audio audioduration (s) 0.98 68.8 | text stringlengths 53 680 | duration float32 5.86 68.8 |
|---|---|---|
Inzu isa neza irimo intebe zo kwicaramo zimwe zimeze neza harimo irimo amakaro, inzugi z'ibirahure, hakeye harimo n'ameza, bigaragare ko ari salo abantu bicaramo bari kuganira. | 21.780001 | |
Abantu benshi b'abirabura harimo abagore n'abagabo, abagore bambaye imikenyero n'abagabo bambaye ikositime bafashe ku madarapo bazamuye ibiganza barimo bararahira. | 16.139999 | |
Ahantu abantu bahurira bagafata imiti bitewe n'uburwayi barwaye mu gihe atari kwa muganga, aho hantu naho hagomba kuba hafite isuku ihagije kugira ngo umuntu wese ubonye imiti aba yizeye neza ko iyo miti izamukiza indwara arwaye. | 19.08 | |
Inkiko gacaca hakaba hariho abantu ndetse hakaba handitseho amagambo, Ukuri kurakiza tuvuge ibyo twabonye ndetse twemere ibyo twakoze, hakaba hari n'ibinyabiziga biri hanze y'igipangu. | 19.5 | |
Abagabo babiri bari mu kigero cy'imyaka nka mirongo ine, umwe yambaye ipantaro y'umukara, undi yambaye ishati y'umutuku, bateruye umwana ku gatanda, ahantu bari gucya hari intebe nyinshi zitondekanyije z'amafomo. | 17.700001 | |
Abajyanama b'ubuzima bahuriye hamwe baza kuganirizwa no kwigira hamwe ngo barebe ibibagora mu kazi kabo ka buri munsi bityo bagende babikemura, baje kandi no kubahugura kugira ku bumenyi basanze bafite hiyongereho n'ubundi bwinshi. | 21.780001 | |
Amacupa abiri ndetse n'imiti idatunganyijwe neza iteretse iruhande rwayo ndetse n'ikirahure cy'igikombe, aho yifashishwa cyane mu miti gakondo mu kuvura ndetse no gukiza indwara zigiye zitandukanye zifata ubuzima bw'umuntu. | 21.42 | |
Iyi foto iratwereka abantu bicaye bo mu nzego zitandukanye harimo polosi harimo abambaye imipira y'icyatsi, n'abandi bambaye imipira y'umuhondo hakaba hari abafite amazi imbere yabo abandi bakaba bafite ji. Bakaba bicaye bose bafashe positeri imwe. | 16.5 | |
Iduka rinini riri muri sitasiyo yitwa Rubis, ricururuza ibyo kunywa n'ibyo kunywa, byiganjemo amata, imitobe y'ubwoko butandukanye, ibisuguti ndetse n'ibindi bintu. | 20.544001 | |
Inzu nziza ndende igeretse ikaba ifite amarangi asa icyatsi ndetse n'umukara, amadirishya yayo akaba asa ubururu ndetse urupangu rukaba rusa umukara. | 21.299999 | |
Umukobwa wicaye ku iriba urimo kuvoma amazi wambaye imyenda yiganjemo amabara y'umutuku n'umukara ubona ko yishimye kandi anezerewe. | 16.5 | |
Umuriro w'amashanyarazi, uri ku mapoto, agenda aca hirya no hino, ufasha abatuye mu gihugu cy'u Rwanda, mu mirimo yabo itandukanye, ndetse bakabasha no gucana nijoro hakabona. | 15.6 | |
Ibigo by'imari bitandukanye nk'amabanki, usanga biharanira gutanga serivisi zinoze, aho usanga mu duce twinshi tw'imijyi dutandukanye bagenda bashyiramo abakozi babo, kugira ngo babashe gutanga serivisi zinoze. | 16.26 | |
Ni icyanya kinini kisanzuye kikaba cyaragenewe imiturire, hamwe hari ibisambu n'amashyamba nta nzu zirimo, ariko ahitaruye haragaragara inyubako z'imiturirwa zigiye zigeretse. | 16.559999 | |
Ingurube isa n'aho iri ahantu hororerwa iyo ngurube, iyo ngurube iruhande rwayo hari ibibwana bitatu bisa n'aho birikonka, iyo ngurube biragaragara ko ari iy'umukire kuko iri ahantu hasasiye neza kandi hameze n'aho iba ahantu heza cyane. | 16.68 | |
Inzu nini uko bigaragara muri sale ikaba yahuriwemo abantu benshi cyane, harimo abagore biteze ibitambaro mu mutwe ndetse n'umugabo uhagaze imbere wambaye ikote ry'umukara, akaba ari kubabwira ijambo. | 15.84 | |
Umuhanda wa kaburimbo urimo imodoka zigera kuri eshatu, harimo n'ifite ibara ry'umukara, abamotari ndetse n'umunyonzi uhetse umugenzi inzira y'abanyamaguru uhagaze kuri borodire ufite ibisheke mundobo, n'igitambaro kimwe mu mutwe n'indabo ziri ku ruhande. | 17.58 | |
Ikarita iriho ifoto y'ikigo gikorera kuri murandasi gucuruza ibikoresho by'ikoranabuhanga, harimo telefoni na za mudasobwa. | 16.5 | |
Moto bari guhambiraho umufuka w'umweru urimo ibintu runaka, inyuma yayo hariho umugabo wambaye imyenda y'ubururu ari kubihambira kuri moto. | 15.78 | |
Abantu benshi cyane bateraniye ahantu hamwe, imbere yabo hari abantu batatu bari kubagezaho ikiganiro. Iri ni huriro mpuzabikorwa, rigamije kwigira hamwe uko barwanya icyorezo cya Mabaga. | 19.860001 | |
Icyapa gifite impande enye zingana gifite ishusho y'ubururu ndetse n'umuzenguruko w'ibara ry'umweru, iki cyapa gishyirwa ahantu hari inzira abanyamaguru bemerewe kwambukiramo harangwa n'imirongo minini ibyibushye y'umweru. | 23.232 | |
Umwana w'umukobwa usutamye uri guseka cyane akaba yateze intoki ku ivomero aho hari kuzaho utuzi duke duke, akaba kuyakaraba, ni byiza cyane kugira isuku ugakaraba intoki n'amazi meza n'isabune kuko bituma umuntu agira ubuzima bwiza buzira umuze. | 19.92 | |
Umuhanda nyabagendwa, uri mu byerekezo bitandukanye, harimo ipikipiki itwaye umugenzi ndetse n'imodoka nini itwara abantu mu buryo bwa rusange, izwi nka twegerane, kugahanda k'abanyamaguru, harimo abagabo batatu. | 17.1 | |
Imihanda ndetse n'amatara yo ku mihanda nibimwe mu bikorwa remezo byitaweho mu gihugu cyacu, aho hubatswe imihanda byorohereza ubuhahirane hagati y'abaturage ndetse n'uturere, aho ubugubu ingendo zoroshye uva mu karere kamwe ujya mu kandi cyangwa uva mu gace kamwe ujya mu kandi. | 21.18 | |
Intebe nziza cyane. Bigaragara ko ikoranye ubugeni. Hakaba hari n'izindi zikoranye imisego ya matora yo kwicarwaho. Bikaba bigaragara ko izo ntebe zikorwa mu mbaho ziva mu biti. | 17.040001 | |
Abantu babiri bari kwa muganga, umuganga w'umugore ari gufasha umusaza gukora siporo, hamwe no kumugira inama z'uburyo yakuramo siporo bikagira ingaruka nziza ku buzima bwe. | 19.08 | |
Ibihingwa abaturage bahinga bishobora gutunganyirizwa mu nganda, cyangwa se bakabihinga bitaratunganyirijwe mu nganda. Zimwe mu mbuto zigaragara abaturage bakoresha, zituma bagira ubuzima bwiza kandi kuzibona biroroshye. | 17.1 | |
Ibicuba ni ibikoresho bibika amata neza bifasha aborozi kugemurira abantu haba mu ngo zabo no mu mazu y'ubucuruzi aho baba baherereye aho ariho hose. | 16.200001 | |
Umuntu uri kugenda ku ipikipiki mu muhanda wa kaburimbo, inyuma ye hakaba hari imodoka, hepfo y'umuhanda hakaba hari inyubako ziri mu mabara y'umweru ndetse n'imiyoboro y'amashanyarazi. | 16.5 | |
Vubavuba yari izwiho gutwara ibiribwa kuma pikipiki abakozi babo bamwe nabamwe bahawe amagare y'umuriro abafasha kugemurira abantu ibiribwa, ikizabakubwira baba bambaye impuzankano z'icyatsi bahetse ibikapu cyangwa ibikesi birimo ibiribwa bagemuriye abantu aho batuye. | 20.714666 | |
Umuhanda wa kaburimbo uri kunyuramo abantu batandunkanye ndetse iruhande rwaho hakaba hagaragara inyubako nziza ikoreramo ikigo cyitwa radiyanti, akaba ari ikigo gishinzwe ubwishingizi aho umuntu wese ukeneye serivise kugira ngo yishinganishe ajyayo bakabasha kumufasha. | 19.799999 | |
Abantu b'ingeri zitandukanye bari mu ihema, bitabiriye igikorwa runaka, ndetse imbere yabo hakaba hari ameza ateguye neza hariho ururabo, ndetse n'abarimo gukoma amashyi bigaragaza ko bishimiye ibyo bari kubwirwa cyangwa ibyo bari kubona. | 23.870113 | |
Rino shusho riri kutwereka umuntu uri gucuruza ibiraha, umuntu uri gucuruza amasambusa, habaho ubwoko bwinshi bw'amasambusa. Hari n'abaguzi bari kugura amasambusa ari mu ndobo, ni abantu bahari bari kugura. | 18.299999 | |
ibikoresho byinshi bitandukanye byifashishwa kwa muganga hakaba harimo ndetse n'imiti urugero nk'ibinini n'indi miti iri mu ducupa umurwayi ashobora kunywa bityo akagira ubuzima bwiza, hari imiti imwe n'imwe iri mu ducupa ndetse n'indi iri mu dusashi. | 20.459999 | |
Inka z'inyambo, ni inka zigira amahembe maremare kandi zikaba inka zabaga ibwami, kuko cyabaga ari ikimenyetso cy'umwami. | 17.16 | |
Umugore uhagaze ku zuba yashyushye yakuyemo umupira yawushyize ku rutugu, yambaye agasengeri afite icupa ry'amazi mu ntoki ari kuyanywa, kugira ngo umubiri ugarure imbaraga abashe kuba yakomeza gukora siporo ntakibazo. | 20.219999 | |
Ikipe y'abantu barindwi barahagaze ku murongo utambitse. Bamwe amaboko ari inyuma, abandi afashe mu mufuka n'abandi ari imbere, bahagaze nk'abagiye gufata ifoto. | 17.670385 | |
Icyumba kinini kirimo abana baturutse mu bice bitandukanye, bambaye imyenda y'umweru n'ubururu, iruhande rwabo hari ababyeyi ubabona ko bahuriye mu bikorwa bitandukanye kugira ngo bige ku bibazo bifite ingaruka muri sosiyete. | 23.52 | |
Umubyeyi uteruye umwana, aho bagiye ku kigo nderabuzima cyangwa ku bitaro aho umwana ari guhabwa urukingo rw'ibanze rumurinda indwara z'abana harimo imbasa, iseru, n'ibindi. | 17.898666 | |
Ni byiza kugira insengero dusengeramo, kuko bidufasha kwiyegereza Imana ndetse no kuyiha icyubahiro. | 16.139999 | |
Inyubako nini y'ubucuruzi, ikoreramo ibizwi nka farumasi, imbere yayo haparitse imodoka nini, iriho ibirango by'ikigo cy'Igihugu gishinzwe iperereza. | 17.34 | |
Umuhanda wa kaburimbo uri kunyuramo igare ndetse na moto yikorera imizigo iruhande rw'uwo muhanda hakaba hari inzira y'abanyamaguru hepfo y'uwo muhanda hakaba hari inzira y'abanyamaguru ndetse n'ibiti biteye hepfo yuwo muhanda binini bikuze . | 22.32 | |
Iki ni icyumba kirimo abantu bagiye batandukanye baje kureba ibicuruzwa birimo ibicuruzwa birimo, ibicuruzwa bikaba byiganjemo inkweto ndetse n'ibikapu bigiye bitandukanye. | 17.4 | |
Inzu icuruza ibikoresho by'inyubako izwi nka kenkayori, muri kenkayori habamo ibikoresho bitandukanye by'ubwubatsi birimo: amasima, imisumari ,amatibe ,amatiyo ,amarangi ,ibiroso ndetse n'ubundi bwoko bw'ibikoresho bubakisha bugiye butandukanye. | 27.120001 | |
Umugore wambaye ishati itukura, ingofero mu mutwe y'umukara, wicaye ku ntebe y'umukara, imbere ye hari ameza n'impapuro z'umweru, ari kumwe n'umugabo wambaye imyenda y'umukara, ishati y'umweru, ikaramu, arimo aratanga serivise. | 16.620001 | |
Urupapuro rw'umweru ruriho ikirango cya repubulika y'u Rwanda, munsi y'icyo kirango hari amagambo ari mu rurimi rw'icyongereza, ari mu buso bufite ibara ry'ubururu bwerurutse, iruhande rwayo hari amagambo ari mu rurimi rw'icyongereza ari mu ibara ry'icyatsi ndetse munsi hari n'amatariki ndetse n'imbuga nkoranyambaga wasangaho icyo kigo. | 25.200001 | |
Umumotari wambaye ingofero y'umutuku, ndetse yambaye n'umupira w'umutuku, n'ipantaro y'ubururu, akaba yicaye ku ipikipiki ye, akaba agemuye ibiryo ahantu runaka. Inyuma akaba afite agasanduku k'umutuku, karimo ibyo byo kurya. | 14.88 | |
Gukora imyitozo ngororamubiri bifasha umuntu kugira ubuzima bwiza. Ni ngombwa ko buri munyarwanda wese asobanukirwa akamaro ko gukora siporo cyangwa imyitozo ngororamubiri, kugira ngo abashe kuba yagira ubuzima bwiza. | 15.72 | |
Imiti myinshi igiye itandukanye harimo isa umweru hari n'agasekuru gasa umweru harimo imiti y'icyatsi, ku ruhande hari ibibabi by'umuti bisa icyatsi, hirya hari ibibabi by'umuti bifite ibara ry'umuhondo. | 18.288 | |
Abana barimo kuvoma amazi mabi yo mu gishanga bakoresheje ibikoresho bitandukanye nk'indobo ndetse n'amabase aba bana aya mazi barimo kuvoma akaba ari amazi yanduye aho leta igira inama abaturage kwirinda gukoresha ayo mazi mabi ahubwo bagakoresha amazi meza bagezwaho na leta kugira ngo bagire ubuzima bwiza birinde indwara ziterwa n'umwanda. | 26.219999 | |
Ni abantu benshi harimo abagore n'abagabo, hakaba hahagazemo umusirikare bari imbere y'inyubako iteye irangi ry'ubururu, ifite amabati y'ubururu, iyo nyubako ikaba yanditseho "gira ubuzima" kandi imbere yabo hakaba hari ubusitani buriho n'ibirabyo. | 24.959999 | |
Inzu ikoze neza ifite ubwiza butangaje; ikaba igizwe n'ibirabo bifite ibara ry'icyatsi; bikaba hariho n'ibikuta biri mubara ry'umweru, imbaho zifite ibara ry'ishokora ndetse n'amatara yaka neza! | 19.504763 | |
Ubu ni uburyo bukoreshwa mu ikoranabuhanga, aho ushobora kuba wajya muri aka kabari ukaba wabasha kwishyura amafaranga ariko hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga bw'ikarita; ni uburyo bw'ikarita bwitwa ''Pesapal''; bukoresherezwa hano mu Rwanda, ukaba wakishyura amafaranga uyakura kuri banki uyashyira kuri iki cyuma cyabo. | 23.466667 | |
Icyumba kigaragara nk'uruganiriro kirimo intebe z'amoko abiri harimo izitukura n'izindi zigaragara nk'umweru, ku madirishya hamanitse ibitambaro birinda urumuri ku gikuta hamanitse insakazamashusho. | 16.68 | |
Ababyeyi benshi bakunda gutembereza abana babo. Iki ni igikorwa cyiza, ndagikunda. Bituma umuto agira amakuru ku bintu byinshi bitandukanye, ndetse akabasha kugira ubumenyi azifashisha yigisha abandi. | 22.32 | |
Icyumba cyateraniyemo umuganga n'umurwayi, bambaye imyenda yiganjemo umweru, ubururu n'umukara, bari mu cyumba kinini cyisanzuye gikorerwamo ibikorwa by'ubuvuzi. | 17.58 | |
Abantu bahagaze ndetse n'abandi ba bicaye imbere, harimo abambaye baji zifite imishumi y'ubururu, kandi hari abambaye amataburiya y'umweru, inyuma yabo hari icyapa kimanitse ku nzu ibari inyuma ifite inzugi n'amadirishya. | 20.700001 | |
Mu Rwanda, aho serivisi z'amabanki zikomeje kugenda zitera imbere uko bwije n'uko bukeye, banki izwi ku izina rya Ayi andi emu banki yazanye uburyo ushobora kuba wareba ko umaze kwishyura amafaranga ndetse ko yanakiriwe, aribwo buzwi nka gitanse yo kwishyuriraho. | 19.98 | |
Hari ibigo byinshi bikorera kuri murandasi. Aho watumizwa ibicuruzwa bigiye bitandukanye, hanyuma bakabikugezaho iwawe mu rugo. Aho wowe icyo utanga ni, umwirondoro wawe, aho uherereye, ibicuruzwa ukeneye, hanyuma bakabikugezaho iwawe mu gihe wishyuye. | 19.440001 | |
Inzu mberabyombi iteraniyemo abantu b'ingeri zitandukanye biganjemo abagore muri abo bagore akaba bari bambaye amakarita imbere mu gatuza ndetse imbere ku meza hari ibikoresho bitandukanye birimo amacupa arimo imitobe ibikapu ndetse n'amatelefoni n'amakayi. | 18.48 | |
Umukobwa ufite imisatsi myinshi, uruhu rwirabura uri kumwenyura uri guhabwa serivise n'umuntu, imbere igikoresho cya mudasobwa. | 15.96 | |
Umuyobozi wicaye mu biro, uri kwakira umuturage. Imbere ye hari ameza ateretseho mudasobwa, ndetse n'ibindi bikoresho bimufasha kuzuza inshingano ze za buri munsi adasobwa. | 15.66 | |
Abantu benshi bicaye ku ntebe ndetse hari n'abicaye imbere y'ameza bamwe bafite amakaye. abandi za mudasobwa ndetse ku meza hakaba ari n'amazi yo kunywa bakaba bari mu nama. | 17.459999 | |
Umusore wambaye inkweto zirimo amabara y'umweru n'umukara, wambaye ikabutura nziza kandi igezweho, n'isaha nziza ku kaboko bityo bigatuma agaragara neza. | 17.459999 | |
Umubyeyi wambaye imyenda yiganjemo amabara y'ubururu, uhagaze imbere y'indangururamajwi ari kugeza ku baturage imbwirwaruhame kugira ngo bitabiriye batahane mesaje cyangwa se ubutumwa. | 20.16 | |
Abantu benshi bambaye imyenda itandukanye mu mabara y'umweru n'umutuku, umukara, bari ku iteme rirerire rizwi ku izina rya Kanopi, bari kugera, bari bari kugenda, bava hamwe bajya ahandi. | 17.280001 | |
Mu bikorwa remezo byateguwe n'inzego z'umutekano ndetse n'abayobozi bacu, hagomba kubamo inama yegeranya abantu bagahana ibitekerezo ndetse bakungurana n'inama ziberekeza ku iterambere. | 17.459999 | |
Inzu ifite urukuta rwubakishije amatafari ahiye, ndetse n'amadirishya aba ku bipangu afite ibara rijya gusa umukara, ikodeshwa ibihumbi magana abiri by'amafaranga y'u Rwanda. | 14.82 | |
Umuntu uryamye hasi uri mucyumba cyijimye yambaye ikabutura y'umukara ndetse n'agapira k'amaboko magufi, araryamye yarambirije yazamuye ukuguru kumwe ukundi araguhina biragaragara ko ari gukora siporo. | 17.82 | |
Aha turahabona ikiraro cya kijyambere cyorerwamo inka z'inzungu, aho ziba zarahawe abaturage rusange mu kiraro cya rusange. | 22.26 | |
Mu muhanda w'urujya n'uruza rw'abantu n'ibinyabiziga hafi hano, hari ikinyabiziga ipikipiki iririmo ibara ry'ubururu ikorerwa mu rwanda ikora ubwikorezi bw'ibintu. | 18.959999 | |
Umubyeyi ufite ibiti mu ntoki yiziritse igitenge mu rukenyerero, hari umwana bari kumwe ari kurira cyane bigaragara yuko ahangayitse ubwonko bwe budatekereza neza kubera ibibazo agiye afite bigiye bitandukanye. | 16.32 | |
Abantu bari mu cyumba cy'inama, umwe wambaye agatambaro mu ijosi, hagati yabo hari ameza ariho amacupa y'amazi, hirya yabo hari icyapa cyanditseho amagambo ari mu ibara ry'umweru, inyuma yabo hari insakazamashusho. | 20.52 | |
Abakozi bakora muri serivisi zijyanye n'ubuzima, bahuriza hamwe abaturage, bakabaganiriza ku ngingo zigiye zitandukanye, zirebana n'uburyo bagomba kwita ku buzima bwabo by'umwihariko, bagakangurira kwita ku buzima bwabo bwo mu mutwe. | 17.879999 | |
Uru ni urupapuro rugaragaza ko uba wishyuye imisoro yawe. Hano turabona amazina y'uwishyuye bita Mushyirahamwe. Nawe mu gihe ufite ibikorwaremezo byawe ukora bisaba ko wishyura imisoro, wakwishyura ubundi bakaruguha rugaragaza ko wishyuye. | 16.256001 | |
Iyi ni inzu nini mu bugari, nk'uko bigaragara isize amabara y'umweru, hejuru hari icyapa cyerekana ikigo gitanga ubwishingizi ubwo ari bwo bwose; nakugira inama rero nawe yuko wagana ubwishingizi nk'ubu. | 17.639999 | |
Abantu bari hamwe bateraniye mu cyumba kimwe batandukanye, harimo abambaye imyenda y'umutuku, ipantaro y'umukara, inyuma yabo hari abandi bambaye imyenda itandukanye n'iyo bambaye abari imbere. | 16.32 | |
Inyamaswa ebyiri zitwa agasumbashyamba zihagaze mu byatsi byumye ndetse iruhande rwazo hari igiti cyumye gifite amashami menshi.Hirya yazo hari ibiti bindi biri mu mabara y'icyatsi.Izi nyamaswa nizo zirezire. | 22.92 | |
Imihanda inyurwaho mu byerekezo byombi ubona ko imodoka imwe irazamuka n'undi mugabo arimo arambuka. Hino hari umugabo wambaye umwenda w'umukara n'ipantaro na we arimo arambuka. Hakaba hari na moto irimo iragenda muri uwo muhanda ndetse n'imirongo icagaguye abantu bambukiramo. | 16.620001 | |
Inzu icururizwamo ubucuruzi bw'amata hakaba hacururizwamo ibinyobwa bgiye bitandukanye by'amata, icyayi n'ibindi, tukaba tubona yahurute imbere ziri mu ducupa tw'amoko atandukanye. | 15.18 | |
Umugabo wicaye ku gitanda yazamuye ukuguru kumwe kw’ipantaro yakuzinze, imbere ye hahagaze umuganga ufite bande y'ubururu mu ntoki, ari kuyimuzirikira ku kuguru, kugira ngo amurinde kuba kwabyimbirwa, cyangwa n’ibindi bibazo birimo n'uburibwe burimo bubasha kugabanuka. | 21.959999 | |
Umukobwa uri guseka ufite imisatsi iboshye ku mutwe, wambaye ikote, yicaye imbere y'ameza ateretseho mudasobwa ari gukoresha yandika, iruhande rwayo hari ibitabo biteretseho amadarubindi. | 17.4 | |
Aho bakirira abantu baje muri serivisi zitandukanye zikorerwa muri hoteri, yaba kuruhuka kwiyakira no kwidagadura muri rusange, hahagaze umuntu ushinzwe kubafasha muri izo serivise, hejuru hari amatara meza yaka amabara atandukanye inyuma hagaragara igikuta cy'umukara. | 20.992001 | |
Amapikipiki ya vuba vuba yagenewe kugemurira abantu ibiribwa n'ibindi byose baba batumije, mu ngo aho batuye icyo ukora ni ukohereza imyirondoro yawe, n'aho utuye utwara ipikipiki arakurangisha akakugeraho mu rugo ntakibazo | 16.682667 | |
Ni umugore wambaye ishati y'ubururu bwerurutse, ufite ibisuko ku mutwe we, akaba yubitse umutwe ndetse yashyize n'amaboko mu mutwe ubona ko hari ibintu byinshi ari kwibaza byamurenze. | 18.059999 | |
Ikigo gikorera mu Rwanda gitanga serivisi ku mitungo itimukanwa, kiragurisha inzu iri yonyine mu gipangu yo muri Kigali miliyoni mirongo irindwi n'ebyiri. | 16.448 | |
Umunara iruhande rwaho hari akazu kahubatse. Umunara ukaba uzengurukijwe n'urugo rw'utwuma. Hirya yaho hakaba hari inzu ihari. | 20.032 | |
Umugabo yambaye ikote ry'umukara n'ishati y'umweru, imbere ye hari indangururamajwi, inyuma ye handitse ihuriro rya kabiri ry'abakozi bo mu Buhinzi n'Ubworozi. | 16.620001 | |
Abantu basa nkaho bari mu nama, bari kuganira ku ngingo runaka, bicaye mu ntebe z'umukara, imbere yabo ku meza hari indangururamajwi n'icupa ry'amazi ripfundikiye, n'impapuro n'ikaramu zo kwandikwaho ibiri kuvugirwa mu nama. | 17.040001 | |
Abaturage, abana, amajerekani, ndetse n'amavomero, mu buryo bwo gukwirakwiza ibikorwa remezo cyane cyane kubegereza amazi meza, hashyirwaho gahunda y'umuganda, kugira ngo babashe kubona amazi byoroshye. | 18.752001 | |
Ndabona umuhanda w'umukarari uzwi nka kaburimbo, ndabona ibiti ndabona ubusitani buteyemo indabo, ndabona umuyoboro ufata amazi yo ku muhanda, ndabona indabo ziri ku kumuhanda,ndabona akayira k'abanyamaguru, ndabona imodoka, ndabona abantu bari kugenda mu kayira k'abanyamaguru ndabona kandicyapa kigaragaza umuhanda batambukamo mbere uwo munini ndabona n'amazu. | 26.700001 | |
Abakora ubworozi bw'amatungo y'inka, bavuga ko ari ingenzi kubera ko bibafasha mu buzima bwabo bwa buri munsi. Inka zibafasha kubona ifumbire bafumbiza imyaka igihe bari guhinga, zikabafasha kubona amata bakanywa bakamera neza, ndetse bakabona n'amafaranga igihe bazigurishije. Ni byiza ko tugomba gusigasira amatungo y'inka kugira ngo tubashe kubaho neza, tubashe no kuba twakemura ibibazo bigiye bitandukanye. | 25.139999 | |
Abantu benshi bambaye amashati y'umweru, amapantaro y'umukara ndetse n'inkweto z'umukara, hagati muri bo harimo umugabo wambaye ishati y'umuhondo ndetse n'ipantaro z',umukara bafite igikombe mu ntoki biragaragara ko hano bari kwishimira intsinzi. | 21.360001 | |
Imineke, inanasi ndetse, n'indabyo z'umuhondo, hakaba hari n'udukarito turi mu mabara y'umutuku, ubururu, handitseho amagambo ari mu mabara y'umweru ndetse n'amabara y'umukara. | 18.6 | |
Ni inyubako y'ivuriro, irimo ibikoresho bigiye bitandukanye abaganga bifashisha bari kuvura, nk'uko tubibona ni inyubako nziza yubakishije sima, ikaba ifite inkuta ziriho irange ry'ubururu, hasi hari sima, si ibyo gusa kuko harimo n'ibikoresho abaganga bifashisha bavura. | 19.559999 | |
Imbere yanjye ndahabona umuhanda wa kaburimbo uri kugendamo imodoka ya fuso, inyuma harimo umuntu wambaye umupira w'umuhondo n'ipantaro y'umutuku, imbere yiyo fuso hari umumotari utwaye umugenzi. | 17.940001 | |
Hano turabonaho moto zikoreshwa mugutwara ibintu biremereye by'umwihariko zikaba zifasha abacuruzi baba abavuye kurangura kubagereza ibicuruzwa bya bo aho bakorera ndetse n'ibindi. | 17.16 | |
Ikirahure giteretse hasi bari gusukamo amazi. Amazi kuva mu ijage akajya mu kirahuri, aya mazi anyobwa n'abantu bamaze gukora siporo, iyo umaze gukora siporo ukanywa amazi umubiri wawe uragenda ukamererwa neza maze ugakomera nawe ukabyumva. | 16.860001 | |
Ahangaha hari ikinyabiziga cyiza cyane, kiri kwaka amatara. Gifite ibirahuri by'umukara ni ikinyabiziga kigurishwa miliyoni icyenda n'amagambo yanditswe ahantu h'ubururu handikishijwemo amagambo y'umweru. Hakaba hagaragaza izina ry'iki kinyabiziga n'uruganda rwagikoze. Byanditswe mu amabara y'umweru, ndetse byandikishijwe umutuku. | 24.120001 | |
Ihuriro ry'impuguke n'inzobere, ku ngamba zuburyo zo gushyira imbere umuco wo gukora siporo ngororamubiri, bari guhugurwa no guhabwa amabwiriza n'ingamba z'uburyoki bagomba gukangurira abaturage gukora siporo ngororamubiri, bambaye udupfukamunwa n'ingofero z'akazi zabugenewe, bari gukurikiranira hamwe ku ikoranabuhanga mu buryo cy' ingamba zo gukora siporo ari ingenzi. | 30.6 |
End of preview. Expand
in Data Studio
README.md exists but content is empty.
- Downloads last month
- 17