Dataset Viewer
Auto-converted to Parquet Duplicate
audio_path
audioduration (s)
1.56
11
text
stringlengths
19
179
__index_level_0__
int64
0
3.99k
bazanye impfizi y'intama barayitamba maze imbaraga za ya sekurume y'ihene ziburizwamo
549
binjiye mu rusengero batuje maze bumva amajwi y'abagabo abagore n'abana basingiza imana
557
usanga abapasiteri bamwe barabisimbuje kwigwizaho ubutunzi n'icyubahiro ndetse rimwe na rimwe bakanabirwaniramo
1,590
uyu mugabo avuga ko iyo amenyo y'ingona agera ku igufwa byari kugorana
602
ndetse hari n'abamubwiye ngo ashake amashuka aze korosa umurambo wanjye
442
amakuru aturuka mu murenge wa burega avuga ko abibye kuri iyo sako bishe uwayirindaga bakanamukuramo amaso
2,130
yakomeje agira ati ntacyo ndi bushinje abakinnyi banjye bibaho rimwe na rimwe
218
alubumu yitwa hejuru mu kirere yakozwe nyuma y'urugendo bakoze bari mu ndege
2,104
ibihangano gahunga yamuritse birimo ubuhanga mu gutaka no kunoza kandi yabihaye amazina akomeye ku rwanda nka nyungwe
3,103
yari afungiye muri gereza ashinjwa icyaha cyo gukubita
736
iki gice cyarangiye gutyo kuko nta yindi kipe yongeye kugira igitego itsinda
3,318
ati ndanaririmba indirimbo nshya zizasohoka kuri alubumu ya kabiri nshaka gusohora mu minsi iri imbere
2,309
kayiranga yagize ati ndashima imana ko twakinnye neza n'ubwo batwishyuye ku munota wa nyuma
3,808
inseko nziza ni kimwe mu ntwaro abakobwa bifashisha bakurura abagabo bakabiyegereza
3,492
abaturage bari ahabereye iyi mpanuka bavuze ko iyi modoka yari itwawe n'umushoferi wasinze
1,897
ikindi ni uko bagomba kubahiriza uburenganzira bw'imfungwa bugenwa n'amategeko n'ubwo bayica babizi
3,377
icyo gihugu ubukungu bwacyo bugenda buzahara kubera indwara ya ebola
1,361
atiubukene ubusanzwe buri mu bitera indwara zo mu mutwe cyane cyane indwara y'agahinda gakabije
2,339
faranswa holande yavukiye mu gace ka rouen avukira mu muryango uruciriritse ariko wubashywe
2,825
rubanda bavuga ko nyina yamutwise igihe kirekire
1,213
abagenzi bishyiraga mu matsinda manini ngo bafatanye urugendo kubera umutekano
1,056
imiryango yombi yandikiye ubuyobozi ivuga ko nsabimana na nkundubutatu nta sano ya hafi bafitanye
3,427
bizimungu avuga ko batazava mu isoko ryo ku muhima ibicuruzwa byabo bikirimo kuko batinya ko byakwibwa
2,654
ati binagwaho iyo ahitamo kujya muri havadi cyangwa ahandi bari kumwakira ariko yihitiyemo kujya i rwinkwavu kandi ntacyo bimutwaye
912
umugore wa ravalomanana yibukije ko uburezi ari kimwe mu byo kwitabwaho
1,149
ku rubuga buri munsi dusohora inyandiko nyinshi zisesengura ibihugu byateye imbere muri politiki
3,851
bivuze ko intero ya mpayimana ari ukutavuga rumwe na leta ariko bidasenya
805
byagaragaye ko abasirikare bashishikariye gutera inkunga iki kigega
2,702
kuva icyo gihe nize ndi umuhanga kandi mfite umuhate kuko numvaga ngomba kubaho nk'umuntu wasigaye wenyine
3,971
abarokotse ntibaheranwe n'agahinda kuko imana ibazi haracyari ibyiringiro byo kubaho ejo hazaza
1,866
ibitangazamakuru mpuzamahanga byavuze ko amasasu yumvikanye i kinshasa ariko nyuma hakagaruka ituze
578
byavuzwe nyuma y'uko hari bamwe mu baturage bari baguze ubutaka bwagenewe kororerwaho maze bakabuhingamo abandi bakabuturamo
2,721
iyo umwitegereje ubona ubu burwayi bwo kubyimba umunwa bugenda busatira igice cyo mu maso
3,719
hejuru ya byose urupfu rwa yezu rwabereyeho gutuma umunezero n'ijuru biba ibyacu
1,351
ntivuga ko nehemiya yakoreye umugabo wa esiteri umwami ahasuwerusi ahubwo yakoreye uwamusimbuye
0
imyanya abantu bahagararamo bategereye imodoka yaratunganijwe kugira ngo ingendo zitunganywe nta muvundo
3,450
guverinoma ya zimbabwe yemeje ko uyu mugore yamaze kugera mu gihugu cya zimbabwe
2,890
ku banyarwanda bakiri bato dusangiye igihugu muve mu myobo mujye hanze mu mihanda
3,837
inyombyi irongera irasimbuka ikurikira sabizeze aho yagiye kuragira sabizeze atega amatwi maze aribaza atiese iyi nyombyi kuki inkurikira cyane
3,517
babanaga mu nzu ariko bafitanye amakimbirane nyuma sindi yaramwirukanye anasaba umuryango ko umusubiza inkwano
2,441
abandi bapfiriye mu mamodoka yabo mu mihanda no muri za parikingi byo munsi y'ubutaka
1,803
bamwe bemeza ko izi nka zibwa bigizwemo uruhare n'abashumba bazo
247
ku mutima naribwiraga nti basi nibananyica mfe maze kumubwira ko mukunda
1,414
kubera kubana na karoli uyu muhanzi na we akunda byimazeyo ikinyobwa cya pirimusi
3,886
avuga ko kera ataramenyana nawe byamugoraga guhitamo imyambaro bitewe n'indeshyo ye
2,387
uyu ni gacinya ubanza i bumoso aganira n'abo mu muryango wa katawuti muri iyi foto
2,833
diyane ashinjwa kwangisha abaturage ubutegetsi buriho no gukwirakwiza ibihuha
2,755
avuga ko atuye muri vunga hakurya y'umujyi wa muhanga mu murenge wa shyogwe mu kagari atibuka neza
2,374
ugendana n'abanyabwenge na we ukaba umunyabwenge wagendana n'abapfapfa ukaba we
650
dogiteri nkunda yavuze ko umubare wabo ugenda uhinduka umunsi ku wundi
2,759
ariko cya gikombe cyanjye cya feza ugishyire mu mufuka
2,206
ifoto yakuye kuri murandasi igaragaza isanduku imaze kururutswa mu mva
1,173
ni indirimbo nshya yaririmbyemo
2,757
umukinnyi w'umupira w'amaguru wo muri gabo nibwo yavutse
175
misi shimwa avuga ko yatangiye kuririmba muri korali y'abato afite imyaka itandatu
278
kiwanda yaravuze ati aho kujya mu rusengero cyangwa mu kabari wahagarara ku muhanda ukabara imodoka
2,850
iki giterane kizagaragaramo intumwa y'imana masasu ndetse n'abaririmbyi babarizwa mu itorero rye
3,336
inkiko zigerageza kurengera abagore bashatse bitemewe n'amategeko muri bimwe na bimwe
1,392
kuri izi servisi hiyongeraho gufatira amashusho abahanzi amakorali gukora filime n'ibindi
3,945
bari barinzwe n'abasirikare b'abafaransa ariko interahamwe zikajya ziza zigakuramo bamwe zikajya kubica abafaransa barebera
2,525
ikizagira icyo kimara gisumba ibindi ni ubuhamya bugaragazwa n'imibereho yacu bwite
1,378
muri gahunda iri joro turaza kumva mahoro aganira n'umuhanzi mariya
691
ati ikibazo cyatuzanye si icy'umutekano muke uterwa n'abajura ahubwo ni icy'abashaka kuturimbura
2,251
yahamije ko yigeze kubonana umwe mu bo batemberanaga umuguro w'inkweto
416
bwira abagize umuryango wawe n inshuti ko biteganyijwe kuri iyo tariki
2,696
hanyuma musa n'abatambyi b'abalewi babwira abisirayeli bati ni muze dutambe
217
ku ruhande rwacu imiryango irafunguye kandi abafite ibikorwa byiza bose ntawe dusubiza inyuma
3,853
iyo habaye noheli nsanga mama yanzaniye impano akayishyira mu cyumba ndaramo
3,660
ati ndasaba imbabazi buri wese waba yamfashe nabi rwose uriya sijye ni ibyangwiririye
1,258
ibihembo ngarukamwaka byabo byaraye bitangiwe muri leta zunze ubumwe z'amerika harimo n'umuhanzikazi rita ola
3,106
urubyiruko rwagaragajwe nk'urukwiye guhabwa umwihariko mu kubaka umunyarwanda urangwa n'ibihe isi igezemo
889
iryo zina ryitirirwa iyo inyogosho yose ariko ngo akalimpinya ni kariya karongo kaba gaciyemo
3,562
byakabaye byiza umuntu afunzwe mu gihe bigaragaye ko hari ibimenyetso bihagije bimuhamya icyaha
2,706
ati abahinzi ntitwari kubaha inguzanyo cyangwa izindi serivisi tutazi aho baherereye
2,348
yishimira ko mu muryango we bafite amahoro n'umutuzo kandi ntasesagura umutungo
727
abari mu myigaragambyo baburijemo ibikorwa byinshi byari biteganyijwe n'akanama gashinzwe gutegura amatora
1,861
bamporiki avuga ko ibyo intagondwa z'abahutu zakoze muri jenoside byabaye icyaha kuri bose
2,478
abanyamategeko bo muri nigeriya biyemeje gutanga umusanzu wabo ngo igihugu gitere imbere
1,833
ubu abo bana bameze neza gusa baracyari mu bitaro kugira ngo bakomeze gukurikiranwa n'abaganga
1,556
ibi byakozwe kugira ngo atazafatwa nk'intwali ku bari bakimukunze
449
akomeza agira ati mu muco wa kinyarwanda umubyeyi arengera abana kandi ashobora no kubapfira
2,073
yagize atitwigeze kugira iki kibazo igihe abaturage bari batarasobanukirwa uko bategura indyo yuzuye
376
icyo gihe cyose cyo kugeragezwa no gushinyagurirwa kirisitu yakomeje kugaragaza kwihangana no kwiyubahisha
1,360
bamushyinguye baririmba ngo nywa kandi ugubwe neza
2,486
baramukanze uburibwe bugera ku magufa banamwinika mu mazi benda kumuheza umwuka'
2,517
uwitwa umugabo ni uhagarara ku cyemezo yafashe ku buryo yanagipfira
433
kuko umugabo wanjye atari umuhamya wa yehova iby'umwuka mu muryango biramugora
3,923
kigali tudeyi yakoze incamake y'amakuru yaranze ubutabera nk'imwe mu nkingi enye guverinoma y'u rwanda igenderaho
371
iyo mikino yifashishije imbyino nk'izi igamije kwerekana ko umugore nawe ashobora kubyina bikamubyarira umusaruro
3,682
avuga ko nk'urubyuriko baba bafite impano zitandukanye ariko ugasanga zipfukiranywa
2,392
bankirane yashimye aho u rwanda rugeze mu iterambere n'uruhagejeje ariwe perezida kagame
990
hari kandi kongera imbaraga ku bihugu by'afurika mu ruhando rw'ibikize ku isi
700
abashinzwe kurinda iri shyamba ryo muri sibuya basanze aba bahigi aho bapfiriye
1,872
nk'uko ibyiciro byabo byari bimeze abe ariko bagenda
644
muri uyu mwaka nta dini ryo hanze ryinjiye mu rwanda
1,446
muri iki gitaramo hazerakanwa ibyino gakondo n'imikino yo kwishimisha iranga iki gihugu
665
ku ngoma y'uwakurikiyeho ariwe cyirima i rugwe u rwanda rwiyongereyeho u buriza n'u bwanacyambwe
3,850
abashakashatsi basanga kwigisha abaganga no gushora imari mu mavuriro ari intwaro yo kugabanya umubare w'abagore bapfa babyara
1,871
yaje hano iri joro mu bantu benshi ngo ashaka kwerekana ko atanga abahamya ba yehova
1,621
aya makuru y'uko atwite yayabwiye inshuti ze nyuma yo gushwana na we
2,416
End of preview. Expand in Data Studio

Kinyarwanda TTS Dataset (Split Version)

This dataset is a reformatted version of the mbazaNLP/kinyarwanda-tts-dataset.

Modifications

  • Original data was provided as a single set of 3,992 clips.
  • This version has been split into Train (80%), Validation (10%), and Test (10%) sets.
  • Audio files have been processed into the Hugging Face datasets format for easier loading.

Credits & Acknowledgements

Original data created and provided by Mbaza NLP. All credit for the data collection and linguistic verification goes to the original authors.

Downloads last month
84