Dataset Viewer
Auto-converted to Parquet Duplicate
audio_id
audioduration (s)
1.56
11
transcription
stringlengths
19
179
umva indirimbo ebyiri ziri mu nshyashya aheruka gusohora
uyu mugabo ukomoka muri tanzaniya niwe wegukanye umwanya wa mbere
ati bishobotse buri munyarwanda yahinga ibihumyo kuko birwanya imirire mibi byera vuba kandi ku butaka buto
kuko nzi ko utwo tuntu duto duto tuzatuma imbaraga ze ziyongera kandi uzabona
abo twaganiriye bavuga ko badakeneye guhomba nk'uko bahombejwe n'ibigo by'imari iciriritse
aba bajura bazibaga ku minara ya tigo iba mu murenge wa kimisagara
akangutse yasanze uruhinja yari ahetse rwapfiriye iruhande rwe
abandi bati byaba byiza hatagize abongera kwimurwa baterekwa aho bajya gutura mu buryo bukozwe neza
yahuje icyo yagombaga gukorera mu mujyi wa moreyale kuwa kabiri n'icyagombaga kubera i toronto kuri uyu wa gatatu
yagize atya azana na musaza we witwa gatabazi muri iyo mihango
igaragaramo ibyamamare muri sinema ya amerika nka jeraride wakinnye muri filime zamenyekanye cyane nka darakula
gahunda yo gutuza abaturage mu midugudu ni igikorwa gikomeza
amategeko yanjye yose muyakurikize kugira ngo mutazirukanwa mu gihugu mbatujemo
nyuma naje kumenya ko nari mfite ibikomere ku mutima nari maranye igihe kirekire
nuko umwami ati uyu ni we mwana wa sacyega wereweho n'umusatsi gutya
ati ubusanzwe ubuharike n'ubushoreke byose itegeko rirabibuza ntawemerewe kuzana inshoreke cyangwa guharika uwo bashakanye
kuri uyu wa mbere ni bwo yatangaje ubwegure bwe
iteme rya sarajevo ririmo rirubakwa mu mujyi wa bariselone muri esipanye
akenshi iyo yasamye mbere y'imyaka ibiri ujya kumubyaza ugasanga nyababyeyi yarafungutse bikaba ngombwa ko yongera kubagwa
yaravuze ati ''ntitugomba guha icyuho abanyabyaha cyangwa ngo tureke ibihugu byacu bibe ubuhungiro bwabo
ijwi ry'uyu mukobwa ukiri muto ryumvikana risebya umugabo ufungiye mucyumba cyijimye
abafite amakamyo akora ubwikorezi mpuzamahanga bamenye kiriya gikoresho kandi bakirinde ntihagire ikicyangiza
ikindi ni uko inkiko z'ubucuruzi ari nke bigakerereza imanza cyangwa ntizitabweho vuba kuko ziba zirimo amafaranga make
imbere ye hari hari imurora na niyonkuru waje kuvunika agasimburwa na hakizimana
ariko biragaragara ko muri iyi minsi aho kubagabanuka biyongera
umuririmbyi w'umunyamerika akaba n'umwe mu bagize itsinda rya pentatoni nibwo yavutse
yitezweho kuzafasha ko gahunda ya girinka igenda neza hirindwa ko yabonekamo ibibazo
bivugwa ko hazanwaga abatutsi benshi ngo bicwe ariko kugeza ubu imibiri yabo ntiraboneka
bwa mbere iserukiramuco rya sinema rya kane mu bufaransa ryaratangijwe
gusabana n'abantu biramugora kuko adakunda kuvuga kandi akikubira utuntu twose akanagirira ishyari abavandimwe be
ati mwarimu yaturyamye hagati nyuma y'akanya gato atangira gukorakora mugenzi wanjye
mu bagize komite nyobozi hagomba kubamo nibura mirongo itatu ku ijana by'abagore
alubumu ya mbere yerekanywe mu gushyingo
gitifu akasigwe yavuze ko abishwe bari bafite moto ebyiri basanze zirambitseho umufuka w'ifu y'ibigori
kiliziya ihora igerageza gukora bucece ibintu binyuranye byo muri urwo rwego
iyi nama yabereye i arusha muri tanzaniya yari irimo na perezida wa kenya mwayi kibaki
naho se icyigeze kugushyimisha kurusha ibindi ni iki ese ni nde wakigukoreye
hari byinshi bikindemereye mu mutwe nshaka ko mumfasha kubibonera igisubizo
kabanda yakomeje agira ati ubonaho amazina y'abafotoye n'abashushanyije amashusho mbarankuru n'igihe n'aho byakorewe
akunda kubana n'abafite icyo bamwungura inshuti zitagira icyo zimugezaho ntajya aziha umwanya
kuba hari ibihugu byafashe iya mbere bikaburanisha abakoze jenoside ni intambwe yo gushimwa
abo muri uwo mugi bari bagisinziriye umukiza abyuka mu rukerera ajya ahiherereye arasenga
uyu murenge wa kivu uturanye na parike y'igihugu ya nyungwe uhana imbibi n'igice cy'akarere ka nyamasheke
kuri uyu wa kabiri muri uwo mukino hahuye ikipe ya mukura n'iya bugesera
guverinoma yabo imaze igihe ihanganye n'imyigaragambyo y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi
baranyuze avuga ko uyu munuko uterwa na mikorobe ziba zihishe mu nkweto ahajya amano
aribaza niba n'ubu ubushinjacyaha bwivuguruza bukavuga ko butazi aho aherereye
azanasaba ko abaturage bahabwa murandasi nk'uko asanzwe akorera abandi ubuvugizi
fagasoni yakoreye byinshi iyi kipe yahoze atoza harimo n'uruhare yagize mu kuzana uyu umutoza
arashinjwa kutubahiriza itegeko rikumira ubugizi bwa nabi bwo ku mbuga nkoranyambaga
ibi bisaba isesengura ryimbitse kandi ritabogamye hanyuma ibitekerezo byayobeje abanyarwanda bigakosorwa
ambasaderi karitanyi yatanze impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u rwanda muri irelande
muri iki gitaramo hazerakanwa ibyino gakondo n'imikino yo kwishimisha iranga iki gihugu
kanda hano urebe ukuntu umutima wamuriye asomana n'undi mukobwa zuwena ahari
gufunga imishumi y'inkweto ni imvugo izimije yakoresheje ashaka kuvuga guhatana
nuko ujye wumva uri mu ijuru utegeke kandi ucire abagaragu bawe imanza
imena we udafunze yari yambaye ipantalo n'ikoti by'ubururu butose
ati abantu b'iwacu i musanze bajya bambwira ko maze gukura
ikanda waburanishaga aba bombi yabanje gusomera wema isaac sepetu ibyaha aregwa
yinubira ko komisiyo y'amatora yategetse ko nta bukangurambaga kuri iyi referandumu bwemewe
igihe se yapfaga yatekerezaga ko ari wenyine ku isi nyamara abo bantu bose bari bamuri inyuma
hari abibaza uko bizagenda mu gihe ufitiye umwenda leta adafite ubwishyu
kuzana iterabwoba ntacyo bihindura wa mugabo we kandi nuba unyomoza ujye utanga ibimenyetso
aba baturage ntibabyemeye bahise babimenyesha sitasiyo ya polisi ya kanyinya maze ifata iyo modoka n'umushoferi
indyo yuzuye igizwe n'ibyubaka umubiri ibiwurinda indwara n'ibiwutera imbaraga
abo bakozi bashinzwe kwandika mu bitabo byabugenewe abana bavutse no kwandukura abantu bapfuye
ati kwica abatutsi byari byarateguwe n'ubwo bavuga ko imbarutso yabaye urupfu rwa habyarimana
igihembo cy'umushoramari w'indashyikirwa cyatangijwe kugira ngo abashoramari bahange udushya
insanganyamatsiko y'umunsi wahariwe gushimira abasora uyu mwaka ni kwibwiriza gusora inkingi yo kwigira
ngo uko unywa nyinshi niko uba wongera ibyago byo kurwara zimwe muri izo kanseri
ati byanjemo kera nkiri akana gato kuko mu busabane mu mudugudu iwacu banyitaga misi kagara
ikindi kandi ngo ashobora guhamwa n'icyaha cyo kwitwaza amafaranga arenze umubare yemerewe kwitwaza
atikugeza ubu mfite ikibazo cyo kugira isoko rinini ntabasha guhaza
akomeza agira ati ba basirikare babiri bahise baza bankankamira mu rurimi rw'igiswahili
kabaranga yarababajije ati muribuka ko ejo bundi habayeho ihagarikwa ry'umusirikare mukuru w'u rwanda waharaniye kwibohora
iki cyemezo kije cyunganira gahunda ya leta yo gufunga ibigo by'imfubyi abana bakarererwa mu miryango
azwi cyane mu ndirimbo yitwa ndagushimira yaririmbanye na dipolomate
yarahiye ko atazigera amukora mu ntoki
arakomeza ati ni kwa kundi tuba tuvuga ko tutiteguye mbere
kumugeraho ntibyari byoroshye ariko byose biterwa n'ubushake iyo ushaka urashobora
byatumye niheba ntegereza umunsi wo gupfa
gusa ku bushake bw'umucuruzi ashobora kurenza ku yagenwe n'itegeko
uwiteka avuze atya mu nzu ya dawidi hazavuka umwana witwa yosiya
abashinzwe kuvugama abasare n aberekeza bo mu nyanja bose bararohamye
ibinyobwa bibamo gazi nka za fanta cyangwa inzoga zizana ifuro nazo ni mbi ku muntu unyara ku buriri
agira ati uburozi bwe ntawabuhamya kuko byemezwa na muganga kandi ntawe araroga ngo apfe
angaragariza ko anshyigikiye mu muziki wanjye kuko akenshi ajya anancurangira mu bitaramo bitandukanye nkora
diyane ashinjwa kwangisha abaturage ubutegetsi buriho no gukwirakwiza ibihuha
igihugu cya afurika y'epfo ni cyo kiri ku mwanya wa gatanu
ikindi n'uko ahantu nk'aha hahurira abantu benshi baje kubyina cyangwa kwunywa inzoga hatabura abadukenera
mubyara wanjye yadusanze aho twari dutuye hafi y'umupaka w'u bubiligi
aha faranswaze yagize ati ba nyir'amazu batamenyesheje iki cyemezo abayacururizamo barahemutse cyane
ati navuye mu rugo nzindutse nzi ko nsubirayo nkatekera abana bagiye ku ishuri
basezeranye ivangamutungo risesuye kandi ntibahwema guhamya ko badatewe ipfunwe n'indeshyo yabo
ku ruhande rw'umutoza nsengiyumva jean marie asanga kuba hari amakipe yamutsinze hari icyo ikipe yungukiyemo batari bazi
umunsi umwe tuzazana umwuzukuru wanjye hano tumwigishirize munsi y'iki giti
bamfashe ku bugabo bankanda udusabo tw'intanga baranankubita
yaherukaga kugira ibyo ahindura mu buyobozi bukuru bw'ingabo mu ntangiriro z'uko kwezi
avuga ko mu bantu icumi bazagenda abazabyina barimo intore imwe n'imparage ebyiri
ikindi kandi yihutiye kuduhamagara aduha amakuru natwe duhita tubimenyesha inzego z'ubuyobozi
End of preview. Expand in Data Studio
README.md exists but content is empty.
Downloads last month
24