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga, ibyo rukozemo n’amakuru arugaragaraho. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/MIN/024 RYO KU WA 19/07/2024 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA ",Minisitiri w’Ibikorwa Remezo,NA,NA,"Ingingo ya 2: Ibipimo by’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga ","Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga rufite ibipimo mpuzamahanga byemewe, ID-1, ISO/IEC 7810, bikurikira: (a) uburebure: mm 85,6; (b) ubugari: mm 54; (c) umubyimba: mm 0,76.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/MIN/024 RYO KU WA 19/07/2024 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA ",Minisitiri w’Ibikorwa Remezo,NA,NA,"Ingingo ya 3: Ibyo uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rukozemo","Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga rumeze nk’ikarita yo kubikuza amafaranga ruriho ifoto ya nyirarwo mu ibara ry’iroza rikeye. Rukozwe mu rupapuro rukomeye kandi rutakwangizwa n’amazi rwitwa «Teslin ®» rufunikishijwe pulasitiki ibonerana.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/MIN/024 RYO KU WA 19/07/2024 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA ",Minisitiri w’Ibikorwa Remezo,NA,NA,"Ingingo ya 4: Amakuru agaragara ku ruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga ","(1) Imbere ku ruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga, ahagaragara ifoto ya nyir’uruhushya, hagaragara ibi bikurikira: (a) kuva ibumoso ugana iburyo, hari ikirangantego cya Repubulika y’u Rwanda gikurikirwa n’urwunge ry’amagambo «REPUBULIKA Y’U RWANDA» yandikishije ibara ry’ubururu bukeye; munsi handitse itsinda ry’amagambo «REPUBLIC OF RWANDA» mu nyuguti z’icyatsi cyerurutse, ibi byombi bikurikirwa n’urukiramende rugizwe n’amabara akurikiranye asa nk’ay’ibendera rya Repubulika y’u Rwanda; (b) munsi y’ibiteganyijwe mu gaka ka (a) k’iki gika, hari umurongo ugororotse wirabura uva munsi y’itsinda ry’amagambo «REPUBLIC OF RWANDA» ukagera munsi y’urukiramende rwavuzwe mu gaka ka (a) k’iki gika; (c) ku ruhande rw’ibumoso bw’umurongo, hari ifoto ya nyir’uruhushya igaragara mu ruziga ruteye nk’igi rihagaritse rifite ibara risa n’umweru. Uru ruziga rufite uburebure bwa mm 44 n’ubugari bwa mm 29,3. Iruhande rwarwo, hari uruziga ruteye nk’igi rufite umurambararo muremure wa mm 47 n’umurambararo mugufi wa mm 38,75 rugaragaraho imirasire y’izuba ifite udukoni 24. Iburyo bw’urwo ruziga ahajya hepfo, harimo agafoto gasa nk’agakingirijwe ka nyir’uruhushya; (d) munsi y’umurongo ugororotse wirabura uvugwa mu gaka ka (b) k’iki gika, haruguru y’uruziga rw’izuba ruteye nk’igi rufite umurambararo wa mm 26,6 mu butambike, handitse amagambo akurikiranye uturutse hejuru ugana hasi mu mirasire y’izuba rifite udukoni 24,mu rurimi rw’Ikinyarwandan’urw’Icyongereza ku buryo bukurikira: (i) URUHUSHYA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA/ DRIVING LICENSE; (ii) Amazina / Names; (iii) Yavutse / Date of birth; (iv) Igitsina / Sex; (v) Izarangira / Expiry date; (vi) Yatangiwe / Place of issue; (e) munsi y’ifoto igaragara mu ruziga rw’igi rihagaritse ruvugwa mu gaka ka (c) k’iki gika, hari ijambo “Class” rikurikiwe n’inyuguti nkuru bivuga urwego rw’ibinyabiziga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwatangiwe. Munsi y’urwego rw’ibinyabiziga hari inyuguti «DL N°» zikurikiwe na nomero y’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga igaragara neza igizwe n’imibare 16.(2) Inyuma ku ruhushya nyarwanda rwo gutwara ibinyabiziga hagaragara ibi bikurikira: (a) uturutse hejuru ibumoso: (i) uturutse hejuru ibumoso ugana hasi, hari imbonerahamwe y’inkingi ebyiri, yerekana mu nkingi y’ibumoso iteruwe n’amagambo «Ikinyabiziga / Class» mu rurimi rw’Ikinyarwanda no mu Cyongereza, inzego z’ibinyabiziga kuva hejuru ugana hasi zigizwe n’inyuguti A1; A; B1; B; C; D; D1, E; na F, imbere ya buri nyuguti hakagaragara igishushanyo cyerekana ubwoko bw’ikinyabiziga, naho mu nkingi y’iburyo iteruwe n’amagambo «Yatanzwe / Issued» mu rurimi rw’Ikinyarwanda no mu Cyongereza, hakagaragara igihe uruhushya rwo gutwaraibinyabiziga rwatangiwe ku rwego bireba; (ii) mu ruhande rwo hagati ugana hejuru hari ibisa n’ibigize ikirangantego cya Repubulika y’u Rwanda hagati mu gisa n’ibendera ry’Igihugu biri mu ibara rimwe; (b) uturutse ahagana iburyo bw’ibendera riri mu ibara rimwe uvuye hejuru ujya hasi werekeza iburyo, hagaragara amagambo akurikira: (i) ku murongo wa mbere n’uwa kabiri «Utoraguye iyi karita, wayishyikiriza ubuyobozi bwa polisi bukwegereye»; (ii) ku murongo wa gatatu n’uwa kane: «If found, please return to the nearest police station»; (iii) munsi hagaragara agafoto gasa nk’agakingirijwe ka nyir’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga; (c) munsi y’agafoto gasa nk’agakingirijwe kavugwa mu gaka ka (b)(iii) k’iki gika handitse amagambo «Umukono / Signature», munsi yayo hakajya umukono bwite wa nyirayo; (d) munsi y’umukono wa nyirayo n’imbonerahamwe hari urukiramende rw’ikijuju kivanze n’umukara «2D barcode», rufite mm 75 z’uburebure na mm 19 z’ubugari. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/MIN/024 RYO KU WA 19/07/2024 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA ",Minisitiri w’Ibikorwa Remezo,NA,NA,"Ingingo ya 5: Uruhushya rwatsindiwe hakoreshejwe ikinyabiziga cya “automatique”","Uretse inzego z’ibinyabiziga bya A1 na B1 zidahinduka, ku zindi nzego zose z’impushya zatsindiwe hakoreshejwe ikinyabiziga cya “automatique”, hongerwaho inyuguti «AT», zivuga «Automatic Transmission», kuri buri cyiciro cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/MIN/024 RYO KU WA 19/07/2024 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA ",Minisitiri w’Ibikorwa Remezo,NA,NA,Ingingo ya 6: Ingingo ivanaho ,"Iteka rya Minisitiri n° 04/MOS/Trans/015 ryo ku wa 08/04/2015 rigena imiterere y’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rivanyweho. Ingingo ya 7: Ingingo y’ururimi Iri teka ryateguwe mu rurimi rw’Ikinyarwanda. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 01/MIN/024 RYO KU WA 19/07/2024 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IBINYABIZIGA ",Minisitiri w’Ibikorwa Remezo,NA,NA,"Ingingo ya 8: Gutangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 19/07/2024",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rishyiraho abagize akanama k’abaganga gashinzwe kugena ijanisha ry’ubumuga bwa burundu no gushyira mu byiciro abamugariye ku rugamba, kitwa “Akanama” mu ngingo zikurikira. Rigena kandi manda y’abagize ako Kanama n’imikorere yako. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 2: Ishyirwaho ","Abantu bakurikira bagizwe abagize Akanama: 1° Maj. Dr MUGABO Francis; 2° Capt. Dr HOPE Jean Marie Vianney; 3° Dr NIRAGIRE Alice; 4° Dr BUNOGERANE Juru Gisele; 5° Dr YUBAHWE Janvier. Abagize Akanama bitoramo Perezida, Visi Perezida n’Umwanditsi mu nama yabo ya mbere, itumizwa kandi ikayoborwa na Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,Ingingo ya 3: Manda y’abagize Akanama,"Abagize Akanama bagira manda y’imyaka itanu (5) ishobora kongerwa inshuro imwe",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 4: Impamvu zituma ugize Akanama ava muri uwo mwanya ","Ugize Akanama ava muri uwo mwanya iyo: 1° manda irangiye; 2° yeguye ku bushake akoresheje inyandiko; 3° atagishoboye kuzuza inshingano bitewe n’uburwayi cyangwa ubumuga byemejwe n’umuganga wemewe na Leta; 4° agaragaje imyitwarire itajyanye n’inshingano ze; 5° akatiwe burundu igihano cy’igifungo kingana cyangwa kirengeje amezi atandatu (6); 6° apfuye. Ukwegura k’ugize Akanama kugezwa kuri Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano, mu ibaruwa ishinganye mu iposita cyangwa itanzwe mu ntoki ifite icyemezo cy’iyakira cyangwa binyuze mu buryo bw’ubutumwa bw’ikoranabuhanga. Iyo iminsi mirongo itatu (30), ibarwa uhereye ku munsi Minisitiri yakiriye ibaruwa cyangwa ubutumwa butanzwe mu buryo bw’ikoranabuhanga bimenyesha ukwegura, irangiye nta gisubizo usaba kwegura ahawe, ukwegura kwe gufatwa nk’aho kwemewe. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 5: Isimburwa ry’ugize Akanama ","Iyo umwe mu bagize Akanama avuye muri uwo mwanya, Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano amusimbuza mu gihe kitarenze amezi atandatu (6) uhereye ku munsi yaviriye muri uwo mwanya. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 6: Itumizwa n’iterana by’inama z’Akanama","Inama y’Akanama iterana igihe cyose bibaye ngombwa ko ifata ibyemezo bijyanye n’inshingano zako. Itumizwa mu nyandiko cyangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga, kandi ikayoborwa naPerezida cyangwa na Visi Perezida igihe Perezida adahari. Ubutumire bugezwa ku bagize Akanama nibura iminsi umunani (8) y’akazi mbere y’uko inama iterana. Umwanditsi w’Akanama akora inyandikomvugo y’inama y’Akanama. Iyo atabonetse, inyandikomvugo ikorwa n’undi ugize Akanama ugenwa n’Umuyobozi w’inama.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 7: Umubare wa ngombwa kugira ngo inama z’Akanama ziterane n’ifatwa ry’ibyemezo ","nama z’Akanama ziterana nibura iyo bane (4) mu bakagize bazitabiriye. Ibyemezo by’inama y’Akanama bifatwa ku bwumvikane busesuye bw’abayitabiriye. Iyo ubwumvikane butabonetse, ibyemezo bifatwa ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abari mu nama. Iyo ubwiganze burunduye butabonetse cyangwa amajwi angana, ijwi ry’uyoboye inama riraganza.Inyandikomvugo y’inama y’Akanama ishyirwaho umukono n’Umuyobozi n’Umwanditsi b’inama. Perezida cyangwa Visi Perezida w’Akanama yoherereza Minisitiri ufite ubuzima mu nshingano inyandiko mvugo y’inama yasinywe, akagenera kopi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe abari abasirikare. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 8: Koroherezwa ingendo n’amafaranga y’insimburamubyizi ","Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima busanzwe abari abasirikare yorohereza ingendo abagize Akanama iyo bagomba gukora inshingano zabo ziteganywa n’iri teka kandi ikabaha amafaranga y’insimburamubyizi agenwa n’Inama y’Abakomiseri yayo. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 9: Ivanwaho ry’iteka n’ingingo zinyuranyije n’iri tek","Iteka rya Minisitiri nº 20/17 ryo ku wa 30/01/2008 rishyiraho abagize akanama k’abaganga gashinzwe gushyira mu byiciro abamugariye ku rugamba n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo bivanyweho. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 001/MoH/2020 RYO KU WA 10/09/2020 RYEREKEYE ABAGIZE AKANAMA K’ABAGANGA GASHINZWE KUGENA IJANISHA RY’UBUMUGA BWA BURUNDU NO GUSHYIRA MU BYICIRO ABAMUGARIYE KU RUGAMBA ",Minisitiri w’Ubuzima,NA,NA,"Ingingo ya 10: Igihe iri teka ritangirira gukurikizwa","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, 10/09/2020 ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 05/MOS/Trans/018 RYO KU WA 06/12/2018 RIHINDURA ITEKA RYA MINISITIRI N° 04/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA ","Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,"Ingingo ya mbere: Ibikoze uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga ","Ingingo ya 3 y’Iteka rya Minisitiri n° 04/MOS/TRANS/015 ryo ku wa 08/04/2015 rigena imiterere y’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga, ihinduwe ku buryo bukirikira: “Uruhushya Nyarwanda rwo Gutwara Ikinyabiziga rumeze nk’ikarita yo kubikuza amafaranga ruriho ifoto ya nyirarwo mu ibara ry’iroza rikeye. Rukozwe mu rupapuro rukomeye kandi rutakwangizwa n’amazi rwitwa “teslin ®ˮ rufunikishijwe pulasitiki ibonerana. Icyakora, mu gihe hari impamvu ishobora gutuma uruhushya ruvugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo rutinda gutangwaMinisitiri ufite gutwara abantu n’ibintu mu nshingano ze, abisabwe na Komite y’Igihugu Ngishwanama ishinzwe Umutekano mu Mihanda, ashobora guha Polisi y’u Rwanda uburenganzira bwo gutanga uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rw’igihe gito, rumara igihe kitarengeje amezi atandatu (6), ruteye ku buryo bukirikira: 1° rufite amabara y’umukororombya agaragaza amabara y’ibendera ry’Igihugu yererutse, rufunikishijwe pulasitiki ibonerana; 2° rukozwe mu rupapuro rukomeye kandi rutakwangizwa n’amazi rwitwa “Polyvinyl Chloride CR 80ˮ; 3° rufite uburebure bwa milimetero mirongo inani n’eshanu n’ibice bitandatu (85,6 mm); 4° rufite ubugari bwa milimetero mirongo itanu n’enye (54 mm); 5° rufite umubyimba ungana na milimetero zeru n’ibice mirongo irindwi na bitandantu (0,76 mm)ˮ. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 05/MOS/Trans/018 RYO KU WA 06/12/2018 RIHINDURA ITEKA RYA MINISITIRI N° 04/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA ","Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,"Ingingo ya 2: Ibigaragara ku ruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rw’igihe gito ","Mu iteka rya Minisitiri n°04/MOS/TRANS/015 ryo ku wa 08/04/2015 rigena imiterere y’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga hongewemo ingingo ya 4 bis iteye ku buryo bukurikira: “Ingingo ya 4 bis: Inyandiko zigaragara ku ruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rw’igihe gito Haseguriwe ibiteganywa mu gika cya 2 cy’ingingo ya 3 y’iri teka, uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rw’igihe gito rugaragaraho inyandiko zikurikira: 1. imbere, ahagaragara ifoto ya nyir’uruhushya handitse ibi bikurikira: 1° kuva ibumoso ugana iburyo, hagaragara Ikirango cya Repubulika y’u Rwanda gikurikirwa n’itsinda ry’amagambo “REPUBULIKA Y’U RWANDAˮ yandikishije ibara ry’ubururu bukeye. Munsi hari itsinda ry’amagambo “REPUBLIC OFRWANDAˮ mu nyuguti z’icyatsi cyera, amatsinda yombi akabangikana n’urukiramende rugizwe n’amabara akurikiranye asa nk’ay’ibendera rya Repubulika y’u Rwanda; 2° munsi y’ibiteganyijwe mu gace ka 1° k’iki gika, hari umurongo ugororotse wirabura uva munsi y’itsinda ry’amagambo “REPUBLIC OF RWANDAˮ ukagera munsi y’urukiramende rwavuzwe mu gace 1°; 3° ku ruhande bw’ibumoso bw’umurongo, hari ifoto ya nyir’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rw’igihe gito ifite ibipimo byemewe bya “ICAO (9303)ˮ mu ibara ry’umweru mu ruziga ruteye nk’igi rihagaritse; 4° ku ruhande rw’iburyo hagati harimo agafoto gato ka nyir’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rw’igihe gito; 5° hagati y’ifoto ya nyir’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rw’igihe gito iri ku ruhande rw’ibumoso n’agafoto gato kari ku ruhande rw’iburyo, harimo akaziga k’ubururu gafite umurambararo wa milimetero cumi n’eshanu n’ibice icyenda (15.9 mm) imbere mu ruziga rugaragarmo imirasire y’izuba rufite umurambararo wa milimetero mirongo itanu n’ibice bitandatu ( 50,6 mm). 6° munsi y’umurongo ugororotse wirabura wavuzwe mu gace ka 2° k’iki gika, handitse amagambo akurikiranye uturutse hejuru ugana hasi mu mirasire y’izuba rifite udukoni makumyabiri na tune (24), mu rurimi rw’Ikinyarwanda n’urw’Icyongereza ku buryo bukurikira: a) URUHUSHYA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA RW’IGIHE GITO/SHORT TERM DRIVING LICENSE; b) Amazina/names; c) Yavutse/Date of birth; d) Igitsina/sex; e) Izarangira/Expiry date;f) Yatangiwe/Place of issue. 7° munsi y’ifoto igaragara mu ruziga rw’igi rihagaritse rwavuzwe mu gace ka 3o k’iki gika, hari Class ni ukuvuga inzego z’ibinyabiziga ny’ir’uruhushya yemerewe gutwara. Munsi ya Class hari amagambo akurikira: “DL N°” akurikiwe na nomero y’uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga igaragara neza igizwe n’imibare cumi n’itandatu (16). 2. inyuma, hagaragara ibi bikurikira: 1° ku ruhande rw’ibumoso uturutse hejuru, hagaragara imbonerahamwe y’inkingi ebyiri (2) yerekana ibumoso bwayo inzego z’ibinyabiziga/class kuva hejuru ugana hasi zigizwe n’inyuguti: A1; A; B1; B; C; D; D1, E na F, imbere ya buri rwego hakagaragara igishushanyo cyerekana ubwoko bw’ikinyabiziga, naho mu nkingo y’iburyo hakagaragara igihe uruhushya rwatangiwe (yatanzwe/issued); 2° munsi y’iyo mbonerahamwe, hagaragara:a) ku murongo wa mbere n’uwa kabiri “Utoraguye iyi karita, wayishyikiriza ubuyobozi bwa polisi bukwegereye”; b) ku murongo wa gatatu n’uwa kane: “If found, please return to the nearest police stationˮ; 3° ku ruhande rw’iburyo uturutse hejuru, hari: a) “QR codeˮ ifite ishusho ya mpande enye ya milimetero cumi n’icyenda (19 mm) z’uruhande; b) munsi ya “QR codeˮ, hari ifoto ntoya ya nyirayo; c) munsi y’ifoto ntoya, handitse “Umukono/Signatureˮ munsi yabyo hakajya umukono bwite wa nyirayo; 4° inyuma hagaragara kandi akaziga k’ubururu gafite umurambararo wa milimetero cumi n’eshanu n’ibice icyenda (15,9 mm) imbere mu ruziga rugaragaramo imirasire y’izuba rufite umurambararo wa milimetero mirongo itanu n’ibice bitandatu (50,6 mm)ˮ. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 05/MOS/Trans/018 RYO KU WA 06/12/2018 RIHINDURA ITEKA RYA MINISITIRI N° 04/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA ","Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,"Ingingo ya 3: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka ","Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanyweho. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N° 05/MOS/Trans/018 RYO KU WA 06/12/2018 RIHINDURA ITEKA RYA MINISITIRI N° 04/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IMITERERE Y’URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA ","Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,"Ingingo ya 4: Igihe iri teka ritangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.Kigali, ku wa 06/12/2018",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°003/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 RIGENA IMITERERE Y’IKIRANGO CY’UMUHESHA W’INKIKO","Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta",NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigena imiterere y’ikirango cy’umuhesha w’inkiko uri mu kazi.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°003/MOJ/ACT.2015 RYO KU WA 02/11/2015 RIGENA IMITERERE Y’IKIRANGO CY’UMUHESHA W’INKIKO","Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta",NA,NA,"Ingingo ya 2: Imiterere y’ikirango cy’umuhesha w’inkiko","Ikirango cy’umuhesha w’inkiko kigizwe n’umwambaro w’agakoti gakozwe mu mwenda w’umweru w’ubwoko bwa MATT ROULEAUTEX. Agakoti kavuzwe mu gika cya mbere cy’iyi ngingo karangwa n’ibi bikurikira: 1° amagambo “UMUHESHA W’INKIKO” yanditse mu nyuguti nkuru kandi mu ibara ry’umukara agaragara mu mugongo w’agakoti; 2° igishushanyo cy’umunzani kiri imbere ibumoso kiri mu mabara y’Ibendera ry’Igihugu, kandi munsi yawo hakaba handitseho amagambo “Umuhesha w’Inkiko” mu ibara ry’umukara; 3° agatambaro kagaragaraho amazina y’umuhesha w’inkiko na numero za telefoni ye mu ibara ry’umukara kometse hejuru ku ruhande rw’iburyo rw’agakoti; 4° imbere no mu mugongo h’agakoti hagaragaraho akamenyetso kabengerana kari mu ibara ry’umweru ku buryo kagaragara ku muntu uri mu ntera ya metero ijana nibura (100 m). ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°05/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IGIHE URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA RUMARA, NUBURYO RWONGERERWA IGIHE","Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigena igihe Uruhushya Nyarwanda rwo Gutwara Ikinyabiziga rumara, n’uburyo rwongererwa igihe.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°05/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IGIHE URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA RUMARA, NUBURYO RWONGERERWA IGIHE","Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,"Ingingo ya 2: Igihe uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rumara ","Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga kuri buri rwego rumara imyaka ikurikira ku byiciro by’imyaka bikurikira: 1° imyaka icumi (10) ku bantu bafite imyaka y’amavuko itarengeje mirongo ine n’itanu (45); 2° imyaka isigaye kugira ngo agire imyaka mirongo itanu n’itanu (55) y’amavuko ku bantu barengeje imyaka mirongo ine n’itanu (45) ariko batagejeje kun myaka mirongo itanu (50); 3° imyaka itanu (5) ku bafite imyaka y’amavuko iri hagati ya mirongo itanu (50) na mirongo itandatu n’umunani (68); 4° imyaka isigaye kugira ngo agire imyaka 73 y’amavuko ku bantu barengeje imyaka mirongo itandatu n’umunani (68) ariko batagejeje ku myaka mirongo irindwi (70); 5° imyaka itatu (3) ku bantu barengeje imyaka mirongo irindwi (70) ;",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°05/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IGIHE URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA RUMARA, NUBURYO RWONGERERWA IGIHE","Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,"Ingingo ya 3: Ibisabwa kugira ngo uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rwongererwe igihe","Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rwongererwa igihe hakurikije icyiciro cy’imyaka usaba kongererwa uruhushya agezemo nk’uko biteganyijwe mu ngingo ya 2 y’iri teka. Ibisabwa mu kongerera igihe uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga ni ibi bikurikira: 1° gushyikiriza urwego rushinzwe gutanga uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga inyemezwabwishyu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu (5.000) yishurwa mu isanduku ya leta; 2° gushyikiriza urwego rushinzwe gutanga uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga icyemezo gitangwa na muganga wemewe na Leta;",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°05/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IGIHE URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA RUMARA, NUBURYO RWONGERERWA IGIHE","Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,Ingingo ya 4: Ingingo y’inzibacyuho,"Uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rwatanzwe hakurikijwe Iteka rya Perezida no 85/01 ryo ku wa 02/09/2002 rishiraho amabwiriza rusange agenga imihanda n’uburyo bwo kuyigendamo nk’uko ryavuguruwe kandi ryujujwe kugeza uburuhindurwa igihe cyarwo cyo kurangira cyagenwe kigeze. Icyakora, uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rwarangije igihe cyarwa, rugomba guhindurwa hakurikijwe ibitegenywa n’iri teka mu gihe mu gihe kitarengeje amezi atandatu (6) uhereye igihe iri teka ritangiriye kubahirizwa.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°05/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IGIHE URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA RUMARA, NUBURYO RWONGERERWA IGIHE","Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,Ingingo ya 5: Ivanwaho ry’ingingo,"Amabwiriza ya Minisitiri no 01/MoSTrans/014 of 05/03/2014 yo ku wa 05/03/2014 agena uburyo uruhushya nyarwanda rwo gutwara ikinyabiziga rwongerwa n’ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije naryo bivanyweho.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI N°05/MOS/TRANS/015 RYO KU WA 08/04/2015 RIGENA IGIHE URUHUSHYA NYARWANDA RWO GUTWARA IKINYABIZIGA RUMARA, NUBURYO RWONGERERWA IGIHE","Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu",NA,NA,Ingingo ya 6: Igihe iteka ritangira gukurikizwa,"Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 08/04/2015 ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,NA,NA,Ingingo ya mbere: Icyo iri teka rigamije,"Iri teka rigena inshingano, imiterere n’imikorere by’ibigo binyurwamo by’igihe gito. Rishyiraho kandi ibigenderwaho mu gutoranya no kwemeza abantu bakoze ibikorwa cyangwa bafite imyitwarire ibangamiye abaturage, igihe bamara mu kigo kinyurwamo by’igihe gito n’abafite ububasha bwo kubemeza.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA MBERE: INGINGO RUSANGE ",NA,"Ingingo ya 2: Ibisobanuro by’amagambo ","Muri iri teka, amagambo akurikira afite ibisobanuro bikurikira: 1° ikigo kinyurwamo by’igihe gito: ikigo kigenewe kunyurwamo by’agateganyo n’abantu bagaragaza ibikorwa cyangwa imyitwarire bibangamira abaturage, mbere y’uko batoranywa bakoherezwa mu kigo ngororamuco cyangwa bakagororerwa muri icyo kigo by’igihe gito, cyangwa se bakoherezwa ahandi bitewe n’imiterere y’imyitwarire yabo. 2° ibikorwa cyangwa imyitwarire bibangamira abaturage: imikorere cyangwa imyitwarire mibi nk’uburaya, gukoresha ibiyobyabwenge, gusabiriza, ubuzererezi, ubucuruzi bwo mu muhanda cyangwa kubunza ibicuruzwa mu nzira mu buryo butemewe, n’indi myitwarire yose ibangamiye abaturage; 3° inyigisho: ubujyanama n’ibiganiro bihabwa abanyuzwa mu kigo kinyurwamo by’igihe gito bigamije kubagarura mu murongo mwiza ubaganisha ku myitwarire n’ubuzima biboneye. 4° Komite ngenzuramyitwarire: itsinda rishinzwe igikorwa cyo gusuzuma, gutoranya no gushyira mu byiciro abarangwa n’ibikorwa cyangwa imyitwarire bibangamira abaturage no gukurikirana uko bagororwa by’igihe gito. 5° gutoranya: igikorwa cya Komite ngenzuramyitwarire kigamije kuganira n’uwazanywe mu kigo nk’uwagaragayeho ibikorwa cyangwa imyitwarire ibangamira abaturage, mu kumushakaho amakuru, no gufata icyemezo cy’ikigomba kumukorerwa cyangwa aho agomba koherezwa. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA II: INSHINGANO Z’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 3: Inshingano z’ikigo kinyurwamo by’igihe gito ","Ikigo kinyurwamo by’igihe gito gifite inshingano zikurikira: 1° kwakira abashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito no kwandika mu gitabo cyabugenewe umwirondoro wa buri muntu; 2° gutunga abakiriwe n’ikigo kinyurwamo by’igihe gito no kubaha ubujyanama mu by’imibereho; 3° gutegura uko abashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito boherezwa aho Komite ngenzuramyitwarire isanze ari ho habafasha kugira imibereho n’ubuzima biboneye; 4° gushyiraho gahunda y’ubujyanama n’ibiganiro bihabwa abanyuzwa mukigo kinyurwamo by’igihe gito bigamije kubagarura mu murongo ubaganisha ku myitwarire iboneye; 5° kwita ku isuku, umutekano no gufata ingamba zikumira indwara z’ibyorezo mu kigo kinyurwamo by’igihe gito; 6° gutegura gahundaz’imikino n’imyidagaduro itandukanye; 7° gushyiraho amabwiriza y’imyitwarire y’abakiriwe mu kigo kinyurwamo by’igihe gito; 8° gukora indi mirimo iyo ari yose yafasha mu kugorora abantu bashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA III: IMITERERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 4: Imiyoborere y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito ","Ubuyobozi bw’Akarere cyangwa bw’Umujyi wa Kigali bushinzwe gukurikirana imiyoborere y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito no gushyiraho abakozi bacyo.By’umwihariko, mu bakozi Ubuyobozi bw’Akarere cyangwa bw’Umujyi wa Kigali bushyira mu kigo kinyurwamo by’igihe gito harimo Umuhuzabikorwa w’Ikigo kinyurwamo by’igihe gito n’umukozi ushinzwe imyitwarire, uburere mboneragihugu, imirire n’isuku.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA III: IMITERERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 5: Komite ngenzuramyitwarire y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito ","Hashyizweho Komite ngenzuramyitwarire y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito, ishinzwe muri rusange gusesengura no gusuzuma ibibazo by’abashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito, gutoranya no gushyira mu byiciro abarangwa n’ibikorwa cyangwa imyitwarire bibangamira abaturage no gukurikirana uko bagororwa by’igihe gito. Komite ngenzuramyitwarire ishinzwe by’umwihariko ibi bikurikira: 1° kwemeza ko uwashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito yakoze ibikorwa cyangwa afite imyitwarire bibangamiye abaturage byatuma yoherezwa mu kigo ngororamuco; 2° gushyira mu byiciro abashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito, kwemeza ko boherezwa mu kigo ngororamuco, kwemeza ko bashobora kugororwa by’igihe gito mu kigo kinyurwamo by’igihe gito, kwemeza ko boherezwa mu Karere bakomokamo cyangwa basubizwa mu miryango baturutsemo; 3° gukurikirana uko abashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito kandi byemejwe ko bagororwa by’igihe gito bikorwa; 4° gukurikirana iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’abari mu kigo kinyurwamo by’igihe gito; 5° gutanga inama ku mibereho myiza n’iterambere ry’abashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito; 6° gutanga raporo ku mikorere y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito ishyikirizwa Ubuyobozi bw’Akarere cyangwa ubw’Umujyi wa Kigali buri gihembwe n’igihe cyose bibaye ngombwa, kopi igahabwa inzego abagize Komite ngenzuramyitwarire bahagarariye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA III: IMITERERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 6: Abagize Komite ngenzuramyitwarire ku rwego rw’Akarere ","Komite ngenzuramyitwarire y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito ku rwego rw’Akarere igizwe n’aba bakurikira: 1° Umuyobozi w’Akarere wungirije ushizwe imibereho myiza y’abaturage, ari na we Muyobozi wa Komite; 2° Umuyobozi ufite mu nshingano imibereho myiza y’abaturage mu Karere, ari na we muyobozi wungirije wa Komite; 3° umukozi wa Minisiteri y’ubutabera ushinzwe ihuzabikorwa n’ubufasha mu butabera mu Karere; 4° Umuyobozi w’Ibitaro by’Akarere; 5° Umukozi mu Karere ufite urubyiruko mu nshingano ze;6° Umukozi mu Karere ufite abana mu nshingano ze; 7° Ukuriye ikigo kinyurwamo by’igihe gito mu Karere, ari na we mwanditsi wa Komite; Komite ngenzuramyitwarire ku rwego rw’Akarere ishobora kwifashisha undi muntu isanga yayifasha, ariko uwo muntu ntiyemerewe gutora mu ifatwa ry’icyemezo.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA III: IMITERERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 7: Abagize Komite ngenzuramyitwarire ku rwego rw’Umujyi wa Kigali ","Komite ngenzuramyitwarire y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito ku rwego rw’Umujyi wa Kigali igizwe n’aba bakurikira: 1° Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushizwe imibereho myiza y’abaturage, ari na we muyobozi wa Komite; 2° Umuyobozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Mujyi wa Kigali, ari na we Muyobozi wungirije wa Komite; 3° Ukuriye ikigo kinyurwamo by’igihe gito cya Kigali, ari na we mwanditsi wa Komite 4° Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage wa buri Karere kari mu tugize Umujyi wa Kigali; 5° Abayobozi b’ibitaro by’Uturere tugize Umujyi wa Kigali; 6° umukozi wa Minisiteri y’ubutabera ushinzwe ihuzabikorwa, ubufasha mu butabera muri buri Karere kari mu tugize Umujyi wa Kigali, Komite ngenzuramyitwarire ku rwego rw’Umujyi wa Kigali ishobora kwifashisha undi muntu isanga yayifasha, ariko uwo muntu ntiyemerewe gutora mu ifatwa ry’icyemezo. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 8: Inyandiko mvugo ku ifatwa ry’umuntu ","Umuntu ubifitiye ububasha, hakurikijwe ibiteganywa n’iri teka, ufashe umuntu wakoze ibikorwa cyangwa ufite imyitwarire ibangamiye abaturage, abikorera inyandiko mvugo akoresheje ifishi iri ku mugereka wa I w’iri teka, igaragaza ibikorwa uwo muntu yakoze mbere yo kumushyikiriza ikigo kinyurwamo by’igihe gito. Ifishi ivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo ishyikirizwa ikigo kinyurwamo by’igihe gito cyakiriye umuntu wakoze ibikorwa cyangwa ufite imyitwarire ibangamiye abaturage. Icyakora, umuntu wakoze ibikorwa cyangwa ufite imyitwarire ibangamiye abaturage, afite uburenganzira bwo kugira icyo abivugaho kandi ibyo avuze bishyirwa mu nyandiko mvugo ivugwa mu gika cya mbere cy’iyi ngingo.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 9: Kwakira ushyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito ","Ubuyobozi bw’ikigo kinyurwamo by’igihe gito bwakira umuntu iyo yoherejwe n’ubifitiye ububasha bukamwandika mu bitabo byabugenewe.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 10: Abakirwa mu kigo kinyurwamo by’igihe gito ","Ikigo kinyurwamo by’igihe gito cyakira abagabo, abagore n’abana. Abagabo, abagore n’abana bakirwa mu kigo bashyirwa ahantu hatandukanye, abagabo ukwabo, abagore ukwabo, abana b’abakobwa ukwabo n’abana b’abahungu ukwabo.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 11: Gushyikiriza ikigo kinyurwamo by’igihe gito ufatiwe mu bikorwa by’imyitwarire ibangamiye abaturage ","Polisi y’Igihugu ni yo ishyikiriza Ikigo kinyurwamo by’igihe gito umuntu wese ugaragaweho ibikorwa cyangwa imyitwarire bibangamira abaturage. Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, ubuyobozi bw’inzego z’ibanze, umuryango w’uwakoze ibikorwa cyangwa ufite imyitwarire ibangamira abaturage cyangwa undi muntu wese ubifitemo inyungu bashobora gusaba Polisi y’Igihugu ko umuntu wakoze ibikorwa cyangwa ufite imyitwarire bibangamira abaturage ashyirwa mu kigo kinyurwamo by’igihe gito. Muri icyo gihe, hakorwa inyandiko mvugo isobanura impamvu zitumye uwo muntu ashyirwa mu kigo kinyurwamo by’igihe gito, igashyirwaho umukono n’umuyobozi wa Polisi w’aho uwo muntu aturuka. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 12: Kwandika uwakiriwe n’Ikigo kinyurwamo by’igihe gito ","Umwirondoro w’umuntu wakiriwe n’ikigo kinyurwamo by’igihe gito wandikwa hakoreshejwe ifishi iri ku mugereka wa II w’iri teka. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 13: Gusuzuma uburwayi bw’abakiriwe mu kigo kinyurwamo by’igihe gito ","Ikigo kinyurwamo by’igihe gito cyihatira kumenya niba umuntu wakiriwe afite uburwayi bwihariye maze ubufite agahita ashyikirizwa ikigo cy’ubuvuzi cyangwa agahabwa ubuvuzi bw’ibanze. Abantu bakiriwe mu kigo bafite indwara zanduza batandukanywa n’abandi. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 14: Icyemezo cya Komite ngenzuramyitwarire","Komite ngenzuramyitwarire imaze gusesengura no gusuzuma ibibazo by’uwashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito ishobora kwemeza ibi bikurikira: 1º kumushyikiriza ababyeyi be cyangwa umuryango akomokamo binyujijwe ku Buyobozi bw’Akarere akomokamo; 2º kumushyikiriza Ubugenzacyaha; 3º kumujyana mu kigo ngororamuco; 4º kumujyana ku kigo cy’ubuvuzi kugira ngo ahabwe ubuvuzi akeneye;5º kugena ahandi yajyanwa hagamijwe kumusubiza mu buzima buhesha agaciro imibereho ye; 6º kwemeza ko uwakiriwe agororwa by’igihe gito mu kigo kinyurwamo by’igihe gito. Inyandiko y’isesengura ryakozwe na Komite ngenzuramyitwarire n’icyemezo yafashe bishyirwa mu idosiye y’uwashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,Ingingo ya 15: Igihe ntarengwa cyo gutoranya,"Uwashyikirijwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito afatirwa icyemezo kijyanye no gutoranywa mu gihe kitarenze amasaha mirongo irindwi n’abiri (72) abarwa uhereye igihe yashyikiririjwe ikigo. Iyo Komite ngenzuramyitwarire yafashe umwanzuro w’uko umuntu agororwa by’igihe gito mu kigo, amaramo igihe kitarenze amezi abiri (2).",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 16: Koherezwa ahandi ","Iyo Komite ngenzuramyitwarire ifashe kimwe mu byemezo bivugwa mu ngingo ya 14 y’iri teka, uretse icyo kugororwa by’igihe gito mu kigo kinyurwamo by’igihe gito, uwashyikirijwe ikigo yoherezwa aho Komite yagennye mu gihe kitarenze iminsi cumi n’ine (14). ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 17: Inyigisho zijyanye no kugororwa by’igihe gito ","Umuntu ugororwa by’igihe gito ahabwa inyigisho zikurikira: 1° gahunda za Leta; 2° ububi n’ingaruka zo kuba mu bikorwa cyangwa imyitwarire ibangamira abaturage; 3° indangagaciro na kirazira z’umuco nyarwanda; 4° inzira zo kwihangira imirimo iciriritse no kwibumbira mu makoperative; 5° gutozwa ibyiza byo gukoresha amaboko ye n’indi mirimo yose yamufasha kwiteza imbere;6° uruhare rw’umuturage mu kubumbatira umutekano; 7° izindi gahunda zagirira akamaro ugororwa. Ikigo kinyurwamo by’igihe gito giteganya kandi ibiganiro byihariye nk’ubujyanama mu by’ihungabana n’ibindi bisa nka byo bigamije gufasha no kuvura abakiriwe mu kigo, mu gihe ari byo bakeneye kugira ngo bagarure imyitwarire iboneye. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 18: Ihererekanya ry’umaze gutoranywa ","Umuntu ufatiwe kimwe mu byemezo bivugwa mu ngingo ya 14 y’iri teka, ashyikirizwa urwego cyangwa umuntu umwakiriye bigakorerwa inyandiko irambuye, hakoreshejwe ifishi iri ku mugereka wa III w’iri teka, Ikigo cyangwa umwakiriye bakagenerwa kopi. Ku muntu wafatiwe icyemezo cyo kugororwa by’igihe gito mu Kigo, mbere yo kumusubiza umuryango we cyangwa mu Karere akomokamo, Komite ngenzuramyitwarire ibanza kumukorera isuzuma ryemeza ko yahinduye imyitwarire. Isuzuma rikorwa hashingiwe ku ifishi iri ku mugereka wa IV w’iri teka. Mu gihe isuzuma rigaragaje ko inyigisho uwashyikirijwe ikigo atashoboye guhindura imyitwarire, Komite ngenzuramyitwarire ishobora gufata umwanzuro wo kongera igihe ariko kidashobora kurenga ukwezi kumwe, cyangwa gufata umwanzuro wo kumwohereza muri hamwe mu havuzwe mu ngingo ya 14 y’iri teka.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 19: Uburenganzira bw’umuntu wakiriwe n’ikigo kinyurwamo by’igihe gito ","Umuntu wakiriwe n’ikigo kinyurwamo by’igihe gito afite uburenganzira bukurikira: 1° gushyirirwaho ibya ngombwa by’ibanze bituma agira isuku ku mubiri, ku myambaro n’aho aryama no kugira uburenganzira bwo kuvurwa; 2° kudatotezwa cyangwa kudakorerwa ivangura iryo ari ryo ryose; 3° guhabwa inama n’ibitekerezo no kugaragarizwa ibitagenda neza mu guhindura imyitwarire; 4° gusurwa, kumenya amakuru, gusenga no kwidagadura; 5° uburenganzira ku bintu bye byose byafatiriwe, uretse ibifitanye isano n’ibyakoreshejwe mu bikorwa cyangwa mu myitwarire bibangamira abaturage; 6° kudahanishwa ibihano bikomeretsa cyangwa bibabaza umubiri.",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 20: Ibyo uwakiriwe mu kigo kinyurwamo by’igihe gito abujijwe ","Ubuyobozi bw’ikigo kinyurwamo by’igihe gito bushyiraho amabwiriza ngengamyitwarire agaragaza ibibujijwe abashyikirijwe ikigo. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 21: Gusubiza umwana mu muryango we ","Iyo uwafashwe ari umwana, umubyeyi cyangwa ufite ububasha bwa kibyeyi byemewe n’amategeko kuri uwo mwanamu gihe hategerejwe ko ajyanwa mu kigo ngororamuco ashobora gusaba ubuyobozi bw’icyo kigo kumusubizwa iyo bigaragaye ko ari ubwa mbere afatwa kandi uwo mubyeyi akiyemeza ko agiye kurushaho gukurikirana imyitwarire ye no kumwitaho kurushaho. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA V: INGINGO ZINYURANYE N’IZISOZA",NA,"Ingingo ya 22: Kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko n’uburenganzira bwa muntu","Buri kwezi, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe igororamuco (NRS) gikora igenzura rigamije gusuzuma imikorere y’ikigo kinyurwamo by’igihe gito. Muri iryo genzura, NRS yita by’umwihariko ku kumenya uko umuntu yashyikirijwe ikigo, uko ikibazo cye kirimo gusesengurwa n’ibyemezo bifatwa, hagamijwe kumenya ko amategeko n’uburenganzira bwa muntu byubahirizwa. Ishingiye ku byavuye mu igenzura, NRS ifata ibyemezo bya ngombwa kugira ngo ibidatunganye binozwe. NRS ishobora kandi gusaba ubuyobozi bushinzwe ikigo kinyurwamo by’igihe gito gutanga ibisobanuro mu magambo cyangwa mu nyandiko, cyangwa gutegeka ikigomba gukorwa cyangwa kudakorwa, kandi bikubahirizwa. NRS ikora raporo y’iryo genzura ikayishyikiriza Minisiteri. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 23: Ivanwaho ry’ingingo zinyuranyije n’iri teka ","Ingingo zose z’amateka abanziriza iri kandi zinyuranyije na ryo zivanweho. ",NA "ITEKA RYA MINISITIRI Nº 001/07.01 RYO KU WA 19/04/2018 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’IBIGO BINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,"UMUTWE WA IV: IMIKORERE Y’IKIGO KINYURWAMO BY’IGIHE GITO ",NA,"Ingingo ya 24: Igihe iteka ritangira gukurikizwa ","Iri teka ritangira gukurikizwa ku munsi ritangarijweho mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda. Kigali, ku wa 19/04/2018",NA