Dataset Viewer
Auto-converted to Parquet Duplicate
text
stringlengths
199
3.96k
source
stringclasses
5 values
8 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda Inzego zitandukanye ndetse n'abantu ku giti cyabo bagiye bakora ubushakashatsi ku ndangagaciro z'umuco nyarwanda, ariko hakomeza kugaragazwa icyifuzo ko habaho inyandiko imwe ikubiyemo ibitekerezo by'ingenzi ku ndangagaciro abantu bahurizaho. Inteko Nyarwanda y'Ururimi n'Umuco, ishing...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
2 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda 7Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda IJAMBO RY'IBANZE IJAMBO RY'IBANZE Nyuma y'igihe kirekire Abanyarwanda b'ingeri zose bayifuza, Inteko Nyarwanda y'Ururimi n'Umuco yashyizweho n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryo ku wa 4 Kamena 2003, nk'uko ryavuguruwe kugeza ubu, mu ngingo ...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
6 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda INAMA Z'UMUHANZI SIPIRIYANI RUGAMBA. INAMA Z'UMUHANZI SIPIRIYANI RUGAMBA. IKIVIIKIVI “Urumve shami nashibutse,... Uzase nanjye, urenzeho Unsumbye, Ndabigusabye Usoze ibyanjye kandi uterure ibyawe, Mwana wanjye Jya utuganya utwaza”. NTUMPEHO NTUMPEHO “Umuco mwiza wakureze, Ntugatume ud...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
4 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda2. 4. 2 Indangagaciro zifi tanye isano no “kubaha ubuzima” 25 2. 4. 2 Indangagaciro zi fi tanye isano no “kubaha ubuzima” 25 2. 5. KUGIRA UMUTIMA 26 2. 5. KUGIRA UMUTIMA 26 2. 5. 1 Kugira umutima ni iki ku munyarwanda? 26 2. 5. 1 Kugira umutima ni iki ku munyarwanda? 26 2. 5. 2 Indangaga...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
16 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda Imico cyangwa imyitwarire mibi Umunyarwanda wese agomba kuyirinda akanayirinda abandi; ¾ Ikizira Umunyarwanda akigendera kure kugira ngo akomeze kuba umuntu mu bandi, ibyo bigatuma agira ubumuntu, agakunda icyiza, kandi akanga ikibi; ¾ Kwirinda ikizira bituma umuntu yihesha agaciro m...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
10 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda INTANGIRIRO INTANGIRIRO AMAVU N'AMAVUKO Y'IKI GITABO AMAVU N'AMAVUKO Y'IKI GITABO Iki gitabo cyanditswe mu gihe u Rwanda rwibaza ku birebana n'umuco w'umuryango nyarwanda kandi rukaba rwifuza kuwushingiraho iterambere; kuko byagaragaye ko iterimbere ryose ry'Igihugu rishingiye ku muc...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
14 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandamaze bazigire izabo bityo biborohere kuzigeraho kandi zirambe, ni ngombwa ko gahunda zose z'amajyambere zishingira ku muco w'u Rwanda. Byagaragaye ko gahunda zishingiye ku muco zirushaho kwihuta no kuramba; ¾ Umuco ugomba kuba imwe mu nzira z'ubukungu; ugakiza umuhanzi kandi ukongera ...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
12 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda UMUTWE WA MBERE: IBISOBANURO BY'AMAGAMBO UMUTWE WA MBERE: IBISOBANURO BY'AMAGAMBO 1. 1. UMUCO 1. 1. UMUCO Bimaze kugaragara ko gusobanura umuco bitoroshye; abashakashatsi bagiye batanga ibisobanuro by'umuco binyuranye kandi byuzuzanya. Dufatemo bike: Kamanzi Thomas yasobanuye ko ijam...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
24 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandaburyo ubwo ari bwo bwose. Kirazira kubavutsa ubuzima, kutabitaho mu gihe babikeneye, bari mu zabukuru, barwaye cyangwa bafi te izindi ngorane. Mu rwego rw'umubano w'abantu n'abandi, kirazira kubeshya no kubeshyera, guhemuka, kurenganya no kwambura, kugambana, kwirata no gusuzugura. Kir...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
18 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda“Niragire”,”Ndagijimana”; f) Abanyarwanda bazi ko Imana itera inkunga ibikorwa by'abantu: “Imana ifasha uwifashishe”, “Abagiye inama, Imana irabasanga”, “Niyitanga”, “Manirafasha”; g) Abanyarwanda babuza uwo Imana yafashije kuba yakwishyira hejuru: “Uwo Imana ihaye irobe, agira ngo ar...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
22 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda2. 3. 2. 3. KUBAHA UMURYANGO 2. 3. 1. Umuryango 2. 3. 1. Umuryango Umuryango ni ipfundo fatizo ry'ubumwe n'ubuzima bw'abawugize, ni ishingiro ry'umuryango rusange w'abantu ukaba n'igicumbi gitorezwamo umuntu kuba umuntu nyamuntu no kugira ubumuntu, kikigirwamo kubana n'abandi. Umuryan...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
20 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda1° kugira umutima ukomeye kandi ukeye: kugira umutima udatinya, gushyigikira icyiza, kugaragaza ikibi no guhangara kukirwanya kandi uzi neza ingaruka; 2° gukunda Igihugu: gushyira imbere no guharanira ubusugire, iterambere, ishema by'Igihugu n'ubumwe bw'abagituye; 3° kwitanga: kwigomw...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
32 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda-Kumva ko abandi bagira uruhare mu kwigira kwawe: nta mukungu wikunga, akungwa na rubanda. b) b) Ibiranga ubumwe mu muryango, mu baturanyi, mu itorero, ku Ibiranga ubumwe mu muryango, mu baturanyi, mu itorero, ku rugerero, mu rugerero, mu kazi kazi Ibi bigaragarira mu migani nk'iyi: -...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
26 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandac) c) Kwiyitaho Kwiyitaho Buri wese akwiye kubungabunga ubuzima bwe bw'umubiri nko kurya neza (amagara aramirwa ntamerwa), kugira isuku (isuku ni isoko y'ubuzima), kuba heza, kwirinda indwara no kwivuriza igihe. Agomba kandi guharanira uburenganzira bwe bwo kubaho no kwitunga. Ni umuz...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
30 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandaadakwiye, ashyira mu gaciro kandi yemera ibitekerezo byuzuza ibye. b) b) Kujya inama Kujya inama Umuntu w'imfura arangwa no kujya inama: yemera kugisha inama, kugirwa inama no kuyigira abandi. c) c) Kuzuza amasezerano, kubaha ijambo, indahiro n'igihango Kuzuza amasezerano, kubaha ijam...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
28 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandaa) a) Ubumanzi Ubumanzi Iyo Abanyarwanda bavuga ko umuntu afi te ubumanzi bisobanura ko afi te umutima ukomeye, udapfa guhungabanywa n'icyo ari cyo cyose. Ubumanzi rero ni ubutwari bushingiye ku mutima. b) b) Ubucuti Ubucuti Abanyarwanda bashima ubucuti kuko buhuza abantu. Kandi ubucuti...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
40 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda 3. 2. INGAMBA ZIKWIYE GUFATWA 3. 2. INGAMBA ZIKWIYE GUFATWA1212 Ingamba zikwiye gushyirwa mu bikorwa kugira ngo gahunda yo gusakaza no kwimakaza indangagaciro z'umuco w'u Rwanda hagamijwe iterambere riramba irusheho kwihuta, hakubiyemo nk'ibiganiro mu ngo, ubukangurambaga, amahugurwa...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
34 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda2. 8. 2. 8. 2. 2. Indangagaciro zifi tanye isano no “gukunda umurimo” Indangagaciro zifi tanye isano no “gukunda umurimo” Gukora neza bituma utunganyiriza abakugana, bikagaragazwa no kutarangarana umuntu mu byo umugomba, kuzuza inshingano, gukorera mu mucyo, kwihutisha akazi, kwakira ne...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
38 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandayayo, ngo akubuze kubana n'abandi, akubuze kubonera uwanya urugo rwawe niba urufi te, ngo uyaririkire uhemuke, etc. h) h) Kwita ku bidukikije Kwita ku bidukikije Biragaragara ko kwita ku bidukikije ari indangagaciro ikomeye kuko bituma umuryango ubungabunga ibyiza wasanze n'ibyo ugenda...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
36 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda2. 8. 3. 2. 8. 3. Kirazira kudaha agaciro umurimo Kirazira kudaha agaciro umurimo Umurimo niwo utunga umuntu ku giti cye ugatunga n'imbaga y'abantu kandi ugateza Igihugu imbere. Ni cyo gituma kizira gusuzugura umurimo uwo ari wo wose, kuba imburamukoro, kunebwa, kuzarira no kutarangiz...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
41Indangagaciro z'umuco w'u Rwandaku nzego nk'Inteko y'Umudugudu, iy'Akagari cyangwa mu muganda. Hari izindi nzira zigera ku baturage bidatinze kandi zikemerwa. Izi ndangagaciro z'umuco w'u Rwanda zakwigishwa binyuze mu binyamakuru, hakoreshejwe itumanaho, amakinamico, indirimbo, amarushanwa y'imikino n'ibindi. Ndetse ...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
42 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandae) e) Kongerera abayobozi n'inzego ubushobozi mu iterambere Kongerera abayobozi n'inzego ubushobozi mu iterambere rishingiye ku muco rishingiye ku muco Muri iyi gahunda yo kwimakaza indangagaciro z'umuco w'u Rwanda, abayobozi ku nzego zose bagomba kuba baracengewe n'indangagaciro z'um...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
46 Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda IBITABO N'INYANDIKO BYIFASHISHIJWE BITABO N'INYANDIKO BYIFASHISHIJWE 1) BIGIRUMWAMI A., Imihango, imigenzo n'imiziririzo mu Rwanda, Nyundo, 1974. 2) BIMENYIMANA J., La Rwandisation de l'enseignement secondaire. Contribution à l'étude et à l'approfondissement des valeurs culturelles d...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
44 Indangagaciro z'umuco w'u Rwandaubuvugizi n'amahugurwa yo kongera ubumenyi no kubaka ubushobozi bw'abarugize n'amatsinda arugize. 45Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda UMWANZURO UMWANZURO Indangagaciro z'umuco w'u Rwanda zikubiye muri iki gitabo zizafasha gukemura ikibazo cy'imyumvire, imyitwarire no kunoza imikorere b...
RCHA_indangagaciro_umuco.pdf
1 ISHAKIRO URUTONDE RW'IMBONERAHAMWE ................................................................................................ 3 IBISOBANURO BY'AMAGAMBO AHINNYE ..................................................................................... 4 IJAMBO RY'IBANZE ..................................................
reaf_raporo_2015_16.pdf
2 IV. GAHUNDA Y'IBIKORWA MU MWAKA WA 2016-2017 .......................................................... 34 V. INGAMBA ZO KUNOZA IMIRIMO Y'URWEGO ....................................................................... 35 VI. UMWANZURO .......................................................................................
reaf_raporo_2015_16.pdf
3 URUTONDE RW'IMBONERAHAMWE Imbonerahamwe no1: Ibikorwa byasuwe mu ntara y'uburengerazuba .............. 16 Imbonerahamwe no2 : Ibikorwa byasuwe mu ntara y'amajyepfo ....................... 18 Imbonerahamwe no3: Ibikorwa byasuwe mu ntara y'amajyaruguru .................. 18 Imbonerahamwe no4: Ibikorwa byasuwe mu ntara ...
reaf_raporo_2015_16.pdf
4 IBISOBANURO BY'AMAGAMBO AHINNYE DRC : Democratic Republic of Congo DR: Docteur ICGLR: International Conference on Great Lakes Region ICT: Information, Communication and Technologie IT: Information and Technologie LT GEN: Lieutenat General MIFOTRA: Ministere de la Fonction publique et du Travail MINAGR I: Ministry of ...
reaf_raporo_2015_16.pdf
5 IJAMBO RY'IBANZE Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda, REAF mu magambo ahinnye y'icyongereza, rwashyizweho n'I tegeko no39/2013 ryo ku wa 16/6/2013 rigena inshingano, imiterere n'imikorere byarwo. Hashingiwe ku ngingo ya 6 y'iryo tegeko REAF ishyikiriza gahunda na raporo z'ibikorwa byay o Ibiro bya Nyakubah...
reaf_raporo_2015_16.pdf
6 Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda rurashimira inzego za Leta, izigenga n'imiryango itari iya Leta n'Abanyarwanda muri rusange barufashije kugera ku nshingano zarwo muri uyu mwaka wa 2015-2016. Dr. IYAMUREMYE Augustin Umuyobozi Mukuru
reaf_raporo_2015_16.pdf
7 INCAMAKE YA RAPORO Nk'uko byari biteganijwe kuri gahunda y'ibikorwa by'Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda mu mwaka wa 2015-2016, hakozwe ibikorwa binyuranye hashingiwe ku nshingano zarwo zikurikira zigenwa n'ingingo ya 5 y'Itegeko no39/2013 ryo ku wa 16/6/2013 rishyiraho Urubuga Ngishwanama rw'Inararibony...
reaf_raporo_2015_16.pdf
8 rwasuzumye kandi rutanga inama ku mbogamizi zo mu rwego rw'uburezi: mu bijyanye no guha abana bose amahirwe yo kwiga, cyane cyane hitabwa ku mpamvu hari abana bata is huri (drop out). Mu rwego rwo kon gera ubushobozi bwa REAF, kuva ku wa 05 kugera ku wa 06 Gicurasi habaye umwiherero w'Inararibonye. Uyu mwiherero wari...
reaf_raporo_2015_16.pdf
9 I. INZEGO Z'URUBUGA NGISHWANAMA RW'INARARIBONYE Z'U RWANDA Ingingo ya 7 y'Itegeko no39/2013 ryo ku wa 16/6/2013 rigena inshingano, imiter ere n'imikorere y'Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda igaragaza ko inzego za REAF ari ebyiri arizo: Inama y'Inararibonye na Biro ya REAF. 1. 1. Inama y'Inararibonye Inam...
reaf_raporo_2015_16.pdf
10 Amb. NYIRINKINDI Gaspard Amb. Polisi Denis Hon. MUKAMURENZI Marthe Inararibonye Inararibonye Inararibonye Hon. HARELIMANA Abdulkarim Hon. MUKABARANGA Agnes Inararibonye Inararibonye Hon. KAREMERA Joseph Hon. MUGESERA Antoine Inararibonye Inararibony e
reaf_raporo_2015_16.pdf
11 1. 2. Biro ya REAF Biro ya REAF igizwe na Perezida na Visi Perezida. Biro ifite inshingano zo kuyobora imirimo ya REAF, gutegura inama y'Inama y'Inararibonye, gushyira mu bikorwa ibyemezo by'Inama y'Inararibonye, gukurikirana imikoranire ya REAF n'izindi nzego. Biro ya RE AF ifite abakoz i 7 bayifasha kurangiza insh...
reaf_raporo_2015_16.pdf
12 2. 1. KUGIRA INAMA GUVERINOMA KU BIBAZO BY'IGIHUGU 2. 1. 1. Gutanga inama ku gutegura uko igihugu kizayoborwa nyuma ya 2017 Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye rwasuzumye ibimaze kugerwaho muri manda ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ya 2010-2017 n'imbogamizi ziri mu bitaragerwaho maze hatangwa inama hakiri kare ...
reaf_raporo_2015_16.pdf
13 2. 1. 2. Gutanga inama ku kibazo cya manda ya Perezida wa Repubulika Abagize Urubuga Ngishwanama rw' Inararibonye baganiriye ku cyifuzo cy'abaturage cy'uko Itegeko Nshinga ry a 2003 ryavugururwa ndetse ba gitangaho inama. Inama y' Inararibonye y agaragaje ko u Rwanda rufite amateka yihari ye, atuma rugomba kuyoborwa...
reaf_raporo_2015_16.pdf
14 2. 2. Gusuzuma no gutanga inama ku ngaruka ku Rwanda zishobora guterwa na politiki ziriho muri iki gihe mu bihugu duturanye Nyuma yo kubona ko hari ibibazo bitandukanye mu karere k'ibiyaga bigari, Inama Ngishwanama y'Inararibonye yiyemeje gutanga umusanzu w'ibitekerezo ku ngamba zafatwa mu rwego rwo guhangana n'inga...
reaf_raporo_2015_16.pdf
15  kwihutisha imanza,  kwihutisha irangiza ry'imanza,  gushyira ingufu mu gukurikirana abatera Leta igihombo, abayishora mu manza bitari ngombwa no kwishyuz a amafaranga ya Leta yanyerejwe,  kurushaho kurwanya ruswa mu butabera,  gukomeza gukurikirana abakoze jenoside bahungiye m u bindi bihugu bagacirwa imanza c...
reaf_raporo_2015_16.pdf
16 2. 4. 1. Gukora ubushakashatsi ku bijyanye n'inganda n'ibindi bikorwa by'ubukungu Kuri iki gikorwa, Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye baganiriye n'inzego zinyuranye zifite mu nshingano zazo ibirebana no guteza imbere ubuhinzi n'umusaruro wabwo, bakora ingendo zo gusura ingand a n'ibindi bikorwa by'ubukungu. 2. 4. ...
reaf_raporo_2015_16.pdf
17 Karongi Umushinga wa Kivu watt; IPRC; Ahazubakwa isoko rya kijyambere 18/11/2015 Nyamasheke Centre y'ubucuruzi ya Kirambo ; TVET Ntendezi Rusizi One stop boarder post n' ahubakwa Cross Boarder Market; Uruganda rukora sima CIMERWA; Ibagiro rya Rusizi; Ubucuruzi bwo ku mupaka wa Rusizi; Uruganda rutunganya umuceri rwa...
reaf_raporo_2015_16.pdf
18 Imbonerahamwe no2 : Ibikorwa byasuwe mu ntara y'amajyepfo Akarere Ibikorwa byasuwe Itariki Nyamagabe UNICOPAGI: impuza-makoperative ahinga ingano; GITARE MILLS ni uruganda rutunganya ingano; Kitabi College for Conservation and Environmental Management KCCEM 25/11/2015 Huye IPRC Huye ; Inzu Ndangamurage (Musée Nation...
reaf_raporo_2015_16.pdf
19 Umuyobozi wa Musanze P olytechnic yereka Inararibonye ibikorwa byabo Imbonerahamwe no4: Ibikorwa byasuwe mu ntara y'Uburasirazuba Akarere Ibikorwa byasuwe Itariki Rwamagana Premier Animal Feed Industries (PAFI) ; Gishari Flower Park 18/11/2015 Kirehe Umupaka wa Rusumo ; Irrigation imusozi 18/11/2015 Kayonza Kayonza ...
reaf_raporo_2015_16.pdf
20 2. 4. 2. Gusesengura amakuru no gukora raporo Inama y'Inararibonye y asesenguye amakuru yavuye mu biganiro bagiranye n'abahagarariye MINAGR I, MINICOM, RDB, NAEB, RAB n'ayo bakuye mu bikorwa by'ubukungu bitandukanye basuye. Iri sesengura ryagaragaje ibibazo biri mu buhinzi bw'icyayi, ikawa, ibigori, umuceri ingano, ...
reaf_raporo_2015_16.pdf
21 kwiga ari itegeko ndetse ari n'ubuntu mu burezi bw'ibanze. Hasomwe inyandiko, ibinyamakuru ndetse n'imbuga nkoranyambaga bitandukanye bivuga kuri icyi kibazo. 2. 5. 2. Gusesengura impamvu zituma abana bata ishuri no gutanga inama Mu gusesengura impamvu zituma abana bata ishuri, Abagize REAF basanze impamvu z'ingenzi...
reaf_raporo_2015_16.pdf
22 III. KONGERA UBUSHOBOZI BWA REAF N'IMIKORESHEREZE Y'INGENGO Y'IMARI 3. 1. Kongera ubushobozi bwa REAF Urubuga Ngishwanama rw'Inarari bonye ni ikigo gishya cya Leta cya shyizwe ho n'Itegeko no 39/2013 ryo ku wa 16/6/2013 rikagena inshing ano, imiterere n'imikorere byacyo. Kubera ko ari ikigo gishya, mu mwaka w'ibikor...
reaf_raporo_2015_16.pdf
23 Ifoto y'urwibutso nyuma y'ikiganiro cya Nyakubahwa Minisitiri w'Inteb e Abagize Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda nk'ikigo kikiri gishya, bateguye uyu mwiherero mu rwego rwo kurushaho gusobanukirwa byimbitse impamvu nyamukuru y'icyatumye uru rwego rushyirwaho, gusobanukirwa biruseho icyo Igihugu giteger...
reaf_raporo_2015_16.pdf
24  Ikiganiro ku bibazo bigaragara mu miyoborere cyatanzwe na Prof. SHYAKA Anastase Umuyobozi wa REAF, Dr. IYAMUREMYE Augustin aha ikaze Prof. SHYAKA Anastase Muri icyi kiganiro, Prof. SHYAKA yagaragari je abagize REAF ibibazo bigaragara mu miyoborere mu ngingo eshatu: Ibibazo biri mubaturage bijyanye n'imiyoborere ah...
reaf_raporo_2015_16.pdf
25 gutanga inama. Icyi kiganiro cyafashije Inararibonye kumenya intambwe zo gushaka igisubizo cy'ikibazo bazi aho ba hera naho basoreza. Lt. Gen. KARENZI KARAKE ageza ikiganiro kubagize REAF  Ikiganiro ku bibazo bigaragara mu bukungu ni uko byakemuka (key challenges faced in Economy Development and typical working pro...
reaf_raporo_2015_16.pdf
26 rukwiye kurushaho kwihuza n'ibihugu byo mu karere; Guhindura imyumvire y'abanyarwanda ku bijyanye n'ubucuruzi; Kuzamura inganda ku buryo umuriro udapfa ubusa; Gushyiraho Banki ishinzwe iterambere ry'amakoperative y'ubuhinzi. Prof. NSHUTI Manasseh ageza ikiganiro kubagize REAF  Ikiganiro k' uburyo n' intambwe byo gu...
reaf_raporo_2015_16.pdf
27 Dr. NDAHIRO Alfred ageza ikiganiro ku bagize REAF  Ikiganir o ku igenamigambi rireba kure (Strategic P lanning) cyatanzwe na Hon. GASAMAGERA Wellars Muri ik i kiganiro, Hon. GASAMAGERA Wellars yagaragaje ko igenamigambi rireba kure ari ifoto y'uko ejo hazamera bikozwe none. REAF yagiriwe inama ku bintu bitatu byakw...
reaf_raporo_2015_16.pdf
28 Hon. GASAMAGERA Wellars ageza ikiganiro kubagize REAF 3. 1. 2. Inama zihuza inararibonye n'abafatanyabikorwa Mu rwego rwo kurushaho kongera ubunararibonye mu mikorere yabo Inama y'Inararibonye yagiranye inama na Minisitiri mu Biro bya Perezida wa Repubulika, Madame TUGIREYEZU Venantie na Dr. MUNGARU RIRE Joseph umuy...
reaf_raporo_2015_16.pdf
29 3. 1. 2. 1. Inama na Minisitiri mu biro bya Perezida TUGIREYEZU Venantie Ku wa Gatanu tariki ya 29/01/2016 saa yine za mu gitondo mu cyumba cy'inama REAF ikoreramo habereye inama yari iyo bowe na Minisitiri mu Biro bya Perezida wa Repubulika Madame TUGIREYEZU Venantie. Minisitiri mu B iro bya Perezida wa Repubulika,...
reaf_raporo_2015_16.pdf
30 Gutanga inama ku buryo abikorera (private sector) bagira uruhare runini mu iterambere ry'inganda kandi bakabigira ibyabo (ownership) kuko byagaragaye ko bakibigendamo gake aho inganda nyinshi zahagaze; Gutanga inama ko hajya hibandwa ( focus ) ku nganda zibyara izindi bitewe n'uburemere bw'ibikenewe. 3. 1. 3. Imicun...
reaf_raporo_2015_16.pdf
31 3. 1. 3. 2. Abakozi bashyizwe mu myanya Mu mwaka wa 2015-2016 hari abakozi batanu bashyizwe mu myanya. Iyo myanya ni: Administrative assistant to the Chairperson, accountant, Governance&Social Researcher, Economic Researcher, Legal& Justice Re searcher na IT Officer. 3. 1. 3. 3. Kongerera ubushobozi abakozi Mu mwaka...
reaf_raporo_2015_16.pdf
32 3. 2. Imikoreshereze y'ingengo y'imari 2015-2016 Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda rwahawe ingengo y'imari yo kurangiza gahunda y'ibikorwa yateganyijwe ndetse no kwiy ubaka nk'urwego rushya kuko y ariyo ngengo y'imari ya mbere urwego rwari ruhawe. 3. 2. 1. Inkomoko y'ingengo y'imari yakoreshejwe mu mwak...
reaf_raporo_2015_16.pdf
33 2015-2016 warangiye REAF ikoresheje amafaranga miriyoni maganatatu mirongwicyenda n'umunani n'ibihumbi maganane na bitatu maganatatu mingwinani n'ane ( 398,403,384 frw) angana na 69. 29%. Amafaranga y'ibigenerwa Inararibonye n o guhemba abakozi ba REAF (El yakoreshejwe arenze ingengo y'imari ivuguruye ya 2015/2016 (...
reaf_raporo_2015_16.pdf
34 IV. GAHUNDA Y'IBIKORWA MU MWAKA WA 2016-2017 Imbonerahamwe no8: Gahunda y'ibikorwa mu mwaka wa 2016-2017 N ° Igikorwa giteganyijwe Ikizagerwaho Ingengo y'imari Ingengabihe 1 Kugira inama Guverinoma ku bibazo by'Igihugu Hazatangwa inama ku gutegura uko Igihugu kizayoborwa nyuma ya 2017 9,900,800 Nyakanga 2016- Kamena...
reaf_raporo_2015_16.pdf
35 N ° Igikorwa giteganyijwe Ikizagerwaho Ingengo y'imari Ingengabihe 6 Kugira inama Guverinoma ku mbogamizi zo mu rwego rw'Imibereho myiza y'Abaturage Hazatangwa inama ku mbogamizi zo mu rwego rw'Uburezi bijyanya na “effective access” ku burezi hitabwa kuri aspects social et financier y'icyo kibazo 6,945,500 Nyakanga ...
reaf_raporo_2015_16.pdf
36 VI. UMWANZURO Muri uyu mwaka wa 2015-2016, Urubuga Ngishwanama rw'Inarari bonye rwakoze ibikorwa byari biteganijwe muri gahunda y'ibikorwa by'uwo mwaka, bikaba bishingiye ku nshingano rwahawe nk'uko ziteganywa n'Itegeko no39/2013 ryo ku wa 16/6/2013 ri gena inshingano, imiterere n'imikorere byarwo. Urubuga Ngishwana...
reaf_raporo_2015_16.pdf
1 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET ISHAKIRO URUTONDE RW'IMBONERAHAMWE ..................................................................................... 3 IBISOBANURO BY'AMAGAMBO AHINNYE .......................................................................... ...
reaf_raporo_2016_17.pdf
2 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 2. 4. 1. 2. Gusesengura ibyavuye mu bushakashatsi no gutanga inama ku cyakorwa ngo politiki y'iterambere ry'ubukungu kuri bose igere ku ntego yayo byuzuye ...................... 20 2. 4. 2. Gusuzuma gahunda y'ihuza ry'ubutaka haga...
reaf_raporo_2016_17.pdf
3 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET URUTONDE RW'IMBONERAHAMWE Imbonerahamwe No1: Uturere twasuwe hagamijwe kureba uko ibibazo by'abaturage bikemurwa . 17 Imbonerahamwe No2: Uturere twasuwe hagamijwe kureba iterambere ry'ubukungu bugera kuri bose .......................
reaf_raporo_2016_17.pdf
4 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET IBISOBANURO BY'AMAGAMBO AHINNYE Brig. Gen: Brigadier General CHUB: Centre Hospitalier Universitaire de Butare CHUK: Centre Hospitalier Universitaire de Kigali CHUR: Christian University of Rwanda HEC: High Education Council MIFOTR...
reaf_raporo_2016_17.pdf
5 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET IJAMBO RY'IBANZ E Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda, REAF mu magambo ahinnye y'icyongereza, rwashyizweho n'Itegeko no39/2013 ryo ku wa 16/6/2013 rigena inshingano, imiterere n'imikorere byarwo. Hashingiwe ku ngingo ya...
reaf_raporo_2016_17.pdf
6 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET rw'ubwisungane mu kwivuza kugira ngo bidasubira inyuma. Izi ngingo zizakomeza kuganirw aho hagamijwe kuzitangaho inama ikwiriye. Muri uyu mwaka kandi wa 20 16-2017, Abagize REAF basuye Uture re twagaragayemo amapfa n'ahandi mu gih...
reaf_raporo_2016_17.pdf
7 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET INCAMAKE YA RAPORO Nk'uko byari biteganijwe muri gahunda y'ibikorwa by'Ur ubuga Ngishwanama rw'Inararib onye z'u Rwanda mu mwaka wa 2016-2017, hakozwe ibikorwa binyuranye hashingiwe ku nshingano zarwo zikurikira zigenwa n'ingingo ...
reaf_raporo_2016_17.pdf
8 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Abagize REAF baganiriye ku kibazo cy'amapfa cyaga ragaye muri tumwe mu Turere tw'Igihugu. Kugira ngo harebwe uburemere bw'icyo kibazo, hasuwe Uturere twavuzwemo a mapfa n'utundi twavuzwemo igabanuka ry'ibiribwa. REAF yishimiye kub...
reaf_raporo_2016_17.pdf
9 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Iyi raporo iragaragaza mu buryo burambuye ibikorwa byakozwe na REAF, imicungire y'abakozi, imikoreshereze y' imari n'umutungo n'ibikorwa biteg anyijwe gukorwa mu mwaka wa 2017-2018. Raporo iragaragaza kandi ingamba zo kunoza imiri...
reaf_raporo_2016_17.pdf
10 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET I. INZEGO Z'URUBUGA NGISHWANAMA RW'INARARIBONYE Z'U RWANDA Ingingo ya 7 y'Itegeko no39/2013 ryo ku wa 16/6/2013 rigena inshingano, imiterere n'imikorere y'Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda igaragaza ko inzego za REAF...
reaf_raporo_2016_17.pdf
11 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Amb. NYIRINKINDI Gaspard Amb. Polisi Denis Hon. MUKAMURENZI Marthe Inararibonye Inararibonye Inararibonye Hon. HARELIMANA Abdulkarim Hon. MUKABARANGA Agnes Inararibonye Inararibony e Hon. KAREMERA Joseph Hon. MUGESERA Antoine Ina...
reaf_raporo_2016_17.pdf
12 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 1. 2. Biro ya REAF Biro ya REAF igizwe na Perezida na Visi Perezida. Biro ifite inshingano zo kuyobora imirimo ya REAF, gutegura inama y'Inama y'Inararibonye, gushyira mu bikorwa ibyemezo by'Inama y'Inararibonye, gukur ikirana im...
reaf_raporo_2016_17.pdf
13 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Gusuzuma imbogamizi y'ubukungu igaragarira mu kinyuranyo hagati y'ibitumizwa n'ibyoherezwa hanze (trade imbalan ce); Gusuzuma no gutanga inama ku buryo Umuryango Nyarwanda waru shaho kuba inkingi y'iterambere; Gusuzuma ikibazo cy...
reaf_raporo_2016_17.pdf
14 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Mu gutanga inama hagendewe ku nkingi enye, arizo: imiyoborere, ubutabera, ubukungu n'imibereho myiza. Hashingiwe ku nyandiko z'ingenzi, arizo: Vision 2020, gahunda ya Guverinoma 201 1-2017, EDPRS2, Imyanzuro y'Inama y'Umushyikira...
reaf_raporo_2016_17.pdf
15 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET imbaraga zarwo, zikaba zigomba gukomeza gushyirwamo imbaraga, zigashimangirwa: Kugira abaturage bafite icyerekezo kimwe kandi bunze ubumwe/Ndi Umunyarwanda; Kugira i miyoborere myiza kandi ihamye; Kuba Igihugu gitekanye mu bwigen...
reaf_raporo_2016_17.pdf
16 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET ibice bishingiye ku moko. Repubulika ya mbere n'iya kabiri ntizashoboye kugarura ubumwe bw'abaturage, ahubwo zashimangiye amacakubiri kugeza ubwo abaturage bashowe muri jenoside yakorewe Abatutsi, muri 1994, igasenya bikabije ubw...
reaf_raporo_2016_17.pdf
17 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET uruhare mu bibakorerwa. Hashingiwe ku nyandiko zitandukanye h akozwe ubushakashatsi ku bimaze kuger waho mu mitangire ya serivisi mu nzego zegerejwe abaturage n'uruhare rw'abaturage mu bibakorerwa. Abagize REAF basanze kandi seri...
reaf_raporo_2016_17.pdf
18 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 2. 3. 2. Gusesengura ibyavuye mu bushakashatsi no gutanga inama ku cyakorwa ngo inzego z'ubuyobozi zegerejwe abaturage zirusheho gukorana neza n'abaturage Abagize REAF basanze hari byinshi byakozwe mu gutez a imbere imikoranire m...
reaf_raporo_2016_17.pdf
19 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 2. 4. 1. Gusuzuma no gutanga inama kw'iterambere ry'ubukungu bugera kuri bose Abagize REAF basuzumye kandi batanga inama ku mbogamizi zigaragara mu gushyira mu bikorwa no kwihutisha ga hunda zigamije kugeza abanyarwanda kw'iteram...
reaf_raporo_2016_17.pdf
20 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Inararibonye n'abayobozi b'Akarere ka Nyagatare baganira uko ubukungu bugera kuri bose buhagaze Mu byasuzumwe harimo kureba impamvu hari uturere tukiri inyuma, cyane cyane utwagaragajwe na EICV4 n'ibyiciro by'ubudehe, mu kugira u...
reaf_raporo_2016_17.pdf
21 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET N'ubwo iterambere ry'ubukungu kuri bose rigenda rigaragazwa n'impinduka ku Banyarwanda b'ingeri nyinshi, abagize REAF basanze hari ahakiri intege nkeya hakenewe gushyir wamo ingufu : Ubusumb ane hagati y'abakire n'abakene; Ikinyu...
reaf_raporo_2016_17.pdf
22 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 2. 4. 2. Gusuzuma gahunda y'ihuza ry'ubutaka hagamijwe ku bukoresha neza (Land Use Consolidation) Muri Vision 2020 hateganijwe ko 50% by'abaturage bagomba kuba baravuye mu buhinzi busanzwe bakajya mu mirimo idashamikiye k'ubuhinz...
reaf_raporo_2016_17.pdf
23 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Imbonerahamwe No3: Uturere twashakiwemo amakuru kw' ihuzwa ry'imikoreshereze y'ubutaka ITARIKI INTARA AKARERE Ibyasuwe 22-24/3/2017 UBURASIRAZUBA Bugesera Umudugudu watujweho abimuwe ku kirwa cya Mazane na Sharita uherereye mu Mu...
reaf_raporo_2016_17.pdf
24 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET ITARIKI INTARA AKARERE Ibyasuwe Gakenke Umudugudu w' icyitegerererezo wa Rutenderi muri Mugunga Umudugudu wa Kibaya muri Gataba mu murenge wa Rusasa watujwemo abimuwe mu manegeka Musanze Ahahujwe ubutaka buhinzeho ibireti mu Kini...
reaf_raporo_2016_17.pdf
25 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 2. 4. 3. Gusuzuma imbogamizi y'ubukungu igaragarira mu kinyuranyo kibyoherezwa n'ibitumizwa hanze y'igihugu “trade imbalance” Abagize REAF bakomeje gusuzuma iki kibazo kuko no mu mwaka wa 2015-2016 bari bagisuzumye nyuma yo gusan...
reaf_raporo_2016_17.pdf
26 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Imbonerahamwe No4: Uturere twasuwe twavugwagamo ikibazo cy'amapfa INTARA ITARIKI UTURERE IMIRENGE YASUWE UBURASIRAZUBA 13. 9. 2016 Bugesera Ruhuha, Ngeruka, Kamabuye 14. 9. 2016 Ngoma Rukumberi, Gashanda Rurenge 15. 9. 2016 Kireh...
reaf_raporo_2016_17.pdf
27 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 2. 5. GUTANGA INAMA KU MBOGAMIZI ZO MU RWEGO RW'IMIBEREHO MYIZA Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z' u Rwanda rwasesenguye kandi rutanga inama ku m uryango nk'inkingi y'iterambere, ku kibazo k'ireme ry'uburezi mu mashuri makuru...
reaf_raporo_2016_17.pdf
28 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Imbonerahamwe no5: Abantu baganirijwe ku cyakorwa ng o umuryango urusheho kuba inkingi y'iterambere Amazina Icyo akora Mgr RUKAMBA Philippe Musenyeri wa D iyosezi ya Butare akaba na Perezida w'Inama y'Abepesikopi Gatulika mu Rwan...
reaf_raporo_2016_17.pdf
29 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Imbonerahamwe no6: Ibigo n'amare rero byasuwe Ibigo n'amare rero Aho biherereye Ikigo cyita ku basaza Tumba Ikigo cyita ku nshike za jenoside yako rewe Abatutsi Nyanza Ikigo cyita ku nshike za jenoside yakorewe Abatutsi Mukura Ik...
reaf_raporo_2016_17.pdf
30 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Basanze kandi har i amakimbirane aturuka kw'irage; ikibazo c y'ubwiyongere bw'abaturage butajyanye n'ubwiyongere bw'ubukungu; no gutakara kw'indangagaciro z'umuco nyarwanda wibasiwe n'imico y' ahandi. Abagize Urubuga Ngishwanama ...
reaf_raporo_2016_17.pdf
31 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Imbonerahamwe no7: Amashuri Makuru na K aminuza byasuwe KAMINUZA N'AMASHURI MAKURU BYASUWE AKARERE AMATARIKI Universite Libre de Kigali (ULK) -Gisenyi Campus Rubavu 31 May-03 June 2017 Rusizi International University Rusizi Kibog...
reaf_raporo_2016_17.pdf
32 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Uko abanyeshuri bategura ibitabo bis oza amashuri ; Kumenya aho ishuri rigeze ryubahiriza ibisabwa ( standards) nk'uko baba barabisezeranye na HEC; Igihe cyo kwemererwa gutangira gukora; Kumen ya impamvu zitera igabanuka ry' Ubus...
reaf_raporo_2016_17.pdf
33 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Nyuma y'ibiganiro n'ingendo zakozwe byagaragaye ko: Mu mashuri makuru na kaminuza bagira ikibazo cyo kubura abarimu bahoraho babifitiye ubushobozi, ibikoresho bike nko muri Labo n'ahandi ; Amikoro y'abanyeshuri adahagije bituma b...
reaf_raporo_2016_17.pdf
34 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Imbonerahamwe no8: Ibitaro n'ibigo nderabuzima byasuwe IBITARO N'IBIGONDERABUZIMA BYASUWE AKARERE ITARIKI Ibitaro bya Musanze Ikigo nderabuzima cya Muhoza Health post CYABARARIKA Musanze 23/ 06 / 2017 Ibitaro bya Nemba Ikigo nder...
reaf_raporo_2016_17.pdf
35 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Inararibonye ziganir a n' Umuyobozi w'Ibitaro bya Gisirikari i Kanombe, Brig. Gen. Emmanuel NDAHIRO Nyuma y'ingendo zakozwe, byagaragaye ko: Mutuelle de santé yagize akamaro mu gufasha abanyarwanda kwivuza ariko, uko abanyarwanda...
reaf_raporo_2016_17.pdf
36 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET III. KONGERA UBUSHOBOZI BWA RE AF N'IMIKORESHEREZE Y'INGENGO Y'IMARI 3. 1. Kongera ubushobozi bwa REAF Mu rwego rwo kurushaho kunoza imikore re y'Urubuga Ngishwanama rw'Inara ribonye z'u Rwanda, abagize REAF bakoze umwiherero wo ...
reaf_raporo_2016_17.pdf
37 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Ifoto y'urwibutso y'abagize REAF nyuma y'umwiherero 3. 1. 2. Imicungire y'abakozi b'Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda (REAF) 3. 1. 2. 1. Abakozi ba REAF Uretse Inararibonye, REAF igira abakozi barindwi (7) bo mu rweg...
reaf_raporo_2016_17.pdf
38 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET Umwaka w'ingengo y'imari ya 2016-2017 warangiye REAF ifite abakozi 7 kuko yungutse umuyobozi ushinzwe ubutegetsi n' imari (DAF). Muribo igitsinagore ni batatu (3) bangana na 42,8%, igitsinagabo ni bane ( 4) bangana na 57,1%. Abak...
reaf_raporo_2016_17.pdf
39 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET NYIRABATESI Marie HABIMANA Shadadh UWAMBAJE Ernestine Accountant IT Officer Administrative Assistant to the Chairper son 3. 1. 2. 2. Kongerera ubushobozi abakozi Mu mwaka wa 2016-2017, abakozi ba REAF bahawe amahugurwa atandukany...
reaf_raporo_2016_17.pdf
40 E-mail : info@reaf. gov. rw, P. O BOX : 5100 Kigali-Rwanda, KCT 2nd Floor, KN 67 STREET 3. 2. Imiko reshereze y'ingengo y'imari 2016-2017 Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa inshingano zarwo, Urubuga Ngishwanama rw'Inararibonye z'u Rwanda rwakore sheje ingengo y'imari ruhabwa na Leta. 3. 2. 1. Inkomoko y'ingengo y'ima ...
reaf_raporo_2016_17.pdf
End of preview. Expand in Data Studio
README.md exists but content is empty.
Downloads last month
10