audio
audioduration (s) 1.19
9.98
| sentence
stringlengths 11
138
|
|---|---|
kandi tuguwe neza kugira ngo twakire amagambo yukuri
|
|
simbi na we akajya kwiga nubwo byari bigoye
|
|
inshuti yanjye yaje kunsura ku biro byanjye
|
|
grand canyon ni ahantu hazwi cyane ba mukerarugendo
|
|
umwaka umwe ndangije kaminuza amaherezo nashoboye kubona akazi
|
|
kubera inzara numunaniro imbwa yaje gupfa
|
|
numva ndazungeye nta ubwenge nongera gukanguka ndi mu bitaro
|
|
ntekereza ko yaje hano kutubwira ikintu gikomeye
|
|
muri iryo joro imana yaranyiyeretse maze imbwira
|
|
icyo gihe nahise mubaza nti ese ko ushatse
|
|
ni nako yarihiye murumuna wanjye na mushiki wanjyemuto
|
|
nahoraga nkunda umudendezo uzanwa no kwinjira
|
|
muri uwo mwaka nimihigo yumwaka utaha
|
|
urashobora kujya kumupira wamaguru kuri bisi
|
|
ngo nyifungure nipfire ariko sinabishobora
|
|
nari nzi ko kalisa adafite amafaranga ahagije yo kugura imodoka yashakaga
|
|
natsitaye kuri iki kibazo igihe nakoraga ikindi kintu
|
|
ntabwo wigeze ukora ibintu nkibi mbere ufite
|
|
ibi nibyo karen yibazaga ubwo yari arwaye kanseri yibere
|
|
inkuru zumugore wo muri bibiliya wari warabuze urubyaro
|
|
iri sesengura rigabanijwemo ibice bibiri
|
|
sinabaye uwera ariko nziko yesu ariwe ugenzura ubuzima bwanjye
|
|
twakinnye umukino ushimishije wa charade nyuma yo kurya
|
|
sinzi uwanditse iyi baruwa
|
|
twagenze namaguru hafi icyumweru cyose kugira ngo tugere i bukavu
|
|
hashize umwaka umwe ndiyeranja nshaka radio
|
|
urashobora guhindura iyi biro kuburebure bwumwana uwo ari we wese
|
|
yari yiteguye kumugerageresha ikindi
|
|
iyi nkoranyamagambo ni impfunyapfunyo
|
|
nimusuzume imirire mumenyereye gukoresha
|
|
zigihugu nibikorwa byaziranze na none ni umwanya
|
|
nari nkwiye kubikora kera cyane
|
|
ndatekereza ko yagerageje kutuburira ku kintu runaka
|
|
nabonanye nabo ejobundi ariko sinabasha kubona igisubizo
|
|
ibitabo biri muri iki cyumba ntabwo ari ibyanjye
|
|
twese tugire urukundo mu guhumurizanya mu bigeragezo
|
|
ahubwo mu bikorwa byanjye nzirikana kandi ibyo nanyuzemo
|
|
byaba byiza utarazamutse umusozi muremure nkubukonje
|
|
bituma babura iwabo heza mu busitani bwa edeni
|
|
njye mbona igitekerezo gikenewe ari nyina wivumbuwe
|
|
nyuma yo kwirengagiza ku gutekereza cyane
|
|
ibiryo gakondo byabayapani rwose bigenda neza hamwe nicyayi cyabayapani
|
|
uteri uzi uko imana igukunda
|
|
icyo ukeneye nukutamenya no kwigirira icyizere kandi intsinzi nukuri
|
|
ubwo rero baba ari abantu barangwa no gutungana
|
|
haiti nigihugu gisa nkicyakennye
|
|
abagore barambiwe no gusuzugurwa nabakoresha
|
|
ntabwo nabonye umwanya wo kureba hoteri yijoro
|
|
ejo umunyamahanga yambwiye icyongereza muri gari ya moshi
|
|
uratekereza ko hari ikibazo natwe twerekana hakiri kare
|
|
ndashaka kubashimira mu izina rya bagenzi banjye
|
|
agira ati biriya byose ndabiguha nupfukama ukandamya
|
|
arangije antera ubwoba ambwira ko ngomba gutaha nkajya mu rugo
|
|
ndarwaye kandi ndambiwe kurya zucchinis buri munsi
|
|
yohani yinjiza amafaranga menshi asobanura menus muri resitora
|
|
yintore ziri ku rugerero muri buri shami faculty
|
|
ibyishimo bya kalisa bivuze byinshi kuri njye kuruta ibindi byose kwisi
|
|
kugira ngo dushobore kugira imibereho irushijeho kuba myiza
|
|
mama yahamagaye imodoka yo kwa muganga
|
|
ukunda siporo nibyo nkunda umukino wa baseball nibindi
|
|
no gukoresha ibizamini muri ubu burwayi avuga ko yabonye imana
|
|
nkora akazi ko mu rugo nza kugera aho nkorera permis
|
|
amavuta yagize uruhare runini mu iterambere ryinganda zubuyapani
|
|
ndashaka gukora ibibera i kyoto
|
|
ikinamico yakuwe mu gitabo
|
|
nabanje guhamagarwa mu biro izina ryanjye riri ku rutonde rwurutonde
|
|
byukusenge yakora iki iyo ntaza hano kumubwira icyo gukora
|
|
ndashima imana ko umwana yavuye mu bitaro
|
|
nagezeyo nsanga bagenzi banjye bari kujya mu muganda turajyana
|
|
wari kuri bo nkigitambaro cyatwikiraga icyubahiro cyimana mu maso ha mose
|
|
nari mu bimbere cyane igihe cyaje kugera rero banca indasago mu bitugu
|
|
nta nshuti cyangwa abavandimwe afite byo kumwitaho
|
|
amani ntiyigera anywa keretse mu bihe bidasanzwe
|
|
nabonye itsinda ryabanyamahanga ngiye ku ishuri muri iki gitondo
|
|
ysu natabisubiza uzigarukire ubwo nahise nshaka umugabo
|
|
iki nicyo gihe asanzwe ageraho
|
|
sinzi uwoyi mbwa yitwa pochi
|
|
akabaho ubuzima bukiranuka akemera no gupfa urupfu rwagashinyaguro
|
|
rero nakomeje gusenga imana nubwo umutware
|
|
yari afite impano nyayo yo koroshya ibihe bitoroshye
|
|
numvise amajwi yose ya ryo kuri terefone
|
|
umukobwa mwiza cyane yantegereje mu iduka ryishami
|
|
ndaburambiwe mpita nshaka ikintu nakora
|
|
imyaka yo kwiruka muri marato yantwaye amavi
|
|
coroner arimo gukora autopsie kuri yohani kugirango amenye impamvu yapfuye
|
|
ntibyashobokaga ko adamu kubwurugero rwe namabwiriza atunganye
|
|
gupfa ni ugukora igikorwa cyingirakamaro
|
|
umurimo wayo wirema urangiye uwiteka yaruhutse ku munsi wa karindwi araweza
|
|
utabanje kubiherwa uruhushya ntakintu na kimwe gishobora gukorwa kubijyanye byukusenge
|
|
ni ubwambere nanditse ibaruwa mu cyesipanyoli
|
|
ukeneye umuntu nkanjye kwita kubana bawe
|
|
twahuye nikibazo kidasanzwe kubera impanuka
|
|
kalisa yambajije uwo mugabo uhagaze imbere yiki gishushanyo uwo ari we
|
|
ibi yabitangaje nyuma yaho akoreye ubukwe na pastor ushinzwe urubyiruko
|
|
ndashaka kumenya impamvu atagiye i boston hamwe na mariya
|
|
abamarayika bimana barwanya umutware wabo wikirenga
|
|
komisiyo yigihugu yitorero rikagena inshinganoimiterere nimikorere byayo
|
|
sinibyo gusa muri eto kicukuiro arinaho narangirije nari narahinze urumog
|
|
mukadata yarantukaga cyane akankubita
|
|
umugabo wanjye yishyira imbere cyane
|
End of preview. Expand
in Data Studio
README.md exists but content is empty.
- Downloads last month
- 12